Avuye mu Rwanda, umuherwe Howard G. Buffett yageze muri Uganda

buffett.jpg

Umuherwe Howard Graham Buffett wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yageze muri Uganda nyuma y’uruzinduko yagiriye mu Rwanda tariki ya 7 Ugushyingo 2021. Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2021 yatangarije ko yakiriye uyu muherwe washoye imari mu bikorwa by’ubworozi muri Entebbe ahari ibiro by’Umukuru w’Igihugu. Perezida Museveni yagize […]

Basore, mwirinde abakobwa bo ku rusengero cyane abari hejuru y’imyaka 30-Umujyanama

Umugabo wo muri Nigeria witwa Eric uzwi kuri konti ya Twitter ya @amerix, yagiriye inama abasore kwitondera abakobwa bahurira nabo mu nsengero barengeje imyaka 30 kuko ngo isi abavamo abakunzi, kubagira abagore byo ngo kwaba ari ukurigusha. Eric asanzwe atanga inama ku by’imibanire hagati y’abantu, agakurikirwa na benshi kuri Twitter, akenshi baba bategereje kumva icyo […]

Inama ya 18 y’Umushyikirano yasubitswe mu mwaka ushize izaba muri uyu mwaka

Inama ya 18 y’Igihugu y’Umushyikirano yari yasubitswe mu mwaka ushize kubera impamvu z’icyorezo cya Covid-19 izaba muri uyu mwaka. Umushyikirano ni igikorwa ngarukamwaka cy’uburyo bw’igihugu bwo kwishakamo ibisubizo by’ibibazo kibona biba bikwiye kwitabwaho bicyugarije bijyanye n’imiyoborere n’ubumwe bw’igihugu. Muri iyo nama, Abanyarwanda bifatanya n’abayobozi babo ku buryo butaziguye bakajya inama ku bibazo by’igihugu, ku mahirwe […]

Abunganira Mugimba barakemanga ubuhamya bw’umuntu wahinduriwe amazina

Iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Ugushyingo 2021, mu rubanza rwa Jean Baptiste Mugimba, ryibanze ku iperereza urukiko rwakoze mu cyahoze ari komisiyo yo kurwanya jenoside (CNLG) ku buhamya bwatanzwe n’umwe mu batangabuhamya wahawe izina rya Dam ku bw’umutekano we, aho abunganira uregwa; Me Gatera Gashabana na Me Barangondoza Jean Damascène bakemanze […]

Zambia yamaze gucyura abenegihugu bayo babaga muri Ethiopia

zamb.jpg

Guverinoma ya Zambia yamaze gucyura abenegihugu bayo bari basanzwe bakorera n’ababa muri Ethiopia, bitewe n’intambara iri kuberaho hagati y’ingabo za Leta n’imitwe yitwaje intwaro yihurije hamwe, irangajwe imbere na TPLF iharanira ubwigenge bw’akarere ka Tigray. Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema ni we wategetse ko aba baturage bacyurwa kubera ko ubuzima bw’ubwenegihugu wabo bufite agaciro. Ubutumwa […]

FARDC yirukanye abo yise M23 ku misozi ya Chanzu na Runyoni nyuma y’imirwano

Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu ya ruguru buravuga ko imisozi ya “Chanzu na Runyoni yari yatewe na M23 ubu igenzurwa n’ingabo za leta mu mirwano yabaye kuwa Mbere nimugoroba. Ubuyobozi burahamagarira abaturage gukomeza kugirira icyizere igisirikare “cyacu cyiyemeje kurandura abo banzi b’amahoro”. Mu mirwano y’amasaha make mu ijoro rishyira kuwa Mbere ingabo za leta zahunze ako […]

Mwarimu yirukanywe azira kubwira abanyeshuri ko Trump akiri Perezida

Umwarimu wigishaga mu ishuri rya Anacapa mu gace ka Ventura kari muri Leta ya California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yirikanwe muri aka kazi azira kubwira abanyeshuri ko Donald Trump akiri Perezida w’iki gihugu. Uyu mwarimu ubwo yari mu ishuri tariki ya 18 Ukwakira 2021, yabwiye abana ati: “Abantu bakwiye kubyuka bakareba uburyo Leta […]

Inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza yageze mu Rwanda

Inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza, Elisabeth II yageze i Kigali mu Rwanda kuri uyu Kabiri mu masaha ya nyuma ya saa sita, ikazahamara iminsi ine nyuma ikazasubizwa mu Bwongereza mu mwaka utaha imaze kugezwa no mu bindi bihugu. Iyi nkoni itambagizwa ibihugu 72 biba mu Muryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza,Commonwealth. Mu gitondo cy’uyu munsi nibwo Ambasaderi w’u […]

Haruna Niyonzima hamwe n’abarimo Messi na Cristiano ku rutonde rwa FIFA Century Club

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Haruna Niyonzima, ari ku rutonde rwa FIFA Century Club kumwe hamwe n’ibihangange bitandukanye ku Isi muri ruhago. Ni urutonde rushyirwaho abakinnyi bakinnye byibura imikino 100 kuzamura bakinira amakipe y’ibihugu byabo. Haruna w’imyaka 31 y’amavuko, ari kuri uru rutonde nyuma yo gukina imikino 104 yambaye umwambaro w’Amavubi, kuva muri 2006 ubwo yayikiniraga […]

Muganga Kagwira yadoze igikomere cy’uwo bahoze bakundana ahita atanga ikirego mu rukiko

image_750x_6188f0507ab85_1_.jpg

Umugabo witwa Evans Mutugi wo mu gace ka Meru muri Kenya yareze ibitaro byitwa Maura biri i Nairobi ahitwa Parklands nyuma y’aho akoze impanuka, agakomeraka ku mutwe, akododwa n’uwo bahoze bakundana, Rose Kagwira, akamudoda nk’udoda igunira. Mutugi yareze kuwa 8 Ugushyingo avuga ko yadozwe igisebe bunyamaswa, bikozwe na Kagwira bigeze gukundana ukora ku bitaro bya […]

Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 74 yasanzwe mu mugezi yapfuye

Mu mugezi wa Shangazi uri mu mudugudu wa Shangazi mu murenge wa Ruharambuga, mu karere ka Nyamasheke, ubwo abaturage bawunyuragaho bazindutse bajya mu mirimo yabo mugitondo cyo kuri uyu wa 8 Ugushyingo,basanzemo umukecuru Kamabera w’imyaka 74 y’amavuko yapfuye, kugeza ubwo yashyingurwaga mu masaha y’igicamunsi cy’uwo wa 8 Ugushyingo iby’urupfu rwe byari bikiri urujijo hataramenyekana neza […]

Abasirikare ba Portugal bavugwaho gusahura amabuye y’agaciro muri Centrafrica

Kuri uyu wa Mbere, itariki 08 Ugushyingo, abategetsi ba Portugal bakoze isaka no guta muri yombi hirya no hino mu gihugu nyuma yo kumenyeshwa ko ingabo zoherejwe mu rwego rwo kubungabunga amahoro mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica zinjije mu gihugu mu buryo butemewe amabuye y’agaciro yasahuwe arimo diyama, zahabu ndetse n’ibiyobyabwenge. Abayobozi […]

Kisoro yaba yakiriye Abanyekongo bahungaga imirwano y’i Rutshuru barenga 10,000

Ubuyobozi bw’akarere ka Kisoro muri Uganda buvuga ko bwakiriye Abanyekongo bahungaga imirwano yaberaga muri Teritwari ya Rutshuru, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bashobora kuba barenga 10,000. Komiseri wa Kisoro ushinzwe umutekano, Capt. Peter Mugisha kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2021 yatangarije Daily Monitor ko kugeza saa kumi n’imwe z’igitondo, […]

Koffi Olomide ategerejwe i Kigali

Umuhanzi Antoine Christophe Agbepa Mumba wamamaye mu muziki wa Repubulika wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nka Koffi Olomide, ategerejwe i Kigali mu gitaramo kizaba mbere y’uko umwaka urangira. Amakuru avuga ko uyu muhanzi azataramira i Kigali muntangiriro z’Ukuboza 2021. Koffi ukunze kwiyita Grand Mopao, yaherukaga gutaramira i Kigali mu mpera za 2016 mu cyiswe […]

RDF dit qu’il n’était pas impliqué dans l’attaque du M23 en RDC

Les Forces de défense rwandaises (RDF) rejettent les accusations d’implication ou de soutien dans les activités des groupes armés de l’ex-M23. Il a été rapporté qu’un groupe armé qui serait d’anciens rebelles du M23, le dimanche soir 7 novembre 2021, est entré en RDC depuis le territoire ougandais où il est basé, et a attaqué […]

Finance Officer at Better World Rwanda

Finance Officer for UPG Program Better World is a Community-Focused Christian humanitarian organization implementing development programs in Rwamagana, Rwanda. Our interventions are currently reaching more than 10,000 people of 3 Sectors. Better World Rwanda seeks to hire a highly-qualified, dedicated and experienced national for the role of Finance Officer. 1. Purpose of the position: This […]

RDF ivuga ko idashyigikira M23, nta barwanyi bayo bahungiye mu Rwanda

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko nta ruhare gifite mu bitero umutwe bivugwa ko ari M23 wagabye muri Teritwari ya Rutshuru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, kandi ko kitigeze kiwushyigikira. Muri iri tangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2021, RDF yagize iti: “Igisirikare cy’u Rwanda ntigira uruhare kandi ntishyigikira ibikorwa by’umutwe witwaje […]

Nyirantezimana yahondaguwe azira kwanduza abana 30 SIDA

nyirant.png

Nyirantezimana Dinah w’imyaka 25 y’amavuko yahondaguwe n’abaturage bo mu Karere ka Kisoro muri Uganda, bamuziza gusambana n’abana bagera kuri 30, akabanduza SIDA. Uyu mukobwa bivugwa ko akomoka mu Murenge wa Nyange w’Akarere ka Musanze mu Rwanda asanzwe akorera uburaya mu gace kitwa Russia muri Kisoro. Umubyeyi umwe utuye muri aka karere ngo yamenye ko Nyirantezimana […]

Digital Marketing Specialist at Rwanda Convention Bureau

RWANDA CONVENTION BUREAU (RCB) JOB OPPORTUNITY. About RCB. Rwanda Convention Bureau (RCB) is a private company incorporated under the laws and regulations of the Republic of Rwanda. The company was established in 2016 with a mandate of marketing and promoting Rwanda as a MICE destination. RCB has a sales and marketing mandate that has enabled […]

Worries as Rwanda negotiates to shut some Youtube channels

There is worry whether freedom of expression will not be jeopardized when Rwanda inks deal with YouTube authorities to shut some YouTube channels. Rwanda Investigation Bureau Spokesman, Dr Murangira Thierry in an interview with national television, RTV, confirmed Rwanda is negotiating with YouTube, which may result into shutting down some YouTube channels. The targeted YouTube […]

Umuyobozi w’inyeshyamba za OLA aravuga ko bari gutegura igitero simusiga kuri Addis Abeba

Umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro w’Abanya-Oromo witwa OLA, urwanya leta ya Ethiopia ufatanyije n’inyeshyamba z’Abanya- Tigray zo mu mutwe wa TPLF, yavuze ko abarwanyi babo bari hafi y’umurwa mukuru kandi ko bategura igitero gishya, asezeranya ko intambara igiye kurangira “vuba cyane”. Muri Kanama, umutwe wa Oromo Liberation Army (OLA), umutwe witwaje intwaro w’abaturage bo mu bwoko […]

Myugariro ukina muri Espagne mu bakiriwe mu mwiherero w’Amavubi

Myugariro Rutabayiro Jean-Philippe ukinira ikipe ya Sociedad Deportiva Lenense yo muri Espagne, yakoreye imyitozo ya mbere mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’ ikomeje kwitegura Mali na Kenya mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Rutabayiro w’imyaka 27 ni ubwa mbere yahamagawe mu kipe nkuru y’Amavubi. Cyakora cyo uyu musore yigeze gukinira Amavubi […]

Muhawenimana wasambanyirijwe ku muhanda yaba ari Umunyarwandakazi w’imfubyi

Amakuru aturuka muri Uganda avuga ko umukobwa witwa Claudine Muhaweinamana Mukamurenzi wabonywe asambanyirizwa ku muhanda i Kisoro, ari Umunyarwanda wagiyeyo nyuma y’aho ababyeyi ye bapfiriye mu Rwanda, agasigara ari imfubyi. Muhawenimana w’imyaka 24 kuwa 2 Ugushyingo yafashwe amashusho ari gusambana n’uwitwa Pascal Hafashimana W’imyaka 29 ku muhanda uca kuri farumasi iri rwagati mu mujyi wa […]

USA: Abanyekongo 2 bakurikiranweho ibyaha birimo ubugambanyi n’iyezandonke

Kuri uyu wa mbere, ishami ry’ubutabera ryatangaje ko Abanyekongo babiri batawe muri yombi muri Amerika bakurikiranweho gucuruza amahembe y’inzovu n’amahembe y’inkura zera bayakura muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bayajyana Seattle muri Leta ya Washington. Iri shami ryagize riti: “Herdade Lokua w’imyaka 23 na Jospin Mujangi w’imyaka 31 bakomoka i Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi […]

DR Congo army claims M23 rebels attacking military positions

The Armed Forces of the Democratic Republic of the Congo (FARDC) on Monday accused the March 23 Movement (M23) of conducting attacks in DRC’s northeastern border region with Uganda, where violence has escalated since the beginning of this year due to presence of numerous armed groups. The M23 attacked the military positions of Chanzu and […]

Kirehe: Abasore babiri barashinjwa gufatanya na se kwica abishywa babo babiri

Ubushinjacyaha bwashyikirije urukiko abasore babiri, bafatanyije na se ubabyara, bo mu Karere ka Kirehe bakurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi bashinjwa gukorera abishywa babo babiri babaziza ko mushiki wabo yababyariye mu rugo. Aya makuru y’ubwicanyi bwakorewe abo bana babiri bavukana yamenyekanye ku itariki ya 15 Ukwakira 2021 mu gihe cya saa yine n’igice z’amanywa. Ubwicanyi bwakorewe mu Murenge […]

M23 yihakanye igitero cy’i Rutshuru, ishinja FARDC ubushotoranyi

Umutwe witwaje intwaro wa M23 warwanyaga ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuva mu 2012 kugeza mu 2013 wihakanye igitero uvugwaho kugaba muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ushinja ingabo z’iki gihugu zizwi nka FARDC ubushotoranyi. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2021, abarwanyi bataramenyekana bivugwa ko baba […]

Niger: Abana b’abanyeshuri 25 bishwe n’inkongi y’umuriro

Kuri uyu wa Mbere, itariki 08 Ugushyingo, abana b’abanyeshuri bagera kuri 25 bapfuye bahitanwe n’inkongi y’umuriro yibasiye amashuri yabo mu Ishuri Ribanza riherereye mu majyepfo ya Niger. Usibye abapfuye abandi bana 14 bakomeretse, barimo batanu barembye cyane kubera ibikomere by’ubushye nk’uko itangazo ryasohowe n’inama y’abaminisitiri rivuga. Ishuri ryabereyemo ibi byago riherereye mu Mujyi wa Maradi, […]