Uburusiya: Umugabo bamusanganye amaboko y’umugore we mu gikapu

Umwarimu w’amateka wa kaminuza uzwi cyane wo mu Burusiya yemeye ko yishe umukunzi we – wahoze ari umunyeshuri we – nkuko umwunganira mu mategeko abivuga, nyuma yo gusangwa ku ruzi afite igikapu cyo mu mugongo kirimo amaboko y’umugore. Oleg Sokolov w’imyaka 63 y’amavuko, yari yasinze yitura mu ruzi ubwo yageragezaga kujugunya ibyo bice by’umubiri mu […]

Gatsibo: Bamaze umwaka n’igice barabuze ubasezeranya mu mategeko

Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga mu karere ka Gatsibo bavuga ko bamaze umwaka n’igice badasezeranywa mu mategeko, kubera kutagira umunyabanga nshingwabikorwa. Aba baturage bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kutagira umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge, ari na we usezeranya abagiye kubana byemewe n’amategeko. Umwe yagize ati “ Tekereza kwambuka i Ngarama ugiye gusezeranayo, kandi ngo umurenge wanyu […]

Abagande babiri barasiwe ku mupaka w’u Rwanda na Uganda

rnp.jpg

Polisi y’u Rwanda (RNP) ivuga ko abaturage babiri ba Uganda; Job Ebindishanga na John Bosco Tuheirwe barasiwe mu Murenge wa Tabagwe mu Karere ka Nyagatare, agace kari hafi y’ u Rwanda na Uganda. Bivugwa ko binjizaga magendu ku butaka bw’u Rwanda banyuze mu nzira zitemewe. Itangazo rya RNP ryo kuwa 10 Ugushyingo rivuga ko ibi […]

Ndashaka guhindura agace k’imirwano kabe ak’ubukungu-Tshisekedi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangaza ko yifuza guhindura uburasirazuba bw’iki gikugu bwibasiwe n’imirwano mo ahantu hakorerwa ibikorwa by’ubukungu. Mu ruzinduko yagiriye muri Uganda kuva kuwa Gatandatu tariki ya 9 kugeza ku wa 10 Ugushyingo 2019, Tshisekedi yabwiye mugenzi we wa Uganda, Yoweli Museveni ko yasuye Uganda kugira ngo bagire ibyo […]

Rwamagana: Abaturage bavuga ko bajujubijwe n’imbwa zo mu gasozi

Abaturage bo mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana bavuga ko bajujubijwe n’imbwa z’agasozi, batazi ba nyirazo zibarira amatungo magufi arimo ihene, intama, inkoko. Aba baturage bavuga ko izi mbwa zishobora kuba ziza kujugunwa muri ako gace n’abatuye mu Mujyi wa Kigali, uretse kubarira amatungo nabo ubwabo ziba zishaka kubivugana. Umwe muri bo, Claudine […]

Hari abavuze ko ngiye gukorera mu kwaha kwa FPR- Ingabire Victoire

_109593107_dalfaphotoagain.jpg

Uwari umuyobozi w’Ishyaka ritemewe mu Rwanda (FDU-Inkingi) avuga ko hari abavuze ko yashinze ishyaka rishya ryiswe iriharanira iterambere n’ubwisanzure kuri bose (Development and Liberty For All), DALFA – Umurinzi ariko ngo akazakorana bya hafi n’iriri ku butegsi, FPR-Inkotanyi. Yavuze ko n’ubwo hari ababibona batyo, we atari cyo agamije kuko ngo ishyaka DALFA-Umurinzi rigiye gukorera mu […]

Inzego za Leta14 zatunzwe agatoki mu gutanga akazi mu buryo bw’uburiganya

Raporo ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (NPSC) y’umwaka 2018/2019 igaragaza ko hari inzego za Leta 14 zatanze akazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Amakosa menshi nk’uko iyi raporo ibigaragaza, ni ayakozwe mu gushyira abakozi bashya mu myanya aho hari abatarabaga buzuje ibisabwa ariko bagahabwa akazi ndetse no gutanga amanota ku bapiganwa kandi batayakoreye. Ibi byagarutsweho […]

Mu Rwanda hari abana b’imyaka 6 bafite ivanguramoko- NURC

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) itangaza ko abana bo mu Rwanda bari hagati y’imyaka irandatu kugeza ku icumi bafite ivangura rishingiye ku moko (tribalism). Ibi ni ibyashyizwe hanze na Perezida w’iyi komisiyo, Rtd. Bishop John Rucyahana ubwo yagezaga ku nteko ishinga amategeko umutwe w’Abasenateri raporo y’uru rwego y’umwaka wa 2018/2019 kuri uyu wa 6 Ugushyingo […]

DRC: Umugore yafatanwe, amasasu n’imyenda y’abajepe abishyiriye inyeshyamba zikomoka mu Rwanda

ibikoresho.jpg

Polisi ya Congo- Kinshasa yataye muri yombi Umugore witwa Nzigira Aimerance wari ugemuriye inyeshyamba zikomoka mu Rwanda FPP-ABAJYAMUGAMBI amasasu y’ubwoko bw’imbunda ya mashinigani (machine gun) ndetse n’imyambaro ibiri y’abarinda umukuru w’iki gihugu. Amakuru agera kuri Rwandatribune.com dukesha iyi nkuru, umwe mu bayobozi ba Polisi mu gace ka Kiwanja muri Teritwari ya Rutshuru aravuga ko kuri […]

Burundi: Abaturage basaga miliyoni zirindwi barwaye Malariya

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ishami rya Afurika ritangaza ko abaturage basaga miliyoni zirindwi mu Burundi barwaye Malariya. Imibare mishya y’icyumweru cya 44 cy’uyu mwaka ni ukuvuga kuva kuwa 28/10 kugeza 03/11/2019) igaragaza ko Malariya yazamutse ikagera kuri 49% mu Burundi hagereranyijwe n’icyumweru cya 39 cyo 2018. OMS iravuga ko kuva mu kwezi […]

Akarere ka Ngororero kaza ku isonga mu kugira imfu nyinshi z’iseru

Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) igaragaza ko Akarere ka Ngororero kaza imbere mu kugira imfu nyinshi z’iseru ugereranyije n’utundi turere two mu Rwanda. Ubushakashatsi bwa OMS bwo mu kwezi kwa Kamena na Nyakanga 2019 bugaragaza ko mu Karere ka Ngororero hapfuye abagera kuri bane bazize iyi ndwara. Mu Rwanda hose, mu bantu […]

Muhanga: Abashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge yose bimuriwe icyarimwe bitunguranye

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga, Kanyangira Ignace yatanze amabwiriza ko nenze abakozi bashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge igize aka karere bimurwa bakava mu mirenge bakoreragamo bitewe n’icyo yise ko biraye. Iki ni icyemezo cyafaswe nk’icyatunguranye kuko byatangarijwe mu nama yahuje abashinzwe Ubuhinzi, ubworozi n’ubuvuzi bw’amatungo mu Karere ka Muhanga kuwa 6 Ugushyingo 2019. Ni nyuma […]

Urusi yaunga mkono Burundi na kukanusha dhulma dhidi ya upinzani

Urusi imethibisha uungwaji wake mkono kwa taasisi za nchi ya Burundi ikiwa imesalia miezi michache kabla ya kufanyika kwa Uchaguzi Mkuu nchini humo. Burundi ambayo inakosolewa na jumuiya ya kimataifa, kwa ukiukaji wa haki za binadamu na ukandamizaji dhidi ya upinzani, kwa sasa inaweza kutegemea msaada kutoka Urusi … Kama ilivyothibitishwa wakati wa mapokezi ya […]

Hali ya wasiwasi yaendelea kutanda Sudani Kusini

Mazungumzo kati ya pande zinazohasimiana nchini Sudan Kusini yameahirishwa kwa siku mbili, wakati huu kukiwa na wasiwasi kuhusu uwezekano wa kuundwa kwa Serikali ya umoja ifikapo Novemba 12. Mazungumzo kati ya rais Salva Kiir na mwenzake Riek Machar yalikuwa yafanyike Jumanne wiki hii lakini yakaahirishwa bila ya uwepo wa sababu za msingi. Taarifa kutoka taasisi […]

Zimbabwe: Wafanyakazi wa serikali kuandamana

Wafanyakazi wa serekali nchini Zimbabwe wanapanga kuandamana Jumatano baada ya serekali kushindwa kuridhia madai yao ya kutaka walipwe mishahara inayokwenda sambamba na thamani ya dola ya Marekani. Polisi waliruhusu vyama vya wafanyakazi kufanya maandamano hayo ya kudai mishahara bora, jambo ambalo linatizamwa na wadadisi kama mtihani kwa rais Emmerson Mnangagwa, ambaye siku za hivi karibuni […]

Mazungumzo yanayoongozwa na Marekani juu ya mto Nile si ya upatanishi, yasema Ethiopia

Mawaziri wa mambo ya nje kutoka Misri, Ethiopia na Sudan wako nchini Marekani mjini Washington DC kwa ajili ya mazungumzo kuhusu ujenzi wa bwawa kubwa la maji kando ya mto Nile. Bwawa hilo linalojengwa kaskazini mwa Ethiopia, litakuwa kituo kikubwa kabisa cha kuzalisha umeme barani Afrika. Lakini Misri, ambayo inategemea maji ya mto Nile kwa […]

Ni kwanini Mtoto wa miaka 10, anataka kuwa mfanyabiashara wa madawa ya kulevya?

Mtoto wa miaka 10 amemwambia mfanyakazi wa kituo cha kulelea watoto kuwa anataka kuwa mfanyabiashara ya madawa kulevya. Mtoto huyo aliripotiwa kuwa na uelewa mkubwa wa aina za madawa ya kulevya, katika uwasilishaji wa ripoti mfanyakazi wa kituo hiko alieza tabia za mtoto huyo. Mkuu wa kituo hiko aliezea kuwa kunahitajika mikakati ya mara moja […]

Land related wrangles dominate ombudsman’s year report

The Ombudsman, Anastase Murekezi, yesterday presented his 2018/2019 annual report to members of both chambers of parliament. The report makes recommendations in the areas of the office’s mandate to fight corruption and injustice, declaration of assets by public officials, and assessing whether laws governing access to information and leadership code of conduct among others are […]

Headteacher arrested for forcing children into religion

Rwanda Investigation Bureau is currently holding a Headmaster of College Adventiste de Gitwe for forcefully recruiting children into a religion, contrary to rights of children. Suspect Nshimiyimana Gilbert will have his dossier processed and delivered to prosecution. The investigative body says it is still conducting further investigations into this matter. “We cannot reveal details because […]

PM reshuffles provincial executive secretaries

Prime Minister Edouard Ngirente has made changes in local government which saw all the provinces given new executive secretaries. According to appointment letters that The New Times has seen, Florence Uwambajemariya will serve as the new executive secretary of Western Province, replacing Pierre-CĂ©lestin Habiyaremye. Uwambajemariya was until her new assignment the mayor of Burera District […]

EAC economies to end the year with alarming debt ratios- IMF

Burundi has joined a group of nine African countries at a high risk of debt distress while Kenya’s risk of default has increased to moderate from low. This has seen the International Monetary Fund raise a red flag over the rate at which East African countries are accumulating debt. The region’s economies have fallen into […]

Court adjourns bail application hearing of former minister

Nyarugenge Primary court has re-adjourned the hearing of Robert Bayigamba, the hearing of former Minister of Youth, Sports and Culture on alleged crimes of illegal acquisition and sell of property that did not belong to him. He was arrested on 22nd October 2019 and appeared for the first time in Nyarugenge Primary court on 30th […]

Canada: Umunyarwanda yapfuye urw’amayobera

capture-7.png

Umusore w’Umunyarwanda, Gilbert Kagabo wabaga mu Mujyi wa Saskatoon yapfuye urupfu rutaramenyekana. Kagabo wapfuye kuwa 2 Ugushyingo, yari asanzwe ari umunyeshuri rya Holy Class High School. Ni uwa kabiri witabye Imana muri uyu muryango kuko na mubyara we, Eric Ndayishimiye waguye mu Bitaro by’abana bya Jim Patisson azize impanuka mu myaka itatu ishize. Ikinyamakuru cbc.ca […]

Liberia: Abaturage banze kubika amafaranga muri banki z’ubucuruzi

Abaturage ba Liberia bakomeje gutonda imirongo ku byuma byo kubikurizaho amafaranga (ATM) bakayabura kuko abaturage bari kuyabika mu ngo zabo ku bwo kutizera banki zo muri iki gihugu. Inkuru ya BBC ivuga ko kuri ubu inoti zabuze mu gihugu kuko mu byuma n’amabanki inoti zabashiranye. Abakiliya bagerageza gushaka amafaranga muri banki, bari kwinubira ko badashobora […]

Uganda: Uyobora inteko ishinga amategeko yanenze ihutazwa rikorerwa opozisiyo

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga yanenze uko Leta y’iki gihugu ikomeje gukora bikorwa bihutaza amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Yoweli Kaguta Museveni. Kadaga avuga ko bitumvikana ukuntu Leta yemera amashyaka menshi ariko ugasanga amashyaka atavuga rumwe na NRM ya Museveni arabuzwa uburyo. Mu ihuriro ry’abagize inteko kuri uyu wa 5 Ugushyingo Kadaga […]

Abanyarwanda babiri barasiwe ku mupaka bikoreye kg 50 z’ibirayi bavanye muri Uganda

capture-6.png

Abanyarwanda babiri; Jean Pierre Havugimana n’undi utatangajwe amazina barasiwe muri metero 300 uvuye ku ruhande rwa Uganda ku mupaka wa Gatuna ubwo bari bikoreye buri umwe umufuka w’ibirayi wa kg 50 bavanye muri Uganda. Havugimana w’imyaka 28 wo mu Kagari ka Kabya, Umurenge wa Rubaya mu Karere ka Gicumbi, Chimpreports itangaza ko yarashwe ku Cyumweru […]

Ibibazo by’ubutaka ni byo byaranze raporo y’umwaka y’umuvunyi

Umuvunyi Mukuru, Anastase Murekezi agaragaza ko ibibazo by’ubutaka ari byo byiganje mu byo urwego ayoboye rwakiriye mu mwaka wa 2018/2019. Murekezi ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga amategeko, imitwe yombi, raporo y’umwaka, yavuze ko ibibazo mu 1,091 urwego rw’umuvunyi rwakiriye, 853 ari ibijyanye n’ubutaka by’umwihariko ikibazo cy’izungura. Murekezi yavuze ko ba nyir’ibi birego basabye ko imanza […]

Bugesera: Nta cyizere bafite cyo kweza n’ubwo imvura yabonetse

Abaturage bo mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera mu bavuga ko n’ubwo imvura yaguye, batakwizera ko ibyo bahinze bizera bitewe n’izuba rishobora kuva nyuma y’iminsi mike, bigahita byuma. Bemeza ko kuri ubu imyaka mu mirima imeze neza, ariko ngo iki cyizere cy’umusaruro cyo ni ukukibara babibonye. Umwe muri aba baturage yabwiye Flash TV […]

Hari uruganda rugiye gukorera mu Rwanda moto zigura munsi ya Frw 600,000

Uruganda rwo mu Bushinwa rwitwa LIFAN Industry Group rugiye kuzajya ruteranyiriza moto mu Rwanda zifite agaciro kari munsi ya Frw 600,000. Uru ruganda rusanzwe rukorera mu bihugu 117 byo ku Isi gusa rukaba rukorera muri Kenya, Tanzania, Somalia na Ethiopia. Uru ruganda rwamamamye mu gukora moto ntoya zigendera ku muvuduko wo hejuru zigura agera ku […]

Musanze: ‘Umupfumu’ yaciye akarongo umuturanyi we akarenze ahita apfa

Umuturage wo mu Murenge wa Muko mu karere ka Musanze, Nkorera Jean yapfuye urupfu rw’amayobera nyuma yo kurenga akarongo bivugwa ko kaciwe n’umupfumu batonganye. Radio na Tv 1 dukesha iyi nkuru bivuga ko Nkorera yahise apfa ako kanya akimara kurenga ako karongo. Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwabwiye TV/Radio1 ko rwatangiye iperereza ngo hamenyekane ukuri kuri urwo […]

Gasabo: Abaturage barataka kubyutswa mu ijoro bakarazwa ku Murenge

Abaturage batuye ku nkuka z’igishanga cya Kacyiru mu Mudugudu wa Kigugu, akagari ka Kamutwa mu Murenge wa Kacyiru, mu Karere ka Gasabo, baravuga ko bari kwimurwa aho batuye ariko bigakorwa mu buryo bubahutaza aho ngo inzego z’ubuyobozi ziza kubabyutsa nijoro zikajya kubaraza ku biro by’umurenge wabo. Bavuga ko abashinzwe umutekano boherezwa kuza kubafata bakabakomangira mu […]

Perezida Kagame akomeje kugirira icyizere abo mu ishyaka PSD abaha imyanya ikomeye

vincent_biruta.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame akomeje guha inshingano abayoboke b’ishya rya ‘ Parti Social Democrate’ (PSD) aho agenda abaha imyanya itandukanye mu buyobozi bw’igihugu. Ishyaka PSD kuri ubu rifite abarwanashyaka batanu bari mu nzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu. Muri aba harimo: Dr Vincent Biruta 1. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta wahawe uyu […]

Musanze/Cyuve: Abaturage barataka ubwambuzi bakorerwa n’abanyerondo

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, mu Kagari ka Bukinanyana mu Murenge wa Cyuve bavuga ko barambiwe ubwambuzi bakorerwa n’abakora irondo (home guards) bigize abakozi nk’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro(RRA). Abaturage bavuga ko aba bita ‘homeguard’ bamaze kubamaraho ibyabo babaka forode barangiza nabo bakabyitwarira iwabo. Abashyirwa mu majwi ko bahungabanya umutekano w’abaturage barimo […]

Kenya: Abaturage basaga 1,000 si ab’igitsinagore cyangwa gabo

Abaturage 1,524 muri miliyoni 47,564,296 zituye igihugu cya Kenya si ab’igitsinagore cyangwa gabo nk’uko bigaragazwa n’imibare y’ibarura ryakozwe mu kwezi kwa Kanama muri uyu mwaka. Ni ubwa mbere muri Kenya habaruwe abaturage bafite irangamimerere riteye gutya. Aba ni abantu imibiri yabo idafite ibiranga umubiri w’igitsinda Gore cyangwa Gabo bisanzwe bigaragarira amaso, bitwa ‘Intersex’. Iri barura […]

Kirehe: Umurenge umaze umwaka urenga nta munyamabanga nshingwabikorwa ugira

Abaturage bo mu Murenge wa Gahara mu Karere ka Kirehe bavuga ko bamaze umwaka n’amezi ane batagira Umunyamabanga Nshingwabikorwa. Aba baturage babwiye RBA dukesha iyi nkuru ko serivisi zose bahabwaga na gitifu w’Umurenge bazihabwa n’Ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage mu murenge. Umwe muri bo ati ” Abantu bajya gusezerana birirwayo bategereje uri buje ku karere, bagataha […]

MINEDUC yasabye abakora ibizimani bisoza abanza kwereka ababyeyi ko bize neza

Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri Abanza n’ayisumbuye, Dr Isaac Munyakazi yasabye abanyeshuri basoza amashuri abanza batsinda ibizamini kugira ngo bereke ababyeyi babo ko bigishwe neza. Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro ibizamini kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2019, ku Rwunge rw’Amashuri rwa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge yavuze ko “ Babonye umwanya […]

Umwarimu wa Kaminuza yavuze uko yatunguwe na Perezida Kagame mu nama yo mu 2015

Umwarimu wa Kaminuza ya Obafemi Awolowo, Prof. Nahzeem Oluwafemi Mimiko yavuze ko yatunguwe n’imyitwarire ya Perezida Paul Kagame mu nama yahuje Foundation ya Meles Zenawi, Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) na Leta y’u Rwanda n’iya Ethiopia. Ni inama yari yitabiriwe na Perezida Kagame, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Hailemariam Desalegn, Visi Perezida wa Ghana, […]

Diamond n’umugore we barashinjwa gukorera iby’ubupfumu ku mwana wabo

Umuhanzi Diamond Platnumz n’umugore we, Tanasha Donna barashinjwa n’abafana babo kuba barakoreye imigenzo bo bita iy’ubupfumu ku mwana wabo w’umuhungu uherutse kuvuka. Abafana b’aba bombi ku mbuga nkoranyabaga, bashingira ku kuba aba babyeyi barashyize agatambaro k’ibara ry’umukara ku kuboko kw’ibumoso no ku kuguru kw’iburyo k’umwana. Umwe mu bafana watangaga igitekerezo ku ifoto yashyizwe hanze na […]

Gakenke: Inyubako yari iy’Akarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo

Inyubako iri mu Kagari ka Muhororo, Umurenge wa Cyabingo yari igenewe kuzakoreramo icyari cyiswe Akarere ka Bugarura imaze imyaka 17 ntacyo ikorerwamo. Iyi nyubako yubatswe ubwo hakorwaga Akarere ka Bugarura kari kuba kagizwe n’izari Komini Ruhondo na Cyabingo mu cyari Perefegitura ya Ruhengeri. Bavuga ko iyi nyubako itigeze ikorerwamo n’Akarere ka Bugarura nk’uko byari byitezwe […]

Ntamuhanga watorotse gereza ya Mpanga biravugwa agiye kugirwa Umuvugizi w’ishyaka rirwanya Leta y’u Rwanda

Umunyamakuru Cassien Ntamuhanga watorotse Gereza ya Mpanga amakuru akomeje gukwirakwira ko agiye kugirwa Umuvugizi w’Ishyaka Leta y’u Rwanda ivuga ko ari umutwe w’ibyihebe , Rwanda National Congress (RNC) riyobowe na Gen. Kayumba Nyamwasa. Mu mpera z’icyumweru nibwo amakuru yasakaye avuga ko Ntamuhanga agiye kugirwa Umuvugizi wa RNC ya Kayumba Nyamwasa. Ni nyuma y’ Ubwegure bwa […]

Abasirikare ba Mali basaga 50 biciwe mu gitero kimwe

Intagondwa mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Mali zishe abasirikare 53 n’umuturage w’umusivile umwe mu gitero ku kigo cya gisirikare, nkuko byatangajwe na leta y’iki gihugu. Iki gitero kibaye kimwe mu byahitanye abantu benshi muri iki gihugu mu myaka icumi ishize. Mu butumwa bwo ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, igisirikare cya Mali cyavuze ko ari “igitero […]

Abayobozi b’inyeshyamba za FLN, FDLR na RUD-Urunana bari ku rutonde rw’abinjiza akayabo

Abayobozi b’inyeshyamba za FDLR, Lt. Gen. Byiringiro Victor Rumuri, uwa FLN, Gen. Hamada na RUD-Urunana, Gen. Africa Jean Michel bari mu bafite ibikorwa byinjiza amafaranga menshi mu Burasirazuba bwa Congo. Ni ubucukumbuzi bwakozwe na Rwandatribune.com yifashishije ibinyamakuru bitandukanye nka Iminembwe iwacu,Gatoyi actualites,binzainfo ndetse na Raporo yo kuwa 18 Ukuboza 2018yakozwe n’Itsinda ry’inzobere z’Umuryango w’Abibumbye zikora […]

Haravugwa ukurebana nabi hagati ya Messi na Griezmann

Hari amakuru avuga ko hari ukurebana nabi hagati ya Kapiteni w’Ikipe ya Barcelona, Lionel Messi na mugenzi we, Antoine Griezmann. Aya makuru avuga ko Messi nk’umwe mu bantu baha ikaze abakinnyi bashya muri Barcelona, kugeza ubu ngo asa n’utarareba neza Griezmann. Uyu mwuka mubi ngo uraturuka ku kuba Griezmann ataratanga umusaruro yari yitezweho ubwo yagurwaga […]

Kigali: Agatsiko kiyise ‘Abanya-Butare’ kakayogoza abaturage kahagurukije meya

Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge, Kayisime Nzaramba yigereye mu Murenge wa Kigali uvugwamo agatsiko k’abantu biyise ‘Abanya-Butare’ bahohotera abaturage ariko ntibabiryozwe. Bamwe mu batuye imidugudu ya Akirwanda na Muganza mu kagari ka Kigali, Umurenge wa Kigali, mu karere ka Nyarugenge bari batangaje ko babangamiwe n’urugomo rubera muri aka gace aho Abanya Butare hari babakubita bakanabambura inzego […]

Perezida Nkurunziza yakoze impinduka zitunguranye mu butasi bw’Uburundi

Perezida w’Uburundi, Pierre Nkurunziza yakoze impinduka zitari zitezwe mu nzego z’ubutasi z’Uburundi (SNR) aho yasimbuje Gen. Etienne Ntakirutimana wari umaze igihe ayobora uru rwego. Amakuru yizewe Bwiza.com ifite ni uko Nkurunziza yagize Gen. Gervais Ndirakobuca uzwi nka Ndakugarika, umuyobozi mukuru wa SNR naho Gen. Ntakirutimana yimurirwa mu biro by’umukuru w’igihugu mu mwanya w’umuyobozi mukuru ushinzwe […]

Bamwe mu banyamategeko bavuga ko itegeko ry’umusoro ku butaka ryigiriza nkana ku baturage

Bamwe mu banyamategeko baravuga ko bitumvikana uko umturage ufite inzu yo kubamo ayisorera kurusha ufite iyo akoreramo ubucuruzi. Umwe muri bo, Edouard Murangwa wanatanze ikirego mu rukiko rw’ikirenga kuri iki kibazo, mu kirego cye, avuga ko iri tegeko ririmo ingingo zambura umuturage uburenganzira ku mutungo we kandi zikanabamo ubusumbane mu basoreshwa. Murangwa avuga ko itegeko […]

Nyarugenge/Mageragere: Bamwe mu baturage basubiye kuvoma Nyabarongo ibamo ingona

Abaturage bo mu Kagari ka Kavumu, mu Murenge wa Mageragere bavuga ko n’ubwo mumyaka ibiri ishize ari bwo bahawe amazi nyuma y’aho bahoze bavoma amazi ya Nyabarongo ingona zikarya abantu batanu ], bahawe amazi bariruhutsa ariko nyamara hari abahisemo gusubira kuvoma Nyabarongo dore ko amazi bahawe arimo icyo bo bita umunyu mwinshi. Aba baturage bavuga […]

U Rwanda nta mwanya rufite wo gusubiza ku makuru ahora agaruka- Nduhungirehe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko u Rwanda nta mwanya rwabona wo gusubiza ku makuru avuga ko iki gihugu cyaba cyarifashishije Kompanyi yitwa NSO Group mu kimviriza abatavuga rumwe nacyo hagamijwe “kubagirira nabi.” Bamwe mu batavuga rumwe na leta y’u Rwanda bavuga ko ‘software’ ya Pegasus yifashishijwe […]

Uganda: Umugabo yasezeye ku kazi ku bw’Umunyarwandakazi

Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Edwin Katamba uzwi nka Mc Kats yaretse akazi k’imyidagaduro yakorega muri Hoteli ya Pearl of Africa kugira ngo akomeze ku mukunzi we w’Umunyarwandakazi, Fille Mutoni. Katamba uzwi nka MC Kats yafashe iki cyemezo nyuma y’iminsi micye yiyunze na Fille babyaranye. Ni nyuma y’aho aba bombi mu ntangiriro z’umwaka wa 2019 bari bashwanye […]

Gen. Sabiiti Muzeyi aravugwa mu mugambi wo kwica minisitiri

Umuyobozi wa Polisi wungirije muri Uganda, Maj. Gen. Sabiiti Muzeyi arashyirwa mu mu majwi mu mugambi wo gufasha abashaka kwica Minisitiri Ushinzwe Ikoranabuhanga n’Itumanaho muri Leta ya Uganda, Nantaba Idah Eriosi. Gen. Sabiiti avugwa muri uyu mugambi wo guhitana Nantaba nk’uko uyu mu minisitiri abigarukaho muri imeli (email) yoherereje The Observer kuwa Mbere w’iki cyumweru […]

Yaretse akazi ko gutwara indege kubera Wema Sepetu

Umusore w’Umunya-Tanzania wakoreraga akazi ko gutwara indege muri Oman, Danzak yavuye kuri aka kazi atangira gukora umuziki mu rwego rwo kuzahura na Wema Sepetu avuga ko akunda byimazeyo. Danzak ukiba muri Oman yavuze ko akunda Wema Sepetu kandi ko uyu mukobwa na we abizi ko amukunda. Mu mezi make ashize, byagarutsweho cyane mu itangazamakuru rya […]

Abantu 14 barimo Umunya-Uganda bakurikiranweho gushaka kwiba banki yo mu Rwanda

Urwego rw’igihugu ry’ubugenzacyaha (RIB) rutangaza ko rwafashe abantu 14 barimo abanya Kenya umunani, Abanyarwanda batatu n’Umunya-Uganda umwe bakekwaho umugambi wo kwiba imwe muri banki bakoresheje ikoranabuhanga. RIB ikoreshe urubuga rwayo rwa Twitter, yavuze ko yamenye umugambi wa bariya bantu ndetse iakba muri yombi bataragira icyo bakora. Uru rwego ruvuga ko bari barimo bagerageza kwinjira mu […]

FARDC ni yo yonyine yatangije ibitero ku nyeshyamba, ibindi bihugu bite?

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo,FARDC, zatangaje ko kuva uyu munsi kuwa kane zatangije “ibitero bikomeye” ku mutwe wa ADF mu gace ka Beni. Bibaye nyuma y’inama yahuje abahagarariye ingabo z’ibihugu bya DR Congo, Burundi, Rwanda, Uganda na Tanzania mu cyumweru gishize yemeje ubufatanye mu kurwanya inyeshyamba muri DR Congo. Nyuma y’iyi nama, umuvugizi […]

Urukiko Mpuzamahanga rwasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza

Hari amakuru yemeza ko Urukiko Mpuzamahanga (ICC) rwasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza w’Uburundi ku byaha byibasiye inyoko muntu. Ikinyamakuru Taarifa kivuga ko hari amakuru cyizeye avuga ko ICC yasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza uyoboye Leta ishinjwa guhonyora uburenganzira bwa muntu byatumye abaturage basaga ibihumbi 325 bahunga igihugu. Aya makuru avuga ko ngo hari impamvu zifatika zatuma Perezida […]

Ali Kiba yasubizanyije umujinya Diamond, amubwira ko ashobora guhishura uko amugambanira

Umuhanzi Ali Kiba ufatwa nka mukeba wa mugenzi we, Diamond Platnumz avuga ko ashobora gushyira hanze uko mugenzi we amugambanira agamije kumuhagarika mu muziki abinyujije mu birori aba ashaka kumutumiramo. Aba bombi bafatwa nk’abarebana ay’ingwe ariko buri wese agashaka kwigaragaza nk’udafite urwango kuri mugenzi we. Mu minsi mike ishize, Diamond yatangaje ko ari gutegura Wasafi […]

Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda

Uko iminsi igenda ishira n’iko iterambere mu ikoranabuhanga ryadukana udushya twinshi, muri two hari uguca ukubiri no kwirirwana ibiceri n’inoti mu mifuka n’ibikapu hagamijwe kujya kubyishyura ibunaka, ahubwo hagakoreshwa amakarita yabugenewe. Imibare ya Banki Nkuru y’u Rwanda, irerekana ko mu myaka 8 ishize agaciro k’ibikorwa byishyuwe hifashishijwe ikoranabuhanga kari ku gipimo cya 0.3% gusa, ugereranije […]

Nyarugenge/Kigali: Abaturage barataka inkoni z’umukuru w’umudugudu

Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Kirwanda mu Kagari ka Kigali mu Murenge wa Kigali, bavuga ko bayobozwa inkoni, aho ngo bakubitwa n’umukuru w’umudugudu, Bavuma Steven n’abo bafatanyije kuyobora barimo ab’irondo ry’umwuga. Aba baturage babwiye Radio na Tv1 dukesha iyi nkuru ko mudugudu abakubita iyo bigishwa ibyo bagomba gukora ngo bagendane neza na gahunda […]

Kigali: Umuturage yaciriwe urubanza yimwa kopi z’umwanzuro warwo

Umuturage wo Murenge wa Masoro, mu Karere ka Rulindo, Sekanyana Emmanuel aravuga ko yimwe uburenganzira bwo guhabwa impapuro ndangizarubanza mu rubanza rw’imitungo ifite agaciro ka Miliyoni zirenga 50 aburanamo na mushiki we, Eugenie Akayezu. Uyu mugabo avuga ko kuba atarahabwa izo kopi ziriho umwanzuro w’urubanza bishobora kuzarangira atsinzwe cyane ko ngo atabasha no kujuririra ku […]

USA: Abanyarwanda bemeje ko bumvirijwe na Israel kuri Whatsapp

Abanyarwanda batandatu bavuga ko bafite aho bahuriye n’ibirego Kompanyi yitwa NSO yo muri Israel iregwamo byo kumviriza abantu kuri Watsapp. Nyiri Whatsapp na Facebook kuwa Kabiri tariki ya 29 Ukwakira 2019 yagejeje ikirego mu rukiko arega Kompanyi ya ‘Software’ yo muri Israel ayishinja ko ibikoresho by’itumanaho birimo telefoni 1,400 ubutumwa bwazo bwumvirijwe. Telefoni zumvirijwe ngo […]