Nyamasheke: Impanuka y’imodoka yahitanye abantu 2 n’inka 7

Imodoka yo mu bwoko bwa FUSO ifite plaque RAB 346 G yavaga kuri Mbyo mu karere ka Bugesera mu ntara y’uburasirazuba itwaye inka zari zigiye kugurishirizwa mu isoko ry’inka rya Rugali mu murenge wa Macuba mu karere ka Nyamasheke,yageze mu mudugudu wa Nyakabingo, akagari ka Muhororo mu murenge wa Kirimbi mu karere ka Nyamasheke ibura […]

Umupadiri arashinja Perezida Tshisekedi kurangarana abatuye mu burasirazuba bwa RDC

Umupadiri wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) witwa Serge Maleka, arashinja Umukuru w’Igihugu, Perezida FĂ©lix Tshisekedi gutererana abatuye mu burasirazuba bakomeje guhura n’ingaruka z’umutekano muke uterwa n’imitwe yitwaje intwaro. Bigaragara mu ibaruwa ifunguye dukesha ActualitĂ©, Padiri Maleka yandikiye Perezida Tshisekedi, atabaza ngo agire icyo akora, amahoro n’umutekano bigaruka mu burasirazuba bw’igihugu. Kuri Padiri […]

Kudatoza umwana kwiteza imbere akiri muto ni ukwangiza ejo hazaza he_Ababyeyi b’i Rusizi

Bamwe mu babyeyi bo mu mirenge ya Kamembe, Gihundwe na Giheke mu karere ka Rusizi bavuga ko kuba bari mu bukene cyane biterwa n’uko bakiri bato batagiye batozwa n’ababyeyi babo umuco wo kwiteza imbere binyuze mu tuntu duto duto nk’ubworozi bw’inkoko, inkwavu n’andi matungo magufi, cyangwa ngo habe hari amasambu babasha kwiharikamo ngo babyitoze hakiri […]

RDC: Ubutabera bwemeje ku mugaragaro ibyaha bukurikiranyeho Gen. John Numbi

Nyuma yo guhamagazwa n’ubutabera bwa gisirikare inshuro ebyiri atitaba, kuri ubu hamenyekanye ko Gen. John Numbi, washyiriweho impapuro zo kumushakisha akurikiranweho kwifatanya n’abagizi ba nabi no kugira uruhare mu rupfu rw’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Floribert Chebeya n’uwari umushoferi we, Fidèle Bazana. Ibi ni ibikubiye mu nyandiko yashyizweho umukono kuva ku ya 14 Mata n’Umugenzuzi mukuru […]

Perezida Kagame yavuze ibyo azahora yibukira kuri Marshal Idriss Déby

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije abaturage b’igihugu cya Tchad ndetse n’umuryango wa Marshal Idriss DĂ©by Itno wari Perezida wacyo, ashimangira ko azahora yibukirwa ku musanzu we mu kurwanya iterabwoba n’ubwihebe. Ni ibikubiye mu butumwa Umukuru w’Igihugu yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Gatatu. Idriss DĂ©by wari umaze imyaka 30 ari Perezida […]

Ubutumwa umusore uherutse ‘kwiyahura’ yasize

img-20210418-wa0016_1.jpg

Mu gitondo cya tariki ya 18 Mata 2021 ni bwo abatuye mu Kagari ka Nyarurama, Umurenge wa Kagarama mu Karere ka Kicukiro, basanze Turikumwenayo Fiston w’imyaka 31 y’amavuko amanitse mu mugozi w’inzitiramibu yapfuye. Aba baturage bavuze ko ashobora kuba yiyahuye mu ijoro rya tariki ya 17 Mata ariko ntabwo bamenye neza impamvu yaba yabimuteye. Inkuru […]

Col. Marc Nizeyimana wo muri FLN yemeye ko yakoranye na bamwe mu basirikare b’u Burundi mu kugaba ibitero mu Rwanda

Marc Nizeyimana, kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Mata 2021, yemereye urugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambuka Imbibi, ko yemera ibyaha byose aregwa ko, yabikoze binyuze mu gukorana na bamwe mu basirikare b’u Burundi. Ni urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina n’abandi 20 bari abarwanyi n’abayobozi b’umutwe wa MRCD-FLN. Ubushinjacyaha bwakomereje ku byaha icyenda burega […]

Ubushinjacyaha bwarangije kugaragariza urukiko ibirego byose biregwa Rusesabagina

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 21 Mata nibwo Ubushinjacyaha bwarangije kugaragariza urukiko ibyaha bitatu byari bisigaye mu byaha byose uko ari icyenda birebana n’iterabwoba burega Paul Rusesabagina ureganwa n’abandi 20 bari abarwanyi ba MRCD-FLN. Ni mu rubanza rwasubukuwe mu Rugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imbibi.. Ubushinjacyaha bwagaragaje ko ku cyaha cyo gutwikira […]

RDC: Uwahoze ari minisitiri w’amashuri abanza n’ayisumbuye yafatiwe i Brazzaville

Uwahoze ari minisitiri w’amashuri w’abanza n’ayisumbuye wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Mata, yafatiwe I Brazzaville muri Repubulika ya Congo nyuma y’ubusabe bwa Kinshasa imushinja kunyereza umutungo wa leta nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu na AFP. Amakuru yavuye mu gipolisi agera kuri iki kinyamakuru yagiraga […]

Igisirikare cya Kenya cyaraye kiguze indege ya C-145 (Amafoto)

ogola.jpg

Igisirikare cya Kenya (KDF) kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Mata 2021 cyaraye kiguze indege y’intambara ya C-145 Skytruck na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), ku madolari ya Amerika miliyoni 14 (amashilingi miliyari 1.4). Nk’uko iki gisirikare cyabitangarije ku rubuga rwacyo, iyi ndege yaguzwe hashingiwe ku masezerano yo ku wa 17 Mata 2017 […]

Tchad: Inyeshyamba zarahiriye gufata Ndjamena nyuma yo kurasa Idriss Déby

Inyeshyamba zimaze igihe zigaba ibitero kuri Tchad ziturutse muri Libya, zatangaje ko zifite gahunda yo gukomeza urugendo zikagera mu murwa mukuru Ndjamena, nyuma yo kurasa Perezida Idriss DĂ©by Itno. Byatangajwe na Kingabe Ogouzeimi de Tapol, Umuvugizi w’Inyeshyamba zo mu mutwe wa Front pour l’alternance et la concorde au Tchad (FACT) umaze igihe uhanganye n’ingabo za […]

Communiqué de presse sur le rapport Muse

Nous fĂ©licitons et remercions le rapport Muse sur les responsabilitĂ©s de la France dans le gĂ©nocide de 1994 perpĂ©trĂ©e contre les Tutsi au Rwanda. Ces recherches arrivent au moment oĂą les Rwandais ainsi que les Français avaient besoin. La rĂ©conciliation est enfin possible entre nos deux pays. Une vraie rĂ©conciliation qui passe par la vĂ©ritĂ© […]

Perezida Kagame yahaye inshingano abacamanza batatu

krimunda.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa 21 Mata 2021 yahaye inshingano abacamanza batatu mu nkiko zo mu gihugu. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, aba bacamanza ni: Dr AimĂ© Muyoboke Karimunda wagizwe Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga, Francois Regis Rukundakuvuga wagizwe Perezida w’Urukiko rw’Ubujurire na Clotilde Mukamurera wagizwe […]

Ambasaderi Mfumukeko yahawe inshingano na Banki y’Isi

Umurundi Ambasaderi LibĂ©rat Mfumukeko kuri uyu wa 21 Mata 2021 yatangaje ko yahawe inshingano na Banki y’Isi. Ku rubuga rwa Twitter, Ambasaderi Mfumukeko yavuze ko yahawe inshingano yo guhagararira ibihugu 22 bigize itsinda Africa Group 1, bihabwa inguzanyo na Banki y’Isi, binyuze mu muryango IDA (International Development Association) uyishamikiyeho. Yagize ati: “Nishimiye guhabwa inshingano na […]

Biravugwa ko Perezida Idriss Derby yaba yarivuganwe n’umuhungu we

Nyuma y’amasaha make arahiriye kuyobora igihugu, nyuma y’urupfu rwa se, nyakwigendera Perezida Idriss Deby wa Tchad, umuhungu we w’imyaka 37, Mahamat Deby biravugwa ko atigeze atakaza umwanya wo kwemeza ububasha bwe no kwerekana ko ari we ufite ubuyobozi. Uyu muhungu we, bamwe bavuga ko ari Deby muto, ufite ipeti rya General w’inyenyeri enye mu gisirikare […]

Amafoto: Perezida Uhuru Kenyatta mu ruzinduko rw’iminsi ibiri i Kinshasa

ezbgdztxiai-hhg.jpg

Perezida Uhuru kenyatta wa Kenya ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Mata, yasesekaye I Kinshasa, mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu ruzinduko rw’akazi rw’amasaha 48. Nk’uko byatangajwe n’ibiro bishinzwe itumanaho muri Perezidansi ya Congo, Perezida wa Kenya yakiriwe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya N’Djili na mugenzi we, Felix […]

Rulindo: Ivuriro ryahaye RSSB imibare y’abo ryavuye harimo abatarigeze barigana, abapfuye n’abatakiba mu Rwanda

Posite de Sante ya Kamushenyi iri mu Kagari ka Murama, Umurenge wa Kisaro mu Karere ka Rulindo, mu mwaka wa 2020 yahaye Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, umubare munini w’abantu bahivurije mu gihe byasuzumwe bikaboneka ko bamwe bari barapfuye, abandi barimutse, yewe abandi ngo ntibigeze bajya kwivuza. Iri vuriro rirebererwa n’Ikigo Nderabuzima cya Kisaro, ryashyikirije RSSB […]

Mahamat Idriss Déby yatangaje abajenerali 15 bazamufasha kuyobora Tchad

Mahamat Idriss DĂ©by Itno uheruka gusimbura se Idriss DĂ©by Itno wari perezida wa Chad nyuma yo gupfa, yatangaje abajenerali 15 akuriye bazamufasha kuyobora Tchad mu nzibacyuho y’amezi 18 ari imbere. Uyu musirikare wo ku rwego rwa Jenerali w’inyenyeri enye, yari asanzwe akuriye umutwe urinda umukuru w’igihugu. Abandi 14 bagize akanama ka gisirikare kazamufasha kuyobora Tchad […]

Menya byinshi ku mateka y’umuryango w’aba-Gisimba wahanganye na Ruzagayura

Ni kenshi wumvise inkuru z’umugabo witwa Gisimba Damas mwene Gisimba Chyrostome, warwanye inkundura ku batutsi bari bihishe mu Kigo cy’Imfubyi kitiriwe Centre Memorial Gisimba giherereye I Nyamirambo. N’ubwo bimeze gutyo ariko, nanone ni abantu bake bashobora kuba bazi ko Gisimba Damas uvugwa muri ibyo bikorwa byo guhangana na Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ari umwuzukuru […]

Umunyamakuru Cyuma avuga ko yari agiye gufungwa, abaturage bamurengana mu masaka

Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne (Cyuma Hassan) wa Ishema TV avuga ko kuri uyu wa 20 Mata 2021, yari agiye gutabwa muri yombi n’abapolisi n’abasirikare ubwo yari mu Karere ka Rwamagana, abaturage baho bamurengana mu masaka. Nk’uko Cyuma yabitangarije abanyamakuru bagenzi be, yari yagiye gutara inkuru ku rupfu rwa Twiringiyimana Jean de Dieu wari utuye mu Kagari […]

Derek Chauvin yahamwe n’icyaha cyo kwica George Floyd wamubwiraga ko ‘atabasha guhumeka’

113707b0-7cc4-46c4-b608-fbe2ab772051-ap21109604855161.jpg

Uwari umupolisi, Derek Chauvin,umuzungu, yahamwe n’icyaha cyo kwica umwirabura George Floyd mu Mujyi wa Minneapolis muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka ushize. Umucamanza yasanze ibirego bitatu byose bihama Chauvin, abari aho batera hejuru bigaragaza ukwishimira uyu mwanzuro. Abunganira Chauvin bo bavugaga ko Floyd yapfuye kuko yakoreshaga ibiyobyabwenge, ngo yari arwaye. Umucamanza yatangaje ko […]

Igitutu cy’abafana cyakuye amakipe yo mu Bwongereza muri Super League

Amakipe atandatu yo mu gihugu cy’Ubwongereza ari mu yaherukaga gutangiza irushanwa rya UEFA Super League, yamaze gutangaza ko yitandukanyije na ryo nyuma yo kotswa igitutu n’abafana bayo. Ku Cyumweru ni bwo amakipe 12 akomeye yo ku mugabane w’Uburayi yatangaje ko yitandukanyije n’amarushanwa ategurwa na UEFA, ahitamo gushinga ririya rushanwa rizajya riyahuza rizwi nka UEFA Super […]