Urunturuntu mu masezerano yo kwamamaza RDC yagiranye n’amakipe yo mu Burayi

Mu byo umunyamakuru w’Umufaransa, Romain Molina, avuga ko ari kumwe mu gusesagura amafaranga menshi ya leta mu bifitanye isano na siporo kubayeho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, amakipe yo mu Burayi; AS Monaco, AC Milan, na FC Barcelona byagiranye amasezerano ya miliyoni 25 USD ku mwaka, nta n’imwe irambara amagambo yamamaza iki gihugu. Intego […]
Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 80 yakuwe mu bwihererero amaze iminsi 2 aguyemo ari muzima

Umukecuru w’imyaka 80 witwa Nyiramisago Anastasie wo mu Mudugudu wa Gakomeye, Akagari ka Wimana, Umurenge wa Ruharambuga, Akarere ka Nyamasheke, yakuwe mu bwiherero ari muzima nyuma y’iminsi 2 umuryango we umushakisha waramubuze. Umuryango we uvuga ko wari waramubuze utazi aho ari, aza gusangwa mu bwiherero bwari bumaze umwaka urenga budakoreshwa yaraguyemo, abukurwamo akiri muzima. Avugana […]
Uganda: Abanyarwanda 4 batawe muri yombi bashinjwa ubwicanyi

Abana bane b’ingimbi bivugwa ko bafite ubwenegihugu bw’u Rwanda bafatiwe i Rukungiri bazira ubwicanyi bwakorewe undi w’imyaka 19 hejuru y’ikibiriti. Elly Maate, Umuvugizi wa Polisi mu Karere ka Kigezi, yemeje ibyabaye anagaragaza ko nyakwigendera ari Diana Wase w’imyaka 19, wishwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu mu Kagari ka Nyarushanje, Paruwasi ya Ibanda, mu Murenge […]
Abasirikare 3 ba FARDC biciwe mu kurasana ku Kibuga cy’Indege cya Kisangani

I Kisangani, umusirikare wo mu mutwe udasanzwe yarashe kuri bagenzi be bari ku kazi kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 12 Nyakanga 2025, ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bangboka. Ibi byabaye mu gitondo. Ofisiye wavuganye na ACTUALITE.CD yatangaje ko abasirikare batatu biciwe aho, naho umwe yakomeretse bikabije. Uwakoze icyaha nawe yiyahuye nyuma yo kurasa […]
Gasabo: Umukozi wagerageje kurogera mu mata abo mu rugo yakoragamo agiye gusomerwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umukobwa wakoraga akazi ko mu rugo wagerageje kuroga abantu bo mu rugo yakoragamo abashyiriye uburozi mu mata, aho biteganyijwe ko azasomerwa mu mpera z’iki cyumweru gitaha. Icyaha akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 07 Gicurasi 2025 mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, ubwo uyu mukobwa […]
RDC: Inyeshyamba za ADF zishe abaturage 66

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, abayobozi bavuze ko inyeshyamba zifatanye isano na Leta ya Kisilamu zishe abantu 66 mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Abarwanyi b’umutwe wa ADF baravugwaho kwica abaturage muri Teritwari ya Irumu mu burasirazuba bw’igihugu mu gice gihana imbibi na Uganda. Iki gitero cyabaye mu gihe uburasirazuba bwa Congo bushobora […]
Walikale: Wazalendo irigamba gusubiza inyuma igitero cya M23 i Mitembe

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 10 Nyakanga, i Mitembe / Katobo, mu gace ka Banamulindwa (groupement ya Kisimba), muri Teritwari ya Walikale, muri Kivu y’Amajyaryguru biravugwa ko kuri uyu wa Kane, itariki 10 Nyakanga, habereye imirwano ikaze hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo. Nk’uko amakuru agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, ngo inyeshyamba za […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa Shyaka Kankindi Alice
Gasabo: Umukobwa w’imyaka 20 akurikiranweho gusambanya umwana wo mu rugo yakoragamo

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umukobwa w’imyaka 20 ukurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 wo mu rugo yakoragamo. Icyaha akurikiranyweho cyakozwe ku italiki ya 19 Mata 2025 mu murenge wa Kinyinya, akarere ka Gasabo ubwo umubyeyi w’uyu mwana wasambanyijwe yageraga iwe agasanga basambana. Ni inshuro ya Kabiri uwo mukobwa yari abikoreye uwo mwana […]
FARDC ikomeje kurunda ingabo i Kalemie hafi ya Kivu y’Amajyepfo

Imyiteguro ya gisirikare myinshi ikomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho Abasirikare barenga 7000 ba FARDC, bashyigikiwe n’ihuriro ry’ingabo kugeza ubu zutaramenyekana ku mugaragaro, baherutse koherezwa i Kalemie, umurwa mukuru w’intara ya Tanganyika. Aho bateganya kwerekeza: Uvira, muri Kivu y’Amajyepfo, hafi y’umupaka n’u Rwanda n’u Burundi. Iyi ntambwe igaragara ngo yateye […]
Intumwa zaturutse muri Uganda zasuye Polisi y’u Rwanda

Ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Nyakanga, Komiseri ushinzwe Ibikorwa bya Polisi n’ituze rusange; Commissioner of police (CP) George Rumanzi, yakiriye mu izina ry’ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda, itsinda ry’intumwa 18 zasuye u Rwanda ziturutse muri Uganda. Ni itsinda rihagarariye ubuyobozi bw’Umujyi wa Kampala, umurwa mukuru […]
Korea y’Epfo: Umuhanzi Taeil yakatiwe imyaka 3,5 azira gufata ku ngufu mukerarugendo

Umuhanzi Moon Tae-il, uzwi nka Taeil, wo muri Koreya y’Epfo, wahoze mu itsinda rya K-pop ryitwa NCT, yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu n’amezi atandatu kubera gufata ku ngufu. Taeil w’imyaka 31 na bagenzi be babiri bavuzwe muri raporo zo muri Koreya y’Epfo gusa nka Lee na Hong, bemeye muri Kamena ko bagiye basimburana mu gufata ku […]
Amerika yafatiye ibihano Francesca Albanese uri gukora iperereza kuri Israel

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 9 Nyakanga, ubuyobozi bwa Trump bwatangaje ko bwafatiye ibihano ushinzwe iperereza wigenga wahawe akazi na Loni ko gukurikirana ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu ryakorewe mu turere twa Palestine. Icyemezo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga cyo gufatira ibihano Francesca Albanese, umunyamabanga wihariye w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe West Bank na Gaza, kije nyuma y’igitutu cya […]
Burundi: Ingaruka z’ifungwa ry’imipaka n’u Rwanda zibageze habi

Ifungwa ry’umupaka uhuza u Burundi n’u Rwanda rimaze igihe kinini rituma uturere two mu majyaruguru y’igihugu duhura n’ikibazo cy’imibereho n’ubukungu bitigeze bibaho. I Bugabira, Ntega, Busoni (mu cyahoze ari intara ya Kirundo), na Nyamurenza (ahahoze ari intara ya Ngozi), abaturage bamagana ubuzima bwa buri munsi burangwa n’inzara, umutekano muke, n’ubukene. Kuva umubano w’ububanyi n’amahanga hagati […]
Burundi: Urukiko rwakatiye Imbonerakure zishe abaturage

Iminsi umunani nyuma y’iyicwa ry’abaturage batandatu bo muri Komini ya Nyabiraba bishwe n’Imbonerakure (Urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, icyemezo cy’urukiko rwa Bujumbura cyatanzwe ku wa Kabiri, itariki ya 8 Nyakanga. Urubanza rwasuzumwe ku wa Mbere, rwasojwe hafashwe ibihano bidakaze ku baregwa. Urukiko rwagabanyije abakatiwe mu matsinda atatu. Itsinda rya mbere ryarimo abaregwa […]
Intumwa za Kinshasa na AFC/M23 zasubiye i Doha mu biganiro mu isura nshya

Iki cyiciro gishya cy’imishyikirano kije nyuma y’ibyumweru bibiri nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’amahoro i Washington hagati ya Kinshasa na Kigali, kandi mu gihe umwuka utifashe neza ku kibuga cy’imirwano. Ariko, abunzi baracyafite ibyiringiro. Intumwa za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe w’inyeshyamba wa AFC / M23 zageze i Doha muri Qatar, […]
RDC: Urubanza rwa Constant Mutamba rwimuriwe kuwa 23 Nyakanga

Urubanza ruregwamo uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, rwatangiye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 9 Nyakanga 2025, imbere y’urukiko rw’iremezo rwimuriwe ku itariki ya 23 Nyakanga. Uru rubanza rwa mbere rwatangiye uregwa adahari, abamwunganira basaba isubikwa, mbere na mbere kugira ngo urubanza ruzashobore kuburanishwa uwo bunganira ahibereye kandi banabone umwanya wo gusuzuma inyandiko ziri […]
Gitega: Umugore yishe umugabo we amuziza kumuca inyuma

Amakimbirane yo mu rugo yahungabanije Umudugudu wa Rurengera, muri Zone ya Rwisabe muri Komini ya Bugendana, rwagati mu Burundi nyuma y’uko kuwa Mbere, itariki ya 7 Nyakanga, umugore witwa Béatrice Ndayikengurukiye w’imyaka 33, nyina w’abana batanu barimo impanga, yishyikirije polisi ya Mutaho yiymerera ko yishe umugabo we, Fabien Basabose w’imyaka 45. Nk’uko ubuhamya butandukanye bwakusanyirijwe […]
RRA yiyemeje gusoresha 53% by’ingengo y’imari itaha nyuma yo kurenza igipimo yari yihaye

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahoro, (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2024/2025 cyakusanyije miliyari 3.079,8 z’amafaranga y’u Rwanda (asaga tiriyali eshatu), mu gihe yari yiyemeje gukusanya miliyari 3.041 Rwanda Revenue mu kiganiro n’itangazamakuru kyri uyu wa Kabiri ushize yavuze ko umuhigo weshejwe ku gipimo cya 101.3% ugereranyije n’intego yari yihaye. Ubwo yagaragazaga ishusho y’imisoro n’isoresha […]
RDC: Constant Mutamba wahoze ari minisitiri w’ubutabera aritaba urukiko bwa mbere

Uwahoze ari Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, aritaba bwa mbere urukiko kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 9 Nyakanga, mu ruhame mu rukiko rw’iremezo, aho aza gusubiriza ibirego yarezwe n’umushinjacyaha mukuru bijyanye no kunyereza umutungo wa leta, we ahakana. Ubushinjacyaha Bukuru bumushinja kunyereza miliyoni 19 USD zagenewe kubaka gereza i […]
ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi Umuyobozi w’Ikirenga wa Afghanistan

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 8 Nyakanga, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwasohoye impapuro zo guta muri yombi Umuyobozi w’Ikirenga wa Afghanistan mu butegetsi bw’Abatalibani na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwabo, rubashinja gutoteza abakobwa n’abagore muri Afghanistan. ICC yavuze ko hari impamvu zemeza ko Umuyobozi mu by’umwuka w’Ikirenga, Haibatullah Akhundzada na Abdul Hakim Haqqani, umucamanza mukuru w’Abatalibani, […]
Huye: Urukiko rwaburanishije urubanza rw’abantu 5 bashinjwa kwica umuntu bamukase ijosi

Mu cyumba cy’iburanisha cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 7 Nyakanga, haburanishirijwe urubanza ubushinjacyaha buregamo abantu 5 barimo umugore umwe bakekwaho kwica umugabo w’imyaka 57 bamukase ijosi. Icyo cyaha cyabaye mu ijoro ryo kuwa 07 Kamena 2025 ahagana sa yine z’ijoro mu mudugudu wa Ngoma III, akagari ka Ngoma, Umurenge wa […]
Walikale: FDLR zikomeje kwirunda muri Gurupoma ya Waloa Loanda zihangayikishije rubanda

Amakuru atandukanye aturuka muri Gurupoma ya Waloa Loanda (Teritwari ya Walikale) muri Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko hari abantu bitwaje imbunda benshi bikekwa ko ari abarwanyi ba FDLR bakomeje guhungabanya umutekano ahitwa Mishipo, mu gace ka Makungurano. Nk’uko amakuru amwe abivuga, uwiyita umujenerali uzwi ku izina rya Mutayonga ukomoka muri Teritwari ya Masisi amaze iminsi i […]
Sudani y’Epfo: Perezida Machar yirukanye umugaba w’ingabo umazeho amezi 7

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yirukanye umuyobozi w’ingabo muri iki gihugu nyuma y’amezi arindwi ashyizwe kuri uyu mwanya kandi ashyiraho uzamusimbura nk’uko byatangajwe kuri radio y’igihugu. Nta mpamvu yatanzwe yo kwirukana Gen. Paul Nang Majok, wari kuri uyu mwanya kuva mu Kuboza, mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa Mbere ushize mu masaha akuze. Iri […]
Sudani: Ingabo za leta ziravuga ko zambuye RSF ibice 2 muri Kordofan

Ingabo za Sudani zavuze kuri uyu wa Mbere ushize ko zafashe uturere tubiri two muri Leta ya Kordofan y’Amajyaruguru nyuma yo kuhirukana Ingabo za Rapid Support Forces (RSF), ibyerekana ko amakimbirane ashobora kwiyongera muri icyo gice cyo hagati mu gihugu. Gutera imbere mu bice bya “Al-Riash” na “Kazgail” bishobora gufungura inzira zinjira muri leta bituranye […]
Ibiganiro na AFC/M23 nibirangira ntihazongera kubaho kuvanga ingabo – Muyaya

Guverinoma ya Repubulija ya Demokarasi ya Congo yasobanuye neza aho ihagaze ku kibazo gikomeye cyane cyo kwinjiza abahoze ari abarwanyi ba M23 mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 7 Nyakanga, Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru, Patrick Muyaya, yavugiye kuri Radiyo Okapi, ko iki gikorwa nikinashoboka kizakorwa “cas par […]
Kenya: Nibura abantu 10 biciwe mu myigaragambyo yamagana leta

Nibura abantu 10 bari bamaze kumenyekana ko bapfiriye mu myigaragambyo yo kwamagana guverinoma muri Kenya kugeza ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere ushize, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Uburenganzira bwa Muntu muri Kenya (KNCHR). Nk’uko byatangajwe na Felix Maringa, umunyamakuru wa DW i Nairobi, ngo abapolisi mu gitondo cya kare bari bafunze imihanda […]
Walikale: FARDC/Wazalendo yakozanyijeho na M23 ku Musozi wa Fungura

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 6 Nyakanga, imirwano yadutse, hagati ya FARDC, ishyigikiwe na Wazalendo, n’inyeshyamba za AFC / M23 ku Musozi wa Fungura, witegeye imidugudu ya Katobi na Mera, muri Gurupoma ya Kisimba (Teritwari ya Walikale). Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko imirwano yatangiye nimugoroba ubwo impande zombi zahuraga ku irondo nk’uko iyi […]
Abasirikare basaga 10 ba Turkiya bishwe na Gaz methane

Kuri uyu wa Mbere, Turkiya yavuze ko abasirikare barenga icumi bapfuye bazize ubumara bwa gaz methane nyuma yo guhura nabwo ubwo bari bari gusaka ubuvumo buri mu majyaruguru ya Irak bashakisha umurambo w’umusirikare warashwe n’abarwanyi b’Aba-Kurde mu myaka itatu ishize. Minisiteri y’Ingabo yatanze umubare w’abantu umunani bapfuye bwa mbere, ariko nyuma irawuzamura nk’uko iyi nkuru […]
Burundi: Indwara y’amayobera imaze guhirana 2 muri Komini Makamba

Abantu babiri bamaze gupfa bazize indwara itaramenyekana muri Komini Makamba, iherutse kwinjizwa mu ntara nshya ya Burunga mu majyepfo y’u Burundi. Mu gihe abashinzwe ubuzima bavuga ko bari gukora iperereza ku nkomoko y’indwara, impungenge zikomeje kwiyongera mu midugudu ihana imbibi na Tanzaniya. Abapfuye ba mbere bavuzwe mu duce twa Murambi, Nyakazi, na Bukeye, duherereye ku […]
Umuyobozi muri Hamas aremeza ko bamaze gutakaza 80% bya Gaza

Umusirikare mukuru mu nzego z’umutekano za Hamas yabwiye BBC ko uyu mutwe witwaje intwaro wo muri Palestine watakaje hafi 80% by’akarere ka Gaza kandi ko imiryango y’abantu ku giti cyabo ifite intwaro irimo kuziba icyuho. Uyu mugabo ufite ipeti rya Liyetona koloneli yavuze ko uburyo bwo kuyobora ingabo no kugenzura bwa Hamas bwasenyutse kubera amezi […]
Trump yanenze ishingwa ry’ishyaka rishya rya Elon Musk

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri iki Cyumweru yanenze bikomeye Elon Musk wahoze ari umujyanama we nyuma y’uko uyu muherwe wa mbere ku Isi atangaje ishingwa ry’ishyaka rishya rya politiki ryo guhangana n’amashyaka abiri asanzwe asimburana ku butegetsi. Mu kiganiro kigufi yahaye abanyamakuru mbere yo kwinjira mu ndege ya perezida izwi […]
FARDC na UPDF ntibirwanya wazalendo birwanya abitwaje intwaro – Gen. Kakule

Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru wari mu Mujyi wa Butembo kuva ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, itariki ya 5 Nyakanga 2025, aho yakiriwe n’umuyobozi w’uyu mujyi, Komiseri Mukuru muri polisi, Roger Mowa, hamwe n’umuyobozi w’ingabo muri Lubero, Colonel Alain Kiwewa Mitela, ndetse n’abandi bayobozi baho. Abanyamakuru bagejejweho amakuru ajyanye n’imirwano iherutse kuba […]
RDC: AFC/M23 irashinja leta kurunda ingabo n’intwaro hafi y’ibirindiro byayo

Ihuriro rya AFC / M23 riramenyesha Umuryango Mpuzamahanga ndetse n’amahanga ko Igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) kiri kurunda ingabo n’ibikoresho bya gisirikare ku mpande zose z’imirongo y’urugamba nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umuvugizi, Laurence Kanyuka. Muri iri tangazo avuga ko “Ikibabaje kurushaho, ni uko ihuriro ry’ingabo, harimo n’Ingabo z’igihugu cy’u Burundi, zatunze nkana […]
Perezida Kagame yagize uruhare mu kwizihiza ibimaze gukorwa mu ikwirakwizwa rya internet

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, itariki 6 Nyakanga, muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yifatanyije na Komisiyo ya Broadband mu rwego rwo kwizihiza imyaka 15 yo kwagura umurongo wa interineti bigizwemo uruhare n’iyi komisiyo ishinzwe umurongo mugari (Broadband Commission). Perezida Kagame muri iyi nama, yitabiriye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yagize ati: “Imyaka 15 irashize, dutangiranye […]
Ntitwigeze duteganya gutera DRC iyo tubigira tuba twarageze i Kinshasa – Gen. Muhoozi

Abategetsi b’igisirikare cya Uganda barahakana uruhare rwabo mu kibazo cy’umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu gihe Abanyekongo bakomeje gushidikanya ku bijyanye n’impu ebyiri za Kampala mu bibera iwabo. Muri raporo yabo iheruka, impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zatunze urutoki Uganda, zivuga ko yohereje abasirikare bashya barenga igihumbi ba UPDF mu Mujyi wa Bunia no muri […]
Hirya no hino mu ntara hagiye gukwizwa ibitaro bishya 10 bya kaminuza

Hirya no hino mu Ntara zo mu Rwanda hagiye gufungurwa ibitaro 10 bya Kaminuza, biri ku rwego rwa Kabiri nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, mu kiganiro na RBA, kigaruka ku ishusho y’urwego rw’Ubuzima mu myaka 31 u Rwanda rumaze rwibohoye. Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umubare w’abaganga wari muto mu […]
RDC: Abasirikare ba FARDC bibye imishahara y’abarimu muri Tshopo

Ahitwa Bafwasende, Abasirikare ba FARDC bo mu mutwe witwa Jungle barashinjwa gusahura amafaranga menshi ku wa Kane, itariki ya 3 Nyakanga, yari agenewe umushahara w’abarimu bo mu gice cya Bafwasende II, mu Ntara y’uburezi ya Tshopo I. Saddam Tango, perezida w’ishyirahamwe ry’abarimu ba Bafwasende, yatangaje ko amafaranga yatwawe ari umushahara w’abarimu bo mu mashuri abanza […]
Elon Musk yashinze ishyaka rigiye guhangana n’Abademokarate n’Abarepubulikani

Umuherwe wa mbere ku Isi uyoboye ibigo bitandukanye by’ikoranabuhanga, Elon Musk, avuga ko yatangije ishyaka rya politiki rishya rya Amerika ryitwa America Party, rigiye guhangana n’amashyaka abiri asanzwe asimburana mu kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ku wa Gatandatu, yanditse kuri X, urubuga nkoranyambaga rwe, ati: “Ku bijyanye no guhomba igihugu cyacu imyanda & ruswa, […]
Igice cy’amabuye y’agaciro ya DRC kizatunganyirizwa mu Rwanda – Massad Boulos

Mu kiganiro na France 24 ku bijyanye n’amasezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro arimo kuganirwaho muri iki gihe hagati ya Amerika, Repubulika ya Demokarasi ya Congo, n’u Rwanda, Massad Boulos, umujyanama wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, yashatse guhumuriza abumva bitandukanye aya masezerano. Ubwo umunyamakuru yamubazaga niba aya masezerano azahesha Amerika kugera ku mabuye y’agaciro […]
Minisitiri w’Intebe wa Tanzaniya yatangaje ko ataziyamamaza mu buryo butunguranye

Minisitiri w’Intebe wa Tanzaniya, Kassim Majaliwa, yatangaje ko atazongera guhatanira gutorwa mu matora y’abadepite ateganijwe, ibi bikaba binamubuza kongera gushyirwa ku mwanya yari amazeho imyaka 10. Majaliwa yari yavuze mbere ko azarengera umwanya we mu inteko ishinga amategeko ku nshuro ya kane mu matora ateganyijwe mu Kwakira mbere yo gutangaza ku buryo butunguranye kuri uyu […]
Dukeneye gukora ibirenze kwigobotora ubuyobozi bubi, dukeneye kurwanya ikindi kibi – Brig. Gen. Rwivanga

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 4 Nyakanga, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda barizihiza isabukuru y’imyaka 31 yo kwibohora (Kwibohora31), bishimira ibyagezweho kuva mu 1994 igihe Jenoside yakorewe Abatutsi yahagarikwaga n’Ingabo za RPF / RPA. Intambara yo kubohora u Rwanda yatangiye ku itariki ya 1 Ukwakira 1990, kubera ko FPR / RPA yashakaga guhagarika imiyoborere mibi, […]
Abaturage bamurikiwe impano bagenewe mu bikorwa by’ubufatanye bwa Polisi n’ingabo

Kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Nyakanga, hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’ubufatanye bwa Polisi, Ingabo z’u Rwanda n’iz’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’abandi bafatanyabikorwa, bigamije guteza imbere imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage. Ni ibikorwa byari bimaze igihe cy’amezi atatu bikorerwa hirya no hino mu gihugu ku nsanganyamatsiko igira iti: “Abaturage b’u Rwanda hamwe n’inzego z’umutekano mu […]
Impuguke za Loni zirashinja Uganda kuba inyuma ya Col Innocent Kaina na Thomas Lubanga

Intara ya Ituri ikomeje kwibasirwa n’ihohoterwa rikorerwa abaturage hagati y’umutwe wa CODECO/URDPC (Coopérative pour le développement du Congo/Union des révolutionnaires pour la défense du peuple congolais) n’umutwe witwaje intwaro wa Zaire. Ibi bigaragazwa muri raporo nshya y’itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zinashinja igihugu cya Uganda kuba inyuma y’abayobozi b’inyeshyamba, Col. Innocent Kaina na Thomas Lubanga na […]
Burera: Minisitiri Dr Bizimana yahaye umukoro abitabiriye Itorero Indangamirwa 15

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Damascene Bizimana, kuri uyu wa Gatatu yatangije ku mugaragaro Itorero Indangamirwa riba ku nshuro ya 15 agaragariza abaryitabiriye indangagaciro zaranze u Rwanda rwa mbere y’umwaduko w’abakolini urubyiruko rukwiye kwigiraho no kurinda zirimo gukunda Igihugu, ubumwe, ubupfura, kunoza umurimo n’izindi zizishamikiyeho. Minisitiri Dr Bizimana yatanze ikiganiro ku byaranze amateka y’isenyuka ry’ubumwe […]
Sake: Umukwabu ukaze wa AFC/M23 wafatiwemo abagera muri 20

Umujyi wa Sake, uri ku birometero 24 uvuye i Goma, uherereye muri Gurupoma ya Kamuronza, Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Kabiri ushize habereye umukwabu ukaze ndetse n’igikorwa cyo gushakisha cyakozwe neza n’inzego z’umutekano z’Ihuriro rya AFC-M23. Guhera saa kumi n’imwe n’igice za mu gitondo, iki gikorwa cyakorewe ahantu hatandukanye, […]
Burundi: Imbonerakure zirashinjwa kwica abayoboke ba CNDD-FDD batandatu

Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 30 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Gasarara, muri Komini ya Nyabiraba, Intara ya Bujumbura (mu burengerazuba bw’u Burundi). Abantu batandatu, bose b’abayoboke b’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, bishwe n’agatsiko kayobowe n’Imbonerakure (Urubyiruko rwa CNDD-FDD). Bashinjwaga ubupfumu, nta kimenyetso cyatanzwe. Abatangabuhamya bavuga ko abahohotewe biciwe ku mugaragaro […]
RDC: Justicia ASBL isanga hakwiye komisiyo yihariye yo kurangiza burundu ikibazo cya FDLR

Nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’amahoro hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, igihe kirageze cyo gushyira mu bikorwa ibyifuzo byo kugarura amahoro mu burasirazuba bw’igihugu. Mu bibazo by’ingenzi harimo n’umutwe uvuga ko ugamije kubohoza u Rwanda wa FDLR. Kuri Justicia ASBL, umuryango utegamiye kuri leta, hagomba gushyirwaho komite idasanzwe kugirango iki […]
Umuraperi Sean “Diddy” Combs yahanaguweho ibyaha byari kumufungisha burundu

Kuri uyu wa Gatatu, Umuraperi Sean “Diddy” Combs yahamijwe icyaha gifitanye isano n’ubusambanyi mu rukiko rwa New York ariko agirwa umwere ku byaha bikomeye cyane aregwa byo kwambura no gucuruza abantu bo gukoresha ubusambanyi (racketeering and sex trafficking). Nyuma y’urubanza rw’ibyumweru birindwi, yahamijwe ibyaha bibiri byo gutwara abantu bagiye gukora uburaya. Uyu muhanzi w’icyamamare mu […]
Walikale: Abavuga rikijyana 2 batawe muri yombi na Wazalendo bashinjwa gukorana na AFC/M23

Ibibazo by’umutekano biragenda bigora ku baturage batuye mu turere tugenzurwa n’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo muri Kivu y’Amajyaruguru muri rusange, cyane cyane mu Teritwari ya Walikale. Abaturage bari ku mande zombi kuva aho uduce twose two muri Gurupoma ya Ikobo twigaruriwe, ngo ntibazi uruhande bakwiye kuyoboka. Bakekwaho gukorana n’uruhande rumwe cyangwa urundi nk’uko […]
Amerika yahagaritse kohereza intwaro zimwe muri Ukraine

Amerika iravuga ko yahagaritse kohereza intwaro zimwe muri Ukraine zasezeranijwe ku butegetsi bwa Joe Biden, mu gihe u Burusiya bwakajije umurego mu bitero kuri Ukraine. Mu byo Amerika yari yemeye mu gihe cya Biden, harimo ibisasu bitandukanye byo gushimangira ubwirinzi bwa Ukraine, ubu birimo kongera gusuzumwa mu gihe Pentagon yongeye gusuzuma urwego rw’intwaro igihugu gifite […]
Iran yahagaritse ubufatanye n’Ikigo gishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ingufu za nikeleyeri (IAEA)

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yategetse guhagarika ubufatanye n’Ikigo gishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’ingufu za nikeleyeri, IAEA (International Atomic Energy Agency), nyuma y’umushinga w’inteko ishinga amategeko. Ibi, Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yabitegetse nyuma y’uko ibitero by’indege bya Israel na Amerika byibasiye ibigo byayo bitunganya ingufu za nikeleyeri, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bya […]
Raporo nshya ya Loni yongeye kwibasira u Rwanda irushinja gukoresha no kugenzura M23

Raporo bivugwa ko ari iy’ibanga yakozwe n’itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye iravuga ko u Rwanda rwayoboye kandi rugenzura inyeshyamba za M23 mu gihe zateraga imbere mu burasirazuba bwa Congo, zigenda zigira ijambo mu bya politiki ndetse zigera ku butaka bukungahaye ku mabuye y’agaciro. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, bivuga ko raoro byabonye igaragaza birambuye amahugurwa abahanga bavuga […]
Israel yemeye agahenge k’iminsi 60 muri Gaza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Israel yemeye “ibisabwa bikenewe” kugira ngo yemere iminsi 60 yo guhagarika imirwano muri Gaza. Mu butumwa yanditse ku rubuga rwe nkoranyambaga, Truth Social, Perezida Trump yavuze ko mu gihe cyo guhagarika imirwano biteganijwe ko Amerika “izakorana n’imande zose kugira ngo Intambara irangire”. Trump yaranditse […]
Guhagarika inkunga kwa Trump kuzateza impfu zisaga miliyoni 14 mu myaka 5 – Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru cy’ubuvuzi cya Lancet, bwerekana ko icyemezo cya Donald Trump cyo kugabanya inkunga nyinshi za Amerika mu nkunga z’ubutabazi zigenewe amahanga zishobora kuzateza impfu zirenga miliyoni 14 mu 2030. Ubushakashatsi bwerekanye ko kimwe cya gatatu cy’abafite ibyago byo gupfa imburagihe ari abana. Muri Werurwe, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco […]
Rutshuru: Imirwano ikaze hagati ya M23 na CMC muri Bwito

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Kamena, abaturage bo muri Sheferi ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bahuye n’umunsi utoroshye, ubwo Repubulika ya Demokarasi ya Congo yizihizaga isabukuru y’imyaka 65 imaze ibonye ubwigenge. Imirwano ikaze yadutse kuva mu museke hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bo […]
FARDC yemeye ko yahanuye indege ya gisivili ivuga ko yari yavogereye ikirere cya RDC

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasubije ibirego by’umutwe w’inyeshyamba wa Alliance Fleuve Congo (AFC / M23), cyemeza ko cyabonye kandi gihanura indege itamenyekanye yavogereye ikirere cya Congo ku wa Mbere, itariki 30 Kamena 2025. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohoye uwo munsi, FARDC yavuze ko radar zayo za gisirikare zabonye indege iguruka nta […]
Abakobwa bitabiriye ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza biyongereye

Abanyeshuri basaga ibihumbi 220 bashoje amashuri abanza batangiye ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri 2024/2025, byitabiriwe n’abanyeshuri basaga 220,000 barimo abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205. Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana yagaragaje ko ibi bizamini ari ibizagaragaza ubumenyi abana bafite, niba koko bubaha icyizere cyo gukomeza mu mashuri yisumbuye. Minisitiri kandi yagaragaje ko abana b’abakobwa bitabiriye ibizamini umubare wabo wiyongereye […]
Tshisekedi yijeje gukomeza gushakira ubutabera abahohotewe mu burasirazuba

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko guverinoma ye izakomeza gushikama mu gusaba ubutabera no kubariza abahuye n’ubugizi bwa nabi bwakorewe mu burasirazuba bw’igihugu, nubwo amasezerano y’amahoro yasinywe vuba aha n’u Rwanda. Mu ijambo rye kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Kamena, yagejeje ku gihugu mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 65 igihugu […]
RDC: Ba burugumesitiri bamaze hafi imyaka 3 batazi umushahara

Mu ibaruwa yandikiwe Perezida wa Repubulika, abayobozi b’amakomine yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bamaganye ikibazo bavuze ko “gikomeye,” cyo kumara amezi 32 batabona imishahara, amafaranga bakoresheje atarishyuwe, ndetse no kutabona agahimbazamusyi. Raporo y’Umwanditsi w’inama y’abayobozi b’amakomini, Cassilda Kibondo Kininde, aakaba n’Umuyobozi wa Komini ya Basoko (Intara ya Kwilu), ivuga ko nta muyobozi wa […]