APR FC yagarutse i Kigali by’igihe gito

Ikipe ya APR FC yagarutse mu Rwanda byâigihe gito ivuye muri Tanzania dore ko izasubirayo gutana mu mitwe na Azam FC mu mukino wa CAF Champions League. Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 4 Kanama 2024, ni bwo abagize APR FC bageze ku Kibuga Mpuzamahanga cyâIndege cya Kigali i Kanombe bavuye muri Tanzania. APR […]
Haruna Niyonzima yaje ateruwe mu ntebe nk’igikomangoma – Amafoto

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports, Haruna Niyonzima yatunguye abafana ba Rayon Sports muri Rayon Day yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Kanama 2024. Mu birori by’igikundiro bitegurwa na Rayon Sports byabaye kuri uyu wa Gatandatu byaranzwe n’udushya n’imiteguro igiye itandukanye. Ni ibirori byatangaye nyuma ya saa sita, aho Rayon Sports yaba […]
Ibyiciro by’urukundo buri muntu anyuramo uko yaba ameze kose
Mu buzima bwa muntu abantu benshi banyura mu bwoko 3 bw’urukundo kugira ngo babe baba abagabo cyangwa abagore buzuye. Buri wese ahura n’abantu batatu mu rukundo uwa kane akaba ari we babana! Harimo urumeze nk’urw’Abamalayika! Burya mu buzima hari ibice bitatu bibaho mu rukundo, ariko umuntu abinyuranamo nâabantu batatu. Bashobora kurenga batatu, ariko baza mu […]
APR FC yashyitse muri Tanzania -Amafoto

Ikipe ya APR FC yageze mu Mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania aho igiye mu muhango wa âSimba Dayâ uteganyijwe mu minsi iri imbere. Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 1 Kanama 2024 nibwo APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Tanzania kwitabira ubutumire bwa Simba SC mu birori ngarukamwaka bizwi nka […]
CIP (Rtd) Ntabanganyimana Antoine yahagaritswe amezi 12 adatoza
Umutoza mukuru wa Police HC, CIP (Rtd) Ntabanganyimana Antoine yahawe ibihano byo kumara amezi 12 adakandagira mu kibuga nâamande yâibihumbi 200 byâAmanyarwanda azira kwikura mu kibuga. Ibi bihano yabifatiwe n’ishyirahamwe ryâUmukino wâIntoki âHandballâ mu Rwanda [FERWAHAND], kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kanama 2024. Ibi yabikoze mu mukino wa nyuma wa Kamarampaka âPlayOffsâ wahuje […]
Premier League yahannye Manchester City
Ubuyobozi bwa Premier League itegura shampiyona y’ikiciro cya Mbere mu Bwongereza bwafatiye ibihano ikipe ya Manchester City bitewe n’amakosa yakoze mu myaka 2 ishize yo gutuma habaho gutinda gutangira kw’imikino. Ku wa Gatatu taliki ya 31 Nyakanga 2024 nibwo Premier League yafatiye ikipe ya Manchester City ibihano bitewe nuko yagiye ituma habaho gutinda gutangira ku […]
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yakatiwe igifungo cy’imyaka 2
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yahamijwe icyaha cyo gutangaza amakuru yâibihuha n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahise rumuhanisha igifungo cyâimyaka ibiri nâihazabu ya miliyoni 1 Frw. Ubujurire bwâUbushinjacyaha nâubwâumunyamakuru Jean Paul Nkundineza bwaburanishijwe tariki 17 Nyakanga 2024, ubushinjacyaha bugaragaza ko butanyuzwe nâimikirize yâurubanza kuko Urukiko rwâIbanze rwatanze igihano gito nyamara Nkundineza atarigeze yemera icyaha. Ubushinjacyaha bwasabaga ko […]
Rutahizamu Sugira Ernest yangiwe gukora imyitozo muri As Kigali
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Sugira Ernest yasohowe mu myitozo ya As Kigali yatangiye ku munsi wo ku wa Kabiri tariki ya 30 Nyakanga 2024 i Nyamirambo. Iyi myitozo yatangiye mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 30 Nyakanga 2024, aho yitabariwe n’abakinnyi bagiye batandukanye badafite amakipe ndetse n’abakinnyi bayo bakiyifitiye amasezerano. Mu bakinnyi bashya […]
R.Kelly yajuririye ibihano yahawe muri 2023
Umuhanzi Robert Sylvester Kelly wamenyekanye mu muziki nka R.Kelly yasabye ko yakurirwaho igihano cy’imyaka 20 yakatiwe muri 2023 ubwo yahamwaga n’ibyaha byo gufata ku ngufu no gukinisha filime y’urukozasoni umwana w’imyaka 14. Uyu muhanzi umaze imyaka muri gereza atangaza ko yajuririye ibi bihano kubera ko we asanga binyuranyije n’amategeko ahana ibyaha muri Leta zunze ubumwe […]
Mbappe yaguze ikipe y’iwabo
Rutahizamu mushya wa Real Madrid akaba na kapiteni w’ikipe y’Igihugu y’ Ubufaransa, Kylian Mbappe yegukanye ikipe ya SM Caen yo mu cyiciro cya kabiri mu Bufaransa nyuma yo kugura 80% by’imigabane muri iyi kipe. Ikinyamakuru Le Parisien cyatangaje ko yatanze miliyoni 20 z’amayero kugira ngo agure iyi migabane 80% mu ikipe ya SM Caen yari […]
Ibizakwereka ko umusore mukundana azakubera umugabo w’ikigwari
Biragoye kumenya umusore uzakubera umugabo uhamye mu ntekerezo no mu mikorere, ariko hari bimwe bigaragaza ko umusore wifuza ko muzabana wamureka mu maguru mashya. Ijambo ikigwari rikoreshwa mu kugaragaza uwananiwe kuba intore no kwesa imihigo abigizemo uruhare, kubera kubura indangagaciro zimugenga mu buzima bwa buri munsi. Dore ibizakwereka ko umusore mukundana azagutenguha mu rushako: 1. […]
Umukinnyi wa filime Erica yapfuye
Umukinnyi wa filime akaba n’umunyarwenya wari ugezweho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Erica Chantal Ash yapfuye azize indwara ya Kanseri. Uyu mukinnyi w’imyaka 46 y’amavuko yamenyekanye muri filime nka ‘Survivors Remorse’, yapfuye mu ntangiriro z’iki cyumweru nk’uko umuryango we wabitangaje. Umuryango w’uyu mukinnyi wa Filime watangaje urupfu rwe mu itangazo bashyize hanze, aho ryagiraga […]
Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya

Mu ijoro ryakeye ikipe ya Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya, Umunya-Gabon, Nathanael Iga Ndwangou, wemeza ko agiye gukora ibikomeye muri Murera ko ahubwo atari we uri bubone atangiye imyitozo. Nathanael yakiriwe mu masaha yâijoro ryo ku wa Mbere taliki 29 Nyakanga 2024, asanganirwa nâabarimo Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben hamwe nâUmukuru wâAbafana, Muhawenimana Claude. […]
Dorimbogo yashyinguwe
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Valentine Nyiransengiyumva wamenyekanye nka Dorimbogo wapfuye mu mpera z’icyumweru gishize, yashyinguwe kuri uyu wa Mbere 29 Nyakanga 2024. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2024 nibwo amakuru y’incamugongo y’uko Dorimbogo yapfuye yamenyekanye, aho byatangajwe ko yazize uburwayi. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Nyakanga 2024 ni […]
Rayon Sports yagiye guhahira muri Senegal
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka ubutitsa nyuma y’uko bimaze kumenyekana ko yamaze kumvikana n’abanyamahanga bandi bashya babiri bigiye kuza kuyifasha kuzitwara neza muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda iteganyijwe muri Kanama. Ihereye inyuma Rayon Sports yumvikanye na myugariro wâUmunya- SĂ©nĂ©gal witwa Youssou Diagne wakinaga muri Ittihad Zemmouri de KhĂ©miss yo muri Maroc. Si […]
Dorimbogo yapfuye
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Valentine Nyiransengiyumva wamenyekanye nka Dorimbogo, yapfuye azize uburwayi yari amaranye iminsi, ubwo yari azanwe mu bitaro bikuru bya Kibuye kunyuzwa mu cyuma. Aya makuru y’inshamugongo yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2024. Uyu mukobwa wari warabaye ikimenyabose ku mbugankoranyambaga yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ku […]
Ibintu bine bikurura abagabo iyo bifitwe n’abagore
Abagabo bakururwa n’abagore cyane kurusha uko bo babakurura, aha abenshi bibaza ikintu cyaba cyiri mu bagore cyaba gikurura abagabo cyane. Nubwo abagore bakurura abagabo, buri mugabo agira ibintu byinshi bitandukanye bimukurura ku mugore. Mu nkuru yacu uyu munsi tugiye kureba bimwe mu bintu by’ibanze abagore bafite bikurura abagabo cyane. 1. Ubwiza: Ubwiza ni kimwe mu […]
Umunyarwanda yakubiswe n’Umuyapani mu mikino ya Olympic

Ku wa Gatanu tariki 26 Nyakanga 2024 i Paris mu Bufaransa nibwo hafunguwe imikino Olympic ku mugaragaro aho yitabiriwe n’ibihugu bitandukanye byo ku isi harimo n’u Rwanda. Ku ikubitiro Umunyarwandakazi Uwihoreye Tufaha ukina umukino wo kurwanisha inkota yaserukiye u Rwanda mu mikino Olempike ya 2024 iri kubera i Paris mu Bufaransa. Kuri uyu wa Gatandatu […]
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ibirori byo gufungura imikino Olympics

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Nyakanga 2024 Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye ibirori byo gufungura imikino Olympic igiye kubera mu Bufaransa. Imikino Olempike ya Paris iteganyijwe kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 11 Kanama 2024, ni iya 33 yo mu mpeshyi igiye kuba kuva habaye iya mbere yabereye […]
Muhire Kevin yongerewe amasezerano muri Rayon Sports
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yongereye Kapiteni wayo Muhire Kevin amasezerano yâimyaka ibiri, nyuma y’uko ahawe amafaranga yakusanyijwe n’abafana b’iyi kipe. Binyuze ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe, batangaje ko kapiteni wabo Muhire Kevin yongerewe amasezerano y’imyaka ibiri. Ibi byagezweho ku bufatanye bwâabafana bayo bari bamaze iminsi bakusanya abarirwa muri miliyoni 40 zâAmafaranga yâu Rwanda […]
Meddy yisanze yanzwe n’abo yarizaga
Umuhanzi nyarwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ngabo MĂ©dard Jobert [Meddy] yatangaje ko yababajwe n’uko abamuririraga akiririmba ndirimbo z’isi ari nabo bahindutse bakamutuka ubwo yari agiye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza. Ibi yabitangaje binyuze mu buhamya yatanze mu kiganiro yakoreye âliveâ kuri Instagram ye aho yagarutse ku rugendo rwe rwo gukizwa. Meddy […]
Perezida Kagame yitabiriye inama yiga uko imikino yafasha mu iterambere

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame ari kumwe nâabandi banyacyubahiro barimo abakuru bâibihugu na za Guverinoma, Abayobozi bâimiryango Mpuzamahanga, abahagarariye imikino itandukanye nâabandi, bitabiriye inama yiga ku ruhare rwâimikino mu kugera ku ntego zâiterambere rirambye. Iyi nama yabaye ku wa Kane, tariki ya 25 Nyakanga 2024 mu Bufaransa, yayobowe na Perezida wâu Bufaransa Emmanuel […]
Uwari Vice-Chairman wa APR FC yagizwe umuyobozi wa Simba SC

Ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania yemeje ko Uwayezu François RĂ©gis ari we ugiye kuyibera umuyobozi mushya, CEO, asimbuye kuri uyu mwanya Imani Kajua weguye ku mirimo ye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Nyakanga 2024 nibwo Simba SC yo muri Tanzania yemeje amakuru y’uko yashyizeho uyu mugabo. Mu minsi yashize […]
RIB yerekanye abakekwaho kwiba banki yo mu Rwanda miliyoni 100 Frw
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafashe abantu 7 bacyekwaho kugaba ibitero by’ikoranabuhanga kuri imwe muri banki zo mu Rwanda bakiba agera kuri miliyoni 100 Frw. Kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nyakanga 2024 nibwo RIB yatangaje ndetse inerekana abantu bafashwe bacyekwaho kugaba ibitero by’ikoranabuhanga kuri imwe muri banki zo mu Rwanda bakiba agera […]
Dore abakinnyi 25 beza cyane mu kinyejana cya 21
Ikinyamakuru ESPN cyateje impaka zikomeye cyane mu banyamupira baba abo ku mbugankoranyambaga ndetse n’ahandi hose nyuma yo gutangaza amakinnyi 25 ba mbere beza bo mu kinyejana cya 21. Mu byumweru gishize, iki kinyamakuru nibwo cyasohoye urutonde rugibwaho impaka kugeza n’ubu ku bakinnyi 25 babaye beza mu kinyejana cya 21. Ibitangazamakuru bitandukanye byagiye bijya impaka ku […]
Robertinho yageze mu Rwanda – Amafoto

Ikipe ya Rayon Sports yaraye yakiriye umutoza wayo mushya Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo âROBERTINHO’ watangajwe muri iyi kipe mu minsi yashize. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane aba-Rayon mu ngeri zose bari babukereye ku kibuga cy’indege aho bari bagiye kwakira umutoza mukuru baherutse gutangaza. Robertinho yageze mu Rwanda nyuma yo […]
Rayon Sports WFC iri mu itsinda muri CAF Champions League
Rayon Sports WFC yatwaye igikombe cya shampiyona mu bagore mu Rwanda yisanze mu itsinda A mu rwego rwo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma ya CAF Champions League mu bagore. Yisanze muri iri tsinda nyuma ya tombora yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga i Cairo mu Misiri ku cyicaro cyâImpuzamashyirahamwe yâUmupira […]
Ingengabihe ya Shampiyona yo mu Rwanda yamenyekanye

Rwanda Premier League itegura shampiyona y’ikiciro cya Mbere mu Rwanda yatangaje ingengabihe ya Shampiyona ya 2024/25 iteganyijwe muri Kanama. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga 2024 nibwo Rwanda Premier League yasohoye iyi ngengabihe. Biteganyijwe ko ku Munsi wa Mbere, Rayon Sports izahura na Marines FC, tariki 17 Kanama, mu gihe […]
Aruna Madjaliwa yongeye kuzengereza Rayon Sports
Umurundi Aruna Madjaliwa ukinira Rayon Sports yongeye kuyizengereza ayitangariza ko atazigera ayikinira itari yamwishyura amafaranga y’imishahara y’amezi umunani imubereyemo. Aruna Madjaliwa atangaza ko kuri ubu yamaze amezi agera ku umunani Rayon Sports itamuhereza imishahara ye. Kubera iyo mpamvu byatumye uyu mukinnyi wagiranye cyane ibibazo na Rayon Sports ahita afata icyemezo cyo kutazayikinira itari yamwishyura. Aya […]
Sitade Amahoro izakinirwaho shampiyona
Nyuma y’uko ivuguruwe sitade Amahoro yashyizwe mu masitade azakoreshwa muri shampiyona y’ikiciro cya Mbere mu Rwanda iteganyijwe mu kwezi gutaha. Rwanda Premier League itegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, yatangaje ko Stade Amahoro iri mu bibuga bizakinirwaho Shampiyona mu mwaka w’imikino utaha. Kuri ubu hari kubaho ibiganiro byanyuma hagati ya Rwanda Premier League Minisiteri ya Siporo […]
Abayobozi bateye inda abakinnyi b’ikipe y’igihugu barakomerewe
Muri Cameroun, Leta yatanfiye iperereza ryimbitse ku bayobozi b’Ishyirahamwe ryâUmukino wa Volleyball, FECAVOLLEY, aho bakurikiranweho gusambanya no gutera inda abakinnyi batanu bakinira Ikipe yâIgihugu yâAbagore mu batarengeje imyaka 16 na 18. Ibi byatangiye ubwo umwe mu bakinnyi bakina mu Ikipe yâIgihugu Nkuru yâAbagore muri Cameroun yanditse ibaruwa ifunguye ashinja abarimo abayobozi ba ririya shyirahamwe rya […]
Imbamutima za Arsene nyuma yo kurata penaliti yabujije APR FC igikombe
Umukinnyi mushya wa APR FC, Tuyisenge Arsene warase penaliti ku mukino wa nyuma muri Cecafa Kagame Cup bigatuma ikipe ye itakaza igikombe, yagize icyo atangariza itangazamakuru ubwo yageraga mu Rwanda. Arsene yahushije penariti yatumye APR FC ibura igikombe cya CECAFA Kagame Cup cyaberaga muri Tanzania, mu mukino wa nyuma wabaye ku cyumweru gishize aho batsinzwe […]
Kiyovu Sports yisubije uwari umukinnyi wayo imukuye muri APR FC
Ikipe ya Kiyovu Sports yisubije umukinnyi Rwabuhihi Placide wari umaze imyaka ine muri APR FC. Uyu mukinnyi yasubiye muri Kiyovu Sports yubakiyemo izina nyuma y’uko atandukanye na APR FC. Placide yasubiye muri Kiyovu Sports ahita asinya amasezerano yâimyaka ibiri muri iyi kipe yambara umweru n’icyatsi. Nyuma yo gusanga Kiyovu Sports yujuje ibyangombwa bisabwa nâIshyirahamwe rya […]
Robertinho yamaze kumvikana na Rayon Sports
Umutoza ukomoka muri Brazil, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bakunze kwita Robertinho yamaze kumvikana n’ikipe ya Rayon Sports. Robertinho wanyuze muri Rayon agiye kuyigarukamo mu gihe cy’umwaka umwe. Nyuma y’uko batandukanye n’umutoza mukuru Julien Mette, Rayon Sports yahise itangira ibiganiro na Robertinho na we utari ufite akazi. Amakuru avuga ko Robertinho azizanira umutoza wungirije uziyongera […]
Perezida Kagame yakiriye abagize uruhare mu bikorwa byo kwiyamamaza

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi na Madame Jeannette Kagame bakiriye abantu bari mu ngeri zinyuranye bagize uruhare mu migendekere myiza y’ibikorwa byo kwiyamamaza. Uyu muhango waranzwe nâumugoroba wo gusangira wabereye kuri Kigali Convention Centre ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru. Mu ijambo rye Perezida Paul Kagame […]
Rutahizamu w’Umunye-Congo wijunditse KNC yagaragaye muri TP Mazembe
Rutahizamu w’umunye-Congo (DRC) Cedric Lisele wahoze akinira Gasogi United akaza gutandukana nayo bitameze neza yagaragaye mu myitozo y’ikipe ya TP Mazembe i Lubumbashi. Uyu rutahizamu yagaragaye mu myitozo yo muri iki cyumweru ndetse bikekwa ko yaba yamaze kuyisinyira. Goma Sportif itangaza ko ubuyobozi bwa TP Mazembe nta mwanzuro bwari bwafata kuri uyu mugabo bityo ko […]
Shaiboub wakiniraga APR FC yaguzwe miliyoni 131 Frw

Umunya-Sudan Sharaf Eldin Shaiboub Ali uherutse gutandukana n’ikipe ya APR FC kuri ubu iri kubarizwa muri Tanzania yasinye mu ikipe ya Al Hilal Benghaz yo muri Libya. Uyu mukinnyi yasinye muri iyi kipe amasezerano y’imyaka ibiri avuye muri APR FC yagezemo umwaka ushize akayifasha kwegukana igikombe cya Shampiyona idatsinzwe. Ikinyamakuru Africa Transfer Market gitangaza ko […]
Umunyamakuru Tijara Kabendera yapfushije nyina
Umunyamakuru Tijara Kabendera wanyuze ndetse amenyekana kuri Radio na Televiziyo Rwanda, yapfushije umubyeyi we [Mama] yari asigaranye. Uyu mubyeyi wari ugeze mu zabukuru yapfuye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Nyakanga 2024. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Tijara Kabendera yatangaje ko yababajwe no kubura umubyeyi mu buryo butunguranye. Yagize ati: “Mbabajwe […]
Urukiko rwemeje gatanya n’uko Platini atabyaranye na Olivia
Umuhanzi Nemeye Platini yatandukanye byemewe n’amategeko na Ingabire Olivia bari barashakanye nk’uko Urukiko rwemeje. Uyu mwanzuro wo gutandukana wemejwe nyuma y’ikirego cyâabo bombi cyatanzwe mu Urukiko rwâIbanze rwa Nyamata ku wa 11 Mutarama 2024, cyakirwa ku wa 15 Mutarama 2024. Aba bombi basabaga Urukiko ko rwakwemeza ubwumvikane bwabo mu gutandukana burundu, rugasesa isezerano bagiranye mu […]
Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yapfuye
Ambasaderi wari uhagarariye igihugu cya Qatar mu Rwanda, Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, yapfuye. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 19 Nyakanga 2024 atangajwe na Minisitiri wâIntebe akaba nâuwâUbubanyi nâAmahanga wa Qatar, Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani. Abinyujije ku rukuta rwe rwa X Minisitiri wâIntebe yagize ati: “Twihanganishije twebwe ubwacu ndetse nâimiryango ya nyakwigendera Misfer […]
Bwa mbere APR FC ishobora gutwarira Cecafa hanze y’u Rwanda
Bwa mbere APR FC ishobora gutwarira Cecafa Kagame Cup hanze y’u Rwanda nyuma y’uko igeze ku mukino wa nyuma isezereye Al Hilal muri 1/2 kuri penaliti 5-4 nyuma yâuko amakipe yombi anganyije ubusa ku busa. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Nyakanga 2024 nibwo hakomezaga imikino ya 1/2 cya CECAFA Kagame Cup imaze iminsi […]
Yakoresheje Drone mu gufata umugore we wamucaga inyuma na Sebuja

Umugabo ukomoka mu Bushinwa yafashe umugore we wamucaga inyuma yifashishije akadege katagira umupilote kazwi nka Drone gakoreshwa na âremoteâ. Amazina ye ni Jing, yakoze iki gikorwa cy’ubumaneko ku mugore we nyuma yo kumucyeka ko yaba amuca inyuma. Uyu mugabo yatangiye gukeka ko umugore yaba amuca inyuma, bitewe nâuko yagendaga amuburira umwanya. Kubera imico itari myiza […]
APR FC irongera guhatanira miliyoni 39 Frw

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Nyakanga 2024 imikino ya 1/2 muri CECAFA Dar Port Kagame iri kubera muri Tanzania irakomeza. Imikino yose ko ari ibiri iteganyijwe uyu munsi i Dar es salaam, muri Tanzaniya. APR FC yo mu Rwanda iratana mu mitwe na Al Hilal (yo muri Sudani) kuri Stade KMC. Aya makipe […]
Haruna Niyonzoma yatangiye guterana amagambo n’aba-Rayon
Haruna Niyonzima uherutse gusinya muri Rayon Sports yatangiye imyitozo ye ya mbere gusa yayitangiye aterana amagambo n’abafana ba Rayon Sports. Ku wa Kane tariki ya 18 Nyakanga 2024 nibwo Haruna Niyonzoma yatangiye imyitozo nyuma y’uko agarutse muri Rayon Sports yaherukagamo mu myaka 17 ishize. Rayon Sports igitangaza ko yamusinyishije bamwe mu bafana batangiye kumutera imijugujugu […]
Rutahizamu Abeddy yasinyiye ikipe yo muri Mozambique
Rutahizamu wâikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” Biramahire Abeddy, yasinye mu kipe ya Clube FerroviĂĄrio de Nampula (Nampula Railway Club) yo mu cyiciro cya mbere muri Mozambique. Biramahire Abeddy yasinyiye iyi kipe avuye muri UD Songo yo mu cyiciro cya mbere muri Mozambique yagezemo muri Gashyantare 2023 nyuma yâuko yari avuye muri Al-Suwaiq Club yo muri […]
Ferwafa yavuze ku byo kwemeza abanyamahanga 12 ku mukino

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Ferwafa ryatangaje ko ritigeze rimenyesha abanyamuryango bayo bakina ikiciro cya mbere mu Rwanda ko bongereye umubare w’Abanyamahanga bemewe ku mikino ya Shampiyona. Ibi yabitangaje nyuma y’amakuru yavugaga ko amakipe azakina shampiyona yâu Rwanda mu mwaka wâimikino 2024-2025, yamenyeshejwe ko yemerewe gukinisha abanyamahanga umunani mu kibuga ariko ku rupapuro rwâabakinnyi bakoreshwa […]
Abakobwa bazavamo Miss Uganda barwaniye mu mwiherero
Abakobwa bazatoranywamo uzaba Nyampinga wa Uganda barwaniye mu mwiherero barimo mbere y’uko batoranywa. Abakobwa batandukanye bahatanye mu Irushanwa rya Miss Uganda barwaniye mu mwiherero nkâuko bigaragara mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga. Mu mashusho aba bakobwa baba bahanganye aho bafatana mu mashati kugera ubwo bakizwa nâabari hafi aho bashinzwe iri rushanwa. Aba bakobwa barwanye mu […]
Amavubi ntiyazamutse cyangwa ngo amanuke
Ikipe yâIgihugu yâu Rwanda âAmavubiâ yisanze ku mwa wa 131 yari iriho ku rutonde rwâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi (FIFA). Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nyakanga 2024 nibwo Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi (FIFA) ryasohoye uko amakipe y’ibihugu akurikirana. Mu rutonde rwaherukaga gusohoka muri Kamena 2024 u Rwanda nabwo rwari kuri uwo mwanya […]
King Saha yikomye igipolisi cya Uganda
Ku wa gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2024, byavuzwe ko umuhanzi King Saha wavukiye mu gace ka Ssemanda Manisul, yafungiwe i Bukoto na Polisi ya Uganda. Ku munsi w’ejo hashize King Saha yari mu bahanzi baririmbye muri Villa Restaurant iherereye i Bukoto. Ubwo uyu muhanzi yageraga ku rubyiniro atangiye gususurutsa abari aho, inzego z’umutekano zaje […]
APR FC mu ihurizo ry’abakinnyi 12 b’abanyamahanga imaze kugura
Ikipe y’Ingabo z’igihugu yujuje abakinnyi 12 b’abanyamahanga igomba gukoresha mu mwaka w’imikino uratangira muri Kamena uyu mwaka. APR FC nk’ikipe izasohokera u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League iri kwiyubaka igura abakinnyi bakomeye b’abanyamahanga. Kugeza ubu APR FC imaze kugura abakinnyi 6 b’abanyamahanga biyongera ku bandi 6 yari yasigaranye bose hamwe bakaba 12. Abakinnyi […]
Nkundineza Jean Paul yasabiwe igifungo cy’imyaka itanu
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabiwe igifungo cy’imyaka itanu mu gihome mu bujurire bw’ubushinjacyaha bw’icyemezo cyâUrukiko rwâIbanze rwa Nyarugenge. Ubujurire bw’ubushinjacyaha na Nkundineza Jean Paul bwaburanishijwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2024 mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Muri uru rubanza, Ubushinjacyaha bwagaragaje ko butishimiye imikirize yâurubanza rwa Nkundineza kubera inenge zarugaragayemo aho bavuga […]
Shampiyona ya Tanzania igiye kujya ikoreshwamo VAR
Ikoranabuhanga ryunganira abasifuzi rizwi nka VAR, riratangira gukoreshwa muri shampiyona y’ikiciro cya Mbere muri Tanzania umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 nk’uko byemejwe na Minisitiri w’intebe w’iki gihugu gituranyi cy’u Rwanda, Kassim Majaliwa. Ku wa Mbere w’iki cyumweru tariki ya 15 Nyakanga 2024 nibwo muri Tanzania hatagajwe ku mugaragaro ko bazakoresha VAR muri shampiyona. Umuhango wo […]
APR FC yacapuye Enyimba yigeze kunyagira Rayon Sports
Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yateye gapapu Enyimba yo muri Nigeria yegukana umukinnyi ukina asatira, Chidiebere Johnson Nwobodo wakiniraga Enugu Rangers yo muri Nigeria. APR FC yamaze kumvikana n’uyu musore wahise asanga bagenzi be muri Tanzania, aho iyi kipe iri gukinira imikino ya CECAFA Kagame Cup. Bivugwa ko nyuma yo kumvikana ibya nyuma nâikipe […]
Gareth Southgate yeguye
Umutoza Gareth Southgate watozaga ikipe yâigihugu yâu Bwongereza, yamaze kwegura kuri iyi mirimo nyuma yo gutakaza Igikombe cya Euro 2024. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nyakanga 2024, nibwo Gareth Southgate wâimyaka 53 yatangaje ko yamaze gusezera ku nshingano ze. Mu butumwa yashyize hanze yagize ati: âNkâUmwongereza wishimye, byari umunezero gukinira no gutoza Ikipe […]
Kylian MbappĂ© yerekanwe i Madrid – Amafoto

Umukinnyi ukina asatira Kylian MbappĂ© ukomoka mu gihugu cy’u Bufaransa yerekanwe muri Real Madrid yo muri Espagne aherutse gusinyira. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nyakanga 2024 muri sitade ya Real Madrid byari ibirori ubwo berekanaga Kylian MbappĂ© nk’umukinyi mushya baherutse kugura. Abafana b’iyi kipe y’ubukombe bari babukereye baje guha ikaze uyu rutahizamu baherutse […]
Dore uko isi izaba imeze muri 2070
Abakoresha urubuga rwa TikTok berekanye uko isi izaba imeze mu mwaka wa 2070 ni ukuvuga nyuma y’imyaka irenga 45 uherereye ubu dukoze iyi nkuru. Abahanga muri mudasobwa bifashishije ubwenge bukorano (AI) bwaremwe n’umuntu bakoze ifoto igaragaza isi yacu mu myaka 50 iri imbere. Nk’undi muntu wese, ikiremwamuntu cyifuza kumenya ejo hazaza hatari hagera. Aya matsiko […]
Ntwali Fiacre yasinye muri Kaizer Chiefs
Umunyezamu wâIkipe yâIgihugu yâu Rwanda, Amavubi, Ntwari Fiacre yasinye amasezerano y’imyaka itatu muri Kaizer Chiefs yo muri Afrika y’Epfo. Kuri uyu wa Mbere taliki 15 Nyakanga 2024 nibwo Ntwali wari umaze igihe muri Afurika yâEpfo aho yakiniraga ikipe ya TS Galaxy yamaze kuyivamo yerekeza muri Kaizer Chiefs nayo yo muri icyo gihugu. Nyuma yo gusinya […]
APR FC yageze muri œ iyoboye itsinda
Ikipe ya APR FC yamaze kugera muri œ cyâIrushanwa rihuza Amakipe yo mu Burasirazuba bwa Afurika no Hagati, CECAFA Kagame Cup rya 2024 riri kubera muri Tanzania. Ibi yabigezeho kuri uyu wa Mbere taliki 15 Nyakanga 2024 nyuma yo kunganya na SC Villa yo muri Uganda gitego 1-1. Ibyavuye muri uyu mukino byahise bihesha APR […]
Nyina wa Bianca Baby yapfuye

Umunyamakuru Uwamwezi Mugire wamamaye nka Bianca Babe wa Isibo Fm yapfushije umubyeyi we [Mama] mu ijoro ryo ku wa 14 rishyira ku wa 15 Nyakanga 2024. Umubyeyi w’uyu munyamakuru akaba n’umushyushyarugamba yaguye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal nyuma yo gufatwa nâuburwayi butunguranye. Uyu munyamakuru yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze aho yagize ati âMana kubera […]
Perezida Kagame na Madamu bakiriye abahanzi, banabagabira inka – Amafoto

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye bamwe mu bahanzi basanzwe batuye mu Karumuna mu Karere ka Bugesera. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki 14 Nyakanga 2024 mu Karere ka Bugesera, aho Perezida Kagame yakiriye aba bahanzi bakagirana ibiganiro. Abakiriwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame ni Butera Knowless, umugabo we Ishimwe Karake Clement, Platini […]