U Bwongereza: Abadepite bahaye umugisha gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza kuri uyu wa Kabiri yemeje umushinga w’itegeko ryemerera Guverinoma y’iki gihugu kohereza mu Rwanda abimukira, nyuma yo kurwemeza nk’igihugu gitekanye. Ni umushinga w’itegeko wemejwe nyuma yo gutorwa n’abadepite 313 na ho 269 bakawurwanya, ibisobanura ko amajwi 44 ari yo yakoze ikinyuranyo. Mbere y’uko uyu mushinga w’itegeko wemezwa hari ubwoba bwinshi […]

Rubavu: Abashoferi barinubira amafaranga bakwa kandi Perezida yarayakuyeho

Abashoferi batwara abagenzi muri tagisi Minibisi, barinubira amahoro bakwa na kompanyi ya JALI REAL ESTATE yo guparika ku cyapa cya Pfunda angana na Frw 2,900; nyamara ngo bihabanye n’iteka rya Perezida wa Repubulika ryavuze ko bazajya batanga Frw 500. Abashoferi bagaragaza kurenganwa ni abatwara za tagisi zituruka ku ruganda rw’icyayi rwa Pfunda zigana mu bice […]

EALA Games: Abadepite b’u Rwanda babuze, baterwa mpaga na Kenya

Ikipe y’u Rwanda ya Basketball kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Ukuboza yabuze ku kibuga, bituma iterwa mpaga na Kenya bagombaga guhura. Ni mu mikino ya EALA iri guhuriza inteko zishinga amategeko z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Kuri uyu wa Kabiri hagombaga gukinwa umunsi wa gatanu w’iyi mikino. U Rwanda mu bagabo […]

General elections will take place in July 2024

The National Electoral Commission has set July 14 and 15, 2024, as the dates for the elections of the President of the Republic, and that of specified Members of Parliament (Deputies), according to a new Presidential Order. The Presidential Order of December 11, 2023, relating to elections of the President of the Republic and Deputies […]

Hagenwe igihe amatora ya perezida n’abadepite azabera

Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora yagennye itariki ya 14 n’iya 15 Nyakanga 2024, nk’amatariki azaberaho amatora ya Perezida wa Repubulika, n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, nk’uko Iteka rishya rya Perezida ribiteganya. Iteka rya Perezida ryo ku itariki ya 11 Ukuboza 2023, ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’abadepite ryasohotse mu Igazeti ya Leta kuri uwo munsi. Ryerekana […]

Inzira hafi ya zose zagaburiraga Umujyi wa Goma zimaze gufungwa

Umujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, wamaze gufungirwa hafi amayira atatu yose yanyuzwagamo ibicuruzwa by’ibanze ukenera nk’ibiribwa nyuma y’intambara hagati ya M23 na FARDC. Ayo mayira atatu ni umuhanda Sake-Kilolirwe-Kitshanga-Mwesso, Sake-Mushaki-Masisi na Sake-Karuba-Ngungu. Muri izi nzira hanyuzwa ibiribwa birimo ibishyimbo, ibirayi, ibinyomoro, ibigori, inyama z’inka n’ibindi bikomoka ku mata bitandukanye, ndetse n’imbaho […]

Kuki tugomba kunywa jus ya Beterave?

Kunywa umutobe wa Beterave, ari ingirakamaro mu mubiri w’umuntu kuko usanga uvura indwara nyinshi zitandukanye. Beterave (iri ni izina ry’igifaransa, mu cyongereza izwi nka beetroots cg beets) ni zimwe mu mboga zikungahaye ku ntungamubiri, ikaba isoko nziza y’isukari nziza waha umubiri, ahenshi ikoreshwa mu mwanya w’ibisheke (no mu nganda yifashishwa mu gutunganya isukari), vitamini zitandukanye […]

Tshisekedi yemeje ko agiye gushumbusha Wazalendo abinjiza muri FARDC

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko agiye kwinjiza inyeshyamba zo mu mitwe ya Wazalendo mu ngabo z’igihugu, nk’inkeragutabara. Tshisekedi yabitangarije i Goma, aho ku Cyumweru gishize yakoreye ibikorwa byo kwiyamamaza. Kuva ku itariki ya 1 Ukwakira ubwo imirwano yuburaga hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, imitwe […]

Amafoto: Habaye ihererekanyabubasha hagati ya Meya mushya wa Gakenke n’uwo yasimbuye

gbjkdhlwuaancwi.jpg

Mu cyumba cy’inama cy’Akarere kuri uyu wa Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 12 Ukuboza, habereye umuhango w’ihererekanyabubasha ku wari Umuyobozi w’Akarere w’Agateganyo AimeNiyonsenga n’Umuyobozi mushya w’aka Karere, Mukandayisenga Vestine. Uyu muhango witabiriwe n’abantu barimo Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika, Judith Uwizeye, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Maurice Mugabowagahunde, abagize Inama Njyanama y’Akarere, na Visi Meya ushinzwe […]

Dr Ngirente yasabye abashinjacyaha ba gisirikare kurinda icyahungabanya ubusugire bw’Igihugu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente yasabye abashinjacyaha bashya ba gisirikare kuzakora inshingano zabo bita cyane ku kwihutisha dosiye bagezwaho, gukumira ruswa ndetse no gukumira ikintu cyose cyahungabanya ubusugire bw’Igihugu. Ni abashinjacyaha bane barahiriye izo nshingano nyuma y’uko bashyizweho n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 13 Nyakanga 2023. Barimo Lt. Col. Jean Bosco Kamirindi, Lt. […]

Bubanza: Red-Tabara yigambye igitero ivuga ko yiciyemo abasirikare 3 b’u Burundi

bb-2.png

Umutwe wa Red-Tabara wigambye kugira uruhare mu mirwano yahuje abarwanyi bawo n’Igisirikare cy’u Burundi mu Ntara ya Bubanza mu ijoro ryo ku Cyumweru uvuga ko wivuganye abasirikare batatu. Mu ijoro ryo ku itariki ya 10 rishyira ku wa Mbere itariki 11 Ukuboza muri Komini ya Gihanga yo mu Ntara ya Bubanza nibwo habereye imirwano yahuriyemo […]

Lt. Gen. Muganga warwananye na se urugamba rwo kwibohora amurusha ipeti ni muntu ki?

Lt. Gen. Mubarakh Muganga, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, ni umwe mu bagabo bafite ibigwi n’amateka mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF) kuva ku mu rugamba rwo kubohora igihugu, guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, n’ibindi bikorwa by’indashyikirwa yakomeje gukora na nyuma yaho. Usibye kuba ari umwe mu basirikare bafite igarade risumba ayandi mu ngabo z’u […]

Rurambikanye hagati ya Twirwaneho ihanganye Wazalendo Yakutumba, Bishambuke, FDLR Hamida

Kuva mu masaha ya saa kumi z’igitondo cyo kuri uyu wa 12 Ukuboza 2023 hatangiye imirwano ikaze yatangiwe n’igitero simusiga kigizwe n’ihururiro ry’imitwe irimo Wazalendo Yakutumba, Bishambuke, Abarundi ndetse na FDLR Hamida bagabye igitero ku mutwe wa Twirwaneho. Twirwaneho ni umutwe witwaje intwaro uvuga ko urwanira uburenganzira bw’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Ubarizwa mu Ntara […]

Sibomana Alexis ukekwaho kuba nyir’ikirombe cyapfiriyemo babiri yafashwe ahunze

Kuri uyu wa Kabiri, nibwo hamenyekanye amakuru y’umugabo witwa Sibomana Alex wafashwe ahunze nyuma y’uko ikirombe bivugwa ko ari icye kigwiriye abagabo babiri bakahasiga ubuzima.Ni ikirombe kibarizwa mu Akagari ka Ntendezi, Umurenge wa Ruharambuga, Akarere ka Nyamasheke. Uyu mugabo yafashwe , avuye i Nyamasheke aho iyo sanganya yabereye ageze i Kitabi mu Karere ka Nyamagabe […]

RDC:UPDF yashimiwe uburyo ki yagaruye ubuzima mu bice yari ishinzwe kurinda

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 11 Ukuboza 2023, Umuyobozi w’ingabo z’Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) Maj Gen Aphaxard Kiugu ari kumwe na Coloneli Jok Akech hamwe n’abandi barikumwe mu itsinda ayoboye, yashimye ingabo za Uganda (UGACON) ku bw’umurimo w’intangarugero wo kugarura amahoro zakoze. Yabivuze ubwo yasuraga agace ka Kiwanja na Rutshuru, aho yagarutse ku kamaro k’izi […]

Abadepite mu Bwongereza baratora cyangwa batere utwatsi itegeko rirebana n’u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Rishi Sunak yagerageje kureshya abigometse mu ishyaka riri ku butegetsi ngo arebe uko yatambutsa umushinga w’itegeko rishya rigenga abimukira ritavugwaho rumwe nubwo yasabwe kureka iryo tegeko akazana undi mugambi uhamye wo gukemura ikibazo cy’ubwiyongere bw’abimukira binjira binyuranyije n’amategeko. Abari imbere mu biro bya minisitiri w’intebe bavuze ko […]

Titi Brown umaze ukwezi afunguwe agiye gusubizwa mu butabera

Umubyinnyi Ishimwe Thierry wamenyekanye nka Titi Brown, agiye kongera gusubizwa imbere y’ubutabera nyuma y’uko ubushinjacyaha bujuririye icyemezo cy’urukiko rwamurekuye. Mu kwezi gushize ni bwo Ishimwe wari umaze imyaka ibiri afunzwe yarekuwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, nyuma yo kumugira umwere ku cyaha cyo gusambanya no gutera inda umwana utarageza ku myaka y’ubukure. Urukiko rwamugize umwere nyuma […]

Zahara wasusurukije Abanyarwanda incuro 2 yapfuye

Umuririmbyikazi Bulelwa Mkutukana wamenyekanye mu muziki wa Afurika y’Epfo nka Zahara, yapfuye ku myaka 35 y’amavuko. Zahara wegukanye ibihembo bitandukanye, yapfuye mu ijoro ryakeye aguye mu bitaro by’i Johannesburg. Inkuru y’urupfu rwe yemejwe na Minisitiri w’Ubugeni n’Umuco muri Afurika y’Epfo, Zizi Kodwa, mu butumwa yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze. Yifashishije urubuga rwe rwa X yagize […]

Ibiganiro gusa ni byo byatanga umuti urambye mu bibazo bya RDC – U Bufaransa

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 11 Ukuboza 2023, Nicolas De Rivière, uhagarariye u Bufaransa muri Loni, yatangaje ko ibikorwa nkana bigamije guhungabanya Repubulika ya Demokarasi ya Congo amatora yegereje cyangwa guhungabanya inzira y’amatora bitemewe. Inama yari iteranye kugirango baganire ku kibazo cya politiki n’umutekano muri DRC. Ngo kubera impungenge zatewe n’ibibazo biri mu […]

Afurika y’Epfo: Urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cya Ramaphosa cyemeje Umwami w’Abazulu

Urukiko rukuru muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Ukuboza rwemeje ko icyemezo cya Perezida Cyril Ramaphosa cyo kwemeza Umwami Misuzulu kaZwelithini nk’umutware w’Abazulu, ubwoko bunini muri iki gihugu, kitemewe n’amategeko. Umwaka ushize, guverinoma yemeye Misuzulu nk’Umwami w’igihugu cy’Abazulu, ahanini giherereye mu ntara yo mu majyepfo y’iburasirazuba ya KwaZulu-Natal. Bivugwa ko muri iki […]

U Rwanda na RDC bishobora kujya mu ntambara ishobora no kwinjirwamo n’u Burundi: Loni

Intumwa Idasanzwe y’Umunyanabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yatanze impuruza y’uko umwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na RDC ushobora kuganisha ku ntambara y’ibihugu byombi ishobora no kwinjirwamo n’u Burundi. Keita yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 11 Ukuboza, ubwo yagezaga ijambo ku kanama gashinzwe umutekano k’Umuryango w’Abibumbye. Yavuze […]

Buruseli: Indwara itunguranye yafashe uwunganira Basabose yatumye urubanza rudapfundikirwa

Indwara itunguranye yafashe uwunganira Abanyarwanda Pierre Basabose na Séraphin Twahirwa bakurikiranweho ibyaha bakekwaho gukora muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, yatumye urubanza rwari gupfundikirwa kuri uyu wa Mbere ushize rwigizwayo. Biravugwa ko Maitre Jean Flamme yafashwe n’indwara yo kuva imyuna kuri uyu wa Mbere mu ma saa sita bituma yihutanwa kwa muganga. Abamwegereye […]

Abatishoboye biragoye ko bazitabira ibirori Zari agiye gukorera i Kigali

zari_ategerejwe_mu_rwanda_1__copy_1024x1024.jpg

Zari Hassan ukunze kwiyita The Boss Lady ,ategerejwe i Kigali mu birori by’akataraboneka azahakorera mu mpera z’uku kwezi ku Kuboza . Amakuru avuga ko uyu muherwe uri mu bagore ba mbere bakize muri Afurika mu myidagaduro, yateguye ibi birori mu rwego rwo kwagura ibikorwa bye no guha abakunzi be iminsi mikuru.Gusa birashoboka ko abantu batifite […]

Ntibyifashe neza hagati y’u Bushinwa na Philippine

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo ingabo z’u Bushinwa zongeye kurasa ku za Philippine zabungabungaga amahoro ku mipaka yo mu mazi. Ibi bikaba bibaye ubugira kabiri izi ngabo z’u Bushinwa zirasa ku mato y’intambara y’abasirikare bayo zikoresheje imbunda ziremereye . Radio ijwi rya Amerika ivuga ko Leta ya Philippine yatangaje ko ubwato bwayo bumwe bwari hafi […]

FARDC na M23 bemeye agahenge, u Rwanda na RDC bagaha umugisha

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 bemeranyije agahenge k’iminsi itatu, mu rwego rwo korohereza Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba gusubira iwabo. Iby’aka gahenge byemejwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye mu itangazo ryasohowe na Perezidansi y’iki gihugu. Iri tangazo rivuga ko “Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishimiye agahenge k’amasaha 72 […]

Kenya Airways igiye guhagarika ingendo zimwe kubera ibura ry’ibyuma bisimbura ibishaje

Kompanyi y’indege ya Kenya Airways yabwiye abakiriya bayo kwitegura guhangana n’ibishobora guhungabanya ingendo z’indege za yo mu gihe cy’ibiruhuko bya Noheli kubera ikibazo cy’ibura ry’ibyuma byo gusimbura ibishaje. Isosiyete itwara abantu, imwe mu zikomeye muri Afurika, yavuze ko kubura ibyuma by’indege byo gusimbuza ibishaje, bizahagarika ingendo mu gihe cy’ibyumweru bibiri nk’uko iyi nkuru dukesha Reuters […]