TPLF yaba igeze mu birometero 200 igana Addis Abeba mu gihe hari n’abavuga 30
Abarwanyi b’umutwe wa TPLF, w’Abanya-Tigray bafatanyije n’umutwe w’abarwanyi bo mu bwoko bw’Abanya- Oromo batangaje muri iki cyumweru ko ubu bageze mu birometero 220 uvuye mu murwa mukuru wa Ethiopia, Addis Abeba, ugana mu majyaruguru y’uburasirazuba nyuma yo kwigarurira Umujyi wa Shewa Robit. Guverinoma ya Ethiopia ntacyo iratangaza kuri ayo makuru, ariko hari n’amakuru yemezwa n’abadipolomate […]
Burundi: Alexis Sinduhije yanenze Amerika ku kuvanaho ibihano nawe ubwe yari yarabifatiwe
Alexis Sinduhije, umwe mu banyapolitiki bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, yanenze icyemezo Leta Zunze Ubumwe za Amerika iherutse gufata cyo gukuraho ibihano zari zarafatiye igihugu cyekuva mu 2015, avuga ko nta cyahindutse cyasobanura impamvu ibihano byakuweho. Sinduhije nawe akaba ariko ku rundi ruhande nawe ari mu bantu ku giti cyabo bari barafatiwe ibihano na […]
Mwene Rwigara yavuze ku byobo byacukuwe mu kibanza cyabo i Kigali

Umuhungu wa Rwigara Assinapol witwa Arioste Rwigara yavuze ko ashaka gukuraho urujijo ku ngingo y’uko hari ibyobo byagaragaye mu kibanza cyabo, bamwe bakavuga ko hari abashobora kuba bibasiye uwo muryango. Mu minsi mike ishize, hagaragaye ibyobo mu kibanza cy’abo kwa Rwigara, ahahoze hoteli yabo mu mujyi wa Kigali. Kuri Twitter, hari ababyibajijeho byinshi. Mu cyo […]
APR FC yasubiriye Rayon Sports ubugira gatatu, yuzuza umukino wa 40 idatsindwa
Ikipe ya APR FC yatsinze Rayon Sports ku nshuro ya gatatu yikurikiranya muri shampiyona, yuzuza umukino wa 40 wikurikiranya idatsindwa. Iyi kipe y’Ingabo z’igihugu iheruka gutsindwa mu myaka irenga ibiri ishize, yari yakiriye Rayon Sports kuri Stade ya Kigali mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona warangiye itsinze ibitego 2-1. APR FC yari yaratsinze Rayon […]
Cabo Delgado: SAMIM na FADM bishe ibyihebe 11 birimo abayobozi

Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo muri Mozambique, SAMIM n’iz’iki gihugu zizwi nka FADM zishe ibyihebe 11 by’umutwe w’iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah mu ntara ya Cabo Delgado byari byarigabije. Guverinoma ya Botswana yatangaje aya makuru ivuga ko byose byishwe tariki ya 18 Ugushyingo 2021, birimo 9 byiciwe mu mirwano yabyo […]
Abafaransa bari muri Ethiopia basabwe kuvayo vuba na bwangu
Ambasade y’u Bufaransa muri Ethiopia yasabye Abafaransa bari muri iki gihugu kukivamo vuba na bwangu, bitewe n’intambara ikomeje kuba hagati y’ingabo za Leta n’imitwe yitwaje intwaro. Mu butumwa yabageneye kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2021 ibinyujije kuri email nk’uko Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa ibivuga, iyi Ambasade yagize iti: “Abafaransa bose basabwe kuva mu gihugu nta gukererwa.” […]
Minisitiri Ugirashebuja, Dan Munyuza na Ruhunga uyoboye RIB bari muri Turukiya
Ministitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Dr Ugirashebuja Emmanuel, CG Dan Munyuza uyobora Polisi na Col Jeannot Ruhunga uyoboye urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, bari mu mujyi wa Istanbul muri Turukiya. Amakuru yatangajwe na Polisi y’u Rwanda avuga ko aba bayobozi bitabiriye inama y’Inteko Rusange ya polisi ndengamipaka izwi nka Interpol yabaye […]
Program Officer at FAWE Rwanda Chapter
Job Advertisement Background Information The Forum for African Women Educationalists (FAWE) Rwanda Chapter is a pan-African non-governmental organization founded in 1997 to promote girls’ and women’s education. With headquarters in Nairobi, Kenya, FAWE has a network of 34 National Chapters in 33 countries. FAWE Rwanda Chapter aims to build a world in which gender disparities […]
Human Resources and Operations Coordinator at EDC
JOB OPPORTUNITY: Human Resources and Operations Coordinator – EDC Rwanda Organization Background: Education Development Center (EDC) is a global nonprofit that advances lasting solutions to improve education, promote health, and expand economic opportunities. Since 1958, we have been a leader in designing, implementing, and evaluating powerful and innovative programs in more than 80 countries around […]
Umugore ubu ufite imyaka 37 yahishuye ko yahohotewe na Maradona afite imyaka 16

Umugore w’imyaka 37 wo muri Cuba wagiranye umubano n’igihangange muri ruhago, Diego Maradona mu myaka 20 shize ubwo yari ataragira imyaka y’ubukure, kuri uyu wa Mbere yamushinje kumufata ku ngufu no kumumarana igihe atabishaka ariko amukorera ihohotera. Mavys Alvarez Rego, kuri ubu uba muri Miami, yabwiye itangazamakuru ryo mu Mujyi wa Buenos Aires muri Argentine, […]
Muhayimana yemeye ko habayeho jenoside ariko avuga ko atamenye ko yateguwe bitewe n’akazi
Claude Muhayimana, Umunyarwanda kavukire, akaba n’umufaransa ku bwenegihugu yabonye mu 2010, avuga ko yamenye ko habayeho Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ahakana ko habaye umugambi wo kuyitegura kuko atabimenye nk’umuntu wakoraga akazi k’ubushoferi. Ibi yabitangaje uyu munsi kuwa 23 Ugushyingo aho Urukiko rw’i Paris rwakomeje kumuburanisha ku byaha bya jenoside akekwaho. RBA ivuga ko Muhayimana […]
Thugs kill pregnant woman in her final stage of gestation in Kayonza
A 33-year old woman from Kayonza district who was in her final stage of gestation has been found in garden stabbed to death by unidentified gangs. The incident took place in Matinza village, Nkondo cell of Rwinkwavu sector in Kayonza district in the night of Sunday 21st November 2021. The executive secretary of Rwinkwavu sector, […]
Ubwisanzure bw’itangazamakuru bugeze kuri 93.7%_RGB
Urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere, RGB, rwatangaje ko ubwisanzure bw’itangazamakuru mu Rwanda bugeze ku kigero cya 93.7%, ubwisanzure bwo kuvuga bwo bukaba bugeze kuri 86.4%. Ibi bigaragara muri raporo ya Media Barometer igaragaza uko itangazamakuru rihagaze mu Rwanda, uru rwego rusohoye ku nshuro ya kane. Iyi raporo ishingiye ku bipimo bitanu birimo: kubahiriza amategeko n’amahame ngengamyitwarire […]
There is a possibility of terrorist attacks in Ethiopia, says USA
The United States Embassy in Ethiopia has warned of a possible terrorist attack in the capital Addis Ababa and in other parts of the country. “The Department reminds US citizens of the ongoing possibility of terrorist attacks in Ethiopia. Terrorists may attack with little or no warning, targeting diplomatic facilities, tourist locations, transportation hubs, markets/shopping […]
Miss Josiane ntakiri mu rukundo n’umusore umaze umwaka amwambitse impeta
Mwiseneza Josiane wabaye Nyampinga watowe kurusha abandi mu 2019 ntakiri mu rukundo n’umusore witwa Tuyishimire Christian wamwambitse impeta tariki ya 15 Kanama 2020. Iby’uko urukundo rwa bombi rwahagaze byamenyekanye ubwo uyu musore yashyiraga ku rubuga rwa Instagram amafoto y’umukobwa bakundana, ashimangira ko bakundanye kuva mu 2018. Kuri aya mafoto, Tuyishimire yashyizeho ubutumwa bugira buti: “Kuva […]
Le Premier ministre Abiy Ahmed a annoncĂ© qu’il rejoindrait le champ de bataille Ă partir de ce mardi
Le Premier ministre Ă©thiopien, laurĂ©at du prix Nobel de la paix, a dĂ©clarĂ© qu’il dirigerait l’armĂ©e de son pays “Ă partir du front de bataille” Ă partir de ce mardi, une nouvelle Ă©tape dramatique dans une guerre dĂ©vastatrice d’un an. Dans une publication sur les rĂ©seaux sociaux partagĂ©e, Abiy a dĂ©clarĂ© : « Il est […]
Ethiopia: USA yateguje ko umurwa mukuru ushobora guterwa
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Ethiopia, yatangaje ko mu murwa mukuru w’iki gihugu, Addis Ababa no mu bindi bice hashobora kugabwa igitero cy’iterabwoba. Ni ubutumwa yahaye abenegihugu ba USA bakiri muri Ethiopia, muri iki gihe ingabo za Leta zihanganye n’imitwe yitwaje intwaro iyirwanya irimo TPLF, iharanira ubwigenge bw’akarere ka Tigray. Yabasabye kwiyandikisha […]
JosĂ© Mourinho yaguriye umukinnyi wamutsindiye Genoa inkweto za Frw 800,000 nk’impano
Umutoza w’ikipe ya AS Roma, JosĂ© Mourinho, yaguriye umunya-Ghana Felix Afena-Gyan umuguru w’inkweto zifite agaciro k’ama-Euro 800 (arenga Frw 800,000) nk’impano yo kuba yaramufashije gutsinda Genoa. Ku Cyumweru gishize ni bwo ikipe ya AS Roma yari yasuye Genoa, mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’Abataliyani. Ni umukino AS Roma yari yakoze ibishoboka byose ngo […]
Perezida Museveni yatunze urutoki ibihugu by’ibituranyi n’ubutasi bw’imbere mu gihugu

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda aravuga ko nta muntu uzahungabanya amahoro ya Uganda kandi ko uzabigerageza azarimbuka, agatunga urutoki ibihugu by’ibituranyi atavuze mu izina ndetse n’ubutasi bw’imbere mu mijyi butamenya ibikorwa bihungabanya umutekano bitegurwa n’aho bigomba kubera. “Nta muntu uzahungabanya amahoro ya Uganda. Nuzabigerageza azarimbuka kubera ko igisirikare kirakomeye,” ibi Perezida Museveni yabivuze akomoza ku […]
Iyi Manda irihariye biradusaba kuryama gake – Meya Mbonyumuvunyi Radjab
Ubwo yarahiriraga kuyobora akarere ka Rwamagana kuwa mbere kuwa 22 Ugushyingo 2021, Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana yasabye abayobozi gukorera hamwe kandi bagakorana umurava kugirango buzuze inshingano bahawe. Prof Nshuti Manasseh, Umunyamanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba, usanzwe ari imboni ya guverinoma mu Karere ka Rwamagana yifashije ikoranabuhanga yakurikiranye umuhango […]
Meya Mutabazi yahishuye ibyo umwana we yamwandikiye ku matora

Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yashyize hanze ibaruwa umwana we w’umuhungu yamwandikiye umunsi umwe nyuma y’amatora, amubwira ko amukunda cyane, amwibutsa ko Imana yamufashije akayatsinda akaba meya. Meya Mutabazi kuri Twitter mu rurimi rw’Igifaransa yavuze ko ” umuhungu wanjye Tiago, nyuma y’umunsi umwe amatora abayeho, mu gitondo cya kare yansanze mu buriri ampa igipfunyika […]
Captain muri UPDF arafunzwe nyuma yo gusinda akita abasirikare bagenzi be ‘imbwa n’imihobobo’
Umusirikare wa Uganda ufite ipeti rya Captain, yatawe muri yombi na military Police nyuma y’amashusho yakwirakwiye amugaragaza yasinze yumvikanamo yita bagenzi be ‘imbwa n’imihobobo’. Amashusho y’uyu mwofisiye witwa Eric yasinze yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga guhera mu mpera z’icyumweru gishize. Muri aya mashusho uyu musirikare wari wambaye impuzankano ya UPDF yumvikana avugana n’umukuriye kuri terefoni yita […]
Umuganga akurikiranweho gutanga ibyemezo bisaga 2000 by’ibihimbano byo kwikingiza Covid-19
Ubutabera bw’u Bubiligi kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Ugushyingo 2021, bwatangiye gukurikirana umuganga watanze ibyemezo by’ibihimbano bisaga 2000 bigaragaza ko umuntu yikingije Covid-19. Radio na Televiziyo by’u Bubiligi, RTBF, kuri uyu wa Kabiri yavuze ko ari umuganga wo mu Ntara ya Wallonie. Uyu muganga nyuma yo kuvumburwa akaba yarahise yamburwa uburenganzira bwo kwinjira muri […]
Sudani: Abanyapolitiki bari bafunzwe kuva ubutegetsi bwahirikwa bafunguwe
Abanyapolitiki benshi bo muri Sudani bari bafunzwe kuva igisirikare cyahirika ubutegetsi ku itariki ya 25 Ukwakira bafunguwe nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere mu rwego rwo kubahiriza amasezerano yagezweho ku Cyumweru yo gusubiza Minisitiri w’Intebe, Abdalla Hamdok ku mwanya we. “Nafunguwe mu masaha akuze ku Cyumweru mu gihe nari mfungiwe mu kato guhera ku itariki […]
Umunyarwanda wari uvuye muri Malawi amaze amezi afungiwe muri Uganda

Umunyarwanda witwa Daniel Niyibizi wari kumwe n’umugore we n’abana babiri bava muri Malawi bajya mu gihugu cyabo, amaze amezi asaga atanu afungiwe muri Uganda ku mpamvu zitaramenyekana. Abazi neza iby’iki kibazo nk’uko Virunga Post ibitangaza bavuga ko uyu mugabo yafatiwe mu Karere ka Isingiro kuwa 6 Kamena 2021, ajyanwa kuri biro by’urwego rushinzwe iperereza mu […]
Abiy Ahmed yiyemeje gusanga ingabo za Ethiopia ku rugamba zihanganyemo na TPLF
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed Ali, yatangaje ko guhera kuri uyu wa Kabiri asanga ingabo za Ethiopia ku rugamba zihanganyemo n’inyeshyamba za TPLF akaziyobora. Abiy yemeje aya makuru mu itangazo yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter ejo ku wa Mbere. Ati: “Guhera ejo [kuri uyu wa Kabiri] nzajya ku rugamba kuyobora ingabo. Abifuza […]
Ndoli J. Claude yigaramye iby’amarozi yashinjwe gukoresha Police FC ikina na Gorilla
Umunyezamu wa Gorilla FC, Ndoli Jean Claude, yasobanuye iby’amarozi yashinjwe gukoresha ikipe ye ikina na Police FC, avuga ko ibyo yakoze bitari ukuroga ahubwo ko byari ukwica mu mutwe (Mind game) abakinnyi b’ikipe bari bahanganye. Ku munsi w’ejo ni bwo Police FC yaguye miswi na Gorilla FC 0-0, mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona […]