Loni ntigikomeje iperereza ku byaha byakorewe mu burasirazuba bwa RDC kubera amikoro

920538 0.png

Komisiyo yashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye ngo ikore iperereza ku ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu n’ibyaha by’intambara muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntishobora gukomeza akazi kubera ikibazo cy’amafaranga yo gukoresha mu Biro bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu by’Umuryango w’Abibumbye (OHCHR), nk’uko bigaragara mu ibaruwa iherutse kubonwa na Reuters. OHCHR ifite ikibazo gikomeye cy’amafaranga cyatewe n’ibihugu bimwe na bimwe […]

Uganda: Umudepite yaburiwe irengero nyuma yo gushimutirwa i Kampala

GjfCp1AWAAAEfWL

Impungenge zikomeje kwiyongera nyuma y’aho Umudepite uhagarariye Buyaga y’Iburengerazuba, Barnabas Tinkasiimire, bivugwa ko yashimuswe ku mugoroba wo ku wa Gatanu n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye i Kampala, akomeje kuburirwa irengero. Nk’uko bitangazwa n’itsinda ry’abunganizi be n’umuryango we, Tinkasiimire yatwawe mu buryo bwo kumuhutaza n’abantu barenga icumi bitwaje imbunda bambaye imyenda ya gisivili bagendaga mu modoka ifitanye […]

Amasezerano y’amahoro ya DRC n’u Rwanda ntabwo ari ukugurisha umutungo wacu – Kayikwamba

IMG 20241203 WA0017

“Amasezerano yashyizweho umukono ku wa Gatanu i Washington hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda yibanze ku mahoro mu burasirazuba bwa DRC kandi ntabwo ari ukugurisha umutungo wacu,” ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner kuri iki Cyumweru gishize. Thérèse Kayikwamba Wagner yavugiye ibi […]

Ese Congo iraba isenye FDLR mu mezi 3? Ibisabwa nyuma yo gusinya amasezerano

cellcom prcd rencrontre deux presidents

Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda byashyize umukono ku masezerano y’amahoro bigizwemo uruhare na Amerika ku itariki ya 27 Kamena 2025, i Washington. Mu gihe hagitegerejwe gusinywa amasezerano hagati y’abayobozi ba Congo na AFC-M23, kuri iyi nshuro i Doha. Ariko se harakurikiraho iki nyuma y’amasezerano ya Washington? Intambwe ya mbere igomba guterwa mbere y’itariki […]

Tanzania: Bus zitwaye abagenzi zagonganye 38 barapfa

841b4d20 54de 11f0 a2ff 17a82c2e8bc4.jpg

Abantu nibura 38 bapfuye naho abandi 28 barakomereka nyuma yuko imodoka ebyiri za bisi zigonganye zirebana nuko zirashya, mu ntara ya Kilimanjaro mu majyaruguru ya Tanzania. Umukuru w’iyo ntara Nurdin Babu yavuze ko iyo mpanuka yabaye ku mugoroba wo ku wa gatandatu mu karere ka Same. Yavuze ko yabaye nyuma yuko umupine w’imbere w’imwe muri […]

Kenya: Umupolisi yishe arashe afande we arangije ariyahura

08890ae0 df0c 4bd7 a94a 121ac16832e1

Kuri iki Cyumweru, abapolisi babiri bo kuri Sitasiyo ya Ng’iya iherereye Alego Usonga, mu Ntara ya Siaya mu kurasa bapfuye nyuma y’aho umupolisi arashe umukuriye mbere yo kwiyahura n’ubwo hari n’abavuga ko na we yarashwe na bagenzi be. Polisi yavuze ko umupolisi yabanje gusanga umukuriye iwe mu nzu maze amurasa amwegereye akoresheje imbunda ye yo […]

Uganda: Ku myaka 80 Museveni yemeje ko azahatanira indi manda

howwe 1595934306

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko afite intego yo kwitabira amatora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka utaha, bikaba bishoboka ko yaguma ku butegetsi muri iki gihugu kugera hafi mu gice cy’i kinyejana. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X ku wa Gatandatu, Perezida Museveni yavuze ati “nagaragaje ko nshishikajwe no kwiyamamaza … nk’umukandida ku […]

Lubero: Imirwano ikaze yahuje FARDC/UPDF na Mai-Mai

operation shuuja

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 28 Kamena, imirwano yongeye kuba, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Congo na Uganda (FARDC-UPDF) n’itsinda rya Mai-Mai mu Mujyi wa Muhola muri Teritwari ya Lubero (Kivu y’Amajyaruguru). Ingabo z’ibihugu byombi zirimo kugerageza kwirukana izi nyeshyamba muri kariya gace, aho zishinjwa guhohotera abasivili. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza ngo […]

Iran yashyinguye ibikomerezwa n’imiryango bishwe mu ntambara na Israel

IRAN MILITARY

Muri Iran kuri uyu wa Gatandatu, itariki 28 Kamena 2025, habaye imihango yo gushyingura abantu bagera kuri 60, barimo abayobozi ba gisirikare n’abahanga mu by’ingufu za kirimbuzi, bishwe mu ntambara yamaze iminsi 12 na Israel. Amasanduku azengurukijwe ibendera rya Iran, ariho amashusho y’abayobozi b’ingabo bishwe yari akikijwe n’imbaga y’abantu hafi ya Enghelab Square i Tehran. […]

Menya ingingo 9 nyamukuru zikubiye mu masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC

39f36260 541a 11f0 809b 99de38e758cf.jpg

Kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 27 Kamena 2025, nibwo i Washington u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bashyize umukono ku masezerano y’amahoro “yanditse amateka”, agamije kurangiza intambara ibera mu burasirazuba bwa Congo. Aya masezerano yagezweho bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yari amaze igihe kirekire ategerejwe, yashyizweho umukono na Minisitiri […]

Centrafrica: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bifatanyije n’abaturage mu muganda rusange

UN1

Abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU3 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santrafurika buzwi ku izina rya MINUSCA, mu magambo ahinnye y’igifaransa, rikorera mu mujyi wa Bangassou uherereye mu Ntara ya Mbomou, mu Majyepfo y’Iburasirazuba bw’igihugu, bifatanyije n’abaturage baho mu gikorwa cy’umuganda rusange wabereye muri uwo mujyi. Uyu muganda wabereye […]

Startups zo mu Rwanda, Nigeria, na Kenya, ziganje muri Google’s Africa AI Accelerator Class 9

2025 Google AI Focused Startups Accelerator

Google yashyize ahagaragara ibigo by’ikoranabuhanga bigitangira (Startups) 15 byatoranijwe kuri cyiciro cya cyenda ya Google for Startups Accelerator: Africa, aho izo mu Rwanda, Nigeria na  Kenya zigaragaje cyane. Ibi bihugu uko ari bitatu bifite ubwiganze muri iri tsinda, ryerekana imbaraga n’ubushobozi bwo guhanga udushya bwa Afurika y’iburasirazuba n’iy’uburengerazuba mu bijyanye n’ubwenge buhangano (AI). Ibi bigo […]

Abajenerali ba UPDF baravugwaho kubeshya iterabwoba ngo bongererwe ingengo y’imari

3TSICXF4VJOPVEMA47TUVZAAK4

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyashyizeho akanama k’iperereza ku rwego rwo hejuru kugira ngo gakore iperereza ku birego biherutse kugaragazwa ku bwoba bw’ibitero by’iterabwoba byabereye i Kampala, mu gihe bivugwa ko bamwe mu bashinzwe kurwanya iterabwoba bashobora kuba barahimbye ibyo bintu kugira ngo bongererwe amafaranga yo gukoresha. Aka kanama kayobowe n’Umuyobozi mukuru wungirije w’ingabo, Lt Gen […]

Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Loni, Tom Fletcher, yaganiriye n’abayobozi ba AFC/M23

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250626215012479489 PHOTO GOMA

“Umuryango mpuzamahanga ugomba gushyigikira abaturage ba Congo muri iki gihe cy’umutekano muke ndetse n’ibibazo by’ubutabazi bigenda byiyongera, cyane cyane mu karere k’iburasirazuba,” ibi byavuzwe n’Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Loni ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Tom Fletcher, nyuma yo guhura n’abayobozi b’umutwe w’inyeshyamba wa AFC / M23 ku wa Kane, itariki ya 26 Kamena, i Goma (Kivu y’Amajyaruguru). […]

AfCHPR yemeje ko ifite ububasha bwo kuburanisha urubanza RDC yarezemo u Rwanda

african court 1

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 26 Kamena, Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu n’abaturage (AfCHRP) rwatangaje ko rufite ububasha bwo kuburanisha urubanza u Rwanda ruregwamo na DRC. Mu nama ya 77 isanzwe yabereye i Arusha, muri Tanzaniya, uru rukiko rwavuze ko ikirego DRC irega umuturanyi wa yo cyemewe, kikaba gishinja u Rwanda gukora ihohotera no […]

Bangui: Abanyeshuri 29 bapfiriye mu mubyigano nyuma yo kwikanga bari mu bizamini

4615531 182069035

Kuri uyu wa Kane, abayobozi muri Centrafrica bavuze ko byibuze abanyeshuri 29 biciwe mu muvundo wadutse ubwo bakoraga ibizamini, abandi barakomereka. Ibi byabaye mu gihe abanyeshuri barenga 5.300 bakotangiye ibizamini bya baccalaureat ku ishuri ryisumbuye rya Barthelemy Boganda mu murwa mukuru, Bangui, kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 25 Kamena 2025. Bivugwa ko transformateur y’amashanyarazi […]

Abahanga batangiye gukora ADN mpimbano z’abantu

p0lkztkt

Imirimo yatangiye ku mushinga utavugwaho rumwe wo gukora ibice byubaka ubuzima bw’abantu bahereye kuri zero, ubuvumbuzi byitezwe ko buzaba ari ubwa mbere bubayeho ku Isi. Ubushakashatsi nk’ubu bwari kirazira kugeza ubu kubera impungenge zishobora kuba ku bana baremwa muri ubu buryo cyangwa impinduka zitunguranye zitateganyujwe ku bisekuruza bizaza. Ariko ubu umuryango munini w’ubuvuzi ku Isi, […]

CAR: Ingabo z’u Rwanda zambitswe imidari

Kuri uyu wa Gatatu ushize, Ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro z’u Rwanda (RWABATT-1), mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA), zahawe imidari y’ishimwe kubera ibikorwa by’indashyikirwa mu mezi cumi na kumwe ashize. Ibirori byo gutanga imidari byabereye mu kigo cya RWANBATT cya M’Poko i Bangui. Mu gihe cyo koherezwa kwabo, iryo tsinda ryagize uruhare […]

Kenya: Byibuze 8 biciwe mu myigaragambyo yongeye kubura

download 2

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Kamena,  nibura abantu umunani bishwe igihe ibihumbi n’ibihumbi bigabizaga imihanda kugira ngo bizihize umwaka umwe ushize habaye indi myigaragambyo yiciwemo benshi. Ni imyigaragambyo bivugwa ko icyo gihe yagaragayemo abapolisi bambaye imyenda ya gisivili barasa abigaragambyaga bamagana leta. Imibare yatanzwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Amnesty International, yo ivuga ko […]

Trump yashimangiye ko u Rwanda na RDC bizasinya amasezerano kuri uyu wa Gatanu

1f885980a5c483ff9487af1200224fe3

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yashimangiye ko amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda, ashyirwaho umukono kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 27 Kamena. Ibi yabitangaje mu ijambo rye kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 25 Kamena, i La Haye mu Buholandi, mu nama ya […]

Nyarugenge: Ubushinjacyaha bukurikiranye umugore wakuye umwana we amenyo amuziza 200Frw

csm Nyarugegenge 123pdf 168a625ebf

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bukurikiranye  umugore w’imyaka 37 utuye mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro wakubise umwana we w’umukobwa w’imyaka 6 akamukomeretsa bikabije.  Icyaha akurikiranweho nk’uko bitangazwa n’Ubushinjacyaha Bukuru, cyakozwe ku itariki 18 Kanama 2025 ubwo uyu mugore yakubitaga umwana we umwuko ku munwa akamukura amenyo abiri y’imbere […]

Muhanga: Umusore w’imyaka 35 arashinjwa kwica se umubyara

ingoro y ubutabera y urukiko rwisumbuye rwa muhanga

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umusore w’imyaka 35 y’amavuko ukekwaho kwica se umubyara w’imyaka 60 babanaga mu rugo amutemesheje umuhoro. Icyaha akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 20 Kamena 2025 mu kagari ka Busoro, umurenge wa Kayumbu mu karere ka Kamonyi ubwo uyu musore yatahaga mu rugo kwa se umubyara, se akamubwira ko akuze agomba […]

Imirimo yo gutunganya ibishanga 5 mu mujyi wa Kigali igeze kure: REMA

GuMj6B8XoAA02MB

Ikigo gishinzwe kurengera Ibidukikije mu Rwanda, REMA, kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko imirimo yo gutunganya ibishanga 5 mu Mujyi wa Kigali igeze kure. Ibi bishanga nibimara gutunganywa byitezweho: Kubika amazi no kuyayungurura, kurwanya imyuzure, kuyungurura umwuka no kurimbisha umujyi. Inzira z’abanyamaguru iz’amagare ndetse n’ibizenga bizajya bifata amazi hagamijwe kuyagabanyiriza umuvuduko bigeze kure byubakwa. Kubaka […]

Abanyakenya bateguye indi myigaragambyo ishobora kuba mibi

3543

Kuri uyu wa Gatatu, abaturage ba Nairobi bahatiwe gukora urugendo rurerure nyuma y’uko abapolisi bafunze imihanda minini igana mu karere k’ubucuruzi (CBD) hagati muri Nairobi mbere y’imyigaragambyo y’urubyiruko iteganijwe.   Urubyiruko rwo muri iki gihugu rwateguye imyigaragambyo i Nairobi no mu yindi mijyi minini mu rwego rwo kwamagana ubugome bwa polisi, gushimuta, n’akarengane, mu gihe […]

Rutshuru: M23 yakozanyijeho na CMC/Wazalendo muri Bukombo

rebelles m23 est 24 png 711 473 1 png 711 473 1

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 24 Kamena, ikibazo cy’umutekano cyakomeje gufata intera, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, ho  muri Kivu y’Amajyaruguru, ahabereye imirwano ikaze hagati y’inyeshyamba za M23 n’umutwe witwaje intwaro witwa Wazalendo witwa CMC wa Dominique Ndaruhutse. Imirwano yibasiye cyane cyane imidugudu ya Bipfura na Kanyatsi, muri Gurupoma ya Bukombo, […]

Nyamagabe: Umugabo w’imyaka 45 akurikiranweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 7

IMG 20240610 WA0081

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bwashyikirijwe dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 45 ukurikiranweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka irindwi (7) y’amavuko. Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 14 Kamena 2025 mu Kagari ka Gashwati, Umurenge wa Mushubi, mu Karere ka Nyamagabe, ubwo uregwa yafataga uyu mwana w’umukobwa aramushuka bajyana mu ishyamba riri munsi y’umuhanda aramusambanya. Iyi […]

Uganda: Col. Ahimbisibwe na Lt. Col. Byaruhanga ni bo batawe muri yombi bitegetswe na Gen. Muhoozi

Muhoozi Kainerugaba

Abashinzwe ubutasi babiri bakuru mu Gisirikare cya Uganda (UPDF) baherutse gutabwa muri yombi bitegetswe n’Umugaba Mukuru, Gen. Muhoozi Kainerugaba, bamenyekanye ko ari Colonel Peter Ahimbisibwe, Umuyobozi w’umutwe ushinzwe kurwanya Iterabwoba mu Butasi bwa Gisirikare na Lt. Col. Ephraim Byaruhanga, Umuyobozi w’Ibikorwa Bidasanzwe. Ifatwa ryabereye ku cyicaro gikuru cy’ingabo gishinzwe ubutasi bwa gisirikare n’umutekano (DIS) i […]

FARDC irashinja M23 kwica abasivili muri Walungu

68887 1

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashinje ihuriro rya AFC / M23 kuba ngo ku Cyumweru, itariki ya 22 Kamena 2025, ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba ryarishe abasivili 17 mu Mudugudu wa Munzinzi, muri Sheferi ya Ngweshe, Teritwari ya Walungu, muri Kivu y’Amajyepfo.   FARDC mu itangazo rya yo ryashyizwe […]

Trump aratangaza ko Iran na Israel byemeye guhagarika imirwano

AFP 20250616 62LH9ND v1 HighRes G7Summit 1 1750233809

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko ihagarikwa ry’imirwano “ryuzuye” hagati ya Israel na Iran “ ryemeranyijwe rwose”.   Trump avuga ko biteganijwe ko imirwano itangira guhagarara mu masaha ari imbere ibihugu byombi “bimaze gucururuka no kurangiza iterambere ryabyo n’ubutumwa bugikomeje bwa nyuma!”   Trump yatangaje mu butumwa yanditse ku rubuga […]

RDC: Minisitiri w’ingabo yibukije abasirikare ihame shingiro ry’igisirikare

IMG 20250623 WA0003

  Mu rugendo amazemo iminsi azenguruka igihugu, Minisitiri w’intebe wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo akaba na Minisitiri w’Ingabo, yasuye Kota-Koli, ikigo cy’imyitozo y’abakomando ba FARDC, giherereye mu birometero 90 uvuye i Gbadolite, umurwa mukuru w’Intara ya Nord-Ubangi. Aho, Minisitiri Guy Kabombo Muadiamvita yagiranye ikiganiro hamwe n’abasirikare bari mu myitozo, aho yabibukije ihame shingiro […]

Amerika yasabye abaturage ba yo bari muri Qatar gushaka aho bikinga ibisasu

qatar visa for us citizen

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko Abanyamerika bari muri Qatar bagomba “kwikinga” kugeza igihe bazamenyeshwa amabwiriza mashya.   Uyu muburo wo kwigengesera watanzwe kuri uyu wa Mbere mu gihe hikangwa ko Iran ishobora kwibasira inyungu za Amerika n’abaturage ba yo muti Qatar mu rwego rwo kwihorera. Hagati aho nk’uko byatangajwe na NBC, […]

France: Umugeni yishwe arashwe mu ijoro ry’ubukwe bwe

wedding bride killed France 062225 06 4e94ce7cc7674892a0089e69799fd21e

Umugeni yarashwe aricwa mu ijoro ry’ubukwe bwe mu mudugudu uri hafi y’Umujyi wa Avignon uherereye mu majyepfo y’iburasirazuba bw’u Bufaransa nyuma y’uko abantu bitwaje imbunda bipfutse mu maso barashe.   Umwe mu bakekwaho kurasa na we yiciwe mu kurasana n’abashinzwe umutekano kwakurikiye, mu gihe umukwe n’umwana w’imyaka 13 bakomeretse bikabije muri uko kurasa kwabereye mu […]

Uganda: Inzego z’umutekano zishe ikindi kihebe i Kampala

GuBzPwLXcAAXuXS

Inzego z’umutekano za Uganda zishe umugore wa kabiri wageragezaga gukora igitero cy’ubwiyahuzi muri Kampala nyuma y’ikindi giherutse kuburizwamo muri Munyonyo. Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa X mu itangazo rwashyizwe ahagaragara n’Igisirikare cya Uganda (UPDF), ukekwa yiciwe ku isoko rya Kalerwe, agace gatuwe cyane ku mpera z’amajyaruguru ya Kampala. UPDF yemeje ko “itsinda ritegura ibisasu” ryagiye […]

Gabon: Perezida Oligui Nguema agiye gushinga ishyaka rye rya politiki

000 44DR8K2

Muri videwo yashyizwe ahagaragara ku Cyumweru, itariki ya 22 Kamena, umukuru w’igihugu cya Gabon yatangaje ko azatangiza ku mugaragaro ishyaka rye rya politiki ku wa Gatandatu utaha, ku itariki ya 28 Kamena, ubwo yari muri mitingi nini yabereye muri Palais des Sports i Libreville. Brice Oligui Nguema yiyamamaje nk’umukandida wigenga mu matora ya perezida yo […]

Rutshuru: Inyeshyamba za M23 zongeye gucakirana na FARDC/Wazalendo muri Nyanzale

Screenshot 20250609 1546472 709x375 1

Ibibazo by’umutekano bikomeje kuba bibi mu Mujyi wa Nyanzale, muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru, aho bivugwa ko  imirwano yongeye kubura ku Cyumweru, itariki ya 22 Kamena nyuma ya saa sita hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’inyeshyamba za AFC-M23, bikarangiza mu buryo butunguranye umutuzo wari wagaragaye mu gitondo. Mu mujyi hose humvikanye urusaku rukomeye rw’amasasu, […]

Izindi ngabo za SADC zikabakaba 500 zatashye zinyuze mu Rwanda

T2GXlAsK

Izindi ngabo za SADC zigera kuri 461 zari mu butumwa bwa SAMIDRC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zatashye kuri iki Cyumweru, itariki 22 Kamena 2025, zinyuze mu Rwanda.   Ingabo zatashye kuri iki Cyumweru, itariki 22 Kamena zirimo abasirikare 317 ba Afurika y’Epfo n’abandi 144 bakomoka muri Malawi. Aba basirikare bari batwawe na bus […]

Gasabo: Arashinjwa gusambanya umukobwa utujuje imyaka y’ubukure kugeza amuteye inda

csm Gasabo Ubushinjacyaha 0342 f30233ddc8

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo  umusore w’imyaka 23 ukurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 16 kugeza amuteye inda. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko umusore akekwaho gusambanya uyu mwana w’umukobwa mu bihe bitandukanye kugeza amuteye inda, ndetse uyu mukobwa akaba anakurikiranweho kwica umwana yaje kubyara. Mu ibazwa rye, uyu […]

Iran yemeye ko ifunze umunyonzi w’Umudage ushinjwa kuba intasi

images 2

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Iran yemeye ko umunyonzi w’amagare w’Umudage afunzwe ashinjwa ibirego byo kuba intasi nubwo hatavuzwe igijugu yanekerega.   Ibiro Ntaramakuru Mehr byo muri Iran byatangaje ko uyu mugabo ashinjwa gufata amashusho ndetse no kohereza aho ibigo bya gisirikare n’ibitunganya ingufu za kirimbuzi biherereye.   Ibi biro ntaramakuru byashyize ahagaragara amashusho kuri […]

Malakal: Ingabo z’u Rwanda zatanze ubuvuzi ku mpunzi zisaga 400

Gt

Ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro z’u Rwanda (RWANBATT-2), zikorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) muri Malakal, zatanze serivisi z’ubuvuzi ku buntu ku bantu barenga 400 bavanwe mu byabo baba mu Nkambi y’abavanwe mu byabo iri muri Malakal. Muri icyo gikorwa harimo gukwirakwiza imiti no kuvura indwara zitandukanye nka malariya, indwara z’ubuhumekero, ndetse n’izo […]

Kinshasa: Abihaye Imana bashyikirije Tshisekedi ibyo bagezeho mu ngendo zo gushakisha amahoro

tshi eveques

  Nyuma y’amezi atatu bagisha inama hirya no hino muri DRC no mu mahanga, abayobozi b’amadini bo mu matorero gatolika n’abaporotesitanti bamurikiye imyanzuro y’umugambi wabo wo gushakira igihugu amahoro Perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Gatandatu ushize. Ni mu nama yabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu izwi nka “Cité de l’Union africaine” i Kinshasa, yamaze amasaha […]

Amerika yagabye ibitero bya mbere kuri Iran ihanganye na Israel

Remnick USStrikesIran 1

Amerika ivuga ko yagabye ibitero ku bigo bitatu bitunganya ingufu za kirimbuzi muri Iran bya: Natanz, Isfahan na Fordo, aha hanyuma bikavugwa ko ari cyo gipimo cyari kigoye. Mu ijambo ryatambutse kuri televiziyo y’igihugu, Perezida Trump yashimye iki gikorwa avuga ko ari “intsinzi idasanzwe mu gisirikare”, aburira Tehran ayisaba guhita ishaka amahoro cyangwa igahangana n’ibindi […]

Gasabo: Umukobwa w’imyaka 16 akurikiranweho icyaha cyo kwihekura

csm Gasabo Ubushinjacyaha 0342 f30233ddc8

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo umwana w’umukobwa w’imyaka 16 ukurikiranyweho icyaha cyo kwihekura. Icyaha uyu mwana w’umukobwa akurikiranweho cyakozwe ku itariki 09 Kamena 2025 mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo. Kuri uwo munsi nk’uko bitangazwa n’Ubushinjacyaha Bukuru, uyu mwana w’umukobwa yabwiye abo babana ko arwaye, bamujyanye kwa muganga, hamenyekana ko […]

Musanze: Abapolisi 34 b’abanyamahanga mu basoje amasomo ajyanye n’ubuyobozi

Gt37nS8XcAACCe5

Mu Ishuri Rikuru rya Polisi riherereye mu Karere ka Musanze kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Kamena 2025, harabera umuhango wo gusoza icyiciro cya 13 cy’ amasomo y’umwaka umwe ajyanye n’ubuyobozi (Police Senior Command and Staff Course). Muri uyu mwaka abapolisi 34 bo ku rwego rwa ba Ofisiye bakuru baturutse mu bihugu icyenda bya Afurika, […]

Goma: Igipolisi cy’u Rwanda cyafashije kuzimya inkongi yakongoye inzu zisaga 20

Capture2

Abaturage bo mu Mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Kane, itariki 19 Kamena 2025, bakomye amashyi ndetse bakoma akaruru k’ibyishimo ubwo babona imodoka ya kizimyamwoto y’Igipolisi cy’u Rwanda itungutse mu gace ka Kahembe ije kuzimya inkongi y’umuriro yasenye inzu nyinshi. Biravugwa ko inzu zisaga 20 zahiye zigakongoka nyuma y’inkongi […]

U Rwanda na Maroc byiyemeje kurushaho gukomeza ubufatanye mu bya gisirikare

GtwBFGQWQAAQekO

Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Hon Juvenal MARIZAMUNDA, yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi 3 mu Bwami bwa Maroc kuva kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 18 Kamena, aho yaherekejwe na Shakilla Umutoni, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwami bwa Maroc, Col David Mutayomba, ushinzwe imyitozo ya gisirikare muri RDF, na Lt Col Angeline Kamanzi, Umuyobozi ushinzwe isesengura mu […]

Urukiko Nyafurika rugiye gutangaza niba rufite ububasha bwo kuburanisha urubanza RDC yarezemo u Rwanda

african court

Umwanditsi w’Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu n’abaturage (Af-CHPR) yohereje ibaruwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda abamenyesha ko icyemezo cy’ububasha bwarwo no kwemerwa mu rubanza rw’ibihugu byombi giteganijwe ku itariki ya 26 Kamena. Kinshasa ishinja Kigali ubushotiranyi, gusahura, n’ubwicanyi byakorewe ku butaka bwa yo mu myaka 30 ishize. Uru rubanza rwakiriwe muri Gashyantare […]

Huye: Umubyeyi akurikiranweho gutwika umwana akoresheje umupanga ushyushye

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 44 ukekwaho gutwika umwana we w’umuhungu ufite imyaka 5 akoresheje umupanga ushyushye.   Icyaha cyabaye ku itariki ya 7 Kanama 2025 mu mudugudu wa Gihama, akagari ka Mbuye, Umurenge wa Kibirizi mu karere ka Nyanza mu rugo iwe mu gihe cya sa kumi  z’amanywa. Mu ibazwa rye nk’uko bitangazwa […]

Trump azafata icyemezo ntakuka ku gutera Iran mu byumweru 2

download 1

Kuri uyu wa Kane, itariki 19 Kamena, White House yatangaje ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump azafata icyemezo ku gutera cyangwa kudatera Iran “mu byumweru bibiri”. Mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma ya saa sita, ushinzwe itangazamakuru muri White House, Karoline Leavitt yagize ati: “Reka tubyumve neza, Iran ifite ibyo ikeneye byose kugira […]

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ikomeje kubica hagati ya M23 na Wazalendo/FARDC

telechargement 6 1

Imidugudu n’imijyi myinshi yo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bimaze ibyumweru byinshi bihungabanywa n’imirwano hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’inyeshyamba za ho z’Abawazalendo. Iyi mirwano yakajije umurego kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 18 Kamena, muri teritwari za Kabare, Kalehe, na Walungu. Muri Teritwari ya Walungu, impande zombi zagiye mu mirwano kuva ku […]

Putin aravuga ko bahaye Iran amahirwe yo gukorana ku bwirinzi bwo mu kirere ikirangaraho

132928382 gettyimages 2071909768 removebg preview

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, mu nama yagiranye n’abayobozi b’ibigo bikomeye by’itangazamakuru byo ku Isi yateguwe n’Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya, TASS, yavuze ko bahaye Iran imishinga y’ubufatanye mu rwego rw’ubwirinzi bw’ikirere, ariko Tehran igaragaza ubushake buke. Umuyobozi w’u Burusiya yagize ati: “Murabizi, twigeze guha inshuti zacu zo muri Iran gukorana kuri gahunda y’ubwirinzi bwo mu […]

Huye: Ubushinjacyaha bukurikiranye abakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abantu 5 barimo abagabo bane n’umugore umwe bakekwaho kuba bafatanyije barishe umugabo w’imyaka 57 wakoraga akazi ko gucunga umutekano bamukase ijosi. Icyaha bivugwa ko cyabaye mu ijoro ryo ku wa 07 Kamena 2025 ahagana sa yine z’ijoro mu Mudugudu wa Ngoma III, Akagari ka Ngoma, Umurenge wa Ngoma, mu […]

Zambia: Umuryango w’uwahoze ari perezida wanze gucyura umurambo we uvanwa muri Afurika y’Epfo

d7fb1c30 b6ec 11ef a2ca e99d0c9a24e3 1

Umuryango w’uwahoze ari Perezida wa Zambia, Edgar Lungu, wahagaritse gucyura umurambo we uvanwa muri Afurika y’Epfo, ushinja guverinoma kutubahiriza amasezerano y’ingenzi ku muhango wo kumushyingura. Iyi gahunda yari yararangiye kandi umubiri we wagombaga gusubizwa mu gihugu kuri uyu wa Gatatu ushize mu ndege yakodeshejwe nyuma y’iminsi myinshi yo gushidikanya n’imishyikirano hagati y’umuryango na guverinoma. Ariko […]

Perezida Trump yahaye umugisha umugambi wo gutera Iran

Perezida Donald Trump a Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemeje gahunda yo gutera Iran, ariko ntiyafata umwanzuro wa nyuma ku bijyanye no gutera iki gihugu nk’uko umufatanyabikorwa wa BBC muri Amerika, CBS abitangaza.   Amakuru aturuka mu nzego z’ubutasi agera kuri CBS ati: Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirinze kugaba ibitero mu gihe […]

Hagiye gutangizwa uburyo bwo kwishyura amazi mbere nk’amashanyarazi

Agakarita ko gushyiraho amafaranga yamazi akajya yishyurwa mbere ukojeje ku kamashini kabugenewe 768x576 1

Umuyobozi Mukuru wa WASAC, Prof Omar Munyaneza, yavuze ko hagiye gutangira uburyo bushya bwo kwishyura amazi mbere nk’amashanyarazi, aho iri koranabuhanga rigiye gukwirakwizwa nyuma y’igerageza ryakorewe ku mavomo rusange mu Turere twa Rwamagana, Kayonza, Gatsibo na Nyagatare. Aha abantu bazajya bashyira amafaranga ku ikarita bakoza ku imashini ishyirwa kuri robine ku buryo bavoma amazi ahwanye […]

HRW irashinja M23 kwimurira Abanyekongo mu Rwanda ku gahato

202505afr drc stadedelunite

HRW irashinja M23 kwimurira Abanyekongo mu Rwanda ku gahatoMuri raporo yatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 18 Kamena 2025, n’umuryango HRW (Human Rights Watch) ubuyobozi bwa M23-AFC, bukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, burashinjwa kwirukanira ku gahato abaturage ba Congo mu Rwanda bwitwaje gucyura ku bushake abenegihugu b’u Rwanda. Uyu muryango […]

Kenya: Umupolisi yarashe umusivili mu mutwe mu myigaragambyo yubuye

0a6b495554214cb79a45217c27ef304d e1719320265656

I Nairobi mu murwa mukuru wa Kenya, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 17 Kamena, havutse imirwano hagati y’abigaragambyaga, abashinzwe umutekano, n’imitwe y’abasivili bitwaje intwaro, bivugwa ko ari “abajura.” Abantu benshi bakomeretse ndetse umwe mu bigaragambya araswa mu mutwe.   Abigaragambyaga bari bateraniye hamwe basabira ubutabera Albert Ojwang, umwarimu wari umu-blogger wapfuye mu ntangiriro za […]

Total Energies igiye gusubukura ibikorwa bya yo muri Mozambique

52391926330 94efefe35e k 1 1536x1029.jpg 20230813110157000000

Kuri uyu wa Gatatu, Umuyobozi Mukuru, Patrick Pouyanne, yatangaje ko TotalEnergies iteganya gusubukura umushinga wa miliyari 20 z’amadolari wo gucukura liquefied natural gas (LNG) muri iyi mpeshyi. Yabajijwe igihe cyagenwe mu nama Nama y’Ingufu z’u Buyapani yabereye i Tokyo nk’uko inkuru dukesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ivuga. Uyu mushinga wahagaritswe kuva mu 2021, nyuma y’ubwiyongere […]