Burna Boy yashotaguye umufana wamusanze ku rubyiniro (Videwo)

Mu gitaramo “Greater Lagos Countdown 2025” cy’umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, Burna Boy yahagaritse kuririmba nyuma yo kugirana ikibazo n’umufana waje ku rubyiniro atabiherewe uburenganzira bikarangira uyu muhanzi amushotaguye imigeri. Amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Burna Boy akubita uwo mufana mbere y’uko abashinzwe umutekano bamumanura ku rubyiniro. Nyuma y’iki gikorwa cyitishimiwe n’abafana, Burna Boy yahise […]

U Rwanda rwihanganishije Amerika yagabweho igitero

GgO5MRKWYAAjl6B

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihanganishije imiryango y’Abanyamerika 15 bapfiriye mu gitero cyagabwe mu mujyi wa New Orleans, ubwo umushoferi yagongaga ku bushake ikivunge cy’abantu bari mu byishimo byo gutangira umwaka mushya. Ku wa 1 Mutarama 2025 nibwo Leta ya Amerika yatangaje iki gitero nk’igikorwa cy’iterabwoba cyagabwe mu masaha ya saa […]

Amb. Olivier Nduhungirehe yanyuzwe n’igitaramo cya The Ben

ggpnhtnxgaa64bs 0a18d

Minisitiri Nduhungirehe Olivier yitabiriye igitaramo cya The Ben muri BK Arena aho yaje no guhura n’uyu muhanzi na bagenzi be bari Tom Close na Otile Brown wo muri Kenya. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2025 muri BK Arena aho cyari cyiswe “The New Year Groove & Launch Album.” Intego z’iki […]

Eddy Kenzo yifatiye ku gahanga Bobi Wine wijanditse muri Politiki

photo output 13 scaled 1

Umuhanzi ukomoka muri Uganda, Eddy Kenzo uzwi cyane ku ndirimbo “Sitya Loss,” yatangaje ko uruhare rwa Bobi Wine muri politiki rwagize ingaruka mbi zikomeye ku ruganda rw’umuziki muri Uganda. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yakoze mu ijoro ryo ku wa Gatatu mu birori byo kwizihiza Umwaka Mushya byabereye kuri Sheraton Hotel. Kenzo yavuze ko Bobi Wine […]

The Ben yaririye mu gitaramo

54241030270 e5d63b39b6 b

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yasutse amarira mu gitaramo yakoze cyihariye cyo kumurika Album ye nshya “Plenty Love”. Iki gitaramo cyabaye tariki 1 Mutarama 2025 muri BK Arena aho cyaranzwe n’ibyishimo n’amarangamutima. The Ben yashimye Imana ku mirimo idasanzwe yamukoreye ndetse n’urukundo rwinshi yeretswe n’abafana. The Ben yatangiriye ku ndirimbo “Ni Forever”, ayitura […]

Abanyamakuru batsinze abakarateka

000a7262 001 29070

Ikipe y’Abanyamakuru b’i mikino mu Rwanda, AJSPOR yatsinze ikipe y’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Karate kuri penaliti 4-3, nyuma yo kunganya 0-0 mu minota 70 y’umukino. Uyu mukino wabereye mu Bugesera aho wari ugamije ubusabane hagati y’impande zombi. Ku ruhande rwa Karate, bakinanye ubuhanga aho Muvandimwe Jean Marie ukina mu cyiciro cya mbere na Ndayishimiye Eric Bakame […]

U Rwanda ntiruremezwa na CAF kwitabira CHAN

IMG 20241228 185611

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yashyize ahagaragara urutonde rw’ibihugu byamaze kubona itike yo kwitabira CHAN 2024 bitarimo u Rwanda.  Ibihugu byabonye itike birimo Kenya, Uganda, Tanzania, Sudani (CECAFA), Guinea, Senegal, Mauritania (WAFU A), Niger, Burkina Faso, Nigeria (WAFU B), Morocco (UNAF), Centrafrique, Congo, DR Congo (UNIFAC), hamwe na Angola, Zambia, na Madagascar (COSAFA). U […]

Rurageretse hagati y’abanyamakuru Mihigo Saddam, Niyibizi Aime n’ikinyamakuru IGIHE

GgIO1kAWYAAFzMX

Rurageretse hagati y’abanyamakuru Mihigo Saddam na Niyibizi Aime n’ikinyamakuru IGIHE aho aba banyamakuru bagishinja gukwirakwiza amakuru badagazeho y’uko bamaze gusinya kuri Fine Fm. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31/12/2024, ikinyamakuru Igihe cyatangaje ko abanyamakuru Mihigo Saddam na Niyibizi AimĂ© berekeje kuri Fine FM mu kiganiro Urukiko rw’Ubujurire. Nyuma y’ayo makuru, Mihigo Saddam yahise ayanyomoza […]

Ibanga ryo kugendana n’Imana muri 2025

Walking in the Spirit

Mu mateka y’Isezerano rya Kera n’Isezerano Rishya, Bibiliya iduha ingero z’abagendanye n’Imana mu mibereho yabo. Abo bantu bagaragaje ukwizera n’ukuyoborwa n’Imana muri byose, bikabaviramo umugisha n’imbuto mu buzima bwabo. Ibi bituma buri wese yisuzuma, akibaza niba nawe agendana n’Imana mu mibereho ye ya buri munsi cyane ko hari benshi bibuka Imana gusa mu bihe bikomeye. […]

Bruce Melodie na The Ben baba biyungiye mu birori batumiwemo na Perezida

the ben vs bruce melodie 8941011735629209 1

Abahanzi bakomeye mu Rwanda, The Ben na Bruce Melodie, bavuzweho kugirana umwuka mubi mu gihe yashize baba biyungiye mu birori byabereye i Kigali ku wa 30 Ukuboza 2024. Ibi birori byateguwe na Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame byahurije hamwe abantu batandukanye harimo n’aba bahanzi bombi. Muri ibi birori The Ben yagaragaye ari kuganira […]

Manchester United iri kurwana no kutamanuka mu kiciro cya kabiri

AMO og image

Umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim yatangaje ko ikipe ye iri mu bihe bikomeye byo kurwanira kuguma muri Premier League nyuma yo gutsindwa na Newcastle ibitego 2-0 ku wa Mbere aho uku gutsindwa kwatumye isoza umwaka wa 2024 iri ku mwanya wa 14 ku rutonde rwa shampiyona. Nubwo United ifite amanota arindwi imbere y’amakipe ari […]

Perezida Donald Trump yatsinzwe urubanza rw’ubujurire mu kirego cyo gufata ku ngufu

1x 1 1

Urukiko rw’Ubujurire rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwateye utwatsi ubujurire bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe, Donald Trump wahamijwe gukora ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’isesereza ryakorewe umwanditsi w’ikinyamakuru, E. Jean Carroll. Kuri uyu wa Mbere nibwo abacamanza batatu bo mu Rukiko rw’Ubujurire rwa 2 rwa New York bashimangiye icyemezo cyafashwe muri Gicurasi 2023 aho […]

The Ben yasabye imbabazi nyina

uwicyeza pamella arakuriwe b837e 9454581735229024 1585001735556453

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yasabye imbabazi Mama we  nyuma y’uko yifashishije umugore we, Pamella Uwicyeza yerekana inda ye mu ndirimbo. Ibi yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Mbere tariki 30 Ukuboza 2024 . The Ben yavuze kwifashisha Pamella Uwicyeza byari mu rwego rwo kubika urwibutso, ariko yabonye ko bitanyuze benshi […]

70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bakunda imibonano mpuzabitsina

GettyImages 1301266358 83ded6e238d4487e878ccc30eba3d5f3

Mu gihe benshi bibaza ku mikorere y’imibonano mu bagore bakuze, ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko 70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bishimira imibonano mpuzabitsina.  Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Kindra cyivuga ku bwiza bw’igitsina gore, bwerekanye ko 70%by’abagore bari hejuru y’imyaka 50  byabo bakunda imibonano mpuzabitsina. Ibi bisobanuye ko imyumvire ivuga ko abantu bakuze batagifite ubushake bwo […]

RIB yafunze umunyeshuri wabeshye iwabo ko yashimuswe akabarya amafaranga

InShot 20241230 082734436

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umunyeshuri witwa Kamanzi Donton w’imyaka 21, wiga mu mwaka wa mbere muri Tumba College of Technology akekwaho gukwiza ibihuha ko yashimuswe n’abagizi ba nabi, akagambirira gushuka se ngo amwoherereze amafaranga 100,000 Frw. Uyu musore ukomoka mu Kagari k’Impala, Umurenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, afungiye kuri Sitasiyo ya […]

Netanyahu yabazwe Prostate 

download 8

Minisitiri w’Intebe wa Isilayeli, Benjamin Netanyahu, yagize uburwayi bwa prostate bituma abagwa ku cyumweru mu bitaro bya Hadassah Medical Center i Yerusalemu. Nk’uko abaganga babitangaje igikorwa cyo kubagwa cyagenze neza kandi nta kanseri yabonetse. Netanyahu w’imyaka 75 azamara iminsi mike mu bitaro akurikiranwa kandi yari mu cyumba cyihariye cyitaturitwsa n’ibisasu. Netanyahu yari afite uburwayi bwo […]

Miss Naomie yarongowe (Amafoto)

naomie28 c37cd

Miss Nishimwe Naomie wambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020 yasabwe aranakobwa n’umukunzi we, Michael Tesfay mu birori byabereye ku Intare Conference Arena i Rusororo kuri iki Cyumweru tariki ya 29 Ukuboza 2024. Umuhango wo gusaba no gukwa watangiye mu masaha ashyira saa tanu aho umuryango wa Tesfay wasabye umugeni mu muryango wa Kamali […]

Amavubi atsinze Sudani y’Epfo

IMG 20241228 193219

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” itsinze ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino waberaga kuri sitade Amahoro i Remera. Igitego cya mbere cyabonetse mu gice cya mbere ku munota wa 34, ubwo Tuyisenge Arsene yateye ishoti rikomeye, umupira ugakora kuri Mugisha Didier imbere y’izamu bikarangira umunyezamu Juma Jenaro ananiwe kuwukuramo. Mu minota y’inyongera […]

Gen. Muhoozi arifuza kurongora Beyoncé

IMG 4442 edited

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’Umuhungu w’Imfura wa Perezida wa Uganda, General Muhoozi Kainerugaba yongeye gutera impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza urukundo akunda umuhanzi BeyoncĂ© ndetse ko yanamutangaho inka. Ibi yabitangaje mu butumwa yanyujije kuri X kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28/12/2024. Mu butumwa bwe yagize ati: “Ariko BeyoncĂ© nzamara igihe […]

Abafana ba Arsenal bateye imijugujugu John Legend utegerejwe i Kigali

john legend singing amazon prime 960126333

Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, John Legend yatewe imijugujugu ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko yagaragaye kuri Sitade ya Arsenal ejo hashize ari kumwe n’umugore we Chrissy Teigen n’abana babo, mu mukino wahuje Arsenal na Ipswich Town. Muri uyu mukino Arsenal yatsinze  1-0, ikomeza ku mwanya wa kabiri muri Premier League. Nyuma y’uyu mukino, John Legend […]

FERWAFA yemereye abanyeshuri kureba umukino w’Amavubi ku buntu

Screen Shot 2024 12 23 at 12.38.10

Mu rwego rwo gufasha abanyeshuri kwishimira iminsi mikuru isoza umwaka, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko abanyeshuri bose bari mu biruhuko bemerewe kwinjira ku buntu mu mukino w’Amavubi. Uyu mukino urahuza Amavubi na Sudan y’Epfo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 28 Ukuboza 2024, saa kumi n’ebyiri z’umugoroba muri Stade Amahoro. Iri tangazo […]

Miss Naomie yasezeranye (Amafoto)

nishimwe naomie yasezeranye mu mategeko ee9b9

Nyampinga w’u Rwanda wa 2020, Miss Nishimwe Naomie yasezeranye imbere y’amategeko na Michael Tesfay kuri uyu wa 27 Ukuboza 2024. Ni mu gihe biteganyijwe ko bazasezerana imbere y’Imana ku wa 29 Ukuboza 2024 mu birori bikomeye bizahuza inshuti n’imiryango yabo. Urukundo rw’aba bombi rwamenyekanye bwa mbere muri Mata 2022, kuva ubwo bakaba barakomeje kugaragara bari […]

Igitaramo “Icyumba cya Rap” ntikikibaye (Amafoto)

20241227 184705

Igitaramo “Icyumba cya Rap” cyari giteganyijwe kubera ku musozi wa Rebero muri Canal Olympia ku wa 26 Ukuboza 2024, cyasubitswe nyuma y’imvura nyinshi yaguye mu Mujyi wa Kigali. Abategura iki gikorwa batangaje ko kubera impamvu z’umutekano w’abitabira n’abahanzi, byabaye ngombwa kugishyira ku yindi tariki. Iki gitaramo kizabera muri Camp Kigali ku wa 10 Mutarama 2025, […]

Perezida w’u Budage yasheshe Inteko Ishinga Amategeko

2024 berlin germany announcement follows 95886997

Kuri uyu wa Gatanu tariki 27/12/2024 Perezida w’u Budage Frank-Walter Steinmeier yatangaje ko yasheshe Inteko Ishinga Amategeko anaboneraho gutangaza ko bari gutegura amatora mashya azaba ku wa 23 Gashyantare 2025. Perezida Steinmeier yavuze ko icyemezo cyo gusesa Inteko cyafashwe nyuma yo kugisha inama abayobozi b’amashyaka aho basanze nta bwumvikane ku ishyirwaho rya guverinoma nshya. Yagize […]

Umunyamakuru Pascal Habababyeyi yasezeweho bwa nyuma

c98069a9 6d00 465e 8bcd 59a2bcdc3b01

Umunyamakuru Pascal Habababyeyi wakoreraga Radio&TV 10 yaherekejwe bwa nyuma mu muhango wabereye muri Paruwasi Gatorika ya Regina Pacis, i Kigali. Inshuti, abo mu muryango we, abakozi bagenzi be, n’abakunzi b’umwuga w’itangazamakuru bitabiriye uyu muhango bagaragaza agaciro gakomeye uyu munyamakuru yari afite mu buzima bwabo. Igitambo cya Misa cyaturiwe muri iyi paruwasi cyahurije hamwe abantu banyuranye […]

Minisitiri wa Siporo yasuye Amavubi mu myitozo

GfzBNmnWIAAd4LC

Minisitiri wa Siporo Madam Nelly Mukazayire ari kumwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Bwana Ngarambe Rwego n’abayobozi b’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), basuye ikipe y’Igihugu Amavubi kuri uyu wa Gatanu. Uru ruzinduko rwabereye ku kibuga aho ikipe yari mu myitozo ya nyuma yitegura umukino wo kwishyura na Sudani y’Epfo. Mu kiganiro bagiranye […]

Abahanzi bo muri Uganda bakemuye amakimbirane baterana amakofi (Amafoto)

GfwTj9hXEAARNW3

Ku itariki ya 26 Ukuboza 2024 ku munsi wa Boxing Day abahanzi bakomeye Rickman Manrick na Grenade  bakemuriye amakimbirane yabo mu mukino w’iteramakofi wabereye muri Lugogo UMA Main Hall, i Kampala. Uyu mukino wateguwe ku rwego rwo hejuru aho warebwe n’abafana benshi bari bategereje kureba uko iyi ntambara yo mu mukino irangira. Uyu mukino wateguwe […]

Umuhanzi Ruger yageze mu Rwanda 

whatsapp image 2022 02 15 at 14123 pm 4843351644925487 1

Umuhanzi Ruger wo muri Nigeria yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ukuboza 2024 aho yitegura igitaramo gikomeye. Ruger azataramira muri BK Arena ku wa 28 Ukuboza 2024 mu gitaramo cyiswe REVV UP Experience aho azafatanya n’undi muhanzi wo muri Nigeria, Victony. Iki gitaramo cyitezweho guhuza imbaga y’abakunda umuziki bazasusurutswa […]

Ukraine yafashe bugwate umusirikare wa Koreya ya Ruguru

7ae47d90 c405 11ef a2ca e99d0c9a24e3.jpg

Abasirikare ba Ukraine bafashe bugwate umusirikare wa Koreya ya Ruguru wakomeretse nk’uko byemejwe n’ikigo cy’ubutasi cya Koreya y’Epfo ifasga Ukraine. Uyu musirikare bivugwa ko yari mu basirikare barenga 10,000 boherejwe gufasha Uburusiya mu ntambara iri kubera muri Ukraine. Iyi ni inshuro ya mbere hafatwa imbohe y’umusirikare wa Koreya ya Ruguru kuva mu Kuboza 2023 ubwo […]

Hasohotse Season ya Kabiri ya Squid Game

AAAAQQuf0rWuy KFaRRVZHGlZaYt3vZDR9sMw 9nNXEwYk3iXLV9tTj 47kflHYBTdFQirqsIt730r9drGHmoiu T86rjhNUd74vhbdZrz544SvS hZjvWfg6YT57oeaG3ZRVtydIAZRp1Q cBnrVMsVYpKu

Squid Game Season 2 yagiye ahagaragara kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Ukuboza 2024 nyuma y’imyaka itatu itegerejwe. Nyuma y’uko season ya kabiri isohotse kuri Netflix ku munsi wa Boxing Day, dore amakuru yose dufite ku bijyanye nayo, harimo imiterere y’inkuru n’abakinnyi bayikinnyemo. Mbere yo kwinjira muri season ya Kabiri reka twibukiranye uko iya […]

DJ Dizzo yashyinguwe

dizzo 2 d8ad6

Kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Ukuboza 2024 habaye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Mutambuka Derrick, wamamaye nka DJ Dizzo, wapfuye ku wa 19 Ukuboza 2024 azize kanseri yari amaranye igihe. Uyu musore yashyinguwe ku Irimbi rya Rusororo nyuma yo gusezerwaho bwa nyuma n’inshuti, umuryango n’abakunzi be. Kuva ku wa 21 Ukuboza ikiriyo cyabereye […]

Babiri bishwe n’impanuka mu minsi ya Noheli

csm WhatsApp Image 2024 11 02 at 18.46.48 2824b140 21953deae0

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu babiri baguye mu mpanuka ebyiri zabaye mu bice bitandukanye by’igihugu hagati yo ku itariki ya 24 Ukuboza no kuri Noheli nyirizina. Umuvugizi wa Polisi, ACP Boniface Rutikanga, yabwiye Umuseke ko muri rusange umutekano wagenze neza muri iyi minsi mikuru nubwo habayeho izo mpanuka. Yagize ati: “Noheli yagenze neza, uretse […]

Umuzamu w’Ikipe y’Igihugu yatsinzwe igeragezwa mu Buholandi 

20241226 131751

Umuzamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Maxime Wenssens yasezerewe n’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri mu Buholandi “Roda JC Kekrade” nyuma yo gutsindwa igeragezwa yari amazemo icyumweru.   Wenssens yari yitezweho kumara ukwezi muri Roda JC Kekrade kugira ngo yerekane ubushobozi bwe gusa iyi kipe yamuhaye igihe gito cyo kwigaragaza aho yahise ifata umwanzuro wo kumusezerera nyuma yo […]

Umugore ufite Tatuwaje umubiri wose yatangaje isi

20241224 080223

Amber w’imyaka 28 uzwi nka “Dragon Girl,” yashyize hanze ifoto itangaje y’uko yari ameze afite imyaka 20 atari yashyira tatuwaje ku umubiri we wose, ibintu byatangaje abamubonye. Uyu mugore w’umunyamideli ukomoka i Brisbane ubu afatwa nk’umugore ufite tatuwaje nyinshi cyane aho 99% by’umubiri we batakagijwe n’ibishushanyo. Amber yatangaje ko amaze gushora arenga $280,000 arenga miliyoni […]

Ese koko Israel Mbonyi yateye inda umukobwa imburagihe?

20241226 092441

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi yagaragaje ubunararibonye mu guhangana n’ibibazo ashyirwa mu majwi, yemeza ko ibi bitamuca intege mu rugendo rwe rw’imyaka 10 mu muziki. Yabitangaje nyuma y’igitaramo cy’amateka yise “Icyambu 3”, cyabereye muri BK Arena tariki ya 26 Ukuboza 2024, cyitabiriwe n’abasaga ibihumbi 10, barimo abayobozi bakuru b’igihugu ndetse n’ababyeyi be. Mbere y’uko […]

Ni iyihe nkomoko ya Noheli

WhatsApp Image 2020 12 25 at 12.39.25 PM 700x375 1

Noheli ni umunsi mukuru wizihizwa ku isi yose buri mwaka ku itariki ya 25 Ukuboza, aho abemera gikirisitu bibuka ivuka rya Yesu Kristo, Umucunguzi w’abantu. Ariko se, uyu munsi ukomoka he? Mu mateka, kwizihiza Noheli byatangiye mu kinyejana cya gatatu nyuma ya Yesu aho Kiliziya Gatolika yashyize uyu munsi ku itariki ya 25 Ukuboza kugira […]

Miss Uwicyeza Pamella aritegura kubyara

IMG 20241225 WA0032

Umuhanzi w’Umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi cyane ku izina rya The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella batangaje ko bitegura kwibaruka imfura yabo nyuma y’umwaka umwe bakoze ubukwe. Aya makuru yamenyekanye binyuze mu gace gato k’amashusho Uwicyeza Pamella yashyize hanze ubwo hakorwaga amashusho y’indirimbo nshya ya The Ben yise “True Love,” ateganya gusohora vuba. The Ben na […]

Umwana wa Neg G The General yapfuye

20241224 150045

Umuraperi w’Umunyarwanda, Neg G The General ari mu gahinda ko kubura umwana we wapfuye afite amezi icyenda gusa. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Neg G The General yavuze ko yabuze umuhungu we yari aherutse kwibaruka aho yari yaramwise Prince. Yagize ati: “Ni ubwa mbere mu buzima numvise umutima wanjye ushwanyaguritse. Ruhukira mu mahoro, mwana […]

Bill Clinton yajyanywe mu bitaro igitaraganya

241010 bill clinton al 1009 4237f5

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bill Clinton, yajyanywe mu bitaro bya Georgetown University Medical Center ku wa Mbere nyuma yo kugira umuriro mwinshi. Aya makuru yatangajwe n’umuvugizi we, Angel Ureña wavuze ko Clinton ameze neza kandi akomeje guhabwa ubuvuzi bwiza. Yagize ati: “Perezida Clinton ari mu mutuzo kandi ashimira cyane itsinda […]

Israel yemeje ko yishe umuyobozi wa Hamas

20241224 072424

Minisitiri w’ingabo wa Israel, Israel Katz ku nshuro ya mbere yatangaje ko iki gihugu cyishe Ismail Haniyeh, umuyobozi mukuru wa politiki w’umutwe wa Hamas, mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, muri Nyakanga uyu mwaka. Haniyeh, w’imyaka 62, yari umuyobozi ukomeye wa Hamas, akaba yari azwi mu biganiro byo gushaka amahoro muri Gaza, aho yishwe mu […]

Chameleone yijeje Museveni kuzamushyigikira mu matora nyuma yo kumufasha kujya kuvurirwa muri Amerika

Chameleone 2

Nyuma y’iminsi 11 arwariye mu bitaro bya Nakasero, umuririmbyi w’ikirangirire Jose Chameleone yasezerewe mu bitaro maze yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere, aho agiye kuvurirwa mu bitaro bya Allina Health Mercy indwara y’igifu yatewe no kunywa inzoga nyinshi. Uyu muhanzi ntiyagiye wenyine kuko murumuna we Weasel wamenyekanye mu muziki yamuherekeje […]

Papa Francis yise ibitero bya Israel muri Gaza Jenoside

pope francis feature

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yongeye kwamagana ibitero by’indege bya Israel mu gace ka Gaza, avuga ko urupfu rw’abana rukwiye kwamaganwa nk’ubugome budakwiriye kwitwa intambara aho yabigereranyije nka Jenoside. Ibi yabivuze ku wa Gatandatu, mu gihe yafataga ijambo mu nama ngarukamwaka yo gusangira Noheli n’abakaridinali bo muri Vatikani, aho yagize ati: “Abana […]

Denzel Washington yabatijwe ahita anagirwa Umupasiteri

InShot 20241223 080749059

Umukinnyi w’amafilime w’icyamamare ku Isi, Denzel Washington, yemeje ukwemera kwe mu buryo bukomeye ubwo yabatizwaga akanahabwa icyangombwa cy’ubupasiteri ku wa Gatandatu, mu rusengero rwa Kelly Temple Church of God in Christ i New York. Uyu mukinnyi wahawe igihembo cya Oscar yagaragaye yambaye ikanzu y’umweru n’igitambaro cy’umutuku gishushanyijeho imisaraba mu gihe cy’umubatizo. Nyuma yo kubatizwa, Denzel […]

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Chorale de Kigali

54220937828 509baf3439 o 4098261734890422

Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 22 Ukuboza 2024 muri BK Arena hahuriye ibihumbi by’Abakristu mu gitaramo ngaruka mwaka cya Christmas Carols Concert ku nshuro ya 11 gitegurwa na Chorale de Kigali. Iki gitaramo cyari cyitabiriwe na Madamu Jeannette Kagame ndetse n’abayobozi bakomeye mu gihugu barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Nduhungirehe Olivier, na Minisitiri ushinzwe […]

Ukraine yagabye ibitero bya Drones mu Burusiya

view shows damaged multi storey 95684569

Kuri uyu wa Gatandatu mu gitondo, Ukraine yagabye ibitero bya drones mu mujyi wa Kazan, mu karere ka Tatarstan, mu Burusiya. Amakuru yatanzwe na guverineri wa Tatarstan, Rustam Minnikhanov, yemeje ko drones umunani zateye uyu mujyi, aho esheshatu zagonze inyubako z’amacumbi, imwe igonga uruganda, naho indi imwe iraswa mu mugezi. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga […]

Cassa Mbungo yaburiye Amavubi hakiri kare 

IMG 20241221 102914

Umutoza Cassa Mbungo usigaye ukorera muri Sudani Y’Epfo yaburiye ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yitegura umukino ukomeye izahuramo na Sudani y’Epfo mu ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024).  Uyu mukino ubanza uteganyijwe ku Cyumweru, tariki ya 22 Ukuboza 2024, muri Sudani y’Epfo. Cassa Mbungo AndrĂ©, […]

Leta yohereje Jose Chameleone hanze y’igihugu kwivuza

InShot 20241221 121716359

Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo kohereza umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone hanze y’igihugu kugira ngo ahabwe ubuvuzi bwisumbuye, nyuma y’uko amaze iminsi arwariye mu bitaro kubera uburwayi bwaturutse kugukoresha ibiyobyabwenge. Minisitiri w’Ubutegetsi ushinzwe Urubyiruko n’Imibereho y’Abana, Hon. Balaam Barugahara Ateenyi, ni we watangaje iyi nkuru, aho yavuze ko yamenyesheje Perezida Museveni ikibazo cya Chameleone, maze […]

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Steve Harvey

IMG 20241216 WA0033

Leta y’u Rwanda, ibinyujije Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye n’ibigo bibiri bikomeye ku rwego mpuzamahanga: BILT LLC ya Steve Harvey na Sharjah Asset Management yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu. Aya masezerano agamije guteza imbere ubukerarugendo, ishoramari, n’inganda mu Rwanda. Ku bufatanye na Steve Harvey mu guteza imbere ubukerarugendo Francis […]

Riderman yahaye Neg G gasopo, atayumva akamurega muri RIB

IMG 20241216 WA0026

Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi mu muziki Nyarwanda nka Riderman, yongeye kwihanangiriza Neg G The General avuga ko amaze imyaka 10 amugendaho, yaba mu biganiro no mu bihangano, kandi asaba ko yahindura imyitwarire. Riderman yavuze ko naramuka akomeje kumutuka no kumusebya, ashobora kwiyambaza inzego z’ubutabera kugira ngo ikibazo gikemuke. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Riderman […]

Mukura VS yayamanitse imbere ya Ferwafa

gucrnrvxoaeknaa.jpg

Nyuma y’impaka ndende n’amabaruwa avuguruzanya, ikipe ya Mukura Victory Sports yavuye ku izima isubika umukino yari ifitanye na Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 10 Kanama 2024 mu birori byiswe “Mukura Season Launch”. Kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Kanama 2024 nibwo ikipe ya Mukura Victory Sports yatangaje ko yasubitse ibirori byiswe […]

Butera Knowles n’umugabo we bakiriye inka bagabiwe na Perezida Kagame

img-20240807-wa0021-696x870.jpg

Umuhanzikazi Butera Knowles n’umugabo we, Ishimwe Clement bakiriye inka bahawe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo bamusuraga iwe mu rugo mu minsi yashize. Uyu muryango wamamaye cyane mu myidagaduro mu Rwanda wakiriye iyi nka ku munsi bizihizaho isabukuru y’ubukwe bwabo, aho uba tariki ya 07 Kanama 2024. Uyu mwaka bizihizaga imyaka umunani ishize bashinze […]

Umwana w’imyaka 10 wasambanyijwe na nyirarume yabyaye

Uharanira uburenganzira bwa muntu ukomoka mu gihugu cya Kenya, Njeri Wa Migwi, yatangaje inkuru ibabaje y’umukobwa w’imyaka 10 wabyaye nyuma yo gusambanywa na Nyirarume. Ku wa Mbere tariki ya 5 Kanama 2024 nibwo Njeri Wa Migwi yatangaje iyi nkuru binyuze ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter. Nk’uko byatangajwe na Migwi, uyu mwana w’umukobwa yabyaye […]

Nigeria: 9 bigaragambije bafite amabedera y’Uburusiya bafunzwe

Ubuyobozi bwa polisi muri Leta ya Borno muri Nigeria bwataye muri yombi abigaragambyaga icyenda bazira kwerekana amabendera y’Uburusiya mu myigaragambyo. Ku wa Kabiri, tariki ya 6 Kanama 2024, Komiseri wa Polisi muri Borno, CP Yusuf Lawal yabwiye abanyamakuru bo muri Nigeria ko bafunze abantu 9 bigaragambije bafite amabedera y’Uburusiya. Uyu muyobozi yavuze ko abakekwa batawe […]

Umugande yafungiwe muri Zimbabwe azira gutunga ibikinisho byifashishwa mu gutera akabariro

Umusore w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cya Uganda, Tom Ssekamwa, yatawe muri yombi i Masvingo, muri Zimbabwe, nyuma yo gufatanwa ibikinisho byifashishwa mu gutera akabariro. Ssekamwa yitabye urukiko rw’ibanze rwa Masvingo nyuma yo gutabwa muri yombi, aho akurikiranyweho ibyaha byo kwangiza amategeko agenga kwidagadura ndetse no guhungabanya umutekano. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubushinjacyaha muri Zimbabwe (NPA) […]

Inzu ya Lionel Messi yagabweho igitero

66b235748cf7b-5128181723006410.png

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi yatunguwe no kubona itsinda rya bantu bagaba igitero ku nzu ye iherereye i Biza muri Espagne maze bakayangiza mu buryo bukomeye. Itsinda ry’abantu bavuga ko bahirimbanira kurengera ikirere bahuriye ku nzu ya Lionel Messi maze bayimenaho amarangi ndetse banayishyiraho ibintu bitanejeje uyu mukinnyi. Abakoze ibi […]

Hadji Yussuf yihaye intego yo gutuma Perezida Kagame agaruka kuri Stade

Umuherwe ndetse akaba n’umuyobozi wa Rwanda Premier League Board itegura Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Mudaheranwa Hadji Yussuf yihaye intego yo gutuma Perezida Paul Kagame asubira kuri Stade. Ibi yabitangaje mu kiganiro cyihariye yagiranye na Radiyo ya B& B Kigali FM ku munsi wo ku cyumweru tariki ya 4 Kanama 2024. Ubwo uyu muyobozi […]

Umugabo wari uri gukina golf yarokotse impanuka y’indege

Ku cyumweru, umupilote n’umugabo wari uri mu kibuga cya golf barokotse impanuka ikomeye y’indege nto yaguye mu kibuga cya golf giherereye i California. Ibi byabereye ahitwa Haggin Oaks Golf Complex ahagana mu masaha ya saa 1h18, nk’uko ishami rishinzwe kuzimya inkongi i Sacramento ryabihamirije Fox News Digital dukesha iyi nkuru. Indege nto yamenyekanye nka KCRA-TV […]

Amissi Cédri yasinye muri Kiyovu Sports

Kiyovu Sports yasinyishije amasezerano y’umwaka umwe umurundi Amissi CĂ©dri umaze iminsi ayikoreramo imyitozo. Iyi kipe yasinyishije uyu mukinnyi nyuma yo guhabwa amafaranga n’Umujyi wa Kigali yo kwifashisha umwaka utaha. Isinya ry’uyu mukinnyi ryemejwe n’umuvugizi wa Kiyovu Sports, Minani Hemed ubwo yaganiraga na Igihe, aho yagize ati “ Nibyo Amissi CĂ©dric ni umukinnyi wa Kiyovu Sports.” […]

Kagere Meddie yasinye amasezerano mashya muri Namungo

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” Meddie Kagere yasinye amasezerano mashya muri Namungo yo muri Tanzania yari yaratijwemo mu ntangiriro z’uyu mwaka. Meddie Kagere ukina asatira yamaze gutereka umukono ku masezerano ye muri Namungo mu gihe cy’umwaka umwe akinira iyi kipe yo muri Tanzania. Uyu rutahizamu utagihamagarwa mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yageze muri […]

Nyuma y’ubwegure bwa Noelia Voigt Miss USA 2024 yamenyekanye

Ku Cyumweru tariki ya 4 Kamena, Alma Cooper yambitswe ikamba ryo kuba Nyampinga wa USA 2024 nyuma y’amezi make uwari ufite iri kamba riheruka yeguye kuri uyu mwanya. Nyuma y’igihe hashakishwa uwaba Miss USA 2024 urugendo rwaje kurangira rusize Alma Cooper ariwe wegukanye iri kamba agiye kwambara mu gihe cy’umwaka umwe gusa. Mu birori byabereye […]