Nyuma y’umukino Tunisie yatsinzemo u Bufaransa, Mukansanga yahawe gusifura umukino wa 3

Umunyarwandakazi Mukansanga Rhadia Salima yashyizwe mu basifuzi bane bazasifura umukino w’Igikombe cy’Isi Espagne igomba guhuriramo n’u Buyapani. Ni umukino usoza itsinda E uteganyijwe kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Ukuboza, ukazaba ari uwa gatatu Mukansanga asifuye muri ririya rushanwa rikomeje kubera muri Qatar. Ni nyuma yo gusifura uwo u Bufaransa bwanyagiyemo Australie ibitego 4-1, […]

Ntabwo turi abajura_Perezida Kagame asubiza RDC ishinja u Rwanda kuyibira amabuye y’agaciro

Perezida Paul Kagame yasubije Congo Kinshasa imaze igihe ishinja u Rwanda kuyibira amabuye y’agaciro, agaragaza ko ubushobozi u Rwanda rufite rubukoresha byinshi mu gusaranganya, ariko ko rudashobora kwiba. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Ugushyingo, ubwo yakiraga indahiro za Dr Sabin Nsanzimana wagizwe Minisitiri w’Ubuzima na Dr Yvan Butera wagizwe Umunyamabanga […]

Perezida Kagame yatangaje ko ibisasu byarashwe i Musanze byashoboraga gutuma RDF yambuka umupaka

Perezida Kagame yavuze ko ibisasu byaraswa mu Rwanda byatuma ingabo zarwo zambuka umupaka

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibisasu byarashwe mu karere ka Musanze biturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), byashoboraga gutuma ingabo z’u Rwanda zambuka umupaka. Yabivugiye mu ijambo ryibanze ku mubano utameze neza w’u Rwanda na RDC yavuze nyuma yo kwakira indahiro ya Minisitiri w’ubuzima mushya n’Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri, kuri uyu […]

Ukraine imaze gupfusha abasirikare basaga 100,000 ku rugamba – E.U

Perezida wa Komisiyo y’u Burayi, Ursula von der Leyen, yerekanye umubare rusange w’ingabo igihugu cya Ukraine kimaze gutakaza mu ntambara n’u Burusiya . Kuri uyu wa Gatatu, mbere yo kongeraho ko abasivili byibuze 20000 bamze kugwa muri iyi ntambara kuva yatangira mu mpera za Gashyantare, von der Leyen yagize ati: “Kugeza ubu hapfuye abasirikari ba […]

NATO yaba iteganya guha Ukraine intwaro kabuhariwe za MIM-104 Patriots

Umuryango mpuzamahanga w’ubwirinzi wa NATO waciye amarenga ko waba ufite gahunda yo guha Ukraine intwaro zigezweho kandi zihambanye zirimo MIM-104 Patriots zikorerwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Ni nyuma yo kuzisabwa na guverinoma ya Ukraine, yijeje ko mu gihe yazibona yarushaho kubasha guhangana n’ingabo z’u Burusiya zikomeje kugaba ibitero muri iki gihugu kuva […]

Umuteramakofe wo muri Cameroun arifuza gukosorera Umunyekongo Bakole i Kigali

_gfmp_sdr_180618-_martin-bakole-ilunga-a18__-removebg-preview.png

Umukinnyi w’iteramakofe wo muri Cameroun, Carlos Takam w’imyaka 41, yasabye Umunyekongo, Martin Bakole, ko bahurira mu murwano utarigeze ubaho i Kigali, mu Rwanda . Uyu Munyekongo ntaremera icyifuzo cya mugenzi we ahanini bitewe n’ubushyamirane buri hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, igihugu cye gishinja gufasha umutwe wa M23. Nk’uko amakuru urubuga Mediacongo […]

Perezida Kagame yavuze igituma abayobozi inshingano zibaremerera bikavamo ibibazo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko abayobozi aribo ba nyirabayazana mu gutuma inshingano zabo zibaremerera, bikavamo ibibazo bitewe no kwirebaho bo ubwabo n’inyungu zabo aho gushyira imbere inyungu z’igihugu n’abagituye. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2022, ubwo yari mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko yakira indahiro z’abayobozi bashya muri Guverinoma aribo; […]

Fayulu: Ntitugomba kwemera ko ingabo za EAC zigenzura igice cy’ubutaka bwacu

Fayulu ntiyumva ko igice cy'ubutaka bwa RDC cyagenzurwa n'ingabo za EAC

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasabye Abanyekongo kutemera ko ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) kugenzura igice cy’ubutaka bwabo. Ni nyuma y’aho Perezida w’u Burundi, uwa Angola, uwa RDC na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda banzuye ko ingabo umutwe witwaje intwaro wa M23 uva mu […]

Jiang Zemin wahoze ari umuyobozi w’u Bushinwa yapfuye ku myaka 96 y’amavuko

Uwahoze ari umuyobozi w’u Bushinwa, Jiang Zemin, wageze ku butegetsi nyuma y’imyigaragambyo ya Tiananmen Square, yapfuye afite imyaka 96 . Ibitangazamakuru bya Leta byavuze ko yapfuye nyuma ya saa sita i Shanghai kuri uyu wa Gatatu nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Umwe mu bantu bakomeye mu mateka y’u Bushinwa mu myaka ya vuba aha, […]

Maj. Willy Ngoma avuga ko RDF na UPDF binjiye mu ntambara na FARDC mu minsi 3 baba bari Kisangani

Umuvugizi wo ku rwego rwa gisirikare w’umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, yongeye kunyomoza amakuru y’uko hari ubufasha uyu mutwe waba uhabwa n’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyangwa UPDF cya Uganda. Ni mu kiganiro Major Willy Ngoma aheruka kugirana n’ikinyamakuru ACTUALITÉ cyo muri Congo Kinshasa. Iki kitangazamakuru giheruka kwandika inkuru igaragaza ibimenyetso kivuga ko gifite by’uko […]

Gishari: Ba suzofisiye 247 basoje amahugurwa agamije kubakarishya

csm_whatsapp_image_2022-11-29_at_17.06.20_0d1706ae4c.jpg

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Ugushyingo, abapolisi 239 n’abacungagereza 8 bo ku rwego rwa ba suzofisiye (NCOs) basoje amahugurwa agamije kubakarishya no kubongerera ubumenyi, yaberaga mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) riherereye i Gishari mu karere ka Rwamagana . Muri aya mahugurwa y’icyiciro cya 13, mu gihe cy’amezi ane bari bayamazemo, bize amasomo […]

1,900 tués dans des accidents de la route depuis 2020

fiufy1dwiae2v35.jpg

Les sĂ©nateurs se sont inquiĂ©tĂ©s du nombre croissant de personnes tuĂ©es dans des accidents de la route, malgrĂ© toutes les mesures prises pour les prĂ©venir . Au total, 1,971 personnes ont Ă©tĂ© tuĂ©es depuis 2020, selon les chiffres de la Police nationale rwandaise (RNP) prĂ©sentĂ©s Ă  la commission sĂ©natoriale des affaires Ă©trangères et de la […]

Hemejwe ko Umunyazambiya uherutse kwicirwa ku rugamba muri Ukraine yakoreshwaga na Wagner Group

Kuri uyu wa Kabiri, umucuruzi w’Umurusiya Yevgeny Prigozhin, inshuti magara ya Perezida Vladimir Putin, yatangaje ko umunyeshuri wo muri Zambia wapfiriye muri Ukraine yabarizwaga mu mutwe wa gisirikare w’abikorera wa Wagner Group . Zambia yo yavuze ko igihagaze ku byo yatangaje mbere isaba Moscou ibisobanuro by’ukuntu Lemekhani Nyirenda w’imyaka 23 wari umunyeshuri yavuye mu gukora […]

RDC yasobanuye iby’ifoto igaragaza umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wanditseho M23

Ifoto ya Denise Nyakeru mbere yo guhindurwa

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasobanuye imvano y’ifoto igaragaza umugore wa Perezida FĂ©lix Tshisekedi, Denise Nyakeru, yambaye umupira wanditseho M23. Iyi foto yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2022, bivugwa ko Nyakeru yaba ashyigikira umutwe witwaje intwaro wa M23 uhanganye n’ingabo za Leta mu burasirazuba bw’igihugu. Minisiteri ishinzwe […]

Musanze: Umuryango wa Mutiyomba wakubiswe nyuma agapfa urasaba ko ababikoze bafatwa

Uwera Clarisse, umukuru mu muryango wa Arsene Mutiyomba, uherutse gukubitirwa ahitwa ku Kirabo mu Mudugudu wa Mubona, Akagari ka Kigombe,Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, nyuma agapfa, arasaba ko abantu bakubise uyu mugabo bafungwa mu gihe hagitegerejwe raporo ya muganga yemeza icyamwishe kuko inkoni ziri mu bikekwa kuba intandaro y’urupfu. Uwajeneza Francine, wabonye Mutiyomba akubitwa, […]

Igihe FDLR yahawe cyo kurambika intwaro no gutaha mu Rwanda cyageze

Perezida w’u Burundi, uwa Angola n’uwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda mu nama bahuriyemo i Luanda tariki ya 23 Ugushyingo, bafashe imyanzuro irimo gusaba imitwe yitwaje intwaro ikorera muri RDC ariko ikomoka mu bihugu by’abaturanyi kuzirambika no gutaha. Ni umwanzuro ureba imitwe irimo FDLR irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, […]

Rayon Sports yasabye FERWAFA ko abasifuzi 3 mpuzamahanga batazongera kuyisifurira

Ikipe ya Rayon Sports yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) isaba ko ritazongera kwemerera abasifuzi batatu mpuzamahanga yikomye kuyisifurira imikino yakinnye. Abasifuzi iyi kipe yikomye ni Twagirumukiza Abdul Karim usifura hagati mu kibuga cyo kimwe na Karangwa Justin na Mugabo Eric bombi basifura ku ruhande. Mu ibaruwa Rayon Sports yandikiye FERWAFA, yayigaragarije ibyemezo bitavugwaho […]

Afurika y’Epfo: Uwishe uwarwanyaga Apartheid wari ugiye gufungurwa yatewe icyuma

Janusz Walus, umwicanyi wishe umuyobozi warwanyaga ivanguraruhu muri Afurika y’Epfo, Chris Hani, hashize imyaka igera kuri mirongo itatu, yatewe icyuma muri gereza afungiwemo mu gihe yari aherutse kwemererwa gufungurwa by’agateganyo nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri . Mu cyumweru gishize, Walus, ufite imyaka 69, ufite ubwenegihugu bwa Pologne, yemerewe kurekurwa n’urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga […]

Miss Kayibanda Aurore mu rukundo rushya nyuma yo gutandukana n’uwari umukunzi we

Kayibanda Mutesi Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2012, yatangaje ko afite umukunzi mushya nyuma yo gutandukana na Mbabazi Egide bari barasezeranye kubana nk’umugabo n’umugore. Uyu mukobwa kuri ubu uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje aya makuru mu kiganiro yagiranye n’abamukurikira ku rubuga rwe rwa Instagram. Muri iki kiganiro umwe mu bamukurikira yamubajije […]

Biden yishongoye kuri Iran nyuma y’aho ikipe yayo itsinzwe n’iya USA

Igitego cya Pulisic cyafashije USA kubona itike yo gukomeza irushanwa, Iran irasezererwa

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden, yishongoye kuri Iran nyuma y’aho ikipe yayo y’umupira w’amaguru itsindiwe n’iy’igihugu cye mu irushanwa ry’igikombe cy’Isi riri kubera muri Qatar. Muri uyu mukino wabaye mu ijoro ry’uyu wa 29 Ugushyingo 2022, ikipe ya USA yatsinze iya Iran igitego kimwe ku busa. Christian Pulisic ukina hagati […]

Rusizi/Mururu: Ihungabana ry’ubukungu ryateye bamwe mu bafashe inguzanyo ya SACCO kubura ubwishyu

Umuyobozi wa Huza SACCO Mururu Nyandwi François( hagati) avuga ko igabanuka ry'imikorere rigaragarira mu buryo benshi bagorwa no kwishyura inguzanyo bafashe.

Abaturage b’umurenge wa Mururu u karere ka Rusizi bari basanzwe batunzwe n’ubucuruzi bwabukiranya imipaka bavuga ko butagikorwa neza muri iki gihe, barasaba akarere ubuvugizi ngo ubu bucuruzi bugarure imbaraga bwahoranye,abafashe inguzanyo mu bigo by’imari birimo na Huza SACCO y’umurenge wabo babashe kuzishyura,kuko ngo bagikora neza bishyuraga neza. Uyu murenge,umwe muri 3 igize umujyi wa Rusizi, […]

Nyamasheke: Umunyeshuri wigaga muri UR yahitanywe n’impanuka muri Nyungwe

Ndayisaba Jean ClĂ©ment w’imyaka 21, wo mu karere ka Rusizi,wigaga muri kaminuza y’u Rwanda i Butare, yahitanywe n’impanuka y’imodoka yabereye ahitwa ku w’inka muri pariki y’igihugu ya Nyungwe,abandi 3 barakomereka. Iyi mpanuka yabaye mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba zo kuri uyu wa 29 Ugushyingo, ubwo Coaster ya Agence itwara abagenzi ya OMEGA ,ifite […]

Police investigate HOWO trucks following various deadly accidents

The Rwanda National Police is investigating Chinese-made HOWO trucks after they were involved in multiple fatal accidents. The revelation was made in parliament on Tuesday, November 29, as the RNP answered Senate questions about road safety. At least 15 HOWO trucks have been involved in fatal accidents since January this year, George Rumanzi, the Commissioner […]