Impamvu ebyiri Ingabire Victoire avuga ko zatumye umugabo we atsinda urubanza ku byaha bya Jenoside
Umunyapolitiki akaba nâUmuyobozi wâIshyaka ritaremerwa mu Rwanda ( FDU-Inkingi), Ingabire Umuhoza Victoire avuga ko yari afite icyizere ko umugabo we, Lin Muyizere azatsinda urubanza yaregwagamo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi kubera impamvu ebyiri. Ni nyuma yâaho amakuru ava mu Buholandi avuga  kuwa 20 Ukuboza 2018 umugabo wa Vctoire Ingabire yagizwe umwere. Mu kiganiro na […]
 Miss Rwanda 2019: Anita Pendo yihanganishije batatu bahatanye mu ntara eshatu zose batsindwa
Umunyamakuru akaba nâumushyushyarugamba wâikimenyabose hano mu Rwanda, Anita Pendo yihanganishije abakobwa batatu bakomeje kudahirwa no gukomeza muri Miss Rwanda 2019 muri buri ntara biyamamarijemo. Abo bakobwa barimo uwitwa Umutoni Gisele wiyamamarije i Musanze, i Rubavu ndetse akaba yagiye nâi Huye; Uwingeneye Safa Claudia wiyamamarije i Rubavu ntahirwe agahitamo kugerageza amahirwe ye i Huye nâuwitwa Mugwaneza […]
Twagiramungu avuga ko Buyoya yigishijwe kwica na Micombero
Umunyapolitiki Twagiramungu Faustin wahoze ari Minisitiri wâIntebe mu Rwanda, atangaza ko Buyoya wahoze ari Perezida wâu Burundi ibijyanye nâubwicanyi anashinjwa, yabyigishijwe na Micombero. Agaruka ku bibazo u Burundi bufite muri ibi bihe, Twagiramungu avuga ko atari ibya none, agaruka ku bwicanyi bwagiye buhaba uko ubuyobozi bwagiye busimburanwa ahanini biciye mu nzira yâamaraso ya za Kudeta […]
Rusizi: Ubuyobozi bwa ADEPR bufitiye impungenge abayoboke bayo basengera ahatemewe
Umuvugizi wâitorero ADEPR, RĂ©v.pasiteri Karuranga Ephrem avuga ko itorero ayoboye rihangayikishijwe bikomeye na bamwe mu bayoboke baryo batangiye kwinjirwamo nâinyigisho zâubuyobe zivuga ko gusengera ku misozi, mu bihuru, mu buvumo, mu mazi, mu byumba byâamasengesho byo mu ngo nâahandi hatari mu nsengero zemewe ari byo bituma Imana ibumva. Avuga ko ababayobya bakabaka nâamaturo kugeza ubu […]
Abahanzi Pedro Someone na P-Fla mu gitaramo cya Noheli i Nyamata
Abahanzi Niyigena Jean Pierre uzwi ku izina ryâubuhanzi rya Pedro Someone, afatanyije nâabandi bahanzi barimo P Fla, bagiye gutaramira abatuye mu Mujyi wa Nyamata. Ni igitaramo kizaba ku wa Kabiri tariki ya 25 Ukuboza 2018, bishimana nâabafana babo kuri uwo munsi Mukuru wa Noheli. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Pedro yatangaje ko yiteguye gukirigita imirya […]
Uganda: Abasirikare bagiye kuyobora ibiro byâabinjira nâabasohoka mu guhangana nâAbanyarwanda binjira bitemewe
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yamaze gushyiraho abasirikare bakuru ku myanya yâubuyobozi bwâibiro byâabinjira nâabasohoka mu rwego rwo guhangana nâabinjira muri iki gihugu binyuranye nâamategeko barimo Abanyarwanda nâAbanye-Congo. Icyi cyemezo gishizwe mu bikorwa nyuma yâaho mu minsi ishize ubuyobozi bwâinzego zâibanze mu Karere ka Masaka bwijujuse buvuga ko bisi zirimo kuzana Abanyarwanda nâAbanye-Congo ku […]
Rubavu: Mu rugo rwâumuturage hafatiwe amabaro 33 ya caguwa
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukuboza 2018 nibwo mu rugo rwâumuturage witwa Nyirasafari Farida wâimyaka 38 hafatiwe imyenda ya caguwa amabaro 33,inkweto za caguwa imifuka 2 yâibiro 60 ndetse nâamakarito 11 yâamavuta yangiza uruhu. Kuri uwo munsi kandi mu rugo kwa Mukandekezi Farida wâimyaka 43 naho Polisi yahafatiye amabaro 20 […]
Nyamasheke: Bamwe ntibarasobanukirwa akamaro kâamashuri yâincuke
Mu karere ka Nyamasheke haracyagaragara bamwe mu babyeyi bagifite imyumvire yo hasi ku kamaro kâamashuri yâincuke, aho bamwe bumva ngo nta kindi umwana yahungukira, abandi bakibaza impamvu bayakwamo agahimbazamusyi ka mwarimu mu gihe mu mashuri abanza nâayisumbuye ntako bakwa. Ubuyobozi bwâakarere nâumuryango VSO ufasha mu burezi bwâincuke bukavuga ko bwahagurukiye guhindura  iyi myumvire ikiri mu […]
Leta yâu Burundi ntikozwa ibyo kuvana abasirikare bayo 1000 muri Somalia
Nyuma yo gusabwa kuvana abasirikare bayo 1000 bari mu butumwa bwâamahoro muri Somalia, Leta yâu Burundi ntibikozwa, igashimangira ko bihabanye nâamasezerano yashyizeho umukono. Mu itangazo Minisiteri yâIngabo mu Burundi yageneye itangazamakuru, yatangaje ko abayisaba kugabanya abasirikare bayo bari mu butumwa bwâamahoro muri Somali, birengagije amasezerano yashyiriweho umukono muri Ethiopia ku wa 30 Ugushyingo 2018. Umuvugizi […]
Umutoza mushya wa Man. Utd yatangiranye intsinzi idasanzwe y'ibitego bitanu
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer, umaze iminsi mike asimbuye Jose Mourinho wirukanwe ku wa Kabiri w’iki cyumweru, ku mukino wa Mbere ayoboye nk’umutoza w’iyi kipe, yawitwayemo neza abasha gutahana intsinzi y’ibitego bitanu. Ni mu mukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukuboza 2018, aho ikipe ya Man. Utd yanyagiraga iya Cardiff ibitego bitanu […]
RDC: Inyeshyamba zikomoka muri Uganda zishe abantu batanu
Abantu batanu bishwe abandi batatu bakomeretswa n’amasasu mu gitero inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda zagabye i Beni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni igitero izi nyeshyamba zagabye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 22 Ukuboza 2018, i Kipriani, mu gace kazwi nka Masianimu, Komini Mulekera, Umujyi wa Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko […]
Rusizi: ADEPR yatashye urusengero rwari rumaze imyaka 19 rwubakwa- AMAFOTO
Umuvugizi wâItorero ya Pantekote mu Rwanda (ADEPR), RĂ©v. Past. Karuranga Ephrem yafunguye ku mugaragaro urusengero abakirisito bari bamaze imyaka 19 bubaka, anavuga ko nyuma yo kuvuga ubutumwa mu banyarwanda no kubaka insengero zigezweho, ikibashishikaje ubu ari ukongera ibikorwa byâiterambere. Ni urusengero rwa paruwasi ya Rwahi muri iri torero, iherereye mu karere ka Rusizi, rukaba rwuzuye rutwaye […]
U Burundi bwongeye gushimangira ko buterwa n'abaturutse mu Rwanda
Mu gihe hashize imyaka igera kuri itatu umubano wâu Rwanda nâu Burundi utifashe neza, umuvugizi wa Leta yâiki gihugu, Â Ntahorwamiye Prosper, avuga ko u Rwanda rutabaniye neza u Burundi by’umwihariko ko ababutera ariho baturuka. Minisitiri Ntahorwamiye yatangaje ibyâuyu mubano wâu Rwanda nâu Burundi, ku wa Gatatu tariki ya 19 Ukuboza 2018, mu kiganiro Leta yâu […]
Uguterana amagambo hagati ya Senateri Bonamici na Nduhungirehe ku ifungwa rya Frank Rusagara na Tom Byabagamba
Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe yakebuye umusenateri wo muri Amerika, Suzanne Bonamici wavugaga ko u Rwanda rwahonyoye amategeko ubwo rwafungaga Frank Rusagara, Tom Byabagamba na Francois Kabayiza. Bonamici wo mu ishyaka ryâAbademokarate akaba ahagariye Leta ya Oregon  abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yavuze ko […]
Umutekano, ihurizo kuri Meddy na Bruce Melody bateganya gutaramira i Burundi
Ingingo yâmutekano bigaragara ko ikomeje kuza mu mitwe yâabahanzi bo mu Rwanda;  Meddy na Bruce Melody bateganya kuzakorera ibitaramo mu Burundi muri izi mpera zâumwaka. Ku nshuro ya mbere,  Umuhanzi Meddy ni we waburiwe ko azicwa nakandagiza ikirenge mu Burundi. Abinyujije kuri Facebook uwitwa Gatoto Eddy Mathias yanditse muri groupe yitwa Humura Burundi avuga ko […]
Gatuna: Umuvunjayi wâUmunyayuganda yafashwe na Polisi yâu Rwanda
Umuvunjayi uzwi na benshi ku mupaka wa Gatuna, Denis Karyamarwaki yatawe muri yombi nâinzego zâigipolisi cyâu Rwanda kuwa 20 Ukuboza ubwo yari ku ruhande rwâu Rwanda. Aya makuru yemejwe nâUmuyobozi wa Njyanama ya Katuna (Uganda), Nelson Nshangabasheija wabwiye Chimpreports ko  ko uyu mugabo ukora akazi ko kuvunja amafaranga uzwi ku izina rya âDoctorâ yatawe muri […]
Kayonza: Abanyamatorero baboneza urubyaro rwihishwa ntiberera imbuto abayoboke babo
Mu madini nâamatorero yâabaporoso harimo nâabarokore, imyumvire nâimyemerere igenda ibuza bamwe kuboneza urubyaro bita ko ari icyaha. Nyamara umukirisitu ndetse na pasitoro ku giti cye baboneza urubyaro mu ibanga, bigatuma abandi batabafatiraho urugero. Nubwo nta muvugabutumwa urwanya iyi gahunda mu ruhame, bamwe mu bagana ibyumba byâamasengesho usanga âbatokeshaâ, ngo baramagana imyuka mibi yaritse muri umwe […]
Guv. Gatabazi yabwiye abahoze muri FDLR ko bakwiye gushima Imana
Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vienney, yabwiye abahoze mu nyeshyamba za FDLR bagera kuri 577 baherutse gutaha mu Rwanda ku ngufu, ko kuba bari mu gihugu cyabo cyâamavuko bakwiye kubishimira Imana. Guverineri Gatabazi yabibabwiye ubwo yabagezagaho ikiganiro kuri “Gahunda ya Guverinomaâ, ku wa Gatanu tariki 21 Ukuboza 2018, mu Kigo cya Mutobo giherereye mu […]
RDC: Ihuriro rya Tshisekedi ntirizemera ko amatora yongera gusunikwa nâumunsi umwe
Ihuriro Cap pour le Changement (CACH), rya Felix Tshisekedi ryemeye iyimurwa ryâumunsi wâamatora kuwa 30 Ukuboza, ariko rishimangira ko ritazemera ko yongera kwimurwa nâumunsi nâumwe. Imbere yâimbaga yâabashyigikiye iri huriro niho ryatangaje uko ryakiriye iki cyemezo cyo kwegeza inyuma umunsi wâamatora yari ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza. Umukandida Felix Tshisekedi nâukuriye ibikorwa bye byo kwiyamamaza, Vital […]
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye Inama ya Biro Politiki ya FPR/Inkotanyi- AMAFOTO
Perezida wa Repubulika akaba nâUmuyobozi wâUmuryango FPR/Inkotanyi, Paul Kagame nâumufasha we Jeannette Kagame bitabiriye Inama ya Biro Politiki yahuje abanyamuryango barimo n’Abanyarwanda baba mu mahanga n’abanyamuryango b’inzego zose uhereye ku rwego rwo hasi. Iyi nama ya Biro Politiki ya FPR/ Inkotanyi, yateranye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukuboza 2018, ku âIntare Conference Arenaâ […]
Zimbabwe yateye utwatsi impapuro zo guta muri yombi Grace Mugabe zavuye muri Afurika yâEpfo
Guverinoma ya Zimbabwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 21 Ukuboza yavuze ko itazohereza Grace Mugabe, umugore wâuwahoze ari perezida wâiki gihugu, Robert Mugabe, ushakishwa nâubutabera bwa Afurika yâEpfo ku cyaha cyo guhohotera Umunyamideri ashinjwa gukora mu 2017. Minisitiri wâitangazamakuru wungirije wa Zimbabwe, Energy Mutodi, yoherereje ibaruwa igaragaza ko batakiriye impapuro zo kohereza Grace Mugabe urukiko […]
Sinemeranya nâabavuga ko AS Kigali itari mu bihe byayo byiza- Kapiteni Mugiraneza J.B
Mu gihe Shampiyona yâicyiciro cya mbere âAzam Rwanda premier Leagueâ igeze ku munsi wayo wa 11, irakomeje mu mpera zâiki cyumweru aho Ikipe ya APR FC ikomeje imyitozo yitegura gucakirana na AS Kigali. Ubwo basozaga imyitozo ya nyuma kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukuboza 2018, Kapiteni wa APR FC, Mugiraneza Jean Baptiste yatangarije […]
Uburengerazuba: Abaturage basabwe kuzarushaho kwicungira umutekano mu minsi mikuru
Mu nama yâumutekeno yaguye yâIntara yâIburengerazuba yabaye kuri uyu wa 19 Ukuboza 2018, abaturage barasabwa kurushaho kwicungira umutekano batirara kugira ngo hatagira ubaca mu rihumye muri iyi minsi mikuru ya Noheli nâUbunani. Muri iyi nama yari iyobowe na Guverineri wâIntara yâIburengerazuba, Munyantwali Alphonse, harebewe hamwe uko umutekano wari wifashe mu mezi atatu ashize (Nzeri  â Ugushyingo […]
Umugabo wanjye namufashe yicaye mu maguru yâundi mugore, umwe akorakora undi- NKORE IKI?
Muraho bakunzi bacu, nitwa Emelyne nkaba ndi umubyeyi wâabana babiri, mfite umugabo tubana ariko namufashe ari mu ngeso mbi. Mu byâukuri dusanzwe dufite amazu dukodesha ariko hakaba harimo umugore nâumugabo banafite abana umukuru uri mu kigero cyâimyaka 12, aho baruhukiye bahise bajya kwa nyirakuru mu cyaro. Nyina niwe wasigaye mu rugo kuko nâubundi umugabo we […]
Uganda: Perezida Museveni yohereje abashinzwe ibya gisirikare bashya mu Burundi na Afurika y'Epfo
Perezida Yoweri Museveni, akaba nâumugaba wâikirenga wâigisirikare cya Uganda, yakoze impinduka mu bayobozi bakuru bâingabo mu rwego rwo gukaza ibikorwa byâigisirikare mu karere kâIbiyaga Bigari. Ni muri urwo rwego Maj Gen. Fred Ociti Tolit yoherejwe muri Afurika yâEpfo avuye mu Burundi nkâumujyanama mu byâumutekano muri ambasade. Uyu yabanje kuba uhagarariye igisirikare cya Uganda (Ugandaâs defence […]
Reba amafoto bivugwa ko ari ayâabasirikare bâabacancuro ba Perezida Kabila
Komisiyo Ishinzwe Gutegura Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI) yatangaje ko amatora asubitswe atakibaye ku cyumweru tariki 23 Ukuboza 2018 ahubwo ko azaba kuri 30. Iri subikwa ryayo rikaba rinengwa na benshi mu gihe hari nâabasesengura ko ari agakino Leta irimo ngo iminsi ikomeze yigire inyuma abe yanasubikwa burundu. Ni muri urwo rwego […]
Guverinoma yâu Rwanda iramagana umugambi wo gufungura Col Simba Aloys adasoje igihano
Guverinoma yâu Rwanda yamaganye mu buryo bukomeye ifungurwa igihe kitageze rya Col Simba Aloys wari warahamijwe ibyaha bya jenoside, ibyâibasiye inyokomuntu nâitsembatsemba nâUrukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) agakatirwa igifungo cyâimyaka 25 ariko bikaba bivugwa ko yaba yenda gufungurwa. Guverinoma yâu Rwanda ikavuga ko agomba gukora igihano cye cyose muri gereza. Nkâuko bigaragara mu itangazo […]
Rusizi: Abana batsinze neza baturuka mu miryango ikennye bahawe ibihembo- AMAFOTO
Nyuma yo gushyikiriza inzu imiryango 17 itishoboye ifite abana bafashwa nâumushinga RW 0380 ukorera mu itorero ADEPR paruwasi ya Gihundwe, mu karere ka Rusizi, uagaterwa inkunga na Compassion international, abana baturuka mu miryango nkâiyo ifashwa nâuyu mushinga batsinze neza ibizamini bisoza umwaka wâamashuri bahawe ibihembo. Ibihembo bashyikirijwe bigiz we nâibikoresho byâishuri,abiga mu yisumbuye muri bo […]
Uruhare rwa Major Muvunyi Tharcisse bitaga âGafuniâ mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi hagati ya 90 na 93 muri Nkumba
Ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri bugaragaza ko nyuma yaho RPF-Inkotanyi itangije urugamba rwo kubohora Igihugu mu Ukwakira 1990, Abatutsi bo mu makomini atandukanye mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri batotejwe bikaje, abandi bakicwa rugikubita. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko  ubwicanyi mu buryo […]
Nyagatare: Yafashwe akekwaho gutanga ruswa
Habimana Jean de Dieu wâimyaka 38 yâamavuko yafashwe akekwaho gutanga ruswa ku mu polisi kugirango arekure umuvandimwe we wafashe azira gucuruza ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa zebra warage. Ku wa 20 Ukuboza nibwo Habimana yafatiwe mu murenge wa Nyagatare mu kagari ka Barija. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Theobald […]
Uwahoze ari kapiteni wa Man. Utd atewe agahinda nâabakinnyi ifite
Roy Keane wahoze ari kapiteni wâikipe ya Manchester United, avuga ko abakinnyi iyi kipe ifite ubu bateye isoni nâagahinda. Agaruka ku iyirukanwa ryâumutoza Jose Mourinho bivugwa ko ryaturutse kuri bamwe mu bakinnyi bâiyi kipe, Roy avuga ko aba bakinnyi hari icyo bishe kandi ntibahanwe. Nkâuko ibinyamakuru bitandukanye byagiye bigaruka ku gahinda ka Roy, avuga ko […]
Burundi: Hemejwe ko Umujyi wa Gitega ugiye kuba umurwa mukuru wa politiki
Umujyi wa Gitega uherereye hagati mu gihugu cyâu Burundi ugiye kuba umurwa mukuru wa politiki, mu gihe Bujumbura igiye kugirwa umurwa mukuru wâubucuruzi. Ni icyemezo cyafatiwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 21 Ukuboza mu nama yâabaminisitiri yabereye muri uyu Mujyi wa Gitega nâubundi yari iyobowe na Perezida Pierre Nkurunziza. Umuvugizi wa Perezida wâU Burundi, Jean […]
Abana nâabagore bavuye muri FDLR batangiye gusubizwa mu miryango yabo
Komisiyo yâigihugu ishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu gisirikare yatangiye gusubiza mu miryango abana nâabagore bavuye muri FDLR ariko bamwe muri bo bakaba bafite impunge zo gutangira ubuzima bushya. Umukozi wâiyi komisiyo kuri uyu wa Kane yibukije imiryango yâabahoze mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda ko bagomba kwitegura gusubira mu buzima busanzwe […]
Umushinga wâIteka rya Minisitiri rishyiraho umushahara-fatizo washyikirijwe Min. wâIntebe â Min. Rwanyindo
Ibi Minisitiri wâAbakozi ba Leta nâUmurimo, Madamu Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yabitangarije mu nama yagiranye nâAbakoresha bo mu Nzego zâAbikorera bo mu Ntara yâAmajyaruguru kuri uyu Kane, itariki ya 20 Ukuboza 2018, hagamijwe kubasobanurira ibikubiye mu Itegeko rishya rigenga umurimo mu Rwanda. Iyi nama yabereye mu cyumba cyâinama cya CPND Fatima i Musanze, yitabiriwe na Guverineri […]
Uburasirazuba: Abagera kuri 20 barimo abayobozi bambuwe inzuri bororeragamo kubera kuzifata nabi
Leta yâu Rwanda ihangayikishije nâikibazo cya bamwe mu baturage bahawe inzuri mu gihe cyo gusaranganya ubutaka abaturage mu Ntara yâUburasirazuba mu mwaka wa 2008 ariko ntibabukoreshe neza. Ubuyobozi bwâintara yâUburasirazuba buvuga ko ibi byatumye bamwe mu bayobozi bakuru bahoze ndetse nâabakiri mu nzego za Leta bagera kuri 20 bamburwa inzuri bororegamo kubera kuzifata nabi nkâuko […]
Kirundo: Igitero cya grenade cyahitanye abantu bane
Igitero cya grenade muri Komini Kirundo mu Ntara ya Kirundo mu majyaruguru yâu Burundi mu ijoro ryo kuwa gatatu ushize cyahitanye abantu bane bo mu muryango umwe abandi barakomereka. Iyi grenade biravugwa ko yatewe ahagana saa mbiri zâijoro mu rugo rwa kamwe mu dusozi two muri Komini Kirundo muri iyi ntara, ahari umubyeyi nâabana be […]
Diamond na Rayvanny bemeye icyaha
Abahanzi bakomeye muri Tanzaniya, Diamond Platnumz na Rayvanny,bemeye icyaha baca bugufi basaba imbabazi Leta ya Tanzania nyuma yo kubuzwa gukora ibitaramo baryozwa kurenga ku mategeko. Diamond na Rayvanny babinyujije kuri Instagram bemeye ko birengagije itegeko bahawe nâUrwego rwâIgihugu rushinzwe abahanzi muri Tanzania (BASATA). Yavuze ko kuba bararirimbye âMwanzaâ mu gitaramo cya Wasafi Festival iherutse kubera […]
Rusizi: Hafashwe imitego itemewe ya Kaningini mu kiyaga cya Kivu
Mu Kiyaga cya Kivu haracyagaragara bamwe mu barobyi bitwikira ijoro bagakoresha imitego izwi nka âKaninginiâ itera igihombo ku iyororoka ryâamafi nâibiyakomokaho. Umwe mu bashinzwe kugenzura ko iyi mitego itinjira ku ruhande rwâu Rwanda muri iki kiyaga,yavuze ko hari hashize amezi hafi umunani imitego nkâiyi idafatwa, bityo ko iki kibazo kidahagurukiwe mu minsi mike ingaruka zayo […]
Abasirikare bakuru bâabanyamahanga bari mu igenzura muri Sudani yâEpfo bahuye nâuruva gusenya
Umusirikare mukuru wa Kenya, Major Chemjor, ni umwe mu bagenzuzi bâamahoro muri Sudani yâEpfo baherutse gufungwa no gukorerwa iyicarubozo nâinzego zâumutekano zâiki gihugu kuwa Kabiri ushize. Uyu musirikare wo ku rwego rwa ofisiye wa Kenya yari mu itsinda rimwe nâumu colonel wo mu Gisirikare cya Sudan (Sudan Armed Forces ) nâundi wo muri Ethiopia, bose […]
Nta kirego na kimwe mu bishinjwa Gen Kayihura cyavanweho – Urukiko
Igisirikare cya Uganda cyashimangiye ko ibirego bishinjwa uwahoze ari umukuru wâigipolisi, Gen. Kale Kayihura bigihari yâaho uyu arekuwe byâagateganyo muri Kanama aakaba akurikiranweho ibyaha bibiri; byo kunanirwa kurinda ibikoresho bya gisirikare no kugira uruhare mu ishimuta no gusubiza iwabo mu buryo bunyuranyije nâamategeko Abanyarwanda nâAbagande bava muri Uganda hagati ya 2012 na 2016. Amakuru yaturukaga […]
Ubusesenguzi : Muri DRC hashobora kwaduka imvururu
Mu nkuru nanditse ubushize mu isesengura nakoze nari nerekanye ko umukuru w’ igihugu cya Congo arimo gukina ikarita ye ya nyuma agamije kugundira ubutegetsi nk’ uko n’ ubundi arimo kuyobora iki gihugu mu buryo buhabanye n’ itegeko nshinga. Nubwo bimeze bityo hakomeje gutegura amatora aho Kabila yanze inkunga z’ amahanga avuga ko igihugu cyishoboye ko […]
Abasirikare 1000 bâu Burundi bagiye gukurwa muri Somalia
Komisiyo yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yatangaje ko abasirikare bâu Burundi bari mu butumwa bwâamahoro muri Somalia bagiye kugabanywa. Mu ibaruwa yashyikirijwe umuryango wâAbibumbye utera inkunga ibikorwa byo kubungabunga amahoro muri Somalia, Komisiyo ya AU itangaza ko uyu mwanzuro wafatiwe mu nama yo ku wa 30 Ugushyingo 2018. Nkâuko bikubiye muri iyo baruwa âByanzuwe ko […]
U Budage: Urukiko Rukuru rwasheshe igihano cyari cyahawe uwari umuyobozi wa FDLR
Urukiko rwo mu gihugu cyâu Budage kuri uyu wa Kane rwatesheshe igihano cyâigifungo cyâimyaka 13 cyari cyakatiwe Umunyarwanda Ignace Murwanashyaka wari ukurikiranweho ibyaha byâintambara yakoreye mu burasirazuba bwa Congo. Mu 2015 nibwo Urukiko rwo mu Mujyi wa Stuttgart rwahamije icyaha Ignace Murwanashyaka na Straton Musoni ku ruhare zi ba FDLR. Bose bahamijwe kuyobora umutwe wâiterabwoba. […]
Rubavu: Hafatiwe ibicuruzwa byinjiye mu gihugu mu buryo bwa magendu
Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwambukiranya imipaka bukozwe mu buryo bunyuranyije nâamategeko Polisi mu karere ka Rubavu yafashe ibicuruzwa bitandukanye byinjiye mu gihugu mu buryo bwa magendu. Ibi bicuruzwa bigizwe nâibiro 215 byâimyenda nâinkweto bya caguwa,ibitenge , amaduzeni 53 ya sesitomate nâibindi birimo ibiribwa nâibinyobwa bidasembuye byose byafatiwe mu murenge wa Gisenyi mu kagari ka […]
Mbyayingabo Athanase niwe wabaye gitifu wâakarere ka Nyamasheke
Nyuma yâamezi hafi 6 uwari umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkarere ka Nyamasheke, Kayumba Ephrem agizwe Meya wâakarere ka Rusizi, kuri ubu aka karere gafite umunyamabanga Nshingwabikorwa mushya, Mbyayingabo Athanase, akaba yemejwe na Njyanama yâaka karere kuri uyu wa kane, tariki ya 20 Ukuboza 2018. Aganira nâitangazamakuru, Gitifu mushya wâaka karere  Mbyayingabo Athanase yavuze ko yabonye akazi agashaka […]
Zari Hassan yashyizwe ku gitutu n'umukobwa we wamusabaga guhamagara se [Diamond]
Umuherwe Zari Hassan yashyizwe ku gitutu nâumwana we wâumukobwa, Tiffah wamusabaga guhamagara se, Diamond Platnumz, birangira atabikoze ahubwo amugaragarije uburakari. Muri Video uyu mugore yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Tiffah agaragara asaba nyina guhamaga se, ariko nyina akamuhatira guhamagara undi ashaka, umwana akabyanga. Tiffah wakinaga na nyina, yagize ati âHamagara papa kuko nta kindi kintu nshaka […]
Ese Perezida Nkurunziza na Museveni baba babaye intandaro yo gusubika inama ya EAC?
Inama yâabakuru bâibihugu bihuriye mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba yari iteganijwe ku itariki ya 27 Ukuboza 2018, yongeye gusubikwa, ahanini hagakekwa umwuka mubi ushobora kuba uri hagati yâibihugu biwugize. Ibi ni ibyatangarijwe nâ ikinyamakuru The Citizen  cyo muri Tanzaniya nâuwungirije umunyamabanga mukuru wâuwo muryango, Christophe Bazivamo. Abaperezida ba Kenya, Tanzaniya, Rwanda, Uganda, Burundi, Sudani yâEpfo […]
Ngororero: Itorero ryo ku mudugudu ryitezweho kuba igisubizo ku bibazo bibangamiye abaturage
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyange mu karere ka Ngororero bavuga ko itorero ryo ku mudugudu ryatangijwe muri uku kwezi k’Ukuboza, baryitezeho kuzacyemura ibibazo bibugarije cyane cyane ngo ryibanda mu gucyemura ikibazo cyâamakimbirane yo mu ngo ndetse ngo hanubakirwa inzu zo kubamo nâubwiherero ku batabifite batishoboye. Akimana Francine utuye mu kagari ka Gaseke […]
Nyamasheke: Abashoramari bavuga ko âMade in Rwandaâ igifite byinshi biyikoma mu nkokora
Ikibazo cyâigishoro kidahagije nâibikoresho bidafite imbaraga zo kubyaza umusaruro ufatika ibikorerwa mu karere ka Nyamasheke, ni bimwe mu bikibera imbogamizi abagerageza kwihangira imirimo muri aka karere. Mu byifuzo byabo, bagasaba ubuyobozi bwâakarere nâubwâabikorera ku giti cyabo mu karere kurushaho kubegera no kumva ibi bibazo byose ngo barebe ko byabonerwa umuti ibihakorerwa bikagera ku rwego mpuzamahanga. […]
Igisirikare cyâu Burundi gishimangira ko nta bwoba gifitiye ibyaba bitegurwa nâicyâu Rwanda
Umuvugizi wâIngabo zâu Burundi, Col. Floribert Biyereke avuga ko nta bwoba igisirikare cyâigihugu cyabo gifite mu gihe hari amakuru agera mu matwi yâabaturage ko icyâu Rwanda cyaba cyiteguye intambara. Mu kiganiro nâabanyamakuru cyabaye ku wa 15 Ukuboza 2018, umunyamakuru yabajije umuvugizi wa Leta yâu Burundi, Prosper Ntahorwamiye icyo bwo bwaba buteganya mu gihe hari amakuru avuga […]
Amatora ya Perezida muri Congo yigijwe inyuma
Komisiyo ishinzwe amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI) yatangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Ukuboza 2018, ko amatora y’umukuru w’igihugu yari ateganyije ku wa 23 uku kwezi yigijwe inyuma ho icyumweru, akazaba kuri 30 Ukuboza 2018. Umukandida Perezida Theodore Ngoy yavuze ko Komisiyo ishinzwe amatora yababwiye ko amatora atazabera igihe cyari […]
Kamonyi: Abakora muri VUP barinubira uburyo bubi bahembwamo
Abaturage bahawe akazi muri VUP bavuga ko nubwo bahembwa amafaranga make ngo nayo batajya bayabonera igihe cyangwa ngo bayahabwe yuzuye. Aba baturage bagejeje iki kibazo cyabo kuri Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Prof .Shyaka Anastase ubwo yasuraga imirenge ya Nyamiyaga na Mugina muri aka karere ku wa kabiri tariki 18 Ukuboza 2018, bavuga ko bahawe akazi muri […]
Umuhanzi Cindy Sanyu avuga ko atajya yikoza agakingirizo mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Umuhanzikazi Cindy Sanyu wo muri Uganda avuga ko atajya akozwa ibyo gukoresha agakingirizo mu gihe akora imibonano mpuzabitsina. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy FM, Sanyu yavuze ko abagabo bose bagiye baryamana nta numwe bigeze bakoresha agakingirizo, byâumwihariko ko atagakunda. Yagize ati âNtabwo ndi umuntu wâagakingirizo, byâumwihariko iyo ndi mu rukundo nâumuntu kandi numva mukunze cyane, […]
Perezida Kagame yahawe imfunguzo zâumujyi wa Abidjan nkâumuturage wawo wâicyubahiro
Nyuma yâaho Perezida wa Repubulika, Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bambikiwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu imidali yâikirenga na Perezida Alassane Ouattara wa Cote dâIvoire, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 20 Ukuboza, ku biro byâAkarere kigenga ka Abidjan (Autonomous District), Perezida Kagame yahawe imfunguzo zâumujyi na Guverineri mu rwego […]
Umuvugizi wa FDLR yafashwe avuye i Kampala guhura nâabashaka gutera u Rwanda
Nyuma yâifatwa rya LaForge Fils Bazeye wari Umuvugizi wa FDLR nâushinzwe iperereza muri uyu mutwe, Lt-Col. Abega, bitangazwa ko bari bavuye i Kampala muri Uganda guhura nâabandi bayobozi batandukanye barimo abatavuga rumwe na Leta yâu Rwanda. Aba bayobozi muri FDLR bafashwe nâingabo za Congo Kinshasa (FARDC) ku wa Gatandatu tariki ya 15 Ukuboza 2018, i […]
Igifungo cyâimyaka 5 nicyo gihano gikuru mu byahawe abagerageje kwiba ACCESS Bank
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo abashatse kwiba ACCESS Bank bakoresheje ikoranabuhanga. Ubushinjacyaha kandi bwari bunabakurikiranyeho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi bagambiriye kugirira nabi abantu cyangwa ibyabo,icyaha cyo gutwara ibintu biri muri mudasobwa nta burenganzira, nâicyaha cyo gukoresha ibintu biri muri za mudasobwa bitanga imitungo. Ibi byaha byose bakaba barabikoze […]
Uganda:Â Hakomeje kwibazwa icyari mu rushinge rwatewe Umunyarwanda
Abantu benshi bakomeje kwibaza icyari kiri mu rushinge bivugwa ko umucuruzi wâUmunyarwanda, Patrick Niyigena yatewe nâinzego zishinzwe umutekano za Uganda. Ikinyamakuru Greatlakeswatchman, kivuga ko Niyigena nyuma yo gutabwa muri yombi nâUrwego rwâIhihugu Rushinzwe Umutekano wâImbere (ISO) iyobowe na Rtd. Col. Kaka Bagyenda ubwo yari yerekeje mu gihugu cya Kenya ageze mu Mujyi wa Kampala yakorewe […]
Twazamuye urukiramende ntabwo twemerewe kurumanura – Meya Mbonyumuvunyi
Ubwo ubuyobozi bwâAkarere ka Rwamagana bwamurikiraga abaturage bo mu Murenge wa Kigabiro  ibikombe babonye muri uyu mwaka wa 2018, Umuyobozi wâaka karere, Radjabu Mbonyumuvunyi, yibukije abaturage nâabakozi bâakarere ko bagomba gukora ibishoboka akarere kagahora ku isonga mu kwesa imihigo no gutanga serivisi zinogeye abaturage . Meya Mbonyumuvunyi yari kumwe nâabayobozi bâakarere bungirije; Mudaheranwa Regis ushinzwe ubukungu […]
Abenakyo ni umukobwa mwiza wâumusoga, impungenge zanjye ni uko yari yambaye imisatsi yâAbahinde â Museveni
â Abenakyo ni muremure, ni umukobwa mwiza wâUmusoga. Impungenge zanjye zonyine ni uko yari yambaye imisatsi yâAbahinde .â, ibi ni ibyatangajwe na Perezida Yoweri Museveni wa Uganda nyuma yo kwakira Umugandekazi Quiin Abenakyo uherutse kwegukana ikamba rya Miss World Africa. Kuri uyu wa Gatatu, itariki 19 Ukuboza nibwo Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yakiriye mu ngoro […]
RDC : Abantu basaga ijana baguye mu bushyamirane bwâamoko
Abantu barenga ijana baguye mu mvururu zâamoko mu Ntara ya Mai-Ndombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Imwe mu mpirimbanyi yâUburenganzira bwa muntu, Jules Bango utuye mu gace ka Yumbi yatangarije Reuters ko iyi mirwano yadutse hagati yâubwoko bwitwa Batende nâAbanunu bapfa ahantu hari gushyingurwa umutware wâAbanunu yari bushyingurwe. Ati â Tumaze kubona imirambo 120 […]