Argentina ya Messi yegukanye Copa America

copa-america-argentina-dances-into-copa-america-final-with-g-2778161721019469.jpg

Ikipe y’igihugu ya Argentine yari iyobowe na kizigenza Lionel Messi yegukanye igikombe cya Copa America, nyuma yo gutsinda Colombia mu minota ya Kamarampaka. Mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere itariki ya 15 Nyakanga 2024, nibwo hasojwe irushanwa na Copa America. Nubwo twe mu Rwanda byari mu rukerera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ho […]

Simba SC yanyomoje ko yahaye akazi Vice chairman wa APR FC

Ikipe ya Simba SC yanyomoje amakuru avuga ko François RĂ©gis Uwayezu wari Perezida wungirije wa APR FC yagizwe umuyobozi mukuru wayo. Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo hamenyekanye amakuru y’uko Uwayezu François RĂ©gis yagizwe umuyobozi mukuru wa Simba SC. Amakuru yemezaga ko Simba SC yamuzanye kugira ngo ayifashe kongera […]

Kapiteni wa APR FC yavuze ubuhanga yabonye muri Rutahizamu mushya Mamadou Sy

Kapiteni w’ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yavuze bumwe mu buhanga budasanzwe yabonye muri Rutahizamu mushya iyi kipe iherutse kugura waraye utsinze igitego. Mu ijoro ryakeye nibwo APR FC yatsindaga El Merreikh igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Rutahizamu Mamadou Sy mu mukino wa Kabiri wa Cecafa Kagame Cup. Ku mukino we wa mbere muri […]

Gahanga: Yaje kwamamaza Perezida Kagame yambaye ikanzu y’abageni – Amafoto

icyimpaye_2_.jpg

Ibikorwa byo kwamamaza biri kugana ku musozo yaba ku bari guhatanira umwanya mu nteko ishinga amategeko ndetse n’abifuza kuyobora u Rwanda. Umukandida watanzwe n’umuryango wa FPR Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame arasoza kwiyamamaza kuri uyu wa Gatandatu. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024, ibikorwa byo kumwamamaza byabereye i Gahanga […]

Sadio Mane yishimanye n’umugore we w’imyaka 19 wasoje amashuri yisumbuye

Sadio Mane yafashije umugore we w’imyaka 19 kwishimira isozwa ry’amashuri yisumbuye yasoje muri uku kwezi. Ku wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo Sadio Mane yatangarije abakunzi be ko umugore we Aisha Tamba w’imyaka 19 yasoje amashuri yisumbuye. Yifashishije imbuga nkoranyambaga ze cyane cyane urubuga rwa Instagram, uyu mukinnyi yerekanye amashusho ari kumwe n’umugore […]

Ntwali Fiacre agiye gutangwaho miliyoni zirenga 400

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu y’uRwanda “Amavubi” Ntwali Fiacle agiye kwerekeza mu ikipe ya Kaizer Chiefs avuye muri TS Galaxy yo muri Africa y’Epfo. Ku mugoroba wo ku Gatanu taliki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo amakuru yamenyekanye ko uyu muzamu wa mbere w’ikipe y’igihugu y’uRwanda, yaba agiye kujya muri imwe mu makipe akomeye muri Africa Y’Epfo. Bitangazwa […]

APR FC itsinze undi mu kino muri CECAFA Kagame Cup

Ikipe ya APR FC itsinze umukino wayo wa kabiri muri CECAFA Kagame Cup 2024 ihita iyobora itsinda C n’amanota 6. Kuri uyu wa Gatandatu nibwo iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yakinaga umukino wayo wa Kabiri mu itsinda C aho bakinana na El El Merreikh Bentiu yo muri Sudani. Igitego kimwe cya APR FC nicyo cyatandukanyishe impande […]

Imbamutima za Mutsinzi Ange wakinnye Europa League bwa mbere

Umukinnyi ukina mu bwugarizi bw’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi”, Mutsinzi Ange Jimmy, yishimiye kuba yaraye akinnye umukino we wa Mbere muri Europa League. Ange yaraye afashije ikipe ye ya Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan kubona intsinzi yayo ya mbere muri UEFA Europa League ya 2024/2025 imbere ya FC Sheriff yari mu […]

Minisitiri Dr Utumatwishima Abdallah yanyuzwe n’umuhanzi Ndandambara – Amafoto

img 20240712 085827

Umuhanzi Nsabimana LĂ©onard wamamaye ku izina rya ‘Ndandambara’ yasusurukije abitabiriye igitaramo cy’urwenya cya GenZComedyShow. Mu ijoro ryakeye nibwo iki gitaramo cyabereye muri Camp Kigali aho cyari cyahawe umwihariko wo kwitegura amatora ateganyijwe tariki 15 Nyakanga 2024. Iki gitaramo cyabereye muri Camp Kigali mu ijoro ryo ku wa Kane, cyitabiriwe n’imbaga y’abiganjemo urubyiruko ndetse na Minisitiri […]

Umukecuru wazanye imvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’ yapfuye

muk-7-7b5b5.jpg

Umukecuru Nyirangondo EspĂ©rance uzwi kubera imvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’, yapfuye azize uburwayi yari amaranye igihe. Uyu mukecuru wazanye iyo mvugo yifashishijwe mu ndirimbo ‘Ubushyuhe’ ya DJ Pius na Bruce Melodie, yaguye mu bitaro bya Kibirizi aho yari amaze igihe arwariye. Yapfuye saa cyenda z’urukerera rwo ku wa Kane tariki ya 11 nyakanga 2024. Amakuru y’urupfu […]

Myugariro wa Rayon Sports WFC yasezeranye mu mategeko

img_20240712_072118.jpg

Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports WFC iherutse gutwara igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu ndetse n’icya Amahoro, yasezeranye imbere y’amategeko. Mukeshimana Jeannette bakunze kwita “Kana” ukina yugarira muri Rayon Sports y’abagore, yasezeranye imbere y’amategeko. Kana yasezeranye n’umukunzi we bamaranye imyaka Nsanzabera Tharcisse. Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Nyakanga 2024 nibwo aba bombi […]

APR FC yatomboye ikipe y’umuterankunga

Ikipe ya APR FC yatomboye Azam Fc yo muri Tanzania mu ijonjora ry’ibanze ry’imikino Nyafurika ya CAF Champions League. Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Nyakanga 2024 nibwo habaye iyi tombora aho yabereye ku kicaro gikuru cy’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika ‘CAF’ kiri Cairo mu Misiri. APR FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya […]

Darwin Nuñez na bagenzi be barwanye n’abafana ba Colombia

Abakinnyi ba Uruguay bari bayobowe na Darwin Nuñez bashyamiranye n’abafana ba Colombia nyuma yo gutsindwa muri kimwe cya kabiri cya Copa America. Mu rukerera rwo kuri uyu wa wa Kane tariki ya 11 Nyakanga 2024 nibwo Colombia yatsindaga Uruguay igitego kimwe ku busa ndetse biyihesha guhita ijya ku mukino wa nyuma bazahuramo na Argentine ya […]

Abafana b’u Buholandi bagabye igitero ku Bongereza

Abafana b’ikipe y’igihugu y’u Buholandi bagabye igitero kuri Cafe yari irimo abafana b’u Bwongereza bari bari kunyweramo agakawa mbere y’uko bajya gufana ikipe yabo muri Euro2024. Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 10 Nyakanga 2024 mbere ho gato y’umukino wa 1/2 wahuje Ubwongereza n’Ubuholandi muri Euro2024. Amakuru avuga ko abafana baturutse […]

Umukongomani uje guca impaka muri Rayon Sports yageze i Kigali

img-20240711-wa0003.jpg

Rutahizamu Prinsse Junior Elenga Kanga ukomoka muri Congo Brazzaville wakiniraga AS Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yageze mu Rwanda. Uyu rutahizamu yageze mu Rwanda nyuma yo gushimwa n’ikipe ya Rayon Sports iri kwiyubaka bidasanzwe. Rutahizamu Prinsse Junior Elenga Kanga yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 10 […]

APR FC yateye gapapu Espérance de Tunis

Ikipe y’igihugu z’Igihugu, APR FC yateye gapapu Esperanse de Tunis isinyisha Mamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali wakiniraga Olympique BĂ©ja yo muri Tunisia. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Nyakanga nibwo byamenyekanye ko APR FC yasinyishije uyu mukinnyi wari uri kwitwara neza muri Tunisia. Uyu musore yasinyiye APR FC mu ijoro ryo ku wa […]

Ani Elijah yatsinzwe igeragezwa mu Bubiligi

Rutahizamu Ani Elijah uherutse gusinyira ikipe ya Police FC wari mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bubiligi mu ikipe ya Charleroi yamaze kugaruka mu Rwanda nyuma yo gutsindwa igeragezwa. Ku wa 21 Kamena 2024 nibwo Ani Elijah yagiye mu igeragezwa ry’icyumweru kimwe mu ikipe yo mu kiciro cya mbere mu Bubiligi. Ani Elijah yari yagiye kureba […]

Ahoyikuye Jean Paul “Mukonya” yashyinguwe mu cyubahiro

img_20240710_081839.jpg

Ahoyikuye Jean Paul wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024. Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024 nibwo Mukonya waguye mu kibuga ku wa Gatandatu yashyinguwe. Umuhango wo kumusezeraho wabereye iwabo Kamabuye, ni uko maze misa yo kumusezeraho ibera i […]

Lamine Yamal wateruwe na Messi akivuka yashyizeho uduhigo turenga 10

Lamine Yamal wateruwe na Lionel Messi ubwo yavukaga yakoze uduhigo turenga 10 mu mukino wa EURO 2024 wahesheje ikipe y’igihugu ya Espagne itike yo kujya ku mukino wa nyuma. Amazina ye ni Lamine Yamal Nasraoui Ebana w’imyaka 16 n’iminsi 362 yafashije Espagne gusezerera u Bufaransa ku bitego 2-1. Nyuma yo gutsinda u Bufaransa, Espagne yahise […]

Perezida Kagame yafashe mu mugongo umuryango wa Senateri Jim Inhofe wapfuye

ambassador of rwanda to the us h e mathilde mukantabana poses with senator inhofe eceea

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Senateri Jim Mountain Inhofe wapfuye. Ku wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024 nibwo hamenyekanye amakuru y’inshamugongo ko Senateri Jim Mountain ukomoka muri Amerika, wari inshuti y’u Rwanda yapfuye. Ni urupfu rwaje ruturutse ku burwayi uyu mugabo wari ugeze mu zabukuru yari amaranye iminsi. Yifashishije […]

Roberto Firmino n’umugore we basigiwe kuba abapasiteri b’itorero ryabo

img_20240709_082344.jpg

Roberto Firmino wahoze akinira ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu ya BrĂ©sil yabaye umushumba mukuru w’itorero ry’ivugabutumwa yashinze i Maceio, muri Brazil. Roberto Firmino n’umugore we Larissa Pereira bashinze itorero ryabo bise Evangelical Church muri Brazil nk’uko ikinyamakuru Glob cyibitangaza. Iki kinyamakuru kivuga ko tariki ya 30 Kamena 2024 Roberto Firmino n’umugore we basigiwe kuba abashumba […]

Abantu 5 bishwe n’inkuba mu Karere ka Ngororero

Mu ijoro ryakeye mu Karere ka Ngororero abantu 5 bishwe n’inkuba mu mvura nyinshi yaguye muri ako Karere. Ibi byabaye ku wa Mbere tariki 08 Nyakanga 2024, mu masaha ya saa mbili z’ijoro nk’uko amakuru abivuga. Aya makuru yemezwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero aho buvuga ko inkuba zishe abantu bagera kuri batanu baturuka mu mirenge […]

Umunyamakuru Yago yatutse mugenzi we Pundit kuri nyina

Umunyamakuru ubifatanya n’umuziki Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago Pon Dat yatutse kuri nyina Etienne Mbarubukeye uzwi nka Pundit. Iminsi ibaye 9 shene ya YAGO TV SHOW ivuye ku muyoboro wa Youtube aho nyirubwite yemeza ko bayibye. Kwibwa kw’iyo shene, Yago yamaze kubimenyesha Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB kugira ngo arebe ko shene ye yagaruka ikuwe mu […]

Rayon Sports yumvikanye na rutahizamu barangiwe na Luvumbu

Ikipe ya Rayon Sports iri kwiyubaka bucece yamaze kumvikana n’umukinnyi ukomoka muri Congo Brazzaville barangiwe na Luvumbu. Rutahizamu w’Umunya Congo-Brazzavile Prince Junior Elenga-Kanga w’imyaka 24 yumvikanye na Rayon Sports. Amakuru avuga ko ibiganiro bye na Rayon Sports byamaze gukorwa aho igisigaye ari ugutereka umukono ku masezerano. Uyu rutahizamu ategerejwe i Kigali muri iki cyumweru aho […]

Capt Ibrahim TraorĂ© yatsinze ibitego 2 mu mukino wo gufasha – Amafoto

gr9plvlxoaaxq68.jpg

Prezida wa Burkina Faso, Ibrahim TraorĂ© yakinnye umukino wo gufasha, aho yahuriye mu kibuga n’abakinira n’abahoze bakinira ikipe y’igihugu ya Burkina Faso. Ikipe ya Perezidansi ya Burkina Faso yatsinze abakinira n’abahoze bakinira ikipe y’igihugu ya Burkina Faso ibitego bitatu kuri bibiri. Uyu mukino waba tariki ya 29 Kamena 2024 gusa leta yifuje gutangaza ibyavuye mu mukino ku […]

Dore ibyamamare nyarwanda bigiye gutora bwa mbere

Ku wa 15 Nyakanga 2024 Abanyarwanda bazaba babukereye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’aya Badepite. Imyiteguro yayo igeze kure kuko ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya yaba ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ndetse no kuba umudepite birarimbanyije. Muri iyi nkuru tugiye kukubwira ibyamamare 10 byo mu Rwanda bizaba bigiye gutora bwa Mbere. 1. KAMIKAZI Dorcas […]

Inkende zagabye igitero ku biro by’Akarere zihagira indiri yazo

whatsapp-image-2024-07-07-at-21.00.07.jpg

Inkende zagabye igitero ku biro by’Akarere ka Mubende muri Uganda none zigakoresha uko zishatse. Umwe mu bayobozi muri aka Karere witwa Samuel Mayanja avuga ko inkende zihora mu biro zitera abakozi ubwoba, bityo bigatuma batanga serivisi mbi. Mayanja yagize ati: “Buri gihe dusanga izo nkende mu biro kandi iyo umuntu ari kuri mudasobwa akora akazi […]

Rayon Sports yazindutse yakira Umunyamahanga mushya

img_20240708_065455.jpg

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere ikipe ya Rayon Sports yakiriye Myugariro ukomoka mu gihugu cya SĂ©nĂ©gal, Omar Gningue. Uyu myugariro wakiniraga ikipe ya AS Pikine y’iwabo yageze i Kanombe mu rukerera rwo kuri uyu wa wa Mbere tariki ya 8 Nyakanga 2024. Omar Gningue aje gutangira imyitozo muri Rayon Sports kuko yamaze gusinyira […]

Ahoyikuye Jean Paul uzwi nka Mukonya yapfuye

Ahoyikuye Jean Paul wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali, yapfuye azize impanuka yo mu kibuga. Uyu musore yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari ari gukinira Mageragere nyuma y’uko agonganye n’umunyezamu amira ururimi, bagerageza kurugarura biranga, bazana n’abaganga biranga. Jean Paul bitaga Mukonya yari mu myitozo isanzwe n’abandi bakinnyi batabigize umwuga. Kuri ubu imurambo we […]

Paul Pogba na Diamond Platnumz barebanye umukino w’Ubufaransa na Portugal

Umuhanzi Diamond Platnumz na Paul Pogba barebanye umukino ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa yatsindaga igahita yerekeza muri œ cy’irangiza muri EURO 2024 nyuma yo gutsinda Portugal kuri za penaliti 5-3 [0-0]. Wari umukino wa ÂŒ cy’irangiza mu Irushanwa rihuza Amakipe y’Ibihugu byo ku Mugabane w’u Burayi, EURO 2024 wabereye mu mujyi wa Hambourg kuri Stade Volksparkstadion, […]

Mupenzi Eto’o n’abo bafatanyije kuroga Kiyovu Sports barekuwe

_-5-df9f9.jpg

Mupenzi Eto’o n’abo bafatanyije kuroga Kiyovu Sports barekuwe nyuma y’umwaka umwe urenga batawe muri yombi. Eto’o yafunganwe na bagenzi be babiri bakoranaga muri APR FC aho bakekwagaho icyaha cyo gucura umugambi wo guha abakinnyi ba Kiyovu Sports ibintu bishobora kubica cyangwa gushegesha ubuzima bwabo bafunguwe. Abafunzwe icyo gihe ni Maj Jean Paul Uwanyirimpuhwe wari Team […]

Umwataka wa Rayon Sports WFC ari muri Portugal

Rutahizamu wa Rayon Sports WFC, Nibagwire LibellĂ©e ari mu igeragezwa mu gihugu cya Portugal. Kujya muri Portugal ku uyu mukinnyi byagizwe ibanga gusa bivugwa ko agiye kuhamara ibyumweru bigera kuri bitatu. Aya makuru kandi yaje kwemezwa n’uyu mukinnyi Nibagwire ubwo yabibazwaga n’Umuseke. Uyu mukinnyi ukina asatira yagize ati: “Yego. Nagiye mu igeragezwa muri Portugal.” Byemezwa […]

Umutoza w’Amavubi atewe inkeke n’itsinda bisanzemo

umutoza_frank_torsten_spittler_w_ikipe_y_igihugu.jpg

Umutoza Frank Torsten Spittler w’ikipe y’igihugu Amavubi, atewe inkeke n’itsinda yisanzemo nyuma ya tombora ya tombora yabaye ku wa Kane tariki ya 4 Nyakanga 2024. Ku munsi w’ejo hashize nibwo Amavubi yisanze mu itsinda D mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025. Mu makipe atatu ari kumwe n’Amavubi muri iri tsinda, abiri muri yo bari […]

Rayon Sports yaguze myugariro mwiza muri Senegal

grttjaix0aaqti6.jpg

Myugariro w’ikipe ya AS Pikine yo muri Senegal ategerejwe i Kigali mu Rwanda aho aje mu ikipe ya Rayon Sports. Oumar Gningue wa AS Pikine yo mu cyiciro cya mbere muri Senegal ategerejwe i Kigali mu ikipe ya Rayon Sports. Uyu musore w’imyaka 27 yatowe mu ikipe y’umwaka muri Senegal ari kumwe na Aliou SouanĂ© […]

Ntirenganya wazamuye Ruboneka na Djabel yapfuye

grqpusaxqaa4swu.jpg

Ntirenganya Jean de Dieu wazamuye abakinnyi bakomeye nka Ruboneka Jean Bosco na Manishimwe Djabel, yapfuye. Ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 4 Nyakanga 2024 nibwo amakuru y’urupfu rwe yagiye hanze atangajwe n’abo mu muryango we. Uyu mutoza watozaga abana bo mu Karere ka Gatsibo, yapfuye azize uburwayi aho yari arwariye mu Bitaro bya […]

CAF yahannye Samuel Eto’o

Umunyabigwi muri ruhago akaba na Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon, Samuel Eto’o yaciwe amafaranga n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF. Ku wa Kane tariki ya 4 Nyakanga 2024, CAF yafatiye ibihano Samuel Eto’o nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo ruswa ndetse no kwijandika mu bijyanye no kugurisha imikino. Muri Kamena nibwo akamama gashinzwe imyitwarire muri […]

Amavubi yisanze mu itsinda ry’abagabo

img-20240704-wa0210.jpg

Tombora yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’Afurika ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi yisanze mu itsinda D. Kuri uyu Wa Kane taliki ya 4 Nyakanga 2024 nibwo iyi tombora yabaye i Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Ubwo batomboraga ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yisanze mu itsinda D aho arikumwe n’ikipe y’igihugu ya Benin, Libya ndetse […]

Ikibumbano kirere muri Afurika cyasizwe amabara agize ibendera ry’u Rwanda

img_20240704_080702.jpg

Kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Nyakanga 2024 u Rwanda ruri kwizihiza ku nshuro ya 30 Isabukuru yo Kwibohora. Ni umunsi Abanyarwanda n’inshuti zabo bazirikana imyaka 30 ishize u Rwanda ruhawe icyerekezo gishya nyuma yo kwibohora ubutegetsi bubi bwaranzwe n’ivangura rishingiye ku moko ryagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyuma y’uko SĂ©nĂ©gal yifatanyije […]

Molan Majesty yihuje na High Vibes batitiza umurwa

Itsinda High Vibes ryahuje imbaraga n’Umuraperi ugezweho mu Rwanda, Maombe Reponse wamenyekanye ku mazina ya Molan. Nyuma y’igihe itsinda High Vibes ritigaragariza abakunzi baryo ryahuje imbaraga na Molan ugezweho mu jyana ya Rap. Molan na High Vibes bahurije hamwe bashyira hanze indirimbo bise ‘Hit’ ikaba ari imwe mu ndirimbo zigezweho mu Rwanda. Molan yubatse izina […]

Rita Ora yerekanye amabere mu ruhame – Amafoto

screenshot_20240703-083729_1719993849.png

Umuhanzikazi ukomoka mu Bwongereza Rita Ora yabaye igitaramo ku mbugankoranyambaga nyuma yo guseruka mu gitaramo Girls Aloud concert yambaye ikanzu ibonerana aho bimwe mu bice bye by’ibanga byari hanze. Rita Ora yiyeretse abafana be we ubwo yaserukaga yambaye ikanzu ibonerana ndetse ntiyakita no kwambara akenda k’imbere gahisha amabere kazwi nk’isutiye. Mu ijoro ryo ku wa […]

Umunyarwandakazi Umwizasate yapfiriye muri Oman

Umunyarwandakazi Umwizasate Hagira wakoraga akazi ko mu rugo muri Oman yishwe n’imodoka ubwo yari agiye guhaha. Ku wa Kabiri tariki ya 2 Nyakanga 2024 mu masaha y’umugoroba nibwo inkuru y’urupfu rwa Umwizasate yamenyekanye mu muryango we. Umwizasate yakoraga akazi ko mu rugo mu mu Mujyi wa Muscat mu gihugu cya Oman nk’uko Umuseke ubitangaza. Amakuru […]

APR FC yisanze mu itsinda ry’ikibonobono muri Cecafa Kagame Cup

apr_fc_yisanze_mu_itsinda_rya_gatatu_kumwe_na_sports_club_villa_y_i_bugande_singida_black_stars_na_al_merreikh_beintui_yo_muri_sudan_y_epfo.jpg

Tombora y’uko amakipe azahura mu guhatanira igikombe cya CECAFA Kagame 2024 yabereye i Dar es Salaam, muri Tanzaniya yasize APR FC yisanze mu itsinda C. Iyi tombora yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga yasize Gor Mahia yisanze mu itsinda ry’urupfu (B) ririmo amakipe nka Al Hilal (Sudani), Red Arrows (Zambiya) na Djibouti Telecom […]

Rayon Sports yasinyishije umutoza mushya

rayon_sports_yatangaje_ko_yahaye_akazi_.jpg

Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko Mazimpaka AndrĂ© ko ari we mutoza mushya w’abanyezamu bayo mu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Kuri uyu wa Gatatu nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha uwahoze ari umuzamu wayo Mazimpaka AndrĂ© nk’umutoza w’abanyezamu. Rayon Sports yatangaje ko Mazimpaka AndrĂ© yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe yambara […]

Umukobwa yakase igitsina cy’umukunzi we wanze kumurongora

umukobwa_yakase_igitsina_cy_umukunzi_we_wanze_kumurongora.jpg

Umukobwa w’umuganga yakase igitsina cy’umukunzi we mu rwego rwo kumwihoreraho kuko yanze ko babana nk’umugore n’umugabo. Iki gikorwa cy’ubunyamaswa cyabereye i Bihar mu burasirazuba bw’Ubuhinde aho umukobwa w’imyaka 25 usanzwe ari umuganga yakase igitsina cy’umukunzi we nyuma y’uko yanze kumugira umugore. Umusore wakaswe igitsina asanzwe akomoka i Madhaura. Yihutanwe igitaraganya ajyanwa mu bitaro bikuru bya […]

Zari Hassan ayoboye urutonde rw’abagore bafite amaguru meza – Amafoto

fb_img_1655364752169-266x399.jpg

Umuherwekazi akaba n’ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga, Zari Hassan wamenyekanye nka The Boss Lady ayoboye urutonde rw’abagore bafite amaguru meza muri Uganda. Ikinyamakuru MBU cyandikirwa muri Uganda, cyakoze urutonde rw’abagore bafite amaguru meza akunze gukurura ab’igitsina gabo. Ni urutonde rugaragaraho abagore 10 bakomoka muri Uganda bafite amaguru meze. Urutonde: 1. Zari Hassan 2. Spice Diana 3. […]

Rayon Sports yatakaje undi mutoza

Umunya-Kenya, Webo Lawrence watoza abanyezamu b’ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana nayo ku bwumvukane bwabo bombi. Uyu mutoza yatangaje ko yamaze gutandukana n’iyi kipe y’abafana benshi mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 2 Nyakanga 2024 nibwo uyu mutoza ukomoka muri Kenya yatangarije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga […]

Inyubako Makuza Peace Plaza yatatswe n’inkongi y’umuriro

Inzu izwi nka Makuza Peace Plaza yo mu karere ka Nyarugenge yafashwe n’inkongi y’umuriro itabarwa hakiri kare. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Nyakanga 2024 nibwo inyubako ya Makuza Peace Plaza yagaragaye iri gucumba umwotse. Amakuru avuga ko Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya inkongi n’ubutabazi, iri mu bikorwa byo kuyizimya. […]

Rayon Sports yasinyishije umuzamu w’umunyamahanga

fb_img_17199216360813774.jpg

Ikipe ya Rayon Sports FC yasinyishije umuzamu mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cy’Umurundi, Ndikuriyo Patient. Kuri uyu wa Kabiri taliki 2 Nyakanga 2024 nibwo ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Ndikuriyo Patient wari usanzwe ari umuzamu w’Ikipe y’Amagaju FC. Rayon Sports yasinyishije imyaka ibiri uyu muzamu nyuma yo kugura amasezerano y’umwaka umwe yari afite mu Amagaju FC. […]

Gianni Infantino wa FIFA yashimiye Perezida Kagame

Gianni Infantino usanzwe ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), yashimiye Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, Paul Kagame, kubera sitade y’icyitegererezo yahaye abanyarwanda. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Gianni yageneye ubutumwa Perezida Paul Kagame nyuma yo gutaha sitade Amahoro nshya ivuguruye. Gianni infantino yagize ati: ”Ndashimira cyane umuvandimwe wanjye Perezida Paul Kagame kubera iyi […]

Perezida wa CAF ahamya ko Stade Amahoro iri mu nziza muri Afurika no ku Isi

Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, Dr Patrice Motsepe Motsepe yatangajwe n’ubwiza bwa sitade Amahoro ivuguruwe aho yavuze ko Stade Amahoro iri muri Stade nziza muri Afurika no ku Isi. Dr Patrice Motsepe ari mu Rwanda aho yaje mu birori byo gufungura ku mugaragaro Stade Amahoro nshya ivuguruye. Ibirori byo kuyitaha byabaye ku wa […]

APR FC yegukanye igikombe cyo gutaha Stade Amahoro

Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cyitiriwe gufungura sitade Amahoro nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Nyakanga 2024 nibwo habaye umukino wo gufungura Stade Amahoro ku mugaragaro. Uyu mukino watangiye nyuma y’uko Perezida Kagame afunguye iyi sitade, ikipe ya Police FC yatangiye umukino neza irusha APR FC, […]

Mutsinzi Ange yasinye mu ikipe nshya izakina Uefa Europa League

umunyarwanda_ange_mutsinzi_yasinye_amasezerano_y_imyaka_itatu_muri.jpg

Myugariro w’ikipe y’ikipe y’igihugu, Amavubi, Mutsinzi Ange Jimmy wakiniraga ikipe ya Jerv yo muri Norway yamaze kuyivamo yerekeza mu ikipe ya Zira FK yo muri Azerbaijan. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Nyakanga 2024 nibwo amakuru y’uko Mutsinzi Ange yerekeje muri Azerbaijan yabaye kimomo mu itangazamamkuru. Mutsinzi Ange ukina nka myugariro wo hagati yasinye […]

Umunyarwenya Kingsley wo muri Nigeria yerekanye urukundo akunda Perezida Kagame

Umunyarwenya Doctall Kingsley ukomoka muri Nigeriya wiyise izina ry’ikinyarwanda [Ntakirutimana] yerekanye urukundo akunda Perezida Kagame, ubwo yagaragaraga mu mwambaro wa FPR-Inkotanyi. Uyu munyarwenya usanzwe akora urwenya acisha ku mbuga nkoranyambaga, yifashishije ubwo buryo maze agaragaza ukuntu Perezida Kagame ariwe mukandida abanyarwanda bagomba gutora mu matora ateganyijwe muri uku kwezi. Mu mashusho yashyize hanze agaragara yambaye […]

Ferwafa yavuze ku busabe bw’amakipe yifuza abanyamahanga

Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Munyantwali Alphonse yemeje ko amakipe yose yo mu kiciro cya Mbere mu Rwanda yemeje ko umubare w’abanyamahanga ugomba kongerwa. Hari hashize iminsi bivugwa ko amakipe akina ikiciro cya mbere mu Rwanda yasabye FERWAFA kuba yakongera abanyamahanga babanza mu kibuga bakava kuri 5 bakaba bagezwa ku 8. Ubu busabe […]

Tyla yegukanye ibihembo muri ‘BET Awards 2024’ – urutonde

59d916a0-0fde-486c-92b2-b05e43f17d7c-6309231719811523.jpg

Umuhanzikazi Tyla ukomoka muri Afurika y’Epfo ari mu byamamare byegukanye ibihembo bya ‘BET Awards’ y’uyu mwaka wa 2024. Mu ijoro ryakeye nibwo muri Amerika hatanzwe ibihembo ngaruka mwaka bya ‘BET Awards’ byari bihataniyemo abahanzi mpuzamahanga bakomeye. I Los Angeles, ibyamamare byari byabukereye kugira ngo birebe ko byakegukana ibi bihembo byahabwaga umugabo bigasiba undi. Ibi birori […]

Ombolenga Fitina yasinye muri Rayon Sports – Amafoto

img-20240630-wa0043.jpg

Ombolenga Fitina yasinye muri Rayon Sports nyuma yo gutandukana na APR FC yasigiye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mwaka wa 2023-2024. Kuri iki Cyumweru tariki ya 30 Kamena 2024 nibwo Fitina Ombolenga yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Murera. Rayon Sports yamuhaye ikaze kandi ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Uyu mukinnyi ukina […]

Niyonzima Olivier Seif yasinye muri Rayon Sports

fb_img_17196826607895041.jpg

Niyonzima Olivier Seif wari uri mu biganiro na Rayon Sports yongeye kuyigarukamo nyuma y’imyaka igera kuri itanu ayivuyemo. Seif yagarutse muri iyi kipe aho yahise asinya amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa bitewe n’umusaruro yatanga. Bitangazwa ko uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yasinye aya masezerano kuri Miliyoni 14 z’amafaranga y’u Rwanda. Sefu yari amaze imyaka […]

Perezida Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro

fb_img_17196778530062851.jpg

Perezida Paul Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro ku wa Mbere, tariki ya 1 Nyakanga nk’uko byemejwe na Minisiteri ya Siporo. Ibi byatangajwe mu itangazo iyi Minisitiri yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Kamena 2024. Umukuru w’Igihugu azanakurikirana umukino uzahuza APR FC na Police FC kuri uwo munsi, guhera […]