Bigogwe: Urukiko rwategetse ko imibiri 36 yabonetse mu byobo igateza impaka no gufungwa kwa bamwe ipimwa

Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu rwategetse ko imibiri 36 yabonetse mu byobo mu murenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu ipimwa, nyuma y’aho habaye impaka mu baturage bamwe mu batuye mu mudugudu wa Bikingi mu kagari ka Kijote, bamwe bavugaga ko hari ibyobo bibiri bavuga ko byari bishyinguwemo abantu bishwe mu 1997, mu gihe abandi bemeza […]
Badge yaharaniye ayisize amatotoro_KNC ku musifuzi ashinja kumwima umwanya wa mbere

Nyuma y’umukino Gasogi United yanganyije na Rutsiro FC, Kakooza Nkuriza Charles (KNC) mu mujinya w’umuranduranzuzi yananiwe kwihanganira umusifuzi yita ko yamwimye umwanya wa mbere. Wari Umukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’u Rwanda aho Gasogi yari yakiriye Rutsiro FC. Iyo iyi kipe iyoborwa na KNC iwutsinda yari guhita ifata umwanya wa mbere by’agateganyo n’amanota 38 […]
Umunyamerikakazi yatakaje imitungo ye yose aza muri Afurika gushakwa n’umusore w’umumotari

Urukundo ni iki? Abantu bazavuga ibisobanuro bitandukanye byarwo ariko uramutse ubajije iki kibazo Umunyamericakazi Kelly Joy Vanayoni akubwira ko urukundo ari igitambo. Bwiza twifuje kugusangiza urugendo rw’urukundo rutangaje rw’Umunyamericakazi wemeye gusiga ibye byose akajya mu cyaro cya Bungoma muri Kenya asanzeyo umusore w’umumotari. Kelly wakuriye mu muryango ukunda gusenga maze nawe bamutoza gusenga kuva akiri […]
Pep Guardiola yatanze ibisubizo bitangaje ku birego Manchester City ishinjwa
Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yagaragaje imbamutima ze nyuma y’igihe kirekire yaranze kugira icyo atangaza ku makosa ikipe atoza imaze iminsi ishinjwa. Umuyobozi wa Manchester City ni we wagize icyo atangaza nyuma y’itangazo rishinja ikipe ya Man City amakosa menshi. Kuri ubu Pep Guardiola ni we wari utahiwe kugirana ikiganiro n’itangazanakuru aho mu magambo […]
Umusore n’umukobwa bagombaga gushyingirwa kuri uyu wa Gatandatu barafunzwe
Umusore n’umukobwa bagombaga gusezeranira imbere y’Imana kuri uyu wa 11 Gashyantare 2023 bari mu baherutse gutabwa muri yombi n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) mu mpera z’icyumweru gishize. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yatangaje ko aba bose hamwe batawe muri yombi bakurikiranweho icyaha cy’ubujura no gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba, bifitanye isano n’amafaranga banki ikorera […]
Umunyamakuru Umurungi Rosine wa Isango Star yasezeranye

Umunyamakuru Umurungi Hilson Rosine ukora ku Isango Star mu kiganiro ‘Ubuzima Buzima’ yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ndayishimiye Fiston. Basezeranye kuri uyu wa 9 Gashyantare 2023 ku biro by’umurenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Ni igikorwa cyabaye nyuma y’aho tariki 3 Gashyantare 2023, Ndayishimiye usanzwe aba muri Leta zunze ubumwe […]
Bujumbura: Perezida Museveni na Samia bananiwe kumvikana na Tshisekedi, basohoka mu nama
Tariki ya 4 Gashyantare 2023, abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), havuyemo Salva Kiir wa Sudani y’Epfo, bahuriye mu nama idasanzwe i Bujumbura mu Burundi, baganira ku buryo uburasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo bwabona umutekano. Gusa amakuru ava mu bitabiriye iyi nama yayobowe n’Umuyobozi Mukuru wa EAC akaba na Perezida w’u […]
Umunyekongo ufite ibigwi muri ruhago nyafurika yasezeye burundu

Rutahizamu ukomeye w’Umukongomani akaba n’umunyabigwi wa Tout Puissant Mazembe, Trésor Mputu Mabi yashyize akadomo ku rugendo rwe rw’umupira w’amaguru ku myaka 37 y’amavuko nyuma ikiganiro yagiranye na televiziyo Nyota RTV. Mputu Trésor Mabi yatangiye gukina nk’uwabigize umwuga tariki ya mbere Gashyantare 2003 mu ikipe ya TP Mazembe y’iwabo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Uretse […]
Muri iyi minsi mikuru ya St Valentin, uwishyurira umukunzi we kwiga icyongereza aragabanirizwa 10%

Abashaka kwiga kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) Icyongereza n’Igifaransa by’umwihariko abayobozi n’abikorera bashyiriweho promosiyo n’ishuri ryigisha izi ndimi, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, muri iyi minsi mikuru ya St Valentin, uwishyurira umukunzi we kwiga icyongereza aragabanirizwa 10% naho abakunzi bazana kwiga bagabanirizwe 15% Abifuza kwiga Icyongereza, haba […]
Bull Dog yiyemereye ko yigeze gukoresha ikiyobyabwenge cya ‘Mugo’
Umuraperi Ndayishimiye Malick Bertrand wubatse izina muri muziki nyarwanda ku mazina ya Bull Dog ubwe yiyemerera ko yigeze gukoresha ikiyobyabwenge cya ‘Mugo’ mu ndimi z’amahanga kizwi nka ‘Heroine’, gusa bitewe n’ibyo cyamukoresheje ngo yahise akireka burundu. Mu kiganiro Don Podcast gica kuri YouTube, Bull Dog yabajijwe niba yarigeze gukoresha ibiyobyabwenge, nuko aza kwemera ko yabikoresheje […]
Ntiwakemura ikibazo cya M23 utabanje gukemura icya FDLR_Gen. David Sejusa
Gen (Rtd). David Sejusa Tinyefuza wahoze mu ngabo za Uganda, asanga ari ubujiji kwibwira ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakwigobotora ikibazo cy’umutwe wa M23 hatabayeho kubanza gukemura icy’uwa FDLR. Ni ibikubiye mu butumwa Gen. Sejusa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Gatanu. Kuri ubu umwaka wamaze kurenga Ingabo za Repubulika Iharanira […]
Impaka zavutse ubwo ba Colonels bashinjwa gutuma M23 ifata Bunagana basabirwaga kwicwa
Impaka zavutse mu rukiko, ubwo ubushinjacyaha bwasabiraga ba Colonel babiri mu ngabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo igihano cyo kwicwa, bubashinja gutuma umutwe witwaje intwaro wa M23 ufata umujyi wa Bunagana muri Kamena 2022. Aba ni Colonel Desiré Lobo wayoboraga Rejima y’3412 na Colonel Jean Marie Diadia wa Diadia wayoboraga Rejima y’3307, zombi zibarizwa […]
Inkubiri ya Super League yongeye gutitiza abanyamupira b’i Burayi

Real Madrid, FC Barcelona na Juventus zumvikanye zisaba andi makipe 50 yo ku mugabane w’u Burayi ko yashyiraho irushanwa rindi ritari UEFA Champions League. Kuri uyu wa 9 Gashyantare 2023 ni bwo i Berlin mu Budage, Bernd Reichart, umuyobozi w’uruganda rukora telefone ya Samsung A22 akaba n’umufatanyabikorwa mu gutegura irushanwa rya European Super League yavuze […]
Tshisekedi yareze u Rwanda kuri Perezida Azzali Asoumani
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yareze u Rwanda kuri mugenzi we Azali Assoumani w’Ibirwa bya Comores arushinja gushoza ‘intambara ya kinyamaswa’ ku gihugu cye. Tshisekedi ku wa Kane yari i Moroni, mu ruzinduko rwasize agiranye ibiganiro na Perezida Assoumani ubura iminsi mike agasimbura Macky Sall wa Sénégal ku buyobozi bw’Umuryango wa […]
Si byiza koza amenyo ukimara kurya
Abantu benshi boza amenyo iyo bamaze kurya kugira ngo basohore ibiryo biba byasigaye mu kanwa mu gihe babiryaga, gusa si byiza kuyasukura ukimara gufata ifunguro nk’uko abantu benshi babigenza. Ikinyamakuru Healthline kivuga ko igihe umuntu yogeje amenyo akimara kurya biyangiza aho kuyarinda kuko mu byo kurya umuntu aba yariye habamo ‘acide’ izwiho kwangiza igice cy’inyuma […]
Amafoto: Cristiano Ronaldo yandikiye andi mateka muri Saudi Arabia

Cristiano Ronaldo yatsinze ibitego 4 muri shampiyona ya Saudi Arabia bituma, aca uduhigo 4 icya rimwe ari na ko atangiza ikiragano gishya mu burasizuba bwo hagati. Yari inshuro ya 11 atsinda ibitego bine kuzamura mu mukino umwe ndetse ikaba inshuro ya 61 atsinda nibura ibitego 3 mu mukino (Hattrick) kuva yatangira urugendo rwe rw’umupira w’amaguru […]
Mali: Abasirikare bakuru 6 bagize uruhare muri ‘coup d’état’ bambuwe inshingano
Ubutegetsi bw’inzibacyuho bwa Mali bwambuye inshingano abasirikare bakuru batandatu (6) bagize uruhare rukomeye mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye mu mwaka w’2020. Ikinyamakuru Africa News gisobanura abambuwe inshingano ari Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Umugaba w’ingabo zirinda abayobozi bakuru, Umuyobozi Mukuru w’urwego rushinzwe umutekano, Umuyobozi w’urwego rushinzwe ‘engeering’ mu gisirikare n’Umuyobozi w’urwego rushinzwe ubuzima mu gisirikare. Guverinoma […]
Uhuru Kenyatta yasabye ko ingabo za EAC zoherezwa byihuse mu bice bitandukanye bya Kivu y’Amajyaruguru
Umuhuza w’Abanyekongo mu bibazo by’umutekano muke, Uhuru Kenyatta, yasabye ko ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) zoherezwa byihuse mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ubusabe yatangiye mu itangazo rishimira ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC ubwo bari bateraniye i Bujumbura mu Burundi tariki ya 4 Gashyantare 2023. Uhuru yavuze ko ibyemezo byafatiwe i […]