Afurika ntiyumva ukuntu u Bwongereza buyiha inkingo, bugafata abakingiwe nk’abatarakingiwe
Umuyobozi w’ikigo cyegamiye ku muryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishinzwe gukumira no kurwanya indwara (Africa CDC), Dr John Nkengasong yagaragaje ko atumva ukuntu u Bwongereza buha uyu mugabane inkingo za Covid-19 bwamara bugafata abakingiwe nk’abatarakingiwe. Ni ubutumwa yatangiye mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’aho Guverinoma y’u Bwongereza ivugururiye urutonde rutukura ruriho ibihugu byugarijwe cyane n’iki […]
Amashashi aturuka mu Rwanda arimo guhumanya Uganda – Minisitiri Anywar
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ibidukikije muri Uganda, Beatrice Anywar arasaba gufata ingamba zisumbuye zo kurwanya ibikorwa byangiza ibidukikije no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere, ari nako yemeza ko amashashi ava mu Rwanda arimo kwangiza igihugu cye. Ngira isoni iyo ndimo gukorera urugendo muri KLM, iyo ugeze mu Rwanda, bakubwira gusiga amashashi yose mu ndege kuko atemewe […]
Le Ministre Rwandais des Affaires Etrangères a rencontré son homologue Burundais
Le Ministre Rwandais des Affaires Etrangères et de la CoopĂ©ration Internationale, le Dr Vincent Biruta, a rencontrĂ© son homologue Burundais Amb. Albert Shingiro en marge de la 76e AssemblĂ©e gĂ©nĂ©rale des Nations Unies Ă New York, aux États-Unis. Les deux responsables “ont Ă©changĂ© sur des questions de relations bilatĂ©rales entre nos deux pays, et la […]
U Rwanda ni igihugu gifite abakobwa beza_Diamond Platnumz
Umuhanzi Naseeb Abdul Djuma wamamaye mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platnumz, aherutse gutangaza ko akunda u Rwanda kuko rufite ubuyobozi bwiza n’abakobwa beza. Diamond yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Mutesi Jolly wabaye nyampinga w’u Rwanda muri 2016 ubwo bahuraga mu minsi ishize. Ku itariki ya 18 Kanama ni bwo Miss Jolly yagiranye ibiganiro na […]
Umugabo yokeje amabere y’umukobwa we n’ibuye rishyushye ngo yagaragazaga imoko
Polisi ya Nigeria mu Mujyi wa Lagos yataye muri Nigeria, yataye muri yombi umugabo witwa Banjo uzwi nka Panel, wakoresheje ibuye rishyushye, agatwika amabere y’umukobwa we w’imyaka umunani kuko yari atangiye kugaragaza imoko. Ikirego kiri mu mpapuro za polisi ya Nigeria, kivuga ko uyu utatangajwe amazina, yabikoze ari ukugira ngo ayo mabere adakomeza gukura. Uyu […]
Indege z’intambara z’u Bushinwa zikomeje kuvogera ikirere cya Taiwan
Minisiteri y’ingabo muri Taiwan ivuga ko ingabo zirwanira mu kirere z’iki gihugu zongeye kwihanangiriza indege 19 z’u Bushinwa zavogereye ikirere cyacyo mu gihe hakomeje gututumba umwuka mubi mu kigobe cya Taiwan. Kuri uyu wa Kane, iyi minisiteri yavuze ko indege z’u Bushinwa zavogereye ikirere cya Taiwan zirimo iz’indwanyi 12 zo mu bwoko bwa J-16 ndetse […]
Uwazimiye muri za 70 yongeye kubona inzira imusubiza mu rugo nyuma y’imyaka 47
Umugabo w’Umunyakenya kuri ubu ufite imyaka 70 y’amavuko witwa James Mwaura, wazimiye muri za 70 ubwo yari agiye guhahira umuryango we wari utuye ahitwa Molo muri Nakuru, ubwo yari afite imyaka 23, amaherezo yabonye inzira imusubiza mu rugo nyuma y’imyaka 47 abifashijwemo na facebook. Nk’uko tubikesha CitizenDigital, uyu mugabo yabuze inzira imusubiza mu rugo ubwo […]
Leta yafatiriye litiro 1136 za lisansi ya Senateri Ntisezerana wabaye Visi Perezida

Ubuyobozi bw’intara ya Gitega ubwa Komini Gitega n’abashinzwe umutekano kuri uyu wa 23 Nzeri 2021 bafatiriye litiro 1136 za lisansi za Senateri Gabriel Ntisezerana wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2007 kugeza mu 2010. Aba bayobozi n’abashinzwe umutekano babikoze ubwo bagensuraga uko lisansi icuruzwa, bashingiye ku makuru bari barahawe n’abaturage avuga ko ibiciro byayo […]
Rubavu: RDF yarashe abantu batatu barapfa
Ingabo z’u Rwanda zibarizwa muri batayo ya 9 ikorera mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu, zarashe abantu batatu bageragezaga kwambutsa magendu mu gihugu barapfa. Saa tatu z’ijoro ejo ku wa Gatatu ni bwo aba bantu batatu barimo abagabo babiri n’umugore umwe barashwe n’ingabo z’u Rwanda bagerageza kwambutsa ibicuruzwa bya magendu mu gihugu. Amakuru […]
Amagare: U Rwanda rwabaye igihugu cya mbere cya Afurika cyemerewe kwakira shampiyona y’Isi
Impuzamashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa ku magare ku Isi (UCI), yemeje ko u Rwanda ari rwo rugomba kwakira shampiyona y’Isi y’umukino wo gusiganwa ku magare ya 2025. UCI yemeje aya makuru mu butumwa bwa email yoherereje ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY), mbere yo kuyemeza ku rubuga rwayo rwa Twitter. Iri siganwa ngarukamwaka riri […]
Ibiro by’Umuvunyi byahagurukiye ruswa ikomeje kuvugwa mu bakozi ba leta
Ibiro by’Umuvunyi biri gukora iperereza ku birego bya ruswa mu bakozi ba Leta, cyane cyane mu bijyanye n’amasoko ya Leta n’ibikorwa remezo. Ibi bije bikurikira raporo iheruka gukorwa na Transparency International Rwanda (TIR), yasohotse muri uku kwezi yashyize mu majwi cyane izo nzego zombi. Raporo yiswe ‘ubushakashatsi bw’ibanze ku bunyangamugayo no gukorera mu mucyo muri […]
Bukavu: Amabandi yitwaje intwaro yateye kiliziya, ahohotera abapadiri
Amabandi yitwaje intwaro ataramenyekanye bivugwa ko hari n’ayari yambaye impuzankano ya Polisi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yateye urugo rw’abapadiri muri Paruwasi Gatolika ya Saint François Xavier iherereye mu mujyi wa Bukavu, arabatoteza. ActualitĂ© dukesha aya makuru ivuga ko byabaye mu rukerera rwa tariki ya 21 Nzeri 2021, bigakekwa ko aya mabandi yari […]
Twiteguye intsinzi_Djabel wa APR FC mbere yo guhura na Etoile yo muri Tunisia
Djabel Manishimwe ukina hagati muri APR FC yatangaje ko ikipe ye yiteguye kubona intsinzi mu mukino wa kabiri w’ijonjoro ry’irushanwa rya CAF Champions League uzayihuza na Etoile du Sahel yo muri Tunisia. Ni ubutumwa uyu mukinnyi atanze nyuma y’aho tariki ya 19 Nzeri 2021 APR FC isezereye mu irushanwa Mogadishu City Club, iyitsinze ibitego bibiri […]
Madagascar: Imirwano hagati y’abaturage n’abajura b’inka yaguyemo abagera kuri 46
Imirwano ikomeye yasakiranyije abaturage n’abajura b’inka bazwi nk’aba Dahalo, yasize ababarirwa muri 46 bitabye Imana mu gihugu cya Madagascar. Byabaye ku wa Gatanu w’icyumweru gishize mu karere ka Befotaka Atsimo gaherereye mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bwa kiriya gihugu. Inzego z’umutekano muri Madagascar zivuga ko mu bapfuye harimo abajura 42 ndetse n’abaturage bane barimo n’umwana w’imyaka […]
Icyiciro cya mbere cyo gusaba ko Rugamba n’umugore we bagirwa abatagatifu kigiye gusozwa

Umuhango wo gusoza icyiciro cya mbere cyo gusaba ko Rugamba Cyprien n’umugore we, Rugamba Daphrose Mukansanga, bashyirwa mu rwego rw’abatagatifu, uraba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Nzeri 2021 kuri Regina Pacis i Remera. Iki gikorwa kimaze imyaka 6, aho hakozwe ubushakashatsi ku buzima bw’aba bantu bombi, harebwa ko babikwiriye. Ku nshuro ya mbere […]
Perezida Museveni yafunguye insengero utubari n’amashuri bikomeza gufunga
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Museveni yategetse ko ko insengero, zari zimaze ukwezi hafi n’igice zifunze, zifungurwa, ariko hubahirizwa byimazeyo uburyo bukoreshwa (SOP) kugira ngo hatabaho ikwirakwizwa rya coronavirus, anafungura za casinos, imikino y’amahirwe n’ahakorerwa siporo ariko amashuri akomeza gufungwa. “Ahantu ho gusengera ubu hashobora gufungurwa hifashishijwe amabwiriza akomeye nko; gushyiraho umubare ntarengwa w’abantu 200 […]
Uko umuzamu Mburanumwe yiyumva ahembwa Frw 10, 000 arinze za miliyoni
Umuturage witwa Mburanumwe Jean Baptiste ni umuzamu w’iduka ryitwa Ineza ku isanteri ya Kabaya mu Kagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze. Avuga ko yiyakiriye ku kuba ahembwa Frw 10,000 ku kwezi, akaba ashinzwe kurinda iduka rya miliyoni zisaga ebyiri. Ni akazi atangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, akagasoza saa kumi n’imwe za […]
Palma/Cabo Delgado: Abaturage batangiye guhabwa imfashanyo y’ibiribwa
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, PAM, ryatangaje ko ryagejeje ibiribwa ku miryango ya mbere 2150 yo mu Karere ka Palma mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique nyuma y’amezi 6 yibasiwe n’ibitero by’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Islam. PAM mu butumwa yanyujije kuri Twitter ku wa Mbere w’iki cyumweru, yatangaje iti: “Ku nshuro ya mbere kuva […]
Ykee Benda mu rukundo na wa mukobwa wirukanishije Kwizera Olivier mu mwiherero w’Amavubi
Umuhanzi Wycliffe Tugume ukunzwe mu muziki wa Uganda nka Ykee Benda, yatangaje ko ari mu rukundo n’Umunyarwandakazi Kayesu Sharon wigeze kwirukanisha Kwizera Olivier mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Ni nyuma y’amakuru yari amaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga agaruka ku rukundo rw’uriya muhanzi n’iriya nkumi yanigeze kuvugwaho gufungisha abahanzi Davis D na Kevin Kade. Amashusho yakwirakwiye […]
Meet Master Musanganya, the Rwandan Karate legend

Faustin Musanganya , 65, a resident of Muhoza Sector in Musanze District is one of the Karate legend in Rwanda, who started the sports in his twenties. Aged yet physically fit, Musanganya, is married with five children. He gained Nebraska State citizenship in 1992. He went to a primary school in Burera District in 1962, […]
Mozambique: RDF yerekanye izindi ntwaro yafatanye ibyihebe n’umurwanyi wabyo yafashe mpiri

Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Col. Ronald Rwivanga yeretse itangazamakuru izindi ntwaro bafatanye ibyihebe by’umutwe wa Jamaa Ansar al-Sunnah wegamiye kuri Islam, umaze imyaka 4 uhungabanya umutekano w’intara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Col. Rwivanga uri muri Cabo Delgado yerekanye na Yussuf Abdala, umusore w’imyaka 18 y’amavuko RDF yafashe mpiri, uvuga ko yinjijwe muri uyu mutwe […]
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kane mu hantu habereye ishoramari muri Afurika
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kane mu gukurura ishoramari muri Afurika ukurikije urutonde ruheruka gukorwa na Rand Merchant Bank (RMB). RMB ni banki iyoboye y’amasosiyete n’ishoramari muri Afurika, ikaba imwe mu zigize Firsthand Bank, imwe mu bigo by’imari binini ku mugabane wa Afurika. Mu rutonde rwayo rwa 2021 rw’ibihugu 10 bya mbere bikurura ishoramari […]
Umuyobozi wa IMF ari mu mazi abira kubera amakosa yaba yarakozwe akiyobora Banki y’Isi
Komite ishinzwe imyitwarire y’abakozi y’ikigega mpuzamahanga cy’imari yahuye n’inama nyobozi y’iki kigega kugira ngo baganire ku ntambwe ikurikira mu gusuzuma uruhare rw’umuyobozi ushinzwe imiyoborere Kristalina Georgieva mu “ntenge zagaragaye mu gutanga amakuru” mu gihe yayoboraga Banki y’Isi nk’uko bitangazwa na Reuters. Ku wa 21 Nzeri, umuvugizi wa IMF, Gerry Rice, yagize ati: “Inama y’ubutegetsi yaganiriye […]
Hapfuye kudeta nyinshi kuva Bashir yava ku butegetsi- Gen Hemet
Visi-Perezida w’akanama kari ku butegetsi muri Sudan, Gen Mohamed Hamdan Dagolo, uzwi cyane ku izina rya Hemeti, yavuze ko abanyapolitiki ari bo bo kwegekwaho igerageza ryo guhirika ubutegetsi ryaburijwemo ku wa kabiri kandi ko atari ubwa mbere byari bibayeho kuva Omar al-Bashir ahiritswe. Gen Hemet yumvikanye mu gitangazamakuru cya leta agira ati: “Abanyapolitiki ni bo […]
Ba Minisitiri Biruta na Shingiro bongeye kuganira ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta na mugenzi we w’u Burundi, Amb. Albert Shingiro, bongeye kugirana ibiganiro byibanze ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi n’uburyo wasubira mu buryo. Bombi bahuriye i New York muri Leta Zunze ubumwe za Amerika aho bitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iri kuba ku nshuro ya 76. Minisiteri z’Ububanyi […]