Umugabo w’imyaka 39 yishwe na Covid-19 mu Rwanda

ekevmowwkaic7s4.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 16 Ukwakira 2020 yatangaje ko umuntu wa 34 yishwe n’icyorezo cya Covid-19, mu hihe abanduye ari 12 mu bipimo 3450 byafashwe. Uwapfuye ni umugabo w’imyaka 39. Abanduye barimo 3 babonetse i Kigali n’9 bapimwe mu nkambi y’impunzi mu Karere ka Karongi. Abamaze gukira iki cyorezo ni 4664 barimo […]

Sadate yahishuye uko inkoni z’abasirikare zatumye yanga urunuka APR FC

Perezida ucyuye igihe wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yahishuye ko gukubitwa n’ingabo z’igihugu ubwo bishimiraga intsinzi ya Rayon Sports kuri APR FC biri mu byatumye arushaho kwanga iyi kipe y’Ingabo z’igihugu urunuka. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, mu kiganiro yagiranye na B&B FM-Umwezi. Perezida Sadate aheruka kwamburwa inshingano zo kuyobora Rayon Sports n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere […]

Rusizi: Imiryango 255 itishoboye yorojwe ingurube

img-20201016-wa0013.jpg

Imiryango 255 itishoboye yo mu murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi isanzwe ifite abana bafashwa n’umushinga RWA 0482 ukorera muri ADEPR Paruwasi ya Gikundamvura, uterwa inkunga na Compassion International yorojwe ingurube zigiye kuyifasha kubona ifumbire no kugira amatungo yabasha kuyifasha guhangana n’ibibazo by’ubukene buyugarije. Mu kiganiro na Bwiza.com nyuma yo kuzihabwa, bamwe mu bagize […]

Abanyafurika batatu muri ba Perezida 6 banyereje amatiliyari y’amafaranga

16x9_1602862440873.jpg

Mu gihe bamwe mu Bakuru b’Ibihugu bafata izi nshingano kugira ngo baharanire inyungu za rubanda, hari abandi bagerageza kuzifashisha nk’amahirwe yo gusahura ibya rubanda, akenshi bikagaragara nyuma yo kurangiza manda, kwegura cyangwa kweguzwa. Aba Bakuru b’Ibihugu bari mu ruhande rw’abasahuye rubanda, bagiye banyereza amamiliyari y’amadolari y’Amerika, wayavunja mu mafaranga y’u Rwanda ugasanga abarirwa mu matiliyari […]

Evode Uwizeyimana rebondit à la politique en tant que sénateur

Le prĂ©sident Paul Kagame a, conformĂ©ment aux pouvoirs constitutionnels qui lui ont Ă©tĂ© confĂ©rĂ©s, nommĂ© quatre sĂ©nateurs pour remplacer certains des six sĂ©nateurs sortants qui ont terminĂ© leur mandat de huit ans le 10 octobre 2020. Sur la base de l’article 8 de la constitution de 2003, rĂ©visĂ©e en 2015, le prĂ©sident Kagame a nommĂ© […]

Burundi: Icyoba ni cyose mu baturage nyuma y’imbunda bivugwa ko zahawe Imbonerakure

Abaturage bo mu Ntara ya Cibitoke mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’u Burundi, baravuga ko bafite ubwoba nyuma y’uko leta y’u Burundi ihaye Imbonerakure imbunda. Imbonerakure ni umutwe w’urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi. Imbunda urwo rubyiruko ruheruka guhabwa zahawe abayobozi barwo mu makomini agize Intara ya Cibitoke, zitanzwe n’umunyamabanga w’Ishyaka CNDD-FDD […]

Dr. Munyakazi yakatiwe gufungwa imyaka 10

Dr. Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite . Ku wa 30 Kamena 2020 ni bwo Urukiko rwakiriye dosiye iregwamo Dr. Munyakazi Isaac wahoze ari Umunyamabanga wa Leta […]

Sarkozy yashinjwe kuba yarakoresheje amafaranga ya Kadhafi kugirango abe perezida

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, kuri uyu wa Gatanu yashinjwe ku mugaragaro kuba yarakoresheje amafaranga ya Libya igihe yiyamamariza kuyobora iki gihugu mu 2007. Inyandiko y’ibirego yatangajwe kuri uyu wa Gatanu nyuma ya saa sita n’umushinjacyaha mukuru ku byaha bijyanye n’imari w’u Bufaransa. Ikirego cyo “kuba umunyamuryango w’umugambi mubisha” cyatanzwe ku wa mbere, […]

Perezida Tshisekedi arashinjwa gutererana Abanyamulenge

Amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yandikiye Perezida FĂ©lix Tshisekedi ibaruwa imusaba kwita ku karengane n’ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge batuye muri icyo gihugu. Abagize amashyaka abiri; ari yo Forces Novatrices pour l’Union et la SolidaritĂ© (FONUS) na Rassemblement Congolais pour la DĂ©mocratie(RCD) bandikiye Tshisekedi bamusaba kwita ku karengane n’ihohoterwa Abanyamulenge batuye i […]

Yanga Africans yakiriye umutoza watoje Mukura VS n’abana ba FC Barcelona

img_20201016_110452.jpg

Ikipe ya Young Africans ikinamo Kapiteni w’Ikipe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima, yakiriye Umurundi Kaze CĂ©dric uheruka gusinya amasezerano yo kuyitoza. Uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko yageze i Dar es Salaam ku wa Kane w’iki cyumweru aje gusimbura Umunya-Seribia Zlatko Krmpotic iyi kipe uheruka kwirukana, nyuma y’iminsi 37 yari amaze ayitoza. Kaze CĂ©dric akigera ku kibuga […]

Bamwe mu Banyekongo barasaba iperereza ku wahoze ari Meya wa New York, Rudi Giuliani

Imiryango itegamiye kuri leta muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo irasaba guverinoma y’iki gihugu gukora iperereza ku mamiriyoni y’amadorari yatanzwe n’ubuyobozi bwa Perezida Joseph Kabila ku kigo cyo muri Israel gifitanye isano na Rudy Giuliani wahoze ari Umuyobozi w’Umujyi wa New York, akaba ari umwunganizi mu mategeko bwite wa Perezida Donald Trump. Iki kigo intego […]

Jay Polly yeretse abakunzi be uwo yasimbuje Shariffa wari umugore we

Jay Polly yerekanye umukunzi we mushya

Umuraperi Jay Polly yongeye kwereka abakunzi be umukobwa bari mu rukundo,nyuma yo gutandukana n’uwari umugore we Shariffa waje no guhita yambikwa impeta n’umusore bakundana uba muri Amerika. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram Jay Polly yagaragaje umukobwa uri kumuhata urukundo, aho amugereranya nk’impano y’urumuri yahawe nyuma yo kwisanga mu mwijima. Yagize ati: “Navuye mu icuraburindi […]

Perezida Kagame yagize Me Evode Uwizeyimana umusenateri

Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2005, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 80, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyize mu myanya abasenateri bashya barimo Me Evode Uwizeyimana. Abasenateri bashya bashyizwe mu myanya basimbuye abasoje manda yabo mu bashyirwaho n’umukuru w’igihugu. Muri Gashyantare uyu mwaka […]

Bamwe mu badepite bagiye gusaba ko RURA igabanya ibiciro by’ingendo bishya

arton154056-3d6a0.jpg

Bamwe mu badepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, biyemeje kuvuganira “rubanda rugufi” ibiciro bishya Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) ruherutse gushyira ahagaragara, bikamanuka. Ni nyuma y’aho uru rwego, tariki ya 14 Ukwakira 2020 rushyiriye ahagaragara ibiciro bishya by’ingendo, bijyanye n’icyemezo cy’Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki ya 12 cyemerera imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange gutwara […]

Ingabo za Uganda zakoze umukwabu wo gukuraho ibirango byamamaza Bobi wine

Bimwe mu byafashwe mu mukwabu wakozwe n'ingabo

Ingabo za Uganda, binyuze mu ishami ryazo rishinzwe umutekano n’ikinyabupfura (Military Police) kuri uyu wa Kane zakoze umukwabu wo gukuraho ibyapa n’ibirango byamamaza umukandinda w’ishyaka National Unity Platforn, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi wine. Inkuru ya Chimp Reports ivuga ko iki gikorwa kije gikurikira ibikorwa byo gusaka ibiro by’iri shyaka biherereye mu gace ka Kamwikya […]

RDC: Minisitiri André Lite yamaganye urugomo rwakorewe Martin Fayulu

Minisitiri w’Uburenganzira bwa muntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, AndrĂ© Lite, yamaganye imbaraga z’umurengera Polisi yakoresheje kuri Martin Fayulu, ubwo yageragezaga guhagarika urugendo uriya munya-Politiki yari yateguye i Kinshasa ku wa Gatatu w’iki cyumweru. Abitabiriye urwo rugendo bigaragambyaga bamagana ishyirwaho rya Komini y’icyaro ya Minembwe, agace gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Nyuma gato […]

Rulindo: Umwana w’imyaka itanu yicishije murumuna we majagu

Umwana w’imyaka itanu y’amavuko wo mu murenge wa Buyoga w’Akarere ka Rulindo, ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 15 Ukwakira 2020 yishe murumuna we w’imyaka ibiri amukubise majagu. Byabereye mu Mudugudu wa Gakoma, mu Kagari ka Mwumba, ubwo aba bana bombi bo mu muryango wa Nteziryayo Henry na Mutuyimana LĂ©onille barimo bakina. Umuyobozi […]

Abanyamulenge baba i Kinshasa nabo bahagurukiye Martin Fayulu n’abo bahuje ibitekerezo

Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batuye i Kinshasa mu Murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bamaganye imbwirwaruhame bavuga ko zibiba urwango zikomeje kumvikana mu banyapolitiki bamwe nka Martin Fayulu ndetse na bamwe mu bihaye Imana ku kibazo cy’ishingwa rya Komini Minembwe, ryanaburijwemo ariko rikaba rikomeje gukurura impaka. Mu itangazo bashyize ahagaragara kuwa Gatatu, […]

Abanyamategeko bashyiriweho Rusesabagina basaba USA n’u Bubiligi gushyira igitutu ku Rwanda

Abanyamategeko umuryango wa Paul Rusesabagina washyizeho ngo bamwunganire, bavuga ko bari gusaba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bubiligi gushyira igitutu ku Rwanda. Byatangajwe n’Umunya-Canada, Philippe Larochelle, umwe mu banyamategeko barindwi umuryango wa Rusesabagina wahisemo ngo umwunganire. Impamvu bashaka ko ibi bihugu bishyira igitutu ku Rwanda, ngo ni ukugira ngo umukiriya wabo yunganirwe n’abo yifuza. Ni […]

Mubyara wa nyakwigendera Kadhafi yiyemeje kugeza Hillary Clinton imbere y’ubutabera

qadhaf-al-dam-i.png

Ahmad Kadhaf al-Dam, mubyara w’uwahoze ari perezida wa Libya, Mouammar Kadhafi, yatangaje ko agiye kurega Hillary Clinton imbere y’ubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera uruhare yagize mu kaga kagwiririye abaturage b’igihugu cye. Ni nyuma yo guhishura igice cya za email za Hillary Clinton, wahoze ari umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe […]

Nyanza: Ushinjwa kuba yari ashinzwe gukora uburyo bwo guturitsa ibisasu yahakanye ibyaha aregwa

Kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ukwakira Urukiko Rukuru mu Karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, rwakomeje kumva abareganwa n’umunyamakuru Phocas Ndayizera, aho bose bemeza ko inzego z’umutekano zabahatiye kwemera ibyaha ku ngufu. Uwabimburiye abandi ni umuhanga mu bijyanye n’ikoranabuhanga, Eliaquim Karangwa, ubushinjacyaha buvuga ko ari we wari ushinzwe kuzakora uburyo bwo guturitsa ibisasu hifashishijwe […]