Senegal: Urukiko rwemereye umunyapolitiki Sonko wari ufunzwe kwiyamamaza mu matora ataha

Urukiko Rukuru rwa Dakar rwategetse ko umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Ousmane Sonko asubizwa ku gitabo cy’amatora kuri uyu wa Kane, bifungurira inzira uyu munyapolitiki wari ufunzwe, yo kuziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka utaha muri Senegal. Uyu munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakuwe ku rutonde w’itora na guverinoma nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwangiza […]

Barore yagizwe umuyobozi wa RBA Arthur Asiimwe yasimbuye yoherezwa i Washington

gbuzau2waaazj3q.jpg

Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane, itariki 14 Ukuboza, yashyizeho abayobozi batandukanye abandi bahindurirwa imirimo aho umunyamakuru Cleophas Barore wari umaze igihe akorera RBA, yagizwe umuyobozi wa yo, naho Arthur Asiimwe yasimbuye akoherezwwa muri Ambasade y’u Rwanda i Washington.

Pasiteri Ezra Mpyisi arifuza gupfa

Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi uri mu bavugabutumwa bakunzwe cyane mu Rwanda arifuza kwipfira nyuma yo kumara amezi agera kuri atandatu mu buribwe butamworoheye. Uyu Musaza ubwe niwe witangarije ko gupfa ari byo yifuza n’ubwo ngo abamukunda bo batanezezwa n’iyo nkuru biramutse bibaye. Ibi akaba yabigarutseho mu butumwa bwanyujijwe ku muyoboro wa YouTube wamwitiriwe ubwo yanyomozaga […]

Urubanza ruregwamo Kayumba na bagenzi be rwimuwe

Urubanza rw’abantu 18 barimo na Kayumba Innocent wigeze kuyobora gereza ya Mageragere rwimuriwe mu kwezi kwa mbere nyuma y’uko bamwe mu baregwa batigeze bagaragara mu rukiko. Aba baregwa kwica no gukorera iyicarubozo zimwe mu mfungwa zari zifungiye muri gereza ya Rubavu, mu burengerazuba bw’u Rwanda. Abagejejwe imbere y’Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu barimo Innocent Kayumba wayoboraga […]

RDC: Police investigate murder of Belgian Catholic priest

A priest of the congregation of the Salesians of Don Bosco, Father Pol Feyen (82 years old) was found dead last Monday December 11 at the convent in the grounds of the Mary Help of Christians parish located in the Abattoir district, in the commune of Masina in Kinshasa . According to witnesses, this religious […]

Umuriro watse hagati ya Yago na Dj Brianne harimo kuvugwamo n’urumogi

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago na Gateka Brianne uzwi nka Dj Brianne bararebana ay’ingwe nyuma y’uko umwe ashinja undi gushaka kumuzimya mu buryo bwo kumwangisha rubanda. Mu kiganiro cyatambutse ku rubuga rwa Twitter (space),cyayobowe n’uzwi nka Godfather, aba bombi bumvikanye umwe ashinja undi ko arimo gushaka kumusebya. Mu minsi ishize ubwo Yago nabwo yumvikanaga […]

Koreya y’Epfo iravuga ko indege z’intambara z’u Bushinwa n’u Burusiya zasatiriye ikirere cyayo

Igisirikare cya Koreya y’Epfo kiravuga ko cyohereje indege z’intambara mu rwego rwo gusubiza indege za gisirikare z’u Bushinwa n’u Burusiya zanyuraga mu kirere cyayo cy’ubwirinzi itabimenyeshejwe. Indege enye z’u Burusiya n’ebyiri z’u Bushinwa zambutse zinjira muri kirere cy’ubwirinzi cya Koreya y’Epfo kizwi mu Cyongereza nka Korea Air Defense Identification Zone (KADIZ) hejuru y’Inyanja y’u Buyapani, […]

Amasaha yo gufungiraho nijoro yakuweho muri ibi bihe by’iminsi mikuru

Imyidagaduro ya nijoro, ubunywero, utubyiniro, na resitora, bizatangira gukora kugeza saa kumi nimwe z’igitondo guhera kuwa Gatanu, itariki 15 Ukuboza mugihe u Rwanda rwinjira mu minsi mikuru isoza umwaka. Mu kiganiro yahaye The New Times, Bruce Intore, nyiri akabyiniro ka La Noche, yemeje aya makuru, avuga ko gukuraho amasaha yo gutaha ari ibisubizo by’ibiganiro ba […]

Le dĂ©fenseur d’Arsenal Jurrien Timber est en visite au Rwanda

36637.jpg

Le dĂ©fenseur d’Arsenal FC, Jurrien Timber, qui se trouve actuellement au Rwanda pour une visite, a dĂ©crit l’expĂ©rience comme «  incroyable  » et «  passionnante  ». Aux cĂ´tĂ©s de sa petite amie, l’international nĂ©erlandais a atterri jeudi 14 dĂ©cembre à  l’aĂ©roport international de Kigali pour entamer sa visite de trois jours qui comprendra diverses activitĂ©s, […]

Amerika yashimiye Perezida Paul Kagame

Perezida Paul Kagame yashimiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo kugira uruhare mu gutuma Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 bemera gutanga agahenge. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo Amerika yatangaje agahenge k’amasaha 72 hagati ya FARDC na M23. Ni nyuma y’amezi arenga abiri impande zombi […]

Umukobwa wa Pasiteri Mpyisi yikomye ababitse urupfu rw’umubyeyi we ari muzima

screenshot_2023-12-14_132307.png

Umukobwa wa Pasiteri Ezra Mpyisi, Diana Mpyisi yikomye imwe mu miyoboro ya youtube avuga ko irimo gukwirakwiza amakuru y’ibinyoma y’uko uyu mubyeyi we yapfuye. Abinyujije kuri X (yahoze ari twitter), Diana Mpyisi yanditse ati “Isoni ku miyoboro ya YouTube iri gukwirakwiza ibinyoma kuri Pasiteri Mpyisi. Ni muzima kandi ameze neza, kubw’ubuntu bw’Imana.” Shame on the […]

‘Muri Nzeri twiciye ibyihebe 200 bya ADF muri Congo ‘ Perezida Museveni

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, atangaza ko muri Nzeri igisirikare cyishe ibyihebe bya ADF ibisanze muri Congo. AFP ivuga ko ngo ku wa gatatu, perezida wa Uganda yatangaje ko nibura ibyihebe 200 b’inyeshyamba za ADF zifatanije n’umutwe wa Leta ya Kisilamu baguye mu bitero by’indege byayobowe na Uganda mu kwezi kwa Nzeri muri Repubulika […]

Papa Francis yahisemo ahantu azashyingurwa hatari muri Bazilika ya St. Pierre

Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Francis yahisemo ahantu azashyingurwa hatari muri Bazilika ya Mutagatifu Petero ahashyinguye abandi bamubanjirije nk’uko yabihishuye mu kiganiro yatanze kuri uyu wa Gatatu ushize. Papa Francis uzuzuza imyaka 87 ku Cyumweru, mu kiganiro na Televisa’s N+ yo muri Mexique, yagize ati “Umwanya wamaze gutegurwa. Ndashaka gushyingurwa muri Santa Maria Maggiore.” Muri […]

Nta banga ririmo u Rwanda na DRC harimo agatotsi, byaba byiza Agahenge gakomeje — Alain Mukurarinda

Guverinoma y’u Rwanda yifuza ko agahenge k’amasaha 72 katangajwe na Leta zunze ubumwe z’Amerika mu burasirazuba bwa Congo muri Kivu ya Ruguru ahari imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo z’icyo gihugu zifatanyije n’iz’Uburundi hamwe n’indi mitwe yaziyunzeho kakomeza. Ni agahenge katangajwe na Leta zunze ubumwe z’Amerika, kagombaga kurangira kuri uyu wa 14 Ukuboza 2023 saa […]

Gakenke: Ibyiciro by’ubudehe bikigenderwaho hari serivisi bibavutsa

Mu Murenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke baravuga ko hari zimwe muri serivisi batabasha kubona bitewe n’uko ibyiciro by’ubudehe bigikoreshwa iwabo ubuyobozi bw’akarere bukaba buvuga ko bwihaye umukoro wo kwibutsa abayobozi bo mu nzego z’ibanze guhagarika iyo mikorere. Abaturage bo muri uyu murenge wa Kamubuga bavuga ko ibyiciro by’ubudehe bikoreshwa bigashingirwaho mu kubaha serivise […]

Myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda

Myugariro Jurrià«n David Norman Timber w’imyaka 22 yageze mu Rwanda mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2023 muri gahunda yo gusura u Rwanda (Visit Rwanda) isanzwe yamamazwa n’iyi kipe.Uyu musore yazanye n’itsinda ririmo abasanzwe bakora mu ikipe ye. Aje mu Rwanda kurusura no gukomeza guhamya ubufatanye buri hagati ya Arsenal […]

Adolphe Muzito ngo n’atorwa azahindisha u Rwanda umushyitsi rucishe macye

Adolphe Muzito, umwe mu bakandida bahatanira kuyobora Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemereye abaturage bo muri iki gihugu ko nibamugirira icyizere bakamutora azatuma u Rwanda rutitira rukabona Congo nk’igihangange. Ibi Adolphe Muzito yabivuze kuri uyu wa Gatatu ubwo yarimo yiyamamariza mu mujyi wa Goma mu rwego rwo gushaka amajwi yo kuba yakwegukana umwanya w’umukuru w’igihugu […]

Guinea-Bissau: Igipolisi cyatatanyije abadepite bageragezaga kwinjira mu nteko

Muri Guinea-Bissau, itsinda ry’abarwanashyaka barimo abadepite bo mu ihuriro PAI-Terra Ranka batatanyijwe ku ngufu n’Igipolisi gikoresheje ibyuka biryana mu maso imbere y’Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 13 Ukuboza. Abadepite bari bitabiriye umuhamagaro wa Perezida w’Inteko, Domingos Simàµes Pereira, ari nawe uyoboye iryo huriro, wafashe icyemezo cyo gukomeza imirimo y’inteko nubwo […]

Nitutaba maso Kagame ashobora kudutwarira igihugu: Tshisekedi

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi udahwema ugira mugenzi we Paul Kagame intero n’inyikirizo mu bikorwa bye byo kwiyamamaza, yahuruje abanye-Congo ko nibataba menge iguhugu cyabo gishobora kuzigarurirwa n’u Rwanda. Kuva Tshisekedi atangiye ibikorwa bye byo kwiyamamaza, izina Kagame n’u Rwanda ntibahwemye kuba iturufu akoresha mu kureshya abanye-Congo yifuza ko bamuha manda ya kabiri. Ni Tshisekedi udahwema […]

Gasabo: Batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa amacupa asaga 4000 y’amavuta yangiza uruhu

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage, yafatiye mu Karere ka Gasabo abagabo batatu bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu no gukwirakwiza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukologo nyuma yo kubagwa gitumo bafite amacupa yayo 4136. Yafatiwe mu gipangu cy’umugabo ufite imyaka 32 ari nawe nyirayo giherereye mu Mudugudu wa Karubibi, Akagari ka Cyaruzinge mu […]

Abanyeshuri ba UR bariye mudasobwa baheruka guhabwa mu mazi abira

Kaminuza y’u Rwanda yategetse abanyeshuri “bapfushije ubusa” mudasobwa baheruka guhabwa kuhabwa ngo zibafashe mu myigire yabo vuba na bwangu. Muri Nzeri uyu mwaka ni bwo Kaminuza y’u Rwanda yasubukuye gahunda yo guha mudasobwa abanyeshuri babarirwa muri 30,000; biciye muri gahunda yitwa Minuza. Iyi Kaminuza yasubukuye iyi gahunda nyuma y’igihe yarasubitswe, kuko ubuziranenge bwa mudasobwa zari […]

RDC: Urukiko rw’Itegeko Nshinga rugiye gufata icyemezo ku bijyanye no gusubika amatora

Ikinyamakuru Le Soir cyo mu Bubiligi kiratangaza ko kuri uyu wa Gatanu, itariki 15 Ukuboza, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga ruza gufata icyemezo ku bijyanye no gusubika amatora. Mu gihe amatora ategerejwe mu cyumweru gitaha, Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ikomeje gushimangira ko nta kabuza amatora ateganyijwe […]

EALA Games: Uganda yagereye EALA mu kebo kajya kungana ako yagereyemo u Rwanda

Ikipe y’abagize inteko ishinga amategeko ya Uganda yaraye inyagiye iy’abagize iy’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) ibitego 10-0, mu mikino ya EALA ikomeje kubera i Kigali. Hari mu mukino w’umunsi wa gatandatu w’iyi mikino waraye ubereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Ibitego Depite Twaha Kagabo (yatsinze bibiri), Paul Nsubuga, Peter Ogwang (na we yatsinze bibiri), […]

USA: Abadepite batoye umwanzuro wo gukora iperereza kuri Perezida Biden

Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite muri Amerika, yatoye ko hatangira iperereza kuri Perezida Joe Biden rishobora kuganisha ku kumuhatira kwegura ku mirimo ye nubwo bisa nk’ibitoroshye. Abadepite batoye bashyigikira umwanzuro abarepuburikani bavuga ko uzabaha imbaraga zisumbuye zo gukusanya ibimenyetso no gukurikiza icyo amategeko ateganya. Komite eshatu ziyobowe n’Abarepubukani zivuga ko haba harakozwe ibyaha bya ruswa […]

Muri Nyamasheke umukwabu wo kwica imbwa urakomeje,62 zimaze kwicwa

Gahunda yo kwica imbwa mu Karere ka Nyamasheke irakomeje nyuma y’uko ngo zirara mu ngo z’abaturage no mu nzuri zitandukanye zikica amatungo arimo ihene, n’intama. Izi mbwa ziri gukorwamo umukwabo ni izizwi nk’inyagasozi kuko ziba zidakingiye bityo hakaba Hari n’impungenge ko zarya abantu by’umwihariko abana bato bajya ku ishuri. Muri uku kwezi k’Ukuboza rero amakuru […]

Israel izakomeza intambara na Hamas yashyigikirwa itashyigikirwa — Eli Cohen

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel yatangaje ko Israel izakomeza intambara irwana na Hamas yashyigikirwa cyangwa itashyigikirwa nyuma y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kabiri ushize yasabye ko intambara ibera muri Gaza ihagarara. Muri yi nama, Israel yabaye nk’isigaye yonyine nyuma yo kweekwa n’Umuryango w’Abibumbye ko wifuza ko yahagarika intambara irimo muri Gaza. Ni nyuma […]

Niger:Ingabo z’Abafaransa zari zarasigaye zigiye gusubira iwabo

Abasirikare bose b’Abafaransa bari barasigaye muri Nijer mu rwego rwo kurwanya jihadisme bazaba bavuye muri iki gihugu bitarenze ku ya 22 Ukuboza.Batangaza ko ubutegetsi bwa gisirikare bwageze ku butegetsi bukoze coup d’etat i Niamey ko icyiciro cya nyuma cyo kugenda kw’izi ngabo zasigaye cyigomba kuhava. Mu itangazo ryagiye hanze ryagize riti: “Ku ya 22 Ukuboza, […]