Ba Musenyeri bo muri RDC nyuma yo guhura na AFC/M23, bakiriwe na Perezida Kagame

20250214 055857

Perezida Paul Kagame ku wa Kane yakiriye mu biro bye ba Musenyeri bagize Inama Nkuru y’Abepiskopi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO). Iyi nama mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko uruzinduko bagendereyemo Umukuru w’Igihugu rwari mu rwego rw’”igihango cy’amahoro no kubana neza muri RDC”, ndetse no gusohora igihugu mu bibazo […]

Goma: Umuhanzi Delicat Idengo yarashwe mu cyico

20250213 151354

Umuhanzi Delicat Idengo wari uzwi cyane mu mujyi wa Goma ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Kane yishwe arashwe. Idengo yarasiwe mu gace ka Virunga i Goma. Amakuru avuga ko abarashe uyu muhanzi bari bambaye impuzankano ya gisirikare, gusa ntibizwi niba yaba yarashwe n’umutwe wa M23 kuri ubu ugenzura Umujyi wa Goma […]

Nangaa wa AFC/M23 yahishuye impamvu yatumye yibira Tshisekedi amajwi

GridArt 20250213 130424076

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, yongeye kwemeza ko ubwo yari Perezida wa Komisiyo y’amatora muri RDC bibiye amajwi Félix Tshisekedi bakamugira Perezida nyamara atari we wari watowe. Nangaa yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana n’umunyamakurukazi Colette Braeckman usanzwe ari mu banditsi bakuru b’ikinyamakuru Le Soir. Muri 2018 ubwo Tshisekedi yatorerwaga bwa mbere […]

Impamvu P. Kagame afitiye M23 impuhwe n’icyo avuga ku ntego yayo yo kwirukana Tshisekedi

20240925054306000000

Perezida Paul Kagame yatangaje ko afitiye impuhwe umutwe wa M23 ndetse akaba anawushyigikiye, bijyanye no kuba urengera igice cy’abanye-Congo bamaze igihe bacunaguzwa na leta y’igihugu cyabo. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Jeune Afrique. M23 ivuga ko iharanira uburenganzira bw’abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda, imaze imyaka irenga itatu iri mu ntambara n’Ingabo za RDC. Ni intambara yatumye […]

Perezida Kagame yasubije Ndayishimiye

Perezida Paul Kagame yasubije Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, nyuma y’iminsi ateguza ko igihugu cye gishobora kujya mu ntambara n’u Rwanda. Ndayishimiye mu minsi ishize ubwo yari yakiriye abadipolomate bahagarariye ibihugu n’imiryango itandukanye mu Burundi, yikomye umuryango mpuzamahanga yashinje kuba ukomeje guceceka ku bibera muri Congo Kinshasa; ashinja bimwe mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi kuba […]

Perezida Kagame yasubije ibihugu bikomeje gukangisha u Rwanda ibihano

3 99 65171

Perezida Paul Kagame yasubije ibihugu bitandukanye bikomeje gukangisha u Rwanda ibihano, agaragaza ko yahitamo guhanwa aho kugira ngo umutekano w’u Rwanda ubangamirwe. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’ikinyamakuru Jeune Afrique. Ni ikiganiro cyabaye mu gihe ibihugu nk’u Bubiligi, u Bwongereza n’u Budage bimaze igihe biteguje u Rwanda ko bishobora kuruhagarikira inkunga, byaba […]

Angola yemeje ko igiye kohereza ingabo mu duce M23 igenzura

640cd40cdbdf0197583224

Angola kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Gashyantare 2025, yemeje ko mu mpera z’iki cyumweru izohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zo “gufasha mu bikorwa byo kugarura amahoro.” Angola ivuga ko ingabo izohereza muri RDC zigomba gukorera mu duce tugenzurwa na M23, zikazaba zifite inshingano zo kurinda abasirikare bagize urwego rwitwa Ad […]

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa yasabye ko u Rwanda rwotswa igitutu gikomeye 

rwanda kagame hollande

François Hollande wahoze ari Perezida w’u Bufaransa, yagaragaje ko Umuryango Mpuzamahanga ukwiye gushyira igitutu gikomeye ku Rwanda, kugira ngo ruhagarike ubufasha ku mutwe wa M23 rushinjwa gufasha. Hollande yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI). Uyu mugabo wayoboye u Bufaransa hagati ya 2012 na 2017, yanenze amahanga ku kuba ukomeje “kugorwa no […]

FARDC n’Ingabo z’u Burundi mu myiteguro yo kugaba ibitero karahabutaka kuri M23

659443ebc753b45dab239a10 Militaires burundais en tenue des FARDC

Umutwe wa M23 watangaje ko wamenye amakuru y’uko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi ziri mu myiteguro yo kuwugabaho ibitero bikomeye. Wabitangaje biciye mu itangazo wasohoye ku wa Kabiri tariki ya 11 Gashyantare 2024. M23 yatangaje ibi, mu gihe hari amakuru avuga ko ingabo z’u Burundi na RDC zikomeje kongera abasirikare […]

Rulindo: Abatari bake baguye mu mpanuka

Screenshot 20250211 180401 1

Abatari bake birakekwa ko bitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Gashyantare, nyuma y’impanuka ikomeye yabereye mu karere ka Rulindo. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iyi mpanuka ahazwi nko ku Kirenge, mu murenge wa Rusiga. Impanuka yabaye ubwo Bisi nini ya sosiyete intwara abagenzi ya ‘International’ yarengaga umuhanda ikagwa epfo mu kabande. Iyi […]

Afurika y’Epfo yohereje izindi ngabo n’intwaro muri RDC

unnamed 1 1

Afurika y’Epfo mu minsi mike ishize yohereje izindi ngabo ndetse n’ibikoresho bya gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo kuhapfushiriza abasirikare 14. Ni amakuru Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko byahamirijwe n’amasoko ya dipolomasi na Politiki. Afurika y’Epfo yohereje ingabo z’inyongera, mu gihe hari ubwoba bw’uko intambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Congo […]

U Bubiligi buri gusabira u Rwanda ‘ibihano bikakaye’

Guverinoma y’u Bubiligi yatangaje ko iri gukora iyo bwabaga isabira u Rwanda ibihano bikakaye, nyuma yo kurushinja gutera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Maxime Prévot, ubwo yari imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Uyu yasabye ko u Rwanda ruhagarikirwa inkunga, mu kwerekana ko u Bubiligi butishimiye ibibera mu burasirazuba bwa RDC. […]

M23 yaciye amarenga yo gufata Bukavu

20250206 180559 1

Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 10 Gashyantare waciye amarenga y’uko ugomba kujya gufata Umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu rwego rwo kurinda abaturage baho bakomeje gukorerwa ubwicanyi n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC. Uyu mutwe wabitangaje biciye mu muvugizi wawo mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka. Ni nyuma y’uko […]

Tchad igiye kohereza muri RDC ingabo zo guha FARDC umusada

jad20241030 infographie tchad boko haram

Igisirikare cya Tchad kiri mu myiteguro yo kohereza ingabo zacyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gufasha ku rugamba ingabo za kiriya gihugu ziri mu ntambara n’umutwe wa M23. Ni amakuru yemejwe na rimwe mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tchad, mu itangazo ryamagana kiriya cyemezo ryasohoye. Amakuru avuga ko ku Cyumweru […]

Cardinal Ambongo yasabye Tshisekedi kwemera kujya mu mishyikirano na M23 

20250210 133519

Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Kinshasa, Cardinal Fridolin Ambongo, yasabye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwemera kujya mu mishyikirano n’umutwe wa M23 kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Ambongo yatanze ubu busabe, mu gihe inama iheruka guhuza abakuru b’ibihugu bigize imiryango ya EAC na SADC yasabye Leta ya RDC kujya […]

Pasiteri Mukuna yavumye u Rwanda, ahabwa inkwenene

mukuna pascal 23 png 711 473 1

Pasiteri Pascal Mukuna wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahawe inkwenene nyuma yo kuvuma u Rwanda arwifuriza ibibi ndetse n’ibyago bitandukanye. Uyu muvugabutumwa yahundagaje imivumo ye ku Rwanda ejo ku Cyumweru tariki ya 9 Gashyantare, ubwo yari ayoboye amateraniro mu itorero rye ryitwa ACK. Yagize ati: “Mu gihugu cy’u Rwanda, Mana gushamo imvura y’amahindu […]

RDC ntishobora kuducecekesha: Perezida Kagame 

20250208 111206 1

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutazigera rwemera ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irucecekesha, mu gihe iki gihugu gikomeje guteza ibibazo by’umutekano ku Rwanda. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Gashyantare, ubwo yari i Dar Es Salaam muri Tanzania aho yari yitabiriye inama yahuje Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) […]

Moussa Faki yasohowe mu nama ya ba Perezida ba EAC na SADC

20250208 152907

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, kuri uyu wa Gatandatu yasohowe mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize imiryango ya EAC na SADC yabereye muri Tanzania. Faki wari watumiwe muri iyi nama yabereye i Dar Es Salaam muri Tanzania, yitabiriye umuhango wo kuyifungura, ndetse yari mu cyumba yabereyemo ubwo Perezida William Ruto […]

Perezida Kagame yageze i Dar Es Salaam 

20250208 111206 1

Perezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihuza imiryango ya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uw’ubukungu uhuza ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika (SADC). Ni inama iza kuba ku bibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ahari intambara ihuza ingabo z’iki gihugu n’inyeshyamba zo mu mutwe wa […]

Goma: Gen. Makenga yasuye kwa muganga inkomere za FARDC

Screenshot 20250208 081641 1

Umuyobozi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Général-Major Sultani Makenga, ku wa Gatanu yasuye abasirikare bo mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bakomerekeye ku rugamba ubwo bari bahanganye mu mirwano n’uriya mutwe. Abasirikare basuwe n’uyu Jenerali ni abarwariye mu bitaro bya Camp-Katindo biherereye mu mujyi wa Goma. Ni bwo bwa mbere Gen. […]

Tshisekedi yanze kwitabira inama yari buhuriremo na P. Kagame

20250126 184905

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ntari bwitabire inama y’abakuru b’ibihugu bigize imiryango ya EAC na SADC iza kwigira hamwe ku kibazo cy’umutekano muke wo mu Burasirazuba bwa Congo. Ni inama iza kubera i Dar es Salaam muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu. Mu gihe byari byitezwe ko ba Perezida Paul […]

Amerika yateguje ibihano abayobozi b’u Rwanda na RDC

jad20220608 ass rdc rwanda 1

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye muri Minisiteri yazo y’Ububanyi n’Amahanga, zateguje ko zishobora gufatira ibihano abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Urwandiko iyo Minisiteri yoherereje Kenya, ruvuga ko kugira ngo umutekano uboneke mu karere “bizasaba ko igisirikare cy’u Rwanda kivana ingabo n’intwaro zacyo zikomeye muri Congo.” Perezida William Samoei […]

Green Party yasubukuye ibikorwa

DSC 0793

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), kuri uyu wa Gatanu ryasubukuye ibikorwa byaryo nyuma y’amatora yabaye mu mwaka ushize. Ibikorwa by’iri shyaka byari byarahagaze nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu ndetse n’ay’abadepite yabaye muri Nyakanga umwaka ushize; n’ubwo hari imishinga ibyara inyungu iri shyaka ryafashijemo abaturage bo hirya no hino […]

M23 yafashe Kalehe

121126043920 m23 congo drc 1

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Gashyantare, wigaruriye Centre ya Kalehe yo muri Teritwari ya Kalehe ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Uyu mutwe wigaruriye iyi Centre nyuma yo kuyirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zigizwe na Wazalendo, FARDC n’Ingabo z’u Burundi. Kalehe yafashwe na M23 […]

Goma: M23 irashinja MONUSCO kurekura FARDC na FDLR barenga 100 ngo bajye kwica abaturage 

profile 249

Umutwe wa M23 urashinja Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri RDC (MONUSCO) kurekura abasirikare bo mu ngabo za Leta ya kiriya gihugu n’abarwanyi ba FDLR bafite intwaro, kugira ngo bajye kwica abaturage bo mu mujyi wa Goma. Byatangajwe n’umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye ku wa Kane tariki ya […]

Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC 

unnamed 1

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, ku wa Kane yaciye amarenga y’uko iki gihugu cyaba kigiye gucyura abasirikare bacyo bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezida Ramaphosa yabigarutseho ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye. Afurika y’Epfo ni kimwe mu bihugu bifite ingabo mu burasirazuba bwa RDC zoherejweyo gufasha ku rugamba ingabo […]

I Bukavu batangiye kwikanga M23

20250206 180559

Amakuru aturuka mu mujyi wa Bukavu aravuga ko ibikorwa bimwe na bimwe byatangiye gufunga imiryango, mu gihe hari ubwoba bw’uko inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zakwigarurira uyu mujyi. Kaminuza y’Abagatolika y’i Bukavu iri mu yafashe iya mbere mu kuba ihagaritse ibikorwa byayo, ku mpamvu z’umutekano. Iyi Kaminuza mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kane, […]

U Rwanda rwafashe u Budage mu mugongo

14037 FRONT President Kagame with

Guverinoma y’u Rwanda biciye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yafashe u Budage mu mugongo nyuma y’urupfu rwa Horst Köhler wabaye Perezida w’iki gihugu. Köhler [ari kumwe na Perezida Kagame ku ifoto] wabaye Perezida w’u Budage hagati ya 2004 na 2010, yapfuye ku wa Gatandatu tariki ya 1 Gashyantare 2025, ku myaka 81 y’amavuko. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga […]

RDC yashyizeho impapuro zo guta muri yombi Nangaa wa AFC/M23

20250206 074359

Ubutabera bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatatu bwashyizeho impapuro zo guta muri yombi umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo, Corneille Nangaa. Izo mpapuro mpuzamahanga zisaba ko uzabona Nangaa ahantu aho ari ho hose yahita amuta muri yombi, mbere yo kumushyikiriza inzego za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni Nangaa usanzwe uba […]

Perezida Chakwera yategetse MDF gucyura ingabo zayo ziri muri RDC

20250205 210957 1

Perezida Lazarus Chakwera wa Malawi akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, yategetse ubuyobozi bw’Ingabo za Malawi gutangira gutegura uburyo bwo gucyura abasirikare bayo bari mu ntambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ingabo za Malawi zari mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SAMIDRC). Itangazo rya Leta ya Malawi rivuga […]

M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyaruguru 

c688aa20 5612 11ef 9cf4 a3e8f05a4227.jpg

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, kuri uyu wa Gatatu ryashyizeho Bahati Musanga Joseph nka Guverineri mushya w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Bahati yari asanzwe ari umuyobozi w’Ishami rishinzwe imari n’umusaruro muri M23. Ishyirwaho rigaragarira mu iteka umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC, Corneille Nangaa, yashyizeho umukono kuri uyu wa Gatatu. Usibye Guverineri, M23 yanashyizeho Manzi Ngarambe […]

M23 yigaruriye Nyabibwe

121126043920 m23 congo drc

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Gashyantare, wigaruriye Centre ya Nyabibwe yo muri Teritwari ya Kalehe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ifatwa ry’iyi Centre ryakurikiye imirwano ikomeye yasakiranyije inyeshyamba z’uriya mutwe n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.  Ni imirwano yatangiye mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu, […]

FARDC n’abambari bayo mu mirwano na M23 muri Kivu y’Amajyepfo

20250205 151833

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko imirwano yongeye kubura hagati y’ihuririro ry’ingabo za Leta ya kiriya gihugu n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, mu bice bya Teritwari ya Kalehe ho muri Kivu y’Amajyepfo. Kugeza ku manywa yo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Gashyantare, imirwano ikomeye yarimo ijya […]

M23 yatanze umucyo ku bihumbi by’imirambo yatoraguwe ku mihanda ya Goma

12798397 1738734465 1

Umutwe wa M23 watanze umucyo ku bihumbi by’imirambo yatoraguwe ku mihanda yo mu mujyi wa Goma mbere yo gushyingurwa, uvuga ko ari iy’abasirikare bo mu ngabo za leta ya RDC n’abazifasha ku rugamba biciwe ku rugamba. Amakuru aheruka gutangwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (OCHA), igaragaza ko ku mihanda ya Goma hamaze gutoragurwa imirambo […]

Perezida Kagame yasubije RDC yasambiye kuri Visit Rwanda

GettyImages 1242194049.jpg

Perezida Paul Kagame yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri gupfusha ubusa imbaraga zayo, nyuma yo gusaba amakipe atandukanye yo ku mugabane w’u Burayi gusesa amasezerano y’ubufatanye afitanye n’u Rwanda. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC, Thérèse Wagner Kayikwamba, yandikiye amakipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, Paris Saint-Germain yo […]

Gen. Muhoozi yateguje itabwa muri yombi ry’Abacanshuro basigaye muri RDC

mercenaire 9d59d

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko hari abacanshuro b’abazungu 150 kuri ubu bari mu mujyi wa Bukavu; ateguza ko na bo bazatabwa muri yombi. Ni nyuma y’iminsi mike ababarirwa muri 288 barwanaga n’umutwe wa M23 mu bice bya Goma na Sake bafashwe mpiri bagasubizwa mu gihugu cya Romania leta ya Repubulika […]

M23 yabaye itanze agahenge

M23 in Goma 3x2 1

Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe icyemezo cyo kuba utanze agahenge, mu rwego rwo korohereza abakeneye ubutabazi kubuhabwa. Uyu mutwe wabyemeje biciye mu itangazo Lawrence Kanyuka uwuvugira mu bya Politiki yasohoye ku wa Mbere tariki ya 3 Gashyantare 2025. Kanyuka yavuze ko guhera kuri uyu wa 4 Gashyantare M23 yahagaritse imirwano, ku mpamv zirebana n’ibikorwa […]

Uzibeshya agakora ku Rwanda azaba atangije intambara kuri Uganda: Gen. Muhoozi 

arton45700

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko uwo ari we wese uzashotora u Rwanda bivuze ko azaba anatangije intambara kuri Uganda. Gen Muhoozi yabitangaje biciye mu muvugizi we, Maj. Chris Magenzi. Maj. Magezi mu butumwa yanditse kuri X mu izina rya Gen. Muhoozi yagize ati: “CDF Gen. Muhoozi Kainerugaba: Nabivuze kenshi. Nihagira […]

Amerika yasabye abaturage bayo bari muri RDC kuhava bwangu

AP25028411993630 1 1738128579

Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Gashyantare 2025, zasabye abaturage bazo bari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwihutira kuhava. Ni mu itangazo Amerika yatanze biciye muri Ambasade yayo i Kinshasa. Iyi Ambasade yavuze ko bitewe n’ikibazo cy’umutekano muke uri mu mujyi wa Kinshasa yafashe icyemezo cyo kuba igabanyije […]

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije Trump

Ramaphosa Trump 595x400 1

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko igihugu cye leta ayoboye nta butaka yigeze ifatira. Trump mu masaha yashize yari yashize yari yanditse ku rubuga rwe rwa Truth Social ko igihugu cye kuzahagarika inkunga cyahaga Afurika y’Epfo, nyuma yo gushinja Leta y’iki gihugu […]

Zabyaye amahari hagati ya Trump na Afurika y’Epfo 

d2892581 us government shutdown extends into next week

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yikomye Afurika y’Epfo ndetse ayiteguza ko Amerika igomba guhagarika imfashanyo yayigeneraga. Perezida Trump abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Truth Social post, yashinje Afurika y’Epfo kuba “ifata nabi cyane igice cy’abaturage bamwe”, bityo ko agomba kuyihagarikira inkunga kugeza igihe icyo kibazo kizakorerwaho iperereza. Yagize ati: “Afurika […]

FARDC yemeje ko Col. Rugabisha yivuganwe na M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyemeje ko Colonel Alexis Rugabisha wari umwe mu basirikare bakuru bayoboye urugamba ingabo zayo zirwanamo n’umutwe wa M23 yishwe. Colonel Rugabisha yari umuyobozi wa Brigade ya 12 y’Ingabo za RDC zirwana na M23. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye ejo ku wa Gatandatu, mbere y’uko FARDC irwemeza binyuze mu […]

TPDF yatangaje umubare w’abasirikare bayo baguye mu mirwano na M23

large 1474971787 DSC 0354

Igisirikare cya Tanzania (TPDF), kuri iki Cyumweru cyatangaje ko abasirikare babiri bacyo baherutse kugwa mu mirwano bari bahanganyemo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Tanzania, Afurika y’Epfo na Malawi bifite muri RDC Ingabo byahohereje ngo zijye gufasha iza kiriya gihugu mu ntambara zirwanamo na M23; biciye mu muryango w’ubukungu w’ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika […]

Col. Rugabisha yaba yishwe

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko Col. Rugabisha Alexis wari umwe mu basirikare ba RDC bayoboye urugamba ingabo z’iki gihugu zihanganyemo n’umutwe wa M23 yaba yishwe. Colonel Rugabisha yari umuyobozi w’ingabo za FARDC zarwaniraga mu duce twa Ngungu na Nyabibwe. Kugeza ubu haracyari urujijo ku rupfu rw’uyu Ofisiye w’Umunyamulenge, […]

Abacanshuro bari bamaze iminsi mu Rwanda batashye

whatsapp image 2025 01 29 at 13

Abacanshuro 288 b’abanya-Romania bari bamaze iminsi mu Rwanda nyuma yo kuhagera bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho bafashaga ku rugamba ingabo z’iki gihugu zari zihanganyemo n’umutwe wa M23, batashye iwabo. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Gashyantare, ni bwo aba bacanshuro uko ari 288 bahagarutse ku kibuga cy’indege cya Kigali berekeza muri […]

Hamenyekanye umubare w’abaguye mu mirwano yasize Goma ifashwe

20250123 180857

Umuryango w’Abibumbye watangaje ko imirwano yasize umutwe wa M23 wigaruriye Umujyi wa Goma mu cyumweru gishize, yazize hapfuye abantu barenga 700 na ho abarenga 2,800 barakomereka. Byatangajwe n’Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru. Stéphane Dujarric yavuze ko iriya mibare yamenyekanye biciye mu isuzuma Loni yakoze ifatanyije na Guverinoma ya Repubulika Iharanira […]

Ibyifuzo 3 ingabo za Afurika y’Epfo ziri muri RDC zahaye M23

882518c9893a4daa8b7a6778e4e99a5f

Ingabo za Afurika y’Epfo (SANDF) ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zasabye umutwe wa M23 ubufasha burimo ubwo kwifashisha ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Goma bacyura imirambo ya bagenzi babo baguye mu ntambara. Afurika y’Epfo ivuga ko imirwano yasakiranyije ingabo zayo na M23 mu bice bya Goma na Sake, yayitakarijemo abasirikare 16. Izi […]

Ndayishimiye aravuga ko u Rwanda ruri gutegura gushoza intambara ku Burundi

20250201 071921

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yamenye amakuru y’uko u Rwanda ruri gutegura gushoza intambara ku gihugu cye. Ndayishimiye yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama, ubwo yari yakiriye abadipolomate bahagarariye ibihugu n’imiryango itandukanye mu Burundi. Ijambo yabagejejeho ryibanze kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zikomeje […]

Nta bushobozi bwa gisirikare dufite bwo kurwana n’u Rwanda: Julius Malema

Screenshot 2022 09 05 at 22 13 33 Julius Malema asks Raila Odinga to concede defeat

Umunyapolitiki Julius Malema utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Afurika y’Epfo, yatangaje ko iki gihugu nta bushobozi gifite bwo kuba cyajya mu ntambara n’u Rwanda cyangwa ikindi gihugu icyo ari cyo cyose. Malema usanzwe ari umuyobozi w’ishyaka EFF, yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ubwo yagezaga ijambo ku ntumwa za ririya shyaka zari zahuriye mu nama yabereye mu […]

M23 yafashe Sukhoi-25 ya FARDC n’imbunda nyinshi zayo ziremereye

20250131 085439

Umutwe wa M23 uheruka kwigarurira Umujyi wa Goma wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wafashe ibikoresho byinshi Ingabo za leta zifashishaga mu ntambara yari ihanganyishije impande zombi, birimo n’indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25. Iyi ndege n’izindi ntwaro nyinshi zirimo izo mu bwoko bwa Katyusha, BM-21 n’izindi nyinshi z’imisada, M23 yazifatiye mu kibuga cy’indege cya […]

Ikibazo cy’u Rwanda si ngombwa kukivugaho buno: Perezida Trump

2025 01 27T232624Z 548697487 RC2NICAVTEPQ RTRMADP 3 USA TRUMP 1024x683 1

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yirinze kugira icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko icyo kibazo atari ngombwa kukivugaho muri iki gihe. Trump wari mu kiganiro n’itangazamakuru, yasubizaga umunyamakuru wari umubajije niba hari icyo ateganya gukora ngo amahoro hagati y’u Rwanda na RDC kuri […]

RDF yungutse abasirikare kabuhariwe barenga 500

csm 2 4fc5dd8242

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Mutarama cyungutse abasirikare 531 bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe, nyuma yo gusoza imyitozo bari bamaze amezi 11 bahererwa mu kigo cya Nasho ho mu karere ka Kirehe. Muri bariya basirikare basoje amasomo, harimo 46 bo ku rwego rwa ba Ofisiye na 485 bato. Umugaba […]

Abanyarwanda barenga 300 ku rutonde rw’abimukira Amerika iteganya kwirukana 

arton123811

Abanyarwanda babarirwa muri 338, bari ku rutonde rw’abimukira baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika iki gihugu giteganya kwirukana ku butaka bwacyo. Abimukira barenga 1,400,000 ni bo Amerika iteganya kwirukana; nk’uko imibare itangwa n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri iki gihugu ibyerekana. Politiki yo kwirukana abimukira baba muri Amerika iheruka gutangazwa na Perezida Donald Trump; ndetse […]

Icyo ba Perezida ba EAC basabye Tshisekedi nyuma y’ifatwa rya Goma

20250130 095150

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ku wa Gatatu wasabye Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kujya mu biganiro n’umutwe wa M23, mu rwego rwo gukemura amakimbirane ari hagati y’impande zombi. Byasabiwe mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize uriya muryango yabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga. Iyi nama yateranye nyuma y’iminsi mike inyeshyamba zo mu […]

P. Kagame yagaragaje ko u Rwanda rwiteguye kujya mu mirwano na Afurika y’Epfo 

Kagame addressing the army 1

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rwiteguye kujya mu mirwano na Afurika y’Epfo, mu gihe iki gihugu cyaba gihisemo amahitamo y’intambara. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mugenzi we Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, mu kiganiro bagiranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mutarama 2025. Kuva inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zigarurira Umujyi wa Goma, […]

Ramaphosa yikomye u Rwanda na M23, aca amarenga y’uko SANDF igomba gukomeza intambara

Cyril Ramaphosa

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, yookeje u Rwanda igitutu nyuma y’uko inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zigaruriye Umujyi wa Goma. Izo nyeshyamba ziragenzura Goma kuva mu masaha abarirwa muri 72 ashize. Ni nyuma yo gutsinda ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryarimo n’ingabo za Afurika y’Epfo, mu mirwano yasize […]

Kagame na Minisitiri mushya w’Ububanyi n’Amahanga wa Amerika baganiriye ku ntambara yo muri RDC

GridArt 20250129 61653355

Perezida Paul Kagame yaraye agiranye ibiganiro byibanze ku ngingo zirimo intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga,  Marco Rubio. Rubio ni we wasimbuye Antony Blinken wari ufite ziriya nshingano mu gihe cy’ubutegetsi bwa Joe Biden. Perezida Kagame yemeje ko bagiranye ibiganiro, mu […]