Uwagabye igitero muri Capitol yanze imbabazi za Trump

images 4 5 1737579333

Pamela Hemphill umwe mu bagize uruhare mu myigaragambyo yo ku Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika (Capitol), yavuze ko atakwemera imbabazi zatanzwe na Perezida Donald Trump nyuma y’imyaka ine. Uyu mugore wahawe akazina ka “Maga granny” ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ibirango bya Trump “Make America Great Again” yari yarakatiwe igifungo cy’amezi abiri nyuma yo kwemera […]

Rutahizamu mushya wa APR FC yageze i Kigali

78197098 558447204726752 246645914381320192 n 24881

APR FC yakiriye rutahizamu mushya w’Umunya-Burkina Faso, Cheick Djibril Ouattara w’imyaka 25 wageze mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa Kane, tariki 23 Mutarama 2025. Ouattara wari umaze gutandukana na JS Kabylie yo muri Algeria yavuze ko yishimiye kwinjira muri APR FC avuga ko ari ikipe ifite umushinga mwiza wamusabye kuyijyamo. Ati: “Imana n’imfasha nzatanga […]

Putin na Xi Jinping w’Ubushinwa bagiranye ibiganiro

jinping and putin 6241f

Ku wa 22 Mutarama 2025 Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping bagiranye ibiganiro bakoresheje ikoranabuhanga. Ibi biganiro byibanze ku ngingo zirimo intambara ya Ukraine, ibihano by’ubukungu byafatiwe ibyo bihugu, ndetse n’ubufatanye mu mishinga y’iterambere. Umujyanama wa Perezida Putin mu bya politiki mpuzamahanga, Yuri Ushakov yatangaje ko ibiganiro byamaze isaha n’igice. […]

Amabanga 20 y’abagore/abakobwa batifuza ko umugabo/umusore wese amenya

WhatsApp Image 2025 01 22 at 16.10.22 608d3c4f

Mu buzima bw’urukundo n’imibanire hari amabanga yihariye abagore badakunda ko amenyekana. Dore amabanga 20 y’abagore/abakobwa batifuza ko umugabo/umusore wese amenya: 1. Kubika amabanga Nubwo abagore bashobora kubika amabanga, akenshi hari undi muntu bayasangiza cyane cyane umuntu babonamo icyizere. Mu magambo make ntibashobora kubika ibanga. 2. Urukundo Umugore/umukobwa ntiyashobora gukunda abagabo babiri icyarimwe. Hari umwe gusa […]

Polisi y’u Rwanda yareshe mu kico abasore babiri batorotse kasho bari bafungiyemo

WhatsApp Image 2025 01 22 at 15.12.19 fa025786

Abasore babiri aribo Nshimiyimana Eric w’imyaka 22 na Nshimiyimana Innocent w’imyaka 20 bakomoka mu Karere ka Gisagara, barashwe n’umupolisi nyuma yo gutoroka kasho ya Polisi ya Save aho bari bafungiye bakurikiranyweho gufata ku ngufu no kwica urubozo Mukandekezi Clementine w’imyaka 28. Nk’uko Polisi yabitangaje, aba basore bafashwe bari bihishe nyuma y’uko batorotse kasho bacukuye urukuta […]

Umupolisi yaguye hejuru y’umugore basambanaga muri Hoteli

images 4 1 resized 1 1737473180

Umupolisi witwa Lawal Ibrahim ukorera kuri sitasiyo ya polisi ya Kwali muri Nigeria, yapfuye ku wa Kane tariki ya 16 Mutarama mu cyumba cya hoteli ya Palasa Guest Inn iherereye i Gwagwalada, mu mujyi wa Abuja. Byatangajwe ko urupfu rwe rwabaye nyuma yo kuraara asambana n’umugore bari bahuriye ku mbuga nkoranyambaga. Amakuru aturuka mu bitangazamakuru […]

Chris Brown yasabye situdiyo ya Warner Bros kumuha miliyari 700 Frw y’indishyi

show singer chris brown held 95744009

Umuhanzi Chris Brown w’imyaka 35,m yatanze ikirego cya miliyoni $500 (700,000,000 Frw) ashinja abategura filime mbarankuru yitwa Chris Brown: A History of Violence kumusebya. Ikinyamakuru TMZ gitangaza ko Chriss Brown yereze Warner Bros. Discovery, Ample Entertainment, n’abandi kubeshya ko yakoze ibyaha birimo gufata ku ngufu umugore mu mwaka wa 2020, nubwo yari yaratanze ibimenyetso byerekana […]

Umutoza Frank Spittler ntazakomeza gutoza Amavubi

screenshot 2025 01 22 000050

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Umudage Frank Spittler wari umutoza w’Amavubi atazongererwa amasezerano nyuma yo gusoza umwaka umwe atoza ikipe y’igihugu. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Kabiri rivuga ko nyuma yo kugirana ibiganiro, impande zombi zafashe umwanzuro wo kutongera amasezerano ye. FERWAFA yatangaje ko vuba aha hazatangazwa umutoza mushya uzatoza Amavubi. […]

RIB yafunze abantu 5 bafashwe basengera mu rugo

IMG 20250122 074444

Ku wa 21 Mutarama 2025, Meya w’Akarere ka Nyamasheke, ari kumwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ndetse n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), beretse itangazamakuru abantu batanu (5) bakekwaho kugira uruhare rukomeye mu bikorwa by’itsinda ryiyise “Kristu w’Abera.” Aba bantu bafatiwe mu rugo rw’umwe muri bo aho basengaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’amabwiriza agenga ibikorwa byo […]

Abagore 6 ukwiriye kwirinda gukundana nabo

IMG 20250121 170740

Hari ubwoko bw’abagore ukwiriye kwirinda gukundana na bo kubera imiterere yabo ishobora kukwangiriza umutima no kuguhungabanya mu buzima. 1. Umugore uhorana ibibazo Uyu mugore aba ahorana amakimbirane: n’inshuti ze, abakozi b’aho akora, ndetse no mu muryango we. Uko ugerageza kumwumva ni ko umenya ko atabaho adafite ibibazo. Ibi bibazo ntibigarukira ku bandi gusa ahubwo bizanagera […]

Gen Muhoozi yanze kwitaba Abadepite aherutse kwita ibicucu

RTS7NWMB

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yahagaritse inama ya Komisiyo ishinzwe Ingabo n’Umutekano nyuma y’uko Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo yanze kwitaba ku nshuro ya Kabiri ahamagazwa.  Kutitaba kwa Gen Muhoozi kwatumye abagize komisiyo bagaragaza akababaro ku bw’agasuzuguro kagaragajwe na Gen Muhoozi cyane ko yari aherutse kwita abadepite “abasazi n’ibicucu” ndetse akabatera ubwoba ko yabafunga. […]

DJ Theo yapfuye

436420386 778585277717598 748384148646124921 n.webp 45b00

Twahirwa Theophile uzwi nka DJ Theo wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda yapfuye mu gitondo cyo ku wa 21 Mutarama 2025 mu bitaro bya Masaka nyuma y’igihe arembye. Amakuru avuga ko yari amaze amasaha make ageze muri ibyo bitaro, aho yari yajyanywe mu ijoro ryo ku wa 20 Mutarama Nubwo byagaragaraga ko ameze neza gato ku […]

Umuryango w’umukobwa wagabye igitero ku musore wanze kurongora umukobwa wabo

cover5 1737408361

Mu gace ka Karauli mu ntara ya Rajasthan mu Buhinde, habereye inkuru idasanzwe ubwo umuryango w’umukobwa warakazwaga bikomeye  n’umusore wambitse impeta umukobwa wabo maze ntiyamurongora. Uyu musore wari warambitse impeta yaje kubenga uwo yambitse impeta ku munsi w’ubukwe aho byarakaje umuryango w’umukobwa bigatuma ugaba igitero ku muryango w’uyu musore. Ubwo bagabo igitero muri uru rugo, […]

Obama, Hillary Clinton, Bill Clinton bazomerewe mu irahira rya Trump

Screenshot 20250120 183439 Instagram 1737394851

Ku wa Mbere, tariki 20 Mutarama, Barack Obama yitabiriye ibirori byo kurahira kwa Donald Trump, wabaye Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ariko yakirwa nabi n’abari aho. Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriwe n’amajwi y’abantu bari kumuzomera  ubwo yageraga ahabereye irahira. Si we wenyine wakiriwe nabi, kuko […]

Nyampinga w’u Bufaransa 2000 yaje kwerekana umukunzi mu Rwanda

guillaume gabriel na sonia rolland bari kumwe na tumukunde joselyne washinze itorero inkumburwa rihabwa amahirwe yo kubabyinira mu bukwe bwabo buzaba mu mpera z uyu mwaka b950d

Uwitonze Sonia Rolland, Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Bufaransa mu 2000, yerekanye umukunzi we Guillaume Gabriel bateganya kurushingana mu Ugushyingo 2025. Sonia Rolland usanzwe ari umunyamideli n’umukinnyi wa filime, yamugejeje mu Rwanda ku wa 18 Mutarama 2025, amwereka ibyiza by’igihugu birimo Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, Parike y’Ibirunga, n’ahandi hantu nyaburanga. Amakuru ahari avuga ko igice […]

RIB yafunze Emelyne na bagenzi be bagaragara mu mashusho y’urukozasoni yatigishije umujyi

WhatsApp Image 2025 01 20 at 14.55.57 bd315846

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu icyenda barimo Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abandi umunani bahuriye mu rubuga rwa WhatsApp rwitwa Rich Gang aho bakurikiranyweho gufata no gusakaza amashusho agaragaza imibonano mpuzabitsina. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry aba bantu bafashwe ku itariki ya 17 Mutarama 2025. Ati: ” “Nibyo koko, […]

Umumyamakuru Fatakumavuta yabatirijwe muri gereza

Polish 20241022 131708185

Umunyamakuru Fatakumavuta ufungiwe muri gereza ya Mageragere yatangaje ko amaze igihe yarihindutse mu buzima bwe nyuma yo kwakira Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza akanabatizwe mu mazi menshi mu Ukuboza 2024 mu itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru b’Isibo Radio bamusuye, Fatakumavuta yavuze ko ubu ari umuntu mushya kandi abayeho neza aho afungiwe. Fatakumavuta […]

U Rwanda rugiye kwakira ibirori by’abafana ba Arsenal

68654

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira ibirori by’abafana ba Arsenal muri Afurika bizaba ku nshuro ya gatandatu hagati ya tariki ya 18 na 20 Mata 2025. Ibi ibirori bizahuza abafana b’ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal bo muri Afurika aho bazakora ibikorwa byo gufasha abatishoboye, bakine indi mikino ndetse bagire n’umwanya wo kwishimisha no gusura ubwiza nyaburanga bw’u […]

Trump yagaruye TikTok muri Amerika

file VuZ9bWppsLk18dZgPZVfyr

TikTok yongeye gukora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Cyumweru nyuma y’uko Perezida Trump atangaje ko azasohora itegeko ryihariye ryo guhagarika ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko riyihagarika. Ku wa Gatandatu tariki ya 18 Mutarama 2025, TikTok yari yahagaritse serivisi zayo muri Amerika kubera itegeko ryari ryatowe kubera impamvu z’umutekano w’igihugu. Gusa ku Cyumweru tariki 19 […]

Kaboyi watorotse Rayon Sports WFC yatangajwe muri Yanga

20250120 065806

Umunyarwandakazi Jeanine Mukandayisenga wamenyekanye nka Kaboyi yemejwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Yanga Princess yo muri Tanzania. Uyu mukinnyi yari amaze iminsi ari mu myitozo hamwe n’iyi kipe nyuma yo kuva muri Rayon Sports Women FC yo mu Rwanda. Amakuru kandi agaragaza ko Mukandayisenga yerekeje muri Tanzania mu mwaka ushize, atorotse ikipe ya Rayon […]

Kiliziya yahagaritse umupadiri wakoze ubukwe rwihishwa muri Amerika

got 1737293376

Kiliziya Gatolika muri Diyosezi ya Warri, muri Leta ya Delta mu gihugu cya Nigeria yahagaritse Rev. Fr. Daniel Okanatotor Oghenerukevwe ku mirimo y’ubusaserdoti nyuma y’uko bivuzwe ko yakoze ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Musenyeri wa Warri, Nyiricyubahiro Anthony Ovayero Ewherido hamwe n’Umunyamabanga wa Diyosezi, Padiri Clement Abobo, tariki […]

Polisi y’u Rwanda yahannye umuhanzi The Ben

Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben yahanishijwe gutanga amande y’amafaranga ibihumbi 10 y’u Rwanda nyuma yo gufatwa n’inzego zishinzwe umutekano atwaye imodoka adakurikije amategeko agenga abatwara ibinyabiziga, aho atari yambaye umukandara w’umutekano. Iki gihano cyashyizweho na Polisi y’u Rwanda nk’uko biteganywa n’amategeko, gisanzwe gihabwa umuntu wese ugaragaye muri aya makosa agamije gushyira ubuzima bwe cyangwa ubw’abandi mu […]

Impano waha umukunzi wawe bijyanye n’ibyo akunda

87a21c76 cb94 40c9 9c2e 217df268e5b6

Mu gihe utegura impano ku muntu w’inshuti yawe, umukunzi, cyangwa umuvandimwe ni ingenzi gusobanukirwa ibyo akunda n’ibimushimisha. Impano ntabwo ari igikorwa cy’amafaranga gusa ahubwo ni ikimenyetso cy’ubwitange n’ubushishozi bigaragaza ko watekereje ku muntu uyihabwa. Ku buryo bworoshye, dore uburyo butandukanye bwo guhitamo impano ijyanye n’ibyo uwo ugiye kuyiha akunda: 1. Ku bakunda kurimba Impano: Imyenda […]

Neymar yatangaje ko Mbappé yagiriye ishyari Messi

16328651680745 1737114588

Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’Umunya-Brazil, Neymar yagaragaje ko Kylian Mbappé yagiriye ishyari Lionel Messi nyuma y’uko uyu Munya-Argentina asinye amasezerano yo gukinira Paris Saint-Germain (PSG) mu mwaka wa 2021. Neymar yavuze ibi mu kiganiro cya podcast gishya gikorwa na Romário, rutahizamu w’ibihe byose mu ikipe y’Igihugu ya Brazil. Neymar yavuze ko ibintu byahindutse Messi ageze muri […]

Umukinnyi yaguye mu kibuga arapfa

cover2 1737099542

Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Maicon Adeyemi Adewale Oluyide ukomoka mu karere ka Ilesa West muri Leta ya Osun muri Nigeria, yapfuye aguye mu kibuga ubwo yari mu irushanwa ryo kwibuka Otunba Isiaka Adetunji Adeleke.  Uyu mukinnyi wari ufite imyaka 29 yaguye mu kibuga mu mukino wa nyuma w’iri rushanwa wabereye ku kibuga cya Ataoja School of […]

Yaroze umwana we agamije kwibonera aba-followers kuri TikTok

sick twisted chilling moment tiktok 964148403 1737105355

Umugore w’imyaka 34 ukomoka muri Australia umenyerewe ku rubuga rwa TikTok, yatawe muri yombi ashinjwa kurogoya umwana we no kumukorera iyicarubozo kugira ngo abone inkunga y’amafaranga ndetse yongere n’umubare wabamukurikira kuri uru rubuga.  Amashusho yerekana uyu mugore wo muri Queensland arira ubwo abapolisi bamwambikaga amapingu mbere yo kumujyana mu modoka ya polisi. Uyu mugore arashinjwa […]

APR BBC yegukanye igikombe kiruta ibindi

20250118 090820

Nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona ya Basketball y’Icyiciro cya mbere mu mwaka w’imikino wa 2024-25, ikipe ya APR BBC yongeye kwerekana imbaraga zayo itsinda REG BBC ku manota 73-53, yegukana igikombe kiruta ibindi (Super Coupe). Uyu mukino w’amateka wabereye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 17 Mutarama 2025, watangiye Saa mbiri n’igice, […]

Nyina wa Bushali yashyinguwe

1m6a6571 3 09134

Nyina wa Bushali, Dusabimana Marie Thérèse wapfuye ku wa 14 Mutarama 2025 azize uburwayi, yashyinguwe mu cyubahiro mu muhango witabiriwe n’abahanzi barimo abakora injyana ya rap mu Rwanda. Uyu muhango watangiriye mu rusengero rwa ADEPR i Gikondo aho inshuti n’abavandimwe bakoze amasengesho yo kwihanganisha umuryango wa nyakwigendera mbere yo kumushyingura mu irimbi rya Rusororo. Bushali, […]

Umuhanzi yatawe muri yombi akekwaho ibyo gukuramo inda y’umukunzi we

maxresdefault 3

Umuvugizi wa Polisi muri Kampala, Patrick Onyango yemeje ko umuhanzi Musigazi Abdulaziz wamenyekanye nka Vyroota mu muziki wa Uganda yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukuramo inda y’umukunzi we. Amakuru ahari agaragaza ko Vyroota yateye umukobwa inda ariko yanga kuyemera ubwo yabimenyeshwaga aho yasabye uwo mukobwa gukuramo iyo inda. Nubwo uwo mukobwa yabanje kwanga, yahisemo […]

Ku myaka 120 ibura amezi 2 yaciye agahigo ko kuba umuntu ukuze cyane ku isi

2025 01 16T154051Z 640019958 RC2Q9CAHWKGI RTRMADP 3 BRAZIL OLDEST WOMAN

Umukecuru w’imyaka 119 wo muri Leta ya Rio de Janeiro muri Brazil, Deolira Gliceria Pedro da Silva aritegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 120 mu mezi abiri ari imbere, ndetse akaba agiye no kwemezwa na Guinness World Records nk’umuntu ukuze kurusha abandi ku isi. Uyu mwanya kuri ubu ufitwe n’undi Munya-Brazil witwa Inah Canabarro Lucas, umubikira w’imyaka […]

Polisi y’u Rwanda igiye gukurikirana ibya The Ben byo gutwara atambaye umukandara

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukurikirana amakosa yaba yarakozwe n’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben yo gutwara imodoka atambaye umukandara nk’uko byagaragajwe n’ukoresha urubuga rwa X witawa Edman Ishimwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mutarama 2025 nibwo uwitwa Edman Ishimwe yagiye ku rubuga rwa X maze agashyiraho amashusho […]

Umukozi wo mu ndege yirukanwe azira kumansurira mu kazi

9d5444fae9eaacb3fc89a6704c960ec7

Umukozi wo mu ndege wari umaze amezi arenga atandatu akora muri Alaska Airlines, Nelle Diala yirukanwe ku kazi nyuma yo gushyira ku rubuga rwa TikTok amashusho yamugaragazaga ari kumansurira mu ndege. Nk’uko byatangajwe na New York Post, aya mashusho yafashwe ubwo yari ari mu kazi aho byatumye ashinjwa kurenga ku mategeko y’ikigo yerekeye imikoreshereze y’imbuga […]

Papa Francis yituye hasi i Vatican

cnn L19jb21wb25lbnRzL2ltYWdlL2luc3RhbmNlcy9jbTV6YWtsajEwMDBoMzU2bTh4aTRkYWVo L19jb21wb25lbnRzL2FydGljbGUvaW5zdGFuY2VzL2NtNXphYW5zcjAwMHcyY3FlYmczYmh2MXY 300

Papa Francis w’imyaka 88 yagize impanuka aho yikubise hasi akomereka ukuboko kw’iburyo konyine nk’uko byatangajwe na Vatican. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro bye, ryemeza ko Papa yagize igikomere ku kuboko kw’iburyo mu gitondo cyo ku wa Kane ubwo yahanukaga muri Casa Santa Marta, aho atuye. Kubera iyi mpanuka, ukuboko kwe kwashyizwe mu byuma bimufasha kugusubiza […]

Umukinnyi wa Basketball wo muri Amerika yishwe arashwe

4891f87decf64d82978e4c1ba118be2b md

Noah Scurry w’imyaka 17 wari icyitegererezo mu mukino wa basketball muri Pennsylvania, yapfuye ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama 2025 nyuma yo kurasirwa hafi y’urugo rwe. Polisi yo mu Mujyi wa Philadelphia yatangaje ko Scurry yarashwe mu gitondo ahagana saa moya n’iminota cumi n’itanu (7:15 AM), ubwo yari agiye ku ishuri rya Samuel Fels […]

Ibitaro bya Nyarugenge bigiye kongera gufungura imiryango

hospital 3 2

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko ibitaro by’Akarere ka Nyarugenge bigiye kongera gutanga serivisi nyuma y’igihe byari bimaze bifunzwe kubera imirimo yo gusana. Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga n’Abasenateri asobanura ko ibi bitaro byafunzwe kugira ngo hakemurwe ibibazo birimo iby’amatiyo y’amazi yo hasi atari yubatswe neza. Minisitiri Nsanzimana yavuze ko ikibazo cy’amatiyo cyakemutse kandi ibikoresho […]

Yakoze ubukwe bikino none yisanze mu nkiko

file 3mG8dh42CVcpSMJ1Csw5aD

Mu gihugu cya Australia, haravugwa inkuru y’umugore wasabye urukiko gutesha agaciro amasezerano yo gushyingiranwa yakoze yibwira ko ari imikino aho yashakaga kwibonera abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugore utatangajwe amazina yavuze ko ibyo byabaye mu birori byo mu Ukuboza 2023 byari byateguwe n’uwari umukunzi we, aho bari bagamije kuzamura abamukurikira (followers) ku rubuga rwa Instagram. […]

Ibitaro bya CHUK bigiye kwimurwa bitarenze Kamena 2025

whatsapp image 2025 01 16 at 11.24 35 d9dc911f c8f22

Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko bitarenze Kamena 2025, Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) bizaba byimuriwe i Masaka mu Karere ka Kicukiro. Ni igikorwa cyari kimaze imyaka igera kuri 12 kiganirwaho ariko ubu kikaba kiri hafi gushyirwa mu bikorwa. Mu mwaka wa 2013, hafashwe icyemezo cyo kwimura ibi bitaro byari mu […]

Minisitiri wa Siporo agiye kwishyuriza abakinnyi n’abatoza bambuwe na Padiri

20250116 085707

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yatangaje ko ikibazo cy’abakinnyi b’ikipe ya Fatima WFC batabaza basaba kwishyurwa imishahara cyamaze kugera ku nzego zishinzwe, kandi kiri gukurikiranwa ngo kibonerwe umuti urambye. Hashize igihe havugwa ibibazo by’amikoro mu makipe y’abagore, cyane cyane akina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere aho bamwe mu bakinnyi n’abatoza bagaragaza ko badahembwa uko bikwiye. Abakinnyi […]

U Rwanda ntiruzitabira CHAN

One Final Push for Amavubi Stars to Stay in 2025 AFCON Race

Ku wa 15 Mutarama 2025 mu mujyi wa Nairobi habereye tombola igaragaza uko ibihugu bizaba biri mu matsinda y’irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe 19, rikazabera muri Uganda, Kenya, na Tanzania muri Kanama uyu mwaka. Amakipe 17 yamaze kubona itike yashyizwe mu matsinda ane, atatu arimo […]

Umufana wa Rayon Sports yavuye i Kigali ajya mu Ruhango gushimira Amagaju FC

whatsapp image 2025 01 15 at 18.34 12

Mu rwego rwo gushimira ikipe y’Amagaju FC nyuma yo gutsinda APR FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 15 wa Shampiyona wabereye kuri Stade Huye ku wa 12 Mutarama 2025, Ndakaza Gerard, umufana wa Rayon Sports, yaturutse i Kigali ajya kubashimira. Ndakaza yitwaje icyapa cyari cyanditseho amagambo agira ati: “Nta kindi nakwitura Amagaju FC.” Ibi […]

Vestine uririmbana na Dorcas yasezeranye n’umunyamahanga

screenshot 20250115 191104 7654221736963369

Ishimwe Vestine uririmbana na Dorcas yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we mu muhango wabereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Vestine uvutse mu Karere ka Musanze ni umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana hamwe n’umuvandimwe we Dorcas yasezeranye n’umusore ukomoka muri Burkina Faso nk’uko amakuru agera kuri Bwiza.com abihamya. Uyu muhango wabereye imbere […]

Amerika yaciye abihinduje ibitsina bose mu mikino

johnson transgender sports AP 25014762891054 NAT 0114 1736947541

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyo kubuza abagabo bihinduje ibitsina gukina mu mikino y’abagabo kimwe n’abagore bahinduriye ibitsina gukina mu mikino y’abagore. Ibi byatangajwe na Mike Johnson, Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko abicishije ku rubuga X (rwahoze ari Twitter) agira ati: “Uyu munsi ni intsinzi ikomeye muri Amerika kuko Abadepite b’Abarepubulikani bemeje itegeko rya […]

RIB yongeye kuburira abari gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni

20250115 163515

Urukundo rw’umukinnyi wa Basketball, Adonis Jovon Filer, ukinira APR BBC, na Kathia Uwase Kamali, umwe mu bakobwa bakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga rukomeje kuvugwaho cyane nyuma y’amakuru n’amashusho akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, aho uyu musore ashinjwa ubuhehesi. Ni urukundo rwari rugeze ku rundi rwego nyuma y’uko Adonis, ku wa 1 Mutarama 2025 yateye ivi […]

Abakinnyi b’ikipe ya Fatima WFC bagiye gufata padiri wabambuye abaca mu rihumye

IMG 0979

Abakinnyi b’ikipe ya Fatima Women Football n’umutoza wabo Ntagisanimana Saida bateye umuyobozi wa Fatima WFC, Padiri Hagabimana Ferdinand ku biro bye bashaka kumwishyuza imishahara y’amezi ane ababereye maze arikingirana ntibamuca iryera. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 14 Mutarama 2025 ahagana saa Moya nibwa aba bakozi ba Fatima WFC bagiye kwishyuza amafaranga yabo […]

Udushya twaranze igice cya mbere cya Shampiyona mu Rwanda

rayon 40

Igice cya mbere cya Shampiyona y’u Rwanda “2024/25 Rwanda Premier League” cyasojwe ku Cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2025 Rayon Sports iyoboye urutonde n’amanota 36 mu mikino 15. Ni igice cyaranzwe n’umupira mwiza n’ibitego byiza ariko hanagaragayemo ibyatunguye benshi ndetse n’amakimbirane yateje impaka. Dore ibintu bine by’ingenzi byaranze iki gice cya mbere: 1. Isezererwa rya […]

APR FC yasinyishije undi rutahizamu

joueur 3

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yaraye isinyishije rutahizamu mushya uzayifasha mu gice cya kabiri cya Shampiyona y’ikiciro cya Mbere mu Rwanda. Amakuru yatangajwe ku mugoroba wo ku wa Kabiri n’umunyamakuru Kalisa Bruno Taifa, yemeza ko rutahizamu Djibril Ouattara w’imyaka 25 y’amavuko yamaze gusinyira APR FC amasezerano y’imyaka ibiri. Djibril Ouattara yatangiye gukina ruhago mu […]

Nyina wa Bushali yapfuye

1618422168 5240 b

Umuhanzi w’umuraperi Hagenimana Jean Paul wamamaye nka Bushali ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we, nyina umubyara, wapfuye mu ijoro ryo ku wa 14 Mutarama 2025 azize uburwayi yari amaranye iminsi. Bushali umaze kumenyekana cyane mu njyana ya Kinyatrap, yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga amarangamutima y’akababaro, aho yanditse ijambo “mama” aherekezaho ikimenyetso cy’amarira. […]

Claudine wabaye umuyobozi wungirije wa RBA yapfuye

6b6ca131d4c87a92bb19417a1d9abf 1

Claudine DeLucco Uwanyiligira wabaye Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) yapfuye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri. Uwanyiligira yari umuyobozi wungirije wa RBA kuva mu 2013 aho yari afite inshingano zo gukurikirana amashami y’imari, igenamigambi, imenyekanishabikorwa, abakozi n’imiyoborere, akaba yari yungirije Arthur Asiimwe wari Umuyobozi Mukuru. Izi nshingano Uwanyiligira yazigezeho ari umuyobozi wungirije kandi yakomeje […]

Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga rya VAR

GhPW8sMWkAAY9AE

Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga ryo gufasha abasifuzi mu byemezo bifashishije amashusho rizwi nka Video Assistant Referee (VAR). Iyi stade mpuzamahanga ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza yatashywe ku mugaragaro mu mezi atandatu ashize kandi yatangiye kwakira imikino muri Kanama 2024. Amakuru yizewe agera kuri BWIZA yemeza ko Stade Amahoro yamaze gushyirwamo ibikoresho […]

Amafaranga yo gufasha Kanyankore yarigitiye mu bifu by’abakomeye

d4ee0563a17d445c8bc67b96dcea3423 473509260 18485834269048699 9035291736746861

Hari amafaranga yegeranyijwe kugira ngo afashe Kanyankore Gilbert Yaoundé, umutoza w’icyamamare mu mupira w’amaguru mu Karere ka Afurika y’i Burasirazuba, ariko ayo mafaranga yaje kumugeraho atuzuye nk’uko bari bayakusanyije. Nyuma y’uko hagaragaye inkuru mbi ivuga ko Kanyankore w’imyaka 73 arwaye kanseri kandi arembye, abakunzi b’umupira w’amaguru i Burundi, abo yatoje mu makipe nka Vital’o ndetse […]

Icyamamare cya mbere cyapfiriye mu nkongi y’umuriro i Los Angeles

0 Dalyce Curry 1 1736795393

Dalyce Curry wamenyekanye muri filime nka The Blues Brothers, The Ten Commandments, na Lady Sings the Blues, yapfuye afite imyaka 95 mu nkongi ikomeye y’umuriro yabaye i Los Angeles.  Umubiri w’uyu mukecuru wari uzwi nka “Momma D” mu muryango we, wabonetse mu nzu ye yari yasenywe n’umuriro mu gace ka Altadena. Urupfu rwe rwemejwe ku […]

Imidari yatanzwe mu mikino Olempike ya Paris 2024 yangiritse itamaze kabiri

94047419 0 image a 2 1736797112464

Abakinnyi barenga 100 bitabiriye Imikino Olempike ya Paris 2024 bamaze gusubiza imidari yabo nyuma y’amezi atanu gusa kubera ko yangiritse. Nk’uko byatangajwe na Reuters iyi midari yakorewe mu ruganda rw’Icyubahiro rwa Paris (Monnaie de Paris) aho amakosa yabaye ku rwego rwo gukoresha ibinyabutabire bidafite ubuziranenge bikaba aribyo byateye iyo midari kwangirika mu buryo bwihuse. Ibi […]

Yafunzwe azira gishyira igitsina cye mu zuru ry’ifarasi

8aca069e44bc4fafb2e89c5789588b04 md

Mu kwezi gushize muri Leta ya Florida, polisi yataye muri yombi umugabo witwa Donald Calloway w’imyaka 53 nyuma yo gushinjwa ibikorwa bifitanye isano no guhohotera inyamaswa byakorewe ifarasi. Ibi byabereye mu gace ka Lake Wales ku itariki ya 26 Ukuboza 2024 nk’uko byemezwa n’abatangabuhamya babonye uyu mugabo ari gukora ayo mahano. Nk’uko bigaragara mu nyandiko […]

Mwubahe Tantine wanyu yemwe bana: Kate Bashabe

IMG 20250112 074631

Mu minsi ishize umuhanzi Juno Kizigenza yashyize ku mbuga nkoranyambaga amashusho agaragaza ari kumwe na Kate Bashabe baririmba indirimbo Shenge, indirimbo yiganjemo amagambo y’urukundo aho ayo mashusho yatumye bamwe mu bakurikira aba bombi batangira gukeka ko hagati yabo hashobora kuba hari urukundo bitewe n’uburyo bagaragaye. Mu gice cy’ibitekerezo (comment section) umwe mu bakunzi babo yanditse […]

Abarundi bateye inkunga yo kwivuza Kanyankore wahesheje Amavubi Cecafa (Amafoto)

d4ee0563a17d445c8bc67b96dcea3423 473509260 18485834269048699 9035291736746861

Umutoza w’inararibonye ukomoka mu Burundi, Kanyankore Gilbert uzwi nka Yaoundé wigeze gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yashimiwe ku bitangaza yagezeho mu mupira w’amaguru, anahabwa inkunga yo gukomeza kwivuza nyuma y’igihe arwaye. Ku Cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2025 mu gihugu cy’u Burundi hateguwe umukino wihariye wo gushimira Kanyankore no kuzirikana ibigwi bye mu kibuga […]

Nta mutinganyi wemerewe kuba umusirikare muri Nigeria

T111

Leta ya Nigeria yashyizeho amabwiriza mashya abuza abasirikare bayo kwijandika mu bikorwa birimo ubutinganyi, gusambanya inyamaswa, kwambara imyenda itajyanye n’igitsina cyabo (cross-dressing) n’ibindi byitwa ko binyuranyije n’amahame y’imyitwarire ya gisirikare. Ibi byashyizwe mu ngingo ya 26 y’amategeko mashya agenga imyitwarire n’amasezerano y’abasirikare (Harmonised Armed Forces Terms and Conditions of Service) yashyizweho umukono na Perezida Bola […]

Miss Mutesi Jolly yagaragaye ku mukino wa Arsenal na Man U (Amafoto)

20250113 074710

Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara ku mukino wa FA Cup wahuje Arsenal na Manchester United kuri Emirates Stadium i Londres ku itariki ya 12 Mutarama 2025. Uyu mukino waranzwe n’ubushyamirane bukomeye warangiye Manchester United itsinze Arsenal kuri penaliti nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota isanzwe y’umukino. Mutesi Jolly […]

Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu

Cow horned portrait

Mu gihugu cya Brazili, mu gace ka Samambaia mu Mujyi wa Federal haravugwa urupfu rw’umukozi wo mu rwuri w’imyaka 45 bivugwa ko yageragezaga gufata inka ku ngufu. Uyu mugabo utatangajwe amazina yasanzwe yapfuye aryamye iruhande rw’inka yambaye agakingirizo yari agiye gukoresha afata kungufu iyo nka. Amakuru yatangajwe n’abakozi bagenzi be avuga ko uyu nyakwigendera yari […]

AS Kigali yarezwe muri Ferwafa

WhatsApp Image 2025 01 11 at 13.34.27 15908d8c

Blaise Itangishaka wahoze ari umukinnyi wa AS Kigali mu mwaka w’imikino wa 2023-24 yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) asaba ko ryamufasha kwishyuzwa amafaranga miliyoni 2.4 Frw iyi kipe imufitiye. Blaise avuga aya mafaranga arimo imishahara y’amezi ane atigeze ahabwa ubwo yakiniraga AS Kigali, ikipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali. Uyu wahoze ari myugariro […]

Yaretse gukina Basketball ajya gucuruza ubwambure bwe kuri murandasi

sum mer 2025 01 11T145515.007 1

Liz Cambage, umwe mu bakinnyi b’imena b’umupira w’amaboko w’abagore ku isi yongeye kugaruka mu itangazamakuru mu buryo budasanzwe nyuma y’uko aretse gukina akajya gucuruza ubwambure bwe kuri murandasi. Uyu mukobwa wahoze akina muri shampiyona ya WNBA muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko amafaranga yinjije mu cyumweru cya mbere ajya kuri OnlyFans urubuga rucuruza  […]