Nkubakire: Pozisiyo umugabo ufite umugore munini yakoresha mu gutera akabariro
Ni kenshi bikunze kugaragara ko umusore n’umukobwa bakundanda bari ku kigero gito ku bijyanye n’umubyibuho/amagara make; nyamara bamara kugera mu rwabo ugasanga byarahindutse bakabyibuha cyane ku mugore. Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonano mpuzabitsina n’umugore wawe ugerageza uburyo bwose ukitwara neza, ukabasha kumushimisha no kuba igisubizo ku byifuzo bye ndetse n’ibyawe. Nkuko rero […]
OMS iraburira ibihugu byo mu karere ku miti ivugwaho kuvura Kanseri ihakwirakwizwa
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita buzima, OMS iraburira ibihugu byo mu karere ko hari gukwirakwizwa imiti ya kanseri ibiri Avastin (bevacizumab) na Sutent (sunitinib malate) itujuje ubuziranenge. Ubu bwoko bw’imiti buri gushyirwa mu majwi bwatangajwe n’uyu muryango, ibihugu nka Kenya n’ibindi bigize Afurika y’i Burasirazuba bikaba biri kuburirwa kuko iyi miti iri gukwirakwizwa ku isoko rihuza […]
Barcelone FC irishyuza Neymar wahoze ayikinamo amapawundi miliyoni 7.8
Ikipe ya FC Barcelone irishyuza umukinnyi Neymar wahoze ayikinira miliyoni 7.8 z’amapawundi kubera ingingo yafashe yo kuva muri iyi kipe ajya muri PSG yo mu Bufaransa. Uwo mukinyi mpuzamahanga w’Umunya-Brezil yaguzwe miliyoni 200 z’amapawundi muri Kanama 2017. Ubu Barcelone irasaba ko asubiza amapawundi yakiriye nyuma yo gushyira umukono kuri ayo masezerano y’imyaka itanu. Irashaka ko […]
Uko amoko 19 y’Abanyarwanda yasangiraga ubutegetsi
Nubwo Abanyarwanda batari basangiye ubwoko bw’imiryango migari cyangwa se ubw’inzu,ntibyababujije kubana neza no gusangira ubutegetsi.Kuko n’ubundi wasangaga bakomoka mu muryango umwe wa Gihanga cyahanze u Rwanda. Ibyo byatumaga ufite icyo arusha undi akimuha ,ugaragaje ubutwari mu butegetsi akabuhabwa ,uw’intwari ku rugamba agahabwa impeta y’umudende cyangwa se impotore, uwacanye uruti akagabirwa amashyo y’inka ,imisozi n’abagaragu,uwaheze mu […]
Amerika: Umuyobozi w'ingabo zari mu bwato bwakoze impanuka yirukanywe
Igisirikare kirwanira mu mazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kivuga ko kigiye guhagarika mu mirimo Joseph Aucoin, wari uyoboye itsinda ry’abasirikare bazwi nka ‘Seventh Fleet’, nyuma y’impanuka ubwato barimo bwakoze abagera ku 10 bakaburirwa irengero. Ubwo bwato bwa USS John S McCain bwakoze impanuka maze abasirikare 10 barwanira mu mazi n’ubu ntawuramenya irengero ryabo. […]
Umupasiteri yafashwe yikinishiriza ku Karubanda
Umupasiteri wigeze guhabwa igihembo cy’uko yarwanyije abaryamana bahuje ibitsina muri leta ya Louisiana yafashwe ari kwikinishiriza muri pariki ya Lafreniere ku mugaragaro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo witwa Rev. Storms wo mu itorero Christian fundamentalist Grant, guhera muri 2011 yakwirakwije ubutumwa bwamagana ubutinganyi ndetse aza no kubiherwa igihembo mu gace atuyemo, akaba yagarutse mu bitangazamakuru avugwaho […]
Amerika mu nzira zo koherereza Espagne ushinjwa uruhare mu rupfu rw’abapadiri batanu
Umucamanza mu Rukiko Rukuru rwa Carolina y’Amajyaruguru, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere ushize yemeje kohereza muri Espagne, uwahoze ari minisitiri w’ingabo wungirije akaba na Colonel mu ngabo za Salvador ushinjwa ibyaha by’intambara ashinjwa gukorera mu makimbirane yaranze igihugu cye hagati y’1980 n’1992. Uyu mugabo witwa Inocente Montano, kuri ubu ufungiye […]
Umugore utwite yatwitswe ngo akoreshwe mu mihango yo gushimisha abakurambere
Umugore witwa Fernanda Pereyra w’imyaka 26 yishwe ku bw’itegeko rivuye mu muryango we atwite inda ikiri nto, arangije aratwikwa ngo ivu rye rikoreshwe mu mihango yo gihimbaza abakurambere babo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru New York Post, bwiza.com ikesha iyi nkuru, kivuga ko uyu mugore yabanje kubohwa hanyuma akajugunywa mu muriro w’inkekwe ugurumana cyane n’umwana yari atwite […]
2016-2017: Malariya yahitanye abasaga 400 mbere bari 715
Minisiteri y’Ubuzima isanga igabanuka ry’umubare w’Abanyarwanda bicwa n’indwara ya Malariya byaratewe n’ingamba zitandukanye zagiye zifatwa zirimo no kuyivura ku rwego rw’umudugudu. Ni nyuma yuko imibare y’abantu bicwa n’iyi ndwara igaragaza ko bagabanutse nkuko byatangajwe n’ Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ubuvuzi bw’ibanze bwa Malariya, mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, Uwimana Aline wabitangaje mu kiganiro cyatambutse kuri […]
Ibihugu bigize SADC bikomeje kwinangira kwakira u Burundi mu muryango
Ubusabe bw’u Burundi bwo kwinjira mu muryango wa SADC bwanzwe n’ibihugu bigize uyu muryango ugamije guteza imbere ubukungu uhuje ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo. Umuhanga mu by’ubukungu akaba avuga ko u Burundi buhombye amahirwe yari kubufasha kwikura mu bibazo byinshi burimo muri iki gihe. ni mu gihe igihugu cya Comores cyo cyemerwe kwinjira muri uyu […]
Dore icyo wakora mu maguru mashya uramutse ufite ikibazo cyo kurangiza vuba
Kurangiza kumugabo aribyo bizwinko gusohora ni igikorwa cy’isohorwa ryamasohoro aturuka mu myanya myibarukiro y’umugabo kiba mugihe umugabo ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore cyangwa umukobwa [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bikunzwe kugarukwaho ko hari abagabo benshi bagira ikibazo cyo gusohora vuba mugihe cyo gutera akabariro ndetse ugasanga abagore benshi batabyishimira kuko bituma umugore atagera kundunduro y’ibyishimo bye bitewe nuko […]
Reba amafoto y'igipolisi cya Uganda mu myitozo
Abapolisi ba Uganda 210 basoje imyitozo bari bamazemo iminsi 30, batozwa kurasa, kurwanya iterabwoba n’ibindi bikorwa bya kinyamwuga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uyu muhango, Inspector General of Police, Gen Kale Kayihura yavuze ko aba bapolisi bigishijwe ibintu byinshi birimo ibijyanye n’imyitwarire, kurasa intego, kurwanya ruswa ndetse no kubungabunga amahoro. Ni umuhango wabereye mu nkambi ya Marine […]
Karongi: Impamvu inka zipfa cyangwa zikibwa ziganjemo izatanzwe muri Girinka?
Akarere ka Karongi ntigahakana ko inka itagira ikibazo ngo ipfe cyangwa ikaba yakwibwa. Gusa, ngo bamaze gutahura amayeri y’abaziyicira cyangwa bakaziyibisha, bagamije kuzigurisha. Akarere ka Karongi kagaragaza ko Girinka igitangira kubura no gupfa kw’inka ku bazihawe muri iyo gahunda ngo byabaga cyane ahakikije isoko mpuzamipaka rya Ruganda. Icyo gihe ngo ikibazo cyafatwaga nk’igisanzwe kuko uwayipfushaga […]
Perezida Kagame yitezweho gushakira umuti urambye ibibazo bya Centrafrica natangira kuyobora A.U
Utitaye ku Bufaransa na n’ubu butagira ambasaderi mu Rwanda, ngo patoro (Patron) wa Afurika ni perezida Paul Kagame. Ndetse ngo ambasaderi w’u Bubiligi ajya kuva mu Rwanda yashimye kongera gutorwa kwe kuwa 04 Kanama n’amajwi 98,79%, ndetse ashima imiyoborere y’umukuru w’u Rwanda. Ibi akaba ari ibikubiye mu nkuru dukesha urubuga, mondeafrique.com igaragaza uko perezida Kagame […]
Ferwafa yagize icyo ivuga ku bibazo biyirimo n’umuyobozi wa yo De Gaulle
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize ahagaragara itangazo ryavuze ko rigenewe abanyamakuru, iri tangazo rikaba rikubiyemo ubusobanuro ku myitwarire idahwitse ikomeje kuranga umuyobozi way o Vincent de Gaulle Nzamwita ndetse n’ibyo abakunzi ba ruhago muri rusange babivugaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi baruwa, iri shyirahamwe rivuga ko ryakiriye ibaruwa ivuye muri bamwe bagize Komite Nyobozi […]
Congo-Brazzaville: Minisitiri w’Intebe weguye yasubijweho muri guverinoma Nshya
Perezida wa Congo Brazzaville, Denis Sassou-Nguesso yashyizeho guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri w’Intebe wari uherutse kwegura mu cyumweru gishize. Minisitiri w’Intebe Clément Mouamba ayoboye Guverinoma yashyizweho ku wa Kabiri tariki ya 22 Kanama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi guverinoma igizwe n’abayobozi 35 mu gihe iyari isanzweho yari igizwe na 38 nkuko RFI yabitangaje. Barindwi mu bari […]
Umuhanzi Dr Jose Chameleone yibasiwe n’uburwayi budasanzwe
Nyuma y’igitaramo umuririmbyi Dr Jose Chameleone yakoze ku cyumweru tariki ya 20 Kanama, yahise yibasirwa n’uburwayi bukomeye ku buryo nyuma yo kuririmba yahise yerekeza mu bitaro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzi yari amaze iminsi micye agarutse mu gihugu cya Uganda, avuye mu bitaramo yaramazemo iminsi azenguruka imijyi itandukanye yo muri Australia. Amakuru aturuka ku nshuti za […]
RD Congo: Abaganga bateguye imyigaragambyo karundura kubera ko leta yanze kubumva
Abaganga ba Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangaje ko bagiye gukora imyigaragambyo karundura, batagera mu kazi nyuma yuko leta yanze kumva ikibazo cyabo ngo ibongerere umushahara bayisaba wabasha kubabeshaho nyuma yuko ifaranga ry’iki gihugu ritaye agaciro. Guhera muri Gicurasi 2017 aba baganga bari mu myambaro yabo igizwe n’amataburiya maremare batangiye kujya mu myigaragambyo […]
Uganda: Sheikh Yunus Kamoga na bagenzi be 3 bakatiwe igifungo cya burundu bazira iterabwoba
Urukiko Rukuru rwa Kampala kuri uyu wa kabiri rwakatiye igifungo cya burundu Sheikh Yunus Kamoga na bagenzi be batatu bari bakurikiranweho ibikorwa by’iterabwoba. Abacamanza bo muri uru rukiko mu rugereko rushinzwe ibyaha mpuzamahanga, bakaba batangaje iki gihano nyuma gato ya saa kumi z’umugoroba. Abandi batatu bakatiwe igifungo cya burundu ni; Muluta Mudde Bukenya, Fahad Kalungi […]