DGIE yaciye amarenga ko ishobora kwambura Turahirwa pasiporo nyuma y’aho ‘abeshye’
Ibiro by’u Rwanda bishinzwe abinjira n’abasohoka (DGIE) byaciye amarenga ko bishobora kwambura umunyamideli Turahirwa Moà ¯se pasiporo byari byaramuhaye nyuma y’aho abibeshyeye ko byamuhaye iyemeza ko ari Umunyarwakazi. Ni mu gihe Turahirwa ari gukurikiranwa n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), nyuma y’aho tariki ya 26 Mata 2023 atangarije kuri Instagram ko yahawe pasiporo yanditseho ‘F’ ku mwanya w’igitsina, […]
Kamanda wa vikosi vya EAC nchini DRC ajiuzulu kutokana na usalama wake binafsi
Meja Jenerali Jeff Nyagah, kamanda wa kikosi cha kanda ya Jumuiya ya Afrika Mashariki (EACRF) kilichotumwa mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, amejiuzulu, akitaja “tishio kubwa” kwa usalama wake binafsi . Katika barua ya Aprili 27 kwa Katibu Mkuu wa EAC, Peter Mathuki, afisa wa jeshi la Kenya alibainisha kuwa kulikuwa na “mpango madhubuti […]
RDC yasobanuye impamvu yirukanye Maj Gen Jeff Nyagah ku butaka bwayo bikitwa ko yeguye
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasobanuye ko ari yo yagize uruhare mu gutuma Maj Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo za EAC zagiye kuyigaruramo amahoro yirukanwa; gusa bikitwa ko yeguye. Ku wa Kane tariki ya 27 ni bwo Gen Nyagah yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Peter Mathuki amumenyesha ko yafashe icyemezo cyo kwegura ku nshingano […]
Urubanza rwa Prince Kid nanone rwabaye Mutesi Jolly yarigendeye

Mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hongeye gusubukurwa urubanza rwa rwa Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid, nyuma y’uko muri Werurwe rusubitswe hakanzurwa ko rusubukurwa kuri uyu wa Gatanu taliki 28 2023. Uyu munsi urubanza rwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye bari barimo umunyamakuru David Bayingana, na bamwe muri ba nyampinga barimo nka Nimwiza Meghan, Iradukunda Liliane. Ikindi kandi […]
Komanda mushya w’ingabo za EAC muri RDC yamenyekanye

Komanda mushya w’ingabo zigize umutwe wa EACRF w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ukorera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, yamenyekanye, akaba asimbura Maj. Gen. Jeff Nyagah weguye kuri uyu wa 27 Mata 2023. Ubwegure bwa Nyagah bufite impamvu zitandukanye zirimo kuba abacancuro bakorana n’ingabo za RDC muri Mutarama 2023 baragenzuraga urugo yari atuyemo i Goma, bifashishije […]
Kenya: Banki ifite aho ihuriye na Kenyatta irishyuzwa miliyari y’amashilingi
Uwahoze ari Perezida Uhuru Kenyatta ari mu bibazo by’imisoro nyuma y’uko guverinoma ya Kenya itegetse banki ye kwishyura miliyari y’amashilingi ya Kenya (miliyari zisaga 8 z’Amanyarwanda ). Iyi ntambwe ya Guverinoma ya Perezida William Ruto isize Uhuru Kenyatta mu gihirahiro mu gihe intambara ya politiki hagati y’ihuriro riri ku butegetsi rya Kenya Kwanza n’ihuriro Azimio […]
Hashyizwe akadomo ku ntambara yari hagati ya Katy Perry n’umunya Australie

Umuhanzikazi Katheryn Elizabeth Hudson uzwi nka Katy Perry, ari mu ntambara ikomeye n’umunyamideli Katie Jane Taylor bapfa ikirango cy’izina. Katie Jane Taylor, ni umunya Australie washinze inzu y’imideli ayitirira izina rye rya “Ketie perry”, mu mwaka wa 2017 nyuma y’uko abikundishijwe n’urugendo yari yagiriye mu gihugu cy’Ubutaliyani. Uyu munyamideli ngo yaje gutangazwa n’uko uyu muhanzikazi […]
General Kibochi ntakiri Umugaba Mukuru w’ingabo za Kenya

Perezida wa Kenya akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Dr William Samoei Ruto, yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare cy’igihugu, zahereye ku mwanya w’Umugaba w’Umukuru wazo. Muri izi mpinduka, General Francis Omondi Ogolla wari usanzwe afite ipeti rya Lieutenant General yagizwe Umugaba Mukuru, asimbura Gen. Robert Kibochi wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru, nyuma y’imyaka 44 yari amaze mu gisirikare. Lt […]
Ingabo z’akarere zoherejwe mu butumwa bwa ATMIS zigiye kugabanywamo 2000
Abayobozi bo mu karere bahaye umugisha imigambi yo kugabanya ingabo zoherejwe muri Somalia no guha iki gihugu amahirwe yo kwifatira mu biganza byacyo mu buryo bwuzuye ibijyanye no kugarura amahoro. Ibi byemejwe mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu byohereje ingabo muri Somalia yateraniye i Kampala kuri uyu wa Kane ushize . Nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara Chimpreporrts […]
Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo za EAC ziri muri RDC yeguye

Umunya-Kenya Maj. Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro muri Congo (EACRF) yamaze kwegura ku nshingano yari afite. Ku wa Kane tariki ya 27 Mata ni bwo uyu musirikare yashyikirije ibaruwa y’ubwegure bwe Umunyamabanga Mukuru bwa EAC, Amb. Peter Mathuki. Muri iyi baruwa, Maj Gen Nyagah yavuze ko yahisemo […]
Urujijo ku cyateye umusore kwica umukunzi we akamushyira mu gafuka

Umusore ubarizwa mu gace ka Kamakis,muri Ruir mu gihugu cya Kenya, yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica uwari umukunzi we akamushyira mu ivarisi nyuma akajya kumujugunya. Uyu musore uri mu kigero cy’imyaka 28, yatahuwe ubwo amashusho (CCTV ) ajyanye umurambo kuwujugunya mu kilometero uvuye aho bari batuye. Iperereza ryakozwe hifashishijwe amashusho ritangaza ko uyu musore yagaragaye […]
The Rwandan economic and military model fascinates African states

The major changes made in Rwanda for nearly thirty years, particularly on the economic, social, cultural and military levels, seem to captivate a certain number of African leaders. The feeling is openly expressed by some governments, and very recently by those of Benin, Guinea Conakry and Guinea-Bissau, three countries visited this month by the Rwandan […]
Uwahoze ari Guverineri w’Intara y’Amajyepfo n’iy’u Burengerazuba yagizwe umuyobozi wa Police FC
Munyentwali Alphonse wahoze ari Guverineri w’Intara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Uburengerazuba, yagizwe umuyobozi mukuru w’Ikipe ya Police FC. Ni inshingano yahawe n’ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda ari na yo ifite Police FC. Polisi ku rubuga rwayo yavuze ko Munyentwali wanabaye Meya w’akarere ka Nyamagabe agomba kungirizwa na Superintendent of Police (SP) Régis Ruzindana. Umunyamabanga Mukuru wa […]
10 personnes arrà ªtées après l’accident dans une mine du district de Huye
Le Bureau d’enquà ªte rwandais (RIB) a arrà ªté jeudi 10 personnes accusées d’à ªtre derrière la mine illégale qui s’est effondrée dans le district de Huye, faisant six victimes, dont trois étudiants piégés dans les tunnels . Les efforts pour secourir les victimes ont été interrompus par des glissements de terrain causés par de fortes pluies. Le […]
FARDC ikomeje kujya mu bice M23 yavuyemo yubahiriza amabwiriza y’Inama ya Luanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo guhera kuwa Gatatu itariki 26 Mata cyongeye gusubira mu midugudu myinshi yo muri Teritwari ya Rutshuru, Sheferi ya Bwito, nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’ibanze n’iz’umutekano avuga . Umwe muri yo midugudu ni Kishishe, aho M23 yari yarafashe mbere yo kuhava isubira inyuma nk’uko yabisabwe mu Nama ya […]
Umusogongero w’ibyishimo Angelina Jolie yagiriye muri White House

Umukinnyikazi wa cinema ya Holly Wood Angelina Jolie ari mu byishimo byo gusangira n’ibikomerezwa birimo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ibirori byabaye muri icyi cyumweru, ubwo habaga umuhango wo kwakira Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Suk-yeol n’umugore we Kim Keon-hee ariko hanizihizwa ubushuti ibi bihugu bifitanye. Angelina Jolie wari kumwe n’umuhungu we […]
Col. Doumbouya yasheshe umutwe w’abasirikare bari bashinzwe kumurinda
Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Colonel Mamadi Doumbouya, yaraye asheshe batayo yabarizwagamo umutwe w’abasirikare bari bashinzwe kumurinda. Icyemezo cyo gusesa uyu mutwe cyemerejwe mu iteka ry’Umukuru w’Igihugu ryasomewe kuri Televiziyo y’Igihugu ku wa Kane tariki ya 27 Mata 2023. Ni Colonel Doumbouya wasabye Minisitiri w’Ingabo za Guinée ndetse n’Umugaba Mukuru wazo gushyira mu bikorwa ririya teka […]
Twibonye muri Congo turi amoko atatu, Abahutu n’Abatwa bo bamerewe neza: Impunzi

Impunzi ziba mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe kuri uyu wa 24 Mata 2023 zagiranye ikiganiro n’abadipolomate batandukanye bakorera mu Rwanda, zibagezaho ibibazo bizibangamiye. Iz’Abanyekongo zo mu bwoko z’Abatutsi zaganirije aba badipolomate ku bibazo byatumye zisanga mu buhungiro mu Rwanda, bikomoka ku mateka y’ubukoloni, by’umwihariko ikatwa ry’imipaka ryakozwe n’Ababiligi. Umunyekongo yavuze ko ubwo […]
Dore impamvu ukwiye kurya Cucumber

Abantu benshi bakunda kurya amafunguro asanzwe amenyerewe nk’atera imbaraga gusa ntibite ku yandi arimo izindi ntungamubiri zitandukanye. Kuri iyi nshuro tugiye kurebera hamwe akamaro k’urubugo cyangwa urubuto rwa Cucumber. Abantu benshi ntibazi akamaro k’uru ruboga ariko abahanga mu by’imirire batanga inama zo kururya byaba mbere y’amafunguro cg na nyuma yaryo. Reka turebere hamwe imimaro 5 […]
RDC yemeje ko imaze igihe ihemba abasirikare barenga 300,000 ba baringa
Guverinoma ya Congo Kinshasa yatangaje ko yari imaze igihe iha umushahara abasirikare ba baringa barenga ibihumbi 300, ku buryo Leta y’iki gihugu buri kwezi yatakazaga $ miliyoni 70 (Arenga Frw miliyari 70) ihemba abasirikare batabaho. Ni ibyatangajwe n’Urwego rushinzwe ubugenzuzi bw’imari muri Congo Kinshasa; nyuma y’igenzura ryimbitse ruheruka gukora. Ni ubugenzuzi bwibanze ku nzego zirimo […]
Uganda: Igipolisi cyataye muri yombi abadepite 11 b’abagore

Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kane ushize cyataye muri yombi abadepite 11 b’abagore bashinjwa gukora imyigaragambyo itemewe, aho bivugwa ko bamwe mu badepite bakomeretse mu gihe batabwaga muri yombi . Abadepite bafungiwe hanze y’inyubako z’inteko ishinga amategeko mu murwa mukuru Kampala mu gihe biteguraga kujya kuri minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu aho bashakaga guha […]
Burkina Faso: Igitero ku ngabo z’igihugu cyahitanye byibuze 33
Kuri uyu wa Kane, igitero cyagabwe ku mutwe wa gisirikare mu burasirazuba bwa Burkina Faso cyahitanye abasirikare 33 abandi 12 barakomereka, nk’uko guverinoma iyobowe n’ingabo ibivuga, mu gihe hakomeje urugomo muri iki gihugu cyibasiwe n’imitwe y’abajihadiste . Igitero cyo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ushize cyibasiye itsinda rya gisirikare rikrera Ougarou, mu karere […]
Gen. Bunyoni yaraye abazwa nyuma yo kutagaragara ku manywa
Gen. de Pol. Alain-Guillaume Bunyoni yaraye abazwa n’Umushinjacyaha Mukuru w’u Burundi, Nyandwi Sylvestre, nyuma yo kutagaragara ku biro by’uyu mushinjacyaha ku manywa, aho yari ategerejwe. Byari biteganyijwe ko Bunyoni agera kuri ibi biro hakiri kare, avuye muri kasho y’urwego rushinzwe iperereza (SNR), ariko amakuru agera kuri BWIZA avuga ko bwarinze bwira abarimo abanyamakuru benshi na […]
Turahirwa uvuga ko yemerewe kunywera urumogi mu ruhame akurikiranweho ikindi cyaha
Urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rwaraye rutaye muri yombi umunyamideli Moses Turahirwa rwari rwahamagaje ngo yisobanure ku cyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano. Ni nyuma y’aho uyu musore yatangaje ko Leta y’u Rwanda yamuhaye agatabo k’inzira (pasiporo) kagaragagaza ko ari umugore/umukobwa (Feminin), ndetse agatangaza ko byamushimishije. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yatangaje ko urwego rushinzwe […]