Ibyâingenzi bikubiye mu gitabo ku Mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Ruhengeri
Kuri uyu wa Kane, itariki 10 Mutarama 2019, hamuritswe ibitabo bya Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) byâubuhamya nâamateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri bigaragaza uko yatangiye gutegurwa kugeza ishyizwe mu bikorwa. Kimwe muri ibi bitabo kitwa Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri cyanditswe na […]
Burundi: Hatahuwe gerenade yari iteze mu biro bya Guverineri
Igipolisi cyateguye Gerenade yari iteze mu idirishya ryâibiro bya Guverineri wâIntara ya Rumonge, iherereye mu Burengerazuba bwâAmajyepfo yâu Burundi. Amakuru SOS/Burundi yahawe nâabatuye hafi yâaho iyi gerenade yateguriwe, ngo iyi gerenade yabonwe mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019, ubwo yari itezwe mu idirishya ryâibiro bya Guverineri, ku buryo yari guturika […]
Uganda: Inzego zâumutekano zaburijemo igitero cyâiterabwoba
Inzego zâumutekano muri Uganda zataye muri yombi abantu babiri bakekwaho kuba abaterabwoba ba ADF bakorera muri Kampala gifata nâibisasu bari bafite. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâIgipolisi cya Kampala riravuga ko abo bagabo bafungiye muri kasho yâUrwego Rushinzwe umutekano wâImbere mu gihugu, ISO. Abatawe muri yombi ni abitwa Andrew Sebitosi nâundi witwa Mwima nkâuko iyi nkuru dukesha […]
Nyamasheke: Abakozi ba Leta bambuye za SACCO bashobora kujyanwa mu nkiko
Ubuyobozi bwâakarere ka Nyamasheke buravuga ko abakozi ba Leta batinze kwishyura inguzanyo zâimirenge SACCO bafashe, bagomba kuba barangije kwishyura bitarenze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka, abazaba batarishyura bakazashyikirizwa ubutabera ariko no mu rwego rwâakazi bakazagira ibihano bikakaye bafatirwa. Ibi umuyobozi wâaka karere, Kamari AimĂ© Fabien yabitangarije Bwiza.com mu kiganiro yagiranye na yo nyuma yâinama […]
Akayabo ka miliyari 137 zâamadolari ya Amerika kagiye kugabanwamo kabiri kubera gatanya
Ugutandukana hagati yâumwe mu bakire ba mbere ku isi, Jeff Bezos nâumugore we, Mackenzie Bezos kugiye gutuma bagabana kabiri miliyari 137 zâamadolari ya Amerika. Ikinyamakuru TMZ kivuga ko uyu muryango uzasaba gatanya mu Mujyi wa Washington kandi amategeko agenga ibyâumutungo akaba avuga ko aba bombi bazagabana bakaringaniza. Iyi nkuru ivuga ko nâubwo bimeze bityo, kugabanya […]
RDC: Babiri bamaze kwicirwa mu myigaragambyo yamagana intsinzi ya Tshisekedi
Abantu babiri kuri uyu wa Kane bishwe barasiwe mu myigaragambyo yamaganaga ibyavuye mu matora byâibanze yadutse mu gace ka Kikwit, mu Ntara ya Kwilu. Muri iyi myigaragambyo yamagana intsinzi ya Felix Tshisekedi umusore umwe yiciwe hafi ya kiliziya mu gihe undi yiciwe mu gace ka Kikwit ya 3. Abandi benshi kandi bakomeretse. Iyi nkuru dukesha […]
Aaron Ramsey ukinira Arsenal agiye gusanga Cristiano Ronaldo muri Juventus
Umukinnyi wo hagati mu Ikipe ya Arsenal na Pays de Galles, Aaron Ramsey w’imyaka 28, yemeye amasezerano yo kujya muri Juventus, ikipe ubu ikinwamo nâicyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo. Ikinyamakuru The Guardian gitangaza ko Ramsey azagera mu ikipe ya Juventus muri Nyakanga, mu gihe amasezerano ye mu ikipe ya Arsenal agomba kurangirana na Kamena, uyu […]
Israel: Uwahoze ari minisitiri akurikiranweho kuba intasi ya Iran
Uwahoze ari minisitiri wâingufu nâibikorwaremezo wa Israel mu myaka ya za 90, Gonen Segev, ashobora gufungwa imyaka 11 nyuma yo kwemera ko yahaye Iran amakuru ariko agasobanura ko yageragezaga gufasha igihugu cye akazagaruka ari intwari yishushanyije nkâintasi ya Iran. Uyu mugabo wâimyaka 63 wahoze ari minisitiri ndetse mu 2005 akaba yarigeze gufungwa kubera forode no […]
Iki ni ikimenyetso ku Rwanda ko rukwiye kuguma kure y'ibibera muri Uganda- Umusesenguzi Mwambutsya
Umuhanga muri politiki akaba nâumwarimu muri Kaminuza, Mwambutsya Ndebesa avuga ko kuba abofisiye umunani  bo muri Uganda bashinjwa gushimuta no gusubiza impunzi y’Umunyarwanda, Lt Joel Mutabazi iwabo binyuranyije n’amategeko barimo kuburanishwa ari nka gasopo ku Rwanda. Urukiko rwa Gisirikare muri Uganda kuwa Gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019 rwakomeje iburanishwa ryâurubanza rwâabapolisi bakuru umunani nâumusirikare […]
Uganda: Umunani barimo ufite ipeti rya Colonel bashinjwe gucyura ku ngufu impunzi zâAbanyarwanda
Abantu umunani bo mu nzego zâumutekano za Uganda kuri uyu wa gatatu bashinjwe icyaha cyo gushimuta no gucyura mu buryo bunyuranyije nâamategeko Umunyarwanda washakaga ubuhungiro muri iki gihugu wahoze mu mutwe ushinzwe kurinda umukuru wâigihugu mu Rwanda nkâuko byatangajwe nâubushinjacyaha kuri uyu wa Gatatu. Abo bantu umunani barimo Atwooki Ndahura ufite ipeti rya Colonel nâabapolisi […]
Burundi: Umucamanza wigeze intebe yâumukuru wâigihugu ari mu mazi abira
Umucamanza wo mu rukiko rushinzwe gusubiramo imanza mu gihugu cyâu Burundi witwa Egide Nahayo, afungiye muri Gereza ya Mpimba kuva mu byumweru bitatu bishize aho yatawe muri yombi nyuma yâinama nkuru yâubucamanza yari iyobowe na Perezida Nkurunziza, aho bivugwa ko nyuma yâiyi nama uyu mugabo yigeze intebe ya perezida bikamubyarira ibisusa. Inkuru dukesha urubuga Ubmnews […]
RDC: Umukandida Martin Fayulu aremeza ko amajwi yâAbanyekongo yibwe
Umukandida Martin Fayulu wagize amajwi 34,8% kuri 38,57% ya Felix Tshisekedi, yamaganye iyi mibare yatangajwe na komisiyo yâigihugu yâamatora avuga ko habaye guhirika amatora mu kiganiro yagiranye na RFI amasaha macye hatangajwe ibyavuye mu matora byâagateganyo. Muri iki kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Florence Morice yabajijwe uko yakiriye ibyavuye mu matora byamushyize ku mwanya wa kabiri inyuma […]
Félix Tchisekedi abaye Perezida wa 5 wa RDC, ubusesenguzi- itekinika ryihishwe inyuma na Kabila
Nkâuko bimaze gutangazwa mu kanya gashize na Komisiyo yigenga yâamatora ya DRC ( CENI), F. Tchisekedi niwe watsinze amatora yo ku wa 30/12/2018 nâamajwi angana 7.000.000, akurikiwe na Martin Fayulu nâamajwi 6.400.000 naho Shadary akaza ku mwanya wa gatatu nâamajwi 4.400.000. nubwo F. Tchisekedi atsinze bishobora guhinduka isaha nâisaha bitewe nuko hakekwa itekinika ryihishwemo Kabila. […]
Irene Uwoya akomeje kujarajara mu nkundo n'abasore bakiri bato -Amafoto
Irene Uwoya [Oprah] wahoze ari umugore wa Ndikumana Katauti ndetse na Dogo Janja baherutse gutandukana mu mutuzo ahararanye n’undi musore w’imyaka 22. Mu gihe hashize mike urukundo rwa Irene Uwoya n’umuraperi Dogo Janja ruyoyotse bitewe ahanini no gukekana amababa, Ubu uyu mugore aravugwa mu rukundo rushya nâumuhanzi ukiri muto witwa Kayumba Juma wâimyaka 22, wamamaye […]
Abadepite barashaka kurega Bobi Wine bitewe nâindirimbo ye
Abadepite bo muri Uganda batangaza ko bagiye kugeza mugenzi wabo, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine mu nkiko kubera aherutse gushyira hanze yitwa âTuliyambala Enguleâ. Ku ikubitiro , indirimbo âtuliyambala enguleâ ari byo kuvuga ngo tuzambara ikamba ryâinsinzi yarwanyijwe nâabapasiteri bavugaga ko Bobi Wine yavanze ibyâImana nâibya Kayizari. Abadepite bavuga ko baaragana inkiko bitewe nâuko […]
Abafatanyabikorwa mu butabera biyemeje guhuriza hamwe imbaraga mu nyungu zâabaturage
Abafatanyabikorwa mu rwego rwâubutabera nka minisiteri yâubutabera nâimiryango ya sosiyete sivile baravuga ko kuri ubu bagiye gutahiriza umugozi umwe no kurushaho guhuriza hamwe imbaraga kugira ngo batange umusanzu ku byibanze igihugu gikeneye mu butabera. Minisiteri yâUbutabera (MINIJUST)Â ikaba ivuga ko imikoranire itanoze hagati ya sosiyete sivile nâinzego za Leta idindiza ikemurwa ryâibibazo abaturage bafite. Ibi […]
Rusizi: Barasaba ubutabazi kubera amazi mabi banywa
Abaturage bâutugari twa Cyarukara na Gakoni mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi, baratabaza ubuyobozi bwâakarere nyuma yâukwezi kurenga banywa bakanakoresha amazi mabi cyane yâumugezi wa Rubyiro. Bavuga ko barangije umwaka banatangira undi nabi  cyane kubera kubura amazi yo kunywa no gukoresha imirimo yâisuku, ku buryo ngo nâamafunguro yâiminsi mikuru ya Noheli nâubunani bayariye […]
Abakobwa biga kuri APPEKA Kabarondo barataka ihohoterwa ryâigitsina bakorerwa nâabarezi babo
Abakobwa biga ku Ishuri Ryisumbuye rya APPEKA Kabarondo riri mu Karere ka Kayonza baratabaza ubuyobozi bitewe nâihohoterwa rishingiye ku gitsina bavuga ko bakorerwa nâabarezi babo. Umwe muri aba bakobwa utashatse ko amazina ye atangazwa waganiriye na Bwiza.com yemeje ko yakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina nâUmuyobozi wâIshuri, Gilbert Nkurunziza kuva mu 2016 ubwo yazaga kwiga kuri […]
Uganda: Stella Nyanzi yabwiye umucamanza ko inda yari atwite yaviriyemo muri gereza
Dr Stella Nyanzi wahoze ari umushakashatsi muri Kaminuza ya Makerere mu gihugu cya Uganda, yabwiye umucamanza wâUrukiko Rukuru ko inda yari atwite iherutse kuviramo muri Gereza ya Luzira afungiwemo, akurikiranweho icyaha cyo gutuka umukuru wâigihugu. Nyanzi uvuga ko afite ikibazo cyâumuvuduko wâamaraso, kuri uyu wa Gatatu yageze imbere yâumucamanza, Lydia Mugambe hagiye kumvwa urubanza rwe […]
Diane Rwigara akomeje politiki mu gihe nyina akajije amasengesho
Aho ubushinjacyaha bwâu Rwanda buhagarikiye gukurikirana abo kwa Rwigara, Diane Rwigara avuga ko agiye gukomeza politiki mu gihe ngo na nyina akomeje gukaza amasengesho. Ubushinjacyaha bwari bwatanze ubujurire ku wa 27 Ukuboza 2018, bujuririra icyemezo cyâUrukiko Rukuru rwo kurekura Diane Rwigara na nyina, Adeline Mukangemanyi. Umuvugizi wâUbushinjacyaha bwâu Rwanda, Nkusi Faustin aganira na VOA, yavuze […]
Kicukiro: Abanyerondo babiri bafashwe bakira ruswa y'ibihumbi 15
Abagabo babiri bo mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro bâabanyerondo bafashwe bakira ruswa yâamafaranga yâu Rwanda ibihumbi cumi na bitanu (15000 frw) kugira ngo bareke umuturage yâubake mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Kuri uyu wa 08 Mutarama, nibwo Nsabimana Innocent wâimyaka 26 yâamavuko na Itangishaka Amos wâimyaka 27 bafashwe ubwo basangaga Ndamage yubaka urugo […]
Félix Tshisekedi Tshilombo , Perezida Mushya wa Congo-Kinshasa
Bwa mbere mateka yâigihugu kinini kurusha ibindi byose muri Afurika, Repubulika ya Demokarasi ya Congo, umukandida wâuruhande rutavuga rumwe nâubutegetsi atsindiye kuyobora iki gihugu, binyuze mu nzira zâamatora. Felix Tshisekedi wâimyaka 55 , Umuhungu wa Etienne Tchisekedi wabaye impirimbanyi ya politiki ikomeyue cyabne uri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, niwe wegukanye umanya wâumukuru wâigihugu, mu […]
Mwiseneza wasitaye ku ibuye i Rutsiro, yambaye ikamba i Kigali abantu bacurira
Mwiseneza Josiane ni umukobwa wâimyaka 23 yâamavuko.Apima ibiro 57 akaba afite uburebure bwa  metero na santimetero 70. Uyu mukobwa yavuzweho cyane bitewe no kwivugira ko yaje nâamaguru aturutse ku Nyundo kugera ahabereye igikorwa cyo gutoranya abazahagararira Intara yâIburengerazuba mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, mu mujyi wa Rubavu ku Inzozi Beach Hotel afite igisebe ku […]
Rwamagana: Umusaza arasaba kubakirwa inzu yemerewe na Guvereneri
Nsengiyumva Petero wâimyaka 65, utuye mu mudugudu wa Kavura, Akagari ka Nyagasenyi, Umurenge wa Kigabiro, mu Karere ka Rwamagana,  arasaba ubuyobozi kumwubakira inzu yemerewe na Guvereneri wâIntara yâIburasirazuba, Mufulukye Fred, ubwo yamugezagaho ibibazo birimo no kutagira icumbi, ku itariki ya 26 Nzeri 2017, mu nteko rusange yâabaturage. Nsengiyumva ni umwe mu bafashe umwanya mu Nteko yâAbaturage […]
Mohamed Salah yahawe igihembo cy'umukinnyi w'umwaka muri Afurika
Umukinnyi wâimbere mu ikipe ya Misiri nâiya Liverpool mu Bwongereza, Mohamed Salah ni we wegukanye igihembo gitangwa nâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku mugabane wa Afurika (CAF) nkâumukinnyi mwiza wâumwaka wa 2018. Salah w’imyaka 26 yâamavuko yegukanye iki gihembo nyuma yo kurusha mugenzi ukomoka muri Senegal, Sadio Mane  na we akaba anakinira ikipe ya Livepool, hamwe n’umukinyi […]
Umuvugizi wa Perezida Nkurunziza mu ntambara yâamagambo nâabashinja sebuja ubwicanyi
Umuvugizi wa Perezida Nkurunziza wâu Burundi, Jean Claude Karerwa Ndenzako, ari mu ntambara yâamagambo nâumuyobozi mukuru wa Radiyo RPA (Radio Publique Africaine), Bob Rugurika nâabandi ku mbuga nkoranyambaga, ahakana ubwicanyi nâibindi byaha bashinja Leta. Ku wa 31 Ukuboza 2018, abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Jean Claude yatangaje ubutumwa avuga ko ari ubwa Perezida Nkurunziza, […]
Butera Andrew wa APR FC wari waravunitse yatangiye imyitozo
Umukinnyi wa APR FC, Butera Andrew ukina mu kibuga hagati wari umaze ukwezi atagaragara mu kibuga kubera imvune, yatangiye imyitozo by’umwihariko akavuga ko ameze neza. Uyu musore wagaragaye ari mu myitozo, avuga ko atari yakira neza ku buryo yakinishwa muri iki cyumweru, ariko ko yiteguye ko mu mikono izakirwa mu gitaha ashobora kuzagaragara mu kibuga. […]
RDC: Inyeshyamba zo muri Uganda zagabye igitero zica abantu 10
Inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda, zagabye igitero mu gace ka Mavivi, kari mu Majyaruguru ya Beni, mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, zica abaturage 10. Iki gitero cyagabwe mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 7 Mutarama 2019, zica abantu 10 abandi babiri barakomeretswa, zinasahura amatungo, ibiribwa nâibindi bikoresho. Nkâuko bitangazwa nâumuyobozi muri aka […]
Umusore yakubise amavi hasi asaba gusohokana Selena Gomez
Umusore urimo kuzamuka mu mukino wâiteramakofe, Ryan Garcia atangaza ko yifuza gukundana na Selena Gomez kuko ngo kugeza ubu nta mukunzi afite. Uyu musore yavuze ko yumva akwiye kugerageza amahirwe agakundana nâuyu mukobwa wâumuririmbyi. Ati â Reka nzagusohokane. Nta mukunzi agira, mureke ngerageze amahirwe yanjye.â Uyu musore wâimyaka 20 yatangarije TMZÂ ko Selena Gomez akwiye […]
Nyamasheke: Abahinzi barataka igihombo baterwa nâimihanda ica mu cyayi yangiritse
Abahinzi bâicyayi b’i Gatare bibumbiye muri koperative ‘COTHEGA’ ikorera mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke, barataka igihombo baterwa nâimihanda ica mu cyayi hagati  nâibiraro byayo  byangiritse. Bamwe muri aba bahinzi bavuze ko bari bagize amahirwe Leta yumva ibyifuzo byabo ibubakira uruganda rwâicyayi bareka gukora ibilometero birenga 60 bakijyana mu Gisovu aho cyageraga cyangiritse […]
Huddah Monroe uhora yirata uburaya yaciye amarenga ko agiye kurongorwa
Umunyamideli wo muri Kenya, Huddah Monroe ukunze gutangaza ko ibyo atunze abikesha igitsina cye, yaciye amarenga ko yaba yitegura gushyingirwa vuba. Huddah yisegura ku bo yaba yaragiranye nabo ibibazo mu mwaka wa 2017, akishimira ko yasoje uwa 2018 ntawe bashwanye, byâumwihariko agatanga icyizere ko 2019 ashobora gutaha mu rwe. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, […]
U Burundi bwijunditse Museveni ko afata ikibazo cyabwo nâu Rwanda nkâicyoroshye
Leta yâu Burundi irashinja Perezida Museveni wa Uganda, akaba nâumuhuza wâAbarundi mu biganiro, gufata ikibazo cyâumubano mubi hagati yabwo n’u Rwanda nkâicyoroshye kandi gikomeye. Ibi biri mu bikubiye mu itangazo Leta yâu Burundi yasohoye ku wa Kabiri tariki ya 8 Mutarama 2019, ubwo yagiraga icyo isobanura ku mabaruwa u Burundi bumaze iminsi bwandikirana na Uganda. […]
Amasengesho yawe uyakorere bashiki bawe- Juliana atuka uwavuze ko akeneye kurongorwa
Umuhanzikazi Juliana Kanyomozi wo muri Uganda, yasabye umufana we kwerekeza amasengesho yamusabiraga kuri bashiki be, nyuma yo kuvuga ko akwiye umugabo muri uyu mwaka. Ubwo Juliana yatangazaga ko yashyize hanze video y’indirimbo yise âOmukwano Ogweddaâ ugenekereje mu Kinyarwanda âUrukundo rwa keraâ nibwo umufana we witwa Moses Omujugujugu yahise avuga ko adakwiye kuririmba urukundo mu gihe […]
MINEDUC: Abanyeshuri bacumbikirwa bazatangira bitewe nâuturere bigamo
Minisiteri yâUburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri baziga bacumbikirwa bazatangira igihembwe cya mbere cyâamashuri mu mwaka wa 2019 hagendewe ku turere bazigamo. Ibi bitandukanye no mu myaka yashize aho abanyeshuri bacumbikirwa basabwaga kujya ku ishuri hagendewe ku ntara bigamo. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâiyi minisiteri, rivuga ko abanyeshuri basabwe kwambara umwambaro wâishuri ndetse bafite ikarita yâishuri kugira […]
Aho kuba imbwa naba imva, si ndi inyangarwanda ndi nkundurwanda
Kuva kera na kare mu mateka yâurwa Gasabo, ingabo, intore zâumwami zatozwaga kumasha, guhamiriza, gusimbuka urukiramende, kunyobanwa, kwivuga nibindi biganisha kâubutwari bwâingabo no gukomera kwâigihugu. Ibi ni nabyo nasanze muri kaminuza yâi Karama yigishaga ibya politiki mu mashami ya Uhuru na Umoja. Aho abanyeshuli mubyo batozwaga harimo ibintu bibiri byâingenzi aribyo gukunda igihugu no kucyitangira. […]
Icyifuzo cyacu kuri Kenya n'ukubona amahoro biciye mu ubumwe n'iterambere – Uhuru Kenyatta
Aya magambo atagira uko asa ushobora kuyasanga ku rukuta rwa facebook rw’umukuru w’ igihugu cya Kenya Uhuru Kenyatta, kuwa 06/01/2019, ubwo yifurizaga Railla Odinga isabukuru nziza y’ amavuko nyuma yibihe bikomeye byo guhangana banyuzemo mu matora yâumukuru wâigihugu cya Kenya, ariko kuri ubu bakaba badasigana nyuma yo kwiyunga. Aba bagabo bombi b’abanyapolitiki bahanganye mu gihe […]
Burundi: Umusirikare yashyizwe mu byago nâumugore we wamureze gushaka kujya mu nyeshyamba
Umusirikare wâu Burundi, Nahimana Felix, Â yatawe muri yombi ku itegeko ryatanzwe na Guverineri wâIntara ya Makamba, ashinjwa nâumugore we gushaka kujya kwinjira mu mutwe wâinyeshyamba zirwanya Leta yâu Burundi. Nahimana Felix asanzwe ari umusirikare wâu Burundi, kuva ku wa Gatatu wâicyumweru gishize akaba ari kuri sitasiyo ya Polisi i Makamba, akaba yarafashwe ku itegeko ryatanzwe […]
Uganda: Gen Kayihura akomeje kwigaragariza urukiko mu gihe agitegereje ko urubanza rwe rutangira
Uwahoze ari Umuyobozi wâIgipolisi cya Uganda, Gen. Kale Kayihura, kuri uyu wa Mbere yongeye kwitaba Urukiko Rukuru rwa Gisirikare mu rwego rwo kubahiriza ibiteganywa no gufungurwa byâagateganyo ko agomba kujya yigaragaza imbere yâuru rukiko buri wa mbere wâukwezi gushya. Nubwo akomeje kugaragara mu gihugu anagaragaza ko agihari, Gen Kayihura agomba kuba ategereje ko urubanza rwe […]
Rusizi: Ababyeyi bâabasilamu bavuga ko abana babo baciye ukubiri nâinyigisho z'ubutagondwa
Nyuma yâuko mu myaka Ine ishize mu karere ka Rusizi havugwaga urubyiruko rwâabayisilamu rwishora mu nyigisho zirukangurira ibikorwa byâubutagondwa nâiterabwoba, ababyeyi bavuga ko bishimira ko byahagaze bakanizeza inzego zâumutekano ko bitazongera. Mu kiganiro cyahuje urwego rwa polisi yâigihugu rushinzwe kurwanya ibikorwa byâubutagondwa nâiterabwoba nâabayisilamu bo mu mujyi wa Rusizi  mu musigiti wa Kamembe, mu mpera […]
Somalia: Babiri barasiwe ku karubanda nyuma yo gukatirwa nâurukiko rwa gisirikare
Abayobozi ba Somalia bishe barasiye ku karubanda abicanyi babiri bakoranaga na Al Shabab bari bahamijwe nâurukiko rwa gisirikare icyaha cyo kwica umuyobozi gakondo . Hassan Ali Hassan wâimyaka 25 na Abdirahman Isse Ali wâimyaka 22, biciwe mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu nkâuko byemejwe nâigisirikare cyâiki gihugu kuri uyu wa Mbere, itariki 07 Mutarama. Iyi nkuru […]
Drake ari mu mazi abira bitewe nâumwana wâumukobwa
Impirimbanyi zâuburenganzira bwa muntu zirasaba ko Umuhanzi Drake yatabwa muri yombi bitewe nâamashusho agaragara ku mbuga nkoranyambaga arimo gukorakora umwana wâumukobwa utujuje imyaka y’ubukure. Drake yakorakoye uyu mukobwa mu 2010 ubwo yari ku rubyiniro mu gitaramo yari yakoreye mu Mujyi wa Colorado ahitwa Denver. Muri aya mashusho Drake asoma uyu mukobwa ndetse akanamukorakora mu gituza […]
Amwe mu mateka yâUmwami w'Abami Akihito wakiriye Perezida Kagame mu Buyapani
Mu ruzinduko rwâakazi rwâiminsi ibiri Perezida Kagame nâumufasha we, Madamu Jeannette Kagame bagiriye mu Buyapani, bakiriwe nâUmwami w’Abami, Akihito hamwe nâumwamikazi Michiko b’iki gihugu. Umukuru wâigihugu nâumufasha we bashyitse i Tokyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Mutarama 2019, bakirwa Ibwami kuri uyu wa Kabiri. Nyuma yo kwakirwa ibwami, biteganyijwe ko Perezida Kagame na […]
Haribazwa niba Louise Mushikiwabo atazakorera u Rwanda aho gukorera OIF
Abantu benshi barimo abasesenguzi bakomeje guhanga amaso ahazaza hâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, bategereje kureba uko azitwara mu nshingano nshya aherutse guhabwa zo kuyobora uyu muryango asimbura Umunyakanadakazi, Michaà «lle Jean, aho bamwe batangiye kumusaba kuzigengesera niba yifuza kuzaguma kuri uyu mwanya. Umuryango wa OIF bivugwa ko wakunze kugaragara nkâigikoresho cyo kugira […]
Abamotari bareze mu nkiko Ikigo cyâIgihugu Gishinzwe Guteza Imbere Amakoperative
Abamotari bibumbiye mu ishyirahamwe ryâabamotari bo mu Ntara yâIburasirazuba, UNESCOM bareze Ikigo cyâIgihugu cyâAmakoperative (RCA) Â bagishinja kubateza igihombo ubwo ishyirahamwe ryabo ryasesagwa mu cyo bise uburyo bunyuranyije n’amategeko. Aba bamotari 3,755Â bahoze mu makoperative cumi na biri yo mu turere turindwi tugize Intara y’Iburasirazuba, bavuga ko ishyirahamwe ryabo ryasheshwe na RCA mu buryo bunyuranyije nâamategeko,bityo […]
PS-Imberakuri ya Me Ntaganda yamaganye abayiyitirira bagamije guhirika ubutegetsi
Ishyaka PS-Imberakuri rya Me Ntaganda Bernard , ritemewe nâamategeko yâu Rwanda ariko we ashimangira ko ryemewe, ryamaganye abiyitirira iri shyaka bemeza ko bafatanyije nâimitwe ya gisirikare yâihuriro P5 ryâamashyaka atavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda igamije guhirika ubutegetsi iherutse kuvugwa muri raporo yâimpuguke zâUmuryango wâAbibumbye. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Me Bernard Ntaganda nkâuwashinze iri shyaka rifite […]
Akanyamuneza ni kose kuri Majoro Ntuyahaga woherejwe mu Rwanda atabishaka
Majoro Bernard Ntuyahaga umaze ibyumweru bibiri yoherejwe mu Rwanda, we n’umuryango we batabishaka, atangaza ko yakiriwe neza ndetse ko ubuzima bwe bumeze neza. Majoro Ntuyahaga yahoze mu ngabo z’u Rwanda, yoherejwe mu Rwanda arangije igifungo cy’imyaka 20 yakatiwe n’urukiko rwo mu Bubiligi, ashinjwa urupfu rw’abasirikare b’ababiligi biciwe mu Rwanda mu 1994. Abo basirikare bari bashinzwe […]
Rulindo: Umuturage yafatanwe ibipfunyika 150 byâikiyobyabwenge cya mayirungi
Mu bikorwa byo kurwanya icuruzwa nâikoreshwa ryâibiyobyabwenge mu karere ka Rulindo mu murenge wa Ntarabana, mu muhanda Gatuna- Kigali hafatiwe umusore wâimyaka 20 afite ibipfunyika 150 byâicyiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa mayirungi. Kuri uyu wa 6 Mutarama 2019 nibwo uyu musore yafatiwe mu modoka itwara abagenzi yavaga Gatuna yerekeza mu mujyi wa Kigali. Chief Inspector […]
Gabon: Babiri mu bashatse guhirika ubutegetsi bishwe,undi afatwa yihishe mu buriri
Ibiro bya Perezidansi yâIgihugu cya Gabon bitangaza ko babiri mu bari batangaje ko bahiritse ubutegetsi bwa Perezida Bongo bishwe barashwe ku munsi wâejo. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâUmuvugizi wa Leta yâiki gihugu, Guy-Bertrand Mapangou rivuga ko aba bishwe ubwo bakozanyagaho nâingabo za Leta zashakaga kubambura Radiyo yâigihugu bari bafashe mu gihe bagenzi babo batatu batawe muri […]
Kimisagara: Abaturage bigaragambije bifuza kumenya uwabarogeye umuyobozi
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali, bigaragambirije ku biro byâumurenge basaba ko ubuyobozi bufungura uwitwa Mugande wari wabijeje kubahuza nâumuvuzi, akabafasha kubereka umurozi waroze uwari umuyobozi wabo wâumudugudu. Ahagana saa mbiri nâigice zo kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Mutarama 2019, nibwo abaturage bâingeri zose […]
Nanjye nkorera Imana- Bobi Wine abwira abapasiteri
Umudepite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yasubije abakomeje kumutunga agatoki ko yasimbuje izina rya Yezu mu ndirimbo ye, ababwira ko na we akorera Imana. Abapasiteri bo mu itorero ryâAbapentekositi bavuga ko indirimbo âTuliyamabala Enguleâ bivuga kwambara ikamba ryâinsinzi bamushinja gusimbuza izina rya Yezu. Bobi yasubije aba bapisiteri ko impamvu yifashishije indirimbo zo mu rusengero […]
Bruce Melodie niwe muhanzi rukumbi wo mu Rwanda uzahatanira igihembo muri HiPipo Music Awards
Amazina yâabahanzi bazahatanira ibihembo bya HiPipo Music Awards muri uyu mwaka wa 2019 yamaze gushyirwa ahagaragara, aho mu Rwanda hafashwe umuhanzi umwe rukumbi, Bruce Melodie nâindirimbo ye, Blocka. Ibi bihembo bizaba bitangwa ku nshuro ya munani bisanzwe bibera muri Uganda bizahuriramo abahanzi bo hirya no hino muri Afurika mu nzego zitandukanye, biteganyijwe ko bizabera muri […]
Gabon: Abasirikare bagerageje guhirika ubutegetsi batawe muri yombi
Umuvugizi wa Guverinoma ya Gabon, Guy-Bertrand Mapangou, aratangaza ko kuri ubu ibintu byasubiye mu buryo muri iki gihugu nyuma yâaho agatsiko kâabasirikare kari kabyutse mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere kigarurira Radio yâigihugu mu cyagaragaye nko gushaka guhirika ubutegetsi. Mu kiganiro yagiranye na RFI na France24,bwana Mapangou yavuze ko abasirikare bane muri batanu bagerageje […]
Dore impamvu enye zituma u Bushinwa bukomeje kwigarurira Abanyafurika
Muri iki gihe igihugu cyâu Bushinwa gikomeje gufata ijambo muri politiki zâubukungu zâibihugu byinshi byo muri Afurika, ngo hari impamvu zimwe zishobora kuba zituma Afurika ishima gukorana nâu Bushinwa kurusha ibindi bihugu byâibihangange. Ku Banyafurika, ngo u Bushinwa bufite ibintu bine birushaho gukurura Afurika: Inguzanyo idashyirwaho amananiza, kwihutisha serivisi nâibicuruzwa bihendutse, gutera inkunga ibikorwa byo […]
Mu 2024 abaturage bishimira serivisi bahabwa bazaba ari 90% – PM
Minisitiri wâIntebe, Dr Ngirente Edouard avuga ko Guverinoma yâu Rwanda yihaye intego yâuko mu 2024, umubare wâabaturage bishimira serivisi bahabwa uzaba uri kuri 90%. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Mutarama 2019, ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama nyunguranabitekerezo yo kunoza imikorere nâimikoranire mu nzego zâibanze. Iyi nama y’iminsi ibiri ikaba yabereye i […]
Gabon: Agatsiko kâAbasirikare kigaruriye radio mu gisa nko guhirika ubutegetsi
Abasirikare bakuru ba Gabon mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 07 Mutarama 2019, babyutse bigarurira radio yâigihugu mu gisa nko guhirika ubutegetsi batangaza ko batishimiye perezida Ali Bongo kuri ubu urimo gukiruka aho arwariye muri Maroc. Ijambo Ali Bongo yagejeje ku baturage ba Gabon abifuriza umwaka mushya muhire wa 2019 ryatumye benshi bibaza […]
 Diamond Platnumz yahinduye itariki yâubukwe bwe
Umuhanzi Diamond Platnumz yatangaje ko hari impinduka zabaye mu matariki y’ubukwe bwe na Tanasha Donna bwari buteganyijwe kuwa 14 Gashyantare 2019. Diamond yari aherutse gutangaza ko ubukwe bwe buzamara iminsi ine. Mu kiganiro na Wasafi TV, Diamond yemeje ko ubukwe buzaba muri uyu mwaka ariko ko hari ikintu cyahindutse kuri gahunda yari iteganyijwe. Ati â […]
Uganda: Umugore arashinjwa gutwika imyanya yâibanga yâagakobwa kâimyaka 3
Mu gihugu cya Uganda haravugwa umugore watwitse imyanya ndangagitsina yâumwana wâumukobwa amuziza kunyara ku buriri bwe nkâuko tubikesha urubuga rwa spyreports rwandikira muri iki gihugu. Igipolisi mu Karere ka Luwero cyataye muri yombi uyu mugore ukurikiranweho gutwika imyanya yâibanga yâumwana wâumukobwa wâimyaka 3 yâamavuko. Uyu mugore witwa Hadijja Nansasi utuye ahitwa Kasana, mu mujyi wa […]
Rubavu: Abanyekongo bakomeje kwinjira ku bwinshi batinya ibishobora kuzaduka iwabo
Mu gihe hagitegerejwe ibyavuye mu matora ya perezida nâabadepite muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Abanyekongo baturanye nâu Rwanda bakomeje kwambuka umupaka wa Rubavu ku bwinshi binjira mu Rwanda batinya ibishobora kuba iwabo nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora. Abanyekongo basabye kuba bari mu Rwanda baravuga ko bafite ubwoba bwâamakimbirane ashobora kwaduka mu gihugu cyabo. […]
Mu Rwanda hari abakuye inkota mu rwubati, u Burundi nta bwoba dufite- Umuvugizi wa Nkurunziza
Umuvugizi wa Perezida Nkurunziza wâu Burundi, Jean-Claude Karerwa Ndenzako avuga ko ikibazo cyâumubano wâu Rwanda nâu Burundi cyafashe intera ndende, agashimangira ko hari nâamakuru yâuko bamwe mu Rwanda batangiye kwitegura urugamba. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Ukuboza 2018, mu kiganiro Leta yâu Burundi yari yagiranye nâabanyamakuru, nibwo umwe mu banyamakuru yabajije ikibazo agira ati […]
Gen  Muhoozi aribaza byinshi nyuma yâaho habonetse undi mugabo basa
Umuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba akomeje gusaba abandi bantu kugira igitekerezo batanga nyuma yâaho habonetse undi mugabo basa mahwi utatangajwe amazina. Igaragara ryâuyu mugabo ryatumye abaturage benshi basigara bibaza byinshi. Ibi byatumye na Gen Muhoozi na we agira icyo avuga ndetse asaba nâabandi kugira icyo babivugaho. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Muhoozi […]