Rutsiro: Wa musore uvugwa kwica se amunigishije ikiziriko yafashwe

Nyuma yâinkuru yasakaye ivuga ku musore Habimana Evariste wâimyaka 20,wari wishe se umubyara, Ugirirabino Aloys wâimyaka 77, amunigishije ikiziriko mu gitondo cyo ku wa 20 Nyakanga, amuziza amafaranga byavugwaga ko ari 400.000 yari yaraye agurishije inka,agahita atoroka aho yatangiye guhigwa bukware nâinzego zâumutekano, ku bufatanye nâizâubuyobozi nâabaturage, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Nyakanga […]
Dr Mukwege yagaragaje ko atewe impungenge nâingabo za EAC zizoherezwa muri RDC
Muganga wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) wahawe igihembo cyâamahoro cyitiriwe Nobel mu 2018, Dr Denis Mukwege yagaragaje ko atewe impungenge nâingabo zâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) zizoherezwa mu gihugu cyabo. Icyemezo cyo kohereza umutwe uhuriweho wâingabo zâibi bihugu cyafashwe nâabayobozi babyo bahuriye i Nairobi tariki ya 21 Mata 2022, banzura […]
Perezida wa Somalia mu bitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC
Perezida Hassan Sheikh Mohamud wa Somalia, ari mu bakuru b’ibihugu bitabiriye inama yâAbakuru bâIbihugu bigize Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC) iri kubera i Arusha muri Tanzania. Ni inama yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 21 Nyakanga, ikazasozwa ejo ku wa Gatanu tariki 22 Nyakanga 2022. Abakuru b’ibihugu bayitabiriye barimo Uhuru Kenyatta wa Kenya, Yoweri Kaguta […]
Police FC yakoze impinduka mu buyobozi bwayo, yemeza Mashami nk’umutoza wayo mukuru
Ikipe ya Police FC yemeje umutoza Mashami Vincent wahoze atoza ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ nk’umutoza wayo mukuru. Iyi kipe ya Polisi y’igihugu yemeje aya makuru ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Internet. Amakuru avuga ko uyu mutoza wanyuze mu makipe ya APR FC na Bugesera yahawe amasezerano yo gutoza Police FC mu myaka ibiri iri imbere. Ni […]
Uganda: Abadepite banenze igikorwa cyo kongeza umushahara abasirikare bakuru gusa
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yasobanuye izamurwa ryâimishahara iherutse kwemezwa ku basirikare bakuru ba Uganda (UPDF) nkâ âivanguraâ, kandi ko ari ikintu gishobora guhungabanya ubumwe bwâingabo nâumutekano wâigihugu. Mu cyumweru gishize, Daily Monitor yatangaje inkuru yâuko umushahara uteganijwe kuzamuka, aho umushahara wa buri kwezi nâinyungu zâizabukuru zâabasirikare bakuru ba UPDF bizikuba inshuro zirenga ebyiri, mu […]
Metallurgist at RUTONGO Mines Ltd
JOB ADVERTISEMENT Who we Are: Rutongo Mines Ltd is a Tin Mining Company, situated in Masoro Sector, Rulindo District, Northern Province. The Management of Rutongo Mines Ltd informs the public that it is recruiting Competent, Qualified and Experienced staff for the following position: Metallurgist (1 Position) Position/Job Title: Metallurgist Job Grade: D1 Department : Technical […]
Gakenke: Haravugwa bamwe mu banyamategeko bavangira inteko z’abunzi bikabyara akarengane n’amakimbirane
Ikinyamakuru BWIZA.COM cyageze mu karere ka Gakenke, mu murenge wa Gashenyi, aho bivugwa ko inteko zâabunzi zivangirwa na bamwe mu banyamategeko birengagiza ibiteganywa n’Itegeko nomero 37/2016 ryo kuwa 08/09/2016 rigena imitunganyirize, ifasi, ububasha nâimikorere bya Komite yâabunzi riteganya, ngo bakaryica nkana kandi barizi. Nk’uko abavuganye n’iki kinyamakuru babisobanura, amakosa menshi yakozwe mu bwiyunge bwa Me […]
M23 ivuga ko abarimo FDLR bagiye kuyigabaho ibitero simusiga
M23 yatangaje ko yabonye amakuru ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije nâimitwe irimo FDLR, bari mu myitozo ikomeye yo kuygabaho ibitero byo kwisubiza ibice biri mu maboko yawo, utangaza ko uzirwanaho. Mu itangazo ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Nyakanga 2022, M23 yavuze ko FARDC yiyambaje imitwe imwe yâinyeshyamba ya: […]
Museveni yahishuye urwo yari aboneye muri CHOGM i Kigali
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yahishuye ko yashoboraga kwandurira icyorezo cya COVID-19 i Kigali aho yari yitabiriye inama ya CHOGM, gusa arokorwa no kuba yari akingiye byuzuye. Mu kwezi gushize ni bwo Perezida Museveni yari i Kigali, aho yari yitabiriye inama ya CHOGM yahuzaga abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize umuryango wa Commonwealth. Amafoto […]
Perezida Kagame ntaboneka mu nama yâabakuru bâibihugu bya EAC

Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, ntaboneka mu nama yâabakuru bâibihugu bigize umuryango wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba (EAC) irabera i Arusha muri Tanzania uyu munsi nâejo. Ibiro bya Minisitiri wâIntebe wâu Rwanda bisobanura ko Umukuru wâIgihugu arahagararirwa na Dr Edouard Ngirente wamaze kugera i Arusha. Mu butumwa byashyize hanze mu mwanya ushize, ibi biro byagize biti: […]
Le chef de DCI, George Kinoti, conclut une tournée de sécurité de 3 jours au Rwanda
Le directeur de la Direction des enquĂȘtes criminelles au Kenya (DCI) , George Kinoti, a appelĂ© Ă une plus grande collaboration entre les pays africains dans la lutte contre la criminalitĂ© transnationale organisĂ©e. S’exprimant aprĂšs avoir conclu sa visite de trois jours liĂ©e Ă la sĂ©curitĂ© au Rwanda, Kinoti a dĂ©clarĂ© que le Kenya et […]
Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani, Mario Draghi, yeguye ku mirimo ye
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani, Mario Draghi, yeguye ku mirimo ye nyuma yâuko ihuriro riri ku butegetsi rimaze gusenyuka. Ibiro bya perezida bivuga ko guverinoma ya Draghi izakomeza kwita ku bibazo byâigihugu kugeza hashyizweho indi nshya. Draghi yabonanye na Perezida Sergio Mattarella kugira ngo amushyikirize ubwegure bwe. Ibiro byatangaje nyuma y’inama, ko […]
Rulindo: Umugabo w’imyaka 35 arashinjwa gufata ku ngufu umukecuru wari umwugamishije
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi, mu mpera z’icyumweru gishize rwagejeje imbere yâUrukiko umugabo wâimyaka 35 yâamavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Gatwa, bumukurikiranyeho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukecuru wâimyaka 58 yâamavuko. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko icyo cyaha yagikoze ku itariki ya 24 Werurwe […]
Haji Manara yahagaritswe imyaka 2 mu bikorwa by’Umupira w’amaguru
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Tanzania (TFF) ryahanishije Haji Manara kumara imyaka ibiri adakandagira mu bikorwa by’umupira w’amaguru, azira gutuka umuyobozi waryo. Manara uri mu byamamare bikomeye muri Tanzania, asanzwe ari umuvugizi w’ikipe ya Young Africans. Ni inshingano yahawe n’iyi kipe yo muri Tanzania nyuma yo gutandukana na mukeba wayo Simba Sports Club na yo yari […]
Intumwa z’u Rwanda na RDC zahuriye muri Angola mu nama yo guhosha amakimbirane

Intumwa zâu Rwanda nâiza Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) zateraniye i Luanda muri Angola mu nama yo gukemura amakimbirane yatutumye hagati yâibihugu byombi bitewe nâimpamvu zâumutekano. Ku ruhande rwâu Rwanda, izi ntumwa ziyobowe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane, Dr Vincent Biruta. Iza RDC zo ziyobowe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga, Christophe Lutundula. Uruhande rwa Angola […]
Umunyarwanda wafatiwe muri Ukraine yagaragaye aririmba indirimbo isingiza ingabo z’Uburusiya
Sele Murekezi ni Mukuru wa Suedi Murekezi, Umunyarwanda ufungiwe muri Ukraine nyuma yo gufatwa n’abiyomoye kuri Ukraine bakaba bashyigikiye Uburusiya, avuga ko bajya kumenya ko yafashwe, bamubonye mu mashusho, ari kuririmba indirimbo isingiza ingabo z’Uburusiya. Suedi Murekezi wahoze mu ngabo zirwanira mu kirere za Amerika, mukuru we avuga ko yafashwe kuwa 9 Kamena, akuwe mu […]
Ibihugu byo mu Burayi bifite imyenda myinshi kurusha ibindi
Ibihugu bitatu byo mu Muryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi biracyafite umwenda rusange uri hejuru ya 120% byâUmusaruro mbumbe wabyo (GDP), aho u Bugereki bufite umubare munini wâimyenda mu bihugu byâu Burayi ungana na 193.3% bya GDP, imbere yâu Butaliyani (150.8%) na Portugal (127.4%). Ariko kandi muri ibi bihugu niho iterambere mu mwaka wa 2021 rigaragara […]
Umunyarwanda yarasiwe muri USA arapfa
Umugabo witwa Kadage Byishimo wavuye mu Rwanda akajya gutura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yarashwe n’abataramenyekana apfa nyuma yo kugezwa kwa muganga. Amakuru avuga ko Kadage wari utuye muri Leta ya Kentucky yarasiwe iwe mu rugo aho yari kumwe n’abagize umuryango we, ubwo yari agiye kuryamisha umwana. Umuturanyi wa nyakwigendera witwa Mutabazi Etienne, yabwiye […]
Tshisekedi ntiyitabira inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC muri Tanzania
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, ntiyitabira inama ebyiri zâabakuru bâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) zirabera i Arusha muri Tanzania guhera kuri uyu wa 21 Nyakanga 2022. Ibiro byâUmunyamabanga Mukuru wa EAC bisobanura ko mu nama iraba uyu munsi, abakuru bâibihugu baraganira ku masezerano yâishyirwa mu bikorwa ryâisoko rusange […]
Rise in viagra sales sows in Somalia
Puntland politicians are whipping up a storm over an âincreasedâ sale of viagra to the unsuspecting public. On Tuesday, local health officials appearing before a parliamentary committee were put to task to explain how they would tame what the MPs said was an increasing risk of exposing the public to health hazards by regulating the […]
CIA iravuga ko nta makuru ifite yemeza ko Putin arwaye ahubwo ameze neza cyane
Umuyobozi w’Ikigo cy’ubutasi cy’Abanyamerika, CIA, yavuze ko nta makuru bafite yemeza ko Perezida Vladimir Putin arwaye cyangwa afite ubuzima bubi. Ibitangazamakuru byakomeje gukwirakwiza amakuru ataremezwa neza yâuko Putin uzuzuza imyaka 70 muri uyu mwaka, ubuzima bwe bushobora kuba butifashe neza ndetse ngo yaba anarwaye cancer. Umuyobozi wa CIA, William Burns, ariko, yavuze ko nta kimenyetso […]
Musanze: Umusaza w’imyaka 72 yahamijwe gufata ku ngufu ufite uburwayi bwo mu mutwe
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze ku cyumweru rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umusaza wâimyaka 72 icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa wâimyaka 34 ufite ubumuga bwo mu mutwe. Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku italiki 10 Gashyantare 2022 mu ma saa cyenda zâamanywa, gikorewe mu Mudugudu wa Buhama, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Rwaza […]
MONUSCO iherutse koherereza u Rwanda abarwanyi ba FDLR na CNRD
Misiyo yâamahoro yâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSCO, iherutse koherereza u Rwanda abarwanyi bane bo mu mitwe yitwaje intwaro ya FDLR-FOCA na CNRD-Ubwiyunge. MONUSCO isobanura ko binyuze muri gahunda yâubukangurambaga bwo gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare, DDR/RR-CVR, aba barwanyi boherejwe tariki ya 6 Nyakanga 2022. Iyi misiyo isobanura ko guhera muri […]
Rishi Sunak na Liz Truss ni bo basigaye bahatanira kuzavamo Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza
Abakandida babiri basigaye mu irushanwa ryâubuyobozi bwâishyaka ryâAba-Conservateurs barimo gutegura ibibuga byabo ku bagize ishyaka bazahitamo uzasimbura Boris Johnson ku mwanya wa Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza. Kuri uyu wa Gatatu, Rishi Sunak na Liz Truss ni bo basigaye mu irushanwa nyuma y’amatora yâabadepite yâuyu munsi. Sunak yandika mu kinyamakuru Daily Telegraph, yavuze ko azashyiraho […]
Ibinini byongera ingufu z’akabariro biragurwa nk’amasuka muri Somalia
Abanyepolitiki mu Ntara ya Puntland muri Somalia bavuga ko bafite impungenge ku igurwa riri ku kigero yo hejuru ibinini byongera ingufu zo gutera akabariro byitwa Viagra muri iyo ntara. Mu nteko kuwa Kabiri, bamwe mu bayobozi mu nzego z’ibanze bagaragarije inteko ko kugura Viagra biri kwiyongera cyane kandi hatazwi icyiciro cy’abaturage bari kugura ibyo binini […]
Ambasaderi wâu Bwongereza yasobanuye ku kirego cyâuko u Rwanda rwinjiza impunzi mu gisirikare
Ambasaderi wâUbwami bwâu Bwongereza (UK) mu Rwanda, Omar Daair, yasobanuye ku kirego kivuga ko iki gihugu akoreramo cyinjiza impunzi mu gisirikare, kikazohereza kurwanira mu bihugu byâibituranyi. Mu rukiko rwo mu Bwongereza, ahabera urubanza rwâabashaka kuburizamo gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, hagaragajwe inyandiko zâibimenyetso bishya byerekana uburyo iki gikorwa gikwiye kuburizwamo. Ikinyamakuru The Times cyo […]