Miss Mutesi Jolly yagaragaye ku mukino wa Arsenal na Man U (Amafoto)

20250113 074710

Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara ku mukino wa FA Cup wahuje Arsenal na Manchester United kuri Emirates Stadium i Londres ku itariki ya 12 Mutarama 2025. Uyu mukino waranzwe n’ubushyamirane bukomeye warangiye Manchester United itsinze Arsenal kuri penaliti nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota isanzwe y’umukino. Mutesi Jolly […]

Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu

Cow horned portrait

Mu gihugu cya Brazili, mu gace ka Samambaia mu Mujyi wa Federal haravugwa urupfu rw’umukozi wo mu rwuri w’imyaka 45 bivugwa ko yageragezaga gufata inka ku ngufu. Uyu mugabo utatangajwe amazina yasanzwe yapfuye aryamye iruhande rw’inka yambaye agakingirizo yari agiye gukoresha afata kungufu iyo nka. Amakuru yatangajwe n’abakozi bagenzi be avuga ko uyu nyakwigendera yari […]

AS Kigali yarezwe muri Ferwafa

WhatsApp Image 2025 01 11 at 13.34.27 15908d8c

Blaise Itangishaka wahoze ari umukinnyi wa AS Kigali mu mwaka w’imikino wa 2023-24 yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) asaba ko ryamufasha kwishyuzwa amafaranga miliyoni 2.4 Frw iyi kipe imufitiye. Blaise avuga aya mafaranga arimo imishahara y’amezi ane atigeze ahabwa ubwo yakiniraga AS Kigali, ikipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali. Uyu wahoze ari myugariro […]

Yaretse gukina Basketball ajya gucuruza ubwambure bwe kuri murandasi

sum mer 2025 01 11T145515.007 1

Liz Cambage, umwe mu bakinnyi b’imena b’umupira w’amaboko w’abagore ku isi yongeye kugaruka mu itangazamakuru mu buryo budasanzwe nyuma y’uko aretse gukina akajya gucuruza ubwambure bwe kuri murandasi. Uyu mukobwa wahoze akina muri shampiyona ya WNBA muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko amafaranga yinjije mu cyumweru cya mbere ajya kuri OnlyFans urubuga rucuruza  […]

ADEPR yahagaritse amasezerano y’abapasiteri bafungiwe insengero

adeper 30

Itorero ADEPR mu Rwanda ryahagaritse amasezerano y’abapasiteri n’abarimu bayo bakoreraga mu nsengero zafunzwe mu bugenzuzi bwakozwe na RGB muri Kamena umwaka ushize wa 2024. Mu nama yateraniye ku wa 27 Ugushyingo 2024, Komite Nyobozi y’Itorero ADEPR yafashe umwanzuro wo gusubika amasezerano y’umurimo yari yaragiranye n’abakozi bayo bakoreraga mu nsengero zafunzwe. Mu ibaruwa ifunguye yashyizweho umukono […]

Shaddboo yaba yarambuwe miliyoni 6 mu rukundo rw’ibinyoma

log 01 11 1ad7e

Abantu benshi kuri murandasi bacitse ururondogoro nyuma y’uko Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo, atangaje ko atigeze akundana by’ukuri na Producer YewĂ«eH. Shaddyboo yavuze ko we na YewĂ«eH bari mu masezerano yo kugaragaza ko bakundana mu rwego rwo kumufasha kumenyekana gusa ngo amafaranga yagombaga guhembwa muri urwo rukundo rw’ubucuruzi ntiyigeze ayahabwa. Mu Ukwakira […]

Rutahizamu Mamadou Sy wa APR FC yayiteye umugongo yigira i Burayi

whatsapp image 2024 07 21 at 17.24 58 1

Rutahizamu mpuzamahanga ukomoka muri Mauritania w’imyaka 24 wakiniraga APR FC, Mamadou Sy yemejwe nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Tikvesh yo muri Macedonia. Uyu mukinnyi yari amaze amezi atandatu akinira APR FC yo mu Rwanda ariko ubu agiye kwerekeza ku mugabane w’u Burayi aho azakinira Tikvesh. Ikipe ya Tikvesh yamusinyishije mu rwego rwo kuzamura urwego rw’ubusatirizi bwayo […]

Donald Trump ari gutegura guhura na Putin

2d322770 cf11 11ef 9991 2f3d9895d447.jpg

Donald Trump, perezida uherutse gutorwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hari inama iri gutegurwa hagati ye na Perezida Vladimir Putin wa Russia. Mu magambo yavuze ku kigo cye cya Mar-a-Lago muri Florida, Trump yagize ati: “Yifuza guhura nanjye kandi turimo kubitegura.” Nubwo nta gihe ntakuka yatangaje ku bijyanye n’igihe iyo nama izabera, […]

Rayon Sports igiye gusinyisha rutahizamu mushya

WhatsApp Image 2025 01 09 at 12.02.03 941c6d98

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushakisha abakinnyi bazayifasha gukomeza kwitwara neza mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda aho byatangajwe ko iri mu biganiro n’umukinnyi w’Umunya-Uganda, Bayo Aziz Fahad. Amakuru yizewe yamenyekanye mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mutarama 2024 agaragaza ko Bayo ari hafi gusinya amasezerano muri Rayon Sports. Uyu […]

Zari Hassan yannyeze abasetse umugabo we (Videwo)

Gg1lzPHWgAAskcG

Umunyamideli w’Umunya-Uganda uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yifashishije imbuga nkoranyambaga atabara umugabo we Shakib Lutaaya nyuma yo kwibasirwa n’abantu bamuseka bavuga ko adashoboye kuvuga neza Icyongereza. Ibi byabaye mu gihe uyu mugabo yitegura kugaragara mu gice cya gatatu cya filime mbarankuru ya Netflix, Young Famous & African ibarizwamo ibyamamare bikomeye muri Afurika. Mu mashusho […]

U Rwanda rwatangiye gukingira virusi itera SIDA

prep inject

Mu rwego rwo kurwanya ikwirakwira rya virusi itera SIDA, u Rwanda rwatangije ikoreshwa ry’urushinge rwa PrEP rukora igihe kirekire aho rwitezweho gufasha abantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi virusi. PrEP ni umuti wifashishwa mu gukumira kwandura virusi itera SIDA ukaba ukora mu mubiri aho uremamo ubwirinzi bukomeye butuma virusi itabona aho yikinga igihe umuntu […]

RDC na Sudan biyoboye isi mu kugira abagabo bibitseho ibitsina bya rutura

Data reveals the average penis size for countries Nigeria falls below expectations 3

Ubushakashatsi bwakozwe na Data Pandas isoko y’amakuru atandukanye ku buzima n’imibare y’abaturage, ubukungu ndetse n’ibindi bwerekanye uko ibihugu bihagaze ku bipimo by’uburebure bw’igitsina cy’abagabo igihe cyafashe umurego. Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko impuzandengo y’uburebure bw’igitsina cy’abagabo ku isi ari hafi santimetero 13.12 (inch 5.16) mu gihe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari santimetero 14.1 (inch […]

Jay-Z yareze uwamushinjaga gusambanya umwana ku ngufu

jayz sues tony

Umuraperi w’umunyamerika Jay-Z yasabye urukiko guhana umunyamategeko Tony Buzbee, amushinja gutanga ikirego kibeshya cy’uko yasambanyije umwana muto mu mwaka wa 2000 nyuma y’ibirori bya MTV VMA Awards. Mu nyandiko yashyikirijwe urukiko n’umunyamategeko wa Jay-Z, Alex Spiro ashinja Buzbee ko atigeze akora iperereza ry’ibanze mbere yo gutanga ikirego. Iki kirego kirega Jay-Z na mugenzi we Diddy […]

The Ben yakiriye umwana warize mu gitaramo cye (Amafoto)

WhatsApp Image 2025 01 08 at 15.23.46 3b708cd4

Ku wa 7 Mutarama 2025 umuhanzi The Ben yakiriye mu rugo umwana muto wamweretse urukundo rukomeye mu gitaramo aherutse gukorera muri BK Arena ku wa 1 Mutarama 2025. Uyu mwana ukomoka mu Karere ka Rubavu yagaragaye asuka amarira imbere ya The Ben kubera urukundo akunda uyu muhanzi. Amashusho yashyizwe hanze na The Ben nyuma y’igitaramo […]

Rondpoint yo kuri Kigali Convention Centre yari irimo “car-free zone” yasenywe (Amafoto)

Untitled 1 1

Ahari umuhanda uzengurutse (KBC Rondpoint) hagati ya Kigali Convention Centre (KCC), Kigali Heights (KH) na Kigali Alliance Business Center (KABC) hasenywe burundu. Iyi rondpoint yari imenyerewe nk’ahantu abantu bajya kuruhukira, gukora siporo, gufata amafoto ndetse no gukora ibindi bikorwa byo gutunganya amashusho. Hagati y’iyi rondpoint harangwaga n’ikibumbano cy’umubyeyi ufite umwana mu biganza bye bikaba byaratumaga […]

Police FC yirukanye Mashami Vincent

17385

Ikipe ya Police FC yamaze gusezerera umutoza Mashami Vincent wari umutoza mukuru w’iyi kipe y’igipolisi cy’u Rwanda. Ku gicamunsi cyo kuru uyu wa Gatatu tariki 8 Mutarama 2024 nibwo byamenyekanye ko ikipe ya Police FC yamaze gusezerera umutoza wayo mukuru Mashami Vincent. Mashami Vincent yirukanwe muri Police FC nyuma yo gusoza imikino 15 ibanza ya […]

Umujyi wa Kigali ugiye gukoresha satellite mu gutahura abubaka binyuranyije n’amategeko

1596

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwemeje ko bugiye gutangiza ikoranabuhanga rishingiye ku cyogajuru rizajya ryifashishwa mu kugenzura inyubako zubakwa zidafite ibyangombwa cyangwa zubakwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel yatangarije Abadepite ko iri koranabuhanga rizaba ryamaze gutangira gukoreshwa bitarenze ukwezi kwa Mutarama 2025. Yagize ati: “Tugiye gushyiraho uburyo bw’ikoranabuhanga tugiye kujya dukoresha […]

Yatandukanye n’umugore we wasomanye n’umuhanzi mu gitaramo (Amafoto)

IMG 20250107 224108 1736286332

Umugabo yatandukanye n’umugore we bari bamaranye imyaka 10 bashakanye nyuma yo kubona amashusho y’uyu mugore asomana n’umuhanzi Romeo Santos mu gitaramo cyabereye muri Repubulika ya Dominikani. Miriam Cruz, umugore ukorera kuri Instagram ufite abamukurikira barenga 124,000, yagaragaye asanga uyu muhanzi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku rubyiniro mu gitaramo cyabaye ku itariki ya […]

Amabere y’umukobwa yikubye inshuro 4 mu bunini nyuma yo guterwa urukingo rwa Covid-19

IMG 9848 1736285946

Mu gihe cy’amezi atandatu nyuma yo guterwa urukingo rwa Covid-19 rwa Pfizer, umukobwa w’imyaka 19 wo muri Canada yabayeho ubuzima butangaje ubwo amabere ye yabaga manini  cyane aho bitangazwa ko yikubye inshuro 4.  Uyu mukobwa watangiriye ku ngano ya B cup akagera kuri G cup (ubunini bw’amabere) yatangiye kumva amabere ye ari kugenda abyimba nyuma […]

Elon Musk arashaka kugura Liverpool

0 Trump Campaign

Umuherwe ukomoka muri Afurika y’Epfo akaba nyir’ikigo Tesla, SpaceX, na X, Elon Musk biravugwa ko yaba yifuza kugura ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza. Iki cyifuzo cyatangajwe na se, Errol Musk mu kiganiro aherutse kugirana na Times Radio i Londres mu Bwongereza. Ubwo umunyamakuru yamubazaga niba umuhungu we afite gahunda yo kugura Liverpool, Errol yagize […]

CAF ikomeje gushyira Amavubi mu gihirahiro

image 6483441 10

Ku wa Kabiri tariki ya 7 Mutarama 2025 Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje urutonde rw’amakipe 17 yamaze kubona itike yo kwitabira Igikombe cya CHAN 2024 kizabera muri Kenya. Aya makipe ni Kenya, Tanzania, Uganda, Maroc, GuinĂ©e, SĂ©nĂ©gal, Mauritanie, Niger, Burkina Faso, Nigeria, Repubulika ya Centrafrique, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Congo, Sudani, Zambia, […]

Uburyo 8 bwo kubaka urugo rwiza

Be best friends

Umubano w’abashakanye ntushingira gusa ku rukundo, gukururana cyangwa kugira ibyo bahuriyeho. Nubwo umubano mwiza udashobora kuba mwiza mu buryo bwuzuye abashakanye bashobora guharanira kubaka urugo rurambye bifashishije ingamba zihamye. Nk’uko abantu batandukanye bafite uko babona urugo rutunganye hari ibintu by’ingenzi bishobora gushyirwa mu bikorwa kugira ngo umubano ugire imbaraga kandi uhamye. Hano hari uburyo umunani […]

Umubyinnyi General Benda arembeye mu bitaro nyuma y’imburo ya Minisitiri w’Ubuzima

385827327 17938709558724378 7815885870628666740 n 8508581705318938

Umubyinnyi General Benda yahuye n’uburwayi bwa Malaria bwatumye bamujyana mu bitaro aho arimo kwitabwaho n’abaganga. Ibi bibaye nyuma y’iminsi Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana asabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Malaria, bitewe n’uko iyi ndwara yongeye gufata intera. Mu mashusho mato akomeje gukwirakwira ku mbugankoranyambaga yerekana uyu musore aryamye mu gitanda afite selumu ku kuboko […]

Abakristo bo mu Burayi bari mu mazi abira

GettyImages 2148138099 2

Abakristo hirya no hino mu Burayi baratangaza ko bahura n’ibibazo birimo gukubitwa, gutukwa, kwirukanwa ku kazi, ndetse no gusabwa guceceka ku myemerere yabo mu biganiro byihariye cyangwa ku mbuga nkoranyambaga zabo bwite nk’uko raporo nshya y’imiryango irengera uburenganzira bw’abantu ibigaragaza. Mu Bufaransa abihayimana babiri bahisemo kwimuka mu gace babagamo nyuma yo gukubitwa, kubacira no gutukwa […]

Jennifer Lopez yatandukanye n’umugabo we bamaranye imyaka 2

download 10

Jennifer Lopez na Ben Affleck bamaze kurangiza ibyerekeye gutandukana kwabo, aho basabye urukiko rwo muri Los Angeles kwemeza burundu gatanya yabo. Lopez yashyikirije urukiko inyandiko ku wa Mbere zigaragaza ko we na Affleck bamaze kumvikana ku byerekeye umutungo n’ibindi byose bijyanye no gutandukana kwabo. Ubu bwumvikane bwabaye mu Nzeri 2024 amezi make nyuma y’uko Jennifer […]

Umunya-Canada yapfiriye muri Kenya nyuma yo kumara ijoro yikinisha

WhatsApp Image 2024 10 16 at 10.14.42 AM

Umunya-Canada witwa Gregory John Kilgour, w’imyaka 66 yasanzwe yapfuye mu cyumba cye giherereye i Shanzu, Mombasa muri Kenya mu gitondo cyo ku wa Mbere. Bikekwa ko urupfu rwe rwatewe n’ibikorwa byo kwikinisha yarayemo mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira ku wa Mbere yapfiriyeho. Nk’uko Polisi yo muri Kenya yabitangaje, umurambo wa Kilgour wasanzwe mu nzu, […]

Byagenze gute ngo Rayon Sports iterete birangire Police FC irongoye

ggo1301wsaa8vj6 1307b

Mu masaha make cyane Byiringiro Lague wari utegerejwe nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yatangajwe nk’umukinnyi wa Police FC, aho yasinye amasezerano azarangira mu mpeshyi ya 2026. Ku wa Mbere tariki ya 6 Mutarama 2025 nibwo Byiringiro yageze i Kigali aho yakiriwe n’ubuyobozi bwa Rayon Sports bwari bumaze iminsi mu biganiro na we. Akigera i Kigali […]

Byringiro Lague yageze i Kigali gusinyira Rayon Sports

GgmwUnaWkAAFvFd

Nyuma yo gutandukana na Sandvikens IF yo muri Suwede, Byiringiro Lague yageze ku kibuga cy’indege cya Kigali i  Kanombe mu Rwanda mu gotondo cyo kuri uyu wa Mbere mu biganiro bya nyuma na Rayon Sports. Akigera ku kibuga cy’indege uyu mukinnyi yakiriwe n’umuyobozi wa Rayon Sports, Bwana ThadĂ©e Twagirayesu ndetse n’umuyobozi ushinzwe imishinga muri iyi […]

Kanye West yerekanye amashusho y’umugore we yambaye ubusa

IMG 20250106 070200 1736143427

Umuraperi Kanye West yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze amashusho agaragaza umugore we, Bianca Censori, ku isabukuru ye y’imyaka 30 ku itariki ya 5 Mutarama yambaye ubusa. Aya mashusho ari mu ibara ry’umukara n’umweru agaragaza Bianca yicaye mu bwogero nta mwambaro yambaye. Muri ayo mashusho Bianca agaragara ari kwikora mu musatsi we ndetse rimwe na rimwe […]

Umugeni yatorotse ubukwe ku munota wa nyuma kubera ubwoba bwo kurongorwa (Amafoto)

cover6 1736081883

Umugeni witwa Nansik Dashe wari utegerejwe n’imiryango n’inshuti mu birori by’ubukwe bwe yatorotse umunsi umwe mbere y’ubukwe bwe mu karere ka Plateau mu gihugu cya Nigeria. Ubukwe bwa Nansik Dashe na Kapnan Daniel Ventur bwari buteganyijwe kuba ku wa 27 Ukuboza 2024 mu rusengero rwa COCIN LCC, NIMTIM, PIL Gani. Amakuru aturuka ku bantu ba […]

Tshisekedi yahuye na Emir wa Qatar

WhatsApp Image 2025 01 06 at 09.20.59 cefea96a

Ku Cyumweru tariki ya 5 Mutarama 2025 Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Antoine Tshisekedi yasuye Qatar mu ruzinduko rw’akazi. Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Congo birimo ActualitĂ©, Perezida Tshisekedi yagiranye ikiganiro cyihariye na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani. Muri uru ruzinduko Tshisekedi yari ari kumwe na Ambasaderi wa […]

OMS yemeje Coronavirus nk’icyorezo gihangayikishije isi mu 2025

03990000 0aff 0242 34e0 08dab21be46c w1080 h608 s

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryatangaje ku mugaragaro ko icyorezo cya coronavirus cyadutse mu Bushinwa ari icyorezo mpuzamahanga giteye inkeke (PHEIC). Uyu mwanzuro watangajwe n’Umuyobozi Mukuru wa OMS, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Genève, mu Busuwisi. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’inama y’itsinda ryihariye rya OMS ku bijyanye n’ibyorezo, ryateranye […]

Umunyamakuru Kalex yarongoye

20250105 210224

Umunyamakuru w’imyidagaduro Kavukire Alex, uzwi ku izina rya Kalex yasabye anakwa umukunzi we Angelique Uwayezu mu birori by’agatangaza byabereye mu Karere ka Nyanza. Nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko mu cyumweru cyashize, imihango y’ubukwe yabaye kuri iki cyumweru tariki ya 5 Mutarama 2025, ikubiyemo gusaba no gukwa ndetse no gusezerana imbere y’Imana. Umuhango wo gusaba no […]

Umugore wari ukuze cyane ku isi yapfuye

IMG 20250104 WA0042 860x573 1

Umugore w’Ubuyapani, Tomiko Itooka wari ufite imyaka 116 n’agahigo ko kuba umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi, yapfuye ku wa 29 Ukuboza 2024. Urupfu rwe rwemejwe n’inzego z’ubuzima kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Mutarama 2025. Tomiko, wavukiye mu Mujyi wa Osaka mu Buyapani ku wa 23 Gicurasi 1908 yari yarahawe agahigo na Guinness […]

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu yabonye ikipe i Burayi

34627

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Innocent Nshuti yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri mu ikipe yo muri Azerbaijani, Zira FK ikinamo umunyarwanda mugenzi we Ange Mutsinzi akaba n’inshuti ye y’igihe kirekire. Nshuti ukinira ikipe y’igihugu ya Rwand, yemeje aya makuru mu kiganiro n’abanyamakuru mbere y’uko yerekeza muri Azerbaijani mu ndege ya RwandAir ku mugoroba wo kuwa Gatanu […]

Mu Bushinwa hadutse icyorezo cyandura cyane kurusha Covid-19

covid 19 pandemic hong kong virus

Itangazamakuru ry’Ubushinwa ryatangaje ko hari ubwiyongere bw’ubwandu bwa virusi yitwa Human Metapneumovirus (HMPV) cyane cyane mu bana bari munsi y’imyaka 14 bo mu bice by’amajyaruguru. Virusi ya HMPV ishobora kugaragaza ibimenyetso birimo inkorora, umuriro, ibicurane, guhumeka insigane, n’ibisebe mu muhogo, nk’uko bivugwa n’ikigo Cleveland Clinic. N’ubwo umuntu wese ashobora kuyandura, abana bari munsi y’imyaka itanu […]

Umupfumu yinjiriye Rayon Sports

InShot 20250104 090329070

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu ThadĂ©e yatangaje amakuru ateye inkeke ajyanye n’imyitwarire y’umukinnyi Aruna Madjaliwa uvugwaho kwanga gukina umukino wa Musanze FC kubera inama yahawe n’umupfumu. Twagirayezu yabitangaje ubwo yari mu kiganiro n’itsinda ry’abafana ba Rayon Sports ryitwa “Dream Unity Fan Club.” Yavuze ko Madjaliwa yari ku rutonde rw’abakinnyi bagombaga kwitabira uwo mukino, ariko asaba […]

Nicki Minaj arashinjwa gukubita umugabo

a267ce9b8ca44d869170f7a4d387e5e8 md

Umuraperikazi Nicki Minaj arashinjwa n’umujyanama we, Brandon Garrett kumukubita ndetse no kumutuka ubwo  bakoranaga muri gahunda z’urugendo rw’ibitaramo bye muri Mata 2024. Garrett, wiyise umujyanama wa Nicki muri icyo gihe yashyikirije ikirego inkiko abifashijwemo n’umunyamategeko Thomas Feher aho ashinja Nicki kumukubita no kumutera ubwoba nyuma y’igitaramo cyabereye mu mujyi wa Detroit. Nk’uko TMZ yabitangaje umwunganizi […]

Gakenke: Uwari ugiye mu bukwe yapfiriye mu mpanuka

IMG 20250104 071502

Mubano Alain w’imyaka 34 wari utuye mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyabagarura, yapfuye azize impanuka ya moto ubwo yari mu rugendo ava mu Karere ka Gakenke ajya i Musanze ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 3 Mutarama 2025. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Muhororo, Akagari ka Muhororo, hafi y’ahazwi nko […]

Ibikorwaremezo bidasanzwe byitezwe mu Rwanda 2025 (Amafoto)

Untitled 1

U Rwanda rugiye gutangiza umushinga ukomeye wo guteza imbere ibikorwaremezo mu bijyanye n’ubwikorezi, icumbi, ingufu, amazi n’isukura, ubukerarugendo, imyidagaduro, n’ubuzima. Kuri ubu hari imishinga 14 ikomeye izahindura isura y’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2025 twatangiye muri iki cyumweru. Reka terebere hamwe iyo mishinga y’ibikorwaremezo by’akataraboneka. 1. Gare ya Nyabugogo izatwara miliyari 207,002,540,000 Frw Gusana […]

Hakim Sahabo arifuzwa n’umunyabigwi wa Liverpool

FzASp8WWABQ XlM

Umukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda, Hakim Sahabo ashobora gusohoka muri Standard Liege mu isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi muri Mutarama 2025, akerekeza muri Beerschot yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi iyobowe na Dirk Kuyt wabaye icyamamare muri Liverpool. Dirk Kuyt wabaye cyimenyabose muri Liverpool arifuza kuzana uyu mukinnyi ukiri muto muri uku kwezi nk’uko amakuru abyemeza […]

Musanze FC yahagaritse Umugande

WhatsApp Image 2025 01 03 at 12.18.11 2613048f

Ikipe ya Musanze FC yahagaritse myugariro wayo w’Umunya-Uganda, Bakaki Shafiki nyuma yo kurangwa n’imyitwarire itari iya kinyamwuga mu mukino wa shampiyona batsinzwemo na Vision FC ku munsi wa 15 wa shampiyona y’u Rwanda. Amakuru yizewe avuga ko Shafiki yaba yaraketsweho ubugambanyi bwo gutanga amakuru y’ikipe mu buryo butemewe aho ibyo byatumye umutoza afata icyemezo cyo […]

Byiringiro Lague yatandukanye na Sandvikens IF

WhatsApp Image 2025 01 03 at 12.18.11 be123709

Ikipe ya Sandvikens IF yo mu cyiciro cya kabiri muri Sweden yatangaje ko yatandukanye n’umukinnyi w’Umunyarwanda Byiringiro Lague nyuma y’imyaka ibiri bakorana. Iki cyemezo cyamenyekanye mu itangazo iyi kipe yashyize ahagaragara rivuga ko impande zombi zanzuye kurangiza amasezerano kubwumvikane neza. Byiringiro Lague yageze muri Sandvikens IF mu 2022 avuye mu ikipe ya APR FC yo […]

Burna Boy yashotaguye umufana wamusanze ku rubyiniro (Videwo)

Mu gitaramo “Greater Lagos Countdown 2025” cy’umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, Burna Boy yahagaritse kuririmba nyuma yo kugirana ikibazo n’umufana waje ku rubyiniro atabiherewe uburenganzira bikarangira uyu muhanzi amushotaguye imigeri. Amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Burna Boy akubita uwo mufana mbere y’uko abashinzwe umutekano bamumanura ku rubyiniro. Nyuma y’iki gikorwa cyitishimiwe n’abafana, Burna Boy yahise […]

U Rwanda rwihanganishije Amerika yagabweho igitero

GgO5MRKWYAAjl6B

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihanganishije imiryango y’Abanyamerika 15 bapfiriye mu gitero cyagabwe mu mujyi wa New Orleans, ubwo umushoferi yagongaga ku bushake ikivunge cy’abantu bari mu byishimo byo gutangira umwaka mushya. Ku wa 1 Mutarama 2025 nibwo Leta ya Amerika yatangaje iki gitero nk’igikorwa cy’iterabwoba cyagabwe mu masaha ya saa […]

Amb. Olivier Nduhungirehe yanyuzwe n’igitaramo cya The Ben

ggpnhtnxgaa64bs 0a18d

Minisitiri Nduhungirehe Olivier yitabiriye igitaramo cya The Ben muri BK Arena aho yaje no guhura n’uyu muhanzi na bagenzi be bari Tom Close na Otile Brown wo muri Kenya. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2025 muri BK Arena aho cyari cyiswe “The New Year Groove & Launch Album.” Intego z’iki […]

Eddy Kenzo yifatiye ku gahanga Bobi Wine wijanditse muri Politiki

photo output 13 scaled 1

Umuhanzi ukomoka muri Uganda, Eddy Kenzo uzwi cyane ku ndirimbo “Sitya Loss,” yatangaje ko uruhare rwa Bobi Wine muri politiki rwagize ingaruka mbi zikomeye ku ruganda rw’umuziki muri Uganda. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yakoze mu ijoro ryo ku wa Gatatu mu birori byo kwizihiza Umwaka Mushya byabereye kuri Sheraton Hotel. Kenzo yavuze ko Bobi Wine […]

The Ben yaririye mu gitaramo

54241030270 e5d63b39b6 b

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yasutse amarira mu gitaramo yakoze cyihariye cyo kumurika Album ye nshya “Plenty Love”. Iki gitaramo cyabaye tariki 1 Mutarama 2025 muri BK Arena aho cyaranzwe n’ibyishimo n’amarangamutima. The Ben yashimye Imana ku mirimo idasanzwe yamukoreye ndetse n’urukundo rwinshi yeretswe n’abafana. The Ben yatangiriye ku ndirimbo “Ni Forever”, ayitura […]

Abanyamakuru batsinze abakarateka

000a7262 001 29070

Ikipe y’Abanyamakuru b’i mikino mu Rwanda, AJSPOR yatsinze ikipe y’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Karate kuri penaliti 4-3, nyuma yo kunganya 0-0 mu minota 70 y’umukino. Uyu mukino wabereye mu Bugesera aho wari ugamije ubusabane hagati y’impande zombi. Ku ruhande rwa Karate, bakinanye ubuhanga aho Muvandimwe Jean Marie ukina mu cyiciro cya mbere na Ndayishimiye Eric Bakame […]

U Rwanda ntiruremezwa na CAF kwitabira CHAN

IMG 20241228 185611

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yashyize ahagaragara urutonde rw’ibihugu byamaze kubona itike yo kwitabira CHAN 2024 bitarimo u Rwanda.  Ibihugu byabonye itike birimo Kenya, Uganda, Tanzania, Sudani (CECAFA), Guinea, Senegal, Mauritania (WAFU A), Niger, Burkina Faso, Nigeria (WAFU B), Morocco (UNAF), Centrafrique, Congo, DR Congo (UNIFAC), hamwe na Angola, Zambia, na Madagascar (COSAFA). U […]

Rurageretse hagati y’abanyamakuru Mihigo Saddam, Niyibizi Aime n’ikinyamakuru IGIHE

GgIO1kAWYAAFzMX

Rurageretse hagati y’abanyamakuru Mihigo Saddam na Niyibizi Aime n’ikinyamakuru IGIHE aho aba banyamakuru bagishinja gukwirakwiza amakuru badagazeho y’uko bamaze gusinya kuri Fine Fm. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31/12/2024, ikinyamakuru Igihe cyatangaje ko abanyamakuru Mihigo Saddam na Niyibizi AimĂ© berekeje kuri Fine FM mu kiganiro Urukiko rw’Ubujurire. Nyuma y’ayo makuru, Mihigo Saddam yahise ayanyomoza […]

Ibanga ryo kugendana n’Imana muri 2025

Walking in the Spirit

Mu mateka y’Isezerano rya Kera n’Isezerano Rishya, Bibiliya iduha ingero z’abagendanye n’Imana mu mibereho yabo. Abo bantu bagaragaje ukwizera n’ukuyoborwa n’Imana muri byose, bikabaviramo umugisha n’imbuto mu buzima bwabo. Ibi bituma buri wese yisuzuma, akibaza niba nawe agendana n’Imana mu mibereho ye ya buri munsi cyane ko hari benshi bibuka Imana gusa mu bihe bikomeye. […]

Bruce Melodie na The Ben baba biyungiye mu birori batumiwemo na Perezida

the ben vs bruce melodie 8941011735629209 1

Abahanzi bakomeye mu Rwanda, The Ben na Bruce Melodie, bavuzweho kugirana umwuka mubi mu gihe yashize baba biyungiye mu birori byabereye i Kigali ku wa 30 Ukuboza 2024. Ibi birori byateguwe na Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame byahurije hamwe abantu batandukanye harimo n’aba bahanzi bombi. Muri ibi birori The Ben yagaragaye ari kuganira […]

Manchester United iri kurwana no kutamanuka mu kiciro cya kabiri

AMO og image

Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim yatangaje ko ikipe ye iri mu bihe bikomeye byo kurwanira kuguma muri Premier League nyuma yo gutsindwa na Newcastle ibitego 2-0 ku wa Mbere aho uku gutsindwa kwatumye isoza umwaka wa 2024 iri ku mwanya wa 14 ku rutonde rwa shampiyona. Nubwo United ifite amanota arindwi imbere y’amakipe ari […]

Perezida Donald Trump yatsinzwe urubanza rw’ubujurire mu kirego cyo gufata ku ngufu

1x 1 1

Urukiko rw’Ubujurire rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwateye utwatsi ubujurire bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe, Donald Trump wahamijwe gukora ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’isesereza ryakorewe umwanditsi w’ikinyamakuru, E. Jean Carroll. Kuri uyu wa Mbere nibwo abacamanza batatu bo mu Rukiko rw’Ubujurire rwa 2 rwa New York bashimangiye icyemezo cyafashwe muri Gicurasi 2023 aho […]

The Ben yasabye imbabazi nyina

uwicyeza pamella arakuriwe b837e 9454581735229024 1585001735556453

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yasabye imbabazi Mama we  nyuma y’uko yifashishije umugore we, Pamella Uwicyeza yerekana inda ye mu ndirimbo. Ibi yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Mbere tariki 30 Ukuboza 2024 . The Ben yavuze kwifashisha Pamella Uwicyeza byari mu rwego rwo kubika urwibutso, ariko yabonye ko bitanyuze benshi […]

70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bakunda imibonano mpuzabitsina

GettyImages 1301266358 83ded6e238d4487e878ccc30eba3d5f3

Mu gihe benshi bibaza ku mikorere y’imibonano mu bagore bakuze, ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko 70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bishimira imibonano mpuzabitsina.  Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Kindra cyivuga ku bwiza bw’igitsina gore, bwerekanye ko 70%by’abagore bari hejuru y’imyaka 50  byabo bakunda imibonano mpuzabitsina. Ibi bisobanuye ko imyumvire ivuga ko abantu bakuze batagifite ubushake bwo […]

RIB yafunze umunyeshuri wabeshye iwabo ko yashimuswe akabarya amafaranga

InShot 20241230 082734436

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umunyeshuri witwa Kamanzi Donton w’imyaka 21, wiga mu mwaka wa mbere muri Tumba College of Technology akekwaho gukwiza ibihuha ko yashimuswe n’abagizi ba nabi, akagambirira gushuka se ngo amwoherereze amafaranga 100,000 Frw. Uyu musore ukomoka mu Kagari k’Impala, Umurenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, afungiye kuri Sitasiyo ya […]

Netanyahu yabazwe Prostate 

download 8

Minisitiri w’Intebe wa Isilayeli, Benjamin Netanyahu, yagize uburwayi bwa prostate bituma abagwa ku cyumweru mu bitaro bya Hadassah Medical Center i Yerusalemu. Nk’uko abaganga babitangaje igikorwa cyo kubagwa cyagenze neza kandi nta kanseri yabonetse. Netanyahu w’imyaka 75 azamara iminsi mike mu bitaro akurikiranwa kandi yari mu cyumba cyihariye cyitaturitwsa n’ibisasu. Netanyahu yari afite uburwayi bwo […]

Miss Naomie yarongowe (Amafoto)

naomie28 c37cd

Miss Nishimwe Naomie wambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020 yasabwe aranakobwa n’umukunzi we, Michael Tesfay mu birori byabereye ku Intare Conference Arena i Rusororo kuri iki Cyumweru tariki ya 29 Ukuboza 2024. Umuhango wo gusaba no gukwa watangiye mu masaha ashyira saa tanu aho umuryango wa Tesfay wasabye umugeni mu muryango wa Kamali […]