Malawi: Papa Francis yemeje ko ba Musenyeri bateye inda ababikira 30

Umushumba wa kiliziya gatolika ku Isi, Papa Francis yatangaje ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa ababikira rikomeje gufata indi ntera, atanga urugero rwa Musenyeri bo muri Malawi wateye inda ababikira 30. Ni inkuru yasakaye iturutse ku gitangazamakuru gisohora impapuro cyo muri iki gihugu cyitwa Malawi Mail, gusa ntiyeruye ngo ivuge amazina y’aba bihaye Imana bakoze […]
Minisitiri Biruta abona ibyo u Burundi buherutse gutangaza ku Rwanda bitangaje
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Dr. Vincent Biruta kuri uyu wa 12 Kanama 2020 yatangaje ko ibyo Guverinoma yâu Burundi buherutse gutangaza ku Rwanda bitangaje. Tariki ya 6 Kanama 2020, Perezida Evariste Ndayishimiye wâu Burundi yashishikarije impunzi zâAbarundi gutaha, gusa avuga ko hari ibihugu byazifashe bugwate nkâu Rwanda. Uyu Mukuru wâIgihugu yanatangaje ko asaba u Rwanda kohereza […]
Huye: Bamaze amezi atatu bavoma amazi kuri ‘robinet’ isohokamo imyanda

Abaturage batuye mu Mudugudu wâUbwiyunge, Akagari ka Cyarwa, Umurenge wa Tumba wâAkarere ka Huye baratakira leta bitewe nâamazi bamaze amezi atatu bavomera ku ivomero rusange bavuga ko azamo imyanda isa nâumugese cyangwa amakara, akaba ateye impungenge ubuzima bwabo. Umuturage utuye muri uyu mudugudu ati: âTuri kunywa amazi arimo ibintu bisa nabi byâumukara, ngira ngo namwe […]
Rwanda: Abantu 86 bakize Covid-19 mu masaha 24

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 11 Kanama 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 19 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 5153 byafashwe. Abagaragayeho iki cyorezo ni 10 bo mu mujyi wa Kigali, bahuye nâabanduye n’abapimwe mu bibasiwe kurusha abandi. Hari kandi 6 babonetse mu Karere ka Rubavu, bakaba ari Abaturarwanda batashye bahita bashyirwa mu […]
Menya ibirambuye ku ngabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere

Iteka rya Perezida No. 33/01 ryo ku wa 03/09/2012 rigena imiterere nâinshingano zihariye bya buri cyiciro kigize ingabo zâu Rwanda. Ingingo ya kabiri yaryo ivuga ko izi ngabo zibumbiye mu byiciro bitatu: Ingabo zo ku butaka (RLF: Rwanda Land Force) , izo mu kirere (RAF: Rwanda Airforce) nâInkeragutabara (NRF: National Reserve Force). Iri teka rivuga […]
Ambasaderi Kamali Karegesa yapfuye
Umuryango wa RPF Inkotanyi watangaje ko Ambasaderi Kamali Karegesa yapfuye kuri uyu wa 11 Kanama 2020 azize uburwayi. Mu butumwa uyu muryango wanyujije ku rubuga rwa Twitter, wagize ati: “Mu izina ry’Umuryango RPF Inkotanyi, Umunyamabanga Mukuru Hon. François Ngarambe arihanganisha umuryango wa Ambasaderi Kamali Karegesa witabye Imana kuri uyu wa Kabiri azize uburwayi. Ambasaderi Kamali […]
U Burusiya bwemeje ko bwabonye urukingo rwa Covid-19, rwageragerejwe ku mwana wa Perezida
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin kuri uyu wa 11 Kanama 2020 yatangaje ko abashakashatsi bâiwabo bavumbuye urukingo rwa Covid-19, ndetse ko barugeragereje no ku mukobwa we, bigaragara ko rukora. Perezida Putin mu gitondo kuri televiziyo y’Igihugu, yagize ati: âMuri iki gitondo, urukingo rwa mbere rwa Coronavirus rwabonetse.â Yakomeje agira ati: âUmwe mu bakobwa banjye yakingiwe, […]
Bukavu: Umuyobozi wa kaminuza ikomeye yateranye amakofe nâibyegera bye karahava

Umuyobozi Mukuru wa kaminuza ya ISDR (Institut Superieur pour la Development Rural) iherereye mu mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo ya RDC, Muchukiwa Rukakiza tariki ya 8 Kanama 2020 yateranye amakofe nâibyegera bye, ahakura uruguma ku gahanga. Tariki ya 30 Nyakanga 2020, ni bwo Inteko rusange ya ISDR yizemo abantu bakomeye mu burasirazuba […]
Kigali na Rubavu hagaragaye abantu 12 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 10 Kanama 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 12 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 5720 byafashwe. Abagaragayeho iki cyorezo ni 6 bo mu mujyi wa Kigali, bahuye n’abanduye, ndetse na batatu babonetse mu Karere ka Rubavu. Abamaze gukira Covid-19 bageze ku 1392 barimo 46 bâuyu munsi. Muri rusange, […]
M7 yasabye Abagande guhina akarenge kerekeza mu Rwanda, Abarundi bashaka gutaha barasubizwa- Inkuru zaranze icyumweru
Icyumweru gishize cyari icya 32 muri 53 bizagira umwaka wâ2020. Cyatangiye tariki ya 3 kirangira ku ya 9 Kanama 2020. Ni cyo cyizihijwemo umunsi w’Umuganura tariki ya 7 Kanama, mu buryo butanenyerewe bitewe n’ingamba zafashwe zo kwirinda icyorezo cya Covid-19. Ntabwo habayeho ubusabane nk’uko byari bisanzwe ariko abarinzi b’umuco n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko […]
Shaddy Boo arasobanuza impamvu Polisi yinjira mu mazu yâabantu nta rupapuro rwâisaka ifite
Icyamamare mu gukoresha imbuga nkoranyambaga, cyane cyane urwa Instagram, Mbabazi Shadia uzwi nka âShaddy Booâ kuri iki cyumweru , uyu yabajije Polisi yâu Rwanda uburyo isigaye yinjira mu mazu yâabantu nta rupapuro rwâisaka ifite. âMuraho Rwanda Police Nshaka kubaza ese searching warrant (urupapuro rwâisaka) imaze iki niba polisi isigaye yinjira mu mazu yâabantu igasaka nta […]
Abantu 9 bafatiwe kwa Miss Vivine wigeze kwandura Covid-19 bahagize akabari

Mu ijoro ry’uyu wa 9 Kanama 2020, abantu 9 bafatiwe mu rugo rwa Miss Vivine Uwizeye wigeze kwandura icyorezo cya Covid-19, mu Mudugudu wa Ihuriro, Akagari ka Gatenga, Umurenge wa Gatenga ho mu Karere ka Kicukiro barugize akabari. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatenga, Mugisha Emmanuel yahamirije bwiza.com aya makuru, gusa avuga ko Miss Viviane we […]
Rwanda: Umuntu wa 7 yishwe na Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 9 Kanama 2020 yatangaje ko umuntu wa karindwi yishwe nâicyorezo cya Covid-19. Uwapfuye ni umugabo wâimyaka 77 yâamavuko wapfiriye mu Mujyi wa Kigali nkâuko iyi Minisiteri yabitangaje mu butumwa bwihanganisha umuryango we wasigaye. Abagaragayeho iki cyorezo ni 6 bo mu mujyi wa Kigali gusa, bahuye nâabanduye. Aba babonetse […]
Ingabire Victoire yongeye guhura n’umukobwa we nyuma y’imyaka 10
Umuyobozi w’ishyaka rya DALFA-Umurinzi ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, Ingabire Victoire Umuhoza kuri uyu wa 9 Kanama 2020 yatangaje ko yongeye kubona umukobwa we, Raissa Ujeneza nyuma y’imyaka 10. Uyu munyapolitiki yatangarije ubu butumwa ku rubuga rwa Twitter, agira ati: “Nyuma y’imyaka 10 nishimiye cyane kongera kubona umukobwa wanjye Raissa waje kunsura ari kumwe n’abana […]
Gukurwaho kwâInteko yâUrurimi nâUmuco byaba bishyira Ikinyarwanda mu marembera?
Itegeko No. 01/2010 ryo ku wa 29/01/2010 ni ryo ryashyizeho Inteko Nyarwanda yâUrurimi nâUmuco (RALC), rigena inshingano, imiterere nâimikorere yayo nkâuko bigaragara mu igazeti ya leta yâu Rwanda yo ku wa 05/02/2010. Tariki ya 3 Kanama 2020, Inteko ishinga amategeko yatoye itegeko rikuraho iri tegeko, ryemejwe bidasubirwaho na Komisiyo ibishinzwe muri iyi nteko, byemezwa ko […]
Inyuguti âXâ na âQâ zakuruye ibibazo mu rurimi rwâIkinyarwanda

Ikigo cyâIgihugu gishinzwe uburezi, REB, cyasohoye igibo cyâIkinyarwanda kirimo inkuru zisomerwa abana. Ku gifuniko cyacyo hagaragara inyuguti 26, mu gihe muri uru rurimi ubusanzwe bizwi ko habamo 24. Inyuguti ziyongereye kuri izi 24, ni âXâ na âQâ zisanzwe zikoreshwa mu zindi ndimi mvamahanga nkâIgifaransa nâIcyongereza. Nyuma yâaho iki gitabo kigaragariye, hazamuwe ibibazo byinshi, hibazwa amagambo […]
Rwanda: Umuntu wa 6 yishwe na Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 8 Kanama 2020 yatangaje ko umuntu wa gatandatu yishwe n’icyorezo cya Covid-19. Uwapfuye ni umugabo w’imyaka 51 y’amavuko wapfiriye mu Mujyi wa Kigali nk’uko iyi Minisiteri yabitangaje mu butumwa bwihanganisha umuryango we wasigaye. Abagaragayeho iki cyorezo ni 6 bo mu mujyi wa Kigali gusa, bahuye n’abanduye. Aba babonetse […]
Guverinoma y’u Burundi yasubije impunzi ziri mu Rwanda zayandikiye ziyisaba ubufasha
Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa 8 Kanama 2020, yemeye gufasha impunzi z’Abarundi 331 ziri mu nkambi ya Mahama, zifuza gutaha mu gihugu cy’amavuko. Ibi bikubiye mu butumwa bwanditse bw’Umunyamabanga Mukuru wa Guverinoma y’u Burundi, Prosper Ntahorwamiye, bivuga ko bwiteguye kwakira aba Barundi bahunze mu 2015 ubwo igihugu cyabo cyarimo umutekano muke. Guverinoma y’u Burundi […]
Bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda?_Perezida Museveni
Umuhungu wa Yoweri Museveni uyoboye Uganda, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yagarutse ku butumwa bwa se mu 1986 ubwo yari amaze gufata ubutegetsi, aho yibaza icyo byaba bitwaye aramutse ari Umunyarwanda. Ku butegetsi bwa Milton Obote, Yoweri Museveni washinze umutwe wigometse wa NRA (National Resistance Army) yitwaga Umunyarwanda. Muri iyi videwo, yibajije ati: “Obote buri gihe […]
Menya byinshi ku birango nâamapeti byâurwego rwihariye rucunga amagereza

Nyuma yâubusabe bwa bamwe mu bakurikira bwiza.com basomye inkuru zibamenyesha ibirango nâamapeti yâigisirikare nâay’igipolisi byâu Rwanda, twateguye nâindi yâabacungagereza, urwego rukumbi rwahawe inshingano zo kurinda umutekano wâimfungwa nâabagororwa. Iteka rya Perezida No. 31/01 ryo ku wa 24/1/2018 ni ryo rishyiraho sitati yihariye y’abacungagereza rikanagena ibirango nâamapeti bihabwa abacungagereza, mu nzego eshanu barimo. Hashingiwe ku mapeti, […]
Amagambo atoroshye ya Museveni na Ndayishimiye ku Rwanda mu cyumweru kimwe
Mu minsi itatu gusa yâiki cyumweru, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda na Evariste Ndayishimiye wâu Burundi batangaje amagambo yafatwa ko âatoroshyeâ ku Rwanda, aya akaba yerekana ko kubana neza nâiki gihugu (u Rwanda) byari byitezwe bishobora kuba biri kure nkâukwezi [niba atari ibya politiki bitungurana buri kanya]. Tariki ya 4 Kanama 2020, Perezida Museveni uyoboye […]
Rubavu, Kigali na Rulindo habonetse abantu 17 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 7 Kanama 2020 yatangaje ko habonetse abantu 17 banduye Covid-19 mu bipimo 2902 byafashwe. Harimo 12 babonetse mu Karere ka Rubavu, bakaba ari Abaturarwanda batashye bahita bashyirwa mu kato. Hari kandi 4 babonetse mu mujyi wa Kigali n’umwe wabonetse mu Karere ka Rulindo. Abamaze gukira muri rusange ni […]
Uvira: Umusirikare wasinze akica abaturage 14 yafashwe

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ThĂ©o Kasi, yatangaje ko umusirikare wasinze akica abaturage 14 muri Teritwari ya Uvira yatawe muri yombi kuri uyu wa 7 Kanama 2020. Uyu musirikare yafatiwe n’urubyiruko mu giturage cya Nyangezi cyegereye umujyi wa Bukavu, rufatanyije n’abashinzwe umutekano. Byabaye mu masaha y’ijoro. Guverineri Kasi yemeje […]
Burundi: Imirambo y’abantu 12 bakekwaho kuba abasirikare yabonetse mu ishyamba rya Kibira
Imirambo y’abantu 12 bambaye impuzankano isa n’igisirikare cy’u Burundi yabonetse mu ishyamba rya Kibira, ahaherera mu giturage cya Gafumbegeti muri Komine ya Mabaye mu Ntara ya Cibitoke. Sos Media yatangaje ko abaturage baho bayibwiye ko iyi mirambo yabonetse nyuma y’uko mu minsi ine ishize, muri Gafumbegeti huvikanye urusaku rw’amasasu. Abayibonye kandi bavuga ko imwe muri […]
Uganda: Yareze Leta yakwirakwije udukingirizo, yadukoresha akandura SIDA
Umugande witwa Joseph Kintu yagiye kurega mu Rukiko Rukuru ikigo cyâigihugu gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bwâimiti (Maristopes) impamvu cyemeye ko udukingirizo twa Life Guard dukwirakwizwa mu baturage, we yadukoresha akandura virusi itera SIDA nâImitezi. Kintu avuga ko udukingirizo twa Life Guard yatuguriye muri farumasi (pharmacy) yitwa Shifah mu karere ka Ibanda, arangije ajya mu gikorwa cyâimibonano […]
Ibyavuye mu iperereza ryâibanze ku mugore uvuga ko yasambanyijwe nyuma yo kwicirwa umugabo
Uwimbabazi Irene ni umugore utuye mu mudugudu wa Muhororo, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango. Yavuze ko yasambanyijwe nâabo atazi, nyuma yâurupfu rwâumugabo we, Nzayisenga John rwo ku wa 12 Mata 2020 bivugwa ko yazize inkoni yakubiswe tariki ya 28 Gashyantare 2020 ashinjwa ubujura. Ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Nzayisenga […]
Kigali na Rusizi habonetse abantu 7 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 6 Kanama 2020 yatangaje ko habonetse abantu 6 banduye Covid-19 mu bipimo 3196 byafashwe. Harimo 5 babonetse mu Mujyi wa Kigali bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi ndetse na 2 babonetse mu Karere ka Rusizi. Abamaze gukira muri rusange ni 1258 barimo 21 bâuyu munsi. Abanduye bose bamaze kuba […]
Rubavu: Abayobozi umunani basabwe gusobanura iby’umupira w’amaguru uherutse kuba
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu bwasabye kwisobanura abayobozi umunani barimo abanyamabanga nshingwabikorwa bâutugari, abashinzwe iterambere ryâubukungu mu tugari ndetse nâabayobozi bâimidugudu, bitewe n’irushanwa ry’umupira w’amaguru abanyeshuri bateguye, rikaba tariki ya 2 Kanama 2020. Aba bose bari mu Murenge wa Busasamana. Barimo: Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkagari ka Gihonga, Niyonsaba Tharcisse, Ntakirutimana Jean Paul ushinzwe […]
Abaganga basezereye umubyeyi uherutse kubyara yaranduye Covid-19
Umubyeyi witwa Cyizanye Marie BĂ©ata wâimyaka 41 yâamavuko uherutse kubyarira mu kigo cyita ku barwayi ba Covid-19 cya Rugerero mu Karere ya Rubavu yatashye mu rugo kuri uyu wa 6 Kanama 2020. Aya makuru yemejwe nâumuyobozi wâiki kigo nkâuko byemejwe nâIkigo cyâIgihugu cyâitangazamakuru, RBA mu kanya gashize. Ikigo cyâIgihugu cyita ku buzima mu Rwanda, RBC, […]
Abacamanza babiri bigometse kuri Perezida Tshisekedi banga kurahira

Abacamanza babiri muri 64 baherutse guhabwa inshingano mu nkiko zitandukanye kuri uyu wa 4 Kanama 2020 bigometse kuri Perezida Tshisekedi, banga kwitabira umuhango wo kubarahiza. Aba ni NoĂ«l Kilomba Ngozi Mala na Jean Ubulu Pungu bari basanzwe bakora mu rukiko rusumba izindi muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bakimurirwa mu rukiko rusesa imanza tariki ya […]
Kigali na Nyagatare habonetse abantu 5 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 5 Kanama 2020 yatangaje ko habonetse abantu 5 banduye Covid-19 mu bipimo 4598 byafashwe. Harimo 4 babonetse mu Mujyi wa Kigali bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi ndetse n’1 wabonetse mu Karere ka Nyagatare. Abamaze gukira muri rusange ni 1237 barimo 15 bâuyu munsi. Abanduye bose bamaze kuba 3004, […]
Huye: Gitifu yanze gusezeranya umugabo amuziza muramu we w’umunyarugomo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, Uwimabera Clemence, tariki ya 30 Nyakanga 2020 yanze gusezeranya Nzindukiyimana Jeremie utuye mu mudugudu wa Gahanga mu Kagari ka Rugango amuhora urugomo rwa muramu we. Nzindukiyimana uvuga ko yarenganyijwe yagize ati: âNari niteguye bihagije, nagiye gusezerana kuko nari nujuje ibisabwa, mu murenge nta kibazo mfite, sinakerewe […]
Menya amapeti y’Igipolisi cy’u Rwanda n’uburyo yambarwa

Iteka rya Minisitiri No. 01/12 ryo ku wa 13/12/2012 ryavuguruwe mu 2015, rigena ibirango bya polisi yâu Rwanda byerekeye ibendera, amapeti nâikirangantego. Ingingo ya 2 yâiri teka ivuga ko umupolisi wâu Rwanda arangwa nâikarita itangwa nâumuyobozi mukuru, IGP (Inspector General of Police), ndetse nâimyambaro yâakazi hamwe nâamapeti agaragaza urwego afite muri polisi. Ingingo ya 4 […]
Rwanda: Umubare w’abakirwaye Covid-19 wamanutseho 46

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 4 Kanama 2020 yatangaje ko habonetse abantu 7 banduye Covid-19 mu bipimo 3072 byafashwe. Harimo 4 babonetse mu Karere ka Rusizi, bahuye n’abanduye, 2 babonetse mu mujyi wa Kigali n’1 wo muri Nyamasheke. Abamaze gukira muri rusange ni 1222 barimo 53 bâuyu munsi. Abanduye bose bamaze kuba 2099, […]
Liban: Habaye iturika ridasanzwe mu murwa mukuru, hapfa 30 abagera ku 3000 barakomereka

Mu mugoroba w’uyu wa 4 Kanama 2020, mu murwa wa Liban, Beirut habaye iturika ridasanzwe ryaguyemo abantu bagera kuri 30, abandi bagera ku 3000 bakomeretse. Guverineri wa Beirut, Marwan Abboud yageze aho iri turika ryabereye bimwanga mu nda, asuka amarira, arangije abwira itangazamakuru ati: “Mu buzima sinigeze mbona kwangirika kugeza aha. Ibi binyibukije ibyabereye Hiroshima […]
Ku munsi nkâuyu: Ingabo zari ziyobowe na Gen. Kabarebe zafashe ibirindiro bya Kitona
Ingabo zâu Rwanda nâiza Uganda zafashije Laurent Desire Kabila guhirika ubutegetsi bwa Mobutu Sese Seko, ategeka kuva tariki ya 17 Gicurasi 1997. Amaze gufata izi nshingano yahaye imyanya ikomeye abasirikare bo muri ibi bihugu, agira Gen. James Kabarebe Umugaba Mukuru wâIngabo. Gusa bigeze tariki ya 14 Nyakanga 1998, Laurent Kabila yakuye Gen. Kabarebe kuri uyu […]
Abantu 73,312 bahaniwe kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu minsi 15

Kuva tariki ya 17 Nyakanga 2020 kugeza tariki ya 31, abantu 73,312 hirya no hino mu Ntara zâigihugu nâumujyi wa Kigali bahaniwe kutubahiriza amabwiriza atandukanye yo kwirinda icyorezo cya Covid-19. Ibihano byagiye bitangwa birimo kurazwa ku bibuga by’umupira w’amaguru, gufungirwa utubari no gufatirwa ibinyababiziga. Bigaragara muri raporo ya Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu, yateguwe ku bufatanye na […]
Gahunda yo kwigisha abana mu rurimi kavukire igiye kuvaho
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi, Dr. Ndayambaje Irenee ku wa 30 Nyakanga 2020 yatangaje ko ubwo amashuri azaba afunguye, abana bose baziga amasomo mu rurimi rw’Icyongereza. Ni gahunda igiye kuza ivuguruza iyari yashyizweho mu mpera za 2019, yemereraga abana biga mu mashuri y’incuke n’icyiciro kibanza cy’amashuri abanza (kuva mu wa mbere kugera mu wa […]
Tito Rutaremara yavuze ku mitego yâibinyoma Bamporiki yahishuye muri RPF
Hari tariki ya 21 Ukuboza 2019 mu Nama Nkuru ya 14 yâUmuryango wa RPF Inkotanyi yabereye ku cyicaro cyawo i Rusororo mu Karere ka Gasabo, Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri yâUrubyiruko nâUmuco Hon. Bamporiki Edouard afata âmicroâ abwira Perezida Kagame ibyâimitego yâibinyoma abanyamuryango bahora basimbuka, na we ubwe arimo. Icyo gihe yagize ati: âNyakubahwa Chairman, […]
Rwanda: Habonetse abantu 30 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 3 Kanama 2020 yatangaje ko habonetse abantu 30 banduye Covid-19 mu bipimo 3491 byafashwe. Aba barimo 13 bo mu mujyi wa Kigali, bapimwe mu midugudu iri mu kato, 11 bo muri Rubavu, bakaba ari Abaturarwanda batashye bahita bashyirwa mu kato. Rusizi yabonetsemo 5, Kayonza ibonekamo 1. Abamaze gukira […]
Lt. Gen. Diomede Ndegeya yagizwe umuyobozi mushya wa AMISOM
Umusirikare wâUmurundi, Lt. Gen. Diomede Ndegeya yagizwe umuyobozi mushya wâingabo zâibihugu bitanu ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia, asimbuye Lt. Gen. Tigabu Yilma wo muri Ethiopia. Kuri iki cyumweru tariki ya 2 Kanama 2020 ni bwo Gen. Ndegeya yageze ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Aden Abdulle kiri mu murwa wa Somalia, Mogadishu, kugira […]
Ibigo bya Leta bimwe bigiye guhuzwa, SACCO zihinduke Banki, Museveni mu gutegeka imyaka 40
Icyumweru gishize ni icya 31 muri 53 bizagira umwaka wâ2020. Cyatangiye tariki ya 27 Nyakanga kirangira tariki ya 2 Kanama 2020. Abahanga mu byâumuco nyarwanda bemeza ko iki ari icyumweru gitegura icyâumunsi wâUmuganura u Rwanda ruzizihiza tariki ya 7 Kanama 2020. Iki cyumweru cyaranzwe nâamakuru yihariye muri politiki, mu bukungu, mu mutekano ndetse no mibereho […]
Akarere ka Rubavu kabonetse abantu 11 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 2 Kanama 2020 yatangaje ko akarere ka Rubavu kabonetsemo abantu 11 banduye Covid-19, muri 20 babonetse mu gihugu hose mu bipimo 2633 byafashwe. Aba babonetse i Rubavu ni aturarwanda batashye bahita bashyirwa mu kato. Hari kandi 5 babonetse mu Mujyi wa Kigali, abo bakaba ari abahuye nâabanduye, 1 […]
Dore amabanga atanu akomeye atuma abashakanye basazana
Mu rushako, kubona uwo muzahuza mukarambana ni isengesho rya buri wese. Gusa ntibisobanuye neza ko muba muzabura impamvu zimwe na zimwe zituma mugongana, ntimwumvikane neza kuko âNta zibana zidakomanye amahembeâ. Kandi burya uku gukomanya amahembe ntibisobanuye gutandukana. Bwiza.com twifashishije imbuga nka Daily Mail, tugiye kumena amabanga atanu akomeye atuma abashakanye 9 (ni ukuvuga ngo umugore […]
U Rwanda rwakiriye umurambo w’Umunyarwanda wakubitiwe inyundo muri Uganda
Tariki ya 31 Nyakanga 2020 ku mupaka wa Cyanika, u Rwanda rwakiriye umurambo w’Umunyarwanda wiciwe mu Karere ka Kisoro muri Uganda, akubiswe inyundo mu mutwe. Uyu Munyarwanda witwa Mukiza yari asanzwe akorera akabari kitwa ‘Club de Zone’ aho yiciwe na mugenzi we witwa Kazungu Edison nyuma y’ubushyamirane bagiranye. Erasmus Sanyu wari uhagarariye Uganda muri uyu […]
Perezida Museveni yakoze impinduka mu nzego nkuru za gisirikare

Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda, Gen. Yoweri Kaguta Museveni kuri uyu wa 1 Kanama 2020 yakoze impinduka zikomeye mu miyoborere y’igisirikare cy’igihugu. Yahereye kuri Brig. Gen. Richard Karemire wari umuvugizi w’Ingabo z’igihugu, amugira umunyamabanga Mukuru wa EAC ushinzwe imikoranire mu bya gisirikare (military liaison). Umwanya yariho wahawe Brig. Gen. Flavia Byekwaso. Brig. Gen. Flavia Byekwaso […]
Gakenke: Bakurikiranweho kwica umusirikare bakamuhisha mu musarani utagikoreshwa
Abantu barenga bane batuye mu Mudugudu wa Marembo, Akagari ka Kanyanza mu Murenge wa Karambo wâAkarere ka Gakenke bakekwaho kwica Sergeant Nizeyimana Juvenal barangiza bakamuhisha mu musarani wuzuye, utagikoreshwa. Aba barimo umugore we babyaranye umwana ufite imyaka itandatu y’amavuko, Kambibi Francine abaturanyi bavuga ko bahoraga mu makimbirane atewe nâubusinzi no gukekana gucana inyuma, Turimukaga Anastase […]
Kigali, Rusizi, Rubavu na Nyamasheke habonetse abantu 20 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 1 Kanama 2020 yatangaje ko umubare w’abanduye Covid-19 wiyongereyeho abantu 20. Aba ni 12 babonetse mu Mujyi wa Kigali, bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi, harimo 3 b’i Rusizi, 3 b’i Rubavu na 2 b’i Nyamasheke. Abamaze gukira muri rusange ni 1119 barimo 13 b’uyu munsi. Abanduye bose bamaze […]
Uwafashe abakobwa bane amashusho y’urukozasoni yarashwe ashaka gutoroka
Umukongomani w’imyaka 25 y’amavuko witwa Shukuru Mbuyi wari ukurikiranweho gufata amashusho y’ubwambure bw’abakobwa bane akayasakaza, yarashwe arapfa ubwo yashakaga gutoroka kasho ya Polisi iherereye mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro. Aya makuru yemejwe na RIB, ikaba ari nayo yeretse itangazamakuru aba bakobwa kuri uyu wa 31 Nyakanga 2020. Aba bakobwa bavuze ko baguriwe […]
Ingabo za Zambia zasabye kongererwa iminsi yo kuva ku butaka bwa RDC
Ingabo za Zambia ziri mu duce twa Kibanga na Kalubamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zasabye ko zakongererwa igihe cyo kuba zavuye kuri ubu butaka. Ni nyuma y’aho mu minsi ishize Umuryango w’Ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika, SADC, winjiye mu kibazo cy’ubu butaka bushyamiranyije impande zombi, ukemeza ko ubu butaka ari ubwa RDC. Amakuru […]
Abakobwa beretse rubanda ubwambure bwabo bari bazi ko mu Rwanda byemewe
Abakobwa bane Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru kuri uyu wa 31 Nyakanga 2020 kubera kwerekana ubwambure bwabo ku mbuga nkoranyambaga batangaje ko bari bazi ko mu Rwanda byemewe. Ubu buhamya bwatanzwe n’umwe muri bo wagize ati: “Ntabwo nari nzi ko mu Rwanda bitemewe, ntabwo byari ibyo kuryamana na we, ahubwo byari ukwambara ubusa gusa.” Uyu […]
Abatsindiye kuyobora amashuri barabaza aho bazerekezwa nyuma yâaho itegeko ribahindukiyeho

Abakandida batsinze ibizamini byakozwe tariki ya 10 Ukuboza 2019 byo kuyobora ibigo byâamashuri, baribaza aho bagiye kwerekezwa nyuma yâaho Ikigo cyâIgihugu gishinzwe uburezi gitangarije ko hatazongera kubaho ibizamini kuri iyi myanya. Tariki ya 14 Nyakanga 2020, abakandida basabye kwigisha mu mashuri y’incuke, abanza, ayisumbuye ndetse n’ay’imyuga n’Ubumenyi Ngiro, bakoze ibizamini mu rwego rwo gushakisha abuzuza […]
Uvira: Umusirikare yasinze yica abaturage 12, akomeretsa 9

Mu gace kitwa Sange muri Teritwari ya Uvira iherereye mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kuri uyu wa 30 Nyakanga 2020, umusirikare wâigihugu yasinze arasa abaturage 12 barapfa, abandi 9 barakomereka. Aya makuru, umuyobozi wâagace ka Sange, Makula Rukalisha yayahamirije 7 sur 7, ati : “Bamwe bishwe nâibikomere. Abemejwe bapfuye ni […]
Umunyarwanda wize ikoranabuhanga akekwaho kwiba miliyoni 22.5 Rwf kuri konte y’uruganda

Mukeshimana Venuste warangije amasomo y’ikoranabuhanga n’itumanaho muri kaminuza, arakekwaho gukura amafaranga miliyoni 22,500,000 Rwf kuri konte y’uruganda rwa Nesen Company mu buryo bw’ubujura. Aya makuru yatangajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha kuri uyu wa 30 Nyakanga 2020 ubwo rwashyikirizaga ubuyobozi bw’uru ruganda amafaranga miliyoni 15.5 RWF muri aya rwibwe. Bahorera Dominique uri kuvugira RIB yatangaje ko andi […]
Rwanda: Abanduye Covid-19 biyongereyeho 31

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 30 Nyakanga 2020 yatangaje ko habonetse abantu 31 banduye Covid-19 mu bipimo 4066 byafashwe. Mu mujyi wa Kigali habonetse abarwayi 13 bahuye nâabanduye ndetse n’Abaturarwanda batashye, Rusizi yabonetsemo 11, Nyamasheke ibonekamo 4 bapimwe mu midugudu iri mu kato, Kirehe yabonetsemo 1, Kayonza ibonekamo 1 na Rubavu ibonekamo 1. […]
Ni nde wafungura amashuri tukibona abantu 40 buri munsi barwaye? – Dr. Ngamije
Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Ngamije Daniel kuri uyu wa 30 Nyakanga 2020 , yatangaje ko nta wafungura amashuri mu gihe hakiboneka abantu 40 barwaye icyorezo cya Covid-19 buri munsi. Ni mu kiganiro yagiranye n’ikigo cy’itangazamakuru cya Leta, aho yavugaga ku bantu bakomeje kwirara, ntibahe uburemere iki cyorezo ngo bubahirize amabwiriza leta y’u Rwanda yatanze […]
Umusaza yahaye Perezida Magufuli impano y’isake, na we amuha amafaranga 100,000_Amafoto

Umusaza witwa Kimbembwe utuye mu gace ka Somanga mu Ntara ya Lindi ya Tanzania yahaye Perezida Dr. John Pombe Magufuli impano y’isake nk’ishimwe ry’uko nyina yamureze. Byabaye ubwo Perezida Magufuli yari mu rugendo agana mu Mujyi wa Dar es Salaam, avuye gushyingura Benjamin Mkapa wabaye Perezida wa gatatu wa Tanzania kuva mu 1995 kugeza mu […]
Ngororero: Umwana w’imyaka 17 akekwaho kwicisha abantu batatu ishoka n’ifuni
Bikorimana w’imyaka 17 y’amavuko ubarizwa, mu Murenge wa Kabaya w’Akarere ka Ngororero akekwaho kwica abantu batatu bo mu muryango umwe; Mukamunana Donatha w’imyaka 37 y’amavuko, Byoseniyo Joselyne w’imyaka 2 n’amezi atandatu na Uwayezu Nyirimpuhwe Valens w’umwaka umwe. Mukamunana wari umubyeyi w’aba bana, akanaba muka se wa Bikorimana, yicishijwe ishoka yakubiswe mu musaya, abaturage batabaye bakaba […]
Ibyemezo byafatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2020 muri Village Urugwiro hateraniye Inama yâAbaminisitiri yari iyobowe na Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yigaga ahanini ku ngamba zo gukumira icyorezo cya Covid-19. 1. Inama yâAbaminisitiri yemeje imyanzuro yâInama yâAbaminisitiri yateranye ku wa 15 Nyakanga 2020. 2. Inama yâAbaminisitiri yasabye Abanyarwanda kutirara na gato, […]
Rusizi, Kigali, Nyamasheke na Rulindo habonetse abantu 37 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 29 Nyakanga 2020 yatangaje ko habonetse abantu 37 banduye Covid-19 mu bipimo 4144 byafashwe. Mu Karere ka Rusizi habonetse 15 bapimwe mu duce twibasiwe kurusha ahandi, mu Mujyi wa Kigali habonetse 13 bahuye nâabanduye ndetse n’Abaturarwanda batashye bahita bashyirwa mu kato. Nyamasheke yabonetsemo 6 na Rulindo ibonekamo 3. […]