Perezida Nkurunziza yavuze ko hari agatsiko kishe abaturage be kavuye mu Rwanda
Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza mu butumwa busoza umwaka wa 2018 yageneye Abarundi, yavuze ko u Rwanda rwagambiriye kenshi guteza akavuyo mu gihugu ayoboye n’ubwo ngo bitaruhiriye. Mu butumwa yatangiye kuri televiziyo y’igihugu, Nkurunziza yavuze ko igihugu cye cyagize ibibazo by’umutekano biturutse mu Rwanda. Ati “Ntibimeze neza. Agatsiko kitwaje intwaro kishe abantu 26, gakomeretsa barindwi […]
Kapiteni wa APR FC arizeza abafana ibyishimo ku mukino uzayihuza na Mukura VS
Kapiteni w’ikipe ya APR FC, Mugiraneza J.Baptiste arizeza abafana b’iyi kipe ibyishimo ku mukino bazakina ku wa Kane tariki ya 3 Mutarama 2019, na Mukura Vs. Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na Mukura VS mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa Gatandatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere ‘Azam Rwanda premier league’ […]
DRC: Ninde uzasimbura Perezida Kabila?
Amatora y’umukuru w’igihugu yabaye kuri 30/12/ 2018, abantu bose bategerezanye amatsiko y’ibizavamo byerekana uwegukanye intsinzi yo kuyobora iki gihugu kinini kandi gikungahaye mu mutungo kamere, abaturage baho banakennye cyane. Nkuko byagaragajwe n’abantu banyuranye bavuga kuri aya matora mu mbuga nkoranyambaga, aya matora yaranzwe n’ibibazo tekinike ahenshi, gupfa kw’imashini zitora, ibura ry’umuriro, kwibura kumalisiti y’itora, gutinda […]
Intumwa y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni yirukanwe ku butaka bwa Somalia
Guverinoma y’igihugu cya Somalia yirukanye  umudipolomate wo ku rwego rwo hejuru wakoreraga  Loni muri iki gihugu. Uyu Munya-Afurika y’Epfo yari Intumwa y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye kuva muri Nzeri, ndetse yari anahagarariye umukuru w’ubutumwa bw’ubutabazi muri Somalia. Kuwa 30 Ukuboza uyu mudipolomate yari yandikiye Guverinoma ya Somalia ibaruwa ifunze asaba ibisobanuro ku bugizi bwa nabi bwagaragaye […]
Urugo rwa Usher rwagabweho igitero
Urugo rw’icyamamare mu muziki w’injyana ya R&B, Usher rwagabwemo igitero n’abajura bibye imitungo y’agaciro k’atari make. Polisi y’agace urugo rw’uyu muhanzi ruherereyemo yatangarije TMZ dukesha iyi nkuru ko kuri ubu ukekwa yatawe muri yombi kandi ko basatse inzu ye bagasangamo imitungo isaga 200 ifite agaciro ka miliyoni ebyiri z’amadolari. [penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” […]
Amaraso ahorwa andi, uwayamennye na we aye azamenwa- Iyerekwa rya Denise Nkurunziza
Umufasha wa Perezida Nkurunziza w’u Burundi, atangaza ko yeretswe umurongo asoma muri bibiliya, asanga uvuga ko uwamennye amaraso na we aye azamenwa. Mu giterano cyo gusoza umwaka wa 2018, cyabeye mu Burundi, kikitabirwa n’abayobozi batandukanye barimo n’umukuru w’igihugu, Pierre Nkurunziza, uyu mufasha we nibwo yafashe akanya arasenga, akomoza kuri iri yerekwa rye, by’umwihariko Video agaragaramo […]
Bukavu: Hatowe imifuka itatu yuzuyemo impapuro z’itora zajugunywe
Imifuka itatu yuzuyemo impapuro z’itora zatoreweho umwe mu bakandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, itariki 01 Mutarama 2019 yatowe ku nkengero z’umugezi wa Kidodobo, ku muhanda ugana Walungu zitowe n’urubyiruko rw’ishyaka UNC ritavuga rumwe n’ubutegetsi. Aya makuru yahise akwirakwira byihuse mu Mujyi wa Bukavu abantu birukankira kugera aho izo […]
Miss Iradukunda amaze amezi arindwi atagera kuri nyina urwaye
Umwimana Chantal, ni umubyeyi wa Nyampinga w’u Rwanda, Iradukunda Liliane, avuga ko amaranye imvune amezi agera muri arindwi ariko uyu mukobwa we akaba aheruka kumusura ubwo yari agikora impanuka. Atuye mu mudugudu wa Gacaca, Umurenge wa Rwampara, Akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, akaba atunzwe n’akazi avuga muri ubu buryo  ‘Nkora utuntu two gucuruza […]
Kudakora iperereza ku bwicanyi bwakorewe Abagogwe bigaragaza umugambi wa Jenoside mu yahoze ari Ruhengeri – CNLG
Nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri,ubutegetsi bwanze nkana gukora iperereza ku bwicanyi bwakorewe Abatutsi b’Abagogwe muri iyi Perefegitura. Ibi bikaba bigaragaza ko iyicwa ryabo ari kimwe mu mugambi w’ubutegetsi bwariho wa Jenoside. Nyuma y’uko Abatutsi b’Abagogwe bishwe ku […]
Kanye West ararebana ay’ingwe n’abirabura bo muri Amerika
Umuraperi  Ye uzwi nka Kanye West avuga ko abirabura bagenzi be bakomeje kumwibasira babitewe n’urukundo akunda Perezida Donald Trump. Bamwe mu birabura bo muri Amerika ntibahwemye kugaragaza ko batishimira uburyo Kanye West ashyigikira Trump, benshi babona nk’umugabo ushyigikiye irondaruhu mu gihugu cye. Uyu mugabo avuga ko hari abakomeje gutegura icyamugirira nabi bitwaje uruhande ahagazeho muri […]
Kenya igiye kuba igihugu cya mbere mu karere kigiye guhura n’ingaruka z’umwenda w’Abashinwa
Igihugu cya Kenya ngo gishobora kuba icya mbere muri Afurika y’uburasirazuba kigiye guhura n’ingorane z’umwenda w’u Bushinwa, aho bivugwa ko cyaba kigiye kubura icyambu cyacyo cy’ingenzi cya Mombasa kikajya kishyuzwa n’Abashinwa kubera gutinda kwishyura uwo mwenda. Ibinyamakuru byo muri Kenya biravuga ko iki gihugu gishobora kubura iki cyambu kubera umwenda munini kibereyemo u Bushinwa ndetse […]
Benshi bari bakutse imitima bazi ko Amerika igiye koreka imbaga ku bunani
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyasabye imbabazi nyuma yo gutangaza ubutumwa kuri Twitter bwatumye benshi batahwa n’ubwoba, biyumvisha ko bagiye kugabwaho igitero cya bombe, bitegura kwinjira mu mwaka mushya wa 2019. Ikigo cya gisirikare “US Strategic Command” ari nacyo gishinzwe kugenzura ibitwaro bya kirimbuzi bya Amerika, wohereje ubutumwa ku wa 31 Ukuboza 2018, […]
Kwirekura,gutungurana…bimwe mu byaranze igitaramo cya Meddy -Amafoto
Mu ijoro ryo ku itariki ya 1 Mutarama 2019Â nibwo umuhanzi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yakoze igitaramo gikomeye yerekaniyemo umukunzi we Sosena Afesa [Mehfire] ndetse na murumuna we bavukana imbere y’imbaga yabafana bari baje ku mutera ingabo mu bitugu. Iki gitaramo cya East African Party kiba ngarukamwaka, kitabiriwe ku buryo bukomeye dore ko cyanitabiriwe […]
Uganda: Perezida Museveni yasabye iperereza ryisumbuye ku iraswa ry’impunzi y’Umunyarwanda
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yasabye iperereza ryisumbuye ku iyicwa ry’impunzi y’Umunyarwanda yo mu Nkambi ya Nakivale mu Karere ka Isingiro warashwe kuwa Gatatu ushize, itariki 26 Ukuboza. Abayobozi baravuga ko Laurent Bucumi w’imyaka 65 yarasiwe aho yabaga n’abantu bitwaje imbunda bahise baburirwa irengero bitwikiriye ijoro. Ibibazo by’impunzi z’Abanyarwanda muri Uganda zirimo kugabwaho ibitero cyangwa […]
Rusizi: Bifuza ko itangazamakuru ryabegera rigakusanya ibimenyetso bya jenoside bitarasibangana
Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu karere ka Rusizi, bahangayikishijwe n’ibimenyetso byayo bigenda bisaza, bihindurwa ibindi bisibanganywa kubera kubura itangazamakuru. Bavuga ko abasaza bayibonye bageze mu za bukuru bashobora gutabaruka badatanze ubuhamya, bakabiheraho basaba itangazamakuru kubegera rikabikusanya. Ubwo abanyamakuru ba paxpress bageraga mu murenge wa Mururu mu rwego rwo guhanahana amakuru ku rubanza rwa Rukeratabaro rugeze […]
Ese twitege ko ibibazo biri hagati y’u Rwanda n’u Burundi bizakemuka mu 2019?
Mu ijambo ryo gusoza umwaka Perezida Pierre Nkurunziza yagejeje ku Barundi, yongeye gushinja u Rwanda ibikorwa bigamije guhungabanya umutekano w’u Burundi, ashimangira ko ibyakorwa byose bigamije gushyira igihugu cye mu kaga ntacyo bizatanga. Ku ruhande rw’u Rwanda Perezida Paul Kagame nawe akaba yaratunze urutoki ibihugu 2 by’ibituranyi ashinja gushaka guhungabanya u Rwanda. Mu ijambo rya […]
Ku Bunani umutekano wagenze neza usibye impanuka yaguyemo umuntu – RNP
Polisi y’u Rwanda irashimira abanyarwanda n’abaturarwanda muri rusange uburyo bitwaye muri uyu mwaka twashoje wa 2018 ndetse no muri iyi minsi mikuru isoza umwaka. Mu masaha 24, umutekano wari nta makemwa usibye impanuka ebyiri zisa nk’izari zikomeye. Imwe ni imodoka yagonze umunyamaguru mu karere ka Nyamasheke yitaba Imana, indi yabereye mu karere ka Nyarugenge ariko […]
Rusizi: Ku bunani abaturage bariye inyama bimara ipfa, bishimira ko abana babo batagiye gushukura
Abaturage bo mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi bavuga ko mu rwego rwo kwishimira kurangiza neza umwaka wa 2018 no gutangira uwa 2019 bishimana n’imiryango yabo, baguze inka nyinshi barabaga ku buryo ngo kubona urugo rutarimo inyama bisa n’ibitashobokaga, ngo bikaba byongera ubusabane mu baturage, bikanagaragaza umutekano usesuye bafite bityo bakaba vuga ko […]
Amafoto : Jay Polly agisohoka muri gereza ya Mageragere yavuze ko yabaye umuntu mushya
Tuyishime Joshua [Jay Polly] wari umaze igihe kigera ku mezi atanu y’igifungo yari yarakatiwe, agisohoka muri Gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere yatangaje ko yabaye umuntu mushya Kuri uyu wa 1 Mutarama 2019, saa tatu n’igice nibwo Jay Polly yasohotse muri gereza ya Nyarugenge iri Mageragere, aho yari yaje kwakirwa n’umugore we Sharifa ndetse n’umwana […]
Musanze : Harabera igitaramo gikomeye cyatumiwe Abdu Mulaasi wavuze ko azakora Ifamu y’abagore
Umuhanzi Abdu Mulaasi, guturuka mu gihugu cya Uganda uzwi mu ndirimbo nka Farm, Swimming pool n’izindi zakunzwe muri Uganda no mu Karere , kuri uyu munsi wo gutangira umwaka wa 2019, agarutse mu Rwanda aho aje gutaramira abatuye Kinigi n’abaturutse hirya no hino mu gitaramo kibera muri Muhabura Mountain Lodge. Ni mu gitaramo cyiswe Happy […]
Rulindo: Batunguwe no kumva aho bamaze imyaka 40 batuye hafatwa nk'igishanga
Hari abaturage bo mu Karere ka Rulindo bavuga ko bimwe ibyangombwa by’ubutaka nyuma yo gusanga aho batuye ngo habarwa ko ari mu gishanga. Nubwo aba baturage bavuga ko bamaze imyaka igera kuri 40 batuye kuri ubu butaka, Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo buvuga ko nta cyakuraho ko ari mu gishaniga gusa ngo ntibazahungabanywa mu gihe hakigwa […]
Ibitekerezo : Itangazamakuru ririndwe akajagari, ipyinagazwa n’ubukene
Ngarukanye ibaba ryanjye ngira ngo ngaruke Ku itangazamakuru mu Rwanda. Mbitewe n’ ibitekerezo byinshi byangezeho ku nkuru mperutse kwandika ivuga ngo: igihe cyose itangazamakuru ridafashijwe kwisanzura, ngo ririndwe n’akajagari cyangwa gupyinagazwa, abaturage babihomberamo Abo baturage nibo tugiye kujya kuruhande rwabo, ariko tutibagiwe n’abanyamakuru kuko nabo ni abaturage mu bandi. Itangazamakuru nk’uko twabigarutseho ubushize ni ingenzi […]
Abanyekongo baba i Bujumbura bari bagiye iwabo gutora babujijwe kongera kwinjira mu Burundi
Abanyekongo benshi baba mu Burundi bagiye iwabo muri Kivu y’Amajyepfo bagiye gutora ku Cyumweru, itariki 30 Ukuboza, biravugwa ko bangiwe kwambuka umupaka ngo basubire mu ngo zabo. Amakuru yagaragaraga kuri uyu wa Mbere akaba yavugaga ko benshi muri aba Banyekongo baraye ku mupaka w’u Burundi na Congo bangiwe gusubira mu Burundi. Inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka […]
Ntabwo Diamond yigeze angurira iyi modoka- Tanasha Donna
Umunya- Kenya Tanasha Donna, ubu uri mu rukundo n’umuhanzi Diamond, yasubije abavuga ko imodoka ‘BMW 320i’ yayiguriwe na Diamond, ashimangira ko ibyo bavuga ari ibihuha. Tanasha yabihakanye asubiza umufana we kuri Instagram witwa Dayana, wari umubajije iki kibazo,ndetse anashimangira ko Diamond yaba yaramuguriye inzu n’imodoka bihenze mu gihe se yirirwa yiyicira isazi mu maso ndetse atanagira […]
Ishyaka NRM ryasabye u Burundi kutavanga Museveni mu bibazo bufitanye n'u Rwanda
Ishyaka NRM riri ku butegetsi mu gihugu cya Uganda, ryikomye ubuyobozi bw’u Burundi bubusaba kwirinda gushotora chairman waryo, Yoweri Kaguta Museveni, Perezida wa Uganda akaba na Chairman wa EAC muri iki gihe ndetse risaba iki gihugu kutamuvanga mu bibazo gifitanye n’u Rwanda . Ni nyuma y’aho muri iyi weekend ishize, kuwa Gatandatu, itariki 29 Ukuboza, […]
Ingabire Victoire yakomoje ku Burundi buvuga ko buterwa ibibazo n’u Rwanda
Umunyapolitiki Ingabire Victoire avuga ko hakwiye ubufatanye bw’abanyarwanda bose mu kubuka u Rwanda buri wese yishimiye. Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Radiyo Ijwi rya Amerika, Ingabire Victoire yavuze ko yaba Leta iri ku butegetsi ndetse n’abatavuga rumwe nayo, bakwiye gushyira imbaraga hamwe mu kubaka u Rwanda rutajegajega cyangwa ngo rurebwe nabi n’ibindi bihugu byo mu […]
Abayobozi b'Abatalibani basuye Iran ku mugaragaro
Muri Afuganistani, Abatalibani bagenzura 100% intara 61 ku ntara 407 zigize igihugu. Babitangaje uyu munsi mu cyegeranyo cyabo bakora buri mwaka. Guverinoma y’Afuganistani ntacyo irabivugaho. Mu kwezi gushize, umugenzuzi mukuru w’ikigo cyo muri Amerika gishinzwe ibikorwa byo gusana Afuganistani, we yatangaje ko kugera ku italiki ya 31 y’ukwa kalindwi gushize leta y’i Kabul yagenzuraga neza […]
Ubutumwa bwa Kizito Mihigo ku mwaka mushya wa 2019
Umuhanzi Kizito Mihigo uherutse kugirirwa imbabazi na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatanze ubutumwa ku mwaka mushyaka wa 2019, avuga ko hakwiye amasengesho kugira ngo uyu mwaka uzabe uw’ituze. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Ukuboza 2018, Kizito yavuze ko umwaka wa 2018 waranzwe na bimwe mu bikorwa […]
Umunyamerika yafatiwe mu Burusiya acyekwaho kuba intasi
Urwego rushinzwe umutekano mu gihugu imbere mu Burusiya (FSB), rutangaza ko rwafatiye i Moscow umunyamerika ukekwaho kuba intasi ya Amerika. FSB itangaza ko uwo munyamerika yitwa Paul Whelan, akaba yarafashwe ku wa Gatanu tariki ya 28 Ukuboza 2018, ari mu gikorwa cy’ubutasi. Ubu ubugenzacyaha bukaba bwatangiye kumukorerwa. Nk’uko BBC ibitangaza, ngo ifatwa rye ribaye mu […]
Perezida Kagame avuga ko hari ibihugu by’ibituranyi n’u Rwanda bifasha FDLR na RNC
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame avuga ko hari ibihugu by’ibituranyi n’u Rwanda, bikomeje gutiza umurindi imitwe igamije guhungabanya umudendezo w’u Rwanda nka FDLR, RNC n’abandi. Ibi Perezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Mutarama 2019, ubwo yagezaga ijambo ku Banyarwanda ritangiza umwaka Mushya wa 2019, agashimangira ko u Rwanda rufite umutekano uhamye, […]
Mururu: Kutagira amakuru ku rubanza rwa Rukeratabaro bituma bumva batarahawe ubutabera
Bamwe mu barokotse jenoside yorewe Abatutsi mu 1994 bo mu  murenge wa Mururu, akarere ka Rusizi, bavuga ko kuba batarashoboye kubonera ku gihe amakuru y’urubanza rwa  Rukeratabaro Théodore basa n’aho nta butabera babonye ku byaha akurikiranyweho . Baganira n’Umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro Pax Press, aba baturage bagaragaje ko kutamenya igihe uru rubanza rubera mu gihugu […]
Karongi : Miliyoni zisaga 209 zararigishijweÂ
Raporo y’Urwego rw’Umuvunyi yakorewe mu bigo bya Leta no mu nzego z’ibanze mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2017/2018 yagaragaje ko mu Karere ka Karongi hanyerejwe asaga miliyoni 2019 mu mushinga wo kubaka inzu z’umudugudu ugezweho w’inzu 384. Ni raporo igaragaza mu buryo burambuye uko amafaranga yakoreshejwe mu mishinga itandukanye; ayanyerejwe n’ayaburiwe irengero. Mu Karere ka […]
Impuzandengo y'amafaranga yatanzweho ruswa mu mwaka wa 2018 ni 58 ku muturage — TI Rwanda
Ibi ni ibyatangajwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Tranparency Interantional Rwanda, Mupiganyi Appolinaire, kuri uyu wa kane ushize, itariki ya 27 Ukuboza 2018, ubwo yamurikaga, ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru, ubushakashatsi bwakozwe kuri ruswa ntoya mu mwaka wa 2018 na Transparency International Rwanda. Ni gikorwa kitabiriwe na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney, Umuyobozi wa Polisi […]
Amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n’ay'icyiciro rusange yatangajwe
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini by’amashuri abanza n’ayicyiciro rusange (Tronc Commun) kuri uyu wa 31 Ukuboza 2018. Ku isaha ya saa tanu, Minisitiri w’Uburezi, Dr Eugene Mutimura n’Umunyamabanga wa Leta muri iyi minisiteri Dr Isaac Munyakazi nibwo batangiye gutangaza aya manota. Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi, Dr  Irénée Ndayambaje nibwo yashyikirije impapuro […]
Kenya: Umugore utwite imvutsi yagerageje kwitambika ubukwe bubera ahandi
Kuri uyu wa gatandatu ushize, itariki 29 Ukuboza ni umunsi utazibagirana ku mugeni Agnes Wangari wo mu gihugu cya Kenya n’umugabo we atari uko ari umunsi ufite icyo uvuze ku gusa ku mibanire yabo, ariko no kuba ari wo munsi ijuru ryabagwiriye benda gushyingirana hakaduka undi mugore utwite wavugaga ko ari umugore w’uwo mugabo wari […]
Paul Pogba yagaragaje ubuhanga bwe bwari bwarapyinagajwe na Mourinho
Paul Pogba ukinira ikipe ya Manchester United wari umaze igihe ari mu bushyamirane n’umutoza Jose Mourinho mbere y’uko yirukanwa, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ukuboza 2018, yagaragaje ko impano ye yapfinagazwaga. Ni byinshi byagiye bitangazwa by’umubano mubi hagati ya Pogba na Mourinho, rimwe na rimwe uyu musore w’imyaka 25 akabanza […]
SIMI nta muhanzi wo mu Rwanda azi, ariko azi ko rwihuta mu iterambere
Umuhanzi w’Umunyanijeriyakazi SIMI wamenyekanye cyane mu ndirimbo “JOROMI” yaraye ageze mu Rwanda, ku nshuro ye ya mbere ahageze, no ku nshuro ye ya mbere agiye gutaramira Abanyarwanda. Simi yatangaje ko yishimiye kuba ageze mu Rwanda bwa mbere, anashimira abamutumiye.  Nta muhanzi w’umunyarwanda azi, ariko azi ko rwihuta mu iterambere Ubwo yabazwaga niba hari umuhanzi w’Umunyarwana […]
U Rwanda mu bihugu 10 ku Isi byagabanyije icyuho kiri mu buringanire
U Rwanda rwongeye kuza mu bihugu 10 ku Isi byagabanyije icyuho cy’uburinganire hagati y’abagabo n’abagore nk’uko bigaragara muri Raporo ya banki y’isi ku busumbane bw’ibitsina izwi nka Global Gender Gap Report ivuga ko muri rusange muri uyu mwaka wa 2018 ubusumbane bw’ibitsina bwagabanyutse ku rugero ruto. Gukomeza kuza inyuma kw’abagore mu bijyanye n’imirimo no kugabanyuka […]
Umupolisi w’u Burundi ushinjwa kuba icyitso cy’ingabo z’u Rwanda yaburiwe irengero
Umupolisi w’u Burundi wakoreraga mu gace ka Mabayi, Intara ya Cibitoke, iherereye mu Majyaruguru y’u Burundi, ikanakora ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi, yaburiwe irengero mu gihe ngo ashinjwa gukorana n’ingabo z’u Rwanda. Mu gihe umubano w’u Rwanda n’u Burundi utifashe neza, imbwirwaruhame z’abayobozi batandukanye b’u Burundi, zigaragaza ko hari icyo bwaba bwikanga ku Rwanda, […]
Miss Elizabeth Makune yagabye igitero cy’amagambo kuri Leta ya Magufuli
Nyampinga w’igihugu cya Tanzania, Elizabeth Makune yagaye Leta ya Tanzania iyobowe na Perezida Pombe Magufuli, nyuma yo gutsindwa mu marushwa ya ‘Miss World 2018’. Miss Elizabeth atangaza ko ugutsindwa kwe Leta ya Tanzania, iba yabigizemo uruhare, ayishinja kutamuba hafi nk’uko ibindi bihugu bishyigikira ababihagarariye mu ruhando mpuzamahanga. Yagize ati « Ibindi bihugu bishora agatubutse muri aya […]
Karongi : Hafatiwe amabaro asaga 100 y’imyenda yinjiye mu gihugu mu buryo bwa magendu
Kuri uyu wa 28 Ukuboza inzego z’umutekano mu karere ka Karongi zafashe imodoka yo mubwoko bwa Fuso RAC 745K ipakiye amabaro 109 y’imyenda ya caguwa y’injiye mu gihugu mu buryo bwa magendu. Iyi modoka yavaga mu karere ka Rusizi yerekeza mu mujyi wa Kigali yafatiwe mu murenge wa Bwishyura mu kagari ka Kayenzi. Chief Inspector […]
Ubuyobozi bwa FPR/Inkotanyi bwahaye impanuro Abadepite bayiturukamo
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR/ Inkotanyi, Francois Ngarambe yasabye Abadepite bawuturukamo, gukorana ubushishozi mu kazi bakora, batora amategeko afitiye Abanyarwanda akamaro. Kuri iki Cyumweru tariki ya 30 Ukuboza 2018, ubwo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR/ Inkotanyi yafunguraga amahugurwa y’aba badepite baturuka muri uyu muryango, nibwo yabibukije ko bakwiye kurangwa no gushyira umuturage imbere. Yagize ati “Mukwiye kujya […]
Masisi: Abitwaje ibirwanisho bateye ahaberaga amatora bahatira abaturage abakandida batora
Muri Teritwari ya Masisi ho muri Kivu y’Amajyaraguru kuri iki Cyumweru ubwo igikorwa cy’amatora y’umukuru w’igihugu cyari kirimbanyije, habaye agashya ubwo bamwe mu bagize imitwe yitwaje ibirwanisho bateraga ubwoba abatora babahatira abakandida bagomba gutora ku mwanya w’umukuru w’igihugu n’abadepite. Abaturage batoreye Mwandabandu, mu murenge wa Osso Banyungu, babwiye Radio Okapi ko ibiro byinshi byatewe n’abarwanyi […]
Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera
Umuvugizi wa Perezida w’u Burundi Jean-Claude Karerwa Ndenzako yabajijwe niba mu gihe u Burundi bukomeje kuvuga ko u Rwanda rubushotora rushaka kubutera bushobora gufata icyemezo cyo gutanga u Rwanda bukarutera, ndetse agira icyo abwira Abanyarwanda bari mu Burundi muri iki gihe umubao w’ibihugu byombi utifashe neza. Ni mu kiganiro cyateguwe na Televiziyo y’u Burundi mu […]
Amatora yo muri Congo — Kinshasa henshi yatangiye atinze
Muri Repubulika ya Demoakarasi ya Congo haraye habaye amatora nk’uko byari biteganyijwe ku itariki ya 30 Ukuboza 2018. Aya matora yakozwe mu turere hafi ya twose w’igihugu, uretse duke yimuriwe mu kwezi kwa Werurwe 2019, ku mpamvu ziswe iz’ubuzima n’iz’umutekano. Perezida Joseph Kabila uri gusoza manda ye yakomeje kuregwa n’abatavuga rumwe nawe ko atazigera arekura […]
Imikino y'umunsi wa 12 ihinduye urutonde rwa Shampiyona
Nyuma y’imikino umunani yabaye ku munsi wa 12 wa Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, urutonde rw’uburyo amakipe akurikirana rwarahindutse, n’ubwo impinduka zidakanganye. Uru rutonde rwahinduwe no kuba ikipe ya Gisumbi yaranganyiej na APR FC, bikagabanya gato umuvuduko wayo, kuko aho gucyura aanota atatu yari kuyifasha giukomeza guha intera andi makipe, APR yacyuye inota rimwe. Na […]
Baragura intwaro nini n'intoya “Amahoro Ku giti cy' umuntu!”
Singiye kuririmba kuko ntari umuhanzi, abasomyi mutanyibeshyaho. Ndi impirimbanyi y’amahoro, nkunda amahoro kandi nshimishwa no kumva abandi bafite amahoro haba mu mitima yabo, mu ngo zabo, mu mirimo yabo, mu gihugu cyabo!, Nategereje kongera gufata ibaba ryanjye, imbunda yanjye kugirango nongere ndurwane ariko mu mahoro ntagize uwo mputaza ngamije gusakaza amahoro. Umwaka mwiza kuri bose […]
Ubutumwa bwa Ange Kagame ku musore bateganya kubana
Umukobwa wa Perezida w’u Rwanda , Ange Kagame yabwiye amagambo meza umusore uherutse kumusaba akanamukwa, Bertrand. Ibi birori bivugwa ko byabereye kuri Muhazi. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Ange Kagame yavuze ko uyu musore ari we rukundo rw’ubuzima bwe kandi ko yizeye ko bazarambana ubuzima bwabo bwose. Yagize ati “ Ku rukundo rw’ubuzima bwanjye, […]
Kuki imiyoborere y'ibihugu bya Afurika bayigira nka gakondo?
Gakondo ubundi ni ijambo rishaka kuvuga umurage wasigiwe n’ababyeyi, aho byakundaga kuvugwa cyane igihe ababyeyi bitabye Imana ugasigarana imitungo yabo iyimukanwa n’itimukanwa. Iyo umubyeyi w’umugabo yitabaga Imana adatunguwe yashoboraga kuraga ubutware umwana w’umuhungu we yihitiyemo akanamuha inkoni yabwo. Mushobora kwibaza muti ese bihurira he n’imiyoborere! muri gakondo birumvikana ko umurage ari ntayegayezwa, ubutware bw’umuryango ntawe […]
Perezida Nkurunziza yasabye ko haterana inama idasanzwe yiga ku bibazo by’u Rwanda n’u Burundi mu maguru mashya
Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza yasabye Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ko  haterana inama idasanzwe mu maguru mashya kugira ngo yige ku bibazo biri hagati y’igihugu cye n’icy’u Rwanda. Perezida Nkurunziza mu kiganiro n’abanyamakuru ku kuwa Gatanu tariki ya 28 Ukuboza 2018 ubwo yari iwe mu rugo mu Ntara ya Ngozi, yongeye gutunga agatoki u […]
Umugabo w’uwahoze ari umugore wa Katawuti yihakanye abo kwa nyirabukwe
Umuraperi Dogo Janja atangaza ko ntacyo azi ku muryango w’uwo bigeze gushyingiranwa akaba n’umugore wa Ndikumana Katwuti, Irene Uwoya uzwi nka Oprah. Dogo Janja uzwi nka Janjaro mu mezi make ashize yatandukanye na Oprah Uwoya. Mu kiganiro n’ibitangazamakuru byo muri Tanzaniya, uyu mugabo yavuze ko nta makuru na make afite ku bijyanye n’umuryango w’uwahoze ari […]
Nyanza: Utulima tw’igikoni twifashishijwe nk’intwaro yo guhashya imirire mibi mu bana
Abahatuye mu mudugudu wa Gisore, Akagari ka Gahombo, Umurenge wa Kigoma ho mu karere ka Nyanza, bemeza ko bageze kure bashaka uko basezerera ikibazo cy’imirire mibi mu bana kubera utulima tw’igikoni. Nyirambibi Jeannette umwe mu bahatuye warwaje bwaki avuga ko yabiterwaga no kutamenya ko abana bagomba kugaburirwa indyo yuzuye ibi byanatumye umwana we muto arwara […]
Ubusambanyi bwitwikiriye ‘massage’ bufite intera mu Mujyi wa Kampala
Umunyamakuru umwe utarashatse ko amazina ye atangazwa yavuze uburyo yagiye kwaka serivisi yo gukorerwa masaje ahubwo bagashaka no kumwongereraho gukora imibonano mpuzabitsina ahitwa Luzira mu Mujyi wa Kampala. Uyu avuga ko yakiriwe muri imwe mu nzu zitanga serivisi ya masaje ndetse agashima uburyo yakirijwe n’impumuro y’indabyo ndetse n’amashusho yerekeza ku mibonano mpuzabitsina yeretswe ubwo yari […]
Messi yasubije C.Ronaldo wavuze ko azamusanga mu Butaliyani
Nyuma y’aho rutahizamu w’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, Cristiano Ronaldo atangarije ko mukeba we, Lionel Messi ashobora kwerekeza muri iki gihugu akava muri Barca, yagize icyo abivugaho, ashimangira ko nta gahunda afite yo kuva muri FC Barcelona. Aganira n’ikinyamakuru Marca, Lionel Messi yavuze ko nta gahunda afite yo kuva muri Barca, ko uko imyaka […]
Nyamasheke: Abantu 94 bari batashye ubukwe barembeye rimwe
Amakuru aturuka mu kagari ka Rushyarara, Umurenge wa Karambi, mu Karere ka Nyamasheke aravuga ko abantu bagera kuri 94 bajyanywe ku kigo nderabuzima cya Cyivugiza nyuma yo gutaha ubukwe bikekwa ko aribwo ntandaro y’uburwayi bagize. Ubuyobozi bw’aka kagari buvuga ko kugeza ubu ntawe urahitanwa n’uku kumerewa nabi,abagera kuri 50 barimo n’abari bashyingiwe ari bo bacyitabwaho […]
Burundi: Mu rugo rwa Gen. Pontien Gaciyubwenge hagabwe igitero
Urwego rw’igihugu rushinzwe Iperereza mu Burundi (SNR) rwagabye igitero mu rugo rwa Gen. Gaciyubwenge Pontien wahoze ari Minisitiri w’Ingabo akaza guhungira i Burayi. Abapolisi bakorera muri SNR bari bitwaje intwaro zikomeye, bagabye iki gitero muri uru rugo rwa Gaciyubwenge ruherereye i Kinindo (Mutsinda), mu mujyi wa Bujumbura, amakuru akavuga ko basahuye ibyari birimo byose. SOS/Burundi […]
RDC: Imyigaragambyo y’abababajwe n’isubikwa ry’amatora yakajije umurego
Abari mu myiyerekano mu Burasirazuba bwa Republika Iharanira Demokarasi ya Congo, bafunze imihanda mu mijyi ya Goma, Butembo na Beni, bababajwe n’uko amatora yasubitswe. Amatora yo yagombaga kuba ku wa 23 Ukuboza, arasubikwa ashyirwa ku wa 30 Ukuboza 2018, by’umwihariko bamwe bakazatora mu mwaka utaha. Martin Fayulu, umwe mu bakomeye batavuga rumwe na Leta, yatangaje […]
Nyamasheke: Umugabo yafatanwe urumogi yahingaga mu murima we
Ntampaka Théoneste w’imyaka 30 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Murwa, Akagari ka Ninzi mu Murenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa ibiti bitatu by’urumogi yari yarahinze mu murima asanzwe ahingamo ibishyimbo munsi y’urugo rwe. Ntampaka avuga ko icyamuteye kuruhinga ari uko yumvise ko rugira amafaranga menshi, akanavuga ko yari arambiwe […]
RDC: Ibiro by’itora bisaga 1,000 byafunzwe habura iminsi 2 ngo amatora abe
Mu gihe habura iminsi ibiri ngo amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo abe, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (CENI) iremeza ko itarabona imashini zihagije zizifashishwa mu gutora ngo hafungurwe ibiro byose biteganyijwe kuzatorerwamo mu murwa mukuru Kinshasa. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakaba basanga ubu ari uburyo bushya bwo kuzabuza abaturage gutora. Nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye […]
Umukobwa Chris Brown ashobora gutuma se yisanga muri gereza
Umuhanzi Chris Brown avuga ko atigeze atunga binyuranye n’amategeko inkende yagaragaye ikina n’umukobwa we, Royalty mu 2017, nk’uko abantu benshi bagiye babivuga kuko ngo we atari Michael Jackson wari uzitunze. Ubusanzwe ntibyari bizwi ko iyi nkende yabaga mu rugo rwa Chris Brown gusa uyu mwana we ni we wabishyize ahagaragara ku mashusho yafashwe mu Kuboza […]