Guma mu Rugo yavanweho, hashyirwaho amasaha yo gutaha kare

e7khug8weaahdqm.jpg

Inama y’abaminisititi yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida Kagame Paul, yanzuye ko Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali no mu turere 8 ivuyeho gusa Gera mu Rugo iba saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ikarangira saa kumi za mu gitondo. Ibice byavuzwe haruguru byari muri Guma mu Rugo kuva […]

Iby’abadipolomate b’ u Rwanda birukanwe muri Afurika y’Epfo bazira inzoga bigeze he?

Igihugu cya Afurika y’Epfo muri Kamena 2021, cyatangaje ko cyirukanye abadiplomate b’abanyamahanga barenga 200 barimo ab’u Rwanda batamenyekanye umubare n’amazina, ibaryoza kugura inzoga nta misoro batswe, nyuma bo bakazigurisha ku mafaranga y’umurengera. Iki gihugu cyatangaje ko iyi mikorere yagihombeje miliyoni z’amadolari z’imisoro buri kwezi. Abategetsi ba Afurika y’Epfo babwiye Sunday Independent ko ibi byatumye igihugu […]

Abakinnyi 20 ba JCCI FC baturikanwe n’igisasu, bane barapfa

Abakinnyi bane b’ikipe ya JCCI FC yo mu gihugu cya Somalia bitabye Imana, nyuma y’uko imodoka yari ibatwaye itezwe igisasu cyahise kiyiturikana ihahita igurumana. Byabereye mu mujyi wa Kismayo uherereye mu ntara ya Jubaland, mu Burasirazuba bwa Somalia. Amakuru avuga ko imodoka yari itwaye abakinnyi 20 b’iriya kipe yakandagiye igisasu cyo mu bwoko bwa mine […]

Marie Branser yandagaje abashinzwe Judo muri RDC, nyuma yo gusezererwa muri Olempike

Marie Branser, umukinnyi wa Judo wari uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu mikino ya Olempike iri kubera mu Buyapani, nyuma yo gusezererwa yandagaje abafite mu nshingano uyu mukino muri iki gihugu. Branser wasezerewe n’Umurusiyakazi Alexandra Babintseva muri 1/16 cy’umusozo w’irushanwa rya Judo kuri uyu wa 29 Nyakanga 2021, yabajijwe na radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa, […]

MINEDUC yavuze ko abanyeshuri barangije ‘Icya Leta’ bagaca amakayi n’impuzankano bazahanwa

Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yatangaje ko abanyeshuri barimo abagaragaye mu mashusho baca amakayi n’impuzankano y’ishuri mu rwego rwo kwishimira ko barangije ibizamini bya Leta, bazashakishwa bahanwe. Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga harimo igaragaza abanyeshuri bambaye impuzankano imwe bizihiwe, baririmba, babyinira ku makayi bigiragaho bayashwanyaguje. Hari irindi shusho rigaragaza umukobwa wicaye ashagawe na bagenzi […]

King James na Shaddyboo batawe muri yombi

Abantu umunani barimo umuhanzi Ruhunuriza James uzwi mu muziki nyarwanda nka King James na Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo ku mbuga nkoranyambaga, batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu ikorera mu ntara y’Iburengerazuba nyuma yo gufatwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu mu ntara y’Iburengerazuba, CIP Bonaventure Twizere Karekezi, yavuze ko aba […]

Le gouvernement du Rwanda a remis au Burundi 19 combattants burundais

e7ippuwxia8ftcs.jpg

Le gouvernement du Rwanda, Ă  travers le MĂ©canisme conjoint Ă©largi de vĂ©rification (EJVM), a rapatriĂ© vendredi 30 juillet, 19 combattants burundais. Ce mouvement, observĂ© Ă  la frontière Ă  guichet unique dans le district de Bugesera, survient près d’un an après que le groupe a Ă©tĂ© apprĂ©hendĂ© alors qu’il traversait le territoire rwandais. Lors de l’Ă©vĂ©nement, […]

Ngoma: Arashinjwa kwicisha ibuye umwana yari amaze kubyara

Ubushinjacyaha ku rwego rwa Ngoma muri iki cyumweru bwaregeye urukiko mu mizi umukobwa w’imyaka 18 ukekwaho kwica umwana we akimara kumubyara amukubise ibuye mu mutwe , yarangiza akajya kumujugunya mu ikawa ziri mu nsi y’iwabo. Ku itariki 06 Nyakanga 2021 saa sine z’amanywa mu Murenge wa Murama, Akarere ka Ngoma nibwo mu ikawa ziri munsi […]

Rusizi: Abayobozi bavuze ku kibazo cy’abaturage bibaza niba Perezida Kagame azi ko bagorwa n’imibereho

ghu.jpg

Nyuma y’inkuru y’ubuvugizi Bwiza.com yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 29 Nyakanga 2021, ivugira abaturage bo mu Karere ka Rusizi, mu Murenge wa Butare, mu tugari twa Nyamihanda na Rwambogo, bibazaga niba umukuru w’igihugu azi niba barwara bakabura aho bivuriza ababyeyi bakabyarira mu nzira bajya ku kigo nderabuzima kiri mu birometero 27 uvuye aho […]

Perezida Ndayishimiye yashimiye u Rwanda, arusigira undi mukoro

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashimiye u Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi ba RED-Tabara rwafatiye ku butaka bwarwo, arusaba no gutanga abo avuga ko bari inyuma ya Coup d’Etat yo muri 2015 rucumbikiye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kibinyujije mu itsinda ry’ingabo rishinzwe kugenzura imipaka mu karere […]

Gen. Tumwine ahanganiye Are 400 z’ubutaka n’umugore w’umupfakazi

Gen. Elly Tumwine, umusirikare w’inararibonye wabaye Minisitiri w’Umutekano wa Uganda ahanganiye n’umugore w’umupfakazi Are 400 z’ubutaka bivugwa ko yazigurishijwe by’igihe kirekire n’umugabo we, ubwo yari akiriho. Uyu mugore witwa Medius Kamaruka utuye mu mudugudu wa Mirama mu Karere ka Kazo avuga ko ubu butaka Gen. Tumwine abukoresha yarabutijwe n’umugabo we witwaga Wilson Gukyere. Karamuka yavuze […]

Loni yongereye umwaka ibihano bibuza Centrafrica kugura intwaro

Akanama k’Amahoro n’umutekano ka Loni kongereye igihe cy’ibihano byo gukumirwa kugura intwaro byafatiwe Centrafrica mu gihe cy’undi mwaka abagize aka kanama bavuga ko iki gihugu kikiri mu bihe by’intambara. Aba bavuga ko kongera iki gihe bigamije kubuza imitwe yitwaje ibirwanisho ikorera muri iki gihugu kubona intwaro zo gukoresha nk’uko byari bimeze mu mwaka ushize. Ambasaderi […]

Abemeye gufata urukingo muri USA bazajya bahabwa Frw ibihumbi 100

Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye za leta gutanga $100 (agera ku 100,000Frw) ku bantu bashya bemeye gukingirwa Covid mu muhate wo kuzamura umubare w’abakingirwa kubera ubwandu buri kwiyongera. Biden yashyizeho ibwiriza rishya ritegeka kwikingiza ku bakozi ba leta ya Amerika, urwego rukoresha benshi mu gihugu basaga miliyoni ebyiri. Iri bwiriza risaba abakozi kwerekana icyemeza […]

U Rwanda rwishyuye RDC Frw miliyoni 179 yinjijwe n’ingagi zayo rufite

Minisiteri y’Ubukerarugendo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko iki gihugu cyarangiye kwishyurwa na Leta y’u Rwanda amafaranga yinjiriye mu bikorwa by’ubukerarugendo kubera ingagi za RDC ziri ku butaka bw’u Rwanda. Minisitiri w’Ubukerarugendo wa RDC, Modero Nsimba, yavuze ko aya mafaranga Congo Kinshasa yatangiye kuyishyurwa mu gihe cya Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri w’Intebe, […]

Ubu Covid-19 igaragara ku rutonde rw’ibyorezo 8 byishe abantu benshi ku Isi

deadliestpandemics-infographic-population-supplemental_30062021r.jpg

Nubwo hakomeje kubaho indwara n’ibyorezo mu mateka, ikintu kimwe cyakomeje kubaho n’ukugabanuka gahoro gahoro k’umubare w’impfu, gutezimbere ubuvuzi no gusobanukirwa impamvu zitera ibyorezo byabaye ibikoresho bikomeye mu kugabanya ingaruka zabyo. Kuri iyi nshuro Bwiza.com yifuje kubageza urutonde rw’ibyorezo kugeza ubu bimaze guhitana abantu benshi mu mateka y’isi harimo n’icyorezo cya Covid-19 cyagaragaye mu mpera za […]

Perezida Macron yareze uwamugereranyije na Hitler

obeis.jpg

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yareze Flori Michel-Ange wamamaye mu gukora ibyapa (billboards), amushinja kumugereranya n’umunyagitugu w’Umudage, Adolf Hitler wigeze guhungabanya Isi. Iki kirego Perezida Macron yagitanze kuri sitasiyo ya Polisi ya Toulon nyuma y’aho Flori ashyize ku mugaragaro icyapa kigaragaza uyu Mukuru w’Igihugu ateye neza nka Hitler. Iki cyapa dukesha Le Figaro kigaragaza Perezida […]

U Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi 19 rwafatiye ku butaka bwarwo

two_sds.jpg

Leta y’u Rwanda kuri uyu wa 30 Nyakanga 2021 yashyirikije iy’u Burundi abarwanyi 19 ingabo zayo zafatiye mu ishyamba rya Nyungwe tariki ya 29 Nzeri 2020. Iki gikorwa cyebereye ku mupaka wa Gasenyi-Nemba, kiyobowe n’umuyobozi w’urwego rw’iperereza rya gisirikare mu Rwanda, Brig. Gen. Vincent Nyakarundi na mugenzi we wo mu Burundi, Col. Ernest Musaba wakiriye […]

Sahara Marocain : le Malawi ouvre un Consulat Général à Laâyoune

Le Malawi a ouvert, le jeudi 29 juillet 2021, un Consulat GĂ©nĂ©ral Ă  Laâyoune, marquant ainsi son soutien ferme Ă  la souverainetĂ© du Maroc sur son Sahara et Ă  son intĂ©gritĂ© territoriale. L’inauguration de ce Consulat s’est dĂ©roulĂ©e en prĂ©sence du Ministre des Affaires Ă©trangères, de la CoopĂ©ration africaine et des Marocains rĂ©sidant Ă  l’étranger, […]

Muzigurishe cyamunara cyangwa muzibage-Min. Rwamirama ku nka ziva mu Rwanda

Minisitiri wungirije w’iby’amatungo muri Uganda, Rtd Lt Col Bright Kanyontore Rwamirama, aherutse gusaba abategetsi kudahizanwa igihe bafashe inka zivuye mu Rwanda ziba zinjiye mu buryo butemewe n’amategeko, asaba ko zabagwa cyangwa zikagurishwa muri cyamunara. Abategetsi n’abashinzwe umutekano muri Ntungamo bahagarukijwe n’inka zinjizwa muri Uganda zivuye mu Rwanda zigiye kugurishwa, bakavuga ko zinjira bitemewe n’amategeko, ibishobora […]

Sarpong na Haruna mu banyamahanga barekuwe na Yanga Africans

Ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania yafashe umwanzuro wo gutandukana n’abakinnyi barindwi b’abanyamahanga mu icumi yari ifite, nyuma yo kunanirwa kuyifasha kubona umusaruro yari yiteze mu mwaka ushize w’imikino. Abakinnyi iyi kipe yabaye iya kabiri muri shampiyona yarekuye barimo Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Haruna Niyonzima, uheruka gukorerwa ibirori byo kumusezeraho. Aba bakinnyi kandi barimo […]

Minisitiri Biruta yavuze ko hakenewe ubushake bwa politiki bwa Uganda kugira ngo umubano n’u Rwanda uzahuke

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta kuri uyu wa 29 Nyakanga 2021 yatangaje ko hakenewe ubushake bwa politiki bwa Uganda kugira ngo umubano wayo n’u Rwanda uzahuke. Dr Biruta yabitangarije mu kiganiro n’itangazamakuru cyibandaga ku miterere y’umubano w’u Rwanda n’amahanga, nk’uko tubikesha Kigali Today. Muri iki kiganiro, yagize ati: “Uko ibintu byari bimeze, nta […]

U Rwanda rurasatira gutangira gukora inkingo n’indi miti igabanya ubukana bwa za virus

e7edpghx0aet7kz.jpg

Kuri uyu wa Kane, abayobozi bakuru ba leta bari kumwe n’uhagarariye Fondasiyo ya KENUP bahuye n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse banasura ibigo i Kigali, mu ntambwe iganisha u Rwanda hafi yo gutangira gukora inkingo n’ibindi binyabuzima. Fondasiyo ya KENUP ni umuryango mpuzamahanga ushyigikira udushya dushingiye ku bushakashatsi kandi wari uhagarariwe na Holm Keller, Umuyobozi mukuru wawo. Minisiteri […]

Angola izohereza abasirikare 20 muri Mozambique

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Angola tariki ya 27 Nyakanga 2021 yemeje ko iki gihugu kizohereza abasirikare 20 mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ni icyemezo cyafashwe hashingiwe ku cyifuzo Perezida wa Angola akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo, JoĂŁo Lourenço yagejeje ku bagize Inteko. Iri tsinda ry’abasirikare rizoherezwa muri Mozambique nk’umusanzu […]

Abasirikare 6 b’Abafaransa bafatiwe muri Guinea Equatoriale na kajugujugu yabo

Abasirikare batandatu b’Abafaransa bafatiwe ahitwa mu mujyi wa Kabiri wa Guinea Equatoriale witwa Bata, nyuma y’aho kajugujugu bari barimo yahise igotwa n’ingabo z’iki gihugu ikigera hasi kuwa Gatatu ushize. Kuri uyu wa Kane, abayobozi ba Guinea Equatoriale bemeje aya makuru bavuga ko iyi kajugujugu yaguye ku butaka bwa Guinea nta burenganzira yahawe, ndetse bavuga ko […]

Ni iby’agaciro kuza mu kipe nk’iyi y’ibigwi, itwara ibikombe_Mugisha Gilbert

Rutahizamu mushya wa APR uca ku mpande, Mugisha Gilbert, yatangaje ko ari iby’agaciro n’ibyishimo kuri we ku kuba yarasinyiye iriya ‘kipe y’ibigwi, itwara ibikombe’, anahishura ko yari akumbuye bagenzi be bahoze bakinana muri Rayon Sports. Mugisha uheruka gusinyira APR FC amasezerano y’imyaka ibiri yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’urubuga rw’iyi kipe y’ingabo z’igihugu. Ati: “Ni iby’agaciro […]

Huye: Umugabo w’imyaka hafi 60 akurikiranweho gusambanya umwuzukuru

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 59 ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14 abereye sekuru ubana n’ubumuga bwo kutavuga neza. Ni icyaha cyakozwe ku itariki 18 Nyakanga 2021 mu Kagari ka Kabona, Umurenge wa Kinazi, Akarere ka Huye aho uwo mugabo yafashe uwo mwana amujyana mu cyumba […]

Bruce Melodie na Ndimbati nabo babujijwe kujya gutaramira mu Burundi

Nyuma y’aho Minisitiri w’ubutegetsi, iterambere ry’abaturage n’umutekano mu Burundi, Gervais Ndirakobuca atangarije ko batazemera ko umuntu uturutse mu Rwanda ajya gutaramira mu gihugu cye, ibitaramo bya Bruce Melodie n’icy’umunyarwenya Ndimbati byaburijwemo. Minisitiri Ndirakobuca kuri uyu wa 29 Nyakanga 2021 yatangarije mu nama n’abandi bayobozi mu ntara ya Gitega ati: “Nta muntu uzaza gukubita umuziki avuye […]

Nyuma ya APR FC, indi kipe inakinamo Umunyarwanda na yo yikuye muri CECAFA

Ikipe ya Tusker FC yo mu gihugu cya Kenya yikuye mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup riteganyijwe kubera muri Tanzania, mbere y’amasaha make ngo iri rushanwa ritangire. Tusker FC isanzwe ikinamo Umunyarwanda Mvuyekure Emery yavuze ko yikuye muri ririya rushanwa mu rwego rwo gushyira ingufu mu mikino ya shampiyona ya Kenya itararangira. Iyi kipe yikuye […]

Min. Biruta ku bavuga ko RDF yatanguranwe na SADC kugera muri Mozambique

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwohereje ingabo zarwo rusa n’urutanguranwa n’ibihugu bya SADC. Ibihugu ndetse n’abantu ku giti cyabo banenze ukuntu ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique, bamwe ndetse bavuga ko rusa n’urwashatse gutanguranwa n’ingabo z’akarere za SADC bagomba guhurira muri Mozambique. Minisitiri Biruta yagize ati: […]