Kwambutsa umurambo hanze y’igihugu, itangwa ry’ingingo z’umubiri – Ibyangombwa bitangwa na RIB n’uko wabibona

Mu nshingano n’ububasha by’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) harimo n’itangwa ry’ibyangombwa bitandukanye. Ibyo bikenerwa cyane n’abaturarwanda n’abarugenda, mu rwego rw’akazi no gusaba serivisi zitandukanye haba mu Rwanda no mu mahanga . Kugira ngo ubone ibi byangombwa, hari amakuru n’ibyemezo usabwa gutanga bitewe n’icyangombwa ushaka kugira ngo ubihabwe. Dore ibyo byangombwa n’uburyo bibonekamo: 1. Icyemezo cyerekana ko nta […]

Huye: Urukiko rwemeye ubusabe bwa Bunyenyezi bwo kumwereka abamushinja akabahata ibibazo

Beatrice Munyenyezi ukurikiranweho ugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yabwiye urukiko ko akeneye kubona abamushinja imbonankubone akabahata ibibazo, avuga ko bitumvikana uburyo rwakomeza kumva abatangabuhamya bamushinjura mbere yo kumva abamushinja . Nyuma yo kumva ubusabe bwe, Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwafashe icyemezo gitegeka ubushinjacyaha bw’u Rwanda kuzana mu rukiko abatangabuhamya bamushinja kugira […]

RDC: Abahamijwe kwica impuguke 2 za Loni batangiye kuburana mu bujurire

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwafunguye, kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 3 Ukwakira 2022, muri Gereza ya Gisirikare ya Ndolo, urubanza rw’ubujurire rw’abahamijwe kwica impuguke ebyiri z’Umuryango w’Abibumbye, UmunyaSuwede Zaida Catalán n’Umunyamerika Michael Sharp, bishwe ku ya 12 Werurwe 2017, mu Ntara ya Kasai yo Hagati . 51 […]

Le procès de l’organisateur de Miss Rwanda se tiendra Ă  huis clos

Le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge, mercredi 5 octobre, a dĂ©cidĂ© de mener Ă  huis clos le procès de Dieudonne Ishimwe, communĂ©ment appelĂ© Prince Kid . Ishimwe, PDG de Rwanda Inspirational Backup, la sociĂ©tĂ© qui a organisĂ© le concours de beautĂ© Miss Rwanda, fait face Ă  deux accusations ; sollicitation ou offre de faveurs sexuelles et harcèlement. […]

Un mannequin rwandais basé aux États-Unis retrouvé mort

La police de l’Arizona, aux États-Unis, enquĂŞte sur la mort du mannequin rwandais Neema Jeanine Ngerero, dĂ©cĂ©dĂ© le lundi 3 octobre Ă  l’âge de 25 ans . Une source proche de la famille de Ngerero a dĂ©clarĂ© au New Times que la jeune mannequin avait Ă©tĂ© retrouvĂ©e dans sa voiture quelques minutes après avoir quittĂ© […]

Mu 2026 imyaka izaba ibaye 40 abantu bashaje bayoboye, ibyo bizahinduka – Lt. Gen. Muhoozi

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, ukomeje gutangaza ibintu bitavugwaho rumwe muri iyi minsi bamwe bakibaza ko yaba afite ikibazo mu mutwe, kuri ubu yatangaje ko urungano rushaje rwayoboye Uganda kuva mu 1986 ruyobowe na se, Yoweri Museveni, rugomba kwitegura kujya ku ruhande urungano rushya rukita ku bibazo by’igihugu […]

Abantu 1470 bamaze kwicwa kuva Perezida Ndayishimiye yajya ku butegetsi – Ligue Iteka

Ishyirahamwe Ligue Iteka riharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi, riravuga ko abantu 1470 bishwe muri iki gihugu hagati y’ukwezi kwa gatandatu 2020 n’ukwa munani uyu mwaka. Abagera ku 146 ryemeza ko bishwe n’abakorera inzego za leta . Iri shyirahamwe rikorera mu buhungiro ryemeza ko iyi mibare ishobora kuba ari mike kubera ko abarikorera baahabwa uburenganzira […]

Muhanga: Yafatanwe magendu irimo amabaro 140 y’imyenda ya caguwa

Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 3 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Muhanga yafatanye umushoferi witwa Ndagijimana Jean D’Amour ufite imyaka 44 y’amavuko, ibicuruzwa bitandukanye byinjijwe mu gihugu mu buryo bwa Magendu bivanywe mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) . Ibyo yafatanywe ni amabaro 140 y’imyenda ya […]

Donald Trump yajyanye CNN mu rukiko ashaka indishyi y’asaga miliyoni 450 z’Amadolari

Kuri uyu wa Mbere, Donald Trump wahoze ari Perezida wa Amerika yareze CNN kumusebya, asaba indishyi zingana na miliyoni 475 z’amadolari kandi avuga ko uyu muyoboro wa televiziyo wakoze “ubukangurambaga bwo kumuharabika no kumwandagaza” . Trump, mu kirego cye yashyikirije urukiko rw’akarere rwa Fort Lauderdale, muri Florida, avuga ko uyu muyoboro wakoresheje imbaraga zawo nk’igitangazamakuru […]

TPLF yavanye ingabo mu bice bya Amhara ngo zijye guhangana n’ingabo za leta n’iza Eritrea

Abategetsi b’inyeshyamba zo muri Tigray baravuga ko bavanye ingabo zabo mu duce bigaruriye mu ntara baturanye ya Amhara bakazohereza mu majyepfo kugira ngo zihangane n’igitero gihuriweho bagabweho n’ingabo za Ethiopia na Eritrea mu majyaruguru. Nyuma y’amezi atanu y’agahenge, imirwano yongeye gutangira mu mpera za Kanama hagati y’inyeshyamba za TPLF na guverinoma ya Ethiopia, ishyigikiwe n’imitwe […]

Gor Mahia FC iravuga ko ntaho ihuriye na Freemason umuyobozi wayo abarizwamo

Umunyamabanga mukuru w’ikipe ya Gor Mahia FC, Sam Ochola, yatangaje ko iyi kipe ntaho ihuriye n’umuryango utavugwaho rumwe wa Freemason, umuyobozi wayo, Ambrose Rachier, aherutse kwemera ko ari umunyamuryango wawo . Mu itangazo rye kuri uyu wa Mbere, Ochola yavuze ko Rachier ari mu rugendo rwe bwite rutarimo iyi kipe ndetse n’abanyamuryango bayo. Ochola ati: […]

Umusirikare wa FARDC yatwitswe n’abanyerondo ari muzima kugeza apfuye

Umusirikare wa FARDC yishwe n’abasore barara irondo mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, itariki ya 2 Ukwakira, ahagana saa tatu i Kamanyola, muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyepfo . Amakuru aturuka muri sosiyete sivile yerekana ko ari umwe mu basirikare batatu ba FARDC, bafashwe nyuma y’igikorwa cy’ubujura cyakozwe n’abantu batazwi mu nzu iri mu […]

Umwe mu bashinze umutwe wa Al Shabab yiciwe mu gitero cy’indege

Abayobozi ba Somalia kuri uyu wa Mbere batangaje ko umwe mu bashinze umutwe wa Al Shabab yiciwe mu gitero cy’indege . Iki gitero cyahitanye Abdullahi Nadir cyagabwe ku itariki ya 1 Ukwakira n’Igisirikare cya Somalia ku bufatanye n’ingabo mpuzamahanga z’abafatanyabikorwa. Abdullhi Ndir, bakunze kwita Abdullahi Yare, yiciwe hafi y’Umujyi wa Haramka nk’uko byatangajwe na minisiteri […]

Inyeshyamba 7000 za ADF zimaze kwicwa kuva mu Kuboza 2021 – Lt. Gen. Muhoozi

Ibikorwa bya gisirikare bihuriweho n’Ingabo za Uganda (UPDF) n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), bizwi nka Operation Shujaa, ngo bimaze guhitana inyeshyamba 7000 za ADF mu burasirazuba bwa Congo kuva mu Kuboza 2021 . “Mu mezi 10 ashize, ingabo za UPDF na FARDC zivuganye abetarabwoba ba ADF batari munsi y’ibihumbi birindwi,” uyu ni umugaba […]

Louise Mushikiwabo yamaganye ihirika ry’ubutegetsi ryongeye kuba muri Burkina Faso

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie, Louise Mushikiwabo, yamaganye byimazeyo ifatwa ry’ubutegetsi ku ngufu muri Burkina Faso, nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi rya kabiri mu mwaka umwe muri iki gihugu, nk’uko byatangajwe na AIP . Mushikiwabo yagize ati: “Ihirikwa ry’ubutegetsi risubirwamo, hitwajwe umutekano ndetse na demokarasi, ntirishobora kwemerwa. Ibi bihe bibangamira imbaraga zose zigamije iterambere n’imibereho myiza […]

Bugesera: Ikoranabuhanga rya GPS ryatumye moto yari yibwe iboneka byihuse

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano mu karere ka Bugesera yafatiye moto yibwe yo mu bwoko bwa TVS RF 436 H mu rugo rw’uwitwa Frederick Rusanganwa ufite imyaka 38 y’amavuko, mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka Kamabuye, mu Murenge wa Shyara . Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana, […]

RDC: FARDC yabashije gusubiza inyuma Mai-Mai nyuma y’iminota 40 y’imirwano i Butembo

Abarwanyi ba Mai-Mai mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki ya 2 Ukwakira 2022 bagabye igitero gishya ku birindiro by’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) biherereye mu majyaruguru y’umujyi w’ubucuruzi wa Butembo mu majyaruguru ya Kivu ariko zisubizwa inyuma . Aya makuru abanyamakuru bakesha umuyobozi w’umujyi wa Polisi y’igihugu (PNC) mu Mujyi wa […]

Kagame a rencontré le président de la Formule 1 Stefano Domenicali

feeutibxoamvuiv.jpg

Le prĂ©sident Kagame a rencontrĂ© Stefano Domenicali, PDG de Formula One Group sur Marina Bay Street Circuit, Ă  Singapour et a assistĂ© Ă  un dĂ®ner organisĂ© par le Premier ministre Lee Hsien Loong avant de regarder le Grand Prix de Singapour 2022 . Le prĂ©sident est en visite de 3 jours Ă  Singapour alors que […]

Intare, inzoka n’ingona birimo kwivugana ibyihebe ku bwinshi muri Mozambique

Ikinyamakuru The Times kiravuga ko intare n’inzoka byo mu gasozi byahitanye abarwanyi benshi ba ISIS mu majyaruguru ya Mozambike, aho ingabo zishyigikiye guverinoma zirwana n’inyeshyamba . Bernardino Rafael, umuyobozi wa polisi mu karere ka Quissanga muri Cabo Delgado, yabwiye abaturage ko inyamaswa zo mu gasozi zagize uruhare mu rupfu rw’abarwanyi benshi b’abajihadiste, bazwi ku izina […]

Umugaba mukuru wungirije w’Ingabo za Centrafrica yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda

fedit19wyaa6dj9.jpg

Umugaba mukuru wungirije w’ingabo za Centrafrica (FACA) ushinzwe ibikorwa, Brig Gen Freddy Sakama kuri iki Cyumweru yashoje uruzinduko rw’akazi yagiriraga mu Rwanda . Ni uruzinduko rwari rugamije gushimangira ubufatanye mu by’ubwirinzi busanzwe hagati y’ingabo z’ibihugu byombi. Brig Gen F Sakama n’intumwa ze basuye icyicaro gikuru cya RDF n’ibigo bitandukanye bya gisirikare bya RDF aho baganirijwe […]

Amerika yarekuye abantu 2 bafitanye isano na Perezida Maduro yari ifunze ihabwa Abanyamerika 7

Kuri uyu wa Gatandatu,itariki 1 Ukwakira, Venezuela yarekuye Abanyamerika barindwi, barimo abayobozi batanu b’ibigo bicukura peteroli, kugirango ihabwe Abanya-Venezuela babiri bafite icyo bapfana na Perezida Nicolas Maduro bari bafungiwe muri Amerika kubera gucuruza ibiyobyabwenge nk’uko abayobozi ba Amerika babitangaje . Mu baguranwe harimo abayobozi ba Citgo Petroleum bamaze imyaka myinshi bafunzwe, hiyongereyeho uwahoze mu gisirikare […]

Ngoma: Polisi yagaruje asaga miliyoni 1,5 muri miliyoni 2,5 frw yari yibwe umucuruzi

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 30 Nzeri, Polisi y’u Rwanda, yagaruje amafaranga y’u Rwanda Miliyoni 1 n’ibihumbi 584 muri miliyoni ebyiri n’igice zari zibwe umucuruzi wo mu Karere ka Ngoma, hafatwa abantu 2 bakurikiranyweho kugira uruhare muri ubwo bujura . Abafashwe ni umushoferi witwa Bizimana Sasha ufite imyaka 34 y’amavuko na Mutuyeyezu Elyse w’imyaka […]

Lt. Gen. Muhoozi arateganya kuzenguruka ibihugu bitandukanye ahereye i Kigali

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganya kuzenguruka amahanga aganira n’abakunzi be, ababaza igihugu bumva yaheraho, ariko yizeza abari mu Rwanda ko ari bo azaheraho . Nk’uko akunze kubigenza kuri twitter avugana n’abamukurikira cyangwa abamushyigikiye, Lt Gen. Muhoozi kuri iki Cyumweru yanditse ati “ Nabajije abanshyigikiye benshi […]

Burkina Faso: Abaturage bateye Ambasade y’u Bufaransa bashaka Lt. Col. Damiba wahiritswe

fea6uewx0aiw5ma.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu,itariki 1 Ukwakira 2022 imbaga y’abigaragambya yagerageje gutera Ambasade y’u Bufaransa i Ouagadougou, nyuma y’uko ingabo zidasanzwe za Burkina Faso zihiritse ubutegetsi, bwa kabiri mu gihe cy’umwaka, bashinja u Bufaransa gufasha no gucumbikira umuyobozi wirukanwe ku butegetsi, Lt Col. Paul Henri Sandaogo Damiba, kugeza ubu hataramenyekana neza aho aherereye . Umuvugizi w’abahiritse […]

Indonesia: Abasaga 100 bapfiriye mu mubyigano nyuma y’imvururu zadutse kuri stade

000_32kj6mp.jpg

Igipolisi cya Indonesia kiravuga ko byibuze abantu 174 bishwe abandi benshi bagakomereka mu mubyigano mu gihe cy’imvururu zabereye mu mupira w’amaguru mu ntara ya Java . Mu itangazo ryacyo kuri iki Cyumweru, igipolisi cyatangaje ko abashyigikiye ikipe ya Arema FC binjiye mu kibuga kuri stade iri mu mujyi wa Malang mu burasirazuba bw’igihugu nyuma y’uko […]

Uganda: Baratekereza ku mafaranga ntarengwa azajya akoreshwa mu gushyingura abayobozi barimo perezida

Minisiteri y’Abakozi ba Leta yatanze ibitekerezo byinshi kugira ngo Inama y’Abaminisitiri izasuzume amafaranga azajya akoreshwa mu gushyingura abayobozi bakuru muri Uganda, kubera ingorane zikomeje kugaragara mu gushyingura abayobozi . Gushyingura abayobozi biteganijwe mu mategeko agenga abakozi ba Leta mu gihe gushyingurwa mu cyubahiro nk’icy’umuyobozi byemezwa na Perezida ku muntu uwo ari we wese, bitewe n’akamaro […]

Singapour: Le prĂ©sident Kagame s’entretient avec la prĂ©sidente Halima Yacob

fd5j2zdxkaeip8r.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame a rencontrĂ©, vendredi 30 septembre, les hauts responsables du gouvernement de Singapour, dont la prĂ©sidente Halima Yacob et le Premier ministre Lee Hsien Loong, et a discutĂ© avec eux d’une sĂ©rie de questions touchant aux relations bilatĂ©rales . Lors de sa rencontre avec Yacob Ă  l’Istana, le siège prĂ©sidentiel, Kagame a […]

Uganda: Abantu bambaye gisirikare bagaragaye bashimuta umucuruzi w’Umunyapakistani

Abapolisi bo mu mujyi wa Kampala barimo gukora iperereza kuri dosiye y’Umunyapakisitani washimutiwe muri Kireka, mu Karere ka Wakiso, n’abantu bitwaje imbunda barimo abambaye impuzankano ya gisirikare, bamwambuye ibyo yari afite barangiza bakamujugunya ku muhanda Mukono-Kayunga . Ibi byabaye kuri uyu wa Kane ushize, aho Rafik Khan, umucuruzi w’imodoka yashimutiwe, ahitwa Kireka C mu Mujyi […]

Nyaruguru: Hafashwe igice cya toni kirenga cy’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byo kurwanya abakora ubucuruzi bwa magendu n’ubw’ibicuruzwa bitemewe, aho kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28 Nzeri, hafashwe abantu batanu bari batwaye ku magare imifuka 14 y’imyenda ya caguwa ipima ibilo 573 yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu iturutse mu gihugu cy’abaturanyi cy’u Burundi . Abafashwe ni Musayidire DieudonnĂ© […]

Burkina Faso: Abatuye umurwa mukuru babyukijwe n’urusaku rwinshi rw’imbunda

Abatuye Ouagadougou mu murwa mukuru wa Burkina Faso mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu babyukijwe n’urusaku rwinshi rw’imbunda zoroheje n’iziremereye rwumvikanye ruturuka mu kigo cya gisirikare cy’ingenzi muri iki gihugu no mu bice bituwe . Abasirikare benshi bagaragaye bafata ibirindiro ku muhanda munini werekeza kuri perezidansi, kandi bagaragara bafunga imihanda yerekea ku nyubako z’ubuyobozi […]

Afghanstan: Igitero ku ishuri ryari rigiye gukorerwamo ikizamini cyo kujya muri kaminuza cyahitanye 19

Igipolisi cya Kabul kiravuga ko igitero cy’ubwiyahuzi mu kigo cy’ishuri mu murwa mukuru wa Afghanistan kuri uyu wa Gatanu cyahitanye byibuze abantu 19 abandi byibuze 27 barakomereka . Iturika ry’igisasu ryabereye mu kigo cy’uburezi cya Kaaj kiri mu gace ka Dasht-e-Barchi mu burengerazuba bw umujyi. Abayobozi b’ikigo bavuga ko abanyeshuri b’abahungu n’abakobwa barangije amashuri yisumbuye […]

Nyuma ya referandumu itavugwaho rumwe uturere tune twa Ukraine turomekwa ku Burusiya ku mugaragaro

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yashyize umukono ku cyemezo cyemeza ko uturere twa Ukraine twa Kherson na Zaporizhzhia ari ibihugu byigenga, amasaha make mbere yo kwakira umuhango wo kwiyomekaho uturere bwigaruriye twa Ukraine . Kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yemeye ubwigenge bw’uturere two mu majyepfo ya Ukrine twa Kherson na Zaporizhzhia, […]

Perezida Kagame ari mu ruzinduko muri Singapore

fd3zgrzwiai3-hf.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 30 Nzeri yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu gihugu cya Singapore, aho ku ikubitiro yasuye Kaminuza ya Nanyang Technological University. Muri iyi kaminuza yitabiriye imurikagurisha ryerekana amateka ya kaminuza mu myaka 30 ishize yatumye iba imwe mu bigo byigisha bya mbere ku Isi. Perezida Kagame […]

France: Umunyarwanda Eugene Rwamucyo uregwa uruhare muri jenoside agiye gutangira kuburanishwa

Ubucamanza bw’u Bufaransa bwemeye kuburanisha Dr. Eugene Rwamucyo, w’imyaka 62, ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ishyirahamwe Collectif des Parties Civiles pour le Rwanda (CPCR), riharanira kugeza mu butabera abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bihishe mu Bufaransa ryatanze ikirego kirega Rwamucyo mu 2007. Rwamucyo arashinjwa kuba yaragize uruhare mu nama zateguye […]

Burundi: Umukobwa wa Domitien Ndayizeye wahoze ari perezida ari kubarizwa muri Gereza ya Mpimba

Umukobwa wa Domitien Ndayizeye, wahoze ari Perezida w’u Burundi, witwa Sandra Ndayizeye usanzwe ari umunyamategeko wunganira abashinjwa ibyaha yaraye muri Gereza Nkuru ya Bujumbura na murumuna w’umukiriya we, Dr Christophe Sahabo, ukurikiranweho gucuga nabi umutungo w’Ibitaro bya Kira yahoze ayobora . Sandra Ndayizeye na murumuna wa Dr Sahabo witwa Etienne Sahabo, boherejwe muri Gereza izwi […]

Umugore wa 4 ukize ku Isi agiye gutandukana n’umugabo yari yasimbuje umuherwe Jeff Bezos

Umugore wa kane ukize cyane ku Isi, Mackenzie Scott, yasabye gatanya ashaka gutandukana n’umugabo we wa kabiri, Dan Jewett, bashakanye nyuma yo gutandukana n’umuherwe Jeff Bezos . Gutandukana bije nyuma y’imyaka itarenze ibiri akoze ubukwe n’uwahoze ari umwarimu wa siyansi. Ikinyamakuru New York Times cyatangaje ko ku wa Mbere, ari ubwo uyu mugore w’imyaka 52 […]

La Haye: Félicien Kabuga a refusé de comparaître au début de son procès

FĂ©licien Kabuga, l’un des derniers fugitifs accusĂ©s du gĂ©nocide rwandais Ă  ĂŞtre traduit en justice, a refusĂ© de comparaĂ®tre au dĂ©but de son procès jeudi. “Vingt-huit ans après les Ă©vĂ©nements, ce procès vise Ă  demander des comptes Ă  FĂ©licien Kabuga pour son rĂ´le substantiel et intentionnel dans ce gĂ©nocide”, a dĂ©clarĂ© le procureur Rashid S […]

Arnold Schwarzenegger yahishuye ko se yari umusirikare w’Umunazi

185e8d90-3f65-11ed-befe-4b1ecea8da43.jpg

Arnold Schwarzenegger wahoze ari Guverineri wa California, wamamaye cyane muri filimi, yasuye Auschwitz, ahari inkambi yafungirwagamo Abayahudi mu Ntambara ya 2 y’Isi, aho nyuma yo guhishura ko se umubyara yari umusirikare w’Umunazi, yavuze ko igihe kigeze ngo “duhagarike” urwango . Kuri uyu wa Gatatu, Schwarzenegger, wahawe igihembo cya mbere cyo Kurwanya Urwango na Auschwitz Jewish […]

Uwari umujyanama wa Tshisekedi ukurikiranweho ruswa yasohotse gereza nyuma y’iminsi 6 afunzwe

Vidiye Tshimanga, wahoze ari umujyanama wa Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yasohotse muri Gereza Nkuru ya Makala kuri uyu wa Kabiri ushize nyuma y’iminsi afunzwe nyuma yo kuvugwaho ibyaha bya ruswa no gukoresha umwanya we binyuranyije n’amategeko . Ku wa gatatu w’icyumweru gishize, nibwo Ubushinjacyaha Bukuru mu rukiko rw’ubujurire rwa Kinshasa […]

Ingabo za FARDC, n’iz’u Burundi ziravuga ko zigeze kure kurwanya inyeshyamba

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, ziratangaza ko ibikorwa bihuriweho bakorana n’ingabo z’Abarundi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bikorwa mu rwego rwo kubahiriza byimazeyo amategeko agenga imikoranire n’uburenganzira bwa muntu kandi ko Monusco na yo irimo iratanga umusanzu wayo . Mu ijambo yagejeje ku banyamakuru, Umuvugizi w’ibikorwa bya Sukola 2 muri Kivu y’Amajyepfo, […]

London: Indege ebyiri zagonganye byoroheje ku kibuga cy’indege cya Heathrow

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, indege ebyiri zagize uruhare mu “kugongana kworoheje” ku Kibuga cy’indege cya Heathrow, i London mu Bwongereza, nk’uko umuvugizi w’ikibuga cy’indege yabyemeje . Iyi mpanuka yoroheje hagati y’indege ya Icelandair n’indege ya Korean Air ku kibuga cy’indege, irimo gukorwaho iperereza nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Umuvugizi w’ikibuga cy’indege […]

Uganda: Abaganga batanu n’ushinzwe gutera ikinya banduye virus ya ebola

Kuri uyu wa Gatatu, abayobozi muri Uganda bemeje ko abaganga batanu (doctors) n’umukozi ushinzwe gutera ikinya bashyizwe mu kato kugira ngo bavurwe nyuma yo kwandura indwara ya virusi ya Ebola (EVD) . Itsinda rishinzwe kurwanya iyi virusi ya Ebola mu Karere ka Mubende, aho iyi ndwara yabonetse mbere, hamwe n’ishyirahamwe ry’abakora mu buvuzi bo muri […]

Abapolisi 3 b’Ababiligi bagejejwe imbere y’urukiko bashinjwa gufata ku ngufu abagore

Abapolisi batatu b’Ababiligi bo mu Mujyi wa LiĂ©ge, bigeze gukorera n’i Buruseli, kuri uyu wa Gatatu bagejejwe imbere y’urukiko bakurikiranweho gufata ku ngufu no gukwirakwiza amashusho abagaragaza bakorana imibonano mpuzabitsina n’abandi bantu batabyumvikanyeho . Hagati y’Ugushyingo 2019 na Gashyantare 2020, abagore bane batangaje ko bafashwe ku ngufu n’abo bapolisi banafashe amashusho barangiza bakayashyira ku karubanda. […]

Ingagi zinjirije u Rwanda miliyari 164 mu 2021 avuye kuri miliyari 131 mu 2020

Ubukerarugendo bwo gusura ingagi mu Birunga bwinjirije u Rwnda miliyoni 164 z’Amadolari mu 2021 avuye kuri miliyoni 131 z’amadolari bwijnjije mu 2020 nk’uko byemejwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ingagi wizihizwa buri tariki ya 24 Nzeri. Nk’uko RDB ivuga ko umusaruro w’ubukerarugendo bwo gusura ingangi wiyongereyeho 25% ivuga, ngo miliyoni […]

Abaturage bari babangamiwe n’uruganda rwa CIMERWA bamaze kubarurwa ngo bimurwe

Abaturage hafi 4000 bari babangamiwe n’uruganda rwa CIMERWA bagiye kwimurwa begezwe kure y’uru ruganda bari bamaze igihe bataka bavuga ko rubangamiye ubuzima bwabo nyuma yo kubarurwa . Imiryango 144 igizwe n’abaturage 707 baturiye kariyeri ikoreshwa muri CIMERWA ndetse n’imiryango 507 igizwe n’abaturage 2212 ituriye uru ruganda, ni yo yamaze kubarurwa ngo izimurwe. Abaturage bari bamaze […]

Kinshasa: Hollande asanga amahanga akwiye kureka kwivanga ndetse Monusco ikongererwa ubushobozi

francois-hollande-a-bukavu.jpg

Mu ruzinduko rwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, François Hollande, kuri uyu wa Kabiri i Kinshasa yasabye “ihagarikwa ryo kwivanga mu bibazo bya Congo” no gushyiraho ingabo z’Umuryango w’Abibumbye “zifite ingufu” zo kuzana amahoro mu burasirazuba bwayogojwe n’intambara. Hollande yatangarije AFP ati: “Congo ni igihugu gifite ubusugire, cyigenga, […]

Menya indege zose Rwandair ikoresha kugeza ubu – Amafoto

9xr-wh-rwandair-bombardier-crj-900-cl-600-2d24_planespottersnet_961760_b43c920e64_o.jpg

Sosiyete Nyarwanda y’ubwikorezi bwo mu kirere, Rwandair, kuri ubu ikoresha indege 12, (Airbus A330-300 imwe, Airbus A330-200 imwe, Boeing 737-800 enye, Dash 8-400 ebyiri, CRJ900ER ebyiri, na Boeing 737-700 ebyiri) zikora ingendo ahantu 29 muri Afurka, u Burayi, Uburasirazuba bwo Hagati na Aziya, kandi ni imwe muri sosiyete z’indege zizamuka byihuse ku mugabane wa Afurika […]

90,6% des candidats ayant passé les examens nationaux ont réussi

fdrxfwkwiamsdbm.jpg

Le Ministère de l’Éducation nationale (MINEDUC) a publiĂ© les rĂ©sultats des examens de fin d’Ă©tudes primaires (PLE) et du niveau ordinaire (O’Level) pour les candidats ayant passĂ© les examens nationaux pour l’annĂ©e acadĂ©mique 2021-2022 . D’après les rĂ©sultats publiĂ©s mardi 27 septembre, sur 227,402 Ă©lèves qui se sont prĂ©sentĂ©s aux examens nationaux, 206,286 candidats ont […]

Ukraine: Amatora ya referandumu yemeje ko uturere tune twifuza kubarizwa ku Burusiya

Abayobozi bashyizweho n’u Burusiya mu turere twigaruriwe na Ukraine bavuze ko abantu benshi bashyigikiye kuba mu Burusiya nyuma y’iminsi itanu y’amatora ya “referendumu” Kyiv n’abafatanyabikorwa bayo bamaganye bavuga ko atemewe kandi ateye isoni . Ni amatora yateguwe byihuse yabereye mu bice bine bya Ukraine, Donetsk, Luhansk, Zaporizhia na Kherson, bingana na 15% by’ubutaka bwa Ukraine. […]

Arabiya Sawudite: Prince Mohammed bin Salman yagizwe minisitiri w’intebe

Igikomangoma cya Arabiya Sawudite, Mohammed bin Salman, yagizwe minisitiri w’intebe w’ubwami mu ivugurura rya guverinma ryategetswe n’Umwami Salman, nk’uko iteka ry’umwami ryashyizwe ahagaragara n’Ibiro Ntaramakuru bya Arabiya Sawudite ku wa Kabiri rivuga . Igikomangoma Mohammed asanzwe ari umutegetsi ukmeye muri ubu bwami bwambere bucukura peteroli nyinshi ku Isi kandi ishyirwa kuri uyu mwanya rye rishimangira […]

Avoka washinjwaga gukanga abatangabuhamya mu rubanza rwa Ruto na Kenyatta yapfuye urw’amayobera

Abayobozi ba Kenya bafunguye iperereza ku rupfu rw’umunyamategeko ushinjwa guha ruswa no gutera ubwoba abatangabuhamya ubwo Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwari rukurikiranye Perezida William Ruto, nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri n’umupolisi . Paul Gicheru yashinjwaga n’ubushinjacyaha bwa ICC kuba yarashyizeho uburyo bwo gukoresha abatangabuhamya bikica iperereza ryakorwaga kuri Ruto, ku ruhare rwe mu bugizi […]

François Hollande wahoze ari Perezida w’u Bufaransa ari i Kinshasa

Uwahoze ari Perzida w’u Bufaransa, François Hollande, yaraye ageze i Kinshasa mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere mu nege ya Air France aturutse i Paris nk’uko amakuru agera ku rubuga POLITICO.CD avuga . VIDEO Aya makuru avuga ko François Hollande wageze muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aherekejwe n’umugore we, yakiriwe ku Kibuga cy’Indege […]

Danemark: Amasezerano yo kohereza impunzi mu Rwanda yatangiye guteza umwiryane mu buyobozi

Mu gihugu cya Danemark, haravugwa ubwumvikane buke hagati y’ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza (Social Democratic party) n’ishyaka rikomeye mu yarishyigikiye, Ishyaka riharanira ubwisanzure n’imibereho myiza (Social Liberal Party), hejuru ya gahunda yo gufatanya n’u Rwanda ku kubaka ikigo kizajya cyakira abasaba ubuhungiro birukanwe muri iki gihugu . Inkomoko y’ubu bwumvikane buke ni uruzinduko mu Rwanda […]

Perezida Putin yahaye ubwenegihugu Edward Snowden wigeze kumena amabanga ya Amerika

Kuri uyu wa Mbere, Perezida Vladimir Putin yahaye ubwenegihugu bw’u Burusiya uwahoze akorana n’ubutasi bwa Amerika, Edward Snowden, nyuma y’imyaka icyenda ashyize ku karubanda amabanga y’ibikorwa byo kuneka rwihishwa abanyamahanga ndetse n’Abaturage ba Amerika bikorwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe umutekano (NSA) . VIDEO Snowden w’imyaka 39, yahunze Amerika maze ahabwa ubuhungiro mu Burusiya nyuma yo gusohora […]

Perezida wa Ukraine asanga Putin ataba akina iyo avuga gukoresha intwaro za kirimbuzi

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskiy, yatangaje ko atekereza ko Vladimir Putin ataba akina iyo avuga ko Moscou yaba yiteguye gukoresha intwaro za kirimbuzi mu kurengera u Burusiya. Mu cyumweru gishize, Perezida w’u Burusiya yavugiye kuri televiziyo ko Moscou izakoresha “inzira zose zishoboka” mu kurinda u Burusiya n’abaturage babwo niba ubusugire bwabo bwugarijwe. Kuri iki Cyumweru […]

Uwari umuyobozi muri Amerika asanga FARDC ikwiye kugaba ibitero simusiga ku nyeshyamba n’abazishyigikira

Kugira ngo ikibazo cyo mu burasirazuba bw’igihugu gikemuke burundu, abayobozi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo bagomba guhitamo inzira ya gisirikare nk’uko bagiriwe inama n’uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Iki gitekerezo ni icyuwahoze ari Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ibibazo bya Afurika. Muri videwo yagiye ahagaragara […]

Uwahoze ari umuyobozi mu mutwe wa Seleka yahakanye ibyaha aregwa imbere ya ICC

Ukekwaho kuba yarahoze ari mu bayobozi b’umutwe w’inyeshyamba wa Seleka wo muri Centrafrica, Mahamat Said Abdel Kani, yahakanye ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu aregwa kuri uyu wa Mbere ubwo hatangiraga urubanza rwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) . Abashinjacyaha bavuze ko Said yari akuriye gereza yo mu murwa mukuru, Bangui, aho imfungwa zakubitirwaga zikanakorerwa iyicarubozo. “Ndahakana […]

Le SĂ©nat amĂ©ricain a votĂ© en faveur de la ratification de l’Amendement de Kigali

Le SĂ©nat amĂ©ricain a votĂ© en faveur de la ratification de l’Amendement de Kigali pour Ă©liminer progressivement les Hydrofluorocarbures (HFC) . L’Amendement de Kigali engage les pays Ă  rĂ©duire la production et la consommation de HFC de plus de 80 % au cours des 30 prochaines annĂ©es. On estime qu’une mise en Ĺ“uvre mondiale de […]