Shema Fabrice wa FERWAFA nâUbushinjacyaha bageze ku bwumvikane

Perezida wâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Rwanda (FERWAFA), Fabrice Shema, nâUbushinjacyaha bageze ku bwumvikane ku bijyanye n’ibyaha bumurega, bituma iburanisha ryâubujurire bwe ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo risubikwa. Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Nzeri ni bwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagombaga kuburanisha ubujurire bwa Shema, ku cyemezo cyo kumufunga iminsi 30 yâagateganyo. Icyakora, iburanisha ryasubitswe […]
Kivu yâAmajyepfo: Isasu riravuza ubuhuha hagati ya AFC/M23 na FARDC/Wazalendo mu bice bitandukanye muri Fizi

Imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 nâiuriro ryâingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa iravugwa kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 17 Nzeri 2026, mu midugudu ya Nagishasho, Timbyangoma, na Natulonge, iherereye mu Murenge wa Lulenge, Gurupoma ya Basimunyaka Sud, muri Teritwari ya Fizi, Intara ya Kivu yâAmajyepfo. Amakuru yâibanze aturuka muri ibyo bice […]
Trump aremeza ko intambara ya Iran iri hafi kurangira

Perezida wa Amerika, Donald Trump, yavuze kuri uyu wa Gatatu ushize ko yizeye ko intambara yo kurwanya Iran iri hafi kurangira, kandi amakuru yâitangazamakuru ritandukanye avuga ko yitezweho kuzahura nâabayobozi bo mu Kigobe iruhande rwâInama Rusange ya Loni ku wa Kabiri kugira ngo baganire kuri iyo ntambara. Ibi Perezida Trump yabitangaje mu gihe intambara na […]
Trump yikomye u Burayi nyuma yâigitekerezo cyo kugira Canada umunyamuryango wa EU

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateye ubwoba bwo kugabanya ubucuruzi nâUmuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi cyangwa agashyiraho âimisoro ikomeye cyaneâ nyuma yâuko uwo muryango utanze igitekerezo cyo kugira Canada âumunyamuryango bicagaseâ wawo wa mbere. Umuyobozi wa Komisiyo yâu Burayi, Ursula Von der Leyen, yatanze igitekerezo cyo kugira Canada umunyamuryango bicagase wa […]
Djibril Ouattara ari mu biganiro na APR FC

Rutahizamu wa APR FC, Djibril Ouattara, yatangaje ko ari mu biganiro nâiyi kipe ku bijyanye nâamasezerano mashya, mu gihe ayo afite ubu ari hafi kurangira. Uyu mukinnyi ukomoka muri Burkina Faso yabivuze nyuma yo gufasha APR FC gutsinda Marine FC ibitego 4-2 mu mukino wa BK Pro League wabaye ku wa Gatatu tariki ya 16 […]
Abavoka ba P-Diddy bivanye mu rubanzaÂ

Abavoka bâumuraperi wâUmunyamerika Sean âDiddyâ Combs basabye urukiko kubemerera kutazongera kumwunganira mu rubanza arimo, aho asaba indishyi za miliyoni 100 zâamadolari. Aba bavoka bavuga ko Diddy amaze igihe kinini atishyura amafaranga yâabavoka. Umwe muri bo, Michael Tremonte, yavuze ko bamaze amezi arenga atandatu bategereje amafaranga menshi yabagombaga. Yavuze kandi ko Diddy amaze amezi arenga ane […]
FARDC, FDLR na Wazalendo bambuye M23 ibice byinshi muri Masisi

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatatu ryongeye kugenzura ibice byinshi byo muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’imirwano ikomeye imaze iminsi irihanganishije n’abarwanyi ba AFC/M23. Mu bice amakuru avuga ko byisubijwe na ririya huriro ririmo FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi birimo Miko, Katuunda, Remeka, Miano, […]
U Bushinwa bukomeje kuza imbere mu bucuruzi hagati yabwo na EAC

Ubucuruzi rusange bwa EAC bwageze kuri miliyari 52.3 z’amadolari y’Amerika, bukaba bwariyongereyeho 37% ugereranije n’igihembwe cya kabiri cya 2025 nkâuko bigaragara mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara nâUmuryango wa EAC. Ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga byazamutseho 41.3% bigera kuri miliyari 26.3 z’amadolari ya Amerika, mu gihe ibicuruzwa biva mu mahanga byiyongereyeho 32.9% bigera kuri miliyari 26.0 […]
Isimbi Noeline yishyuye Miliyoni 29 Frw kugira ngo agire amabere ahagaze

Umukinnyi wa filime zâurukozasoni wâUmunyarwandakazi, Isimbi Noeline, yavuze ko yagiye muri Thailand kwibagisha amabere, igikorwa avuga ko yagikorewe mu mwaka wa 2023. Isimbi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye nâumuyoboro wa YouTube, asobanura uko yateguye amafaranga yo kwibagisha, uko igikorwa cyagenze ndetse nâubuzima bwe nyuma yo kubagwa. Yavuze ko mbere yo kujya kubagwa, yabyiteguye mu gihe cyâamezi […]
RDC: Ihuriro ry’ingabo zirimo FDLR na FDNB ryakajije umurego mu bitero i Masisi na Kalehe

Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zagabiye ibitero icyarimwe mu duce dutandukanye dutuwe cyane tugera ku munani twa teritwari za Masisi na Kalehe. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na AFC/M23 rimenyesha abanyagihugu ndetse nâamahanga muri rusange ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwohereje ingabo nyinshi zigizwe nâabarwanyi ba FDLR ku mirongo itandukanye yâurugamba, bafatanyije nâIngabo zâu Burundi ndetse nâimitwe […]
Perezida Kagame yajyanye Wadagni muri Siporo

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 16 Nzeri, Perezida Paul Kagame na mugenzi we Romuald Wadagni wa BĂ©nin uri mu Rwanda bakoranye siporo yo kugenda nâamaguru mu Mujyi wa Kigali. Aba Bakuru bâIbihugu bombi batembereye ahazwi nka âNyarutarama Green Carpetâ, hamwe mu hantu hagenwe mu Mujyi wa Kigali hagamije gufasha abaturage kubona aho […]
Hari igihugu cyinjiye mu bihe by’amage kubera SIDA

Ibirwa bya Fiji byatangaje ko biri mu bihe byâamage mu gihe ubwandu bwa SIDA bwiyongereye, ndetse irimo kongera serivisi zo kuyipima, gutanga imiti igabanya ubukana no kuyirinda. Hafi umuntu umwe muri buri bantu 60 bakuru bo kuri iryo tsinda ryâibirwa ryo mu nyanja ya Pasifika ubu abana nâiyo virusi iba mu maraso, ugereranyije nâumuntu umwe […]