Bagaragaza wamaze imyaka 21 mu itorero âUrukererezaâ arasaba Leta kumugoboka
Bagaragaza Hussein uvuga ko yamaze imyaka 21 abyinira mu itorero ryâigihugu âUrukererezaâ, arasaba Leta yâu Rwanda kumugoboka akabasha kubonera umwana we ukiri muto ikimutunga. Avuga ko yatangiye kubyinira mu itorera ryitwa Garukurebe mu 1996, yinjira mu Rukerereza mu 1998 nyuma yo kwitwara neza mu marushanwa yo kubyina, ariko aza gusezerwamo mu 2019. Bagaragaza avuka mu […]
Kariuki atunzwe no gukora inkweto zâinka
Josephat Kariuki ni Umunyakenya utuye mu Karere ka Kirinyaga, akaba atunzwe nâumurimo wo gukora inkweto zâinka. Ubusanzwe Kariuki ni umworozi, akaba yaragize igitekerezo cyo gukora inkweto zâinka ubwo ize yabonaga zibasirwa nâindwara zâibinono. Nkâuko igitangazamakuru Tuko kibivuga, yatangiye kujya azikora mu mapine ya moto ndetse nâimyenda, yamara kuzikora akazambika inka. Avuga ko ubwa mbere kwambika […]
Perezida Magufuli ni mutaraga_Minisitiri wâIntebe wa Tanzania
Minisitiri wâIntebe wa Tanzania, Kasimu Majaliwa kuri uyu wa 12 Werurwe 2021 yatangaje ko Umukuru wâIgihugu, Dr. John Pombe Magufuli ari mutaraga, abavuga ko arembejwe na Covid-19 babeshya. Minisitiri Majaliwa yabimenyesheje igitangazamakuru cyâigihugu, TBC (Tanzania Broadcasting Corporation) nkâuko tubikesha Ibiro Ntaramakuru byâAbongereza, Reuters. TBC yatumikiye Minisitiri Majaliwa iti: âMinisitiri wâIntebe yasabye Abanyatanzaniya gutuza kubera ko […]
Uganda: Umugabo w’Umunyarwandakazi Fille ari mu rukundo n’undi mukobwa
Edwin Katamba uzwi nka MC Kats, wari umugabo w’Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda, Fille Mutoni ari mu rukundo n’undi mukobwa witwa Marcah Caroline. Marcah asanzwe ari umunyamakuru wa Spark TV , byamenyekanye ko ari mu rukundo na Katamba ubwo yagiraga isabukuru y’amabuko, uyu mugabo akayishoramo atari make. Muri ibi birori, Marcah we yavuze ko ” […]
L’ArmĂ©e Rwandaise entame la rotation de ses soldats de la paix au Soudan du Sud
La Force de dĂ©fense du Rwanda (RDF) a lancĂ© l’opĂ©ration de secours en place, ou rotation des troupes dĂ©ployĂ©es Ă Malakal, au Soudan du Sud, dans le cadre de la Mission des Nations Unies dans le pays. Selon les RDF, le premier groupe de 128 casques bleus du 157e bataillon d’infanterie a quittĂ© Kigali le […]
Muhanga: Umukozi wo mu rugo washinjwaga kwiba umwana yahamijwe icyaha arakatirwa
Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga kuri uyu wa Gatatu ushize rwahamije icyaha Tuyishime Diane w’imyaka 18 wari umukozi wo mu rugo wibye umwana w’imyaka 4 yigeze kurera, rumukatira igihano cyâigifungo cyâimyaka 2, agafungwa umwaka umwe muri Gereza, undi mwaka ukaba usubitswe mu gihe cy’umwaka. Umumotari wakekwagaho ubufatanyacyaha we yagizwe umwere kuko nta mugambi wo kwiba umwana […]
Umuherwe Patrice Motsepe yatorewe kuba Perezida wa CAF
Umunyemari Patrice Motsepe wo muri Afurika y’Epfo, ni we watorewe kuba Perezida wa karindwi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF). Motsepe usanzwe ari nyir’ikipe y’umupira w’amaguru ya Mamelodi Sundowns, yemerejwe nka Perezida wa CAF mu nteko rusange ya 43 y’iriya mpuzamashyirahamwe yabereye muri Maroc. Uyu mugabo usanzwe ari umuherwe wa 9 muri Afurika, yasimbuye kuri […]
Sankara yavuze ko Perezida wa Zambia yitwaga âUmubyeyi wa Batisimuâ wa FLN

Nsabimana Callixte (Major Sankara) ukurikiranweho ibyaha byâiterabwoba, yabwiye urukiko ko umutwe witwaje intwaro wa FLN yabereye Umuvugizi, wari warise Perezida wa Zambia Edgar Lungu âParrain wa Batisimuâ bitewe nâinkunga yawuteraga. Yasobanuraga byinshi ku cyaha cyo âkugirana umubano na Leta zâamahanga hagamijwe gushoza intambaraâ. Ati: âPerezida wa Zambia, Edgar Lungu yitwaga Parrain wa Batisimu.â Nsabimana Callixte […]
Ibifaru 10 bya mbere biteye ubwoba ku rugamba ku Isi

Abakurikirana inkuru zâintambara ziba hirya no hino ku Isi bashobora kuba bibaza ibimodoka byâintambara byâimitamenwa birusha ibindi ubushobozi, ibigezweho ndetse nâimpamvu, akaba ari muri urwo rwego tugiye kubagezaho urutonde rwâibifaru 10 bya mbere byiza ku rugamba nkâuko tubikesha urubuga rukunze gukora inkuru zâigisirikare rwitwa militarytoday.com. 1. Leopard 2A7 (U Budage) Iki gifaru ni version nshya […]
Bruce Melodie yakuruye impaka nyuma yo kuvuga ko ntaho ahuriye na Meddy na The Ben

Umuhanzi Itahiwacu Bruce umaze kumenyekana mu muziki nyarwanda nka Bruce Melodie, yateje impaka mu bakunzi b’umuziki nyuma yo kugaragaza ko ntaho ahuriye na Meddy na The Ben yemeza ko ari ‘abanebwe’. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gukwirakwizwa amajwi y’umuhanzi Bruce Melodie wigambaga ko ntaho agihuriye n’abahanzi Meddy na The Ben bafatwa nk’abayoboye […]
Urukiko rwategetse ko umunyamakuru Cyuma Hassan arekurwa nyuma ya hafi umwaka afunzwe
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa 12 Werurwe 2021 rwategetse ko umunyamakuru wa shene ya YouTube ya Ishema TV, Niyonsenga DieudonnĂ© uzwi nka Cyuma Hassan arekurwa. Ni nyuma yo gutesha agaciro ibyaha ubushinjacyaha bwamuregaga nkâuko tubikesha umunyamakuru wa Radiyo Ijwi rya Amerika, Eric Bagiruwubusa. Ibi byaha birimo: gukoresha inyandiko mpimbano, gushyamirana nâinzego zâumutekano nâicyo […]
Rusesabagina yavuze ko atazongera kwitabira urubanza rwe
Paul Rusesabagina yavuze ko nta butabera ategereje mu rukiko ruri kumuburanisha bityo atazongera kwitabira uru rubanza. Urukiko rwari rumaze kwanga ubusabe bwe bwo gusubika uru rubanza igihe cy’amezi atandatu, rutegeka ko rukomeza we akaziregura nyuma. Rusesabagina n’umwunganizi we Me Felix Rudakemwa bavuze ko basaba igihe gikwiriye kingana n’amezi atandatu kubera impamvu zitandukanye. Ubushinjacyaha bwavuze ko […]
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa RDC yeguye mu ishyaka PPRD rya Joseph Kabila
Uwahoze ari Minisitiri wâintebe wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Augustin Matata Ponyo, Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 12 Werurwe 2021, yatangaje ko atakibarizwa mu ishyaka PPRD (Parti du Peuple pour la Reconstruction et la DĂ©mocratie)ryahoze ku butegetsi riyobowe na Joseph Kabila, ndetse no mu ihuriro FCC (Front commun pour le Congo) ryâamashyaka ashyigikiye […]
Abadepite bâAbabiligi basabye ko Rusesabagina asubizwa mu Bubiligi
Abadepite bo mu Bubiligi basabye ko Paul Rusesabagina uri mu maboko yâubutabera bwâu Rwanda ndetse akaba afite ubwenegihugu bwâiki gihugu, asubizwa mu Bubiligi kuko yatawe muri yombi binyuranyije nâamategeko. Inteko Ishinga Amategeko yâu Bubiligi, umutwe wâAbadepite, kuri uyu wa Kane nibwo yatoye umwanzuro ku kibazo cya Paul Rusesabagina, aho abadepite bavuga ko yatawe muri yombi […]
RDC: Hagiye gutangizwa ubukangurambaga bwiswe âU Rwanda rwagutwaye iki?â
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hatagiye gutangizwa ubukangurambaga bwiswe, U Rwanda rwagutwaye iki? Bugamije kurushaho gukangurira urubyiruko rwâAbanyekongo nâAbanyarwanda kurushaho kubana mu mahoro nâubwumvikane. Gahunda yo kwigisha no gukangurira abantu benshi yiswe PMVS (Programme Multisectoriel de Vulgarisation et Sensibilisation) yatangije igikorwa cyo gusura ba ambasaderi bahagarariye ibihugu byabo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo […]
Kimisagara: Umusore yafashwe ku ngufu na nyirabuja abanje kumunywesha inzoga
Umusore wâimyaka 22 wakoraga akazi ko mu rugo mu Murenge wa Kimisagara akaza gufatwa ku ngufu na nyirabuja abanje kumunywesha inzoga, yavuze ko byamugizeho ingaruka kuko byatumye umukunzi we bari kuzabana amubenga. Mu Ukwakira 2019 nibwo uyu musore wari ufite imyaka 20 yavuze ko nyirabuja yamusambanyije kandi akaba afite ubwoba bwâuko yamwanduje Agakoko gatera SIDA […]
Rusesabagina yavuze ko afite uburenganzira bwo kunganirwa nâUmwavoka, nâubwo yaba ari uwo mu Ijuru
Mu rubanza rukomereje mu Rukiko Rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha byâiterabwoba nâibyambukiranya imbibi; Paul Rusesabagina yavuze ko afite uburenganzira bwo kunganirwa nâUmwavoka ashaka, nâubwo yaba aturutse mu Ijuru. Mu mbogamizi Rusesabagina akomeje kugaragaza, yavuze ko atahawe uburenganzira bwo kunganirwa nâabanyamategeko bâabanyamahanga, barimo: Umunya-Australia Kate Gibson nâUmunya-Canada Philippe Larochelle. Ati: “Sinumva rero impamvu ari njyewe jyenyine […]
Ukwezi kurirenze umusizi Bahati aburiye i Nyanza
Ukwezi kurenzeho iminsi mike, umusizi wâumunyarwanda Innocent Bahati aburiwe irengero ubwo yajyaga guhura n’umuntu utaramenyekana i Nyanza kuwa 7 Gashyantare 2021. Umusizi mugenzi we, Junior Rumaga yabwiye Ijwi ryâAmerika ko kuva Bahati yabura atahwemye kubaza inzego zibishinzwe ariko ko nta gisubizo kirambye arabona. Rumaga avuga ko ku itariki yavuzwe haruguru, Bahati yahamagawe nâumuntu utaramenyekanye amusaba […]
Uwunganganira Rusesabagina yasabye ko urubanza rwe rwasubukurwa nyuma yâamezi 6
Umunyamategeko wunganira Paul Rusesabagina, Me Rudakemwa Jean Felix yasabye urukiko rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha byâiterabwoba nâibyambukiranya imbibi ko urubanza rwasubikwa, rugasubukurwa nyuma yâamezi atandatu. Yabivuze kuri uyu wa 12 Werurwe 2021 ubwo uru rubanza byitezwe ko ruburanishwa mu mizi rwasubukurwaga. Uyu munyamategeko avuga ko dosiye ya Rusesabagina nâabo bareganwa uko ari 20 ari nini […]
Sergio Ramos yavuze uburyo butangaje yakwakiramo Messi aramutse amusanze muri Real Madrid
Sergio Ramos usanzwe ari Kapiteni wa Real Madrid, yatangaje ko Lionel Messi yemeye kuva muri FC Barcelona akajya muri Real Madrid yemera kuba amweguriye inzu ye mu byumweru bike mu gihe yaba agishakisha iye yo kubamo. Ramos yabigarutseho ejo ku wa Kane mu kiganiro “Charlando Tranquilamente” yagiranye n’icyamamare Ibai Llanos wamubajije niba yakwemera guha ikaze […]
EU ibona ko ibihugu bidakwiye guhagarika urukingo rwa AstraZeneca
Urwego rwâUmuryango wâUbumwe bwâUburayi rushinzwe kugenzura ubuziranenge bwâimiti, EMA, kuri uyu wa 11 Werurwe 2021 rwagaragaje ko nta mpamvu yâuko ibihugu byakomeza guhagarika urukingo rwa Covid-19 rwa AstraZeneca. Ni nyuma yâiperereza ryâibanze uru rwego rwakoze ubwo ibihugu bigize uyu muryango nka: Denmark, Iceland, u Butaliyani, Luxembourg, Autriche, Estonia, Latvia, Lithuania, na NorvĂšge byari bimaze kuruhagarika, […]
Impamvu kubyara impanga byiyongereye ku Isi kurusha ibindi bihe byabanje
Impanga ziri kuvuka ari nyinshi kurusha ikindi gihe cyose mbere bitewe no gutinda kubyara n’ubuhanga bw’ubuvuzi nka IVF nk’uko abashakashatsi babivuga. Abahanga bavuga ko Isi ishobora kuba iri ku gasongero ko kubyara impanga, kuva mu myaka ya 1980. Impanga zigera kuri miliyoni 1.6 zivuga ku isi buri mwaka, buri mbyaro 42 imwe iba ari iy’impanga. […]