Messi yatangaje gahunda afite nyuma yo kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG
Umunya-Argentine Lionel ukinira Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, yatangaje ko nta gahunda afite yo kuva muri iyi kipe nyuma yo kuvugirizwa induru n’abafana bayo. Messi na Neymar baheruka kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG, ubwo iyi kipe yakinaga na Bordeaux mu mpera z’icyumweru gishize mu mukino wa shampiyona warangiye PSG itsinze ibitego 3-0. Bombi bavugirijwe induru […]
Kimisagara: Umurambo w’uruhinja rukivuka watoraguwe muri ruhurura
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ahagana saa moya, mu kagari ka Kimisagara ho mu murenge wa Kimisagara w’akarere ka Nyarugenge; hatoraguwe umurambo w’umwana w’uruhinja bikekwa ko yahajugunywe n’umubyeyi wari umaze kumwibaruka. Uyu mwana yatoraguwe mu muferege w’amazi uri ahazwi nko kwa Mansela. Umunyamakuru wa BWIZA wageze muri aka gace yahasanze abantu benshi bari […]
Mali yiyemeje guhagarika ibitangazamakuru 2 mpuzamahanga byâAbafaransa
Abasirikare bayoboye igihugu cya Mali muri iki gihe bazahagarika ibitangazamakuru bibiri mpuzamahanga byâAbafaransa, RFI na France24, babishinja gutangaza amakuru yâibirego byâibinyoma ku gisirikare. Mu itangazo bashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane abayobozi ba Mali bavuze ko ibyo birego byacuzwe nâumuyobozi wâIshami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu, Michelle Bachelet ndetse na Human Rights Watch, bigatangazwa […]
Gupima umuriro ku marembo y’ahahurira abantu benshi ntibigikenewe_MINISANTE

Minisiteri yâUbuzima yatangaje ko ibikorwa byo gupimira umuriro ku marembo yâahahurira abantu benshi bitagifatwa nkâimwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19, isaba abo bireba kubihagarika. Ni ibikubiye mu itangazo iyi Minisiteri yasohoye kuri uyu wa Kane. Ubu buryo bwo gupima umuriro bwari bwaratangiye gukoreshwa muri Werurwe 2020, nyuma gato y’uko icyorezo cya COVID-19 cyari […]
Rubavu: Abahinzi barasaba ko bajya bamenyeshwa ibibakorerwa
Abahinzi bo mu karere ka Rubavu basabye inzego zishinzwe kubareberera kujya zibamenyesha ibibakorerwa, mu rwego rwo kugira uruhare mu kubibungabunga no kubisigasira. Ni nyuma y’amahugurwa ya Transparency International agamije kuzamura uruhare rw’abahinzi n’aborozi mu bibakorerwa aba baturage bari bamazemo iminsi. Kambogo Ildephonse uyobora akarere ka Rubavu ubwo yasozaga aya mahugurwa, yatangaje ko uruhare rw’umuturage ari […]
Le président burundais Ndayishimiye reçoit le cardinal rwandais Kambanda
Le prĂ©sident Evariste Ndayishimiye du Burundi a reçu jeudi 17 mars le cardinal Antoine Kambanda du Rwanda, dans la capitale burundaise, Gitega. Le dĂ©veloppement annoncĂ© par la maison Ntare Rushatsi, la maison d’Ătat du Burundi, intervient deux jours seulement aprĂšs que le prĂ©sident Ndayishimiye a Ă©galement reçu une dĂ©lĂ©gation rwandaise de haut niveau dirigĂ©e par […]
Perezida Evariste Ndayishimiye yakiriye mu biro bye Antoine Cardinal Kambanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, kuri uyu wa Kane yakiriye mu biro bye Arkiyeskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda wagendereye igihugu cye. Perezidansi y’u Burundi kuri Twitter yavuze ko Cardinal Kambanda ari mu Burundi, aho yitabiriye inama y’Ihuriro ry’Inama nkuru y’Abepiskopi bo mu Rwanda no mu Burundi. Perezida Ndayishimiye yakiriye mu buro bye i Gitega […]
Perezida Tshisekedi arateganya guhura na Kagame, na Ndayishimiye bidatinze
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi yatangaje ko mu gihe cya vuba ateganya guhura na mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame, nâuwâu Burundi, Evariste Ndayishimiye mu gihe cya vuba. Uyu Mukuru wâIgihugu yabitangarije ikinyamakuru Le Soir cyo mu Bibiligi ubwo yasozaga igihe yateganyije cyo kuba ari muri iki gihugu kuri uyu […]
Organisation Ă GenĂšve dâun Panel sur l’enrĂŽlement des enfants sahraouis dans les camps de Tindouf
Dans le cadre des travaux Ă GenĂšve de la 49Ăšme session du Conseil des Droits de l’Homme, l’ONG “Africa Culture International” a organisĂ© un Panel, en association avec plusieurs acteurs de la sociĂ©tĂ© civile issus des Provinces du sud du Maroc, autour de l’enrĂŽlement des enfants sahraouis dans les camps de Tindouf. Dans un communiquĂ© […]
OIF yashyize igaragaza aho ihagaze ku kibazo cyâintambara yâu Burusiya muri Ukraine

Nyuma yâigihe wotswa igitutu ngo ugaragaze aho uhagaze ku kibazo cyâintambara yâu Burusiya muri Ukraine, amaherezo kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Werurwe Umuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF) watoye umwanzuro usaba guhagarika intambara byihuse kandi nta mananiza mu nama ya 40 yâabaminisitiri bashinzwe francophonie mu nshingano zabo. Minisitiri wa Canada ushinzwe francophonie mu nshingano ze, […]
U Rwanda rwaciwe hafi Frw Miliyoni 130 ruzira ba bakinnyi bo muri Brésil
Impuzamashyirahamwe y’umukino wa volleyball ku Isi (FIVB), yaciye ishyirahanwe ry’uyu mukino mu Rwanda (FRVB) amande y’ibihumbi 120 by’amafaranga y’Amasuwisi (Frw miliyoni 129) kubera gukinisha abakinnyi batemewe n’amategeko. U Rwanda rwaciwe uyu murengera w’amafaranga ruzira gukinisha abakinnyi bane bakomoka muri BrĂ©sil muri shampiyona nyafurika y’abagore yabereye i Kigali muri Nzeri umwaka ushize. Aba barimo Aline Aparecida […]
INKOMOKO YâUBUKRISTU Igice cya gatanu
Ariko kandi hari ibintu umuntu ashobora kuvuga biboneka mu mavanjili, kuba Yezu avuka kâumugore wâisugi, kuba, yaravukiye i Betelehemu, kuba akomoka mu muryango wa Dawudi, bisa kandi bigahura nâimyemerere ya kiyahudi itangira mu kinyejana cya 5 mbere ya Yezu. Ibi rero byakwerekana kwâimyandikire yâamavanjili yagiye mu murongo wâimigani ya cyera na kare kuko Yezu akiriho, […]
Ingabo zâu Burusiya ziherutse kwica Colonel wa Ukraine

Ingabo zâu Burusiya ziherutse kwicira ku rugamba umusirikare wa Ukraine wâipeti rya Colonel, Valeriy Gudz. Nkâuko igisirikare cya Ukraine kibivuga, Colonel Gudz yiciwe mu Karere ka Luhansk tariki ya 12 Werurwe 2022 ubwo yayoboraga abasirikare basubizaga inyuma Abarusiya bagafashe. Uyu musirikare wari ufite imyaka 51 yâamavuko yishwe hashize iminsi mike agiye kuri uru rugamba kuko […]
UNMISS awards âService Medalâ to Rwandan Police contingent
The United Nations, on Wednesday, March 16, decorated 240 officers of Rwanda Formed Police Unit-One (RWAFPU-1) with âService Medalâ in recognition of their outstanding contribution to its peacekeeping mandate under its mission in South Sudan (UNMISS). The medal pinning parade was held in Malakal, Upper Nile State, where the Rwandan contingent is deployed and operating. […]
Belgique: Perezida Felix Tshisekedi yashimiye Imana kuba akiriho nyuma yo kubagwa
âNagize umu âspecialisteâ ukomeye wansannye. Ubu nshobora kugendana Minerve mu gihe runaka kugirango amagufa nâurutirigongo bitavunika. Imana ishimwe ndacyarihoâ ibi byatangajwe mu ntangiriro zâiki cyumweru na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ubwo yari kuri ambasade yâigihugu cye mu Bubiligi aho yagiye kwivuriza. Mu kiganiro Perezida Tshisekedi yagiranye nâabakozi ba ambasade bari aho, yabijeje […]
Sibomana Athanase ntiyemeranya nâabayobozi bavuga ko bakunda umuco nyarwanda
Umunyamakuru wâinararibonye wamamaye mu gitaramo cyo kuri Radio Rwanda kuva mu 1994, Sibomana Athanase yagaragaje ko atemeranya na gato nâabarimo abayobozi bavuga ko bakunda umuco nyarwanda. Sibomana ufatwa nkâUmwami wâIgitaramo cyâumuco gakondo, yabivugiye mu kiganiro The Choice Live yagiranye nâumunyamakuru Irene Murindahabi. Uyu munyamakuru abona harabayeho kudohoka mu guteza imbere umuco nyarwanda, abishingiye ku kuba […]
Amerika yatangaje umubare w’abasirikare b’u Burusiya bamaze kwicirwa muri Ukraine
Ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwatangaje ko abasirikare b’u Burusiya babarirwa muri 7,000 ari bo bamaze kugwa mu ntambara iki gihugu kirimo na Ukraine. Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Kane huzuye ibyumweru bitatu u Burusiya butangije iyi ntambara. Mu basirikare b’u Burusiya bamaze kugwa muri iriya ntambara bivugwa ko harimo bane bo […]
Sudani yâEpfo: Abapolisi bâu Rwanda 240 bambitswe Imidari yâishimwe
Ku italiki ya 16 Werurwe, Umuryango wâabibumbye (UN) wambitse imidari yâishimwe abapolisi 240 bagize itsinda ryâabapolisi (RWAFPU-1) bari mu mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani yâEpfo mu rwego rwo kubashimira uburyo bakorana umurava nâubunyamwuga. Umuhango wo kubashyikiriza iyo midari yâishimwe wabereye I Malakal aho iryo tsinda ryâabapolisi rikorera akaba ari naho rikambitse. […]
The restoration of Rwanda-Uganda relations not something that is achieved in just one day-PM Ngirente
The restoration of Rwanda-Uganda relations is a process, not something that is achieved in just one day, Edouard Ngirente, the Prime Minister has said. He made the remarks during a press conference where he, along with several other government officials, spoke to journalists on a number of economic and political issues affecting the country. One […]
U Rwanda rwagaragaje ikindi kibazo rusaba ko Uganda ikemura
Umuvugizi wa Guverinoma yâu Rwanda, Yolande Makolo yagaragaje ibibazo bibiri isaba ko iya Uganda ikemura mu gihe ibihugu byombi bigishakisha uko umubano wabyo wakongera kuba mwiza. Mu butumwa yatangarije kuri Twitter, Makolo yavuze ko hari ibyakozwe birimo nâibyagizwemo uruhare nâUmugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba wagiriye inzinduko ebyiri mu Rwanda, […]
Undi musirikare wâipeti rya jenerali wâu Burusiya yiciwe muri Ukraine
Undi musirikare mukuru w’u Burusiya w’ipeti rya Jenerali yiciwe mu mirwano nkâuko byatangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine. Perezida Zelensky ntiytangaje izina ryâuyu musirikare mukuru wâu Burusiya, ariko umujyanama muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ya Ukraine yavuze ko Jenerali Majoro Oleg Mityaev yishwe na batayo igendera ku bitekerezo by’ubuhezanguni izwi ku izina rya Azov. Ibitangazamakuru […]
Gen Muhoozi yahishuye umubare w’inyambo ‘Afande’ Kagame yamugabiye
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yahishuye ko Perezida Paul Kagame yamugabiye inka 10 z’Inyambo. Ku wa Kabiri tariki ya 15 Werurwe ni bwo Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, amugabira ziriya nka. Gen Muhoozi abinyujije kuri Twitter ye, yagaragaje ko inka Perezida Kagame […]