CHAN: Maroc yanyagiriye CamĂ©roun imbere y’abafana bayo, isanga Mali ku mukino wa nyuma
Ikipe y’Igihugu ya Maroc ‘Les Lions de l’Atlas’, yageze ku mukino wa nyuma wa CHAN nyuma yo gutsindira CamĂ©roun imbere y’abafana bayo ibitego 4-0. Hari mu mukino wa 1/2 cy’irangiza wabereye kuri Stade ya LimbĂ©. Ni Maroc yarushaga CamĂ©roun mu mpande zose z’ikibuga, mu gihe abavandimwe b’Abanya-CamĂ©roun bo bakinaga imipira miremire yo kujugunya. Ukurushwa kwa […]
Perezida Kagame yavuze ko Afurika itifuza gukorera ku gitugu cy’u Burayi na Amerika
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko Afurika idakwiye gukorera ku gitutu cy’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi mu gushyira mu bikorwa ibijyanye na Demukarasi no kubahiriza uburenganzira bwa muntu, kuko nta kiremwa muntu gikwiye gushyira igitugu ku kindi. Umukuru w’igihugu yabigarutseho mu kiganiro ‘Battlegrounds’ aheruka kugirana na H.R McMaster wo mu kigo Hoover Institution cy’Abanyamerika […]
Nyaruguru: Meya yirukanye umwarimu ushinjwa kurarura abakobwa yigisha
Umuyobozi wâAkarere ka Nyaruguru, Habitegeko François kuri uyu wa 3 Gashyantare 2021 yirukanye burundu mu bakozi ba Leta umwarimu witwa Ndayisenga FĂ©licien ushinjwa kurarura abakobwa babiri yigisha. Nkâuko ibaruwa yirukana Ndayisenga wigishaga mu Rwunge rwâAmashuri rwa Runyombyi giherereye mu Murenge wa Busanze ibigaragaza, uyu mwarimu yafashwe yasinze ndetse yahaye inzoga aba banyeshuri. Nyuma yo gufatirwa […]
Mali yasezereye Guinea-Conakry, igera ku mukino wa nyuma wa CHAN
Ikipe y’igihugu ya Mali ‘Les Aigles du Mali’, yageze ku mukino wa nyuma wa CHAN 2020 ikomeje kubera mu gihugu cya CamĂ©roun, nyuma yo gusezerera muri 1/2 cy’irangiza GuinĂ©e-Conakry kuri za Penaliti. Iyi GuinĂ©e yaherukaga gusezerera Amavubi y’u Rwanda muri 1/4 cy’irangiza iyatsinze igitego 1-0. GuinĂ©e na Mali bakiranuwe na za penaliti, nyuma yo kubura […]
CĂŽte d’Ivoire yasabye u Burundi gushyigikira umukandida wayo mu matora ya Perezida wa CAF
Guverinoma ya CĂŽte d’Ivoire yasabye iy’u Burundi kuzashyigikira umukandida wayo, mu matora ya Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) ateganyijwe mu kwezi gutaha. Ni ibikubiye mu butumwa Claude Paulin Danho, Minisitiri wa Siporo muri CĂŽte d’Ivoire akanaba intumwa yihariye ya Perezida Alassane Ouattara yari yashyikirije Perezida w’u Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye. Kuri uyu wa […]
Uganda: Impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abarenga 30
Abantu 32 bo mu gihugu cya Uganda, bitabye Imana kuri uyu wa Kabiri abandi batanu barakomereka, nyuma y’impanuka y’imodoka eshanu zagonganye. Amakuru y’iyi mpanuka yemejwe na Irene Nakasiita, Umuyobozi Ushinzwe itumanaho muri Croix-Rouge ya Uganda. Nakasiita yavuze ko iyi mpanuka yabereye ku muhanda uva ahitwa Fort Portal werekeza Kasese ho mu karere ka Kasese. Amakuru […]
Dr. Nyanzi wavuze ko azahangana na Museveni, yahunze
Umunyapolitiki wo muri Uganda, Dr. Stella Nyanzi wavuze ko yiyemeje guhangana nâubutegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni yita âubwâigituguâ yahungiye muri Kenya. Ni amakuru umunyamategeko we, Prof. George Luchiri Wajackoyah yahamirije itangazamakuru ryo muri Uganda. Prof. Wajackoyah yavuze ko impamvu yatumye Dr. Nyanzi ahunga, ari âubwicanyi Leta ya Museveni ikora abanyapolitiki.â Dr. Nyanzi wigeze kuba umushakashatsi […]
Guverinoma y’u Burundi ishobora kwihimura ku Bwongereza
Ibiro bya Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga mu Burundi, kuri uyu wa 3 Gashyantare 2021 byatangaje ko iki gihugu kizihimura kuri Guverinoma yâu Bwongereza iherutse gukumira abagiturukamo. Tariki ya 28 Mutarama 2021 ni bwo Guverinoma yâu Bwongereza yongereye u Burundi, u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu (UAE) ku bihugu ababiturukamo batemerewe kujyayo. Ni icyemezo yafashe igaragaza […]
Uganda yashyikirije u Rwanda Abanyarwanda bari bamaze igihe bafungiye muri gereza zayo
Leta ya Uganda kuri uyu wa Gatatu yashyikirije u Rwanda abaturage barwo barindwi bari bamaze igihe bafungiye mu magereza atandukanye ya kiriya gihugu. Saa tanu z’amanywa ni bwo aba Banyarwanda batandatu n’umwana umwe bagejejwe ku mupaka wa Kagitumba mu karere ka Nyagatare, nyuma y’umunsi umwe bafunguwe n’igihugu cya Uganda. Inzego z’ubuyobozi muri Uganda ni zo […]
Polisi ya Tanzania yasanze umuturage afite uruganda rw’imbunda iwe mu rugo
Polisi mu Ntara ya Pwani muri Tanzania yataye muri yombi umuturage witwa Shaban Athumani w’imyaka 61, utuye ahitwa Kwamakocho mu gace ka Chalinze, akekwaho gukorera imbunda mu rugo rwe. Umuyobozi wa Polisi muri Pwani, Wankyo Nyigesa, yabwiye abanyamakuru ko aya makuru bayahawe n’umuturage, nabo baragenzura bsanga Athumani afite urwo ruganda iwe mu rugo. Polisi yasanze […]
Rutsiro: Isoko rimaze imyaka irenga itanu ritashywe ntirirarema na rimwe
Bamwe mu batuye mu murenge wa Nyabirasi wo mu karere ka Rutsiro baribaza impamvu ahari haragenewe kuzajya haremera isoko ryâinka muri uwo Murenge ritigeze riharemera na rimwe mu myaka irenga itanu ishize kuva hatahwa. Hashize imyaka irenga itanu mu kagari ka Terimbere ko mu murenge wa Nyabirasi mu Karere ka Rutsiro hubatswe iryo soko ryagombaga […]
Muhanga: Uwahawe imbabazi za perezida yongeye gutabwa muri yombi
Umuturage witwa Jovin Mfitumukiza wari wararekuwe ku bw’imbabazi za perezida yongeye gutabwa muri yombi nk’uko amakuru y’ U Rwego rw’igihugu rushinzwe amagereza (RCS) rubitangaza. Mfitumukiza yari yarafunguwe nyuma aza kongera gufungwa akekwaho kwica umumotari mu Murenge wa Shyogwe, ariko mu mpera za Mutarama 2021, yari yatorotse Gereza ya Muhanga. Umuvugizi wa RCS, Uwera Gakwaya yabwiye […]
Burundi: Christa Kaneza yafunguwe byâagateganyo
Urukiko Rukuru rwa Muha mu Burundi kuri uyu wa 2 Gashyantare 2021 rwategetse ko Christa Kaneza ukekwaho uruhare mu rupfu rwâumugabo we Thierry Kubwimana, arekurwa byâagateganyo. Ni mu gihe abagabo babiri bafunganwe; Niyongabo Emmanuel na Ndibanje Jean Paul bo bakomeza gufungwa byâagateganyo. Uyu mugore wâimyaka 18 yâamavuko yategetswe ibintu bibiri mu gihe ari hanze ya […]
Menya impamvu ingamba zo kwirinda Covid-19 zorohejwe kuva mu cyumweru gitaha
Inama y’Abaminisitiri yateranye mu buryo bw’ikoranabuhanga ku wa Kabiri tariki ya 02 Gashyantare iyobowe na Perezida Paul Kagame, yanzuye ko ingamba zo gukumira ikwirakwira rya COVID-19 mu mujyi wa Kigali zari zarashyizweho zizoroshywa kuva mu cyumweru gitaha. Ni nyuma y’iyari yateranye ku wa 18 Mutarama yari yemeje ingamba zitandukanye, zirimo gushyira Umujyi wa Kigali muri […]
Bwengye yishe atemaguye umuhungu we wateye inda atarashinga urugo
Umubyeyi witwa Steven Bwengye wo mu gace ka Bushenyi mu Karere ka Sheema muri Uganda yatemaguye umuhungu we, Daniel Turyahabwe aramwica kuko yateye inda umukobwa kandi atarubaka urugo. Bwengye yari yaraciye umuhungu we mu rugo ku bwo kumushinja kwanga ishuri mu gihe minerivari itabuze cyangwa ibikoresho nkenerwa. Turyahabwe nk’uko Chimpreports BWIZA ikesha aya makuru ibitangaza, […]
Alexandria: Abantu bashyinguwe basanzwe bafite indimi za Zahabu
Itsinda ry’abashakashatsi bo mu Misiri na Dominica babonye abantu bashyinguwe mu myaka 2,000 ishize bafite indimi za Zahabu mu majyaruguru ya Misiri. Minisiteri ishinzwe ibya kera mu Misiri ivuga ko abo bantu babonywe mu Mujyi wa Alexandria mu isinagogi yitwa Tiposiris Magna gusa ngo ntabwo ibisagazwa by’abo bantu byari byarabitswe neza. Inkuru ya BBC na […]
Kanté wavunnye Tuyisenge Jacques yirukanwe muri CHAN 2020
Komisiyo ishinzwe imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika, yahanishije umunya-GuinĂ©e Conakry, Mory KantĂ©, kutagira undi mukino yongera gukina muri CHAN 2020, nyuma y’ikarita itukura yeretswe azira kuvuna Jacques Tuyisenge. Ku cyumweru ni bwo KantĂ© yeretswe ikarita itukura mu mukino wa 1/4 cy’irangiza cya CHAN Amavubi y’u Rwanda yatsinzwemo na Syli National ya […]
UR yabonye Umuyobozi Mushya, Yann Gwet uyigishamo agirwa Umunyarwanda
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki ya 02 Gashyantare, yagize Prof Alexandre Lyambabaje Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza yâu Rwanda (UR), asimbuye umunya-Ecosse, Prof Philip Cotton warangije amasezerano ye mu mpera z’umwaka ushize. Dr Musafiri Papias Malimba ni we wari umaze amezi ane ari Umuyobozi wa UR wâagateganyo. Prof Lyambabaje w’imyaka 61 y’amavuko yize muri […]
N’andi mayeri muzakoresha tuzayamenya-CP Kabera
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda (RNP), CP Kabera John Bosco avuga ko hari abantu basa nk’aho amabwiriza yo kwirinda COVID-19 babereyeho kunyuranya nayo baba mu migambi yo kubeshya, bahimba amyeri y’uburyo bayarengaho. Aganira na RBA, CP Kabera yavuze ko amayeri akoreshwa cyane n’abo mu Mujyi wa Kigali bayatahuye kandi ko n’andi ahimbwa bazayamenya. Ati […]
Ubushinwa bwitambitse LONI ku kibazo cya Myanmar
Ubushimwa bwatambamiye umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano ku isi k’Umuryango w’Abibumbye (UN) wo kwamagana coup d’Ă©tat muri Myanmar (La Birmanie). Abasirikare bafashe ubutegetsi kuwa mbere nyuma yo gufata bagafunga umutegetsi Aung San Suu Kyi, amagana y’abadepite n’abandi bo hafi ye. Abasirikare bayoboye iyi coup bashyizeho urwego rw’ikirenga ruri hejuru ya guverinoma. Gusa mu mujyi munini wa […]