Prince Kid utegura Miss Rwanda akurikiranyweho ibyaha bitatu

Ishimwe DieudonnĂ© uzwi nka Prince Kid wari umaze icyumweru kirenga mu maboko y’urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha kuri uyu wa 4 Gicurasi 2022. Ishimwe usanzwe ari umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup itegura irushanwa rya Miss Rwanda, yatawe muri yombi tariki ya 25 Mata 2022, akurikiranweho gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina bamwe mu bakobwa […]

Treize blessĂ©s dans un accident de la route impliquant des joueurs de l’APR

Treize personnes ont Ă©tĂ© blessĂ©es dans un accident de la route impliquant trois voitures, dont l’une transportait des joueurs de l’APR Football Club Ă  un match. L’accident s’est produit sur la route Shyorongi-Gitikinyoni, vers 13h30, selon des tĂ©moins oculaires. Trois personnes ont Ă©tĂ© griĂšvement blessĂ©es, a dĂ©clarĂ© le porte-parole de la police de la circulation, […]

ArsĂšne Wenger abona Unai Emery atarafashwe uko bikwiye muri Arsenal

Umufaransa ArsĂšne Wenger wigeze gutoza ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza igihe kirekire, asanga Unai Emery wamusimbuye atarafashwe uko bikwiriye ubwo yari umutoza muri iyi kipe. Wenger w’imyaka 72 y’amavuko yasimbuwe n’umunya-Espagne Unai Emery muri 2018, gusa bitandukanye na we wamaze imyaka irenga 20 atoza iyi kipe Emery we yirukanywe amaze amezi 18 yonyine mbere […]

Perezida Ndayishimiye yagize umukinnyi Francine Niyonsaba Ambasaderi Udasanzwe

fara1-2.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize Umurundikazi ukina umukino wo kwiruka, Francine Niyonsaba uzwi nka Fara, Ambasade Udasanzwe w’igihugu ku Isi yose. Icyemezo kigira Fara Ambasaderi Udasanzwe cyashyizweho umukono ku wa 29 Mata 2022 na Perezida Ndayishimiye, Minisitiri w’Intebe Alain-Guillaume Bunyoni na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubufatanye mu iterambere Albert Shingiro, gisohoka kuri uyu […]

Umubyibuho ukabije urimo guhitana miliyoni 1,2 buri mwaka mu Burayi – OMS

Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) iravuga ko umubyibuho ukabije mu Burayi ugeze aho kuba “icyorezo “, kandi utera kanseri nibura abantu 200.000 ndetse ugahitana miliyoni 1.2 buri mwaka. Raporo ivuga ko hafi kimwe cya gatatu cy’abana na 59 ku ijana by’abantu bakuru mu Burayi bafite ibiro bikabije cyangwa babana […]

RIB ifunze abarimu 2 bashinjwa gusambanya abana bigishaga

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abarimu babiri bafite imyaka 59 na 26 bazira guhohotera abakobwa bane bafite imyaka icyenda bigishaga. Aba bagabo, umwe wo mu Karere ka Rubavu undi wo mu Karere ka Nyamasheke, bivugwa ko bahohoteye abo bana bato igihe babaga bari kubigisha amasomo y’ikigoroba azwi nka ‘cour du soir’, cyangwa gutoza amasomo. Ukekwa […]

APR FC yakoze impanuka ikomeye ijya gukina na Marines FC

Ikipe ya APR FC ku manywa yo kuri uyu wa Gatatu yakoze impanuka ikomeye, ubwo yavaga i Shyorongi mu karere ka Rulindo yerekeza mu mujyi wa Kigali. Iyi mpanuka yabereye mu makorosi y’i Shyorongi ho mu murenge wa Kanyinya mu karere ka Nyarugenge, nyuma gato y’uko APR FC yari imaze guhaguruka yerekeza kuri Stade ya […]

Igihe u Bwongereza bwari bwihaye cyo gutangira kohereza abimukira mu Rwanda cyahindutse

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igihe yari yarihaye cyo gutangira kohereza abimukira mu Rwanda cyahindutse bitewe n’impamvu zitandukanye zirebana n’amategeko. Tariki ya 14 Mata 2022, iyi guverinoma yagiranye amasezerano y’imyaka itanu n’iy’u Rwanda, agamije kohereza abimukira bajyayo mu buryo budakurikije amategeko, bakoresheje ubwato. Guverinoma y’u Bwongereza yateganyaga ko igikorwa cyo kohereza icyiciro cya mbere cy’abimukira […]

Papa Fransisiko yashinje NATO kuba ari yo yeteje intambara muri Ukraine

Kuva u Burusiya bwatangira gutera Ukraine, Papa Fransisiko yagaragaje ko ashaka kwerekeza i Kyiv kugira ngo agerageze guhagarika intambara. Ariko ubu avuga ko ahitamo kubanza i Moscou kugira ngo agerageze kugarura ibuntu Vladimir Putin, atigeze yamagana ku mugaragaro kuva intambara yatangira, n’aho abikoreye akabikora byoroheje mu kiganiro kirekire yagiranye n’ikinyamakuru cyo mu Butaliyani aho yashinje […]

Igisirikare cy’u Burundi cyemeje ko hari abasirikare bacyo bishwe n’ababuriye muri Somalia

Igisirikare cy’u Burundi cyemeje ko hari abasirikare bacyo biciwe muri Somalia abandi baburirwa irengero, nyuma y’igitero cy’iterabwoba umutwe wa Al Shabaab uheruka kugaba ku birindiro by’Ingabo z’Umuryango wa Afurika ziri ku garura amahoro muri Somalia barimo. muri Somalia bitabye Imana, nyuma y’igitero inyeshyamba zo mu mutwe wa Al Shabaab zagabye ku birindiro byabo. Iki gitero […]

Musanze: Umugore yafashwe ku ngufu n’abambuzi afite inda y’amezi atatu

Umubyeyi w’abana batatu ari mu gahinda nyuma yo gufatwa ku ngufu n’abagizi ba nabi bategera abantu mu gace ko mu Kagari ka Rungu mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, none akaba atwite inda y’amezi ane yaterewe aho yafatiwe ku ngufu. Uyu mubyeyi umaze igihe gito atahutse avuye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, […]

Ingabire Immaculée yihanije uwashyize hanze amashusho amugaragaza anywa itabi

Umuyobozi w’umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, yihanije uwashyize ku rubuga nkoranyambaga amashusho amugaragaza anywa itabi. Aya mashusho y’amasegonda 30 yashyizwe ku rubuga rwa Twitter muri Nyakanga 2021. Amugaragaza ari mu nama yifashishaga ikoranabuhanga rya Zoom. Muri aya mashusho, Ingabire agaragara acanira isigara, hanyuma akaritumura nk’uko bisanzwe bigenda, ariko anatega amatwi […]

Igisasu cy’u Burusiya kiswe Satan 2 cyagera i Paris mu masegonda 200 cyangwa 106 i Berlin

Aya makuru yatangajwe kuri televiziyo ya leta y’u Burusiya, Rossiya-1, mu minsi ya nyuma ya Mata. Abashyitsi, abadepite bagize Inteko ishinga amategeko y’u Burusiya n’abanditsi, bashimye ubushobozi bw’igisasu cy’u Burusiya (Satan 2) ku banzi ndetse n’abashyigikiye Ukraine. Igishushanyo kigaragaza ikibatsi cy’umuriro cyerekeza ku ikarita y’u Burayi ku mirwa mikuru y’ibihugu by’ibinyamuryango bya NATO nk’aho igisasu […]

Burundi anxious over 51 dead soldiers in Somalia

AFP Egide Hatungimana was one of 51 Burundian soldiers killed in a firefight with al-Qaida-linked militants in Somalia last week, his brother says. But the body has not been delivered to his family, which only found out about the death in a call from a fellow soldier. Intensified fighting in Somalia has underscored that tiny […]

Centrafrica: HRW irashinja abacanshuro b’Abarusiya iyicarubozo n’ubwicanyi ku basivili

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, HRW, wasohoye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 3 Gicurasi, raporo ishinja abacanshuro b’Abarusiya bo mu kigo cya Wagner Group, kuba barishe, bagakorera iyicarubozo cyangwa bagakubita abaturage muri Gashyantare 2019 n’Ugushyingo 2021 muri Repubulika ya Centrafrica. HRW muri iyi raporo ikaba yagize iti “Ibimenyetso bifatika” byerekana ko abacanshuro b’Abarusiya bashyigikiye […]

Ukraine: Abasirikare bamaze igihe bagotewe muri Mariupol banze kuva ku izima, n’ubwo intwaro n’ibiryo bibashirana

Abasirikare ba Ukraine bamaze igihe kinini bagotewe n’ingabo z’u Burusiya mu ruganda rwa Azovstal ruri mu gace ka Mariupol, bavuga ko intwaro, ibiryo n’amazi biri kubashirana ku buryo batangiye gutekereza ku buryo bashobora kubaho muri ibi bihe bibagoye. Nk’uko Komanda wungirije w’umutwe wa Azov, Svyatoslav Palamar yabitangarije CNN ku mugoroba wo ku wa 2 Gicurasi […]

Polisi yasubije Umunyamerikakazi igikapu yibwe kirimo iby’agaciro ka Frw arenga miliyoni

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu yasubije Umunyamerikakazi Kristen Dodroe wigisha muri kaminuza ya UGHE iri mu karere ka Burera igikapu yibwe kirimo ibifite agaciro k’amafaranga 1.300.000. Nk’uko uru rwego rwabisobanuriye ku rubuga rwarwo, ubujura bw’iki gikapu bwebereye mu mudugudu wa Mariba, akagari ka Karambo mu murenge wa Kanama mu ijoro rya tariki […]

RDC: Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe mu guhatanira kuba perezida mu 2023

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Augustin Matata Ponyo, yatangaje ko aziyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ataha. Yabitangaje ubwo hasozwaga kongere y’ishyaka rye, Leadership et Gouvernance pour le DĂ©veloppement (LGD), kuri uyu wa Kabiri, itarik 3 Gicurasi. Iri shyaka ryanatangajwe ku mugaragaro kuri uyu munsi ryahise rinahitamo uyu mugabo usanzwe […]

Abasirikare batari bake b’u Burundi biciwe muri Somalia na Al Shabaab

Abasirikare batari bake b’u Burundi bari mu bikorwa by’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe byo kugarura amahoro muri Somalia bitabye Imana, nyuma y’igitero inyeshyamba zo mu mutwe wa Al Shabaab zagabye ku birindiro byabo. Iki gitero cyagabwe ku birindiro by’Ingabo za Afurika yunze Ubumwe mu gace ka Middle Shabele, mu majyepfo ashyira u Burengerazuba bw’umurwa mukuru […]

Liverpool yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions league isezereye Villarreal

Ikipe ya Liverpool yabaye ikipe ya mbere igeze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions y’uyu mwaka, nyuma yo gutsinda Villarreal ibitego 3-2 ikayisezerera ku giteranyo cy’ibitego 5-2. Iyi kipe y’umutoza JĂŒrgen Klopp yari yasuye Villarreal ya Unai Emery kuri Estadio de la Ceramica mu mukino wo kwishyura wa 1/2 cy’irangiza, nyuma y’ubanza wo mu […]