Exclusive: Gen Karenzi Karake amaze kurekurwa
Urukiko rwo mu Bwongereza muri aya masaha y’igicamunsi rumaze gufata icyemezo cyo kurekura Gen Karenzi Karake wari warafatiwe mu Bwongereza. Uru rukiko kandi rukaba rwafashe icyemezo nanone cyo gutesha agaciro inyandiko z’umucamanza Fernando Andreu Mereles ndetse abuzwa no kwitaba ubucamanza bwa Espagne. Umwe mu banyamakuru bari mu Bwongereza Jr Sabena Mutabazi wari ku rukiko rwafashe […]
Urusaku rw’amasasu na gerenade rwongeye kumvikana mu mujyi i Bujumbura
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira ku wa mbere tariki ya 10 Kanama 2015, mu mujyi wa Bujumbura muri zone ya Jabe/Nyakabinga ndetse na Cibitoke humvikanye urusaku rw’amasasu ndetse hanaterwa gerenade. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere nibwo Polisi yatangaje aya makuru nk’impamo ndetse inemeza ko abapolisi 2 bakomerekejwe n’ibyo bisasu bityo hanatwikwa […]
Ese koko Me Evode Uwizeyimana ngo yaba yongeye guhungira muri Canada ?
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Me Evode Uwizeyimana yari ageze mu gihugu cya Canada aho yigeze kuba igihe kitari gito ubwo yahungaga u Rwanda. Kugeza ubu abantu baribaza niba yagiye agiye mu butumwa bw’akazi, urugendo bwite cyangwa se niba yongeye guhunga . Me Evode Uwizeyimana nyuma yo kwemera guca bugufi yatahutse mu Rwanda ashyirwa muri […]
Umugore wihindura inzoka arashinjwa kuruma abantu bagahita bapfa
Monique Zanga ni umugore w’imyaka 46 y’amavuko, uyu mugore akaba atuye mu gace ka Mbag ko muri Kadey muri Cameroun, arashinjwa kwihindura inzoka akarya abantu. Amakuru dukesha Camer.be ni uko Monique Zanga ashinjwa n’abaturage bo muri aka gace atuyemo kuruma abantu 10, batatu muri bo ngo akaba yaragiye abaruma yihinduye inzoka ako kanya bagahita bapfa. […]
Umugabo ashobora kureba filme amasohoro akaza
Ubushakashatsi bwakozwe n’impuguke mu buzima bw’imyororokere, bugaragaza impamvu umugabo rimwe na rimwe ashobora kurambirwa vuba uwo bashakanye akaba yahitamo kurushinga n’undi mushya bahuye muri iyo minsi. Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo gikora ubushakashatsi ku buzima bw’imyororokere, “Evolutionary Psychological Science”, bwakorewe ku bagabo 21 bari hagati y’imyaka 18 na 23. Aba bagabo bashyizwe hamwe bahabwa kureba amashusho akangurira […]
Umupolisi yatunguwe no kubona inzoka ifasha umushoferi gutwara imodoka
Bikunzwe kuvugwa ko abantu batari bake bakoreshwa n’imbaraga zidasanzwe, bamwe bakabyemera abandi bakabihakana, ariko noneho hatahuwe umugabo utwara imodoka ye ari hamwe n’ikiyoka. Ubwo umupolisi yahagarikaga imodoka kubera umuvuduko, yatunguwe no kubona umushoferi ari hamwe n’inzoka nini cyane imugendagendaho akubitwa n’inkuba abura uko abaza ibyango by’imodoka ndetse n’ibiranga umushoferi. Umwe mu bashoboye kumenya uyu mushoferi […]
Ibanga ryifashishwa n’umugabo ufite igitsina kigufi,urangiza vuba ndetse n’ukora imibonano mpuzabitsina ananiwe
Mu minsi ya vuba nibwo bamwe mu bakunzi n’abasomyi ba Bwiza.com batwandikiye batugisha inama ku bibazo abagabo bamwe na bamwe bahura nabyo byo kurangiza vuba,abafite ibitsina bito cyangwa bakora akazi k’ingufu ntibabashe gutonora abagore babo ku buriri mu gihe cy’akabariro. Urubuga G Spot rusobanura uburyo umugabo yakoresha mu gutera akabariro n’uburyo yabigenza kandi imibonano igakomeza […]
Amakosa 5 utagomba gukora nyuma yo gutandukana n’umukunzi wawe
Gukunda no gukundwa ni bimwe mu bintu bituma umuntu aryoherwa n’ubuzima. Ariko siko ibintu bihora ari byiza mu rukundo. Hari gihe kigera uwo wakundaga mugatandukana. Tugiye kurebera hamwe amakosa ugomba kwirinda gukora nyuma yo gutandukana n’umukunzi wawe. Wikwihimurira ku mubiri wawe Niba uwo wakundaga akwanze ntago ugomba kwihimurira ku mubiri wawe ngo ujye mu nzoga, […]
Jose Mourinho yihagazeho avuga ko nta cyuho yagize cya Petr Cech kandi amaze gutakaza imikino 4
Mu itangira ry’igihembwe cy’imikino ya 2015-16 Chelsea imaze gutakaza imikino 4 yikurikiranya, bikaba bishyirwa mu majwi ko byaba ari ukubera kubura umuzamu Petr Cech wagiye mu ikipe ya Arsenal, umutoza Mourinho we akomeje kwihagararaho avuga ko nta cyuho kiri mu ikipe. Umutoza wa Chelsea Jose Mourinho azwiho kuvuga cyane mu itangazamakuru yigamba ku batoza bagenzi […]
Uko amakipe arahura mu mikino ya Premier League 2015-16 irafungurwa kuri uyu wa gatandatu
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 8 Kanama 2015 nibwo shampiyona ikunzwe cyane ku isi na hano mu Rwanda English Premier League yo mu Bwongereza iraba itangira. Iri rushanwa ryitabiriwe n’amakipe 20 yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza mu makipe yakinnye shampiyona y’umwaka ushize hakaba hariyongereyemo amakipe 3 mashya. Aya makipe mashya ni Wotford, […]
Amikoro make atumye APR na Royon Sports batitabira irushanwa
APR Volleyball Club mu bagabo ndetse no mu bagore na Rayon Sports VC ntizizitabira irushanwa rya KAVC kubera ubushobozi buke. Umutoza w’ikipe ya APR Volleyball Club, Sibomana Viateur avuga ko iri rushanwa bari bifuje kuryitabira ariko basaba ubuyobozi amafaranga atinda kuboneka bityo bahitamo kubyihorera. Nyirimana Fidèle umutoza w’ikipe ya Rayon Sports VC avuga ko iri […]
Chrstiano Ronaldo yatanze impano yakataraboneka m’ubukwe bw’umuhuza we ku isoko Jorge Mendes
Kuri iki cyumweru taliki ya 2 Kanama nibwo Jorge Mendes umunya Portugal w’imyaka 49 akanaba umuhuza ku masoko(Agent) w’abakinnyi batandukanye bakomeye ku isi yakoze ubukwe,maze Cristiano Ronaldo wanamugaragiye mu bukwe(Best man) amuha impano y’ikirwa. Mu mugi wa Porto niho ubu bukwe bwa Jorge Mendes na Sandra Barbosa bwabereye,bwari bwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye ku mugabane w’uburayi byiganjemo […]
Umunyarwanda Jane yaguye mu Bwongereza azira kwibagisha ngo bamwongerere ikibuno
Jane Kiiza,umugande ufite inkomoko mu Rwanda yitabye Imana mu gihugu cy’ubwongereza azira kwibagisha agamije kwiyongereshaho ikibuno Ku italiki ya 19 Kamena nibwo uyu mugore yagiye mu bitaro bya Clementine Churchill Hospital kugira ngo bamubage bagabanye umubyibuho wo munda bamwongerere n’ikibuno kibe kinini. Nyuma y’iminsi ine gusa ari mu bitaro nibwo byatangajwe ko yitabye Imana azize […]
Umuhanzi Davis yigambye kuri bagenzi be ahamya ko ari we uzegukana irushanwa rya Salax Award
Umuhanzi Ikishaka David uzwi cyane nka Davis D w’imyaka 22 ubarizwa mu itsinda All Star Music wamenyekanye cyane mu ndirimbo ye nka Biryogo ,My Sweety, Maria Kariza arahamya ko atazacikwa n’ibihembo bya Salax Award kubera ibikorwa bye n’ingufu ashyira mu muziki we. Davis mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com yemeje ko ashingiye ku ntera amaze kugezaho […]
Rihanna kuva kungoyi ya Sekebi ntibyamukundiye asigaye yifotoza yisanisha n’ikigirwamana-AMAFOTO
Rihanna umuhanzikanzi w’imyaka 27 akomeje kuvugwaho byinshi mu kujarajara haba mu rukundo no mu myemerere kuri ubu amafoto ye ameze nk’ay’ikigirwamana cya Baphomet akomeje kuvugisha benshi. Kuwa mbere ushize nibwo uyu muhanzi kazi yari yasuye iwabo ku ivuko i Barbados ,aho yari yitabiriye iserukiramuco. Muri uru ruzinduko Rihanna yari yambaye imyenda idasanzwe ariko abakurikirana ibikorwa […]
Zari Hussein inshoreke ya Diamond yanze konsa uruhinja yamubyariye
Nyuma y’iminsi 3 umuherwe Zari Hussein yibarutse umwana w’umukobwa bitangazwa ko yamubyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz, biranatangazwa ko uyu mugore yahakanye konsa uru ruhinja. Amakuru dukesha Bongo5, umuhanzi Diamond wari usanzwe yarambitswe urubwa ko atabyara arwambitswe n’uwahoze ari umukunzi we Sepetu, ubu noneho n’aho bitangajwe ko Zari yamubyariye umukobwa yanze kumwonsa. Iyi nkuru ikaba yatangiye gukwirakwira […]
Isubiramo ry’indirimbo “applause”ya Lady Gaga ryacanze abantu benshi-REBA VIDEO
Soufjan ni umwana ukiri muto washoboye gusubiramo indirimbo “applause” ya Lady Gaga imbere y’imbaga nyamwinshi abari aho bose baravangirwa. Impano z’abantu ziratandukanye mu buryo bw’ubuhanzi, hari abahanzi bazi kwandika, kuririmba, gushushanya, gukina n’ibindi. Hari abahanzi bashobora kwandindika neza indirimbo ariko batazi kuririmba, hakaba hariho n’abazi kuririmba gusa no kubyina. Ubuhanzi bw’uyu mwana bwo burahebuje kuko […]
Umuherwe Zari Hussein yibarutse impfura y’umuhanzi Diamond
Nyuma y’igihe kirekire inda Zari Hussein yari atwitiye Diamond ivugwaho byinshi mu bitangazamakuru, mu rukerera rwo kuri uyu wa kane tariki ya 6 Kanama 2015 yibarutse umwana w’umukobwa mu bitaro byo muri Tanzaniya. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Zari yatangaje ko yibarutse umukobwa, ati:” arahari kandi ni umukobwa”. N’ubwo mu makuru batangaje batigeze batangaza […]
Zuena ari kwitabaza n’abataravuka mu kwamamaza igitaramo Bebe cool azakorera muri Serena Hotel
Moses Ssali uzwi ku izina rya Bebe Cool ni umuhanzi w’imyaka 37 y’amavuko ukomeye cyane mu gihugu cya Uganda, uburyo igitaramo ateganya gukorera muri Serena Hotel i Kampala kirimo kwamamazwa ntibisanzwe, ku buryo hari kwitabazwa n’abataravuka. Zuena Kirema ni umugore w’umuhanzi Bebe Cool, uhora agaragaza kurwanira ishyaka umugabo we mu bikorwa bye by’iterambere cyane cyane […]
Amashusho y’indirimbo Anaconda ya Nicki Minaj agiye gushyirwa mu nzu ndangamurage- AMAFOTO
Nicki Maraj icyamamare gututuka muri USA w’imyaka 32 y’amavuko, wamenyekanye cyane munjyana ya Hip Hop nyuma yo kugenda ahabwa ibihembo bitandukanye kuri amashusho y’indirimbo ye Anaconda agiye gushyirwa mu nzu ndangamurage. Mu mwaka ushize wa 2014, nibwo amashusho y’indirimbo ye Anaconda yashyizwe hanze, arakundwa mu bice bitandukanye byo ku isi ndetse inahesha uyu mukobwa ibihembo […]
Itorero ADEPR mu ruhurirane rw’ubugambanyi, ubusambanyi n’amacakubiri
Itorero rya Pentekote ryo mu Rwanda rizwi nka ADEPR ryagiye rivugwamo ibibazo bitandukanye birimo ubugambanyi, guhangana n’abashakaga kwimakaza ubusambanyi mu idini ndetse n’amacakubiri. Ibi bikaba byaragiye bitangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye kuva mu 2012 kugeza ubu. Mu mwaka wa 2012 ubwo itorero rya ADEPR ryayoborwaga na Pasiteri Usabwimana Samuel, hatangiye kujya havugwamo ibibazo by’amakimbirane ashingiye ku myemerere […]
Ubuhamya: Papa yagerageje kunyica ariko naramubabariye
Ubu ni ubuhamya bw’umuntu wanyuze mu bikomeye Imana ikaza kumugenderera. Nitwa Jean Pierre navukiye mu muryango navuga ko ari «uw’ibibazo»: ababyeyi banjye bari barabaswe n’ibiyobyabwenge, papa we yari anateye ubwoba ndetse anakaze kuko ibyo byari byaramusaritse. Mu mikurire yanjye nabayeho nkubitwa (ndereshwa inkoni). Nakuranye ubwoba bukabije kubera ukuntu papa yari ateye. Mu myaka 13 naje […]
Ndahamiriza ko ijuru ririho kandi rifite ubwiza butagereranwa
Aya ni amagambo yavuzwe n’ umunyamerika w’ umuvugabutumwa mpuzamahanga “Billy Graham” , yemeza adashikanya ko ijuru ririho kandi ritatswe ubwiza budafite icyo bwagereranwa na cyo mu byo tubona muri iyi si byose. Ni mu gihe abantu benshi bakomeza kuba mu rujijo bibaza niba ijuru ririho koko cyangwa uko ryaba risa? Billy Graham yandikira igitangarazamakuru The […]
USA yataye muri yombi umunyarwanda ukekwaho Jenoside
Umunyarwanda Peter Kalimu akurikiranwe n’urukiko rwa Leta Zunze za Amerika rumukekaho rumurega kuba yarasisibiranyije amateka ye mu gusaba ubwenegihugu bw’icyo gihugu kandi yaragize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse no guhindura amazina ye. Ikinyamakuru Buffalo News dukesha iyi nkuru kivuga ko Kalimu w’imyaka 48 akurikiranweho kubeshya urwego rwa USA rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu akihindurira […]
Umunyarwanda wabaga mu Buholandi yihanuye ku igorofa ya 20 yikubita hasi ahita apfa
Umunyarwanda witwaga Manzi Jean Pierre wigaga mu gihugu cy’u Buholandi yashatse kwiyahura yiteraguye ibyuma biranga birangira afashe icyemezo cyo kwihanura ku igorofa. Bitangazwa ko uyu musore Manzi yagerageje kubanza kwiyahura yijombye icyuma ariko nyuma akoresha ubundi buryo bwo kwihanura ku igorofa ya 20 yikubita hasi ahita apfa. Mbere y’uko ngo uwo musore yihanura kuri iyo […]
Kayonza: Abaturage ntibabyumva kimwe ku ihindurwa ry’ingingo y’101 yo mu itegekonshinga
Abaturage bo mu murenge wa Gahini mu karere ka Kayonza baravuga ko badashobora kwitesha Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuko yabayoboye neza bagatera imbere ariko bose ntibahuriza ku kuba ingingo y’101 mu itegeko nshinga yahinduka. Rwabugande Celestin umuturage utuye mu kagari ka Juru avuga ko tumwe mu tugari two muri uwo murenge twatangiye guturwa nyuma […]
Burundi: Abantu 2 batoraguwe banizwe — REBA VIDEO
Mu gitondo cya kare nibwo abaturaga bagendaga mu muhanda babonye imirambo y’abantu babiri bari mu muferegi utwara amazi mu gace kazwi ku izina rya “Kubumwe”, ikigaragara ngo ni uko aba bantu bashobora kuba bishwe banizwe kuko ngo bari bafite inguma mu bikanu. Umuyobozi wa Karere ka Buterere Pauline Ruratotoye yavuze ko bishoboka ko abo bantu […]
Perezida Paul Kagame yagereranijwe na Yosuwa uvugwa muri bibiriya naho Fred Rwigema nka Mose
Umwe mu bapasitoro b’Abadiventiste witwa Kanyamutuzo Elias yagereranyije Perezida Kagame nka Yosuwa naho Rwigema amugereranya nka Mose. Ni kuri uyu wa 3 Kanama,ubwo abadepite basuye akarere ka Nyabihu bahura n’abahagarariye Sosiyete Civile ,abakozi b’akarere ndetse n’abahagarariye amadini,bose batanga ibitekerezo ku ihindurwa ry’ingingo y’101 yo mu itegeko nshinga. Pasitoro Elias yashingiye ku isomo riboneka mu gitabo […]
Abasirikare 8 ba RDF barashwe na mugenzi wabo batangiye kuvuzwa
Abasirikare 8 bari mu butumwa bw’amahoro muri Centrefrique baherutse kuraswa na mugenzi wabo nawe waje kuraswa nyuma kuri ubu batangiye kuvurizwa ahantu hatandukanye. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Joseph Nzabamwita, yavuze ko abasirikare batanu mu munani barashwe na mugenzi wabo i Bangui kuri iki cyumweru bajyanywe mu bitaro bya Loni byitwa Nakasero Hospital mu […]
Abarwanyi ba FDLR baratunga agatoki ingabo z’u Rwanda kubarasaho ikibatsi
Nyuma y’aho abarwanyi ba FDLR bakubitiwe ikibatsi n’ingabo za Kongo FARDC zigatwika ibirindiro n’amacumbi yabo ubu aba barwanyi ba FDLR baravuga ko ari ingabo za RDF zabarasheho kuko ingabo za FARDC zitabishobora. Amakuru aturuka mu bitangazamakuru binyuranye aravuga ko umutwe w’inyeshyamba z’Abanyarwanda uzwi ku izina za FDLR uri mu bihe bikomeye, ingabo za Kongo, FARDC, […]
Abishe Gen. Adolphe Nshimiyimana bacakiwe n’inzego zishinzwe umutekano
Mu gihe Perezida Nkurunziza w’u Burundi yari yatanze icyumweru kimwe cyo kuba hamenyekane abamukoze mu nda bakica umujyanama we mukuru, kuri iki cyumweru tariki ya 9 Kanama 2015, umushinjacyaha mukuru yatangaje ko abamurashe bafashwe bari mu maboko y’abashinzwe umutekano. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’urwego rw’ubushinjacyaha bwa Repubulika y’u Burundi, ni uko ngo bamwe mu barashe […]
Umujyi wa Kigali ufatanyije na Polisi y’u Rwanda banyomoje Ibirego by’umuryango wa Rwigara
Nyuma y’ibibazo byagiye bitangazwa n’umuryango wa Rwigara Assinapol ku cyemezo cy’Umujyi wa Kigali kirebana n’inyubako ndetse n’ikibanza by’uwo muryango ndetse n’itabwa muri yombi ry’umupfakazi wa Nyakwigendera Rwigara Asinapolo,Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ibyo bibazo byakemuwe kinyamwuga. Rwigara Assinapol yahitanywe n’impanuka ikomeye yabereye mu Kagari ka Kagugu mu Murenge wa Kinyinya ho mu Karere ka Gasabo […]
Abapasiteri 2 bo mu itorero riyobowe na Ap. Gitwaza batawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Kanama 2015, abapasiteri 2 bo mu Itorero Zion Temple riyoborwa na Ap Gitwaza batawe muri yombi ubwo bari mu gitaramo “Afurika haguruka” kuri stade ya ULK ku Gisozi. Abo bapasiteri ni Bishop Dieudonne Vuningoma Visi Perezida muri iri torero rya Zion Templena hamwe Pasiteri Comeroun […]
Umuryango wa Rwigara Assinapol ukomeje kuvuga Leta y’u Rwanda iri kuwibasira
Umuryango w’umucuruzi wari ukomeye mu Rwanda Nyakwigendera Rwigara Assinapol wavuze ko ubuyobozi bw’igihugu bukomeje kuwutoteza bitagira akagero bijyanye no gufata ibyemezo birimo no gusenya igorofa ryabo ngo kuko ryubatswe nta byangombwa babifitiye.Hagati aho amakuru aravuga ko umupfakazi wa Nyakwigendera yamaze gutabwa muri yombi na polisi ariko Polisi y’u Rwanda ntacyo irabivugaho . Amakuru dukesha ibitangazamakuru […]
RNC: Dr Rudasingwa Theogene yahiritswe ku butegetsi na Majoro Higiro
Hashize igihe abantu benshi bibaza aho uwarusanzwe ayobora RNC Rudasingwa Theogene yaburiye ariko amakuru dukesha abimbere muri iryo shyaka bakaba bavuga yuko ubu ishyaka rya RNC ubu riri mu biganza bya Maj. Robert Higiro. Ibi bije nyuma y’aho Majoro Robert Higiro ashyize mu majwi Dr Rudasingwa na Gen Kayumba Nyamwasa bavuzweho ko bari barateguye umugambi […]