Xi Jinping yatangaje kurushaho kubaka igisirikare cy’u Bushinwa mu gihe atumbereye manda ya gatatu

Ishyaka rya gikomunisiti ry’u Bushinwa ryatangije Kongere yaryo iba kabiri mu myaka icumi, aho Perezida Xi Jinping yasabye iterambere ryihuta mu gisirikare, arengera inzira ya “zero-COVID” ya Beijing, kandi yongera gushimangira gukoresha ingufu, ni biba ngombwa, mu kwisubiza Taiwan. Iyi nama izamara icyumweru, yatangiye kuri iki Cyumweru, itariki 16 Ukwakira 2022, nicyo gikorwa gikomeye cya […]

Umuyobozi wa Africa CDC yahuriye n’uruva gusenya ku Kibuga cy’Indege cya Frankfurt

Umuyobozi w’agateganyo w’ikigo Nyafurika gishinzwe kurwanya indwara (CDC), Ahmed Ogwell Ouma, ku wa gatandatu, tariki ya 15 Ukwakira, yavuze ko byabaye ngombwa ko asubira iwabo nyuma yo gufatwa nabi n’abayobozi b’ikibuga cy’indege cy’i Frankfurt mu Budage . Umuyobozi wa Africa CDC yagombaga kwitabira inama ya World Health Summit iteganijwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 […]

Abantu bitwaje intwaro bishe abantu 11 biteguraga guhabwa imyitozo ya gisirikare mu Burusiya

Minisiteri y’ingabo yavuze ko abantu bitwaje imbunda barashe abantu 11 ku kibuga cy’imyitozo ya gisirikare cy’u Burusiya ku wa Gatandatu , mu gitero giheruka cyibasiye ingabo za Perezida Vladimir Putin kuva yatera Ukraine . Ibiro Ntaramakuru RIA byavuze ko minisiteri ivuga ko abandi bantu 15 bakomerekeye mu iraswa, mu karere k’u Burusiya gaherereye mu majyepfo […]

FARDC iravuga ko yishe inyeshyamba 4 z’umutwe mushya witwa “Chini ya Tuna”

Christophe Munyanderu, umuhuzabikorwa w’umuryango utegamiye kuri Leta uharanira kubahiriza uburenganzira bwa muntu (CRDH), avuga ko imirwano yahuje, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 15 Ukwakira 2022, FARDC n’abantu bitwaje intwaro bagize umutwe mushya witwa “Chini ya Tuna” ahitwa Makayanga, hafi ya Komanda, Teritwari ya Irumu, mu Ntara ya Ituri. Nk’uko iyi mpirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu […]

Guverinoma ya Ethiopia yihanangirije bikomeye igihugu cya Irlande

Guverinoma ya Ethiopia yongeye kwikoma Irlande kubera uko yakomeje kwitwara ku bijyanye n’intambara imaze imyaka ibiri muri iki gihugu, ishinja Irlande kuyibasira mu mahuriro mpuzamahanga ndetse igaragaza impungenge z’ahazaza h’umubano w’impande zombi . Redwan Hussein, Umujyanama mu by’umutekano w’igihugu wa Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed, ku rubuga rwa Twitter, yagize ati: “Irlande yagiye itoteza kandi igasiga […]

Kenya: Umurinzi w’umugore wa Raila Odinga yishwe arashwe

Umurinzi wa Ida Odinga, umugore wa Raila Odinga, umuyobozi w’ishyaka Azimio laa Umoja ryo muri Kenya, yishwe arashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 14 Ukwakira 2022 . Uyu murinzi wa Ida Odinga witwa Barrack Otieno Oduor yatewe uruguma rw’isasu rwamuhitanye nyuma yo gushwana na manager w’akabyiniro kazwi cyane mu Mujyi wa Kisumu. […]

Gen. Muhoozi yasabye imbabazi Perezida William Ruto wa Kenya

Uwahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingbo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasabye imbabazi Perezida wa Kenya, William Ruto, kubera amagambo aherutse kuvuga yemeza ko we n’ingabo ze byamutwara ibyumweru bibiri akaba yafashe Nairobi. Gen. Muhoozi , wavuze mu ntangiriro z’uku kwezi kuri twiter ko yafata umurwa mukuru wa Kenya mu gihe gito, wabaye […]

U Bufaransa ntibuzakoresha intwaro zabwo za kirimbuzi kubera ko u Burusiya bwazikoresheje kuri Ukraine – Macron

Minisitiri w’ingabo w’u Bwongereza, Ben Wallace, yavuze ko Perezida Emmanuel Macron yatangaje byinshi ubwo yavugaga ko u Bufaransa butazakoresha intwaro zabwo za kirimbuzi kubera ko u Burusiya bwazikoresheje muri Ukraine. Kuri uyu wa Gatatu ushize, nibwo Perezida Macron, mu kiganiro, yerekanye ko intwaro za kirimbuzi z’igihugu cye “zishingiye ku nyungu z’ibanze z’igihugu. Yasobanuye ko “izo […]

L’Inde et le Pakistan s’affrontent au sujet du Cachemire aux États-Unis, au Rwanda et au Kazakhstan

L’Inde et le Pakistan se sont affrontĂ©s sur la question du Cachemire dans trois forums internationaux aussi Ă©loignĂ©s que New York, Kigali (Rwanda) et Astana (Kazakhstan) . Ă€ Astana, la ministre d’État aux Affaires extĂ©rieures, Meenakshi Lekhi, a dĂ©clarĂ© qu’il Ă©tait regrettable que le Pakistan ait abusĂ© de la confĂ©rence en cours de la ConfĂ©rence […]

Louise Mushikiwabo yamaganye igitero cyahitanye abasirikare barindwi ba Djibouti

Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), yababajwe n’urupfu rw’abasirikare barindwi ba Djibouti mu ijoro ryo ku ya 6 kugeza ku ya 7 Ukwakira 2022 i Garabtisan, mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’umurwa mukuru. Ku wa Gatanu ushize, mu gicuku, abantu bitwaje imbunda bo mu mutwe wa Front pour la Restauration de l’UnitĂ© et de […]

E.U. iremeza ko u Burusiya nibugaba igitero cya kirimbuzi kuri Ukraine ingabo zabwo zizarimburwa

Umuyobozi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ushinzwe politiki y’ububanyi n’amahanga, Josep Borrell yavuze ko “Igitero cya kirimbuzi cy’u Burusiya kuri Ukraine cyatera igisubizo gikomeye” kivuye mu Burengerazuba ku buryo ingabo z’u Burusiya zarimburwa.” Amagambo y’uyu mugabo abaye nk’asubiza amagambo y’umukuru w’u Burusiya Vladimir Putin. Nyuma yo gushyira umukono ku cyemezo cyo kongera Ingabo z’u Burusiya ku […]

Umushinjacyaha Edwin Mbabazi yatawe muri yombi azira kwakira ruswa ya 34,787 Frw

Umushinjacyaha wa Leta mu Karere ka Kabale mu burengerazuba bwa Uganda yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwakira ruswa y’amashiringi 125,000 (34,787 Frw) kugirango ahagarike ikirego yari arimo gukurikirana . Bivugwa ko Edwin Mbabazi (uri kuri telephone ku ifoto) yasabye Amashilingi 500,000 kugirango ahagarike dosiye y’icyaha cy’ubwinjiracyaha kiregwa umuturage wo mu mujyi wa Kyanamira, mu […]

Abanyarwanda 28 bafatiwe mu mukwabu wa polisi mu Mujyi wa Goma

Polisi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Mujyi wa Goma iravuga ko kuri uyu wa Kane yafashe abenegihugu 28 b’u Rwanda binjiye binyuranyije n’amategeko mu mukwabu wa polisi mu gace ka Mapendo mu Birere muri Komini ya Goma . Igipolisi kandi kiravuga ko cyafashe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 […]

Umubano w’akadasohoka wa Arabiya Sawudite na USA wajemo kidobya hejuru ya peteroli

Abademokarate bo mu nteko ishinga amategeko ya Amerika batanze ultimatum (nyirantarengwa) nshya kuri Arabiya Sawudite y’ibyumweru byo kuba yisubiyeho ku cyemezo cya OPEC cyo kugabanya peteroli icukurwa cyangwa ikamara umwaka itemerewe kugura intwaro . Iri terabwoba ryaje mu gihe Joe Biden yongeye gushimangira umuhigo we wo gufata ingamba ku cyemezo cya Riyadh cyo mu cyumweru […]

Abasaga 600 bafite aho bahuriye n’ingabo bitabiriye imurikagurisha rya mbere ry’ibikoresho by’ubwirinzi muri Ghana

Intumwa za gisirikare mpuzamahanga n’izo mu karere zirenga 600 zitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga ry’ubwirinzi rya mbere (IDEC) ryatangiye ku ya 11 Ukwakira i Accra, muri Ghana . Iri murikagurisha ry’iminsi ibiri ryakiriwe n’Igisirikare cya Ghana, ryatangiye ku ya 11 risoza kuwa 12 Ukwakira ryabereye muri Burma Hall mu cyicaro gikuru cy’ingabo za Ghana i Accra, hagamijwe […]

Rubavu: Yafatanywe ibilo 160 by’imyenda n’inkweto bya magendu

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Ukwakira, yafashe uwitwa Tuyishime Fidèle w’imyaka 28, wari ufite imyenda n’inkweto bya caguwa byose hamwe bipima ibilo 160 byari byinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu bivanywe mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]

USA: Nyir’urubuga Inforwars yategetswe kwishyura hafi miliyari ababuriye ababo mu gitero ku ishuri rya Sandy Hook

Inteko y’abacamanza muri Amerika yategetse ko umuhanga mu by’ubugambanyi witwa Alex Jones yishyura miliyoni 965 z’amadolari y’indishyi ku miryango y’abahohotewe mu iraswa ryabereye ku ishuri rya Sandy Hook mu 2012, kubera ibinyoma bye by’uko ayo makuba ari amahimbano . Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Ukwakira, iki cyemezo cyafashwe nyuma y’ibyumweru bitatu by’ubuhamya mu rukiko […]

Imijyi isaga 40 ya Ukraine yibasiwe n’ibitero bya drones z’ubwiyahuzi z’u Burusiya

Kuri uyu wa Kane, abayobozi bavuze ko misile z’u Burusiya zarashe imijyi minini n’imito irenga 40 yo muri Ukraine, nyuma y’icyemezo cy’Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye cyise kwigarurira intara za Ukraine igikorwa “kitemewe” kandi abafatanyabikorwa ba Ukraine biyemeza kurusaho kuyiha ubufasha bwa gisirikare . U Burusiya bwongeye kuvuga ko Uburengerazuba, mu gufasha Ukraine, bwerekanye ko “ […]

Deux professeurs d’universitĂ© arrĂŞtĂ©s pour corruption

Le Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB) dĂ©tient deux professeurs d’universitĂ© pour corruption. Ils auraient reçu des pots-de-vin de la part d’Ă©tudiants en Ă©change de notes gratuites . Dans un communiquĂ© publiĂ© par RIB, les personnes arrĂŞtĂ©es sont CĂ©lestin Sebeza, 35 ans, et François Bagaragaza, 47 ans. Bien que les enquĂŞteurs aient refusĂ© de nommer l’universitĂ© pour […]

Huye: Uwari ukurikiranweho kwica mushiki we yakatiwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ukwakira 2022, Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Ntakirutimana Domitien, w’imyaka 58, icyaha cyo kwica mushiki we w’imyaka 35 witwa Mukarutagengwa ImmaculĂ©e amutemesheje umuhoro, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu no kwamburwa uburenganzira mboneragihugu yari afite mu gihugu . N’ubwo uregwa yaburanye yemera icyaha […]

Aung San Suu Kyi wahoze ayobora Myanmar yahamijwe ibindi byaha igifungo cye kigera ku myaka 26

Kuri uyu wa Gatatu, urukiko rwo muri Myanmar, iyobowe n’igisirikare, rwahamije umuyobozi wahiritswe ku butegetsi, Aung San Suu Kyi, ibindi byaha bibiri bya ruswa, rumukatira imyaka itatu bimugeza ku myaka 26 y’igifungo . Suu Kyi w’imyaka 77 yafunzwe ku ya 1 Gashyantare 2021, ubwo ingabo zafataga ubutegetsi zihiritse guverinoma yatowe. Yahakanye ibyo aregwa muri uru […]

Plus de 30,000 élèves ont déposé une demande de transfert scolaire

Plus de 30,000 Ă©tudiants, qui se sont prĂ©sentĂ©s aux examens nationaux, ont dĂ©posĂ© des rĂ©clamations demandant Ă  l’AutoritĂ© nationale des examens et de l’inspection scolaire (NESA) de changer d’Ă©cole qui leur avait Ă©tĂ© attribuĂ©e . Les Ă©tudiants qui ont dĂ©posĂ© des rĂ©clamations ont sollicitĂ© diverses raisons telles que la maladie chronique, l’invaliditĂ©, entre autres. Selon […]

RDC: FARDC irigamba kwigobotora igico cy’inyeshyamba za Twirwaneho

Uruhererekane rw’imodoka za gisirikare za FARDC rwaguye mu gico cy’inyeshyamba za Twirwaneho kuri uyu wa Mbere ushize hagati ya Mikenge na Minembwe, aho bivugwa ko igisirikare cyabashije gusubiza inyuma izo nyeshyamba ariko abasirikare bamwe bakahakomerekera . Kurasanaho kwabaye icyo gihe kwakomerekeyemo abasirikare ba FARDC batavuzwe umubare. Ingabo za leta zivuga ko zakomeje urugendo rwazo zerekeza […]

Sudani y’Epfo: Amakimbirane hagati y’abaturage yaguyemo byibuze abantu 25

Byibuze abantu 25 barishwe muri Sudani y’Epfo nyuma y’aho urubyiruko rwo mu miryango ibiri ituranye y’abaturage mu majyaruguru y’igihugu rwahanganaga rupfa imipaka itandukanya aho batuye nk’uko yatangajwe n’abayobozi . Ubugizi bwa nabi nk’ubu burasanzwe mu bice bitandukanye bya Sudani y’Epfo, aho kenshi amakimbirane aterwa no kurwanira ubutaka bwo kuragiraho amatungo, ubwo guhingaho, uburiho amazi ndetse […]

Brig. Gen. Rwivanga yasobanuye icyiciro RDF igiye gukurikizaho muri Mozambique

Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, aravuga ko icyiciro Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zigiye gukurikizaho ari ukuvugurura inzego z’umutekano z’iki gihugu ku buryo Ingabo z’u Rwanda nizihava zizaba zibasha guhangana n’ibibazo by’umutekano ubwazo, nyuma yo guca intege mu buryo bugaragara umutwe w’iterabwoba wari umaze imyaka 4 uyogoza amajyaruguru y’igihugu . Agace […]

Umwami Charles III w’u Bwongereza azambikwa ikamba ku mugararo muri Gicurasi 2023

Umwami Charles III azambikwa ikamba ku mugaragaro mu rusengero rw’ibwami rwa Westminster Abbey ku ya 6 Gicurasi umwaka utaha, mu birori ingoro ya Buckingham ivuga ko “bizaba bijyanye n’igihe” . Mu itangazo ryayo, Ingoro yemeje ko Charles azambikwa ikamba mu birori bizayoborwa na Arkiyepiskopi wa Canterbury, ari kumwe n’umugore we, Camilla. Yongeyeho ko kwimikwa bizagaragaza […]

Umuzamu w’urusengero arakekwaho kurwiba miliyoni 13 Frw yari agenewe kuruvugurura

Polisi mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, iravuga ko irimo gushakisha umuzamu w’urusengero ukekwaho kwiba miliyoni 1.5 z’amashilingi (13,232,009 Frw), abagize itorero bakusanyije kugira ngo bavugurure urusengero . Polisi ikeka ko umujura yinjiye binyuranyije n’amategeko mu nyubako yera ACK All Saints Mountain View i Kangemi, mu nkengero za Nairobi. Ngo yahise afata amafaranga yari imbere […]

Rubavu: Impanuka ikomeye y’imodoka yaguyemo babiri batatu barakomereka

vlcsnap-2022-10-11-16h49m29s978.png

Mu Mudugudu wa Kabindi, mu Kagari ka Mahoko, ho mu Murenge wa Kanama, Akarere ka Rubavu, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere habereye impanuka ikomeye yaguyemo abantu babiri abandi batatu barakomereka ndetse yangiza ibintu byinshi. Umuturage wabonye iyi mpanuka wavuganye na Bwiza yagize ati “ Iyi mpanuka yabaye yabaye ahagasana saa kumi n’ebyiri n’iminota […]

Perezida Kagame yashimangiye uruhare rw’umugore mu kubohora igihugu no kongera kwiyubaka

Ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama ya 145 ihuza inteko zishinga amategeko z’ibihugu bitandukanye iteraniye I Kigali, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yongeye gushimangira uruhare rw’umugore mu kubohoza igihugu no muri sosiyete mu rwego rwo kubaka amahoro arambye ndetse yongera gushimangira ko nta gihugu gikwiye kuba nyamwigendaho hakwiye gukorana n’ibindi . “Ku Isi yose inteko ibereyeho […]

Amezi ane arashize umutwe wa M23 ugenzura umujyi wa Bunagana

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Ukwakira Inyeshyamba za M23 zujuje amezi ane zigaruriye Umujyi wa Bunagana uherereye muri Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . I Rutshuru, ingabo za leta zikomeje kubahiriza agahenge ndetse ntizigerageza no kwisubiza umujyi nyamara ari umujyi w’ingenzi kuri iyo ntara. Mu mezi 4 ashize, ngo […]

Intambara ya Suez: Umunsi u Bufaransa, u Bwongereza na Israel byateraniraga Misiri mbere yo gukangwa na USA na USSR

frenchtroops.jpg

Ikibazo cy’Umuyoboro wa Suez, rimwe na rimwe bakunze kwita Intambara ya Suez, cyangwa Operation Kadesh, ni intambara yatangiye mu 1956 ku butaka bwa Misiri. Ni intambara yahuje Misiri n’ihuriro ry’ibanga, ryashyizweho na protocole ya Sèvres, ibiganiro byaryo byabaye kuva ku ya 21 kugeza ku ya 24 Ukwakira 1956, ryashinzwe n’u Bufaransa, u Bwongereza na Leta […]

Minembwe: Umusirikare wa FARDC yishe atemaguye umwana w’umunyeshuri w’Umunyamulenge

Abanyeshuri ndetse n’abarimu bo mu Minembwe muri Teritwari ya Fizi, mu burasizuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, kuri uyu wa Mbere biriwe mu myigaragambyo yo kwamagana ubwicanyi bwakorewe umunyeshuri wishwe n’umusirikare wa FARDC amutemaguye, aho bivugwa ko yaba yarazize gusa nk’Abanyawanda . Ni imyigaragambyo yitabiriwe n’abanyeshuri n’abarimu babo nyuma y’urupfu rw’uwitwa Mugaza Samuel, umusore […]

RDC: Abantu bane barimo umushoferi n’abamotari biciwe mu gitero cy’inyeshyamba

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Ukwakira 2022, abantu bane barapfuye abandi barakomereka bikabije, mu gitero cy’abantu bataramenyekana. Ni umushoferi n’abamotari batatu biciwe ku muhanda wa Mongbwalu-Dala, uherereye mu birometero birenga 85 mu majyaruguru y’umujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’intara ya Ituri . Umuyobozi wa komini ya Mongbwalu wahaye aya makuru congo-press.com, yemeza ko […]

Burundi: Abegereye umuryango wa Bunyoni bakozwemo umukwabu utunguranye

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 9 Ukwakira, igipolisi cy’u Burundi cyazindutse gisaka imiryango imwe n’imwe yo mu gace ka Kajiji, muri Zone ya Kanyosha, mu Mujyi wa Bujumbura, aho abagize imiryango yasatswe bemeza ko iri saka ryari rigendereye abegereye umuryango wa Alain Guillaume Bunyoni, wahoze ari minisitiri w’intebe n’umuryango w’umugore we, Hyacinthe Bunyoni . Bivugwa […]

Kagame mobilise 800 millions de dollars pour l’Ă©lectrification rurale du Zimbabwe

Le prĂ©sident zimbabwĂ©en, Emmerson Mnangagwa, a rĂ©vĂ©lĂ© que le prĂ©sident Paul Kagame avait aidĂ© le Zimbabwe Ă  obtenir un financement de 800 millions de dollars pour son programme d’Ă©lectrification rurale . Le programme vise Ă  transformer les moyens de subsistance de la population rurale de ce pays d’Afrique australe. Mnangagwa a dĂ©clarĂ© que Kagame assistera […]

Perezida William Ruto yacecekesheje umusemuzi wa Perezidansi ya Tanzania

Perezida William Ruto yacecekesheje umusemuzi wa Perezidansi ya Tanzania, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru yahuriyemo na mugenzi we, Samia Suluhu . Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Ukwakira, Ruto watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Tanzania kuri iki Cyumweru, nibwo yacecekesheje umusemuzi wari utangiye gusemura ijambo rye arivana mu Cyongereza arishyira mu Giswahili atabimenyeshejwe. Ruto […]

U Bwongereza: Hategerejwe urundi rubanza ku kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda

Urubanza rwa kabiri rwamagana gahunda ya minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda ruzaburanishwa mu rukiko rukuru muri iki cyumweru. Gusuzuma iki kibazo, byazanywe n’umuryango utabara imbabare Asylum Aid, bije nyuma y’ukwezi humvishwe ikindi kirego gitandukanye cyarwanyaga isesengura rya minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu mu Bwongereza ryaagaragaje u Rwanda nk’igihugu gitekanye. […]

Mushikiwabo ahangayikishijwe n’ibikomeje kubera mu gihugu cya Haiti

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo, ahangayikishijwe n’imiterere y’ibibazo by’ubutabazi n’umutekano muri Haiti kandi aramagana byimazeyo ibikorwa by’ubusahuzi n’imyigaragambyo by’urugomo, byagaragaye mu mezi menshi mu gihugu cyose, mu gihe imibereho y’abaturage ikomeza kuba mibi mu buryo buteye impungenge . Nk’uko yi nkuru dukesha Icihaiti.com ivuga, Mushikiwabo yagize ati “Ndashaka kwerekana ubufatanye bwanjye […]

Ibitaro bya CARAES-Ndera bihangayikishijwe n’ubwiyongere bukabije bw’abarwaye indwara yo kwiheba (depression)

Ibitaro bya CARAES-Ndera byita ku barwayi bo mu mutwe bivuga ko byanditse umubare munini w’abantu bafite ibibazo bijyanye no kwiheba (depression)byatumye indwara igaragara, ku nshuro ya mbere, muri eshanu za mbere zo mu mutwe . Ibitaro bivuga ko kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka, byakiriye abarwayi 7.817 barwaye kwiheba ugereranije na 1.743 banditswe umwaka ushize. Umubare […]

Rwanda FDA yakoze iperereza ku miti 4 y’abana itujuje ubuziranenge yagaragaye muri Gambia

Abayobozi mu kigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura biribwa n’imiti (Rwanda FDA) bakoze iperereza basanga imiti ine y’abana, OMS iherutse gusanga idatekanye muri Gambia, itarigeze yinjira ku isoko ry’u Rwanda . Mu ntangiriro z’uku kwezi, Ishami ry’Umuryango w’Abibumye ryita ku buzima (OMS) ryatanze integuza ivuga ko umuti unyuzwa mu kanwa wa Promethazine, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff […]

U Burusiya bwiyemeje kwivugana abo bwita abaterabwoba baturikije ikiraro kibuhuza na Crimea

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yashinje Ukraine kuba inyuma y’iturika ry’ikiraro cya Kerch, itegura “igikorwa cy’iterabwoba” cyangije igice cy’ikiraro gihuza u Burusiya n’intara bwigaruriye ya Crimea . Ikiraro, gifite agaciro gakomeye n’ikitegererezo ku Burusiya, cyangijwe ku wa Gatandatu n’ibyo Moscou yavuze ko ari ikamyo yari itezemo igisasu. Urujya n’uruza kuri iki kiraro cya kilometero 19 […]

Ibihugu byo muri Afurika birimo ibirindiro by’Igisirikare cya Amerika

1000w_q95-2.jpg

Afurika hafi ya yose yagiye igira uburyo bwo gufatanya n’ingabo z’ibihugu by’amahanga nk’u Bufaransa, u Bwongereza, u Budage, Portugal, Espagne, n’u Butaliyani. Ariko ikirenze ibyo ni uko Ingabo zivuye mu bisirikare bikomeye ku Isi zanashinze ibirindiro byazo ku mugabane . Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite ingabo ziteye imbere ku Isi kandi zifite ibikoresho bihambaye, […]

Rubavu: Abaturage barashinja akarere kugira uruhare mu iyangizwa ry’imitungo yabo ahari kubakwa kaburimbo

Abaturage bo mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi, Akagari ka Mbugangari, mu Mudugudu wa Gasutamo, barashinja ubuyobozi bw’akarere kuba inyuma y’ibibazo barimo guhura nabyo, aho bavuga ko imirimo yo kubaka kaburimbo muri ako gace iri kwangiza imitungo yabo igizwe n’amazu amaze kwika kugera kuri santimetero zirenga 50 “Sosiyete ya NPD ishinzwe kubaka imihanda, iwacu […]

Rusizi: Umugabo w’imyaka 41 arakekwaho gusambanya no gutera inda umukobwa we

Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi muri iki cyumweru rwaburanishije urubanza Ubushinjacyaha buregamo umugabo w’imyaka 41 icyaha cyo gusambanya umwana we w’imya ka 17 . Ubushinjacyaha bwagaragarije urukiko ko uwo mugabo uregwa gusambanya umwana we yamubyaye akiri umusore, amaze gushaka amuzana iwe. Yatangiye kumusambanya mu mwaka wa 2019 amuteye inda umugore we aramurega ariko kubera ko umuryango […]

Nyuma ya Uganda, Perezida William Ruto ategerejwe muri Tanzania

fejvujqxoaawpi0.jpg

Nyuma yo kuva muri Uganda, Perezida mushya wa Kenya, William Ruto, ategerejwe muri Tanzania kuri iki Cyumweru, itriki 9 Ukwakira, mu ruzinduko rwa mbere rw’akazi rw’iminsi ibiri muri iki gihugu, azasoza kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Ukwakira 2022 . Nyuma yo gusura Ethiopia, aho yatangije Safaricom Ethiopia, ibinyamakuru byo muri Kenya byari byatangaje ko […]

Ukraine: Byibuze abantu 17 biciwe mu gitero cy misile mu Mujyi wa Zaporzhzhia

Byibuze abantu 17 biciwe mu gitero cya misile cy’u Burusiya mu ijoro ryakeye mu Mujyi wa Zaporzhzhia mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Ukraine nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’ibanze, Anatoliy Kurtev, kuri iki Cyumweru, wemeza ko ari igitero cya kabiri mu minsi itatu . “Nk’ingaruka z’igitero cya misile muri iri joro kuri Zaporizhzhia, inyubako n’imihanda mu gice gituwe […]

FARDC yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko hari inyeshyamba za M23 zageze muri Sud-Ubangi

Igirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kirahakana ko inyeshyamba za M23 ziri ku Kirwa cy’Inguge muri Libenge, agace gaherereye mu ntara ya Sud-Ubangi mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu . Ibi byatangajwe muri raporo yakiriwe na 7SUR7.CD kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 06 Ukwakira, nyuma y’ubutumwa bugufi bwa Brig. Gen. Mugabo Baguna Asani […]

Ibisasu 10 bya mbere bikomeye kandi biteje akaga ku Isi

tsar_bomba.jpg

Kamere muntu imutera guhora mu makimbirane agera aho akavamo intambara mugihe ibintu bitagenda uko abishaka. Kubera iyo mpamvu, Abantu bashishikarijwe gukora intwaro zo kwirwanaho birinda abanzi babo kubera izo ntambara mu gihe zatangiye. Intwaro na zo zagiye zivugururwa mu mateka, kimwe n’ibindi bintu byose, akaba ari muri urwo rwego twabateguriye urutonde rwa bombe 10 zitinyitse […]

USA yashinje u Burusiya kwiba umutungo kamere wa Afurika ugakoreshwa mu ntambara muri Ukraine

Kuri uyu wa Kane, Amerika yashinje abacanshuro b’Abarusiya gucukura umutungo kamere muri Repubulika ya Centrafrica, Mali, Sudani n’ahandi kugira ngo ubafashe gutera inkunga intambara yo muri Ukraine, ikirego u Burusiya bwateye utwatsi buvuga ko ari “umujinya wo kurwanya u Burusiya .” Ambasaderi wa Amerika mu Muryango w’abibumbye, Linda Thomas-Greenfield, yavuze ko ikigo cy’abacanshuro cya Wagner […]

Buruseli: Ubutabera bugiye gushyira ahagaragara amakuru mashya ku iyicwa rya Patrice Lumumba

I Buruseli haravugwa impinduka zikomeye mu iperereza ku iyicwa rya Patrice Lumumba muri Mutarama 1961. Ubutabera bw’u Bubiligi bwafashe icyemezo cyo gushyira muri dosiye y’iperereza inyandiko hafi ya zose za komisiyo y’iperereza ryakozwe mu myaka 22 ishize n’Inteko ishinga amategeko. Iki cyemezo cyafashwe n “urugereko rw’ubujurire” mu rwego rw’iperereza ryatewe n’ikirego cyatanzwe ku ya 23 […]

Hatowe itegeko rigenga polisi rikubiyemo ibihano bigenewe abazajya batoroka akazi

Abagize inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite, kuri uyu wa Kane, batoye umushinga w’itegeko rigenga polisi y’igihugu, riteganya ibihano bitandukanye ku bapolisi bashobora gutoroka akazi. Ni ibihano bigiye bisumbana bijyanye n’urwego umupolisi arimo ndetse n’igihe yamara yarataye inshingano . Mu ngingo zasuzumwe n’inteko rusange y’umutwe w’abadepite, harimo iya 63 y’uyu mushinga w’itegeko, iteganya igihano cy’igifungo kiri […]

Zephanie Niyonkuru limogée de son poste de directeur adjoint du RDB

Le prĂ©sident Paul Kagame a limogĂ© , le 6 octobre, Zephanie Niyonkuru de ses fonctions de directeur gĂ©nĂ©ral adjoint du Rwanda Development Board (RDB) . Selon un communiquĂ© du bureau du Premier ministre, Niyonkuru a Ă©tĂ© dĂ©mis de ses fonctions en raison d’Ă©checs de gestion rĂ©pĂ©tĂ©s. RDB est une entitĂ© chargĂ©e de diriger le dĂ©veloppement […]

Uganda: Hari abasanga Gen Muhoozi yari akwiye kumanurwa mu ntera ndetse akajyanwa mu rukiko

Bamwe mu bayobozi n’intiti muri Uganda bagize icyo bavuga ku mbabazi Perezida Museveni yasabye Kenya byihuse mu izina ry’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba w’imyaka 48, yirukanye ku buyobozi bw’ingabo zirwanira ku butaka ariko agahita amuzamura mu mapeti akamugira Jenerali w’inyenyeri enye . Batatu muri bo, Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Mathias Mpuuga, Umuyobozi w’Umujyi wa Kampala, […]

Thailand: Uwahoze ari umupolisi yishe byibuze abantu 31 mu gitero ku ishuri ry’incuke

Byibuze abantu 31 baguye mu gitero cy’uwahoze ari umupolisi witwaje imbunda n’icyuma mu kigo cy’ishuri ry’incuke mu gihugu cya Thailand . Guhiga uwakoze ibi byahise bitangira nyuma y’igitero cyagabwe mu ntara ya Nong Bua Lamphu, mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu. Polisi iravuga ko abana ndetse n’abantu bakuru bari mu bahitanywe n’iki gitero nk’uko iyi nkuru dukesha […]

Ukraine iravuga ko yabohoje ibice bimwe byo mu ntara iherutse komekwa ku Burusiya

Ukraine iravuga ko ingabo zayo zafashe imidugudu myinshi muri Kherson, imwe mu ntara enye zigaruriwe n’u Burusiya zometswe ku gihugu . Perezida Volodymyr Zelenskyy yavuze ko imidugudu ya Novovoskresenske, Novohryhorivka na Petropavlivka iri mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’umujyi wa Kherson “yabohowe”. Bije nyuma y’uko ku wa Gatatu Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ashyize umukono ku byemezo […]