Muri uku kwezi Somalia ishobora kwinjizwa muri EAC

Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Peter Mathuki, avuga ko muri uku kwezi Somaliya ishobora kwinjira muri uyu muryango. Biteganijwe ko Inama nkuru y’abakuru b’ibihugu iteganijwe ku ya 23-24 Ugushyingo i Arusha, bikaba biteganijwe ko abaperezida b’akarere bazemeza ko Somaliya yinjira. Ku ya 9 Ugushyingo, Dr Mathuki yabwiye itsinda ry’ihuriro ry’ishoramari muri Afurika ryabereye […]

Ishimwe rya Titi Brown ku barimo Leta y’u Rwanda

Umubyinnyi Ishimwe Tierry wamenyekanye nka Titi Brown, yashimiye abarimo Leta y’u Rwanda n’itangazamakuru, nyuma yo guhabwa ubutabera bwatumye agirwa umwere. Ku wa Gatanu tariki ya 10 Ugushyingo 2023 ni bwo Ishimwe wari umaze imyaka ibiri afunzwe yarekuwe, nyuma yo kugirwa umwere n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku cyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa yari akurikiranweho. Uyu musore […]

P. Kagame yagiranye ibiganiro na Abiy Ahmed

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed. Ibiganiro by’abayobozi bombi byabereye i Riyadh muri Arabie Saoudite, aho bitabiriye inama ihuza iki gihugu n’umugabane wa Afurika. Abiy yemeje ko yahuye na Perezida Paul Kagame mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Yavuze ko kimwe n’abarimo […]

‘Ntitugomba gutsimbarara mu bihe byashize ‘Perezida Kagame mu nama muri Soudi Arabia

Kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Ugushyingo 2022 Perezida Paul Kagame yageze i Riyadh aho yitabiriye itangizwa ry’inama ihuza Arabia Saoudite na Afurika. Ubwo hafungurwaga iyi nama Perezida Kagame mu ijambo yagejeje ku bari muri iyo nama yavuze ko bidakwiye ko hakwiye kwibandwa ku gutandukana n’ibibazo mu rwego rwo gutegura ejo hazaza. Ati”Ntidushobora gukomeza gutsimbarara […]

Uganda:Prophete wigiye guhanura mu nda y’intare yavuze uko yamumize bunguri

William Ssozi umuhanuzi umaze kubaka izina mu mujyi wa Kampala muri Uganda, yasangije abakunzi be uburyo ki intare yamumize akamara mu nda yayo nibura hagati y’iminota 45 n’isaha bikarangira yigiyemo guhanura. Mu kiganiro na UBC cyatambutse ku ya 27 Ukwakira 2023, Intumwa Ssozi asobanura avuga ko yamizwe n’Intare mu gihe yari akiri muto ubwo yari […]

Ingabo z’u Burundi zahungiye mu matware ya FDLR nyuma yo kuva i Kitshanga

Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu butumwa bwa EAC bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahungiye mu gace ka Lushebere nyuma yo kuva i Kitshanga. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo izi ngabo zatwitse ibirindiro zavagamo i Kitshanga mbere yo kubivamo zikerekeza ahantu hatahise hamenyekana. Izi ngabo zavuye muri uyu mujyi kuri […]

Miss Bahati Grace aritegura ubuheta

Bahati arikumwe na Pacifique ndetse n'imfura ye yabyaranye na K8 Kavuyo

Nyampinga w’u Rwanda 20009, Bahati Grace aritegura kwibaruka umwana w’ubuheta nyuma y’uko imfura ye yabyaranye n’umuhanzi K8 Kavuyo nawe amaze kwigira imbere haba mu myaka no mugihagararo. Uyu Bahati abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze amafoto agaragaza ko akuriwe ndetse ko ari mu myiteguro yo kubyara undi mwana wa kabiri arikumwe n’umugabo we […]

Yami Alade arembejwe n’igitutu cyo kurongorwa

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nijeriya, Yemi Eberechi Alade, yatangaje ibyiyumvo bye ku gitutu ahabwa n’umuryango we n’incuti aho bakomeje kumubuza amahwemo ngo ashake umugabo . Uyu muhanzikazi, mu kiganiro aheruka kugirana na Cool FM, yinubira ko afite igitutu cyo gushaka no kubyara mu gihe we ngo abona nta mpamvu yo kumwihutisha bitewe n’uko ariwe wiyoborera […]

Ngororero:Umugore yafashwe ahetse imwana imbere ashyiramo urumogi

Mu Burengerazuba bw’u Rwanda mu karere ka Ngororero haravugwa umugore w’imyaka 23 wafashwe na Polisi atwaye urumogi akoresheje amayeri yo kuruheka mu mugongo no kunda maze akarenzaho umwana. Bivugwa ko ngo uyu mugore utu dupfunyika tw’urumogi tugera ku 1018 yari atuvanye mu Karere ka Rubavu.Polisi ivuga ko yamufashe ku bufatanye n’abaturage batanze amakuru maze nawe […]

Israel yateguje agahenge k’amasaha ane buri munsi muri Gaza

Israel igiye gutangira gutanga aga ahgahenge k’amasaha ane buri musi mu turere two mu mu Burasirazuba bwa Gaza, nk’uko bitangazwa n’umuvugizi w’inama y’igihugu y’umutekano ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John Kirby. Hagati aho, mMinisitiri w’umutekano wa Israel ashimangira ko ari ingingo zerekeye gusa “uturere kanaka, tuzwi neza mu rwego rwo kurushaho kugabanya umwuka w’intambara.Kuri […]

Amajyaruguru: Ubuyobozi bwiyemeje gushyira iherezo ku mwanda, Banque Lambert n’amacakubiri

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru bwiyemeje gushyira iherezo ku bikorwa bibi bimaze igihe biyihesha isura mbi, birimo umwanda, ubusinzi ndetse n’amacakubiri amaze igihe ayirangwamo. Ni gahunda ubuyobozi bw’iyi ntara bwatangaje ku wa Kane tariki ya 9 Ugushyingo, ubwo bwagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru cyabereye mu karere ka Musanze. Intara y’Amajyaruguru imaze igihe ivugwamo uruhuri rw’ibibazo birimo umwanda, ubusinzi bukabije […]

Lt Col wa FARDC yahungiye muri M23

Umutwe wa M23 wemeje ko wakiriye Lieutenant Colonel mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), nyuma yo guhunga ‘amabi’ zikomeje gukora. Bertrand Bisimwa uyobora ishami rya Politiki muri uwo mutwe yemeje ko ku wa Kane tariki ya 9 Ugushyingo ari bwo Lt Col Yusto Kanyove yahungiye muri uriya mutwe, nyuma y’igihe akangishwa ko […]

Apôtre Mutabazi yahishuye uko yahawe miliyoni 100 frw ngo areke kuvuga kuri politiki y’u Rwanda

dsc_3436.jpg

Umuvugabutimwa bwiza akaba n’intumwa (Apôtre) Mutabazi Kabarira Maurice yahishuye uburyo yahawe amamiliyoni y’amafaranga y’u Rwanda harimo na miliyoni 100 frw ngo aceceke ntiyongere kuvuga kuri Politiki y’u Rwanda. Mu kiganiro uyu Muvugabutumwa yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane yavuze kuri bimwe mu bikubiye mu gitabo ari bushyire hanze kuri uyu wa Gatanu taliki 10 Ugushyingo […]

Général Bunyoni yasabiwe igihano kiruta ibindi

Ubushinjacyaha bw’u Burundi bwasabiye Général Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu igihano cyo gufungwa ubuzima bwe bwose. Bunyoni watawe muri yombi muri Mata uyu mwaka amaze iminsi aburanishwa mu mizi ku byaha icyenda akurikiranweho, birimo n’icyo gushaka guhirika ku butegetsi Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Ni ibyaha uyu mugabo wanabaye Umuyobozi Mukuru wa […]

Perezida Ndayishimiye agiye gusimburwa ku buyobozi bwa EAC

Muri uku kwezi nibwo hateganyijwe inama izahuza abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba ikazabera muri Tanzania i Arusha aho biteganyijwe ko Perezida ndayishimiye w’u Burundi azasimburwa na Salva Kiir kuri uyu mwanya. Ni nyuma y’uko Perezida Ndayishimiye manda ye yarangiye muri Nyakanga uyu mwaka bityo akaba agomba gusimburwa kuri uyu mwanya. Biteganijwe ko inama y’aba […]

Rutsiro:Imyaka itandatu irihiritse basiragira ku ingurane y’ubutaka bwabo ntibayihabwe

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rutsiro umurenge wa Kivumu barishyuza ingurane y’amafaranga batishyuwe ubwo umuhanda wanyuzwaga mu butaka bwabo none hakaba hashize imyaka itandatu umwenda baberewemo utarishyurwa. Aba baturage bavuga ko uwo muhanda kuva wakozwe aribwo hubakagwa umudugudu w’icyitegererezo wa Karungu, gusa igitangaje ngo ntabwo kugeza ubu barishyurwa igice cy’amafaranga basigawemo. Bavuga ko […]

Igisirikare cy’u Burundi cyikomye M23, kiyiha gasopo

Igisirikare cy’u Burundi cyikomye umutwe wa M23, cyiwuteguza ko ingabo zacyo ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifite uburenganzira bwo kuyisubiza mu gihe yakongera kuzishotora. Ni ibikubiye mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi w’Ingabo z’u Burundi, Colonel Floribert Biyereke. Muri iri tangazo FDNB yashinje M23 kuba ku wa 21 Ukwakira ubwo ingabo zayo zari ziri mu […]

Rulindo: Ba diregiteri 2 barafunzwe, harimo ukekwaho kwiba amavuta yo guteka

Munyaneza Jean Marie Vianney uyobora Urwunge rw’Amashuri rwa Kiruri mu murenge wa Base w’akarere ka Rulindo na mugenzi we Bizwinayo Janvier uyobora urwa Rukozo rwo mu murenge wa Rukozo, bafunzwe bakekwaho ibyaha bifitanye isano n’ubujura. Amakuru y’ifungwa ry’aba bayobozi bombi yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’amajyaruguru, SP Mwiseneza Jean Bosco. Munyaneza yatawe muri yombi […]

Ingona yamurumye ishaka kumwica nawe arayiruma ihita imurekura

Umworozi wo muri Australia yarusimbutse nyuma y’uko ingona ishatse kumwivugana akayiruma igahita imurekura.Umworozi w’inka Colin Deveraux amaze ukwezi ari mu bitaro, nyuma yo kurumwa n’ingona ifite uburebure bwa metero 3,2 mu majyaruguru ya Australia. Uyu mugabo yabwiye ABC News ko yarumwe n’ingona nawe ahita yitabara arayiruma niko guhita imurekura akizwa n’amaguru.Deveraux yavuze ko ibyago bye […]

Champions league: Manchester United yongeye kugayika, yishyira mu mibare igoye

Manchester United yaraye itsinzwe na FC Copenhagen yo muri Denmark ibitego 4-3, bituma amahirwe yayo yo kugera muri â…› cy’irangiza cya UEFA Champions league asa n’ayoyoka. Iyi kipe y’umutoza Erik Ten Hag yari yasuye Copenhagen, mu mukino wa kane wo mu itsinda rya mbere waraye ubereye kuri Parken Stadium. Manchester United yasabwaga kuwutsinda byibura ikishyira […]

Korea y’Epfo:Irobo ryishe rijanjaguye umugabo nyuma yo kunanirwa kumutandukanya n’ikarito

Umugabo yajanjaguwe na robot muri Koreya y’Epfo nyuma yo kunanirwa kumutandukanya n’amakarito bapakiramo ibiryo.Ibi byabaye ubwo uyu mukozi yasuzumaga ama robot yari yakozwe mu ruganda yakoragamo. Ibiro ntaramakuru byo muri Koreya y’Epfo Yonhap byatangaje ko ukuboko kwa robo, kwitiranyije uyu mugabo n’agakarito k’imboga, iramufata iramujanjagura mu maso no mu gatuza, nyuma yoherejwe mu bitaro ariko […]

Yaka Mwana arafunzwe

Gasore Pacifique uzwi muri sinema Nyarwanda nka Yaka Mwana, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB akekwaho icyaha cyo gukomeretsa ku bushake. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’uyu musore uzwi muri sinema no mu biganiro bisekeje byo kuri YouTube yemejwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry. Yifashishije urubuga rwe rwa X yagize ati: “Gasore Pacifique […]

Dr Frank Habineza yavuze uko ajya yidagadura anakomoza kuri Producer Element

Umunyapolitiki akaba n’umuyobozi w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) atangaza ko uretse kuba ari muri Politiki ariko mu gihe abonye akanya ajya yidagadura haba mu buryo bwa siporo(Sports) ndetse no mu muziki. Ubwo yaganiraga na YAGOTV yavuze ko adakunda kubona umwanya, ariko iyo bimukundiye hari abahanzi nyarwanda ajya akurikira ibihangano byabo.Muri abo harimo nk’umuhanzikazi […]

Rusizi: Urujijo ku mukozi wo mu rugo wasanzwe aho yararaga yapfuye

Umugabo witwa Nsabimana w’imyaka 42 y’amavuko wakoraga akazi ko mu rugo mu karere ka Rusizi, yasanzwe mu nzu yabagamo yapfuye. Byabereye mu mudugudu wa Wimana, akagari ka Giheke ho mu murenge wa Giheke w’akarere ka Rusizi. Amakuru yemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giheke, Hategekimana Claver, avuga ko Nsabimana yagiye kuryama ari muzima, mbere yo kuboneka […]

Afurika y’Epfo: Minisitiri yafatiwe imbunda ku mutwe bimuviramo ihungabana

Minisitiri w’ubwikorezi muri Afurika y’Epfo Johannesburg’ yatangaje ko yahuye n’uruva gusenya ubwo nyuma y’uko abajura bamufatiyeho imbunda bakamucucura ibyo yarafite by’agaciro gakomeye harimo n’ibirebana n’akazi. Mu ntangiro z’icyi Cyumweru nibwo Minisitiri Sindisiwe Chikunga yari atwaye imodoka mu muyoboro munini uri mu nkengero z’umurwa mukuru w’ubukungu muri Afurika y’Epfo, gusa ngo imbere gato yaje kubona imigozi […]

Zilatan Ibrahimovic ashobora kugaruka muri AC Milan nyuma yo gusezera kuri ruhago

Zilatan Ibrahimovic wahoze ari rutahizamu ikipe ya AC Milan akaza gusezera ruhago imbere y’abafana b’iyi kipe, kuri ubu ngo ashobora kugaruka muri iyi kipe ariko noneho ataje kuyikinira ahubwo ari mu myanya y’ubuyobozi. Muri Kamena uyu mwaka nibwo Zilatan ufite imyaka 41 imbere y’abafana ba AC Milan i San Siro, hanyuma kugeza ubu umuyobozi wa […]

Urujijo ku itwikwa ry’ibirindiro by’Ingabo z’u Burundi i Kitshanga

Amakuru aturuka i Masisi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ibirindiro by’Ingabo z’u Burundi zabaga mu mujyi wa Kitshanga byatwitswe, gusa urujijo ni rwose ku waba yabitwitse. Amakuru atangwa n’abanyamakuru bakorera mu kwaha kwa Leta ya Congo avuga ko aravuga ko umutwe wa M23 ari wo waba watwitse biriya birindiro, nyuma yo kubirasamo […]

Professor Jay yavuze uko yari agiye kubura ubuzima Imana igakinga ukuboko

Umuhanzi wo muri Tanzaniya, Joseph Mbilinyi, uzwi ku izina rya rya Prof Jay, yagize icyo avuga ku buzima bwe agaragaza ibyamubayeho mu minsi ishize aho yari agiye kubura ubuzima Imana igakinga ukuboko. Mu kiganiro na CloudsFmTz, Prof Jay yavuze ibyamubayeho, atangaza ko yafashwe n’indwara y’umutima inshuro eshatu nyuma y’uko urekeye gutera iminota 45,abantu bagacyeka ko […]

Rayon Sports igiye gusesa amasezerano ya ba rutahizamu 2 barimo Youssef

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro n’umunya-Maroc Youssef Rharb ndetse na Eid Mugadam Mugadam ukomoka muri Sudani bigamije gusesa amasezerano ifitanye na bo. Youssef yageze muri Rayon Sports muri Nyakanga uyu mwaka ayisinyira amasezerano y’umwaka umwe, gusa amakuru avuga ko atishimye muri iyi kipe nyuma yo kubura umwanya uhoraho wo gukina. Ibibazo by’uyu munya-Maroc […]

M23 na FARDC mu mirwano mishya muri Masisi

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu waramukiye mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Teritwari ya Masisi. Ni imirwano yatangiye saa 5h20 z’igitondo nk’uko amakuru aturuka ku ruhande rwa M23 abivuga. Bertrand Bisimwa uyobora ishami rya Politiki ry’uyu mutwe na Lawrence Kanyuka usanzwe ari umuvugizi waryo, bombi bemeje […]

Ibyihebe bitanu byari byaratorotse gereza bigateza imvururu byafashwe

Minisiteri y’imbere mu gihugu cya Tuniziya yatangaje ko ku cyumweru, abaterabwoba bahamwe n’icyaha cy’iterabwoba batorotse gereza hafi ya Tuniziya batawe muri yombi. Minisiteri yagize ati: “Inzego zinyuranye z’umutekano w’igihugu, izamu ry’igihugu n’ingabo zashoboye guta muri yombi abaterabwoba batanu baherutse gutoroka saa kumi nimwe za mugitondo (ku ya 7 Ugushyingo.” Ku wa kabiri ushize, ubwo batoroka […]

Perezida Kagame yohererejwe ubutumwa na Abiy Ahmed

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yakiriye mu biro bye Ambasaderi Girma Birru Geda wamushyikirije ubutumwa bwa Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed Ali. Nta makuru arambuye Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ku bikubiye muri buriya butumwa. Minisitiri w’Intebe Dr Abiy Ahmed cyakora yoherereje Umukuru w’Igihugu ubu butumwa, nyuma y’igihe imigenderanire ishingiye kuri dipolomasi […]

Umunyarwenya uzwi nka Mr Ibu yaciwe ukuguru

Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria (Nollywood) John Okafor, uzwi ku izina rya Mr Ibu, Umuryango we watangaje ko yabazwe inshuro indwi kuri ubu ukaba utangaza ko uyu mukambwe w’imyaka 62 yaciwe ukuguru. Amakuru avuga ko yaciwe ukuguru kugirango ubuzima bwe burengerwe nyuma yo kubagwa inshuro nyinshi nta mpinduka zishobora gutuma amererwa neza kurushaho.Umuryango we […]

Abasirikare barenga 60 birukanwe bazira kuba Capt. Dadis Camara yaratorotse gereza

Abasirikare n’abacungagereza barenga 60 bo muri Guinée-Conakry birukanwe, nyuma y’uko Capitaine Moussa Dadis Camara wahoze ari Perezida w’iki gihugu atorotse gereza. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Capt. Camara yacikishijwe gegereza yo mu murwa mukuru Conakry yari afungiyemo, gusa nyuma y’amasaha make ashakishwa yongera gufatwa arafungwa. Ubutegetsi bwa Guinée buvuga ko abirukanwe bazira “kwica […]

‘Afurika y’Epfo barimo kwigaragambya’Abadiplomate bayo bari muri Israel batumijweho

Nyuma y’uko ibihugu bitandukanye bikomeje kwinubira intambara iri mu Burasirzuba bwo hagati ,Afurika y’Epfo ivuga ko yahamagaje abayihagarariye (abadiplomate) bose i Tel Aviv, nyuma y’ibitero bikaze by’indege bya Israel kuri Gaza mu ijoro ryo ku cyumweru. Ni bimwe mu bisasu bya mbere byinshi Israel yamishe kuri Gaza kuva intambara yatangira mu kwezi gushize.Ibitaro bya Al-Shifa […]

Gen.Bunyoni yagaragaje u Rwanda nka nyirabayazana y’ifungwa rye

Mu mpera za Mata 2023, nibwo hamenyekanye amakuru y’uko General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi n’umukuru wa polisi yatawe muri yombi n’inzego z’iperereza akurikiranyweho ibyaha bigera ku icyenda. Kuri uyu wa mbere rero nibwo Urukiko rw’Ikirenga mu Burundi rwaburanishije uyu Bunyoni mu kwiregura avuga ko ibyo ashinjwa byaturutse ku nzego z’iperereza […]

Simba SC yirukanye Robertinho n’Umunyarwanda wari umwungirije

Ikipe ya Simba Sports Club yo muri Tanzania yirukanye umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonà§alves do Carmo ‘Robertinho’ wari umutoza wayo mukuru. Iyi kipe ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yatangaje ko yatandukanye n’uyu mutoza nyuma yo kugera ku bwumvikane bwo gusesa amasezerano bari bafitanye. Robertinho w’imyaka 60 y’amavuko yari umutoza wa Simba kuva mu mwaka ushize wa […]

Ubushinjacyaha bwavuze ku bya Dosiye ya Gasana Emmanuel bwashyikirijwe

Taliki 30 Ukwakira 2023, nibwo Dosiye ya Gasana Emmanuel wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yashyikirijwe Ubushinzacyaha kugirango nabwo buyishyikiriza urukiko. Ibi byagarutsweho na Nkusi Faustin usanzwe ari umuvugizi w’Ubushinjacyaha , aho yasobanuye ko Dosiye ya Gasana uru rwego rwayishyikirijwe bityo ikaba yarashyikirijwe urukiko. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yavuze ko Dosiye ye RIB yayishyikirije urwo rwego abereye […]

U Rwanda rwagaragaje impamvu M23 atari yo nyirabayazana y’umutekano muke muri RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yagaragaje ko M23 atari yo nyirabayazana y’ikibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, agaragaza ko iki kibazo cyari gisanzweho na mbere y’uko uyu mutwe wubura intwaro. Minisitiri Biruta yabitangarije i Yaoundé muri Caméroun, ubwo ku Cyumweru gishize yari yahitabiriye inama ya 44 ya ba […]

Amerika yasabye P. Kagame na Tshisekedi ‘kuvana RDF na FARDC ku mupaka’

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuvana Ingabo zabyo ku mupaka uhuza ibihugu byombi, mu gihe hari ubwoba bw’uko ibihugu byombi bishobora kwisanga mu ntambara. Amerika yatanze ubu busabe biciye mu kiganiro cyo kuri telefoni Umunyamabanga wa Leta wazo ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken yagiranye na ba […]

Goma mu icuraburindi kubera imirwano ya FARDC na M23

Umujyi wa Goma kuva ku mugoroba wo ku wa Mbere wari mu icuraburindi, nyuma y’uko imirwano y’Ingabo za RDC na M23 yangije ibikorwaremezo by’amashanyarazi yacaniraga uyu mujyi. Amakuru yemejwe na sosiyete y’ingufu ya Virunga Energies avuga ko umuriro wabuze i Goma kubera iriya mirwano. Kuva mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 6 Ugushyingo […]

Muri Sudan abasivili bakomeje guhura n’inzira y’umusaraba

Ibintu bikomeje kurushaho kuba bibi nyuma y’uko abaturage b’abasivili babarirwa muri 20, bishwe n’ibisasu byarashwe n’ibimodoka by’intambara mu isoko riherereye mu murwa mukuru wa Soudan, Khartoum. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa AFP byatangaje ko iki ari cyo gikorwa cy’intambara kiguyemo igihiriri cy’abasivili bangana gutyo, kuva muri Mata uyu mwaka aho imirwano ishyamiranyije ingabo za Leta ya Soudan […]

Perezida Kagame yagenewe ubutumwa na Ndayishimiye w’u Burundi

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye Minisitiri w’u Burundi ushinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Gervais Abayeho wamushyikirije ubutumwa bwa mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ntibyigeze bitangaza ibyari bikubiye mu butumwa Minisitiri Abayeho n’abari bamuherekeje bagejeje kuri Perezida Kagame. Ubutumwa bwa Perezida Ndayishimiye cyakora bwaje […]

Niba wafataga aya mafunguro ugiye kuryama umenye ko hari ingaruka urikwikururira

Abahanga mu by’imirire batanga inama ko mu gihe ugiye kuryama mu masaha ya Nijoro hari amafunguro ukwiye kwirinda gufata kuko usanga bifite ingaruka zirimo no kubura ibitotsi. Ubushakashatsi bugaragaza ko umuntu wafashe amafunguro ya nijoro tugiye kugarukaho haba hari ibyago by’uko ashobora kurwara igifu n’igogorwa ntirikorwe neza. Amafunguro akubiyemo Isukari Si byiza ko mbere yo […]

Kagame na Blinken baganiriye ku mutekano ukomeje kuzamba muri RDC

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken byibanze ku kibazo cy’umutekano muke wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abayobozi bombi baganiriye bifashishije Telefoni. Perezidansi y’u Rwanda ku rubuga rwayo rwa X yavuze ko “Perezida Kagame yagiranye ikiganiro bitanga umusaruro cyo […]

Ubwongereza bwakuyeho igihano bwari bwarafatiye Bobi Wine

Umuhanzi akaba n’umunyapolitiki, Bobi Wine, yishimye cyane nyuma yuko Ubwongereza bumukuriyeho ibihano bimukumuri muri iki gihugu . Iri tegeko ryatangiye gushyirwaho mu 2014 hashingiwe ku magambo ari mu ndirimbo za Bobi Wine zibasiraga abatinganyi. Itsinda tsinda ry’abanyamategeko ba Bobi Wine n’abamushyigikiye mu Bwongereza bakoze ibishoboka byose kugira ngo iryo tegeko riveho. Robert Kyagulanyi,uzwi nka Bobi […]

Rwamagana: Umugore afunzwe akekwaho gutwikisha amazi y’amarike umukozi we wo mu rugo

Umugore wo mu murenge wa Muyumbu w’akarere ka Rwamagana ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukekaho gutwikisha amazi y’amarike umwana w’umukobwa wari usanzwe ari umukozi we wo mu rugo. Amakuru avuga ko ku wa 27 Ukwakira ari bwo uriya mwana w’imyaka 15 y’amavuko yatwitswe na nyirabuja, nyuma yo gutaha agatinda kumufungurira igipangu. Uyu mwana kuri […]

Gisagara: Hari umurenge wugarijwe n’ubukene butuma abaturage batabaza

Abaturage bo mu murenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara, baratabaza nyuma y’uko bugarijwe n’ubukene biturutse ku bucye bw’ibikorwaremezo ndetse n’ibihingwa bimwe byugarijwe n’uburwayi. Bavuga ko ubusanzwe bajyaga batabarwa n’ibihingwa bajyaga bakuraho amafaranga none ngo byibasiwe n’uburwayi bityo bikaba byaragize uruhare mu bukene bubugarije. Aba baturage kandi basanga kuba ibikorwa remezo ari bicye bidindindiza iterambere […]

Ukraine: Bakomeje kwicwa umusubirizo mu gihe benshi bahugiye ku bya Israel na Hamas

Abakuru b’igisirikare cya Ukraine barimo kurushaho kotswa igitutu kijyanye n’igitero cya misile Uburusiya buherutse kugaba, byemezwa ko cyishe kikanakomeretsa abasirikare benshi ba Ukraine. Ibitangazamakuru byo muri Ukraine hamwe n’imbuga za internet zo mu Burusiya zitangaza amakuru ajyanye n’igisirikare, bivuga ko abasirikare ba Ukraine barenga 20 biciwe mu muhango wo gutanga ibihembo wabaye ku wa gatanu […]

Museveni yanenze Amerika nyuma yo gukura Uganda muri AGOA

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gufata icyemezo cyo kuvana igihugu cye mu bihugu biri muri gahunda ya AGOA. The African Growth and Opportunity Act (AGOA) ni gahunda y’ubucuruzi Amerika yatangije mu mwaka wa 2000, mu rwego rwo gufasha ibihugu byo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa […]

Perezida Samia Suluhu yashimagije Young Africans nyuma yo kwandagaza Simba SC

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yashimye ikipe ya Young Africans, nyuma yo kunyagira mukeba wayo Simba Sports Club kuri iki cyumweru. Aya makipe yombi ayoboye ruhago ya Tanzania yari yahuriye mu mukino wa shampiyona warangiye Young Africans inyagiye Simba ibitego 5-1. Umunota wa gatatu w’umukino wari uhagije ngo Yanga ifungure amazamu ibifashijwemo na Kennedy […]

SADC yashinze Perezida Lourenà§o gukora iyo bwabaga akunga u Rwanda na RDC

Umuryango wa SADC uhuriwemo n’ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika, washinze Perezida Joà£o Lourenà§o wa Angola gukora iyo bwabaga mu rwego rwo kunga u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezida Lourenà§o yahawe uyu mukoro kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Ugushyingo, mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize SADC yabereye i Luanda muri […]

Rayon Sports yanyagiye Mukura VS, APR FC ikura amanota 3 i Ngoma

Ikipe ya Rayon Sports yegukanye amanota atatu y’umunsi wa 10 wa shampiyona nyuma yo kunyagira Mukura VS ibitego 4-1. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi yari yakiriye Mukura VS bakunze guhangana, mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Igice cya mbere cyawo cyarangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Murera ni yo […]

Nepal:Abasaga 120 bahitanywe n’umutingito unakomeretsa abagera ku 100

Kuri uyu wa wa gatandatu, mu gihugu byibuze abantu 132 bahitanywe n’umutingito waraye wibasiye igihugu cya Nepal.Abashinze umutekano bahise bihutira gutabara. Amashusho n’amafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga abaturage baho batindura ibyangijwe mu mwijima kugira ngo bakure abarokotse mu bisigazwa by’amazu n’inzu byasenyutse. Umutingito wunvikanye kugera ku murwa mukuru w’Ubuhinde New Delhi, ku birometero 500 […]

Capt Moussa Dadis Camara wahoze ari Perezida wa Guinée yacitse gereza

Amakuru aturuka muri Guiné-Conakry aravuga ko Capitaine Moussa Dadis Camara wahoze ari Perezida w’iki gihugu yatorotse gereza yari afungiyemo. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo i Conakry haramutse humvikana urusaku rwinshi rw’amasasu. Bikiba habanje kwikangwa ko muri iki gihugu harimo haba Coup d’état, ndetse ibikorwa hafi ya byose muri uyu mujyi byahise […]

Burundi:Impinduka ku buzima bw’umunyamakuru irangabiye wimuriwe mu yindi gereza

Umunyamakuru Floriane Irangabiye yimuriwe muri gereza ya Bubanza ahagana mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Bujumbura. Ni nyuma y’uko bisabwe n’abamwunganira mu mategeko. Ku gicamunsi cyo ku cyumweru tariki ya 29 Ukwakira ni bwo yavuye muri gereza ya Muyinga ari kumwe n’itsinda ry’abagororwa bagenzi be. Uyu munyamakuru yari afungiye muri iyi gereza iri mu Majyaruguru y’Uburasirazuba […]

Musanze: Umusaza w’imyaka 70 yavuye kunywa ageze mu rugo arimanika

Hanyurwimfura André wo mu murenge wa Nkotsi w’akarere ka Musanze, yiyahuye yimanitse mu mugozi nyuma y’uko yari avuye gusangira agacupa n’umukecuru we. Byabaye ku wa Gatanu tariki ya 3 Ugushyingo 2023, ahagana saa cyenda n’igice z’umugoroba. Amakuru atangwa n’inzego z’ibanze muri kariya gace avuga ko mu busanzwe mu rugo rw’uyu musaza nta bibazo by’amakimbirane byahabaga. […]

Icyo wamenya kuri gahunda ya Leta yiswe Kane gukuba kane

Mu gihe mu Rwanda hakomeje kuvugwa ubucye bw’abaganga mu ngeri z’itandukanye by’umwihariko abatera ikinya, Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko mu rwego rwo gucyemura icyo kibazo hari gahunda yiswe Kane gukuba Kane. Iyi akaba ari gahunda ya Leta igamije kongera abakozi bakora mu nzego z’ubuzima aho mu myaka ine bagomba kwikuba Kane. Iyi gahunda kandi iranareba cyane […]

Rayon Sports yahamagajwe n’ubutabera bwa Amerika

Ikipe ya Rayon Sports yarezwe mu rukiko rw’i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Kompanyi yitwa Nsejjere Sports iyishinja kuba itarubahirije amasezerano y’imyaka 10 bagiranye. Muri 2009 ni bwo Rayon Sports yasinyanye amasezerano na Nsejjere Sports y’uwitwa Isaac Mayanja yo kuzajya ayambika no kuzana imyenda y’abafana bakayicuruza mu Rwanda. Amasezerano yavugaga ko […]

RDC yasabye SADC kuyoherereza Ingabo byihuse

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye umuryango wa SADC uhuriwemo n’ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo kuyoherereza ingabo, mbere y’uko muri iki gihugu haba amatora rusange. Ni icyifuzo RDC yatanze biciye muri Minisitiri w’Ingabo zayo, Jean Pierre Bemba. Uyu Ku wa Gatanu aherekejwe na Mbusa Nyamwisi usanzwe ari umunyamabanga wa Leta ya RDC ushinzwe ukwihuza kw’akarere, […]