Bwa mbere, umuhanzi Ay yagaragaje ifoto yâumwana we yabyaranye nâumunyarwandakazi
Umuhanzi Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka AY, wo mu gihugu cya Tanzania, yashyize hanze ifoto yâumwana we, yabyaranye nâumugore we wâumunyarwandakazi. Kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Ukuboza 2018, ubwo yanifurizaga umugore we isabukuru yâamavuko, nibwo uwo mubyeyi yamushyize ku rukuta rwe rwa Instagram ateruye uwo mwana wabo, agira ati âReba umwana mwiza wa […]
Uganda: Abajenerali basezerewe bahawe imperekeza
Abasirikare 11 bo ku ipeti rya jenerali basezerewe mu gisirikare cya Uganda (UPDF) bose hamwe bahawe imperekeza miliyaridi zisaga zirindwi z’amashilingi. Amakuru atangazwa na Dailymonitor ni uko Perezida Yoweri  Museveni akaba nâUmugaba wâIkirenga wa UPDF yategetse ko buri mujenerali yahabwa inzu kandi bakagumana imodoka bari basanzwe bakoresha ndetse bakanahabwa abarinzi batatu. Mu bahawe iyi mperekeza […]
Ntabwo Avoka ari umwambaro cyangwa se ikarita yâumwuga- Min. Busingye
Minisitiri w’Ubutabera akaba nâ Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston yahaye impanuro abavoka ababwira ko kuba avoka wâumwuga atari umwambaro cyangwa se ikarita ahabwa nâurugaga rwabo ahubwo ko ari icyo afasha uwamwiyakmbaje. Izi mpanuro yazibahaye kuri uyu wa 28 Ukuboza 2018, i Kigali, ubwo yabagezagaho ikiganiro kivuga ku “Ishusho ya Avoka Urwego rw’Ubutabera rwifuza mu […]
Ese hagati yâibihugu byâu Rwanda, Burundi na Uganda ni ikihe kigiza nkana?
Hashize igihe mu bitangazamakuru mpuzamahanga hacishwa inkuru zigaruka cyane ku mubano utifashe neza hagati yâu Rwanda na Uganda ndetse nâu Burundi nâu Rwanda ariko abakuru bâibi bihugu bagira icyo babivugaho ntiberure ngo bagaragaze imvo nâimvano. Habanje Perezida Museveni ubwo yabazwaga nâabanyamakuru ku kibazo cya Gen. Kale Kayihura washinjwaga gukorana nâigihugu Perezida Museveni yatinye kuvuga izina […]
RDF igiye gutangiza ikigo gishya kizajya kivura cancer mu ikoranabuhanga rigezweho
Igisirikare cyâu Rwanda (RDF), kibinyujije mu Bitaro bya Gisirikare byâu Rwanda (RMH) kirateganya gutangiza ikigo gishya kivura cancer muri Mutarama 2019 kizajya gitangirwamo ubuvuzi budasanzwe ku barwayi magana barwaye iyi ndwara itwara ubuzima bwâabatari bacye hirya no hino ku Isi. Lt.Col. Pacifique Mugenzi, Umuyobozi Mukuru wâiki kigo, avuga ko kizajya kifashisha ikoranabuhanga rigezweho mu gutanga […]
Mu masoko ya Leta, amafaranga y'abasora agezwe igati – Umuvunyi mukuru
Umuvunyi Mukuru, Anastase Murekezi atangaza ko imisoro ya rubanda igeze aharindimuka mu itangwa ryâamasoko ya Leta aho abapiganwa bumva ko badashobora gutsindira isoko kuko ngo batatanze bitugukwaha. Murekezi yatangaje ibi kuri uyu wa Kane kuwa 27 Ukuboza 2018 ubwo yageza ku Ihuriro ryâImitwe ya Politiki Yemewe mu Rwanda (NEPO) uko ruswa ihagaze mu gihugu ndetse […]
Maj. Ntuyahaga yoherejwe mu Rwanda inzira zose zo kubona ubuhungiro zanze
Major Bernard Ntuyahaga, wo muri Ex-FAR, wakatiwe imyaka 20 yâigifungo nâurukiko rwo mu Bubiligi  kubera uruhare rwe mu iyicwa ryâabaparacommando 10 bâAbabiligi muri Mata 1994, ngo yaba yarirukanwe ku butaka bwâiki gihugu nyuma yo kugerageza uburyo bwose bwo guhabwa ubuhungiro no mu bindi bihugu bikananirana. Major Ntuyahaga yagejejwe ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Kigali kuwa […]
Cibitoke: Umunyarwanda utaramenyakana amazina yahohotewe na polisi ku buryo bukomeye
Umunyarwanda wari mu isoko ryâinka yafashwe nâImbonerakure, aribwa anahohoterwa ku buryo bukomeye nâUrwego Rushinzwe Iperereza mu Burundi, Intara ya Cibitoke. Amakuru aturuka i Burundi, avuga ko uwo munyarwanda utaramenyakana amazina, yari mu isoko arimo kugurisha inka, aza gufatwa ndetse anakubitwa nâabapolisi bakora mu rwego rwâu Burundi rushinzwe iperereza (SNR). Amakuru dukesha SOS/Burundi, ni uko uyu […]
Nyagatare: Abana bafunze bagaragarijwe ikizere igihugu kikibafitiye
Abana bafungiye muri gereza ya Nyagatare, Intara yâIburasirazuba, basuwe nâinzego zitandukanye zâigihugu mu rwego rwo gusangira nabo Umunsi Mukuru wa Noheli, banasobanurirwa ko kuba bafunze bitavuze ko igihugu cyabakuyeho amaso. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Ukuboza 2018, aba bana bakaba bashima ubuyobozi bwâu Rwanda byâumwihariko Perezida Paul Kagame, uha abana […]
Ingabire Victoire aramagana ibikorerwa abo mu ishyaka rye batuye i Remera
Umunyapolitiki akaba nâUmuyobozi wâIshyaka ritaremerwa mu Rwanda ( FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire asaba ko abayobozi bakorohera ababa mu ishyaka rye byâumwihariko abatuye i Remera mu Karere ka Gasabo kuko ngo bari gukorerwa ibyo yise itotezwa. Umurwanashyaka wa FDU Inkingi witwa Renzaho Janvier utuye mu mudugudu wa Nyarugenge, akagari ka Kinunga, umurenge wa Remera  watawe muri […]
RDC: FARDC yataye muri yombi uwahoze yungirije umuyobozi wa MaĂ ÂŻ MaĂ ÂŻ Rai Mutomboki
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, kiratangaza ko kuri uyu wa Gatatu ushize cyafashe ari muzima Isaac Cirhabissa, wihaye ipeti rya colonel wahoze ari icyegera cyâumuyobozi wâumutwe wa MaĂ ÂŻ MaĂ ÂŻ Rai Mutomboki ya Gen. Hamakombo. FARDC iravuga ko Col Cirhabissa yafashwe ari gutegura kugaba ibitero ku birindiro byâingabo za leta ari kumwe nâabarwanyi […]
Abagana âcontrole techniquesâ barishimira ko amasaha yâakazi yongerewe
Kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Ukuboza nibwo Polisi yâu Rwanda yatangaje ko ikigo gisuzuma ubuziranenge bwâibinyabiziga kizwi nka âControle techniquesââ cyongereye amasaha yâakazi mu rwego rwo kurushaho kwakira buri wese ubabagana. Ikigo gisuzuma ubuziranenge bwâibinyabiziga â controle techniquesâ cyongereye amasaha yâakazi aho kuva ku wambere kugeza kuwa Gatandatu cyakira abakigana bakeneye gusuzumisha ibinyabiziga byabo […]
Madagascar: Andry Rajoelina wigeze kuba perezida agarutse ku butegetsi
Andry Rajoelina wigeze kuba Perezida wa Madagascar yongeye kugaruka ku butegetsi nyuma yo gutsinda igice cya kabiri cyâamatora yâumukuru wâigihugu yari amaze iminsi aba muri iki gihugu nkâuko ibyavuye mu matora byatangajwe kuri uyu wa kane bibigaragaza. Komisiyo yâigihugu ishinzwe amatora muri iki kirwa kuri uyu wa kane, itariki 27 Ukuboza yatangaje ko Andry Rajoerina […]
CNDD-FDD nta gisubizo ibona mu kuganira na FPR ku kunga u Burundi nâu Rwanda
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Ukuboza, Umunyamabanga Mukuru wâishyaka CNDD-FDD yongeye gutunga urutoki u Rwanda arushinja kuba rufite gahunda yo gutera u Burundi, ndetse agira icyo avuga ku gitekerezo cyâabanyapolitiki bamwe batanze inama zâuko ibibazo biri hagati yâibihugu byombi byashakirwa umuti binyuze mu biganiro hagati yâamashyaka ari ku butegetsi, FPR na CNDD-FDD, avuga ko […]
Uko mbyumva: Ese Leta Zunze Ubumwe za Afurika zirashoboka?
Hashize imyaka itari mike muri Africa hari igitekerezo cyo kwishyira hamwe nk’ibihugu kugira habeho igihugu kimwe kinini, gifite ubushobozi cyabasha kuzamura ubukungu bwacyo bityo hakabaho iterambere ry’abaturage muri rusange. Iyi politiki yo kwihuza no kwishyira hamwe abakuru b’ibihugu n’impuguke mu nzego zitandukanye muri Africa bagiye bagaragaza ubushake bwa politiki bwo kwishyira hamwe ariko ntibumvikana ku […]
Facebook: Isubikwa ry'igitaramo cya Meddy rirahuzwa n'ibibazo bya politiki biri hagati y'u Rwanda n'u Burundi
Bamwe mu Barundi bari mu matsinda ya Facebook bakomeje gutangaza ko kuba Meddy yasubitse igitaramo yari afite mu gihugu cyabo nta kabuza byaba birimo impamvu za politiki. Meddy yari yiteguye ibitaramo bibiri bikomeye yagombaga kuzakorera mu Burundi ariko ikibazo cyâumutekano muke cyatumye afata umwanzuro wo kutajya gutaramira abafana be nkâuko itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu […]
Umurwanashyaka wa FDU-Inkingi bivugwa ko yari yatawe muri yombi yarekuwe
Umurwanashyaka wa FDU Inkingi witwa RENZAHO Janvier utuye mu mudugudu wa Nyarugenge, akagari ka Kinunga, umurenge wa Remera wari watawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu yarekuwe nkâuko byemezwa na Perezida wâiri shyaka ritaremerwa gukorera mu Rwanda, Ingabire Victoire. Abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook, Ingabire Victoire yari yagize ati: â Ahagana […]
RDC: Hazindutse imyigaragambyo yamagana icyemezo cyo gusubika amatora mu bice bimwe
Abaturage batari bacye muri Beni kuri uyu wa Kane, itariki 27 Ukuboza bazindukiye mu myigaragambyo yahamagajwe nâihuriro ritavuga rumwe nâubutegetsi bwa Perezida kabila ryitwa LUCHA (Lutte pour le Changement) yo kwamagana isunikwa ryâamatora muri iki gice ryatangajwe kuri uyu wa Gatatu. Biravugwa ko hatwitswe amapine, hagashingwa za bariyeri mu mihanda mu Mujyi wa Beni rwagati, […]
Urutonde rwâibihugu 10 bifite abaturage batishimye mu 2018
Raporo yâUmuryango wâAbibumbye yitwa âWorld Happinessâ yâumwaka wa 2018  yashyize hanze urutonde rwâibihugu 156 yakozemo ubushakashatsi ku kigero abaturage babyo bishimyeho . Kuri uru rutonde, igihugu cya Finilande (Finland) kiri ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite abaturage bishimye aho gifite amanota 7.632/10. Iki gihugu gikurikirwa na Noruveji (Norway) ifite amanota7. 594/10,  Danimarike ( Danmark) […]
Ihuriro ry'Igihugu Nyunguranabitekerezo ry'Imitwe ya Politiki ryahawe igisobanuro cyâakarengane
Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Ukuboza, Umuvunyi Mukuru, Anastase Murekezi yatanze ikiganiro mu Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki, aganiriza abitabiriye iki kiganiro kuri Politiki n’Ingamba z’Igihugu zo gukumira no kurwanya ruswa nâakarengane. Muri iki kiganiro hibukijwe ko Leta y’u Rwanda yashyizeho politiki n’ingamba zikarishye mu gukumira no kurwanya ruswa hashingiwe ku bushake bwa […]
Nyamasheke: Igitero cyahitanye bane kigasiga inkomere bagifashe nkâuko imodoka yatera umugenzi ibyondo
Umuyobozi wâ Akarere ka Nyamasheke, AimĂ© Fabien Kamali mu minsi mike ishize yumvikanye mu bitangazamkuru ko yabwiye abaturage begereye ishyamba rya Nyungwe riherutse kuberamo igitero kigahitana abantu bane, kigasiga inkomere esheshatu ibi byafatwa nkâuko imodoka yatambuka igatera umugenzi ibyondo. Tariki 15 Ukuboza abagizi ba nabi bitwaje intwaro batwitse imodoka eshatu mu ishyamba rya Nyungwe babiri […]
Abanyamerika bajya Tanzania basabwe kwigengesera mu gihe mu Rwanda nta mpungenge
Department ya Leta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bazo bagenda muri Tanzania kurushaho kwigengesera muri iki gihe kubera ibyaha, iterabwoba nâibikorwa bya leta byibasira abantu hashingiwe ku gitsina cyabo cyangwa abakundana babihuje. Ni mu gihe u Rwanda ruri mu bihugu Umunyamerika ashobora kujyamo yizeye umutekano we wose. Iyi department ya leta mu […]
Umuryango wa Habyarimana ugiye kujuririra icyemezo cyâabacamanza bâAbafaransa
Me Philippe Meilhac wunganira Agatha Habyarimana, umufasha wa Juvenal Habyarimana wahoze ari perezida wâu Rwanda, yatangaje ko bagiye kujuririra icyemezo cyâabacamanza bâAbafaransa bahagaritse gukurikirana ikibazo cyâihanurwa ryâindege yari itwaye Habyarimana ryakurikiwe na Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Aba bacamanza bâAbafaransa bahagaritse iperereza ryatangiye nyuma yâimyaka 4 indege ihanuwe ryari ryasabwe nâimiryango yâabapilote bâAbafaransa bari […]
Diamond yahishuye Perezida wa Tanzaniya wamusabye ko yarongora
Umuhanzi Diamond Platnumz avuga ko mu bantu bashyigikiye icyemezo cye cyo kurongora harimo nâuwahoze ari Perezida wa Tanzaniya, Jakaya  MrishoKikwete wabimusabye amubwira ko imyaka ye igeze. Uyu muhanzi avuga ko yabonanye na  Kikwete  nyuma yâaho yari aherutse kumuhamagara kuri telefoni akamwihanganisha bitewe nâimpanuka yari yakoreye ku rubyiniro. Yagize ati â Ubwo nari I Mwanza numvise […]
Burundi: Umupolisi yishe Imbonerakure yashakaga kumwaka imbunda
Umwe mu rubyiruko rwâishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ruzwi nkâImbonerakure mu ijoro rishyira kuri Noheri yishwe arashwe nâumupolisi wâigihugu  ahitwa Matana mu Ntara ya Bururi mu majyepfo yâigihugu. Uyu witwa Elias Ntakirutimana, wari umuyobozi wâImbonerakure kuri aka gasozi ka Matana, ngo yishwe nâisasu yarashwe nâukuriye station ya polisi yâaha hantu witwa Simon Ndayikengurukiye wahise […]
Abanyeshuri batatu ba Kaminuza ya Beijing bapfiriye mu igerageza muri laboratwari
Abanyeshuri batatu bo muri Kaminuza ya Beijing mu Bushinwa kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Ukuboza bapfiriye muri laboratwari ubwo yaberagamo guturika bari mu bushakashatsi nkâuko byemejwe nâabashinzwe kuzimya umuriro. â Habaye guturika ahakorerwa igerageza mu igerageza ku bushakashatsi mu byâubumenyi .â, ibi ni ibyatangajwe nâurwego rushinzwe kuzimya inkongi zâimiriro muri Beijing. Uru rwego rwakomeje […]
Rubavu: Polisi yafashe abacuruzi bari bagiye kunyereza hafi miliyoni 2 z'umusoro muri magendu
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Ukuboza, mu karere ka Rubavu hafatiwe ibicuruzwa bitandukanye bya magendu birimo ibiro 345 byâimyenda ya caguwa,ibitenge 15 , ibiro 55 byâikweto, umuceri ibiro 725 nâibindi byinshi bitandukanye. Ibi bicuruzwa  bikaba byarafatiwe mu murenge wa Nyamyumba ibindi  bifatirwa mu murenge wa Gisenyi. Byafatiwe mu gikorwa cyateguwe na Polisi yâ […]
Ibaruwa ifunguye yandikiwe Perezida w'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe
Impamvu: Gutabaza Nyakubahwa Perezida, Mbere ya byose ndabanza kubifuriza umwaka mushya muhire wa 2019 tugiye gutangira, uzababere uw’ amahoro n’iterambere nk’uko mukunze kubyigisha. Iyi ni inshuro ya kabiri mfashe ikaramu yanjye mbandikira. Ubwa mbere mbandikira birashoboka ko mutabonye urwandiko rwanjye kuko nzi neza ko mwita cyane kugukemura ibibazo by’abaturage iyo bagize amahirwe yo kubibagezaho. Icyo […]
Kayonza: Uwahoze ari mwarimu arasabirwa ubufasha ngo abone pansiyo
Mu nteko yâabaturage bâakagari ka Rukara, umurenge wa Rukara mu karere ka Kayonza, hagarutswe ku kibazo cya Gatsinzi Emmanuel wigishije benshi mu bari muri iyi nama, ariko ubu akaba agezwe habi nâubukene akaba ari mu cyiciro cya kabiri cyâubudehe. Abaturage barasaba ubuyobozi kumworohereza akabona ibyangombwa bimuhesha pansiyo. âGatsinzi nanjye yaranyigishijeâ, aya ni magambo yâumusaza wâimvi […]
Igitekerezo: Ikibazo cyâinda ziterwa abangavu gikeneye ingamba za buri wese
Inda ziterwa abangavu zigira ingaruka nyinshi ku buzima bwabo, imiryango yabo nâigihugu muri rusange, ku buryo hadafashwe ingamba cyaba icyorezo mu muryango nyarwanda. Ihungaba rivamo kubura ubuzima, abana bavuka badafitiwe urukundo rwâababyeyi bombi, badafite uburenganzira bwo kumenya ba se, kandi batandikwa mu bitabo byâirangamimerere; ndetse izi nda ziba intandaro yâamatiku nâinzangano mu miryango. Akaga abakobwa […]
Rusizi: Urubyiruko rurasabwa kubyaza umusaruro amahirwe yo kwiga rwahawe
Abasore nâinkumi bagera kuri 261 biga mu mashuri yisumbuye na kaminuza baturuka mu miryango itishoboye bakaba bafashwa nâumushinga RW 0152 ukorera mu itorero MĂ©thodiste Libre, paruwasi ya Kamembe, ku nkunga ya Compassion international, bavuga ko biteguye kubyaza amahirwe bahawe na Leta yo kwiga. Ubwo bahurizwaga hamwe nâabayobozi babo babifuriza Noheli nziza nâumwaka mushya muhire wa […]
RDC: Mu bice bimwe byâigihugu amatora azaba muri Werurwe 2019
Komisiyo yâigihugu yâamatora muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugira ibyo ihindura mu ngengabihe yâamatora itangaza ko mu bice bimwe byâigihugu amatora azaba muri Werurwe 2019. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Komisiyo yâigihugu yâamatora ya Congo (CENI) riravuga ko ku biro byâitora muri Beni, mu Mujyi wa Beni, no mu Mujyi wa Butembo, muri Kivu […]
Kunda umuturanyi wawe nâumutima wawe wose na roho nkâuko ukunda Imana- Perezida Museveni
Perezida Museveni arasaba abaturage ba Uganda gukunda abaturanyi babo nkâuko Imana bayikunda, ko bakunze Imana bakanga abaturanyi ntacyo byaba bibamariye. Perezida Museveni yabitangaje kuri uyu wa 25 Ukuboza 2015, ubwo we nâumufasha we, Janet Museveni, bifatanyaga nâimbaga yâabakiristo bo mu itorero âSt Luke Nshwerenkye Churchâ riri I Rushere, akarere ka Kiruhura. Yagize ati âKunda umuturanyi […]
Tanasha ni mwiza kandi yumva neza ibyifuzo byanjye mu buriri- Diamond Platnumz
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania yakomoje kuri Tanasha Donna, Umukobwa ukomoka muri Kenya bakundanye muri iyi minsi, amurata ubwiza kugera naho agera no mu buriri. Ibyâurukundo rwa Diamond na Tanasha byamenyekanye mu mezi make ashize, ubu bakaba banitegura kubana mu mezi abiri ari imbere. Ikinyamakuru cyo muri Kenya, Nairobinews gitangaza ko ubwo Daimond yitabiraga […]
Iyo uri umukuru wâigihugu nâihene uba uzishinzwe, inkwavu, Inkoko, amavoka,âŠ- Perezida Nkurunziza
Perezida Nkurunziza wâu Burundi, avuga ko iyo uri umukuru wâigihugu utaba ushinzwe abaturage gusa, ahubwo ko nâamatungo, inyamaswa, ibihingwa nâibindi biba biri mu biganza byawe. Muri Video ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Nkurunziza wari wambaye ishati iriho ibirango byâishyaka CNDD- FDD, ingofero yâumweru nayo biriho, mikoro mu kiganza cy’Iburyo,… Mu ijambo yagezaga ku bantu […]
Sudani: Impirimbanyi zafunze imbuga za guverinoma zisaga 200
Impirimbanyi mu gihugu cya Sudani ziravuga ko imbuga za internet zisaga 200 za guverinoma zahagaritswe nâagatsiko kâabantu batazwi mu rwego rwo kwihimura ku bugizi bwa nabi guverinoma yakoreye abigaragambya. Biravugwa ko imbuga zâingenzi za guverinoma, izâuturere nâintara ndetse nâizâibigo bitandukanye bya leta mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu zitari zirimo gufunguka ndetse mu ijoro […]
Mourinho yaranzwe kugeza no ku bakozi bo mu gikoni- Wayne Rooney
Uwahoze ari umukinnyi wa Manchester United, Wayne Rooney avuga ko umutoza, Jose  Mourinho uherutse kwirukanwa yari yanzwe nâabantu benshi bakora muri iyi kipe kugeza no kubakoraga mu gikoni. Jose Mourinho yirukanwe mu cyumweru gishize bitewe nâumusaruro muke ikipe ya Manchester United isigaye igaragaza muri iyi minsi. Asobanura uburyo Mourinho yari yanzwe, Rooney yagize ati â […]
Kayonza :Abaturage barasabira umutanzaniyakazi gusubirana nâumugabo bakabafasha
Mu kagari ka Rukara mu karere ka Kayonza, haravugwa umugore ufite inkomoko muri Tanzaniya washakanye nâumunyarwanda, nyamara nyuma yo gutahuka mu gihugu nyirabukwe akaba ashaka kumwirukana agatandukana nâumugabo. Ni ikibazo cyagarutsweho mu nteko yâabaturage, basaba umugabo gusubirana nâumugore we bakabona kubafasha. Muri iyi nteko yanitabiriwe nâumuyobozi wâakarere ka Kayonza wungirije ushinzwe imibereho yâabaturage Harerimana Jean […]
U Bushinwa bwagize icyo buvuga ku biherutse gutangazwa na Perezida Kagame
Nyuma yâaho Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame ashinje u Burayi kuba nyirabayazana wâikibazo cyâabimukira ubwo yavugaga ku ruhare rwâu Bushinwa muri Afurika muri iki gihe mu kiganiro yagiranye nâikinyamakuru cyo muri Autriche, u Bushinwa nabwo bwagize icyo butangaza kuri uyu wa Kabiri ku byatangajwe muri icyo kiganiro. Ni ikiganiro Umukuru wâIgihugu, Paul Kagame yagiranye nâikinyamakuru […]
RDC: Nta yindi mpamvu tuzemera, amatora agomba kuba ku Cyumweru- Mgr Ambongo
Nyuma y’aho amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo asubikiwe, Musenyeri  Fridolin Ambongo Besungu, w’Umujyi wa Kinshasa, atangaza ko nta zindi mpamvu zizumvwa zishobora kongera kuyahagarika. Amatora yagombaga kuba ku wa 23 Ukuboza, kubera ikibazo cyatangajwe cyâibikoresho nkenerwa bitari byuzuye, aya matora yigizwa inyuma akazaba ku wa 30 Ukuboza 2018. Nk’uko Radio Okapi ibitangaza, ubutumwa […]
Kantengwa Judith yakebuye abakobwa bareka abasore bakabafotora bambaye ubusa
Kantengwa Judith Heard, umunyamideli ukomeye mu gihugu cya Uganda, arakebura abakobwa batwarwa n’urukundo bakemerera abasore bakundana bakabafotora bambaye ubusa. Uyu munyamideli uherutse kwandagazwa ku mbuga nkoranyambaga ubwo amafoto ye yajyaga hanze muri Gicurasi 2018, agakurura impaka mu bitangazamakuru, yaboneyeho kugira inama bagenzi be nyuma y’ibyamubayeho. Bamwe mu baketswe mu gusakaza aya mafoto ye yamabye ubusa, […]
2018: U Rwanda ruraza mu myanya yâimbere ku rutonde rwâibihugu bifite abaturage batishimye
Raporo y’Umuryango w’Abibumbye yitwa âWorld Happinessâ yâumwaka wa 2018 ishyira u Rwanda ku mwanya wâ151 mu bihugu 156 byakorewemo ubushakashatsi ku ngingo yâuburyo abaturage bishimye. Ibi bivuze ko u Rwanda ari urwa Gatandatu mu kugira abaturage batishimye kuri uru rutonde rwâibi bihugu byakorewemo ubushakashatsi aho rufite amanota 3.408/10. Kuri uru rutonde, u Rwanda rubanjirijwe ku […]
Iyicwa ryâAbagogwe nka kimwe mu bikorwa byâitegurwa nâigeragezwa rya Jenoside muri Ruhengeri
Ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri bugaragaza ko mu mwaka wa 1991 na 1992 hishwe Abatutsi bâAbagogwe muri perefegitura ya Ruhengeri nka kimwe mu bikorwa byari bigamije gutegura Jenoside nyirizina yo mu 1994. Nkâuko bigaragazwa nâubu bushakashatsi,inyandiko ya Minisitiri wâubutegetsi […]
Libya: Igitero kuri minisiteri y'ububanyi n'amahanga cyahitanye 3 abandi barakomereka
Kuri iki Cyumweru, itariki 25 Ukuboza abiyahuzi bagabye igitero muri minisiteri yâububanyi nâamahanga ya Libya, mu murwa mukuru Tripoli bica abantu byibuze batatu barimo umukozi mukuru mu gitero cyigambwe nâumutwe wa Islamic State. Abandi bantu bagera kuri 21 bakomerekeye muri iki gitero nkâuko byemezwa nâabayobozi. Biravugwa ko imodoka yari itezemo igisasu yaturikiye hafi ya minisiteri, […]
Rusizi: Abacuruzi 2 bafatanwe ibiro bisaga 200 byâimyenda ya caguwa itatangiwe imisororo
Polisi yâu Rwanda irasaba abakora ubucuruzi kwirinda kunyereza imisoro kuko baba bahombya igihugu amafaranga yagakoreshejwe mu bikorwa byâiterambere rusange no kuzamura imibereho yâabaturage. Ibi bije mu gihe abacuruzi babiri bafatanwe ibiro bisaga 200 byâimyenda ya caguwa itatangiwe imisororo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi bavuye kuyirango muri Congo. Umuvugizi wa Polisi mu ntara […]
Bimwe mubyo wamenya kuri Nyaruhirira Désiré wagizwe Ambasaderi na perezida Paul Kagame
Kuri iki cyumweru tariki ya 25 Ukuboza 2018 (Noheli), Nyaruhirira DĂ©sirĂ© yagizwe Ambasaderi na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, nkuko itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri wâIntebe ribyerekana. Nyaruhirira Desire nâumudiplomate wâumunyamwuga kuko yakoreye ahanini mu Burundi, abanza kuba umujyanama wa Ambasade, Umujyanama wa Minisitiri ( minister counselor) aho yirukanwe adashakwa na Guverinoma yâu Burundi kubera […]
Minisiteri yâUburezi  yatangaje igihe umwaka wâamashuri wa 2019 uzatangirira
Minisiteri yâUburezi itangaza ko umwaka wâamashuri Abanza n’Ayisumbuye wa 2019 uzatangira kuwa Mbere tariki ya 14 Mutarama 2019. Ibi ni mu rwego rwo kubahiriza indangaminsi yâamashuri yo mu muryango wa Afurika yâIburasirazuba no kugira ngo ijyane nâiya Kaminuza yâigihugu. Iri tangazo rije nyuma yaho iyi minisiteri ibinyujije ku rukuta rwayo rwa twitter yari yatangaje ko […]
Si ndi mu bavuga ko  Museveni  atabogamye mu bibazo byâu Rwanda nâu Burundi- Dr. Rudasingwa
Umunyarwanda uba mu buhungiro akaba nâumunyapolitiki  Dr. Theogene Rudasingwa avuga ko we atari mu bantu bavuga ko Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni atari umuntu ubogamye mu gusubiza ibibazo biri hagati yâu Rwanda nâUburundi yagaragarijwe mu ibaruwa yandikiwe na Perezida Nkurunziza. Perezida Nkurunziza aherutse kwandikira mugenzi we  Museveni amubwira ko u Rwanda atarufata nkâumuturanyi ko ahubwo […]
ISRAEL: Inteko ishinga amategeko yasheshwe manda itarangiye
Minisitiri w’Ă Ântebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasheshe Inteko Ishinga amategeko y’Ă Âgihugu cyeâ. Iyi Nteko isheshwe manda yayo itararangira, andi matora yihuse akazakorwa muri Mata 2019. Iyo Inteko Ishinga Amategeko isheshwe muri Isarel na Guverinoma iba yatswe uburenganzira bwo gukora amategeko mashya. Gusesa inzego byabaye igikorwa kimenyerewe muri Isarael, kuko mu mwaka wa 1988 nibwo Guverinoma […]
Polisi ya Uganda irikanga ibitero muri iyi minsi mikuru
Igipolisi cya Uganda cyasabye abapolisi bacyo bose kuba maso kurushaho muri iyi minsi mukuru kuko ngo hashobora kuba ibitero ahantu hatandukanye harimo za sitasiyo, ku biro bikuru no ku bigo byayo muri iyi minsi mikuru. Umuyobozi Wungirije wa Polisi yâiki gihugu, AIGP Assuman Mugenyi mu butumwa bwe bwo kuwa 20 Ukuboza yavuze ko hari amakuru […]
Diamond yagaragaje ko Tanasha Donna atamuri ku mutima gusa ahubwo no ku mubiri
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania nyuma yo gutangaza ko ari mu rukundo rugurumana nâumukobwa wo muri Kenya, Tanasha Donna ubu noneho yagaragaje ko amwiyumvamo birenze urugero kugera aho yishyirishaho tatiwaji yâizina rye. Izina Tanasha Donna, Diamond yaryiyandikishijeho ku kaboko kâIbumoso asanzwe afiteho ibishushanyo byinshi ataratangaza ibisobanuro byabyo. Diamond usanzwe afite abana batatu yabyaye ku […]
Perezida Nkurunziza ntiyanejejwe nâuko ibaruwa yandikiye Museveni yasomwe nâabandi
Umuvugizi wa Perezida Nkurunziza wâu Burundi, Jean Claude Ndenzaho yemeje ko ari byo koko, sebuja yandikiye mugenzi we wa Uganda ndetse nawe aramusubiza, ariko ko bitabanejeje kuba ibaruwa yamwandikiye yaracicikanye mu bitangazamakuru. Ibi yabitangaje mu kiganiro Leta yâu Burundi yagiranye nâabanyamakuru cyabaye ku wa 15 Ukuboza 2018, yemeza ko ayo mabaruwa abakuru bâibihugu bagiye bayohererezanya […]
Nyamirambo: Mu rugo rw'umuturage hafatiwe udupfunyika 2700 twâurumogi
Ubufatanye hagati ya Polisi nâabaturage mu gukumira ibyaha bukomeje gutanga umusaruro, aho mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 23 Ukuboza, ku makuru yatanzwe nâabaturage yatumye Polisi ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyamirambo ifatira mu rugo rwâumuturage udufunyika 2700 twâurumogi. Utu dupfunyika twafatiwe mu rugo rwâuwitwa Niyibizi Aboubakar utuye mu murenge wa […]
Ikipe ya Juventus irashaka kugura Lukaku na Ramsey wa Arsenal
Ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, irashaka kugura abakinnyi Romelu Lukaku wa Manchester United ndetse na Aaron Ramsey ukinira Arsenal. Umubiligi Romelu Lukaku wâimyaka 25 yâamavuko asanzwe ari umwe mu bakinnyi bahagaze neza muri iyi kipe ya Man. Utd. Ku wa 10 Nyakanga 2017 nibwo yinjiye muri iyi kipe avuye muri Everton. Mu mikino 22 […]
Nyamasheke: Basobanuriwe impamvu baza ku isonga mu turere dukennye
Nyuma yâaho ikigo cyâigihugu cyâibarurishamibare gishyiriye ahagaragara ubushakashatsi ku mibereho yâingo mu Rwanda bukagaragaza ko akarere ka Nyamasheke ari ko gafite abakene cyane kurusha utundi turere twâigihugu,bamwe mu baturage nâabayobozi bagaragaje kutabyumva kimwe nâiki kigo, biba ngombwa ko hatumizwa umwe mu bakozi bacyo ngo aze kubisobanura. Iki kigo na cyo nticyazuyaje, cyohereza Kamana Roger ushinzwe […]
Indege yari itwaye abasirikare ba Congo yakoze impanuka ifatwa nâinkongi yâumuriro
Indege yo mu bwoko bwa Antonov 26Â yari itwaye abasirikare ba Congo Kinshasa, yakoze impanuka ihita ifatwa nâinkongi yâumuriro. Iyi ndege yakoreye impanuka ku kibuga cyâindege cya Mavivi, Teritwari ya Beni muri Kivu yâAmajyaruguru, Â kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Ukuboza 2018, Umucamanza mu rukiko rukuru rwa gisirikare, Colonel Kumbu Ngoma wageze aho iyi […]
Perezida Kagame yifurije Noheli Nziza abamukurikira kuri Twitter
   Perezida wa Repubulika yâu Rwanda Paul Kagame, yanyujije ubutumwa ku rubuga rwe rwa Twitter, yifuriza abamukurikira bose umunsi mwiza wa Noheli nâumwaka mwiza wa 2019.  Mu gicuku cyo kuri uyu wa 25/12/2019, ku isaha ya 02h09 , nibwo Perezida Paul KAGAME yanditse ubutumwa bugira buti: âNoheli Nziza kuri mwese. Mbifurije kandi umwaka wâUburumbuke wa […]
Imbonerakure nâabasirikare bararikanuye ku mupaka wâu Burundi nâu Rwanda
Mu gihe umubano wâu Rwanda nâu Burundi utifashe neza, byâumwihariko Perezida Nkurunziza akaba yarumvikanye asaba inzego zâumutekano kurikanura ku mipaka, amakuru aturuka mu Burundi ni uko ubu Imbonerakure nâabasirikare bakajije umutekano ku mupaka. Mu Burengerazuba bwâAmajyaruguru yâu Burundi, ngo izi Mbonerakure nâabasirikare bahari ku bwinshi, aho barinze umupaka uhuza iki gihugu nâu Rwanda ndetse zikaba […]
Zari aryoshye kurusha abandi bagore bose twaryamanye- Diamond Platnumz
Umuhanzi wo muri Tanzania, Diamond Platnum atangaza ko mu bagore bose baryamanye nta numwe wamurutira Zari Hassan babyaranye abana babiri. Urukundo rwa Zari Hassan na Diamond, rwaravuzwe cyane mu itangazamakuru, barabana, babyarana abana babiri, ku wa 14 Gashyantare 2018, batangaza ko batandukanye, umugore amushinja kumuca inyuma. Nkâuko ikinyamakuru Mbu.ug kibitangaza, ngo Diamond aganira nâikinyamakuru cyandika […]
Kigali: Hoteli âUbumwe Grandeâ yatejwe cyamunara
Ubumwe Grande Hotel iri mu Mujyi wa Kigali, yatejwe cyamunara yegukanwa na Sosiyete yâubucuruzi yitwa Umubano Industries Ltd, itanze  asaga Miliyoni 30 zâamadolari ya Amerika. Ni cyamunara yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Ukuboza 2018, Sosiyeti Umubano Industries Ltd yari ihagarariwe n’uwitwa Gasana Hassan ikaba yegukanye iyi Hoteli nyuma yo guhigika abandi bashoramari barindwi […]