Uko umugenzi umwe rukumbi yarokotse impanuka y’indege yahitanye abarenga 240 mu Buhinde

GridArt 20250612 191720090

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Buhinde aravuga ko umuntu umwe wenyine ari we washoboye kurokoka impanuka y’indege yahitanye abarenga 240. Kuri uyu wa Kane ni bwo indege yo mu bwoko bwa Boeing 787 Dreamliner ya sosiyete ya Air India yakoze impanuka, nyuma y’iminota mike ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cy’i Ahmedabad yerekeza i Londres mu […]

Abasirikare barenga 700 ba SADC banyuze mu Rwanda bataha

20250612 135016

Icyiciro cya mbere cy’abasirikare barenga 700 Umuryango wa SADC wari warohereje kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane cyanyuze mu Rwanda gitaha. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ni bwo imodoka zitwaye bariya basirikare zinjiye mu Rwanda ziturutse mu mujyi wa Goma babagamo, mbere yo gutangira urugendo ruberekeza iwabo. Bisi […]

N’ijwi rimwe nari nihaye ryaribwe: Umurundi wari wiyamamarije kuba umudepite

20250612 101249

Niyongabo Jules uri mu bari biyamamarije kujya mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, yamaganye uko amatora yo muri iki gihugu yabaye muri uku kwezi yagenze, ashimangira ko yabayemo ubujura bw’amajwi. Niyongabo yabitangaje nyuma y’uko ibyavuye muri ariya matora yabaye ku wa 5 Kamena byatangajwe ejo hashize, byerekana ko ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi ryatsinze amatora […]

SANDF igiye kwakira abasirikare ba mbere M23 yakubitiye i Goma

SANDF soldiers drc 768x512 1

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF), cyatangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 13 Kamena kizakira icyiciro cya mbere cy’abasirikare bari baroherejwe kurwanya umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. SANDF yemeje ayo makuru biciye mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Kamena. Muri iri tangazo, Igisirikare cya Afurika […]

Burundi: CNDD-FDD yikubiye imyanya yose mu Nteko Ishinga Amategeko

Screenshot 20250611

Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, ryikubiye imyanya yose mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma y’uko bitangajwe ko ryatsinze amatora y’abadepite ku kigero cya 100%. Ku wa 5 Kamena ni bwo mu Burundi habaye amatora arimo ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko n’ay’abayobozi b’amakomine. Ni amatora abayakurikiranye bemeza ko atigeze abera mu muyo, kuko abaturage baherekezwaga mu […]

AFC/M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

m23 48 afb87

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Kamena ryatangaje Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick nka Guverineri mushya w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo. AFC/M23 yemeje ko yamuhaye ziriya nshingano biciye mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuhuzabikorwa wayo, Corneille Nangaa Yobeluo. Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick wagizwe na M23 Guverineri […]

Perezida Mirziyoyev yahembye abakinnyi b’ikipe y’igihugu cye imodoka nshya

20250611 130531

Perezida Shavkat Mirziyoyev wa Uzbekistan, yahembye abakinnyi n’abatoza b’ikipe y’igihugu cye imodoka nshya, nyuma yo gukora amateka yo kubona bwa mbere itike y’Igikombe cy’Isi. Izi modoka abakinnyi bazishyikirijwe ku wa Kabiri tariki ya 10 Kamena, nyuma y’umukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 Uzbekistan yanyagiyemo Qatar ibitego 3-0. Iyi kipe yabonye itike yo […]

Urugomero rwa Rusizi III mu mutima w’ibiganiro Amerika iri guhurizamo u Rwanda na RDC 

imirimo yo kubaka urugomero rw amashanyarazi rwa ruzizi iii igiye gutangira 453c1

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaze kwinjiza umushinga wo kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Rusizi III, mu biganiro u Rwanda ruri kugirana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo guhosha amakimbirane yo mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Umushinga wo kubaka ruriya rugomero u Rwanda ruwuhuriyeho n’ibihugu bya RDC n’u Burundi. Africa Intelligence ivuga ko […]

Umubare w’abarwanyi ba FDLR basigaye baba no mu Burundi mu mboni za RDF

arton170016 978c6 b6169 1

Igisirikare cy’u Rwanda kiravuga ko umutwe wa FDLR ugizwe n’abarwanyi bari hagati ya 7,000 na 10,000; kikanashimangira ko uyu mutwe ukiri ikibazo ku mutekano w’igihugu. Byatangajwe n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga, mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru Fiston Mahamba w’umunye-Congo. Brig. Gen Rwivanga ubwo yabazwaga ku mubare w’abarwanyi uriya mutwe ufite, yavuze […]

Congo yatse u Rwanda ubutaka yari yararuhaye

24438

Guverinoma ya Congo-Brazzaville yemeje ko yamaze gusesa amasezerano yerekeye ubutaka yari yaratije u Rwanda, nyuma y’uko abashoramari bagombaga kububyaza umusaruro bananiwe kubahiriza ibyari bikubiye mu masezerano. Ku wa 12 Mata 2022 ubwo Perezida Paul Kagame yarimo agirira uruzinduko rw’akazi muri Congo, ni bwo amasezerano yerekeye buriya butaka yari yasinywe. Ni amasezerano icyo gihe Leta ya […]

Minisitiri Mutamba mu muryango winjira imbere y’ubutabera, azabanza kwegura

20250610 111140

Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko Rusesa Imanza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu uburenganzira bwo gutangira kuburanisha Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba. Minisitiri Mutamba ashinjwa kunyereza amafaranga yari agenewe kubaka gereza ya Kisangani ndetse n’ay’impozamarira yari agenewe abagizweho ingaruka n’intambara y’iminsi itandatu. Urwandiko rw’umushinjacyaha Firmin Mvonde rwasomewe imbere y’abagize Inteko Ishinga […]

Igisubizo cy’u Rwanda ku kuba rwazasubira muri CEEAC

nduhung 2 87f8b 2 645e3

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudateganya gusubira mu muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), kuko utubahiriza amategeko. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda yabitangaje, nyuma y’uko mu mpera z’icyumweru gishize u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kwivana muri uriya muryango ruwushinja “kugirwa igikoresho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]

COVID-19 yongeye kugaragara mu Rwanda

Coronavirus COVID 19

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko muri iyi minsi mu gihugu hari ubwiyongere bw’indwara zifitanye isano n’ihindagurika ry’ikirere, zirimo na COVID-19. Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Muraho! Muri iyi minsi  tuva mu itumba tugana mu cyi; hari ubwiyongere bw’ indwara zifitanye isano n’ ihinduka ry’ […]

Walikale: M23 yakubise Wazalendo, itwika ibirindiro byazo

M23

Umutwe wa M23 wirukanye abarwanyi b’imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo mu mudugudu wa Mulema, Groupement ya Kisimba ho muri Teritwari ya Walikale, nyuma yo kubakubitira mu mirwano. Imirwano ikomeye yasakiranyirije impande zombi ku Cyumweru tariki ya 8 Kamena. Amakuru avuga ko ingabo za M23 zari ziturutse ahitwa Kalonge zateye ibirindiro bya Wazalendo byari biri muri […]

AS Kigali ishobora gutakaza abakinnyi 15

whatsapp image 2025 03 05 at 06.31 33 1 f3ced

Ikipe ya As Kigali yugarijwe n’ibibazo birimo icy’amikoro, ishobora gutakaza abakinnyi 15 bose bamaze gusoza amasezerano muri 27 isananwe. Iyi kipe y’Umujyi wa Kigali mu mwaka ushize w’imikino yarangije shampiyona ari iya gatatu, inyuma y’amakipe ya APR FC na Rayon Sports. Usibye kuba iyi kipe yugarijwe n’ubukene bwatumye irangiza shampiyona ibereyemo abakinnyi bayo ibirarane by’amezi […]

Gen. Sejusa ntiyemeranya n’u Rwanda ku cyemezo cyo kwivana muri CEEAC

sejusa5

Gen (Rtd) David Sejusa Tinyefuza wahoze mu ngabo za Uganda, yagaragaje ko u Rwanda rutakabaye rwarafashe icyemezo cyo kuva mu muryango w’ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo hagati (CEEAC). Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Guverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo kuva muri uriya muryango, nyuma yo kuwushinja “gukoreshwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]

U Rwanda rwivanye muri CEEAC kubera RDC

20250608 040934

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko rwamaze gufata icyemezo cyo kuva mu muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), kubera ko wagizwe igikoresho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibifashijwemo na bimwe mu bihugu biwugize. U Rwanda rwemeje ko rwamaze kuva muri uyu muryango biciye mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga. Iri tangazo […]

Frank Ribéry yahaye inkwenene Cristiano Ronaldo

franck ribery and cristiano ronaldo

Umufaransa Frank Ribéry yahaye inkwenene Cristiano Ronaldo, nyuma y’uko uyu munya-Portugal atangaje ko ku bwe umukinnyi wagahawe igihembo cya Ballon d’Or ari uwatwaye igikombe cya UEFA Champions league. Kuri ubu impaka zikomeje kuba nyinshi k’ugomba gutwara Ballon d’Or y’uyu mwaka, nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2024/25 ushyizweho akadomo. Umufaransa Ousmane Dembélé nyuma yo gutwarana na […]

RDC iri kwitambika u Rwanda ngo iruvutse kuyobora CEEAC

ceeac 2 b02f1

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangiye gukora ibishoboka byose, mu rwego rwo kwitambika u Rwanda ngo irubuze kuyobora Umuryango w’Ubukungu wo mu bihugu byo muri Afurika yo hagati (CEEAC). Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Kamena ni bwo i Malabo muri Guinée-Equatoriale hatangiye inama y’abakuru b’ibihugu bigize uriya muryango. Ni inama yitabiriwe n’abahagarariye ibihugu […]

Amerika yashyize RDC mu kato

trump tshisekedi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije abaturage bazo gukorera ingendo mu bihugu 21 byo hirya no hino ku Isi, birimo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. RDC cyo kimwe n’ibihugu bashyizwe mu gatebo kamwe bashyizwe ku rwego rwa kane. Leta ya Amerika isobanura ko ibihugu biri kuri uru rwego nk’ibiteje cyane ikibazo, ikindi ikaba idafite ubushobozi […]

Nangaa yateguje ko M23 igiye gusimbura FARDC

gii7vovxqaatd25 2 122a8 1

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo M23, yatangaje ko mu gihe cya vuba kiri imbere uyu mutwe ari wo uzasimbura Igisirikare cya RDC cyamaze gusenyuka. Nangaa yabitangarije mu kiganiro aheruka kugirana n’umushakashatsi Alaix Destexhe. Uyu munyapolitiki wahoze akuriye Komisiyo y’Amatora muri RDC, yasezeranyije abanye-Congo ko AFC iriho ku bwabo ndetse ikanaba amizero yabo. Nangaa […]

Tshisekedi yatunguye Kayikwamba, amuha indabyo

20250607 070827

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahaye indabyo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, Thérèse Wagner Kayikwamba, nk’uburyo bwo kumushimira. Tshisekedi yatunguriye Kayikwamba mu nama y’abaminisitiri yaraye ibereye mu biro bye. Muri iyi nama, Perezida wa RDC yashimye icyo yise intambwe ifatika igihugu cye kimaze gutera ku ruhando rwa dipolomasi mpuzamahanga, “by’umwihariko […]

Amafoto y’intasi igisirikare cy’u Burundi cyungutse

20250606 144734

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyatangaje ko cyungutse abasirikare bari bamaze igihe bahagwa amahugurwa mu bijyanye no gukora ubutasi. Ku wa Kane tariki ya 5 Kamena ni bwo ziriya ntasi zasoje amahugurwa y’amezi atandatu zakoreraga ahitwa Kinanira. FDNB ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko ziriya ntasi zayo nyuma yo guhabwa imyamyabushobozi zasabwe “gukoresha ubumenyi […]

La Fondation pour la Paix de Bill Clinton critique le système judiciaire de la RDC

Palais de justice

Dans un Communiqué de Presse La Fondation Bill Clinton pour la paix dénoncer la détention arbitraires , emprisonnement illégaux et lenteur procédures judiciaires par la Justice Congolaise informé apre la mort du Général Sikatende décédés a l’hôpital Militaire du Camp Tshatshi le 04 Juin 2025 a Kinshasa en RDC. L’ONG affirme que la raison de […]

Zabyaye amahari hagati ya Trump na Elon Musk

elon musk 4 rt gmh 250528 1748436298180 hpMain 1

Umwuka ukomeje kuba mubi hagati ya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Elon Musk, nyuma y’uko uyu muherwe bari banasanzwe ari inshuti anenze itegeko ryerekeye ingengo y’imari riherutse gutorwa. Umubano w’aba bagabo bombi icyakora wari usanzwe urimo agatotsi, kuva ubwo Musk yarekaga inshingano zo kuba umuyobozi w’ikigo gishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’umutungo […]

Tshisekedi yahoberanye na mukeba we Fayulu

20250606 11042

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahuye anagirana ibiganiro n’umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe. Ku wa Kane tariki ya 3 Kamena ni bwo Tshisekedi yakiriye Fayulu n’abari bamuherekeje mu biro bye. Uyu munyapolitiki yaherukaga gusaba Tshisekedi ko bahura, bakaganira uko barokora RDC ibyago bibangamira inzego ndetse n’ubusugire bwayo. Ni […]

Tchad yihimuye kuri Trump

GridArt 20250606 65414067

Leta ya Chad yahagaritse gutanga Visa ku baturage ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo gusubiza iki gihugu ku cyemezo giheruka gufata cyo gukumira abanya-Tchad ku butaka bwacyo. Ku wa Gatatu tariki ya 4 Kamena ni bwo Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe icyemezo cyo gukumira mu gihugu cye […]

Rayon Sports irakoza imitwe y’intoki kuri myugariro w’Umugande

GsnSKzbXsAAwnnK.jpg large 1

Ikipe ya Rayon Sports iri mu nzira zo kwegukana myugariro w’umunya-Uganda, Nicholas Mwere. Mwere w’imyaka 24 y’amavuko, amaze imyaka ubiri akinira ikipe ya Bull FC y’iwabo. Amakuru avuga ko ibiganiro hagati ya Gikundiro n’uyu myugariro ukina inyuma ibumoso bigeze kure, kugira ngo azaze guha akazi Hakim Bugingo usanzwe akinira iyi kipe. Mu mwaka ushize w’imikino […]

M23 yahamagaje intumwa yari yarohereje mu mishyikirano i Doha

afc 2 7bb66 37f15

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wamaze guhamagaza intumwa wari warohereje i Doha muri Qatar gushyikirana na Leta ya Congo. Izi ntumwa za M23 zahamagajwe i Goma, nyuma y’iminsi 30 ziri mu biganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umunyamakuru wigenga Steve Wembi usigaye yegereye M23 ndetse n’ihuriro […]

Trump yakumiriye abarimo Abarundi muri Amerika

GridArt 20250605 104004460

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yakumiriye ku butaka bw’igihugu cye abaturage b’ibihugu bigera kuri 20, birimo u Burundi. Trump yatangaje ko kiriya cyemezo yaraye afashe kiri mu rwego rwo “kurinda igihugu [cye] ibyihebe by’abanyamahanga.” Mu bihugu 19 abaturage babyo bakumiriwe muri Amerika, harimo 12 yakumiriye burundu. Ni ibihugu byiganjemo ibyo ku […]

AFC/M23 yahaye Birato yari yaragize Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo inshingano nshya

20250605 095244

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, ryahamagaje Birato Rwihimba Emmanuel wari umaze igihe gito uhaye inshingano zo kuba Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, rimuha inshingano nshya. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo Birato yari yagizwe Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo. Byari nyuma y’iminsi mike M23 yigaruriye Umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iriya ntara. […]

Uwahoze ari Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo yinjiye muri M23

20250604 162340 1

Marcelin Cishambo wahoze ari Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Gatatu yakiriwe mu mutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Cishambo yabaye Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo kuri ubu ifite igice kinini kigenzurwa na M23 hagati ya 2010 na 2017, ku butegetsi bwa Joseph Kabila Kabange. M23 yemeje ko yamaze […]

Dr. Habineza wa Green Party agiye kujyana leta y’u Rwanda mu nkiko 

20250604 144755

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Dr. Frank Habineza, yatangaje ko agiye kujyana leta y’u Rwanda mu nkiko kugira ngo ivaneho ibigo binyuzwamo abantu by’igihe gito bizwi nka Transit Centers. Habineza amaze igihe agaragaza ko ibi bigo bikwiye kuvaho, kuko bifungirwamo abantu mu buryo budakurikije amategeko ndetse bikanabafata nabi. Uyu munyapolitiki yongeye […]

Imodoka ya BMW 116D igurishwa ku giciro gito cyane (Amafoto)

GridArt 20250528 192601805

Imodoka imwe yo mu bwoko bwa BMW 116D yashyiriwe ku isoko uwifuza kuba yayitunga ikaba iye ku kuguzi cye. BMW116D iri mu zihagazeho zisanzwe zikorwa n’uruganda rwa BMW rwo mu Budage ruri mu zifite izina riremereye ku Isi. Iyi yashyizwe ku Isoko yakozwe mu Ukwakira 2016 ndetse ikaba ifite ‘Climatisations’ zirakora neza. Igiciro ku wifuza […]

Minisitiri Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha yitwaje abavoka 20

20250604 102628

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, ku wa Kabiri yitabye ubushinjacyaha bumukurikiranyeho kunyereza za miliyoni y’amadorali yari agenenewe kubaka gereza. Mutamba yari aherekejwe n’abavoka 20. Uyu mugabo yitabye umushinjacyaha, mu gihe yari yaravuze ko atazigera yitaba uyu mushinjacyaha avuga ko na we ubwe hari ibyaha akekwaho. Mutamba kandi akurikiranweho kunyereza umutungo […]

Perezida Kagame yasuye ku ishuri Abanyarwanda 5 biga muri ENSIA

IMG 20250604

Perezida Paul Kagame uri i Algiers muri Algérie, yasuye ishuri rya leta ya kiriya gihugu ryigisha ibijyanye n’Ubwenge Buhangano (ENSIA). Umukuru w’Igihugu yasuye ririya shuri ku wa Kabiri tariki ya 3 Kamena, ku munsi wa mbere w’uruzinduko rwe muri Algérie. Ishuri Perezida Paul Kagame yasuye, risanzwe ryigamo abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda. Imwe mu mafoto yashyizwe hanze […]

U Rwanda na Algérie byasinyanye amasezerano mashya 12

20250604 060252

U Rwanda na Algérie ejo ku wa Kabiri byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego nshya 12, zirimo ubwikorezi bwo mu kirere no gukuraho visa. Umuhango wo gusinya aya masezerano wakurikiye ibiganiro byahuje Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Algérie, Abdelmadjid Tebboune. Umukuru w’Igihugu ari muri kiriya gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika, mu ruzinduko rw’akazi […]

Samsung 250 yegereje Abanyarwanda ‘Cookers’ zigezweho

GridArt 20250603 183653428

Sosiyete ya Samsung 250 icuruza telefoni mu Rwanda n’ibindi bikoresho bigezweho, yamaze gushyira ku isoko ‘Cookers’ zigezweho. Cookers iyi sosiyete yamaze kugeza ku isoko, zifite umwihariko w’uko zifite ‘gaz’ ndetse n’ishyiga ry’amashanyarazi. Ibi bivuze ko mu gihe utetse gaz ikagushirana ushobora guhita wimura inkono ukayicomeka ku ishyiga ry’amashanyarazi. Ni ishyiga ritwara Frw 80 ku isaha […]

Tshisekedi yaba yemereye Fayulu umwanya ukomeye muri Guverinoma

8c552806 03d1 43c2 8fd3 e3196d18605e 1024x576 1

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko yaba yaramaze kwemeranya na Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe ko azamugira Minisitiri w’Intebe. Tshisekedi amaze iminsi yiyegereza abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwe ngo bakore Guverinoma bahuriyeho bise iy’ubumwe bw’igihugu. Ni icyemezo Tshisekedi yafashe, nyuma yo kubona ko abenshi mu banye-Congo bari batangiye […]

Perezida Kagame kwa Abdelmadjid Tebboune

gezzvwyx0aargwg 7ff12

Perezida Paul Kagame ari i Algiers muri Algérie, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Kamena yatangiye uruzinduko rw’akazi. Amakuru y’uruzinduko rwa Perezida Paul Kagame i Algiers, yemejwe n’abarimo Ambasade ya Algérie i Paris mu Bufaransa. Iyi Ambasade ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko Perezida Kagame yagendereye kiriya gihugu cyo mu majyaruguru […]

M23 yabwiye abaturage ko igiye gufata umwe mu mijyi yo muri Walikale

I63UAUZBLND4REUE4BY5OLMMWY

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko umutwe wa M23 uri kongera ingabo mu birindiro byawo bitandukanye, muri za Teritwari za Masisi na Walikale. Amakuru avuga ko mu mpera z’icyumweru gishize ari bwo M23 yongereye cyane ingabo n’ibikoresho mu bice bitandukanye. Nko mu bice bya Masisi-Nyabyondo-Kasopo na Nyabyondo-Kinyumba ho muri Masisi; amakuru […]

Abasirikare ba UPDF bateye Diviziyo ya Polisi, bahondagura Komanda wayo

gettyimages 1237111607

Polisi ya Uganda yatangaje ko ifatanyije n’Igisirikare cy’iki gihugu bataye muri yombi abasirikare 13, nyuma yo kugaba igitero kuri Diviziyo ya Polisi iri mu karere ka Wakiso bahondagura abapolisi barimo n’uyikuriye. Byabaye ejo ku wa Mbere tariki ya 2 Gicurasi. Polisi ya Uganda mu itangazo yasohoye, yasobanuye ko intandaro yatumye bariya basirikare barwana n’abapolisi kugeza […]

Amakamyo arenga 260 yikoreye ibitwaro bya SADC amaze guca mu Rwanda 

Screenshot 20250602

Amakamyo 263 yikoreye ibitwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare by’ingabo umuryango wa SADC wari warohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ni yo amaze guca ku butaka bw’u Rwanda abicyura. SADC yari yarohereje mu burasirazuba bwa RDC biriya bikoresho ndetse n’ingabo, mu rwego rwo gufasha ku rugamba ingabo za leta ya kiriya gihugu mu ntambara zirwanamo […]

Tshisekedi yemeye guhura n’umwanzi we Fayulu 

b5f03e91c8269e8a0df471f420702691 1546099970

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemeye guhura na Martin Fayulu basanzwe badacana uwaka mu rwego rwo kurokora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Tshisekedi yemeje ko yiteguye guhura n’uriya munyapolitiki abinyujije mu muvugizi we, Tina Salama. Yanditse ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter ati: “Perezida wa Repubulika arashimira gukunda igihugu […]

‘Ibitero by’iterabwoba’ bya FDLR na FDNB byibasiye Abanyamulenge 

Congo soldier AP

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere wamaganye wivuye inyuma ibitero ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kugaba ku baturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, yasobanuye ko “ibitero by’iterabwoba” iri huriro ririrmo Ingabo za Leta ya RDC (FARDC), iz’u Burundi […]

Gén. Luboya yavuze impamvu FARDC yatangiye gukubitwa n’inyeshyamba za Thomas Lubanga

20250602 063518

Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gén. Johnny Luboya, yatangaje ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziri kwicwa n’inyeshyamba ziyobowe na Thomas Lubanga, bitewe n’uko zimaze igihe zaracitse intege. Yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 30 Gicurasi, ubwo yavaga imuzi ibibazo bitandukanye byugarije ingabo za RDC ziri mu bikorwa […]

LGD iravuga ko Matata Ponyo yaburiwe irengero

bitmap 1200 nocrop 1 1 20230703191310700649 R OK1021

Ishyaka Leadership et Gouvernance pour le Développement (LGD), riravuga ko umuyobozi waryo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Augustin Matata Ponyo yaburiwe irengero. Matata Ponyo yabaye Minisitiri w’Intebe wa RDC hagati ya 2012 na 2017, ku butegetsi bwa Joseph Kabila. Ishyaka rye mu itangazo ryasohoye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31 Gicurasi, ryavuze ko […]

Mukobwa dore icyo wakora ugaca ukubiri n’impfundiko

1740220984587

Muri iki gihe abakobwa bose usanga bifuza gusa neza bijyana no gutera neza bityo bikabongerera igikundiro. Mu byongera igikundiro harimo no kugira amaguru meza abereye ijisho. Kuri wowe mukobwa wibazaga icyagufasha kugira amaguru meza, uhereye ubu ugiye gusubizwa. Dore bimwe bizagufasha kugira amaguru meza: 1. Imirasire y’izuba rya kare cyane mu gitondo: Ugomba kwambara ijipo […]

Ab’i Goma baburiwe ku bibasu bihandagaye

21 photo 9 2e93c

Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge (CICR), yatanze impuruza ku bisasu byinshi byandagaye mu bice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Inzobere mu bijyanye no gukurikirana ingaruka intwaro zishobora kugira ku baturage begereye uduce zirimo muri CICR, Destin Nalanda, yavuze ko ibice bimwe byo mu mujyi wa Goma biri mu byandagayemo ibiturika byinshi. Nalanda yasobanuye ko ibi bisasu […]

Ndayishimiye yibasiriye u Rwanda kwa Museveni

pic 26 3e3e7

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ku wa Gatatu yongeye kwibasira u Rwanda, arushinja guteza umutekano muke mu karere. Perezida w’u Burundi yarwikomeye i Kampala muri Uganda, ubwo yavugiraga ijambo mu nama ya 12 yo ku rwego rwo hejuru y’urwego rw’ubugenzuzi bw’akarere ku mahoro, umutekano n’ubufatanye kuri RDC imaze iminsi ibera i Entebbe mu biro bye. […]

 Umugore wa Col. Besigye yatakambiye Museveni 

Untitled 1 67

Umugore wa Col. Dr. Kizza Besigye, Winnie Byanyima, yatakambiye Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda amusaba gufungura uriya munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe. Byanyima yatakambiye Museveni, nyuma y’uko ubutabera bwa Uganda bwari bumaze gufata icyemezo cyo kumwangira kurekurwa by’agateganyo. Besigye usanzwe ari umuyobozi w’Ishyaka FDC ritavuga rumwe n’ubutegetsi, afunzwe kuva mu mpera z’umwaka ushize akurikiranweho […]

Inkumi yari yatumwe kwica Gen. Sematama wa Twirwaneho yafashwe

Ku wa Kane tariki ya 29 Gicurasi, muri Centre ya Mikenke hafatiwe umukobwa wari watumwe kwica Général de Brigade Sematama Charles ukuriye umutwe wa Twirwaneho. Amakuru avuga ko ubwo uwo mukobwa yageraga  mu Mikenke yari yashatse uko yagera ku basirikare bamufasha kumuha numéro ya Telefoni y’uriya Jenerali. Bivugwa ko yifashishije umwe mu badamu bagemura mu […]

Joseph Kabila yahuye n’abayobozi ba M23

20250530 230327

Joseph Kabila Kabange umaze hafi icyumweru mu mujyi wa Goma, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Gicurasi yahuye n’abayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23. Mu bahuye na Kabila barimo Corneille Nangaa usanzwe ari umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo ndetse na Bertrand Bisimwa usanzwe ari Perezida w’umutwe wa M23. Nangaa abinyujije ku […]

Ibyihebe birigamba kwica abasirikare ba FADM na RDF

unnamed 1

Umutwe w’iterabwoba wa Ansar Al Sunnah wo muri Mozambique, urigamba kwicira abasirikare ba Mozambique n’ab’u Rwanda mu bitero uvuga ko uheruka kugaba. Uyu mutwe ubicishije ku miyoboro unyuzaho icengezamatwara, muri iki cyumweru wigambye igitero uvuga ko wagabye ku kigo cya gisirikare cy’ingabo za Mozambique kiri mu karere ka Macomia ho ntara ya Cabo Delgado. Ni […]

Kabila yahuye n’abayobozi gakondo bo muri Kivu y’Amajyaruguru

20250530 142129

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu yakiriye anagirana ibiganiro n’abayobozi gakondo bo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kabila ari i Goma kuva ku Cyumweru gishize. Yahatahukiye nyuma y’igihe kinini aba mu buhungiro yari yaragiyemo muri 2023. Yahuye na bariya bayobozi gakondo, mu gihe ejo ku […]

M23 yatangaje umubare w’abantu baguye mu rugamba rwo gufata Goma

20250530 131545

Umutwe wa M23 watangaje ko abantu 874 ari bo bamenyekanye ko baguye mu mirwano yasize muri Mutarama uyu mwaka wigaruriye Umujyi wa Goma. Uyu mutwe wabitangaje kuri uyu wa Mbere, mu kiganiro wahaye itangazamakuru. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo M23 yigaruriye Goma nyuma yo kuyirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]

Museveni yagaragaje uko Habyarimana na Mobutu babaye imvo y’amakimbirane yo muri RDC

gettyimages 953956312 2048x2048 5b65a

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yagaragaje ko intandaro y’amakimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yabaye Politiki z’amoko zatijwe umurindi n’abanyamahanga, kuva mu gihe cy’ubutegetsi bwa Habyarimana Juvenal wari Perezida w’u Rwanda na Mobutu Sese Seko wari uwa Zaïre. Museveni yabigarutseho ku wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe, ubwo yagezaga ijambo […]

Ba ‘Commanders’ ba RDF n’Igisirikare cya Tanzania mu nama i Nyagatare

csm 1 2168f340e0

Abayobozi b’ingabo z’ibihugu by’u Rwanda na Tanzania, bari mu nama y’umutekano y’iminsi itatu iri kubera mu karere ka Nyagatare. Ni inama impande zombi ziri guhuriramo ku nshuro ya 12. Yatangiye ku wa Gatatu tariki ya 28 Gicurasi, ikaba izasoswa kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Gicurasi. Ba ‘Commanders’ bayitabiriye ni abayobora ingabo zikorera ku […]

U Rwanda rwamaganye ubutegetsi bwa M23 muri Kivu zombi

20250529 151141

U Rwanda ruri mu bihugu 12 byamaganye “ubutegetsi bubangikanye” n’ubwa leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo umutwe wa M23 umaze igihe warashyizeho mu bice byo mu burasirazuba bwa kiriya gihugu ugenzura. Umwanzuro wamagana buriya butegetsi wafatiwe mu nama ya 12 yo ku rwego rwo hejuru y’urwego rw’ubugenzuzi bw’akarere ku mahoro, umutekano n’ubufatanye kuri RDC […]