U Rwanda rugiye kwizihiza imyaka 60 rumaze muri UN

U Rwanda rufite abasirikare 5000 mu butumwa bw'amahoro bwa UN

U Rwanda rurizihiza imyaka 60 rumaze rwinjiye mu Muryango w’Abibumbye (UN) tariki ya 24 Ukwakira 2022, rwishimira ibyagezweho ndetse n’amasomo rwigiye mu mikoranire yarwo n’uyu muryango. Umuhango wo kwizihiza uyu munsi uzabera mu mujyi wa Kigali, uzakurikirwe n’igikorwa cyo gutera ibiti by’imbuto mu karere ka Huye na Musanze muri gahunda y’umuganda ngarukakwezi uzaba tariki ya […]

Cristiano Ronaldo yirukanwe mu bakinnyi Manchester United izifashisha ikina na Chelsea

Rutahizamu Cristiano Ronaldo, yavanwe mu bakinnyi ikipe ya Manchester United igomba kwitabaza ku wa Gatandatu w’iki cyumweru ihura na Chelsea. Iyi kipe y’umutoza Erik ten Hag izaba yasuye Chelsea i Stamford Bridge, mu mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’Abongereza. Manchester United mu itangazo yasohoye muri uyu mugoroba, yavuze ko “Cristiano Ronaldo ntabwo azaba ari […]

U Rwanda niruduhatiriza kujya mu ntambara, nta yandi mahitamo tuzagira: Tshisekedi

Tshisekedi yasabye Abanyekongo baba mu Bwongereza gusaba abayobozi baho gushyira igitutu ku Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix-Antoine Tshisekedi, yatangaje ko u Rwanda nirubahitiriza kujya mu ntambara na rwo, nta yandi mahitamo bazagira, keretse kurwana byeruye. Uyu Mukuru w’Igihugu yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba i Londres mu bwami bw’u Bwongereza, ubwo yagiriragayo uruzinduko kuri uyu wa 19 Ukwakira 2022. Tshisekedi yabwiye aba Banyekongo […]

Imirwano yongeye kubura hagati ya FARDC, FDLR na M23

Umutwe wa M23 watangaje ko Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gifatanije n’abarwanyi b’imutwe irimo uwa FDLR, bagabye igitero kuri bimwe mu birindiro byawo. Ni igitero cyagabwe ku birindiro bya M23 biherereye mu gace ka Rangira ho muri Teritwari ya Rutshuru, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’uyu mutwe ku rwego rwa gisirikare, […]

Amavubi U-23 bahawe agatubutse nk’ishimwe ryo gusezerera Libya

Abagize ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, kuri uyu wa Kane bahawe agahimbazamusyi mu rwego rwo kubashimira kuba barashoboye gusezerera ikipe y’igihugu ya Libya. Amavubi U-23 baheruka gukora ibitangaza ubwo batsindiraga Libya i Huye ibitego 3-0; bakayisezerera babifashijwemo n’igitego bayitsindiye i Benghazi ubwo bahanyagirirwaga ibitego 4-1. Hari mu mukino w’ijonjora ry’ibanze mu gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje […]

Canada: Abadepite banze kurahirira Umwami w’u Bwongereza, Charles III

Abadepite 11 baherutse gutorwa mu mujyi wa QuĂ©bec muri Canada tariki ya 3 Ukwakira 2022 banze kurahirira Umwami w’u Bwongereza akaba n’Umukuru w’igihugu cyabo, Charles III Nk’uko radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, yabisobanuye kuri uyu wa 20 Ukwakira 2022, aba badepite banze kurahira, basobanura ko kubikorera Umwami w’u Bwongereza byaba ari igikorwa cy’ubukoloni. Gabriel Nadeau Dubois […]

Le Rwanda prĂȘt pour les greffes de rein – MINISANTE

Le Rwanda dispose des outils et du personnel mĂ©dical nĂ©cessaires pour effectuer des greffes de rein, a dĂ©clarĂ© le ministre de la SantĂ©, Daniel Ngamije, mercredi 19 octobre, alors que la Chambre des dĂ©putĂ©s a approuvĂ© la pertinence du projet de loi rĂ©glementant l’utilisation des organes, tissus et cellules humains . Ngamije a dĂ©clarĂ© que […]

Indege z’indwanyi z’u Burusiya zahushije indege y’irondo y’u Bwongereza

Minisitiri w’ingabo wu Bwongereza, Ben Wallace kuri yu wa Kane yahishuye ko kuwa 19 Ukwakira Indege y’u Burusiya yarekuye misile ikanyura hafi y’indege y’u Bwongereza yari iri gukora irondo mu kirere mpuzamahanga hejuru y’Inyanja Yirabura . Wallace yabwiye inteko ishinga amategeko ko u Bwongereza bwahagaritse amarondo icyo gihe nyuma y’ibyabaye anagaragariza impungenge zabo Minisitiri w’ingabo […]

Uko Uganda yakoresheje arenga Frw miliyari 279 yitegura intambara n’u Rwanda

Igisirikare cya Uganda (UPDF), byatangajwe ko mu minsi yashize cyashoye akayabo k’arenga miliyari 1,000 z’amashiringi (arenga Frw miliyari 279) mu rwego rwo kwitegura intambara n’u Rwanda. Ibi byabaye ubwo umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi wari warafashe indi ntera, kubera ibibazo bishingiye kuri Politiki byariho. Ni ibibazo bisa n’ibyatangiye muri 2017, gusa ibintu bisa n’ibihindura isura […]

UK PM Liz Truss resigns

U.K. Prime Minister Liz Truss resigned Thursday following a failed tax-cutting budget that rocked financial markets and which led to a revolt within her own Conservative Party. Truss said in a statement outside Downing Street: “We set out a vision for a low-tax, high-growth economy that would take advantage of Brexit.” “I recognize though, given […]

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza wari ukiri mushya areguye

Truss yari amaze iminsi 45 asimbuye Boris Johnson

Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Liz Truss, amaze kwegura kuri uyu mwanya nyuma y’igitutu yari akomeje gushyirwaho na bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko. Truss yatangarije ubwegure bwe hanze y’ibiro bye, asobanura ko yabonye atashobora gukora iyi nshingano yatorewe, kandi ngo yanamaze kubimenyesha Umwami Charles III. Uyu munyapolitiki wari umaze iminsi 45 atangiye iyi nshingano […]

RDC: Igitero cy’inyeshyamba ku bigo nderabuzima cyahitanye 7 umuforomokazi arashimutwa

Nibura abantu barindwi bishwe ndetse umuforomokazi arashimutwa mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba za ADF, cyibasiye inzego ebyiri z’ubuzima . Norbert Muhindo, umuforomokazi ku kigo nderabuzima cyita ku mujyi wa Maboya, mu gace ka Beni mu ntara ya Kivu […]

Nyanza:Abavoka ba Gen. Majyambere na Col. Habyarimana baciwe amande

Abagabo batandatu; bakuriwe na ‘jenerali’ Leopold Mujyambere hamwe na ‘colonel’ Joseph Habyarimana alias Sophonie Macebo, bahoze mu mutwe w’inyeshyamba wa FDLR bagejejwe mu rukiko i Nyanza biregura ku byaha baregwa, gusa urukiko rusanga abunganizi babo bakwiye gucibwa amande ya Frw 200,000. Bahawe umwanya, abaregwa bavuze ko bamaze amezi abiri batabonana n’abunganizi babo mu mategeko, basaba […]

Uko umwana w’imyaka 8 yabaye umusirikare ukomeye mu mateka y’Isi

Mu ntambara ya mbere y’Isi yabaye hagati y’umwaka w’1914 n’1918, abana n’ingimbi ibihumbi n’amagana bakoreshejwe mu mirwano yahuzaga ibihugu, bagashyirwa ku mirongo y’imbere ku rugamba, bakaba ari bo babanza kwicwa. Leta y’u Bwongereza ivuga ko abana babarirwa mu bihumbi 250 bari munsi y’imyaka 18 binjijwe mu gisirikare cy’iki gihugu ngo baburwanirire muri iyi ntambara. Muri […]

Ethiopia yemeje ko izitabira ibiganiro by’amahoro muri Afurika y’Epfo mu cyumweru gitaha

Kuri uyu wa Kane, Guverinoma ya Ethiopia yavuze ko ibiganiro by’amahoro ku ntambara imaze imyaka ibiri muri Tigray bizatangira muri Afurika y’Epfo mu cyumweru gitaha . Umuhamagaro w’amahanga asaba ihagarikwa ry’ubugizi bwa nabi bwiyongera mu majyaruguru ya Ethiopia wakomeje kwiyongera kuva icyifuzo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, mu ntangiriro z’uku kwezi, cyo kujyana ku meza […]

Norwegian police arrest Rwandan Gasana

Norwegian police has announced the arrest of François Gasana, a man sought by Rwanda for a suspected role in the 1994 Genocide against the Tutsi. A statement released by the Norwegian criminal police (Kripos) on Wednesday, shows that the man aged in his forties was detained pending the outcome of an extradition request filed by […]

Musoni Straton wahoze ari Visi-Perezida wa FDLR agiye kuza gutura mu Rwanda

Leta y’u Budage iritegura kohereza mu Rwanda Musoni Straton wahoze ari Umuyobozi wungirije w’umutwe wa FDLR, nyuma yo kurangiza igifungo cy’imyaka umunani yari yarakatiwe n’ubutabera bwa kiriya gihugu. Musoni wamaze gufungurwa bivugwa ko agomba kugera i Kigali mu minsi mike iri imbere aje kuhatura. Muri 2015 ni bwo Musoni yakatiwe imyaka umunani y’igifungo n’urukiko rw’i […]

Controversial Kenyan lawyer Miguna Miguna returns home following four years in exile

THE NATION Canadian-based Kenyan lawyer Miguna Miguna, who has been exiled since 2018, has finally returned to the country. Dr Miguna arrived Thursday morning at Nairobi’s Jomo Kenyatta International Airport aboard a Kenya Airways flight. He was deported following his role in the swearing-in of opposition chief Raila Odinga as the “people’s president” in January […]

Gen. Cirimwami yahamagawe mu rubanza rwa ba Colonel bashinjwa gusiga Bunagana mu maboko ya M23

Colonel Diadia (ibumoso) na Lobo mu rukiko

GĂ©nĂ©ral Major Peter Cirimwami wayoboye ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yahamagawe mu rubanza rwa ba Colonel babiri bashinjwa gusiga umujyi wa Bunagana mu maboko y’umutwe witwaje intwaro wa M23. Urukiko rw’igisirikare rwatangiye kuburanisha aba ba Colonel: DĂ©sirĂ© Lobo uyobora Rejima y’3412 na Jean Marie Diadia […]

Abanyarwanda bakeneye ingingo bagiye gutangira kujya bazibona zitabahenze

Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rigena imikoreshereze y’ingingo z’umuntu, tisi n’uturemangingo . Asobanura ishingiro ry’uriya mushinga, Minisitiri w’ubuzima, Dr Daniel Ngamije, yavuze ko bigamije kuzafasha Abanyarwanda barwaye kandi bakeneye guhabwa ingingo runaka kuzibona zidahenze kuko zizaba ziri mu Rwanda kuruta uko bazitumizaga mu mahanga. Minisitiri w’ubuzima yavuze ko uriya mushinga w’itegeko ugamije […]

Minisitiri Gatabazi yunze mu rya Perezida Kagame, asaba abayobozi guhagarika inama za buri gitondo

Minisitiri Gatabazi yasabye aba bayobozi guhagarika inama za buri gitondo

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye abayobozi bo mu nzego z’ibanze guhagarika inama za buri gitondo bakora akenshi mu gihe abaturage babakeneye. Minisitiri Gatabazi yabisabiye mu mwiherero w’iminsi ine wahurizaga abayobozi b’uturere bungirije 60 mu karere ka Bugesera, mu ntara y’iburasirazuba. Yagize ati: “Inama akenshi zagiye ziba zigaragaza ko abaturage tubahoza mu nama […]

Tshisekedi yasabye Umwami Charles III gukoresha ububasha afite ku Rwanda ku bwa RDC

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye umwami Charles III w’u Bwongereza gukoresha ububasha afite mu muryango wa Commonwealth agasaba u Rwanda ‘kudahungabanya Uburasirazuba’ bw’igihugu cye. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Ukwakira ni bwo Tshisekedi yakiriwe i Londres n’umwami Charles III w’u Bwongereza. Bombi babonaniye mu ngoro ya Buckingham iherereye […]

Kigali: Hari kwigwa uburyo abafite imodoka zabo bwite bazajya bategekwa gutega iza rusange

Umujyi wa Kigali uri kwiga ku buryo abantu bafite imodoka zabo bwite bazajya bategekwa gutega iza rusange zitwara abagenzi benshi, mu rwego rwo guca akavuyo k’ibinyabiziga mu mihanda. Ibi ni kimwe mu byigiwe mu nama y’iminsi itatu ihuza abashinzwe imitunganyirize y’imijyi baturutse ibihugu bitandatu, nk’uko byatangajwe na Eng. Emmanuel Katabarwa ushinzwe ibikorwaremezo muri Kigali. Eng. […]

Polisi ya Norway yataye muri yombi Umunyarwanda

Polisi ya NorvĂšge yataye muri yombi Umunyarwanda Gasana François, ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ikinyamakuru newsaf.cgtn.com dukesha aya makuru kivuga ko ibi byabaye kuwa Gatatu ubu uyu mugabo uri mu myaka 40 akaba afunzwe. Kivuga ko Urwego rushinzwe iperereza ku byaha muri Polisi ya NorvĂšge, Kripos, rwatangaje ko rwakoze amaperereza menshi abanziriza […]

Gasabo: Polisi yafashe umukozi wa koperative ushinjwa kuyiba igaruza n’amafaranga yari yibwe

1-18.jpg

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Gasabo, yagaruje amafaranga y’u Rwanda agera ku bihumbi 119 yari yibwe, hafatwa umusore w’imyaka 22 ukurikiranyweho kugira uruhare mu kwiba ayo mafaranga . Uwafashwe ni uwitwa Hakizimana Eric, wafatiwe mu mudugudu wa Musango, Akagari ka Kabuga I, mu Murenge wa Rusororo ubwo yari arimo asubira […]

Besigye yikomye Gen Muhoozi wavuze ko hari ibintu ‘bike’ yamwigiraho

Umunyapolitiki Rtd Col.Dr Kizza Besigye Kifefe, yavuze ko Gen Muhoozi Kainerugaba wamubwiye ko amwemera ndetse ko hari ibintu bike yamwigiraho, yari agamije kujijisha ngo abantu bamukunde. Mu butumwa yashyize kuri Twitter ijoro ryo ku wa Gatatu, Gen Muhoozi yavuze ku munyapolitiki Dr Kizza Besigye wakunze guhangana na Perezida Museveni, avuga ko amwemera. Yagize ati “Ku […]

Cristiano Ronaldo yivumbuye, ataha umukino wa Manchester United utararangira

Cristiano Ronaldo ukomeje kutishimira uburyo afashwe n’ikipe ya Manchester United, yaraye yivumbuye ataha umukino iyi kipe yakinagamo na Tottenham Hotspur utararangira. Manchester United yari yakiriye Tottenham i Old Trafford, mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona y’Abongereza warangiye itsinze ibitego 2-0. Ibitego by’umunya-BrĂ©sil Fred ndetse n’umunya-Portugal Bruno Fernandes ni byo byafashije iriya kipe y’umutoza Erik […]

Maj. Willy Ngoma wa M23 mu biro bishya byatumye benshi bacika ururondogoro

20221020_063427.jpg

Umuvugizi w’Ishami rya gisirikare rya M23, Major Willy Ngoma, yagaragaye mu biro bishya bitaramenyekana agace biherereyemo muri Congo gusa byatumye benshi bacika ururondogoro. Mu gusa nko kunnyega FARDC, ubutumwa yanyujije kuri Twitter bugira buti ” Igisirikare kitagira ikinyabupfura n’imyitwarire nka FARDC n’inshuti zabo arizo FDLR…, nticyatsinda M23. Twiteguye ibiganiro ariko twiteguye no gusubizayo mu buryo […]