KNC yarahiriye gushyira ku karubanda ‘ubwambure bwa Rayon Sports’
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yateguje Rayon Sports kuzayambika ubusa ubwo izaba yahuye n’ikipe ye mu mukino ufungura shampiyona. KNC yahaye integuza Rayon Sports kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’umukino wa gicuti Gasogi United yari imaze gutsindamo Sunrise FC igitego 1-0. Ku wa Gatanu tariki ya 18 Kanama ni bwo Gasogi United […]
Museveni yahaye gasopo Banki y’Isi yakupiye Uganda inkunga iyihora abatinganyi
Perezida Yoweri Kaguta Museveni yahaye gasopo Banki y’Isi, ayimenyesha ko Uganda ifite ubushobozi bwo kwiteza imbere bidasabye inkunga z’uwo ari we wese. Banki y’Isi Perezida Museveni yasubizaga, iheruka guhagarika inkunga yatangaga ku mishinga itandukanye muri Uganda, nyuma yo gushinja iki gihugu gukomeza guhonyora uburenganzira bwa muntu. Ni nyuma y’itegeko Uganda iheruka kwemeza rihana abaryamana bahuje […]
Lt Gen Mubarakh Muganga ari muri Jordanie
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, ari mu bwami bwa Jordanie mu ruzinduko rw’akazi ari kuhagirira. Kuri uyu wa Gatatu Gen Mubarakh n’itsinda ayoboye bagiranye ibiganiro n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jordanie, Maj Gen Yousef Huneiti. Igisirikare cy’u Rwanda kuri Twitter cyavuze ko ibiganiro by’abasirikare bombi byibanze ku ngingo zinyuranye zifitiye inyungu impande […]
Nyina wa Cameleone azahajwe n’indwara y’umutima
Prossy Mayanja nyina w’abahanzi nka Jose Chameleone, Weasel Manizo, na Pallaso, , aherutse kubagwa umutima byihutirwa mu kigo cy’umutima cya Mulago nyuma yo guhura n’ikibazo cyo gucika intege mu minsi yashize maze agatakaza ubwenge. Nk’uko byatangajwe na Dembe FM hamwe n’umunyamakuru wa KFM mu ntangiro z’iki Cyumweru bivugwa ko Prossy amaze imyaka myinshi ahanganye n’ibibazo […]
Dushobora gusunikirwa ku gutera Niger: Amerika
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye abahiritse ubutegetsi muri Niger ko bashobora kuzisunikira gutera icyo gihugu, mu gihe baba baba bakomeje kwinangira gusubizaho ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum. Byatangajwe na Minisiteri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Victoria Nuland, nyuma y’uruzinduko aheruka kugirira muri Niger. Muri uru ruzinduko ngo yashakaga kubonana na […]
Uburyo bwiza umugabo yatera akabariro umugore ufite umubyibuho ukabije
Ku bashakanye ni byiza ko bamenyana bakamenyana byagera ku mabanga y’abashakanye bikaba akarusho kugirango uburyohe bw’urukundo bukomeze kuganza.Mu buryo bwo kunoza amabanga y’urugo hari igihe umugabo aba afite umugore ubyibushye ariko ugasanga ntashoboye kumutera akabariro bitewe n’uko atazi uburyo yakoresha. Dore ubwo buryo wakoresha kugirango uryohereze umuntu ubyibushye mu gihe cyo gutera akabariro: 1.Kumuhagarika Nibyiza […]
RIB yataye muri yombi umukobwa ucyekwaho kujugunya umwana mu musarane
Urwego rwigihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umukobwa ucyekwaho gukuramo inda akajugunya umwana mu bwiherero. Murenge wa Kinyinya mu Mudugudu wa Gicinya ,AKagari ka Kagugu mu,Akarere ka Gasabo , haravugwa itabwa muri yombi ry’umukobwa w’imyaka 21 wakuyemo inda umwana akaza kumujugunya mu bwiherero. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Kanama 2023,nibwo […]
Nyaruguru: Iby’ubutaka bwibirinduye byabereye abaturage amayobera
Abatuye mu midugudu ya Miko na Gihango mu kagari ka Maliba, umurenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, bari mu rujijo nyuma yuko ubutaka buri mu kabande hagati y’iyo midugudu yombi, munsi y’umusozi muremure wa Gihango, buturitse bukibirindura, imyaka yari ihinzeho ikajya ikuzimu, imizi y’ibiti ikajya hejuru. Bavuga ko bikiba hasohokaga imyuka inuka nka gazi […]
Ikinyuranyo cya miliyoni 25£ cyaburijemo igurwa rya Harry Kane ushakwa na Buyen Munich
Ubusanzwe Buyern yatangaga miliyoni 73£ mu gihe Tottenham imushakamo hafi miliyoni 100£.Ibi bikaba bisobanuye ko ubusabe bwatewe utwatsi mu gihe aya mafaranga yaba atuzuye. Iyi Buyern ikomeje kunanirwa kumvikana n’Umuyobozi wa Tottenham Daniel Levy ku mafaranga bakwishyura kuri Kane, Rutahizamu akaba na Captain w’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, nyamara icyari kigamijwe kugirango agurwe byari ukubafasha kuzatwara […]
Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake

Iri shuri ryashyizeho uburyo bworohereza kandi bunafasha abarigana , mu buryo bwo kwifafatanya n’abakiriya mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 7 rimaze rikora, kandi biroroshye kwiga utavuye aho uri. Hifashishijwe uburyo bwa ONLINE. Abifuza kwiga Icyongereza, kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n’ahandi, biga ku buryo bworoheye buri wese. Kuba iki kigo gifasha abantu kwiga neza Icyongereza […]
Irondamoko mu byirukanishije abayobozi bo mu majyaruguru
Guverinoma y’u Rwanda yasobanuye ko abayobozi batandukanye baraye birukanwe mu ntara y’amajyaruguru mu byo bazize harimo ivangura rishingiye ku irondamoko. Mu ijoro ryakeye ni bwo Perezida Paul Kagame yirukanye abayobozi ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru ndetse na tumwe mu turere tuyigize, nyuma yo “kunanirwa kuzuza inshingano zabo.” Abirukanwe barimo Mushaija Geoffrey wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyaruguru. […]
Carlos Ferrer wasezeye Amavubi yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu cy’i Burayi
Umunya-Espagne Carlos Alos Ferrer uheruka gutandukana n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, yamaze kugirwa umutoza w’ikipe y’igihugu ya Belarus. Mu mwanya washize ni bwo Carlos yemejwe nk’umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Belarus. Byari nyuma y’amasaha make uyu mutoza w’imyaka 47 y’amavuko asezeye ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yari amaze amezi 16 abereye umutoza mukuru. Carlos Ferrer yasezeye nyuma yo gusaba ishyirahamwe […]
Impamvu 7 umuntu akwiye kurya karoti
Karoti ni nziza mu mubiri w’umuntu bitewe n’uko zikungahaye kuri Vitamine zitandukanye zifasha kugira ubuzima bwiza.Zishobora kuribwa nk’imboga cyangwa se nka Salade. 1.Kurinda amaso Mu mboga za karoti dusangamo vitamini A ku kigero kinini ,iyi vitamini ikaba ari ingenzi ku buzima bwiza bw’amaso ,muri rusange vitamini A iboneka muri karoti iba iri mu bwoko bwa […]
Imirwano yari iteganyijwe hagati ya Elon Musk na Zuckerburg yajemo kidobya
Elon Musk yatangaje ko ashobora gukenera kubagwa ijosi no mu mugongo wo hejuru mbere y’uko yitegura kurwana n’umuherwe Mark Zuckerberg nyiri urubuga rwa Facebook n’izindi. Ni mu gihe aba bagabo ngo bitegura uyu mukino mu rwego rwo gushaka kwemezanya ngo hagaragare ufite imbaraga z’umubiri kurusha undi.Bikaba bikomeje guteza ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga. Icyakora, Umuyobozi mukuru […]
Eddy Kenzo yitambitse mu nkundura y’intambara iri hagati ya Sheebah na Cindy

Umuhanzi Eddy Kenzo yamaganye byimazeyo abahanzi bagabanaho ibitero ku mbuga nkoranyambaga ariko by’umwihariko akaba yatungaga agatoki hagati ya Sheebah na Cindy Sanyu bafitanye ibibazo kugeza ubu. Ediriisa Musuuza alias Eddy Kenzo usanzwe ari Perezida w’ishyirahamwe ry’abacuranzi rya UNMF (Uganda National Musicians Federation),avuga ko bibabaje kuba abahanzi bashobora kujya ku karubanda bagasebanya kandi bagatanze urugero rwiza. […]
Museveni na Kenyatta baganiriye n’abayobozi bakuru ba M23
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya, bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru b’umutwe wa M23. Ni ibiganiro byabereye i Kampala muri Uganda kuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Kanama 2023. Uhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari i Kampala kuva ku wa Gatandatu […]
Urukiko rwategetse ko Kabuga Félicien arekurwa
Abacamanza bo mu rukiko rw’ubujurire rwa Loni bategetse ko Félicien Kabuga ucyekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 arekurwa, ndetse urubanza rwe rugahagarikwa kugeza igihe kitazwi. Ni umwanzuro wafashwe ejo ku wa Mbere tariki ya 07 Kanama 2023. Uyu mwanzuro uvuga ko urubanza rwa Kabuga wari watangiye kuburanishirizwa i La Haye rutagishojwe. Muri […]
Akarere ka Rubavu kiyemeje gushyira iherezo ku bukene bumaze igihe bunuma muri Etincelles FC
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwihaye umuhigo w’uko mu myaka itarenze itatu Etincelles FC izaba iri mu makipe ahatanira ibikombe, bwiyemeza kubanza gushyira iherezo ku kibazo cy’ubukene bumaze igihe bwugarije iyi kipe. Uyu muhigo ni umwe mu ijyanye n’imyanzuro yafatiwe mu nteko rusange y’iriya kipe yabereye kuri Stade Umuganda, ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama 2023. […]
Jose Mourinho yateye utwatsi ubusabe bumwerekeza muri Saudi Arabia
Umutoza Jose Mourinho yatangaje ko yanze ubusabe bw’amwe mu makipe yo mu gihugu cya Soudi Arabia, nyuma y’uko bamwemereye umushahara utubutse ariko ngo akawurenza ingohe. Avuga ko Al-Hilal na Al-Ahli,arizo kipe zamwegereye bakorana nama,ariko avuga ko adateganya kuva mu ikipe ya Roma ahubwo ako azakomezanya nayo muri iyi season nk’uko yabitangarije Corriere dello Sport. Gusa […]
Gen Tchiani n’ibyegera bye biyambaje Wagner
Itsinda ry’abasirikare baheruka guhirika ubutegetsi muri Niger, bitabaje umutwe w’abacancuro wa Wagner kugira ngo uzabahe umusada mu gihe baba bagabweho ibitero n’ibihugu by’amahanga byiyemeje kubohoza Perezida Mohamed Bazoum. Abasirikare bahiritse ubutegetsi muri Niger bitabaje Wagner biciye muri General Salifou Mody, icyegera cya Général Abdourahamane Tchiani ukuriye abasirikare bahiritse Bazoum. Gen Mody mu ruzinduko aheruka kugirira […]
Perezida Kagame yakiriye Rajoelina mu Rugwiro, baganirira mu muhezo
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye mugenzi we Andry Rajoelina wa Madagascar, mbere yo kugirana ibiganiro. Rajoelina ari mu Rwanda kuva ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama, mu ruzinduko rw’iminsi itatu ari kuhagirira. Ni uruzinduko yatumiwemo na mugenzi we w’u Rwanda, nyuma y’uko muri 2019 na we yari yasuye Madagascar. […]
Rema wabaye umugore wa Eddy Kenzo yakubise hasi ihuriro uyu mugabo ayoboye
Umucuranzi Rema Namakula yatangaje ko atigeze ahabwa ubutumire bwo kujya mu ishyirahamwe ry’abahanzi (UMNF) mu gihugu cya Uganda, bigatuma atemererwa kuba umunyamuryango. Byongeye kandi, Rema yagaragaje ko atishimiye intego za federasiyo, bituma atakaza kwizera ubushobozi bwayo. Ubu arimo arareba ingufu za federasiyo mu kuzamura imibereho y’abacuranzi mbere yo gufata icyemezo cyo kubigiramo uruhare. Ati: “Ntabwo […]
Perezida Andry Rajoelina yanyuzwe n’uburyo yakiriwe i Kigali
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yatangaje ko yanyuzwe n’uburyo yakiriwe mu Rwanda, mbere yo guhura na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama ni bwo Perezida Rajoelina yageze mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko yatumiwemo na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Perezida Rajoelina akigera i Kigali yakiriwe na Minisitiri […]
Amwe mu magambo y’ubwenge umusore yakoresha areshya umukobwa yabengutse
Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima akigaragaza. Hari igihe rero umusore ahobora kubona umukobwa akumva aramukunze ariko kumureshya bikamugora bitewe no kutamenya imvugo iboneye yakoresha ngo amwigarurire.Aya mugambo tugiye […]
Manda y’abadepite bagize inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yongereweho umwaka
Manda y’abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yongereweho umwaka umwe, nyuma y’uko Guverinoma isabye ko amatora yabo yahuzwa n’ay’Umukuru w’Igihugu. Iby’izi mpinduka bigaragarira mu itegekonshinga rishya rya Repubulika y’u Rwanda ryasohotse mu gazeti ya Leta ku wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2023. Mu minsi yashize ni bwo hari hasabwe ko amatora y’abagize Inteko […]
CG Félix Namuhoranye muri Botswana
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Félix Namuhoranye, kuva ku wa Gatanu ari i Gaborone muri Botswana aho yari yitabiriye umuhango wo kwambika imidari abapolisi ba kiriya gihugu. Ni umuhango wayoboqe na Perezida Eric Mokgweetsi Masisi wa Botswana. Imidari abapolisi bambitswe irimo uhabwa abamaze igihe kirekire muri Polisi ya Botswana kandi baranzwe n’imyitwarire myiza, […]
Celine Dion ashobora guhagarika umuziki bya burundu
Umuhanzikazi Celine Dion ashobora kureka umuziki burundu nyuma y’uko akomeje kwibasirwa n’uburwayi bukomeye butuma atabona uko akomeza ubuhanzi. Umuvandimwe we witwa Claudette yabwiye ikinyamakuru cyandikirwa muri Canada ‘Le Journal’ yavuze ko uyu mukuru we ashobora kureka umuziki bitewe n’uburwayi afite. Mu kwezi k’Ukuboza, umuririmbyi uzwi mu ndirimbo’ my Heart will go on’ yatangaje ko bamusanganye […]
Ibikubiye mu masezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare RDC yasinyanye na Kenya
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Kenya ku wa Gatanu, byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare. Ni amasezerano yashyiriweho umukono i Goma. Congo Kinshasa yari ihagarariwe na Minisitiri w’Ingabo zayo, Jean Pierre Bemba, mu gihe Kenya yari ihagarariwe na Minisitiri w’Ingabo, Aden Barre Duale. Mu byo impande zombi zigomba gufatanyamo harimo kuba Ingabo za Kenya […]
Abagaba bakuru b’Ingabo za CEDEAO banogeje umugambi wo kujya kwirukana abahiritse ubutegetsi muri
Abagaba bakuru b’Ingabo z’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (CEDEAO), bamaze kunoza umugambi wo kohereza ingabo z’uyu muryango muri Niger mu gihe byagera ku Cyumweru abahiritse ubutegetsi bwa kiriya gihugu batarubahiriza ibyo basabwe. CEDEAO ku Cyumweru gishize yahaye iminsi irindwi abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum ngo babe bamaze kubumusubiza, bitaba ibyo hagakoreshwa ingufu za […]
Mukeba wa Putin yongerewe imyaka 19 y’igifungo
Ubutabera bwo mu gihugu cy’u Burusiya kuri uyu wa Gatanu bwongereye imyaka 19 y’igifungo umunyapolitiki Alexei Navalny utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin. Uyu mugabo w’imyaka 47 y’amavuko yari asanzwe ari muri gereza, nyuma yo guhamywa icyaha cy’uburiganya n’ibindi byaha byatumye akatirwa imyaka irenga 11 y’igifungo Nyirubwite n’abamushyigikiye bavuga ko ibyaha yahamijwe ari ibihimbano. […]
Umugore yahengereye umugabo we agiye ku kazi agurisha umwana wabo ibihumbi 20Ksh
Umugabo wo muri Kenya yatanze ikirego mu rukiko rwa Thika Law nyuma y’uko umugore we agurishije umuhungu wabo w’umwaka umwe ku mashilingi Ksh20.000 i Nairobi.Uyu mugabo yavuze ko yagiye ku kazi mu gitondo ariko agarutse, umugore we atari hafi,nyuma aza guhamagarwa abwirwa ko umwana wabo ari mu bitaro. Ntiyahise yemera aya makuru kubera ko umwana […]
Cardi B yemerewe kwidegembya
Nyuma y’uko umuraperikazi Cardi B akubita umufana microphone ubwo yari mu gitaramo cyabereye i Las Vegas akaza gutabwa muri yombi, Polisi yo muri iyi Leta yemeje ko atagomba gufungwa. Polisi ivuga ko ikimara kubona nta bimenyetso byashingirwaho no kugisha inama urukiko yasanze uyu muhanzikazi nta mpamvu yatuma acibwa amande cyangwa ngo afungwe.Drew Findling, David Chesnoff […]
Rayon Sports yaguze rutahizamu w’umunya-Sudani
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu w’umunya-Sudani, Eid Mugadam Abakar Mugadam. Uyu mukinnyi usatira izamu aciye ku ruhande rw’iburyo yari asanzwe akinira Al Hilal Omdurman y’iwabo. Rayon Sports yamusinyishije amasezerano y’umwaka umwe. Iyi kipe yamurarikiye abafana bayo kuri uyu wa Gatandatu, ubwo izaba yereka abakunzi bayo abakinnyi izifashisha mu mwaka utaha w’imikino, mu birori […]
Sheebah na Cindy Sanyu bambikanye ubusa mu ntambara y’ubutita
Umuhanzikazi w’umugande Cindy Sanyu na Sheebah Karungi bakomeje kurebana ay’ingwe nyuma y’uko umwe akomeje gushinja undi kumuzukiraho mu muziki akoresheje itangazamakuru. Bijya gutangira Sheebah ngo yatangaje ko n’ubwo Cindy amaze igihe mu muziki nta kintu gihambaye yagezeho, ahubwo ngo umuziki we wagiye ukura nk’isabune.Mu kumusubiza Cindy yahise avuga ko uyu muhanzikazi ari igicucu kuko nta […]
Niger yacanye umubano n’ibihugu 4, birimo 2 by’ibihangange
Ubutegetsi bwa gisirikare muri Niger bwacanye umubano n’ibihugu bine, nyuma yo kwivanga muri Politiki y’imbere muri iki gihugu. Ni nyuma y’icyumweru muri iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika habaye Coup d’à‰tat yasize Mohamed Bazoum wari Perezida wacyo ahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo mu mutwe wari ushinzwe kumurinda. Kuri ubu ibihugu bitandukanye birimo ibyo mu […]
Impamvu nyamukuru zituma imibonano yo hanze iryoha kuruta iyo mu rugo
Iyo uganiriye na bamwe mu bantu bashakanye bakagerageza no kubaca inyuma,usanga bahuriza ku kintu kimwe cyo kuba imibonano mpuzabitsina ikorewe hanze y’urugo(guca inyuma) biryoha kuruta mu rugo.Aha iyo tuvuze ko biryoha tuba tugarutse ku mpande zose haba ku mugore cyangwa umugabo wabikoze. Impamvu biryoha, si uko uwo hanze aba yabikoze neza kuruta uwo mu rugo, […]
Afro-Basket: Nigeria yandagarije u Rwanda mu maso ya Perezida Kagame
Ikipe y’Igihugu ya Nigeria y’abagore yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya Basketball kiri kubera muri BK Arena, nyuma yo gusezerera u Rwanda bari bahuriye muri ½ ku manota 79-48. Ni umukino ikipe y’u Rwanda yakiniye imbere ya Perezida Paul Kagame wari wagiye kuyishyigikira aherekejwe n’umukobwa we Ange Kagame ndetse n’abuzukuru be. Umukuru […]
Rulindo: Uwahoze ari ‘Local Defense’ yiyahuje grenade
Sinabamenye Protais wahoze ari umukozi w’urwego rwa Local Defense rwahoze rushinzwe umutekano, yiturikirijeho igisasu cya grenade arapfa. Byabereye mu kagari ka Musezero ho mu murenge wa Tumba w’akarere ka Gicumbi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Kanama 2023. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Tumba, Rutazigwa Théodore, yatangaje ko bikekwa ko grenade yaturikanye […]
Intambara yo kwandagazanya hagati ya Harmonize na Kajala wari umukunzi we
Umuriro wongeye kwaka hagati y’Umuhanzi Harmonize na Kajala bahoze bakundana bapfa ko uyu mugore yagiye ku mbuga nkoranyambaga agatangira kwitaka yigira mwiza yarangiza akamwanduriza izina. Ibyo Kajala yavuze mu kiganiro yari yise “Behind the Gram” yagaragaje ko atigeze aryoherwa n’urukundo ubwo yari akiri mu maboko y’uyu muhanzi ko byasaga no kwihambira, mu gihe Hamonizer we […]
Rayon Sports yatandukanye na Jonathan Ifunga Ifasso
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana n’umunye-Congo Jonathan Ifunga Ifasso, nyuma yo gusesa amasezerano ye. Mu kwezi gushize ni bwo uyu musore ukina nka numéro 10 yari yasinye amasezerano yo gusinyira Murera mu myaka ibiri iri imbere. Ifasso mbere yo kuza muri Rayon Sports yari yaramaze kunyura mu makipe arimo AS Nyuki Dauphins Noir na […]
Ishimwe rya Miggy kuri Gen Kabarebe wamuhinduriye ubuzima
Mugiraneza Jean Baptiste wamenyekanye muri ruhago nyarwanda yashimiye Gen James Kabarebe, nyuma yo kumuhindurira ubuzima bwatumye aba uwo ari we uyu munsi. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo Miggy wamenyekanye cyane mu makipe arimo APR FC ndetse n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yatangaje ko asezeye ku mupira w’amaguru, nyuma y’imyaka ibarirwa muri 20 awukina. Miggy uvuka ku […]
Rubavu: Hari abatavuga rumwe n’ubuyobozi bushaka kubatuza muri 50m uvuye kuri Sebeya
Nyuma y’uko imvura yo muri Gicurasi uyu mwaka wa 2023 igashegeshe intara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bw’aka Karere bwanzuye ko nta mu turage wemerewe gutura mu ntera iri munsi ya 50m uturutse ku mugezi wa Sebeya. Ibi bigarutsweho mu gihe habura iminsi micye ngo igihe cy’imvura y’umuhindo isanzwe igwa muri […]
Abahanga bagaragaza ko imyumbati ishobora gusimbura umuceri mu mirire
Imyumbati ni kimwe mu biribwa ngandurarugo bifasha umuryango kwihaza mu mafanguro dore ko ifasha abayiriye kugira imbaranga.Abahanga bagaragazako imyumbati ishobora gusimbura imyumbati kuko bijya kunganya intungamubiri. Cyera byavugwaga ko imyumbati yaribwaga n’abatishoboye ariko kuri ubu iyo witegereje kuri ubu usanga ibona umugabo igasiba undi bitewe n’impamvu zitandukanye.Mu ntungamubiri zibonekamo twavuga ibyongera ingufu, poroteyine, ibinure, ibinyasukari, […]
Abanyarwanda barenga 200 bafungiwe muri Zambia
Abantu bo mu bihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari birimo n’u Rwanda bafungiwe muri Zambia, nyuma yo gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano ndetse n’izishinzwe abinjira n’abasohoka. Ku Cyumweru gishize ni bwo muri Zambia by’umwihariko i Lusaka mu murwa mukuru habaye umukwabu wari ugamije gushakisha abadafite ibyangombwa. Ni umukwabu wakorewe mu nsengero eshatu zo mu gace […]
Rayon Sports yagaruye Héritier Luvumbu
Umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu yongereye amasezerano yo gukomeza gukinira Rayon Sports, nyuma yo gusoza ay’umwaka umwe bari bafitanye. Uyu mugabo ukina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu ni umukinnyi wa Rayon Sports kugeza mu mpeshyi y’umwaka utaha. Rayon Sports yahisemo kumwongerera amasezerano nyuma y’uko abenshi mu bakinnyi bayo by’umwihariko abakina hagati mu kibuga banenzwe […]
Spice Diana yikuye muri federasiyo y’abahanzi iyobowe na Eddy Kenzo

Umuhanzikazi Spice Diana yemeje ku mugaragaro ko avuye muri federasiyo y’abahanzi ba Uganda bayobowe na Eddy Kenzo. Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga na Spark TV, avuga ko yahisemo kwegura ku mirimo ye nka Visi Perezida w’ungirije kuko federasiyo yari yataye intumbero yayibonagamo ubwo yahabwaga izo nshingano. Uyu muhanzikazi yagaragaje ko atengushywe anasobanura ko yatakaje icyizere cyose […]
Igiciro cya lisansi mu Rwanda cyiyongereyeho arenga Frw 120 kuri litiro
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwongereye igiciro cya lisansi ugereranyije n’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli rwari rwashyizeho muri Kamena uyu mwaka. Itangazo uru rwego rwasohoye rivuga ko litiro ya lisansi itagomba kurenza Frw 1639, ivuye kuri Frw 1517. Ibi bivuze ko litiro ya lisansi yiyongereyeho Frw 122 ugereranyije n’ibiciro biheruka. Mu biciro bishya kandi RURA yavuze ko litiro […]
APR FC yatsinze Marines FC, umunyamahanga atsinda Hat-trick
Ikipe ya APR FC yatsinze Marines FC ibitego 3-1, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo kuri uyu wa Gatatu. Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Ni wo mukino wa mbere iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari ikinnye igaragaramo abanyamahanga, kuva mu myaka 11 ishize ubwo yafataga Politiki yo gukinisha abakinnyi b’Abanyarwanda […]
Nkore iki?Iyo nyirinzu nkodesha ari gutera akabariro nirangirizaho
Umusore aragisha inama nyuma y’uko ngo iyo nyirinzu abamo ateye akabariro n’umugore we bituma agira ubushake bukabije akirangirizaho.Arabaza niba byaba ari uburwayi cyangwa se niba ari ibisanzwe. Ati”Ndi umusore w’imyaka 26 nkora akazi ko muri Retaurent,ariko nkakunda gutaha bwije ari nabwo nsanga nyiri nzu mbamo aribwo atangiye gutera akabariro.Bitewe n’uko nawe akiri muto, iyo ari […]
Yatawe muri yombi nyuma yo kugwa gitumo asambanya ihene
Umugabo witwa Mwape Mwabela wo mu gihugu cya Zambia yaguwe gitumo asambanya ihene nyuma yo kumva ihebeba cyane mu gicuku. Umuyobozi w’intara ya Copperbelt, Peacewell Mweemba, yatangaje ko uyu ucyekwaho icyo cyaha yahise ajyanwa kuri polisi akaba ari naho agifungiye. Yavuze ko ibyabaye byabaye ku wa mbere, tariki ya 31 Nyakanga mu rugo rw’uwitwa Janerich […]
Tshisekedi yakoze impinduka mu butasi
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakoze impinduka mu nzego z’umutekano mu gihugu cye zasize ashyizeho umuyobozi mushya w’urwego rw’ubutasi (ANR). Muri izi mpinduka Tshisekedi yirukanye Jean-Hervé Mbelu wari usanzwe akuriye ANR amusimbuza Lusadisu Kiamba. Tshisekedi kandi yashyizeho umujyanama we mushya mu by’umutekano yagize Jean-Louis Esambo Kangashe. Uyu wahoze ari Colonel […]
Udukundi two mu banyamakuru b’imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande?
Itangazamakuru ni kimwe mu nkingi za mwamba mu gufasha igihugu gutera imbere ariko nanone iyo rikoze nabi usanga rishobora gusenya ibyagezweho mu kanya nk’ako guhumbya. Iyo ukubise icyumvirizo hirya no hino by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga no mu bakurikiranira hafi itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, usanga bamwe barishinja kudakora kinyamwunga biturutse kuri bamwe mu banyamakuru bubatse udukundi. […]
CG Dan Munyuza, Maj Gen Karamba na Ange Kagame mu bahawe imirimo mishya
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki ya 01 Kanama 2023, yahaye imirimo mishya abarimo CG Dan Munyuza wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda ndetse n’umukobwa wa Perezida Paul Kagame, Ange Kagame. Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko CG Dan Munyuza yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri Undi […]
Niger: Ba Minisitiri n’abayobozi 180 batawe muri yombi
Agatsiko ka gisirikare gaheruka guhirika ubutegetsi muri Niger, kataye muri yombi abahoze ari abayobozi muri iki gihugu 180 barimo na ba Minisitiri. Amakuru avuga ko hari abayobozi bafunzwe yemejwe n’ishyaka NPDS rya Perezida Mohamed Bazoum uheruka guhirikwa ku butegetsi. Abatawe muri yombi barimo Mahamane Sani Mahamadou wari Minisitiri w’Ingufu, Minisitiri w’ubucukuzi, Ousseini Hadizatou ndetse na […]
Mu bakinnyi bamaze kwerekeza muri Soudi Arabia hiyongereyeho na Fabinho
Umukinnyi wo hagati ukomoka muri Berezile Fabinho yasinyanye amasezerano y’imyaka itatu mu ikipe ya Al-Ittihad yo muri Arabiya Sawudite nyuma yo kuva muri Liverpool kuri uyu wa mbere.Uyu musore w’imyaka 29 yasigaye mu makipe yabanjirije shampiyona ya Liverpool mu rugendo mu Budage na Singapore nyuma yuko Al-Ittihad imusabye miliyoni 40 zama pound ($ 51m). Azafatanya […]
M23 yemeye ko amashuri yo mu duce igenzura yongera gufungura imiryango
Umutwe wa M23 wemeye ko amashuri yo mu duce tw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ugenzura yongera gufungura imiryango, nyuma y’imyaka hafi ibiri yarafunze. Uyu mutwe mu itangazo wasohoye kuri uyu wa Kabiri, wasabye ababyeyi bo muri za Teritwari za Rutshuru, Masisi na Nyiragongo kwihutira “kwandikisha abana babo mu mashuri atandukanye” aziherereyemo. Mu busanzwe abifite bo mu […]
Umugore wa Ali Kiba yitendetse kuri Diamond Platnumz
Amina Khalef, wahoze ari umugore w’icyamamare muri Tanzaniya Alikiba,ariko bakaba bataratandukana byemewe n’amategeko yamaganye Diamond Platnumz kubera amagambo ye y’inyandagazi. Platnumz yari yavuze ko yarushije Alikiba mu bice byose bya muzika, n’ubwo yamusanze mu ruhando rwa muziki ariko ko nta hantu na hamwe bahuriye.Yashimangiye ko Khalef yari asanzwe aziko arenze umugabo we na mbere yo […]
Umuntu utabasha kurya inyama akibanda kuri soya burya ntacyo aba ahombye
Soya ni ikinyamisogwe cyiza cyane kuko gifatwa nk’imvano nziza y’ibyo umubiri ukura mu nyama, iki nicyo gituma benshi bayigereranya n’inyama,usibye nibyo soya ikungahaye ku mavitamine atandukanye. Ni mu gihe kuko uretse vitamini B12 iboneka mu bikomoka ku matungo; ibindi byose wakura mu nyama wabisanga no muri soya ndetse by’umwihariko yibitseho poroteyine zikubye 3 iziba mu […]
Uganda:Umucamanza yiyambitse nk’abagore akorera umukunzi we ikizamini
Urukiko muri Uganda bwakuyeho ishyirwaho ry’Umugenzacyaha nyuma yuko bivugwa ko yihinduye nk’umugore kugira ngo akorere ikizamini umukunzi we. Uyu mugabo Ammaari Musa Semwogerere, ngo yatawe muri yombi ku wa gatatu, tariki ya 26 Nyakanga 2023, nyuma yo gufatwa yicaye mu kizamini cy’amategeko ariko abikora mu izina ry’umukunzi usanzwe ari umunyeshuri witwa Irene Mutonyi. Amakuru atangazwa […]
Ibihugu 3 bya Afurika byiyemeje gutabara Niger mu gihe Ingabo za CEDEAO zaba ziyiteye
Ibihugu bituranye na Niger byiyemeje kuyitabara, mu gihe umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO) waba ugabye ibitero iki gihugu bigamijeho gusubiza ku butegetsi Perezida Mohamed Bazoum. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Perezida Mohamed Bazoum yahiritswe ku butegetsi n’agatsiko kagizwe n’abasirikare bari bashinzwe kumurinda. Aka gatsiko kayobowe na Général Abdourahamane Tchiani kahiritse Bazoum ku […]