Mufungure ibitabo mufunge amaguru yanyu- Min. muri Afurika y’Epfo abwira abakobwa

Minisitiri w’ubuzima w’akarere muri Afurika y’epfo, Phophi Ramathuba, yanenzwe bikomeye muri iki gihugu nyuma yuko abwiye abanyeshuri b’abakobwa “gufungura ibitabo byanyu mugafunga amaguru yanyu”. Ramathuba yavuze ayo magambo mu ruzinduko yari yagiriye ku ishuri ryisumbuye mu rwego rwo kubashishikariza kwifata ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina no kugabanya ikigero cy’abatwara inda bakiri abangavu. Abakoresha imbuga nkoranyambaga banenze […]

Umugore wa Past. Bugingo na we yamwihakanye

Umugore wa Pasiteri Bugingo, Suzan Makula Nantaba, avuga ko kuri we asanga atari umugore w’uyu mukozi w’Imana nk’uko bifatwa na bamwe ndetse bigatuma banaregwa mu nkiko. Aba bombi bari barakoze umuhango wo kwerekanwa mu muryango w’umugore/Kwanjula, gusa mu ruhame bahakana kuba barahise baba umugore n’umugabo. Uyu mugore ukorera kuri SALT TV, avuga ko ibyabaye kwari […]

Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI

fi-40iqxmaq4hvo_1_.jpg

UmunyarwaNda witwa Gilbert Shyaka wari warahungiye muri Uganda, yagarutse mu gihugu cye, avuga ko yari yarahawe akazi n’ Urwego rushinzwe iperereza mu gisirikare cya Uganda, CMI, kugira ngo ajye asebya u Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 30 nk’uko RBA yabinyujije kuri Twitter, yagarutse mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 13 Mutarama 2022 nyuma yo kumara […]

Nyuma ya RDF, ingabo za SADC zizaguma muri Mozambique mu gihe kitatangajwe

Ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo bihuriye mu muryango w’ubukungu wa SADC byemeje kongera igihe cy’ingabo byohereje muri Mozambique, aho zimaze igihe zifasha ingabo za leta kurwanya intagondwa zigendera ku mahame akaze yiyitirira idini ya Islam. Igihe cyongeweho nticyatangajwe. Abategetsi bo muri ako karere bari mu nama ku wa Gatatu mu murwa mukuru Lilongwe wa Malawi, […]

Communications Officer at Interpeace

Job Description Title: Communications Officer Grade:Level 4 S1 Duty Station: Rwanda, Kigali Reports To: Global Communications Manager Contract Type and Duration:2 years renewable (depending on performance & donor funding). Start-date: Background Interpeace is an international organisation for peacebuilding that strengthens the ability of societies to manage conflict themselves in sustainable and non-violent ways. Interpeace designs […]

Rwanda, Mozambique extend defence pact to fight terror

Rwanda and Mozambique have signed an agreement expanding the cooperation of the two countries’ security forces paving the way for extension of the stay of Rwandan troops in the Cabo Delgado Province. Rwandan troops were deployed in Mozambique six months ago to fight insurgents. While Mozambique credits the months of joint military operations with Rwanda […]

RIB submits Dr Igabe’s case to prosecution

Rwanda Investigation Bureau (RIB) has confirmed it has submitted to the National Public Prosecution Authority the case of Egide Igabe who was arrested over forgery of academic documents. According to RIB’s spokesperson, Thierry B. Murangira, the file of Igabe, who was arrested on January 5, was Monday January 10 submitted to prosecution. “Igabe is arrested […]

Umugore wa Past. Bugingo yatukiye mugenzi we kuri televiziyo abantu bagwa mu kantu

Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza umugore wa Pasiteri Aloysisu Bugingo, Suzan Makula Nantaba, wari mu kiganiro kuri Salt Tv, abwira uwo bari kumwe mu kiganiro, ko ” Ari igicucu.” Muri iki kiganiro, Makula yabazwaga umubare w’abagabo baba baramukoreye ibintu bitangaje mu buzima, undi yahise arakara, abwira mugenzi ko ” Ari igicucu.” Makula yavuze ko […]

Dr Iyamuremye wo muri RBC yaburiye abantu babura ibitotsi

Umukozi ushinzwe ubuvuzi bw’indwara zo mu mutwe mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), Dr.Jean Damascene Iyamuremye, avuga ko hari zimwe mu mpinduka abantu bagaragaza batabona ubufasha bikaba byaba intandaro y’uburwayi bukomeye bwo mu mutwe, zirimo no kubura ibitotsi n’ubwo bamwe babisuzugura babifata nk’ibisanzwe. Uyu muganga avuga ko abantu badakwiriye gufata ukubura ibitotsi nk’ikintu gisanzwe kuko […]

Umuntu wa mbere ku Isi yashyizwemo umutima w’ingurube

Umunyamerika, David Bennett w’imyaka 57, yabaye umuntu wa mbere ku Isi utewemo umutima w’ingurube yakujijwe mu ikoranabuhanga (genetically-modified). Bennett ameze neza nyuma y’iminsi itatu ishize akoreweho uko kubagwa kw’igerageza kwamaze amasaha arindwi mu mujyi wa Baltimore muri leta ya Maryland, nkuko abaganga babivuga. Uko guterwamo urundi rugingo byafatwaga nk’icyizere cya nyuma cyo kurokora ubuzima bwa […]

Executive assistant at JALI GROUP

POSITION: Executive assistant TERM: Full Time LOCATION: Company Head Office REPORTING TO: CEO THE ORGANIZATION JALI GROUP is a holding but yet not-large organization that hold an accounting firm called JALI PARTNERS and a startup financial institution called JALI FINANCE. The mission of JALI PARTNERS is to strengthen our clients’ finance departments by providing high-quality, […]

ECOWAS imposes ‘harsh’ sanctions on Mali over delayed transition

The Economic Community of West African States (Ecowas) has announced tougher sanctions on Mali after its military junta failed to meet its deadline for a transition to civilian rule. Effective immediately, Mali is cut off entirely from all Ecowas institutions. All countries of the 16-member West African bloc have been instructed to shut their borders […]

A story of Nyagatare District farmer who host seven zebras in his cattle

A farmer from Kayange, one village in Karangazi Sector of Nyagatare district which hosts the wonder Akagera National Park in Eastern Rwanda has added seven zebras on his farm. They were four when they escaped the gazetted land in 2019, and they have multiplied ever since. A journalist of one Rwanda local newspapers, visited the […]

Abapolisi baregwa ruswa barimo abarekuwe polisi igahita ibifungira bageze ku rukiko babura umucamanza

whatsapp-image-2021-12-21-at-11.41.53.jpg

Abantu 11 barimo abapolisi barindwi baregwa ibyaha bya ruswa mu ikorwa ry’ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga, bagombaga kuburana kuri uyu wa Gatanu, urubanza rwabo rw’ubujurire rwongeye gusubikwa. Ubwanditsi bw’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwatangaje icyatumye uru rubanza rusubikwa ari uko Umucamanza uruburanisha arwaye, rukaba rwimuriwe tariki 14 z’uku kwezi kwa Mutarama 2022. Aba bantu 11 berekanywe […]

RIB yafunze batatu bari bagiye gufunguza abavandimwe babo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Ku wa Gatanu mu Karere ka Gicumbi, rwafunze abantu batatu harimo n’uwigize umukomisiyoneri bakekwaho gushaka guha ruswa y’ibihumbi 300Frw ubugenzacyaha kugira ngo hafungurwe abavandimwe babo 2 bakuriranweho icyaha cyo gusambanya umwana. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira Thierry, avuga ko RIB itazihanganira abatanga ruswa ku bagenzacyaha ngo ababo bafunze barekurwe. Abasaba kubicikaho. […]

Bamwe muri ba nyir’amahoteri na resitora byafunzwe baravuga ko RDB yabatunguye

Bamwe mu banyamahoteri batandukanye, baravuga ko batunguwe no kubona amahoteli yabo ari ku rutonde rw’afunzwe rwashyizwe hanze na RDB, nyamara amakosa bahaniwe ari ayo mu mwaka ushize. Bavuze ko ibi byatangiye kugira ingaruka kuri serivisi batanga kuko abakiriya babo barimo kwishakira ahandi bajya kuba kandi aya mahoteli arimo gukora. Tariki ya 6 Mutarama 2022, nibwo […]

Min. w’Intebe wa Ethiopia yatanze imbabazi zitunguranye ku bakomeye bo muri TPLF

Leta ya Ethiopia ivuga ko izarekura abatavuga rumwe na yo benshi bakomeye barimo abo mu ishyaka rya TPLF nka Sibhat Nega, uri mu bashinze iri shyaka, hamwe na Abay Weldu wahoze ari Perezida w’akarere ka Tigray, mu gihe iki gihugu cyizihiza Noheli yo mu idini rya Orthodox. Mu ijambo ryo ku wa Gatanu, Minisitiri w’intebe […]

Abanyarwanda 22 birukanwe muri Uganda nyuma y’igihe bahinga ku gahato ibigori n’uburo

71f09c571d27c75f3a78ba8253a49965.jpg

Ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu, ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare hakiriwe Abanyarwanda 22 birukanywe mu gihugu cya Uganda, bakaba bari bamaze ibihe bitandukanye bafungiye muri gereza zitandukanye z’icyo gihugu ari nako bahinga mu mirima y’ibigori n’uburo ku gahato. Muri aba Banyarwanda harimo abagabo 17, abagore 3 n’abana 2, bakaba bavuga ko […]

NESA yatangaje gahunda z’ingendo z’abanyeshuri basubiye ku mashuri

figplskxoaodcsi.jpg

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje gahunda z’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu mashuri. Ni ingendo zizakorwa guhera tariki 9 kugeza ku ya 12 Mutarama 2022. Ni Mu gihe ku wa Mbere ari bwo amashuri azatangira igihembwe cya kabiri. Dore uko iyi gahunda iteye:

Leta igiye kujya ifunga inyubako zagaragayemo ubwandu bwinshi bwa Covid-19

fif4wbuwuamelin.jpg

Leta y’ u Rwanda ivuga ko igiye kujya ifunga by’agateganyo inyubako zaba izayo cyangwa iz’abantu ku giti cyabo, bizajya bigaragara ko zabonetsemo umubare munini w’abanduye Covid-19. Ibi biri mu itangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 7 Mutarama 2022, rigaruka ku mabwiriza avuguruye yo kwirinda Covid-19. Muri iri tangazo, ingingo ya g, […]

U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Alain, avuga ko Abanyarwanda umunani bari muri Niger, badakwiriye kugira impungenge zo gutaha mu rwababyaye kuko nta kibazo bzahura nacyo bari mu gihugu. Abanyarwanda umunani bari bangiwe guhabwa ubuhungiro na Niger nyuma yo kurangiza ibihano bari barakatiwe no kugirwa abere n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha […]

Health Program Manager at AVEGA

OB DESCRIPTION POSITION TITLE: Health Program Manager REPORTING TO: Head of Programs & Partnership Development OFFICE LOCATION: Headquarter EMPLOYER: AVEGA Description Headquartered in Kigali, Rwanda, Remera Sector, Association des Veuves du Genocide “AVEGA AGAHOZO” is seeking to recruit competent staff for the Health Program Manager position: ROLE PURPOSE: The Health Program Manager will be responsible […]

Court re-adjourns Munyenyezi’s trial

Huye Intermediary Court has adjourned the trial of Genocide suspect, BĂ©atrice Munyenyezi for the second time. Munyenyezi’s trial in substance was scheduled to begin on Thursday 6th January 2022. The Spokesperson of Rwanda’s Judiciary, Harrison Mutabazi has told IGIHE that the trial in substance has been postponed due to unavailability of defense lawyers. He disclosed […]

EU pressures Uganda government to release Kakwenza

The European Union (EU) has joined other rights bodies in demanding the unconditional release of Ugandan novelist and activist Kakwenza Rukirabashaija, held incommunicado for more than a week despite court ordering police to free him. In a tweet on Wednesday, Mr Eamon Gilmore, the EU special representative for human rights, urged the authorities in Kampala […]

Bebe Cool arembeye mu bitaro

Umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool, yajyanywe mu bitaro bya Kitante muri Kampala nyuma y’uburwayi. Hari amakuru avuga ko ” Bebe Cool arembye.” kubera Covid-19. Abinyujije kuri paji ye ya Facebook, Bebe Cool yagize ati ” Iyo umuntu atangiye nabi, asoza neza. Igikomerezwa byarangiye kigiye hasi.” Bebe Cool mu 2021 yari […]

Musanze: Bamwe mu bamenyereza umwuga w’uburezi baravuga ko bambuwe na UR-CE

Bamwe mu barimu bamenyereza abanyeshuri biga uburezi boherezwa na Kaminuza y’ U Rwanda ishami rya RUKARA-COLLEGE bazwi nk’aba mentors bo muri amwe mu mashuri yo mu Karere ka Musanze, barataka kwamburwa Frw atari make kuko bamaze igihe bamenyereza abanyeshuri ariko agahimbazamushyi kabo, ntibagahabwe. Umwe mu barimu utifuje ko amazina ye atangazwa, yatangarije BWIZA ko iki […]

Umugabo yasanze bamusambanyiriza umugore ababazwa n’igitanda cye bavunnye

Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo utamenyekanye amazina, arira ayo kwarika ari nako afata amashusho y’undi mugabo witwa Okechuku Donald, wamusambanyizaga umugore, yababajwe no kumuvunira igitanda yaryamagaho. Uyu mugabo wo muri Nigeria yumvikana avuga ko yinjiye mu nzu, ageze mu cyumba agasanga undi mugabo aryamanye n’umugore we. Avuga ko ” Twahise dufatana, nibwo igitanda […]

Ubwato bw’ibiti ntibwemerewe kongera gukoreshwa mu mugezi wa Nyabarongo

Kuvugurura ubwikorezi mu mazi ya Nyabarongo ni wo mwanzuro mugari wafatiwe ku Kamonyi mu nama y’umutekano yahuje ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru, aho ubwato butari ubwa moteri butemerewe gukoreshwa, hirindwa impanuka. Ibi byakozwe hagamijwe guca akajagari muri uru rwego no gukumira impanuka zitwara ubuzima bw’abaturage nk’uko RBA dukesha iyi nkuru ibitangaza. Ibitangazwa n’abaturage kimwe n’abanyamabanga nshingwabikorwa […]

Human Resources Manager at Mantis EPIC Hotel and Suites

The hotel is hiring the right & competent candidate to fill the following vacant position: HR MANAGER (01), Position open to the public (Re-advertised) JOB DESCRIPTION POSITION Human Resources Manager DEPARTMENT Human Resources RESPONSIBLE FOR Human Resources REPORTS TO General Manager PRIMARY OBJECTIVE OF POSITION To achieve the hotel’s operating goals by maximizing employee productivity […]

Man arrested in Rulindo over murder

A man identified as Emmanuel Dusanganywinema has been arrested over allegedly murdering Evariste Sinamenye, 26. Sinamenye was stabbed to death on Saturday 1st January 2022 in Taba village, Bubangu cell of Murambi sector in Rulindo district. Preliminary investigation identified Dusanganywinema as the prime suspect who has been at large since the crime was committed. Two […]

Umwuka mu karere ka Rubavu ntiwujuje ibipimo by’ubuziranenge-REMA

Ikigo gishinzwe kugenzura ibirunga gitangaje amakuru ko ikirunga cya Nyiragongo gikomeje kugaragaza ibimenyetso by’uko gishobora kongera kuruka, Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije REMA cyatangaje ko cyohereje abakozi mu karere ka Rubavu kugenzura ubuziranenge bw’umwuka n’ubw’amazi y’Ikiyaga cya Kivu, biboneka ko umwuka waho utameze neza. Ibipimo byafashwe ku mwuka bigaragaza ko umwuka mu karere ka Rubavu […]

RURA dispatches inspectors as cooking gas retailers defy official prices

Rwanda Utilities Regulatory Authority (RURA) has said that a team of inspectors has been dispatched to the field after different people failed to comply with new official prices of liquefied petroleum gas (LPG). This was revealed on Wednesday, January 5 by Ernest Nsabimana, the Director-General RURA in an interview with The New Times. “We came […]

Gen Ndindiliyimana avuga ko Abanyarwanda umunani bari muri Niger bajya kubana n’imiryango yabo

Gen. Maj. Augustin Ndindiliyimana wari umugaba wa Gendarmerie y’u Rwanda mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, avuga ko Abanyarwanda umunani baherutse koherezwa kuba muri Niger, bakwiriye guhabwa uburenganzira bakajya kubana n’imiryango yabo. Gen. Augustin Ndindiliyimana na we wabaye umwere ariko we akemererwa gusanga umuryago we asanga n’abandi bakwiye kubyemererwa. Aganira n’Ijwi rya Amerika, yavuze […]

MINEDUC yasubije abibaza kuri gahunda y’ingendo z’abanyeshuri basubira ku mashuri

Mu gihe hari abakomeje kwibaza kuri gahunda y’ingendo z’abanyeshuri basubira ku mashuri, MINEDUC yatangaje ko izabitangaza ku wa Gatanu tariki 7 Mutarama 2022. Ingengabihe ya 2021-2022 yo igaragaza ko igihembwe cya kabiri cy’amashuri abanza n’ayisumbuye kizatangira tariki 10 Mutamara 2022. Mu gihe ingengabihe yibazwagaho, hari bamwe mu barezi bavugaga ko wasanga baba bagiye kongezwa igihe […]

Bamufashe asambanya abakobwa be avuga ko yabigishaga uko ingo zubakwa

Umugabo w’imyaka 45 witwa Mweene Enock wo muri Zambia yaguwe gitumo ari gusambanya bakobwa be babiri, ahatwa ibibando, asobanura ko yari arimo yigisha abo bakobwa be uko kubaka urugo biba bimeze. Umwe mu bari aho yavuze ko uyu mugabo hashize imyaka ibiri bikekwa ko aryamana n’ababakobwa be. Si abo gusa kuko n’abishywa be ariko yabagenzerezaga […]

Pasiteri Bugingo yemeye ko yashatse umugore wa kabiri byemewe n’amategeko

Uwashinze akanayobora itorero House of Prayer Ministries International Church, Pasiteri, Aloysius Bugingo, yahakanye ko atabana n’umugore we wa kabiri, Suzan Makula Nantaba mu buryo bwemewe n’amategeko. Mu minsi ishize hari amakuru ko uyu mugabo yihakanye uyu mugore, avuga ko batarabana byemewe n’amategeko. Umunyamategeko Male Mabirizi yari yareze Bugingo na Nantaba ko barenze ku mategeko agenga […]

Programs Officer at AKWOS

JOB ADVERTISEMENT Job Title: Programs Officer (1) Name of Organization: Organization of Women in Sports (AKWOS) Regular/Temporary: Regular Appointment Full/ Part Time: Full Time Closing Date: 14th January at 16hours Duration: 1 year Duty Station: Kigali City, Gasabo District AKWOS would like to recruit Program Officer for the Secretariat based in the City of Kigali […]

North Korea fires suspected ballistic missile into sea

AFP North Korea fired what appeared to be a ballistic missile into the sea on Wednesday, South Korea and Japan said, in the first such launch by Pyongyang this year. In the decade since Kim Jong-un took power, North Korea has seen rapid progress in its military technology at the cost of international sanctions. The […]

One dead, three injured as mining site in Kamonyi collapses

An unlicensed mine in Runda sector of Kamonyi district has collapsed leaving one dead and three injured. The mine collapsed on Sunday 2nd January 2022. Following the mining accident, the owner of the mining site was immediately arrested over running operations without licensing. Kamonyi district vice mayor for economic affairs, Uzziel Niyongira has told IGIHE […]

Umunyarwandakazi ukora kuri NTV yatamajwe

229aeb9e2ae66f2fac1149e5240b2fdd.jpg

Umunyamakuru wa Televiziyo NTV muri Uganda, Uwamahoro Lynda uzwi nka Lynda Ddane, yatamajwe n’umuntu wabeshyuje ko inzu aheruste gushyira ku mbuga nkoranyambaga iye, ahubwo ari iy’umuryango we wubatse. Mu ntangiro z’umwaka wa 2022, Uwamahoro yashyize hanze, amafoto y’inzu icyubakwa, avuga ngo ” Iri ni itangiririro ryiza.” Ni inzu nini yaba irimo za aparitema cyangwa ikaba […]

Muhanga-Gakenke: Birabujijwe kwambuka Nyabarongo mu bwato

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru bwafashe icyemezo cyo guhagarika ikoreshwa ry’ubwato mu mugezi wa Nyabarongo mu gice gihuza Akarere ka Muhanga n’aka Gakenke mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’aho kuwa Mbere habaye impanuka y’ubwato bubiri bwagonganye, umuntu umwe akaburirwa irengero. Kuri Noheli kandi ikiraro cya Gahira cyasenywe n’abantu bataramenyekana bigira ingaruka […]

Umugore witwa Rukaya yishwe n’abantu bamuziza ko yanze kubereka inzira ijya kwa David

Umugore witwa Rukaya Awudu, yishwe n’abagabo babiri bamuryoza ko yanze kubereka inzira igana ku rugo rw’uwitwa David kuri uyu wa Kabiri mu gace ka Bawku mu gace ka Upper muri Ghana. Itsinda ryitwa Concerned Women of Bawku rivuga ko Rukaya yishwe n’abagabo babiri kugeza ubu bataramenyekana. Radiyo Star FM yo muri Ghana ivuga ko nyakwigendera […]

Kamonyi: Uwakubiswe n’umugabo ukubita abantu akabishyura avuga ko yahazahariye

Umugabo witwa Vincent Uwitonze wakubiswe na mugenzi we witwa Singirankabo Pierre uzwiho gukubita abantu akabishyura, avuga ko yamushegeshe ubwo yamukubitaga amuziza ko yasinze kandi atanywereye iwe. Umugabo witwa Singirankabo Pierre abaturage bavuga ko yitwaza inkoni ibambyeho uruhu n’inkota, agakubita abantu ababaza uko bifata bagasinda kandi batanywereye mu kabari ke kari mu isantere y’ubucuruzi ya Samandugu, […]

Chief Marketing Officer at Bella flowers Ltd

JOB VACANCY Bella flowers Ltd is a private company registered in Rwanda under code company 103449745 on 20th October 2014 and the government of Rwanda/MINAGR/NAEB owns 100% of its shares. It owns a land of 100 Ha in Gishari Rwamagana District, and Eastern Province on which Flowers is being undertaken. The company is seeking to […]

Haitian PM survives weekend assassination attempt

Gunmen unsuccessfully attempted to assassinate Haitian Prime Minister Ariel Henry during an event on Saturday commemorating the Caribbean country’s independence, his office said in a statement. Henry’s office said on Monday that “bandits and terrorists” had tried to shoot the prime minister at a church in the northern city of Gonaives where the ceremony marking […]

Min. w’Intebe wa Haiti yarusimbutse

Abagabo bitwaje imbunda bagerageje kwica Minisitiri w’intebe wa HaĂŻti, Ariel Henry, ubwo ku wa gatandatu yari yitabiriye ibirori byo kwizihiza ubwigenge bw’iki gihugu cyo mu birwa bya CaraĂŻbes, nkuko abategetsi babivuga. Ibyo byabaye ubwo Henry yari yitabiriye umuhango wo mu kiliziya muri komine (akarere) ya GonaĂŻves mu majyaruguru y’igihugu. Videwo yatangajwe ku mbuga za internet […]

Kayonza man in critical condition after being stabbed by wife

A 27-year old woman from Mukarange sector in Kayonza district of Eastern Province has been arrested after stabbing her husband with a machete over property related disputes. The incident took place in the night of Sunday 2nd January 2022 in Miyange village, Kayonza cell of Mukarange sector. The executive secretary of Mukarange sector, Longin Gatanazi […]

UNIRMCT asks Niger not to expel eight Rwandans

The United Nations International Residual Mechanism for Criminal Tribunals (UNIRMCT) has asked the Niger Government to stay the expulsion order of eight Rwandans who were recently given seven days to leave the country. The UN court group had relocated the group to Niger from a safe house in Tanzania after they were acquitted or served […]

Musanze: Uwo abaturage bavuga ko ari umusirikare yatezwe igico arakomeretswa, aranamburwa

img_20210916_091446_571-2.jpg

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Rukereza na Kabaya bavuga ko aho batuye hafatiwe insoresore n’abakobwa bateze igico uwitwa Nsengiyumva, bavuga ko ari umusirikare wa RDF, baramukubita, bamwambura telefoni na ekuteri (ecouteur). BWIZA yageze muri ako gace kegereye umuhanda uva mu Mujyi wa Musanze ugana muri Vunga, ihasanga abaturage batanze amakuru atandukanye. Bamwe mu […]

Abarimo Marshall Mampa wari uherutse gufungurwa na Samusure bafashwe

Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 102 mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge barenze ku mabwiriza yo kwirinda Koronavirusi, barimo umuraperi Mugabo Jean Paul uzwi nka Marshall Mampa na Kalisa Erneste uzwi nka Samusure. Bafashwe mu ijoro ryakeye saa munani bari mu kabari kitwa Bahauss gaherereye ahitwa Cosmos i Nyamirambo. Mu bandi bazwi bafashwe […]

Nyanza: Umuryango umaze iminsi wifungiranye mu nzu ntacyo ukoza ku munwa

Amakuru yizewe agera kuri BWIZA avuga ko mu Mudugudu wa Kankima, Akagari ka Cyotamakara, Umurenge wa Ntyazo mu Karere ka Nyanza, hari umuryango umaze iminsi wifungiranye mu nzu, utarya kuko ngo usanga ubuzima bwararangiye. Isoko y’amakuru ya BWIZA ivuga ko uyu muryango ” Mu rugo rwa Ntegamaherezo Innocent w’imyaka 55 n’umugore witwa Shyirambere Domithile w’imyaka […]

Past. Bugingo yise umunyamategeko wamureze “ingurube ntindi”

fb_img_1585494020303.jpg

Pasiteri Aloysius Bugingo washinze akanayobora itorero ryitwa House of Prayer Ministries International, yavuze ko umunyamategeko wamujyanye mu rukiko, Male Mabirizi ari “ingurube ntindi”. Umunyamategeko Mabirizi na mugenzi we Muhairwe bareze Pasiteri Bugingo ko yashatse undi mugore witwa Suzan Makula Nantaba kandi uwo bashakanye, Teddy Nakuswa Bugingo, batarigeze batandukana mu mategeko. Bugingo mu kwikoma uyu munyamategeko, […]

Project field officers at VSF-Belgium

Project Field Officers – Piloting Black Soldier Flies Farming in Rwanda (BSF Project) 1.Introduction. VĂ©tĂ©rinaires Sans Frontières Belgium (VSF-B) is an International NGO based in Belgium whose vision is Healthy Animal, Healthy Human, in a Health Environment while its mission is “to strengthen the capacities of disadvantaged, livestock dependent communities to improve their well-being”. Created […]

Kigali City cancels fireworks for New Year celebrations

The City of Kigali has canceled activities related to displaying fireworks on New Year’s Eve, as had been planned. Previously, the city had announced that fireworks would be launched at five sites in Kigali, namely Amahoro Stadium, Bumbogo Hill, Radisson Blu Hotel and Convention Centre, Kigali Marriott Hotel and Mont Kigali. However, the city made […]

Govt on why booster dose waiting period reduced to three months

The upsurge in Covid-19 cases in a few days and the fast-spreading Omicron variant prompted the government to reduce the waiting period to receive a booster shot from six months to three months, according to the Minister of Health, Dr. Daniel Ngamije. Dr Ngamije says tests carried out in the past 24 hours showed that […]

Dore ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika mu 2021

Igisirikare gikomeza kuba inkingi mwikorezi mu bihugu byo ku Isi. Cyifashishwa mu kurinda ubusugire bw’ibihugu gusa hamwe cyabaye nk’icy’abategetsi ku giti cyabo. Uko ari ingenzi, ni nako gishorwamo akayabo, kabone n’iyo abaturage baba bicira isazi mu maso, bagahuhurwa n’isari. Muri uko kwigwizaho ibyiza byacyo, Afurika nayo ntiyatanzwe maze ibihugu bimwe bihiga ibindi mu kugira igikomeye. […]

Nyanza: Yagiye gukoresha imodoka mu igaraje ayakije ihita ishya

Mu igaraje riherereye mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza habereye inkongi y’umuriro yafashe imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiye ubwo umushoferi yayatsaga. Iyi nkongi yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ukuboza 2021 ubwo iyi modoka yagiraga ikibazo bigatuma umushoferi wayo ajya kuyikoresha. Ubwo […]