RDC: Abantu babiri biciwe mu gitero cy’abitwaje ibirwanisho muri Kalemie

Abantu babiri barishwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru mu gace ka Kabwela ubwo abantu bitwaje intwaro binjiraga muri aka gace ko mu Mujyi wa Kalemie, aho ababibonye bavuga ko abateye baje mu modoka bagatangira gusaka mu nzu zose. “ Barashe amasasu. Mu gitondo twabonye imirambo ibiri yishwe n’amasasu. Ni bwana Mubango na […]

Ikipe ya Polisi Taekwondo yatsindiye imidali 18 inegukana imyanya myinshi mu ikipe y’Igihugu

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 05 Mutarama 2019, byari ibyishimo byinshi ku bakinnyi b’ikipe ya Polisi yo mu mukino njyarugamba uzwi ku izina rya Taekwondo. Ni nyuma y’aho aba bakinnyi begukanye imidali myinshi kurusha  amakipe  bari bahanganye muri shampiyona y’igihugu mu mukino wa Taekwondo(Rwanda National Taekwondo Championship). Abakinnyi ba Polisi  batwaye imidali […]

Ineza n’inabi tuzabisanga imbere kandi icyo ubibye ni nacyo usarura

Ubu rero ndongeye ndaje, mbadukanye imbunda yanjye, nako ibaba ryanjye benshi bakunda kunyibeshyaho ko ndi jeshi kubera umubyimba wayo barebeye ku itako ryanjye nkaho niyo bayinyambura baba banyambuye ubwonko n’umutima. Iruhande rwayo mu isaho nkunda kugendana bagakeka ko nitwaje impamba y’ibigori kuko ariyo ndyo yandeze naho n’agahu kanjye nagereranya na agenda y’abubu, agahu nibikiraho iby’ubwenge […]

Dutera akabariro inshuro eshatu cyangwa  enye mu ijoro- Nick Minaj

Umuhanzikazi Nick Minaj avuga ko umukunzi we mushya, Kenneth Petty bakora imibonano mpuzabitsina inshuro ziri hagati y’eshatu n’enye mu ijoro rimwe. Ibi Nick Minaj yabitangaje nyuma y’aho umwe mu bamukurikiranA (follower) kuri twitter avuze ko Nick Minaj yaba asigaye akora imibonano mpuzabitsina inshuro eshehatu mu ijoro nyuma yo kubona umukunzi mushya. Abinyujije ku rukuta rwe […]

Amb. Nduhungirehe yemeza ko Radiyo  RTLM yagarutse

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko hari indi  yitwa Radiyo Itahuka  ifite imikorere nk’iya RTLM yari izwiho ko yatangazaga inkuru zibiba urwango n’amacakubiri. Nduhungirehe abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yari yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira icyo ikora kuri iyi Radiyo ikorera i Washington. Yifashishije  urukuta rwe […]

Nyagatare: Min. Prof.Shyaka arabasaba kutaba Imparirwakurusha mu kivugo gusa

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase arasaba abaturage bo mu karere ka Nyagatare kutaba Imparirwakurusha mu kivugo gusa ahubwo bikanagaragara mu iterambere, mu mibereho myiza, mu miyoborere myiza n’ahandi. Ibi Min.Prof Shyaka yabibabwiye ku wa Gatandatu tariki ya 5 Mutarama 2019, ubwo yagendereraga aka karere akagirana ikiganiro n’Abayobozi, abavuga rikumvikana, abikorera, abakorera hanze y’aka karere […]

Imitungo ibiri itimukanwa ya nyakwigendera Jacques Bihozagara igiye gutezwa cyamunara

Kuri uyu wa Mbere, itariki 07 Mutarama 2019 hateganyijwe cyamunara y’imitungo itimukanwa 2 ya nyakwigendera Jacques Bihozagara n’umufasha we, Muremanyundo Jeanne iherereye mu Karere ka Bugesera n’Akarere ka Gasabo. Ni mu rwego rwo kwishyura uwitwa Lambert Richard watsinze uyu muryango mu rubanza bari bafitanye. Itangazo rya cyamunara ryashyizwe ahagaragara n’umuhesha w’inkiko wabigize umwuga, Me Pfakwandika […]

Dore ibimenyetso bitandatu bizakwereka umugabo uzi gukora neza imibonano mpuzabitsina

Gukora neza Imibonano mpuzabitsina si imbaraga nyinshi ahubwo ni ubwitonzi bujyanye n’ubuhanga ubikorana, bityo benshi bakunze kwibeshya barebye uko umuntu ateye bakumva ko abashije cyangwa se ntacyo ashoboye mu buriri. Kuryoshya imibonano si ukuba ufite igitsina kirekire, kibyibushye, kigufi cyangwa se kinanutse, dore ibintu bitanu bizakwereka ko uwo mugabo azi gukora neza iki gikorwa. 1.Akanya […]

Somalia yanze kongera kwakira intumwa ya Loni iherutse kwirukana

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, kuri uyu wa Gatanu ushize yemeye gushyiraho intumwa nshya ya Loni muri Somalia nyuma y’aho perezida w’iki gihugu yangiye kwisubiraho ku cyemezo cyo kwirukana uwari usanzweyo azira kugaragaza impungenge ku burenganzira bwa muntu. Biravugwa ko kuwa Gatanu ari bwo Guterres yavuganye kuri telephone na Perezida Mohamed Abduallahi Mohamed wa […]

Abana babiri bavutse bafatanye imitwe bagiye gutandukanywa

Rabeya na Rukaiya, ni abana b’impanga b’imyaka ibiri y’amavuko, bavutse bafite imitwe ifatanye, ubu bakaba bitegura kubagwa imitwe yabo igatandukanywa. Aba bana bagaragara mu mafoto bafashwe ikiganza na se, Mohammed Rafiqul ngo bagana mu bitaro ’ Medical College Hospital’ biherereye i Dhaka, mu Mujyi wa Bangladesh. Nk’uko Ikinyamakuru DM kibitangaza, ngo aba bana b’abakobwa bavukiye […]

Rusizi: Urubyiruko rwasoje itorero rwasabwe guhangana n'ibibazo byugarije umuryango nyarwanda

Urubyiruko rwo mu karere ka Rusizi rumaze iminsi rutozwa indangagaciro na kirazira z’umuco nyarwanda ruvuga ko rugiye kuba umusemburo w’impinduka nziza mu iterambere ry’umuryango  ruharanira ko aho rutuye harushaho kurangwa umutuzo n’umutekano. Aganira n’iri torero ry’inkomezabigwi,icyiciro cya karindwi  ryatorezwaga kuri site y’ishuri ryisumbuye rya Bugarama mu murenge wa Muganza hahuriye ab’imirenge ya Muganza,Butare na Nyakabuye, […]

AY warongoye Umunyarwandakazi  yahishuye uko yararaga muri kontineri

Umuraperi Ambwene Yesaya uzwi nka AY uherutse kurongora Umunyarwandakazi, Umunyana  Remmy yahishuye uko yararaga muri kontineri ubwo yari atangiye gushakisha ubuzima mu Mujyi wa Dar Es- Salaam muri Tanzania. Uyu mugabo kuri ubu ni umwe mu bahanzi bafite amafaranga atubutse ugendeye ku bikorwa byinshi amaze gushoramo imari. Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, yavuze  ku […]

Nyanza: Bavuga ko kutagira umuriro w’amashanyarazi n’amazi bibangamira iterambere ryabo

Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Nyangezi, mu kagari ka Butansinda, umurenge wa Kigoma, mu karere ka Nyanza, bavuga ko iterambere ryabo ridindizwa no kuba batagira umuriro w’amashanyarazi n’amazi. Bavuga ko ukeneye umuriro wa telefoni akora urugendo rwo hagati y’isaha n’iminota 40 ajya kuyicaginga mu isanteri ya Butansinda akaza no gusubirayo kuyizana naho ukeneye amazi […]

Umuyobozi w’ikigo cyo muri Amerika avuga ko umujyi wa Layton na Kigali hari byinshi ihuriyeho

Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri ‘Layton Christian Academy’ kibarizwa muri Leta ya Utah muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bwana  Greg Miller, avuga ko iki kigo abereye umuyobozi kiganjemo abanyeshuri b’Abanyarwanda benshi, ubu bwinshi bwabo ngo bukaba bwaratumye asura akanakunda u Rwanda. Greg Miller avuga ko Abanyarwanda batangiye kwinjira cyane muri iki kigo kuva mu mwaka wa […]

Abanyamakuru bamwe batangiriye umwaka mu bushomeri kubera amikoro akomeje kubura

Ikigo cy’itangazamakuru, Nation Media Group, gifite ibinyamakuru nka Rwanda Today na The East African cyasezereye abakozi bacyo mu Rwanda kivuga ko ari impinduka zigamije gukemura imbogamizi gihura nacyo muri business mu Rwanda. Ubutumwa bwohererejwe abakozi b’ishami rya NMG mu Rwanda, Nation Holdings Rwanda Ltd riragira riti: Ndifuza kubamenyesha ko NHRL iri mu gikorwa cyo kongera […]

Amerika yiteguye kohereza abasirikare kabuhariwe muri Congo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko iki gihugu cyohereje abasirikare kabuhariwe bacyo muri Gabon, ariko ko bakwinjira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isaha ku isaha mu gihe cyose umutekano waba utifashe neza. Perezida Trump avuga ko aba basirikare be bakwinjira muri Congo gutanga ubutabazi mu gihe cyose haba havutse […]

Rubavu: Umuturage yafatanwe ibiro 20 by’urumogi abyinjiza mu gihugu

Uwimana Jean Nepomscene  ufite imyaka 43 niwe wafatiwe mu murenge wa Busasamana mu karere ka Rubavu arimo kwinjiza mu gihugu ibiro 20 by’urumogi. Polisi ikorera muri aka karere yamufashe kuri uyu wa 04 Mutarama 2019 aruhetse kuri moto ifite ibirango RD 263 B. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerezuba Chief Inspector of Police (CIP) Innocent […]

Yatawe muri yombi azira kwita Perezida Museveni “ Bosiko”

Umusore witwa Joseph Kasumba yatawe muri yombi na Polisi yo mu gace ka Kanoni mu Karere ka Gomba aryozwa gutuka Perezida Museveni amwita Bosiko. Bosiko ni izina akenshi urubyiruko rwo muri Uganda rukoresha mu kugaragaza umuntu witwara nk’udasirimutse. Kasumba usanzwe ari umushoferi w’imodoka itwara ibintu bivugwa ko umwe mu bashoferi yimye inzira imodoka zari zitwaye […]

Sudani: Abigaragambya kubera umugati bakwiye imishwaro

Igipolisi cyo muri Sudani  kuri uyu wa Gatanu cyifashishije ibyuka biryana mu maso cyatatanyije abaturage bigabye mu mihanda y’umujyi wa Omdurman basaba ko agaciro k’umugati kagabanuka. Imyigaragambyo yatangiye kuwa 19 Ukuboza 2018 mu mijyi hafi ya yose yo mu gihugu cya Sudani bitewe n’icyemezo cya Leta cyo kongera agaciro k’umugati. Umwe mu baturage wari mu […]

Icyo Maj. Ntuyahaga avuga ku basirikare b’Ababiligi bishwe abigizemo uruhare

Uwahoze mu gisirikari cyo ku butegetsi bwa Perezida Juvenal Habyarimana, Maj. Bernard Ntuyahaga avuga ko kugeza ubu yemera imyanzuro y’urukiko ku cyaha cyo kugira uruhare mu kwica abasirikare 10 b’Ababiligi barindaga uwari  Minisitiri w’Intebe, Uwiringiyimana Agathe mu 1994. Ntuyahaga yashinjwe ko yavanye  kwa Uwiringiyimana Agathe abasirikare 10 b’Ababiligi  bari bashinzwe kumurinda, akabashyikiriza bagenzi be bo […]

Uwahoze ari umugore wa Katawuti avuga ko ashobora gushyingirwa cyangwa akica

Uwahoze ari umugore wa Katawuti Ndikumana ari we Irene Uwoya uzwi nka Oprah avuga ko nyuma yo gutandkana n’uwo bari baherutse gushyingiranwa ashobora gushyingirwa bya nyabyo cyangwa akica. Uyu mugore yatandukanye n’umuhanzi Dogo Janja bari bashakanye mu ntangiriro z’umwaka wa 2018. Oprah avuga ko amaze kurambirwa kuba mu rukundo rutagira intego. Yemeza ko agiye gufata […]

Umutwe ukarishye kurusha imbonerakure watumye Abarundi  25 bahungira mu Rwanda

Umutwe witwa (Abamigisi) bivugwa ko ukase kurusha imbonerakure watumye Abarundi basesekara mu Rwanda bikanga kugirirwa nabi. Aba Barundi ahanini biganjemo abana binjiriye  ku mupaka wa Nembauhuza u Rwanda n’u Burundi  mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa 4 Mutarama 2019. Umwe muri aba yabwiye itangazamakuru ko batahutse bavuye mu gihugu cya Tanzaniya ariko ko batigeze […]

Ubukwe bwa Diamond na Tanasha buzaba iminsi ine yikurikiranya

Nasibu Abdul wamamaye nka Diamond Platnumz ari mu bakomeye muri Afurika mu bijyanye n’umuziki, ari kwitegura ubukwe bwakataraboneka we n’umunyamakurukazi ukomoka muri kenya witwa Tanasha Donna , ubukwe buteganyijwe kuba tariki 14 Gashyantare 2019 bukaba iminsi ine ikurikirana. Ubu bukwe bwitezweho kuba ubwagatangaza mu karere nk’uko ibinyamakuru binyuranye byo muri Kenya byakomeje kubitangaza. Umwe mubagize […]

Abanyarwanda bashima gusa ibyiza, ibitagenda bagashirira mu mitima- Mpayimana

Uwabaye umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu no ku w’Ubudepite, Mpayimana Philippe, yifurije Abanyarwanda Umwaka Mushya wa 2019, abasaba ko waba uwo gutera intambwe muri Demokarasi bagaragaza ibibarimo. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com , Mpayimana yabanje kwifuriza abanyarwanda Umwaka Mushya Muhire wa 2019, ariko anongeraho ko ukwiye kubabera umwaka wo gutera intambwe muri Demokarasi bakagaragaza […]

RDC: Kiliziya Gaturika iravuga ko izi uwatsinze amatora

Kiliziya Gaturika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo iratangaza ko izi umuntu wegukanye intsinzi mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye ku Cyumweru gishize ngo bashingiye ku manota babonye. Abasenyeri bo muri Congo barahamagarira ubutegetsi kuzavugisha ukuri no gutangaza ibyavuye mu matora vuba. Kiliziya Gaturika ya Congo ifite abayoboke ibihumbi bagiye gukurikirana amatora, bamwe bakaba baratangaje ko […]

Kayonza: Guverineri Mufurukye yahanuye abanyeshuri barangije ayisumbuye bitabiriye itorero

Guvereneri w’Intara y’Iburasirazuba, Mufurukye Fred, niwe watangije ku mugaragaro  itorero ry’urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye, Inkomezabigwi icyiciro cya karindwi, mu Karere ka Kayonza mu kigo cy’ishuri cya Kayonza Modern secondary school kuwa Gatatu tariki ya 2 Mutarama 2018, aho mu mpanuro yahaye urubyiruko 681 rwaturutse mu mirenge 5 yasabye gufatanya n’abandi baturage mu midugudu batuyemo gushaka umuti […]

Uganda: Umuvugizi wa guverinoma arashinjwa gufungisha murumuna we ushyigikiye Bobi Wine

Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo, arashinjwa na bamwe mu bagize umuryango we guta muri yombi murumuna we, Dem Gaster Opondo, azira gushyigikira Depite Robert Kyagulanyi , uzwi ku mazina ya Bobi Wine, na muvoma ye, “ People Power ”. Nk’uko byemezwa n’undi murumuna we witwa  Yona Okoth Opondo, ngo Gaster Opondo yatawe muri […]

Yatwamburaga imyenda, akadu…- abafashwe ku ngufu na R. Kelly

Abakobwa batandukanye bamaze gutanga ubuhamya bwabo bavuga uburyo umuhanzi  R.Kelly yagiye abahohotera,akabasambanya ku ngufu. Aba bakobwa bagaragara ku muri dokimanteri ( documentaire) yiswe ‘Surviving R. Kelly’ bivuze ‘Kurokoka R.Kelly’ yakozwe na televiziyo ya Life time bavuga ko uyu mugabo yafashe ku ngufu abakobwa benshi kuva mu mwaka w’2000. Muri aya mashusho, harimo abakobwa batandatu barimo […]

Nyanza: Bakora urugendo rw'amasaha abiri bajya gushyingura ababo

Mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza abaturage batandukanye bavuga ko bakora urugendo rw’amasaha abiri bagiye gushyingura ababo bitabye Imana, bagasaba ko bahabwa irimbi hafi yabo, Ubuyobozi buvuga ko iki kibazo inama njyanama iri kucyigaho kugira ngo irebe ko bishoboka. Ni abatuye mu kagali ka Rwesero, muri uyu Murenge wa Busasamana, bemeza ko bashengurwa […]

 Ndacyari umukinnyi wa Gor Mahia kandi nta gitekerezo mfite cyo kuva mu ikipe vuba – Jacques Tuyisenge

Umukinnyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga w’Umunyarwanda, Jacques Tuyisenge ukinira ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya, arahakana amakuru aherutse gutangazwa na kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda ko yaba yenda kwerekeza mu ikipe ya AS Vita Club yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Nk’uko inkuru yagaragaye muri kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda bikorera […]

Ruhwa: Imodoka zifite ibirango by’u Burundi zakumiriwe nyuma yo guhohotera abashoferi b’Abanyarwanda

Ku mupaka wa Ruhwa uhuza u Rwanda n’u Burundi haravugwa ko imodoka zifite ibirango by’u Burundi byabujijwe kwinjira mu Rwanda nk’uko byemezwa n’igipolisi cy’u Burundi cyo ku mupaka, aho amakuru avuga ko ibi byaba bije bikurikira ihohoterwa ry’abashoferi b’Abanyarwanda I Bujumbura. Amakuru aturuka muri iki gipolisi gishinzwe za gasutamo kizwi nka PAFE (Air, border, and […]

Uganda: Gen Muhoozi  arashinjwa gukoresha igitugu mu kabari

Umuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba arashinjwa kuzambaguza abantu ubwo yinjiraga mu kabari kitwa Sky Lounge kazwi cyane mu Mujyi wa Kampala. Ku munsi mukuru w’umwaka mushya, Gen Muhoozi usanzwe ari umujyanama wa se mu bijyanye n’ibikorwa bidasanzwe bya gisirikare bivugwa ko abarinzi be bahagurukije abantu bari basanze mu byicaro byabo kugira ngo yicare. […]

Umutoza wa Man. City arabyinira ku rukoma nyuma yo gutsinda Liverpool

Umutoza w’ikipe ya Manchester City, Pep Guardiola avuga ko umukino bakinnye na Liverpool bari bawiteguye nk’aho ari wo wanyuma usoza irushanwa, ubu bakaba bishimiye intsinzi batahanye. Ni umukino w’irushanwa ry’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bwongereza wabaye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 3 Mutarama 2019, urangira Man City itsinze 2-1 bya Liverpool. Umutoza […]

Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli biratangira kubahirizwa kuri uyu wa Gatanu- RURA

Ikigo  cy’Igihugu cy’imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ( RURA)  cyatangaje ko ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli bitangira kubahirizwa kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mutarama 2019. RURA yibukije ko ibi biciro bigomba gutangira kubahirizwa kuri uyu wa Gatanu, nyuma y’umunsi umwe gisohoye itangazo rigena ibi biciro. Mu itangazo ryashyizweho umukono ku wa 3 Mutarama […]

Lilian Mbabazi wapfushije umugabo, ashimangira ko 2018 yamubereye umutwaro

Umuhanzikazi Lilian Mbabazi atangaza ko umwaka wa 2018, wapfuyemo Mowzey Radio babyaranye abana babiri, wamubereye umwaka w’umutwaro kuri we. Agahinda Lilian yasigiwe na 2018, yagatangaje abicishije ku mbuga nkoranyambaga, ashimira abamubaye hafi mu bihe avuga ko byari bimugoye umutima by’umwihariko akizera ko uwa 2019, uzamubera uw’umugisha. Yagize ati “2018 wari umwaka ukomeye cyane, gusa ku bw’imbaraga […]

U Burundi bwamaganye raporo ya Loni ibushinja gufasha abarwanya u Rwanda

“ Igihugu cy’u Burundi nta gihugu na kimwe muri kano karere gishobora gushotora, nta n’umuntu n’umwe ushobora gukora ikibi avuye mu Burundi ngo ajye gushotora igihugu cy’igituranyi icyo ari cyo cyose cyangwa ngo hagire imitwe yitwaje ibirwanisho runaka yashyigikirwa na leta y’u Burundi ”, ibi ni ibyatangajwe n’Umujyanama muri Perezidansi y’u Burundi, Ambasaderi Willy Nyamitwe, […]

Raporo ya ONU yemeje ibyo dusanzwe tuzi- Amb. Nduhungirehe avuga ku mikoranire ya Kayumba n’u Burundi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe atangaza ko ibikubiye muri raporo y’impuguke z’Umuryango Mpuzamahanga ku mikoranire ya Kayumba Nyamwasa n’igihugu cy’u Burundi mu bikorwa bya gisirikare muri Congo/Kinshasa. Iyi raproro ivuga ko abarwanyi baganiriye  bavuze ko Kayumba agera mu gace ka Bijabo ho muri Fizi  by’umwihariko gushaka abarwanyi binjizwa muri uyu […]

RDC: Mu rugo rw’umukozi wa CENI hatahuwe imashini n’impapuro byifashishijwe mu matora

Imashini zirindwi n’impapuro nyinshi zitatangajwe umubare zatoreweho, byatahuwe ku wa 2 Mutarama 2019, mu rugo rw’umwe mu bakozi ba Komisiyo Yigenga Ishinzwe Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(CENI). Izi mashini zafatiwe mu rugo rw’uyu mukozi, ahitwa Mambasa, mu Ntara ya Ituri. Perezida wa Sosiyeti Sivile muri aka gace akaba avuga ko ibi bikoresho byatahuwe […]

Ingabire Victoire yikomye Twagiramungu umushinja guceceka muri Politiki

Umunyapolitiki Ingabire Victoire  avuga ko adacecetse muri politiki y’igihugu cy’u Rwanda nk’uko biherutse gutangazwa n’uwigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Faustin Twagiramungu. Mu mezi make ashize, Faustin Twagiramungu mu kiganiro yagiranye n’ibitangazamakuru byo hanze y’u Rwanda yavuze ko Ingabire Victoire yaba yaracecetse nyuma yo kwihanangirizwa kubera amatwara yari afite agisohoka muri gereza. Mu kiganiro na […]

Gatsibo: Abagabo babiri bifashishije umupfumu biba umuturage asaga miliyoni enye

Polisi  ikorera  mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro yafashe Nishyirimbere Boniface w’imyaka 42 na Kanyenzira Adolphe ufite imyaka 40, bashinjwa kwiba asaga miliyoni Enye bifashishije umupfumu. Aba bombi bakurikiranweho  gushuka  umuturage witwa Niyonsaba Zahara w’imyaka 48, bakamwambura amafaranga 4,200,000 bamubwira ko bagiye kumufatira umujura wibye musaza we  amafaranga ibihumbi 600. Umuvugizi wa Polisi […]

Urukundo Abanyarwanda bafitiye Mwiseneza Josiane ruraca amarenga ko ashobora kuba Miss Rwanda 2019

Mwiseneza Josiane, ni umwe mu bakobwa 37 bari mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2019, uyu mukobwa akaba akomeje kugaragarizwa urukundo, ku buryo binaca amarenga ko ashobora gutungurana akegukana ikamba. Byatangiye bamwe babigira urwenya, bamwe bavuga ko ari umukobwa w’umunyacyaro, ngo yaje n’amaguru, ngo yasitaye, kwita ku isura n’uburanga bamwe bafataga […]

Nyamirambo: Abantu bitwaje intwaro bacucuye umucuruzi w’amabuye y’agaciro

Abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku biro by’umugabo ucuruza amabuye y’agaciro ruri mu Mudugudu w’Ingenzi, Akagari ka Cyivugiza mu Murenge wa Nyamirambo ahazwi nko kwa ‘Sindi’ benshi bakunda kwita ‘Ku ruganda’ batwara imitungo kugeza ubu itarameneyakana ariko ikaba ngo yaba ifite agaciro kari hejuru ya  miliyoni 100 z’amafaranga y’u Rwanda. Umwe mu baturage batuye muri […]

Nyamasheke: Bavuga ko kutabasha kugeza umusaruro ku masoko bibadindiza mu iterambere

Abaturage b’umurenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke bavuga ko bahezwa mu bukene no kubura ibikorwa remezo birimo umuhanda n’amashanyarazi, bityo n’ibyo bejeje bakabura uko babigeza ku masoko. Kuba umusaruro wabo utabasha kugera ku isoko kubera imihanda mibi, ukaba utabasha kongererwa agaciro kubera kutagira amashanyarazi bibaheza mu mibereho batifuza, bagasaba ubuyobozi bw’akarere kabo na MINALOC […]

James ni umusore w'imyaka 29 n' ibiro 80, arashaka umukunzi

Hello, nitwa James Sinzi niba gushaka umukunzi kuri internet umuntu yabona uhwanye nuwo yifuza ariko reka ngerageze amahirwe: Njye ubu ndasatira kuzuza 29 years, 1,77 m z’uburebure, 80kgs, ntabwo nkunda akavuyo kandi nkunda ukuri nubwo kwaba kubabaje. Nkeneye umukunzi, w’inzobe cg imibiri yombi, ibiro biringaniye ndetse ukunda sport bikaba akarusho kandi nsanze nawe adakunda akavuyo […]

Impunzi y’Umunyarwanda yiciwe muri Uganda yateganyaga gutaha iwabo

Impunzi y’Umunyarwanda, Laurent Bucumi iherutse kwicirwa muri Uganda biravugwa ko yateganya gutahuka ikagaruka mu gihugu cy’amavuko. Abayobozi bo muri Uganda bavuze ko Laurent Bucumi w’imyaka 65 yarasiwe mu Nkambi ya Nakivale mu Karere ka Isingiro  kuwa Gatatu w’icyumweru gishize tariki 26 Ukuboza 2018. Abayobozi baho yabaga bavuze ko yishwe n’abantu bitwaje imbunda bahise baburirwa irengero […]

Zari yibasiwe ku mbuga nkoranyambaga bitewe no kwambara ikariso -Amafoto

Umuherwe akaba n’uwahoze ari umugore wa Diamond, Zari Hassan Tlale yibasiwe n’abamukurikira ku rukuta rwe rwa instagram nyuma yo kwigaragaza yambaye utwenda two kogana. Abakurikira Zari  kuri instagram mu minsi ishize babonye amafoto ye agaragara yambaye umwenda w’imbere,benshi bagaragaza kutabyishimira bavuga ko nta mubyeyi w’imbyaro nk’izo afite wari ukwiye kwishyira ku karubanda yambaye ikariso. Muri […]

Nyagatare: Umugore w’imyaka 29 arashinjwa kugerageza guha ruswa komanda wa polisi

Polisi mu Karere ka Nyagatare yataye muri yombi uwitwa Jeaninne Uwineza w’imyaka 29 ukurikiranweho icyaha cyo kugerageza guha bituga ukwaha y’amafaranga 100,000frw Komanda wa polisi mu karere (DPC). Ibi ngo bikaba byakozwe mu rwego rwo kugusha neza komanda ngo afungure umugabo we watawe muri yombi ashinjwa kwenga inzoga zitemewe. Umuvugizi wa Polisi mu burasirazuba, CIP […]

Ambasaderi wa Koreya ya Ruguru mu Butaliyani yafashe iy’ubuhungiro

Ikinyamakuru cyo muri Koreya y’Epfo, JoongAng IIbo, gikunze gutangaza inkuru zijyanye na dipolomasi kiremeza ko uumudipolomate wo muri Koreya ya Ruguru wari ambasaderi w’igihugu cye mu Butaliyani, yamaze guta imirimo ye agasaba ubuhungiro muri iki gihugu cyo mu Burayi we n’umuryango we. Jo Song-gil, w’imyaka 48, yari ambasaderi wa Koreya ya Ruguru I Roma kuva […]

Kanye West n’umugore we baritegura kwakira umwana wabo batwitiwe

Icyamamare ku Isi, Kanye West n’umugore we, Kim Kardashian, biteguye kwakira umwana wabo wa kane, nyuma yo guhuza intanga zabo bombi zigashyirwa mu wundi mugore akabatwitira (Surrogate). Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye, ngo aya makuru yatangajwe n’umwe mu nshuti z’uyu muryango, by’umwihariko uwafashe ikiraka cyo kubatwitira akaba atatangajwe, ariko ngo akazabyara uyu mwana wabo wa Kane […]

Uganda: Indege ya Ethiopian Airlines yari iguye mu Kiyaga cya Victoria habura gato

Indege ya Ethiopian Airlines B-737-800  yari iturutse Addis Abeba igana Entebbe muri Uganda kuri uyu wa Kane, itariki 03 Mutarama 2019 habuze gato ngo igwe mu Kiyaga cya Victoria nyuma yo kurenga aho yagombaga kugwa ho metero nkeya ubwo yururukaga. Abagenzi n’abakozi b’indege bavuye mu ndege amahoro bajya aho bagenzurirwa bisanzwe. Nta kintu cyangiritse ku […]

Loni yemeje ko Kayumba Nyamwasa afite ingabo muri Congo

Raporo ya Loni igaragaza imitwe y’inyeshyamba zirwanira ku butaka bwa Congo, igaragaza ko Kayumba Nyamwasa wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda nyuma akaza guhungira muri Afurika y’Epfo, afite ingabo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi raporo yashyizwe hanze n’inzobere za Loni, itunga agatoki bimwe mu bihugu by’ibituranyi na Congo guha ubufasha bamwe muri […]

Mwiseneza Josiane akomeje kwanikira 36 bahatanye- Amafoto

Mwiseneza Josiane, umwe mu bakobwa 37 bari guhatanira ikamba rya nyampinga w’u Rwanda 2019, akomeje kwerekana imbaraga zidasanzwe, yanikira abandi bakobwa 36 mu gutorwa ku mbuga nkoranyambaga zose z’iri rushanwa, aho abatora banyuza amajwi yabo. Nyuma y’itariki  30 Ukuboza 2018, abakobwa bose 37 batomboye  nimero zizajya zibaranga muri iri rushanwa, ari nabwo gutora byahise bitangira […]

Rwamagana: Barasaba ko hakorwa umuhanda ubabangamiye

Abaturage batuye mu Murenge wa Kigabiro na Munyaga mu Karere ka Rwamagana n’Umurenge wa Ruramira ndetse n’abamotari baravuga ko babangamiwe n’umuhanda mubi bagasaba ko wakorwa kugirango bifashe abaturage kugeza umusaruro wabo ku isoko ndetse ukorohereze abo bamotari mu kazi kabo. Umuhanda abaturage bavuga ko ubabangamira mu bihe by’imvura  uva mu Mujyi wa Rwamagana ujya mu Murenge […]

Ghana: Pasiteri yahanuye urupfu rw’umukuru w’abasilamu itorero rye rihura n’akaga

Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana, Owusu Bempa, mu kimaze kumenyerwa nk’ubuhanuzi atanga buri gihe mu ntangiriro z’umwaka, yongeye gushyira ahagaragara urutonde rw’abantu b’ingenzi mu gihugu avuga ko bazapfa muri uyu mwaka wa 2019 ariko bimugiraho ingaruka we n’itorero rye. Mu bantu uyu mupasiteri yashyize ku rutonde rw’abagomba kuva mu Isi y’abazima mu mwaka wa […]

Perezida Trump ashishikajwe no kongera kuganira na Kim wa Koreya ya Ruguru

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump atangaza ko yiteguye kongera guhura na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un. Perezida Trump atangaza ko ku wa Gatatu tariki ya 2 Mutarama 2019, yakiriye mu biro bye ibaruwa yise iy’agatangaza yavuye kwa Kim, kandi ko yiteguye kubonana na we mu minsi ya vuba. […]

Nyabihu na Rulindo: Hafatiwe udupfunyika turenga 6000 tw’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Nyabihu na Rulindo ku bufatanye n’abaturage yafashe urumogi rupakiye mu dupfunyika turenga ibihumbi bitandatu, rugiye gucuruzwa mu baturage. Abafatanwe utu dupfunyika tw’urumogi  bose barimo bakoresha umuhanda Rubavu-Kigali nubwo bafatiwe mu turere tubiri dutandukanye mu ntangiriro z’iki cyumweru. Uvomanyeningwe Hesron w’imyaka 43 y’amavuko na Icyimanimpaye Dorocan w’imaka 19 bafatanwe […]

Nkumbuye abavandimwe banjye bari mu Burundi, Perezida Kagame na Nkuruziza mubimfashemo

Iki kibazo mperutse kucyibaza ariko mvuga ku mubano hagati ya Uganda wajemo agatotsi kandi ari ibihugu byari inshuti magara, none naraye ndota, ibaba ryanjye rirangurukana n’iyo mu majyepfo y’u rwa Gasabo mpereye za Nemba, Akanyaru, Nyaruguru, Bugarama n’ahandi ntibuka neza kuko nyine byari mu nzozi ariko nkibuka umugezi wambuzaga kwambuka ngo ngere hakurya yawo ngo […]

Izamuka ry'igiciro cy'umugati, rishobora guhirika ubutegetsi bwa Sudani

Mu gihe gufata ubutegetsi ahenshi bikorwa hifashishijwe imbaraga za gisirikare nko kugaba ibitero cyangwa coup d Etat, muri Sudani ibyumweru bigiye kurenga bibiri ubutegetsi buriho buhanganye n’abaturage bigaragambya kubera izamuka ry’igiciro cy’umugati byatumye basaba perezida Omar Al- Bashir kwegura . Ikinyamakuru lemonade.fr kivuga ko muri iyi myigaragambyo hamaze kugwamo abaturage basaga 20 kandi ko igiciro cy’umugati […]

Nyamasheke: Uruganda rw’icyayi rwa Gisakura mu nzira zo kongererwa ubushobozi

Ubuyobozi bw’uruganda rw’icyayi rwa Gisakura ruri mu murenge wa Bushekeri mu karere ka Nyamasheke buvuga ko mu rwego rwo kunoza imikorere y’uruganda  no gutuma rurushaho gutanga umusaruro, mu myaka mike iri imbere ruzava ku bushobozi bwo gutunganya toni 40 z’amababi mabisi ku munsi, rukagera kuri toni 60. Ni bimwe mu byavuzwe n’umuyobozi w’uru ruganda Mungwakuzwe […]