VIDEO: Leta niyambure ubutaka bwose abaturage\Dufite abayobozi batareberera igihugu- Mugabe Robert
Bishop Ntagali wasambanye n’umugore wa mugenzi we, yaciwe miliyoni 500 Shs z’indishyi
Umunyamategeko Erasmus Nabimanya wunganira Rev. Christopher Tugumehabwe, arasaba Bishop Stanley Ntagali wasambanye n’umugore w’umukiriya we indishyi ya miliyoni 500 y’amashilingi ya Uganda. Iyi nkuru ya Ntagali wabaye Archbishop w’Iterero rya Uganda yamenyekanye muri Mutarama 2021 ndetse na we yemera icyaha, anasaba imbabazi Rev. Tugumehabwe, abayoboke b’iri torero, ubuyobozi bwaryo n’Imana. Gusa Rev. Tugumehabwe utaranyuzwe n’imbabazi […]
Abanyarwanda bagiye gushora ‘agatubutse’ muri CAR nyuma yo guhura na Perezida Touadéra
Abanyarwanda bashinze ikigo cy’ishoramari kigiye kubyaza umusaruro amahirwe ari muri Repubulika ya Centrafrika (CAR), aho giteganya gutangira gishora iya miliyoni imwe y’amadolari ya Amerika, ingana n’amafaranga y’u Rwanda akabakaba miliyari imwe. Tariki ya 21 Mata, itsinda ry’abashoramari 56 baturutse mu Rwanda bayobowe na Perezida w’urugaga rw’abikorera (PSF), Robert Bafakulera, ryageze muri CAR rigamije kureba uburyo […]
Ubushobozi bw’igisirikare cya RDC kirwanira mu kirere

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kizwi nka FARDC kiri ku mwanya wa 81 mu 140 bigaragara kuri raporo nshya ya Global Fire Index yasohotse muri Werurwe 2021. Iyi raporo itegurwa n’urubuga Global Fire Power igaragaza ko igisirikare cya RDC kirwanira mu kirere, gifite indege zibarirwa muri 50 zikora inshingano zitandukanye zirimo: indwanyi […]
Pasiteri Bisaka Owobusobozi wiyitaga ‘ Imana’ wari uherutse gushyingurwa, yiyeretse abakirisitu be
Pasiteri Bisaka Owobusobozi wakunze kwiyita ‘Imana’ yongeye kwiyereka abamukurikiye mu idni ye nyuma y’igihe gito, ashyinguwe ubwo yicwaga na COVID-19 mu bitaro bya Aga Khan i Nairobi muri Kenya. Imihango yo gushyingura uyu washinze itorero ryitwa Unity of Faith, ikinyamakuru Blizz cyo muri Uganda kivuga ko abo mu itorero rya bavuga ko aherutse kubasura, aho […]
Procès Kabuga: Le procureur de l’ONU envoie une équipe de 10 personnes à Kigali
Le Mécanisme international résiduel pour les tribunaux pénaux internationaux (IRMCT) a envoyé une équipe de dix avocats et enquêteurs qui resteront ici indéfiniment pour travailler sur le cas du cerveau du génocide Félicien Kabuga. Serge Brammertz, le procureur général de l’IRMCT, a déclaré aux journalistes à son arrivée à Kigali que l’équipe restera au Rwanda […]
Amato y’igisirikare cya Iran yagose ndetse atoteza ay’Abanyamerika amasaha atatu yose
Ikinyamakuru Wall Street Journal cyahishuye kuri uyu wa Mbere, ko amato make y’igisirikare cya Iran aherutse kugota ndetse agatera ubwoba amato abiri y’igisirikare cya Amerika ashinzwe kurinda inkombe mu Kigobe cya Perse. Ku ya 2 Mata, nibwo amato atatu ya Iran yihuta cyane hamwe n’ubwato bunini butanga ubufasha, yagose amato abiri y’igisirikare cya Amerika, ubwitwa […]
Yaciwe amande yanze gutanga impushya 138 z’abakobwa bagiye mu mihango
Uwahoze ari umuyobozi wa Kompanyi y’indege ya Asiana, Kim Soo-Cheon yaciwe amande ya $ 1,800 ku bwo kwanga gutanga impushya ku bakobwa 15 bagiye bazimusaba ubwo bajyaga mu mihango. Uyu mubosi yagiye yima aba bakobwa ibiruhuko kandi babyemerewe n’amategeko muri Koreya y’Epfo. Izi mpushya Cheon ari kuzira yagiye azisabwa hagati ya 2014-2015 ariko ntazitange. Ababjijwe […]
Nyamasheke: Inzuki zarakendereye, ubuki burabona umugabo bugasiba undi

Mu gihe abenshi mu batuye Akarere ka Nyamasheke bavuga ko batagitekereza ubuki kubera ihenda ryabwo aho ikilo kigeze ku 5000 FRW, abavumvu baravuga ko byatewe n’ikibazo kibahangayikishije cyane cy’ikendera ry’inzuki kubera impamvu zinyuranye, bagasaba ubuyobozi bw’Akarere, urwego rw’igihugu rushinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) n’abafatanyabikorwa babo mu by’ubworozi bw’inzuki gukomeza ubufatanye ngo iki kibazo kibonerwe umuti urambye. […]
Umuyobozi wa HCR, Filippo Grandi, ubwe yaherekeje impunzi z’Abarundi zisaga 150 zari zitashye
Ukuriye ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, Filippo Grandi, wari uri mu gihugu cy’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Mata, ubwe yaherekeje impunzi z’Abarundi zahungutse ziva mu Rwanda azambutsa umupaka w’ibihugu byombi. Umuvugizi wa HCR mu Rwanda, Elise Villechalane, yabwiye BBC ko Filippo Grandi yakoranye urugendo n’impunzi z’Abarundi 159 zari zivuye mu Nkambi […]
Ubwoba bwatashye mu mpunzi z’Abanyarwanda baba mu mijyi yo muri Malawi
Impunzi ibihumbi zirimo: Abarundi, Abanyarwanda n’Abanye-Congo ziba mu mijyi itandukanye muri Malawi zivuga ko zihangayitse cyane kuko itariki ntarengwa zahawe na leta ko zigomba gusubira mu nkambi ari ku wa Gatatu tariki 28 Mata 2021. Mu ntangiriro za Mata 2021, Leta ya Malawi yasohoye itangazo rivuga ko “ku mpamvu z’umutekano impunzi zose ziba hanze y’inkambi” […]
SKOL n’ikipe yayo ya SACA batandukanye na Tour du Rwanda 2021
Uruganda rwa SKOL Brewery Limited rwari rutera inkunga Isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda, ntiruzagaragara mu isiganwa ry’uyu mwaka nyuma yo kunanirwa kumvikana na Ferwacy ku bijyanye n’amafaranga. Mu busanzwe buri mwaka uru ruganda rwenga ibinyobwa bisembuye rwateraga Tour du Rwanda inkunga y’angana na Frw 84,500,000. Bijyanye n’ingaruka icyorezo cya Coronavirus cyateje mu ngeri zitandukanye […]
Ingengo y’imari y’igisirikare cya Uganda yazamutseho 46% mu 2020, izamuka rikabije hatitawe kuri Covid-19 ku Isi
Ibihugu bimwe na bimwe, nka Chili na Koreya y’Epfo, byimuriye igice cy’amafaranga byari byateganyirije kurushaho kubaka igisirikare mu bikorwa byo guhangana na Covid-19, mu gihe ibindi, birimo nka Brazil n’u Burusiya, byakoresheje amafaranga make ugereranyije n’ingengo y’imari ya mbere yari igenewe igisirikare ya 2020. Ariko ibihugu bisanzwe bikoresha amafaranga menshi nka Leta Zunze Ubumwe za […]
Uko uwakatiwe imyaka 30 azira ibyaha bya jenoside yagiye acika ubutabera

Nkundabanyanga Eugenie wari umaze imyaka 27 akurikiranweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi akaba yarigeze gukatirwa ariko ntafungwe, tariki ya 22 Mata 2021 yatawe muri yombi. Aya makuru y’itabwa muri yombi rya Nkundabanyanga wavukiye mu Kagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera mu […]
RDC: Guverinoma ntizongera kwinjiza inyeshyamba mu gisirikare no muri Polisi
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kutazongera kwemera ko abahoze ari inyeshyamba binjira mu gisirikare cyangwa muri Polisi byayo. Ni ibikubiye muri gahunda Guverinoma nshya ya Congo Kinshasa iheruka gushyikiriza Inteko Ishinga amategeko ya kiriya gihugu binyuze muri Minisitiri w’Intebe, Sama Lukonde. Minisitiri Lukonde yagaragarije inteko ingamba Guverinoma ye […]
Niba u Rwanda ruza imbere mu kubahiriza amategeko, Afurika yaragowe_Immaculée
Umuyobozi w’umuryango Transparency International urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda, Ingabire Marie Immaculée yavuze ko niba u Rwanda ruza mu mwanya wa 37 ku Isi, uwa kabiri muri Afurika n’uwa mbere mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu kubahiriza amategeko, uyu mugabane wagowe. Immaculée yabitangarije mu busesenguzi kuri raporo ngarukamwaka yitwa ‘The World Justice Project Rule […]
Barinubira akayabo basabwa mu gupimisha ikinyabutabire cya Aflatoxin
Abacuruzi b’ibinyampeke cyane cyane ababirangura hanze y’igihugu baratangaza ko bahangayikishijwe n’amafaranga bo bita menshi bishyuzwa nk’ikuguzi cyo gupimisha ikinyabutabire cya Aflatoxin. Bavuga ko bishyuzwa amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 178, ibintu bemeza ko bibateza igihombo. Ibyinshi kuri ibi binyampeke ku masoko y’imyaka hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, birangurwa hanze y’Igihugu. Ibi birimo birimo ibigori,ubunyobwa,amasaka […]
Iby’ingenzi ku mutwe wa ‘Twirwaneho’ ugizwe n’Abanyamulenge

Umutekano muke w’Abanyamulenge batuye mu duce dutandukanye mu misozi miremire ya Uvira, Fizi na Itombwe, uvugwa kuva mu mwaka w’2017 kugeza ubu, aho bamwe bagiye bicwa, bagatwikirwa inzu, bagahohoterwa, bagasahurwa imitungo yabo irimo inka, abandi bagahunga. Amakuru mashya aturukayo avuga ko Abanyamulenge babarirwa mu 4000 bari batuye mu gace ka Ruramo, Gurupoma ya Lemera muri […]
Akari ku mutima wa S. Lt. Niyibaho wasohotse ayoboye abinjiye muri RDF mu 2021
Umusirikare ku ipeti rya 2nd Lt Alphonse Niyibaho ni we wahize abandi basoje amasomo abinjiza ku mugaragaro mu Ngabo z’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2021, akavuga ko ari inzozi ze zabaye impamo. Uyu musirikare Niyibaho ari mu bo umukuru w’igihugu kuri uyu wa mbere yahaye impeta za gisirikare ku bari abanyeshuri 721 binjiye mu […]
Ituri: Hoherejwe Abakomando bavuye i Kinshasa bagiye gufasha kugarura umutekano
Abakomando ba FARDC bo muri brigade ya 11 ishinzwe gutabara byihuse baturutse i Kinshasa barimo koherezwa mu Ntara ya Ituri ngo bajye gushyiraho akabo mu kugarura amahoro n’umutekano muri iki gice. Lt. Jules Ngongo, umuvugizi w’akarere k’ibikorwa bya gisirikare muri Ituri watanze aya makuru, yatangarije 7sur7.cd ko guhera kuwa Gatandatu, itariki 24 Mata ari bwo […]
Dr Himbara: Umuvugizi wa Rujugiro?
kuwa 25 Mata 2021, hasohotse itangazo ryamagana raporo ya Counter Extremisim Project (CEP) ishinja umuherwe w’Umunyarwanda, Ayabatwa Tribert Rujugiro, kuba inyuma y’umutekano muke mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Ntibisanzwe kuko iri tangazo Chimpreports yavuze ko ari irya sohowe na mwarimu, umushakashatsi n’impuguke mu bukungu, Dr David Himbara ubusanzwe bitazwi neza (mu mboni za rubanda ibonesha […]
Ba ‘General’ 20 bavuze ko bashobora guhirika Perezida Macron ku butegetsi
Abasirikare 20 bafite ipeti rya ‘General’ bahawe ikuruhuko mu ngabo z’u Bufaransa, bandikiye Perezida Emmanuel Macron bamumenyesha ko bashobora kumuhirika ku butegetsi mu gihe yaba adakemuye ikibazo cy’umutekano muke uterwa n’abegendera ku matwara akomeye ya Isilamu. Iyi baruwa yanditswe bigizwemo uruhare rukomeye na Gen. Jean-Pierre Fabre-Bernadac wigeze kuba umwe mu bajandarume (gendarme) bakuru, ikaba yanatambutse […]
Burundi: Imfungwa ziherutse guhabwa imbabazi na Perezida Ndayishimiye zatangiye gufungurwa

Imfungwa za mbere ziherutse guhabwa imbabazi na Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi mu mpera z’umwaka ushize zatangiye gutaha guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Mata, mu gihe minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu yatangiye uruzinduko mu Burayi, ari narwo rwa mbere mu myaka ine ishize umuyobozi mukuru w’u Burundi agiriye kuri uyu mugabane. Imfungwa zikabakaba […]
Rema Namakula mu munyenga w’urukundo na Ssebunya yahoze asaba Imana (Amafoto)

Umuhanzi Rehemah Namakula ukomoka mu gihugu cya Uganda, akomeje kuryoherwa n’urukundo rukomeje kugurumana hagati ye n’umukunzi we Hamza Ssebunya avuga ko yari amaze igihe kinini asaba Imana. Rema Namakula uretse kuba asanzwe ari umunyamuziki, yavuzwe cyane mu rukundo n’umuhanzi Eddie Kenzo basanzwe bafitanye umwana w’umukobwa, mbere yo gushyira akadomo ku rukundo rwabo muri Kanama 2019. […]
EU yareze uruganda rwa AstraZeneca
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watanze ikirego mu rukiko urega uruganda rwa AstraZeneca rukora inkingo za coronavirus. Akanama k’Uburayi – ishami ry’ubutegetsi rya EU – kavuze ko kareze AstraZeneca kubera kutubahiriza ibyo iyi kompanyi yiyemeje muri kontaro yo kugeza urukingo muri EU, no kutagira gahunda “yizewe” yo gutuma inkingo zihagera ku gihe. Uruganda rwa AstraZeneca rwavuze […]