APR FC yatsindiwe mu irushanwa yateguye

Ku mugoroba wo ku wa Kabiri, tariki ya 19 Kanama 2025, kuri Kigali PelĂ© Stadium, APR FC yatsinzwe na AS Kigali kuri penaliti 5-4 nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota 90 y’umukino w’Irushanwa “Inkera y’Abahizi” ryateguwe na APR FC. AS Kigali ni yo yatangiye neza umukino, ikoresha neza imipira yo hagati mu kibuga, mu […]

Kinshasa: Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi yakiriwe mu ruzinduko rutunguranye

Mu ruzinduko bivugwa ko ari urwa politiki n’ubutabazi mu bihugu bine byo muri Afurika yo Hagati n’Uburasirazuba, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime PrĂ©vĂŽt, yakiriwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 19 Kanama 2025, i Kinshasa, na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Antoine Tshisekedi mu ruzinduko rusa nk’urutunguranye. […]

Qatar yatangaje ko Ibiganiro bigikomeje hagati ya DRC na AFC-M23

Qatar yongeye gutangaza ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamwe n’umutwe wa M23 bakiri mu nzira y’ibiganiro bigamije amahoro mu burasirazuba DRC, nubwo igihe cyari cyashyizweho cyo kurangiza ibiganiro cyarenze. Ibi byatangajwe kuri uyu wa kabiri n’umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Majed al-Ansari, ubwo yavugaga ku murongo w’ibiganiro hagati ya Kinshasa na M23. […]

Guverineri Gen.Maj. Évariste Somo Kakule, ari mu ruzinduko rw’akazi muri Lubero-Centre.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Kanama 2025,Guverineri ishinzwe igisirikari ku ruhande rwa leta ya DRC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, General-major Évariste Somo Kakule, yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Lubero-Centre aganira n’ ubuyobozi bwaho. Ni uruzinduko rugamije gusuzuma uko umutekano uhagaze muri ako gace no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga igamije iterambere ry’abaturage muri […]

Azam FC yatsinze Police FC mu “Inkera y’Abahizi”

Ku wa Kabiri tariki ya 19 Kanama 2025, kuri Kigali PelĂ© Stadium habereye umukino w’amarushanwa ya “Inkera y’Abahizi” ryateguwe na APR FC, aho Azam FC yatsinze Police FC kuri penaliti 4–3. Umukino watangiye amakipe yombi agerageza kwipima ariko nta mpinduka zigaragara. Ku munota wa 20, Police FC yafunguye amazamu binyuze kuri Kwitonda Alain ‘Bacca’ waboneye […]

FARDC iravuga ko M23 yongeye kuyigabaho uruhuri rw’ibitero

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kirashinja umutwe wa M23 kugaba uruhuri rw’ibitero ku birindiro by’ingabo zacyo biri mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’iy’Amajyepfo. Umuvugizi wa FARDC, GĂ©nĂ©ral-Major Sylvain Ekenge, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko ku wa 11 Kanama M23 yarashe ibirindiro by’ingabo za Leta zirwanira mu mazi bya Musenda biherereye […]

Abakobwa batsinze neza ibizamini bya leta kurusha abahungu

Minisiteri y’Uburezi ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu Gishizwe Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Kanama batangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, ndetse n’ibisoza Icyiciro Rusange (Tron-Commun). Ni umuhango wayobowe na Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph. Imibare itangwa na NESA yerekana ko mu banyeshuri 219,900 bakoze Ikizamini cya Leta gisoza amashuri […]

Goma: Undi mukwabu wafatiwemo benshi nyuma y’amasasu yaraye ahumvikanye

Umukwabu mushya wa AFC / M23 mu  gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 19 Kanama, mu gace ka Kyeshero (Komini ya Goma), mu burasirazuba bwa Congo, wafatiwemo abantu benshi, biganjemo urubyiruko. Uyu ni umukwabu wa kabiri ukozwe n’Ingabo za AFC/M23 mu Mujyi wa Goma muri uku kwezi, nyuma y’uwakorewe mu gace ka Mabanga-Sud […]

Abaraperi Bull Dogg, Jay C na Bushali barwanye n’abafana

Mu mpera z’icyumweru gishize, abaraperi barimo Jay C, Bull Dogg na Bushali bakoze agatendo barwana n’abafana ubwo bari bagiye mu kabyiniro. Byabereye mu kabyiniro k’ahazwi nko kwa ‘Nyanja’ aho aba bahanzi bari basohokeye nyuma yo gutaramira mu Karere ka Rubavu. Imirwano y’aba baraperi yaje kwemezwa na Jay C nyuma y’amashusho yari yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga […]

Kenya yatanze umucyo k’uyihagarariye i Goma yagennye bikarakaza Kinshasa

Guverinoma ya Kenya yatanze umucyo ku cyemezo cya Perezida William Ruto cyo kugena Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye inyungu z’igihugu cye mu mujyi wa Goma cyamaganwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Ruto yagennye uriya mudipolomate nk’ugomba guhagararira inyungu za Kenya muri uriya mujyi ugenzurwa n’inyeshyamba zo […]

Walikale: M23 yacakiranye na Wazalendo mu mirwano ikaze yo kwigarurira Kaliki

Kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Kanama, biravugwa ko inyeshyamba za AFC / M23 zagerageje kongera kwigarurira Kaliki, umudugudu w’ingenzi muri Gurupoma ya Waloa Yungu, muri Teritwari ya Walikale. Amakuru atangazwa na Actualite.cd avuga ko inyeshyamba za M23 zaturutse i Kibati, muri Gurupoma ya Luberike,  zigamije kugaba igitero gishya ku birindiro bya Wazalendo muri kariya […]

Umujenerali w’u Burusiya yakomerekeye mu ntambara na Ukraine

Umujenerali Mukuru w’u Burusiya, Lt.-Gen. Esedulla Abachev, yakomerekeye bikomeye ku rugamba muri Ukraine, nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’u Burusiya. Guverineri w’intara ya Dagestan, Sergei Melikov, yavuze ko Abachev ari umwe mu basirikare bakuru bari ku isonga kuva intambara yatangira mu 2022. Yagize ati: “Yagiye akora mu myanya ikomeye y’ubuyobozi, ariko akunda kuba imbere ku mirongo y’imbere, […]

AFC/M23 na RDC mu mushinga wo gushinga ‘Special Force’ bihuriyeho

Guverinoma ya Qatar yahaye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 igitekerezo cyo gushinga umutwe w’Ingabo zidasanzwe (Special Force) uhuriweho n’impande zombi, nka bumwe mu buryo bwatuma amahoro agaruka mu burasirazuba bwa RDC. Ibi bikubiye mu nyandiko y’umushinga w’amasezerano y’amahoro Qatar yageneye impande zombi; mbere y’uko zisubira ku meza y’ibiganiro. Mu busanzwe […]

Uganda: NUP yemeje Bobi Wine nk’umukandida wayo mu matora yo mu 2026

Umuyobozi w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yemeje ko yifuza guhatanira kuba perezida wa Uganda mu matora rusange yo mu 2026 nyuma y’uko ishyaka rye ryakiriye forms zo kuzuza kuri komisiyo y’amatora i Kampala. Bobi Wine, wamenyekanye mu muziki mbere yo kwinjira muri politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi, azagerageza ku […]

Bugesera FC yakomorewe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko Bugesera FC izitabira Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere nyuma yo kuzuza ibisabwa yari itarabasha gutanga. Mbere y’uko shampiyona itangira, amakipe yose yasabwe kugaragaza ibyangombwa by’ibanze. Bugesera FC yo ntiyari yujuje ibisabwa kuko itari ifite ubwishingizi bw’abakinnyi, umuganga w’ikipe ndetse bimwe mu byangombwa yatangaga byari iby’umwaka ushize wa 2024/25. […]

Nyanza: Igipolisi cyasatse urugo rwa Col. MoĂŻse Arakaza

Igice gishya cyiyongereye kuri dosiye y’umupolisi mukuru mu Gipolisi cy’u Burundi, Col. MoĂŻse Arakaza, uzwi ku izina rya Nyeganyega, ukurikiranweho guhungabanya ubukungu bw’igihugu no gushaka kwica. Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko ku Cyumweru, itariki ya 17 Kanama, urugo rwe ruherereye mu Mudugudu wa Muyange, Komini ya Nyanza, mu Ntara ya Burunga (mu majyepfo […]

Burkina Faso yahambirije Umuhuzabikorwa wa Loni

Kuri uyu wa Mbere ushize, umuvugizi wa guverinoma yavuze ko Burkina Faso yatangaje Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye, Carol Flore-Smereczniak, nk’umuntu utagifite ikaze (persona non grata) kubera raporo yagizemo uruhare ivuga ko hari ihohoterwa rikorerwa abana muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba. Abayobozi ba Burkina Faso bavuga ko batagize uruhare mu itegurwa rya raporo y’Umuryango w’Abibumbye, yiswe […]