Uvira: Abanyatanzaniya 25 birukanywe
Urwego rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rushinzwe abinjira n’abasohoka, rwirukanye Abanyatanzaniya 25 babaga muri Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Aba Banyatanzaniya bakoreraga mu ruganda rutunganya isukari rwa Kiliba ruri muri Uvira, birukanywe bazira kuba muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Bora Uzima uhagarariye uru rwego muri Uvira, yasobanuye ko aba […]
Amavubi yanyagiriwe na Mali i Kigali, akomeza gushimangira umwanya wa nyuma mu tsinda
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yanyagiriwe i Kigali na Les Aigles ya Mali ibitego 3-0, ikomeza kuba iya nyuma mu tsinda E zombi ziherereyemo. Amavubi yari yakiriye Mali mu mukino wa gatanu wo mu tsinda E, mu ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cy’ibihugu cya 2022 kizabera muri Qatar. Ni umukino amakipe yombi yahuriyemo u Rwanda rwaramaze […]
Rwamagana/Gatsibo: Rwiyemezamirimo arashinjwa kwanga kwishyura abakozi
Abaturage bakora umwuga w’ububaji no gusudira mu turere twa Rwamagana na Gatsibo barashinja rwiyemezamirimo uyobora TRue D Energy Ltd kutabahemba kandi barakoze intebe zo mu mashuri, ubuyobozi bw’utu turere bukemeza ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Abaturage baganiriye na Bwiza.com bakorera mu dukiriro twa Rwamagana na Gatsibo mu magambo arimo akababaro babwiye umunyamakuru ko basaba gukorerwa […]
Nyamasheke: Ikigo nderabuzima cya Karengera gishobora guhindurwamo ibitaro vuba
Abaturage b’umurenge wa Kirimbi mu karere ka Nyamasheke n’indi bihana imbibi bivuriza ku kigo nderabuzima cya Karengera, mu bihe bya vuba biri imbere bashobora kuzaba bafite ibitaro bigezweho bivurizaho nk’uko babyijejwe na Musenyeri Kayinamura Samuel,umwepisikopi w’itorero MĂ©thodiste Libre mu Rwanda mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com nyuma yo gutaha ku mugaragaro Conference ya Nyabinaga iri muri […]
Umunyamakuru Cyuma yakatiwe imyaka 7 y’igifungo n’ihazabu ya miliyoni 5 Frw
Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne, uzwi nka Cyuma Hassan, ufite umuyoboro wa Youtube yitwa Ishema TV, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, itariki 11 Ugushyingo 2021, yakatiwe imyaka 7 y’igifungo n’ihazabu ya miliyoni eshanu z’Amanyarwanda nyuma y’ubujurire bwatanzwe n’ubushinjacyaha. Niyonsenga yari yarekuwe n’urukiko rwa Gasabo muri Werurwe nyuma y’igihe kingana hafi n’umwaka yari amaze afunzwe nyuma […]
Ababarirwa muri mirongo baburiwe irengero mu mpanuka y’ubwato mu Kiyaga cya Kivu
Ubundi bwato bwarohamye mu kiyaga cya Kivu kuri uyu wa Kane, itariki 11 Ugushyingo, nk’uko amakuru aturuka muri sosiyete sivili agera kuri POLITICO.CD avuga. Nk’uko byatangajwe na perezida w’iyo sosiyete sivile, ni ubwato bwa moteri bwari buturutse muri Chigera butwaye abari bagiye kurema isoko rya Nyamukubi bwarohamye mu mazi ya Mabula, mu gace ka Kalehe […]
Musanze/Kimonyi: Hari abaturage bavuga ko i Buramira habohojwe n’amabandi

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Ruhinga, Akagari ka Buramira mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze, bavuga ko ako gace gasa n’akabohojwe n’abo bita abajura, babapfumurira amazu bakabiba, kwigabiza amasambu yabo bakabiba, bakangiza n’indi mitungo bataretse no kubategera mu nzira, babagirira nabi. Umwe mu batuye muri ako gace, Muhire Desire yatangarije BWIZA […]
Ubuhuza bwanze mu kibazo cya Pasiteri Bugingo uvuga ko yapfuye n’umugore we amagi
Ubuhuza bw’urukiko rurkuru rwa Uganda ntacyo bwatanze mu kibazo cya Pasiteri Bugingo Aloysius n’umugore we, Pasiteri Teddy Naluswa bamaze igihe batandukanye. Amakuru ahari avuga ko urukiko rukuru ishami ry’umuryango ruyobowe na Joseoh Murangira rwanzuye ko ubwo ubuhuza bwanze, urubanza ruzatangira muri Mutarama 2022. Kuwa 29 Mata 2021, urukiko rwari rwasabye Bugingo ko yaha agaciro ibyo […]
Afurika y’Epfo: Frederik de Klerk wayoboye guverinoma ya nyuma ya Apartheid yapfuye

Perezida wa nyuma wayoboye Guverinoma y’ivanguraruhu muri Afurika y’Epfo, Frederik Willem de Klerk, yapfuye afite imyaka 85. De Klerk yasangiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel na Nelson Mandela mu 1993 ubwo yahagarariraga iherezo ry’ubutegetsi bw’abazungu bo muri iki gihugu. Euronews dukesha iyi nkuru ivuga ko yapfuye nyuma y’igihe ahanganye na kanseri iwe mu gace ka Fresnaye […]
Djabel na Ruboneka banze kwitabira ubutumire bw’Amavubi bafashije APR FC gutsinda Gasogi United
Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Kane yatsinze Gasogi United ibitego 2-1, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo i Shyorongi. Wari umukino iyi kipe y’ingabo z’Igihugu ahanini yiteguragamo RS Berkane yo muri Maroc bazahurira muri playoffs ya CAF Confederation Cup mu mpera z’uku kwezi. Ibitego bya Djabel Manishimwe na Lague Byiringiro wari […]
Bunia: Umuyobozi w’ibanze yatawe muri yombi ashinjwa gukorana n’inyeshyamba
Igisirikare cya Congo, FARDC, kuri uyu wa gatatu, itariki ya 10 Ugushyingo 2021, cyatangaje ko cyataye muri yombi Kukwabo Henry, umuyobozi wa Groupement ya Makabo muri Teritwari ya Irumu, nko mu birometero icumi mu majyepfo ya Bunia. Uyu muyobozi gakondo arashinjwa ubufatanye n’umutwe witwaje intwaro witwa Force Patriotique et Integrationniste du Congo (FPIC), ukorera muri […]
Director General at SOSOMA Industries Ltd
Avis de recrutement du Directeur(trice) GĂ©nĂ©ral(e) de SOSOMA Industries Ltd SOSOMA Industries Ltd voudrait recruter un(e) Directeur(trice) GĂ©nĂ©ral(e) de la SociĂ©tĂ©. Le(a) Directeur(trice) GĂ©nĂ©ral(e) est le plus haut responsable de la gestion courante de la SociĂ©tĂ©. Il lui incombe de planifier, organiser, diriger et Ă©valuer toutes les activitĂ©s dans le respect des standards les plus […]
Le chef d’Ă©tat-major gĂ©nĂ©ral des forces armĂ©es de RDC en visite au Rwanda

Le chef d’Ă©tat-major des Forces armĂ©es de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (FARDC), le gĂ©nĂ©ral CĂ©lestin Mbala Munsense est en visite officielle au Rwanda depuis Mercredi, le 10 Novembre. Ce Mercredi, le gĂ©nĂ©ral Mbala Munsense CĂ©lestin et sa dĂ©lĂ©gation ont eu des entretiens bilatĂ©raux avec le chef d’Ă©tat-major des Forces de dĂ©fense rwandaises, le gĂ©nĂ©ral […]
DRC’s Army Chief of Staff in Rwanda following M23 attack
The DR Congo Armed Forces (FARDC) Chief of General Staff, Gen. CĂ©lestin Mbala Munsense, on Wednesday, November 10, began an official visit to Rwanda where he is holding discussions centered on the regional security situation and the fight against terrorist groups, with his Rwandan counterparts. The DR Congo Armed Forces (FARDC) Chief of General Staff, […]
He’s not my father; but my boyfriend – Uwiringiyimana clarifies
A woman who has been bullied by people including her biological father who said she would not get any man to marry her due to her short stature has ironically found a man who is madly in love with her. Uwiriyingiyimana Odeth, 26, was born short and has suffered bullying at the hands of other […]
Perezida Nyusi yirukanye Minisitiri w’Ingabo n’uw’Umutekano w’Imbere
Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi yirukanye Minisitiri w’Ingabo Jaime Neto n’uw’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Amade Miquidade. Itangazo ryirukana Minisitiri Neto ryasohotse kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2021, rigira riti: “Perezida wa Repubulika, Filipe Jacinto Nyusi yirukanye Jaime Bessa Augusto Neto mu biro bya Minisitiri w’Ingabo.” Iri tangazo ryasohotse nyuma y’iryirukana Minisitiri Miquidade, gusa […]
Nyir’inzu yirukanye umusore wakodeshaga iwe kuko asambana n’abakobwa benshi cyane

Nyir’inzu utavuzwe amazina (Nyir’ibyondo nk’uko bamwe babita) yirukanye umusore utatangajwe amazina ye muri aparitema ye mu gihugu cya Ghana kuko arya abana cyane (gusambanya abakobwa). Nyir’ibyondo yasabye uyu musore kureka gusambanyiriza abakobwa benshi mu nzu ye ariko undi abyima amatwi, ingingo yatumye amusaba ko kuwa 30 Ugushyingo yaba amuviriye mu nzu. Ibaruwa yirukana uyu musore […]
Icyemezo cya RURA kuri MTN Rwanda kiramenyekana vuba
Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igihugu ngenzuramikorere (RURA), Nsabimana Ernest yatangaje ko icyemezo cy’ubusabe bwa MTN Rwandacell PLC bwo kongera igihe yari yarahawe cyo gukemura ibibazo bya serivisi mbi kizamenyekana mu byumweru bibiri. Uru rwego muri Kanama 2021 rwari rwagaragaje ko abakiriya b’iki kigo cy’itumanaho bahura n’ibibazo birimo rezo (raisons) nkeya, guhamagara telefone ikikupa no kuvugana amajwi […]
Ibikomo by’Umwamikazi Marie Antoinette byaguzwe asaga miliyari 8 z’Amanyarwanda

Ibikomo bibiri bya diyama by’uwahoze ari umwamikazi w’u Bufaransa, Marie Antoinette, byari byarasohowe mu gihugu mu buryo bwa magendu mbere yo gucibwa umutwe hakoreshejwe Guillotine mu gihe cy’Impinduramatwara y’Abafaransa, byinjije inshuro zirenga ebyiri z’igiciro byari byaragenewe muri cyamunara mu Busuwisi. Ibikomo biremereye byo mu kinyejana cya 18 bigizwe na diyama byari byahawe agaciro kari hagati […]
Ethiopia: Leta yataye muri yombi abashoferi ba PAM basaga 70
Umuryango w’Abibumbye wavuze ko abategetsi ba Ethiopia bafunze abashoferi 72 bakorera Ishami rya Loni ryita Biribwa (PAM) mu majyaruguru y’igihugu nk’uko bitangazwa na Al Jazeera. Amakuru yatangajwe kuri uyu wa Gatatu aje nyuma y’umunsi umwe Umuryango w’Abibumbye utangaje ko hafashwe abakozi 22 bawo mu murwa mukuru, Addis Ababa, kubera ko impungenge mpuzamahanga zigenda ziyongera kubera […]
Ababiito basabye ko Umwami wa Tooro ava ku ngoma, batanga abasimbura umunani
Bamwe mu bakuru bo mu bwoko bw’Ababiito (Babiito Dynasty bavamo abami ba Tooro) barasaba ko Umwami wa Tooro, Omukama Rukirabasaija Oyo Nyimba Kabamba Iguru Rukidi IV Amooti, yavanwa ku bwami ku bwo kutuzuza inshingano ze, batanga ibikomangoma umunani byashakwamo umusimbura. Aba bakuru bavuga ko ubwo habaga isabukuru y’iyimikwa ry’Umwami Oyo, Empaango Ya Tooro, Umwami Oyo […]
Umukino wa Kenya ushobora kuba uwa nyuma kuri Haruna mu mwambaro w’Amavubi
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Haruna Niyonzima, yatangaje ko nyuma y’umukino Amavubi ahuriramo na Kenya ku wa 14 Ugushyingo ari bwo azatangaza ahazaza he mu kipe y’Igihugu. Haruna kuri ubu afite umuhigo wo kuba ari we mukinnyi umaze gukinira Amavubi imikino myinshi mu mateka, dore ko kuva muri 2006 amaze gukina imikino 104 yambaye umwambaro wayo. […]
Dufite systeme igenzura ibitangazamakuru bikorera kuri murandasi, ku buryo nta kizaducika mu misoreshereze – MINECOFIN

Umusaruro ukomoka kuri serivisi zitanzwe mu buryo bw’ikoranabuhanga n’izitanzwe n’ibitangazamakuru bikorera kuri internet, wongerewe mu mushinga w’itegeko nk’inkomoko nshya y’umusaruro usoreshwa, MINECOFIN ikaba ivuga ko ifite systeme igenzura ibitangazamakuru bikorera kuri murandasi, ku buryo nta kizayicika mu misoreshereze. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu Inteko Rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’umushinga […]
Boeing yemeye kuriha imiryango y’abaguye mu mpanuka y’indege yayo barimo Umunyarwanda
Uruganda rwa Boeing rukora indege z’ubwikorezi cyatangaje ko cyemeye guha indishyi imiryango y’abantu 157 barimo Umunyarwanda baguye mu mpanuka y’indege yayo ya B-737-800MAX yavaga muri Ethiopia yerekeza muri Kenya Werurwe 2019. Uyu Munyarwanda ni Jackson Musoni wakoreraga ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR. Iri tangazo ryasohotse kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2021 nyuma y’ikirego […]
Amhara: Abagore barashinja TPLF kubasambanya ku ngufu
Abagore bo mu ntara ya Amhara mu gihugu cya Ethiopia, barashinja abarwanyi bo mu mutwe wa TPLF kubahohotera bikabije, harimo no kubasambanya ku ngufu. Icyegeranyo gishya cyashyizwe hanze n’ishyirahamwe mpuzamahanga riharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, kivuga ko hari abagore bayihaye ubuhamya bw’uko abarwanyi ba TPLF babasambanya ku ngufu rimwe na rimwe babafatiyeho imbunda. Uyu […]
Gen. Mbala uyoboye FARDC yasuye u Rwanda, avuga ku gitero cy’i Rutshuru

Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Gen Mbala Munsense CĂ©lestin hamwe n’itsinda ayoboye bagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije gukomeza umubano w’ibisirikare by’ibihugu byombi. Muri uru ruzinduko, Gen. Mbala yakiriwe n’Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen. Jean Bosco Kazura, baganira ku bufatanye mu kurwanya ibikorwa by’iterabwoba byahungabanya umutekano w’ibihugu byombi. Gen. Mbala […]