Rwamagana: Ishyaka Green Party ryahafunguye ibiro hanateranira kongere ku rwego rw’intara

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Nzeri 2025, mu Karere ka Rwamagana, mu Ntara y’Iburasirazuba, habereye Kongere y’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) hanafungurwa ibiro by’ishyaka muri ako karere mu gikorwa cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye n’abashyitsi baturutse mu bihugu by’amahanga. Perezida w’ishyaka Democratic Green Party, Hon. Frank Habineza, niwe wafunguye  ibiro by’ishyaka mu Karere ka […]

Abarundi 32 bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda 

bahawe ubwenegihugu bw ubunyarwanda 1536x1024 1

Abarundi 32 bari mu banyamahanga babarirwa muri 70 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ku wa 23 Nzeri ni bwo amazina y’aba 74 banyamahanga bakomoka mu bihugu 20 byo hirya no hino ku Isi yasohotse mu igazeti ya Leta, biba ubwa mbere abangana kuriya baherewe ubwenegihugu icyarimwe. Usibye Abarundi bigaragara ko bakomeje gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda […]

RDC: Hatangiye intambara ikaze yo kurwanira ubuyobozi bw’inteko hagati ya Mboso na Tshilumbayi

kamerhe evince la rude bataille tshilumbayi mboso pht ks 26 sept 2025 jpg 711 473 1

Mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, umutwe w’abadepite, biravugwa ko umunsi wo kuwa Kane, itariki 25 Nzeri 2025, uzandikwa mu mateka. Nyuma yo kwegura kwa Vital Kamerhe nyuma yo kotswa igitutu kinshi, ubu haravugwa intambara hagati y’abagabo babiri bari bamwungirije,  visi-perezida we wa mbere, Jean-Claude Tshilumbayi, na visi perezida wa kabiri […]

Mugisha Moïse yikuye muri Shampiyona y’Isi y’Amagare

dsc05443 67af7

Ku wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, byatangajwe ko umunyarwanda Mugisha Moïse utari mu bakinnyi b’u Rwanda bagombaga gukina isiganwa ryo mu muhanda (Road Race) muri Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, yasimbujwe kubera ikibazo cy’uburwayi bw’amenyo. Mugisha yagize ikibazo cy’amenyo ubwo yagwaga muri Tour du Rwanda 2025 yabaye muri Gashyantare, agahita atakaza […]

Espagne yasohoye impapuro zo guta muri yombi Gen. Kayumba Nyamwasa

20250926 103710

Umucamanza mu rukiko rwa Espagne, José Luis Calama, yasohoye impapuro zisaba gushakisha no guta muri yombi Kayumba Nyamwasa wahoze ari Lt. Gen. mu ngabo z’u Rwanda ari gukoraho iperereza ku byaha birimo iterabwoba, itoteza, Jenoside ndetse n’ibyaha byibasiye inyoko muntu. Ikinyamakuru El Confidencial mu nyandiko isaba ko Kayumba atabwa muri yombi kivuga ko cyashoboye kubona, […]

Umukinnyi wakiniye Arsenal yapfuye ku myaka 21

images 37 1758840062

Umukinnyi w’umupira w’amaguru wahoze mu ikipe ya Arsenal, Billy Vigar yitabye Imana afite imyaka 21 nyuma yo gukomeretswa bikomeye mu mutwe mu mukino yakinnyemo ku wa Gatandatu ushize. Uyu musore wakiniraga Chichester City yakomeretse mu mukino wa Isthmian League Premier Division bahuragamo na Wingate & Finchley. Nyuma y’iminota 13 gusa y’umukino, yahise asohorwa mu kibuga, […]

RDC: Maj. Gen. Masangura yagizwe komanda mushya w’umutwe udasanzwe wa MONUSCO (FIB))

Capture 10

Umutwe wa Force Intervention Brigade (FIB): Umutwe wa mbere w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye wemerewe kugaba ibitero, kuri ubu ufite umuyobozi mushya, Umunyatanzaniya, Major Gen. Alexander Masangura umaze nk’iminsi muri Kivu y’Amajyaruguru nyuma y’izindi ngabo zigize uyu mutwe zimaze ibyumweru bibiri zoherejwe. Mu kiganiro yagiranye na channel yitwa Kuna Nini News yo muri Reubulika ya Demokarasi ya […]

Burundi: Inka yabyaye inyana itagira umutwe

1758873790657

Muri komine Kiganda, ku musozi wa Munyinya, zone ya Mushikamo, habaye igikorwa cyatangaje aborozi n’abaturage ku wa 23 Nzeri 2025 aho inka yabyaye inyana itagira umutwe. Ubwo inka yari igeze igihe cyo kubyara, nyirayo yagerageje kuyifasha mu kuyibyaza gusa inyana yanga gusohoka. Yahise atabaza muganga w’amatungo muri ako gace, Innocent Bigirimana. Uwo muganga yahise akora […]

U Rwanda rwagaragarije Loni uko RDC ikomeje gukorana na FDLR n’abacanshuro

20250926 093014

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igishyize imbere umugambi w’intambara, n’ubwo imaze amezi atatu isinyanye n’u Rwanda amasezerano y’amahoro. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Nzeri, ubwo yagezaga ijambo ku Nteko Rusange ya 80 y’Umuryango w’Abibumbye. Yavuze ko n’ubwo muri Kamena […]

USA: James Comey wahoze ayobora FBI yajyanwe mu nkiko

download

Kuri uyu wa Kane, uwahoze ari umuyobozi wa FBI, James Comey, yashinjwaga icyaha cyo gutangaza ibinyoma no kubangamira ubutabera. Umushinjacyaha wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu burasirazuba bwa Virginie, Lindsey Halligan, yatangaje ibyo aregwa, anavuga ko Comey ashobora guhanishwa igifungo cy’imyaka itanu aramutse ahamwe n’icyaha. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, […]

RDC: Abasaga 10 bafatiwe mu mukwabu wakorewe i Goma

FB IMG 16425158150790045

Abantu benshi batawe muri yombi mu mukwabu wakorewe mu gace ka Kasika mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 25 Nzeri, n’ubuyobozi bwa AFC-M23. Mu bafashwe harimo abagabo, abasore, ndetse n’abayobozi b’amadini, barimo umupasiteri, abadiyakoni, n’abavugabutumwa bari mu nzira bajya gusenga mu gitondo nk’uko bitangazwa na Radio Okapi. Abatangabuhamya benshi bavuze ko […]

Tshisekedi yahuye rwihishwa na ‘boss’ w’abacanshuro ba Blackwater

GridArt 20250925 182336999

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahuye rwihishwa na Erik Prince, Umunyamerika washinze umutwe w’abacanshuro wa Blackwater. Aba bombi bahuriye i New York muri Leta Zunze Ubumwe, aho Tshisekedi yitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Erik Prince asanzwe afitanye na RDC amasezerano yo kuyifasha gukusanya imisoro ituruka mu mabuye y’agaciro ndetse no […]

Croix-Rouge yavuze ku ifoto y’umukorerabushake wayo iri kuvugisha benshi

20250925 162816

Umuryango utabara imbabare, Croix-Rouge Rwanda watangaje ko ifoto ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga igaragaza umukorerabushake wayo ari kumwe n’umukinnyi w’umuzungu muri Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare iri kubera mu Rwanda, ntaho ihuriye n’ukuri kuri kuyivugwaho. Iyo foto yagaragaje umukorerabushake w’igitsina gore ahagararanye n’umukinnyi, bigasa nk’aho bari guhana nimero za telefoni. Nyuma y’aho igiye hanze, […]

Gen. Nyamvumba yahanuye Rayon Sports mbere yo kurira umusozi wo gusezerera Singida

20250925 152046

Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Gen. Patrick Nyamvumba, yasuye Rayon Sports ikomeje umwiherero yitegura umukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup uzayihuza na Singida Black Stars. Rayon Sports ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko mu mpanuro Gen. Nyamvumba yahaye iriya kipe “yibukije abakinnyi ko gutsindwa umukino ubanza bitavuze ko gukomeza bidashoboka.” […]

Uganda: Polisi mu mvururu n’abashyigikiye Bobi Wine

b2408ecf8854beab62bba9f86a5493ae44ca2472

Polisi ya Uganda yagize icyo ivuga nyuma y’uko hagaragaye amashusho anyuranaho ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza abapolisi basenya ibirango byamamaza Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, umukandida w’ishyaka NUP (National Unity Platform), ku munsi wa gatatu wo ku wa 24 Nzeri 2025. Amashusho yafatiwe mu mujyi wa Mbale ndetse no mu gice cy’ubucuruzi cya Kampala, agaragaza […]

Iyo myitwarire irashaje: Perezida Kagame ku bihugu birimo u Bubiligi

g1rbuq1xsaatiuu d8ade

Perezida Paul Kagame yanenze ibihugu byarwanyije ko u Rwanda rwakira Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare, abibwira ko imyitwarire bikomeje kugaragaza ishaje. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri, mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama ya 194 y’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI), yabereye muri Kigali Convention Centre. Ni Inteko Rusange yahuriranye na […]

Bugesera: Yishe umugore we bamaze gutera akabariro mu rutoki

images 2 1

Mu karere ka Bugesera, umurenge wa Mayange, akagari ka Mbyo mu mudugudu wa Cyaruhirira, haravugwa umugabo ukurikiranyweho kwica umugore babanaga nk’umugabo n’umugore, nyuma yo kurangiza igikorwa cyo gutera akabariro mu rutoki, nk’uko byemezwa n’abaturage. Abahaturiye bavuga ko aba bombi bari bamaze igihe bafitanye amakimbirane, nubwo babanaga ntabwo bari barasezeranye mu mategeko. Bivugwa ko umugore yari […]

Perezida Kagame yatangije ishuri rigiye gutyaza abayobozi babereye Afurika y’ejo hazaza

G1rs0EWWsAA9oGO

Kuri uyu wa Kane, itariki 25 Nzeri 2025, Perezida Kagame yifatanyije na Hailemariam Desalegn, wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, abayobozi mu nzego zitandukanye, abashakashatsi, abarimu muri kaminuza n’abandi mu muhango wo gutangiza Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere [African School of Governance].  The African School of Governance, ni ishuri ryavuye ku gitekerezo cyatanzwe n’abarimo Perezida Paul Kagame, Hailemariam […]

Miliyoni 31 Frw nizo yanyereje! Akantu ku kandi ku byavugiwe mu rukiko ubwo Camarade yaburanaga

20250925 122411

Urubanza ruregwamo Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), rwongeye gusubukurwa kuri uyu wa Kane taliki ya 25 Nzeri 2025. Me. Bizimana Emmanuel, umwunganizi wa Camarade, yongeye kuzamura inzitizi asaba ko urubanza rwaregerwa urukiko rubifitiye ububasha, kuko ibyaha aregwa byose yabikoze akiri ku mwanya w’Umunyamabanga wa FERWAFA […]

Myugariro wa Arsenal Real Madrid yateganyaga gutwarira ubuntu yemeye kongera amasezerano

skysports william saliba arsenal 5919417

Umufaransa William Saliba ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, yemeye kongera amasezerano yo gukomeza kuyikinira. Saliba w’imyaka 24 y’amavuko, yifuzwaga cyane na Real Madrid yashakaga kumusinyisha ku buntu, ubwo yari kuzaba asoje amasezerano. Ikinyamakuru The Athletic biciye mu munyamakuru wacyo, David Ornstein, cyatangaje ko William Saliba ufite amasezerano azarangira mu mpeshyi ya 2027 yemeye kongera amasezerano […]

RDC: Abadepite 173 banze kuvugurura amasezerano yo kuba indahemuka kuri Tshisekedi

IMG 20250924 WA0053

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 24 Nzeri 2025, Umunyamabanga Mukuru w’ihuriro riri ku butegetsi, Union sacrée de la Nation  (USN) yashyize ahagaragara urutonde rw’abadepite 173 ku rwego rw’igihugu batarashyira umukono ku cyifuzo cyo kuvugurura ubudahemuka bwabo kuri Félix Tshisekedi, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo akaba n’umuyobozi mukuru w’iri huriro rifite ubwiganze ku […]

Ukraine yaturikije indege y’igisirikare cy’Uburusiya 

20250925 115817

Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zatangaje ko mu masaha ya mu gitondo yo ku wa 25 Nzeri 2025 zarashe indege ya gisirikare y’Uburusiya yo mu bwoko bwa Su-34 fighter-bomber mu gice cya Zaporizhzhia. Iyi ndege bivugwa ko yari irimo kugaba ibitero ku mujyi wa Zaporizhzhia ikoresheje amabombe. Ingabo za Ukraine zavuze ko iyi Su-34 […]

RIB yinjiye mu kibazo cy’umuturage wagaragaye ahondagurirwa mu biro by’akagari

GridArt 20250925 115540352

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwinjiye mu kibazo cy’umuturage wagaragaye ahondagurirwa mu biro bya kamwe mu tugari tugize umurenge wa Nyakabanda. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, yerekana abakora irondo ry’umwuga batatu n’uwo bikekwa ko ari umuyobozi mu nzego z’ibanze bakurubana uwo musore bakekagaho ubujura, bamwerekeza mu biro by’Akagari ka Munanira ya I. Uwari wafashwe bigaragara ko […]

Kagame Opens UCI congress in Kigali

kagame opens uci

President Kagame opens UCI congress as Rwanda hosts historic cycling world championships President Paul Kagame officially opened the UCI Congress in Kigali on Thursday, marking a historic moment as Rwanda hosts the UCI Road World Championships for the first time on the African continent. Addressing delegates, Kagame highlighted the impressive global participation, with 108 countries […]

Kisangani: Ingabo za Gen. Masunzu zirigamba gufata abarwanyi 15 ba M23

Capture3 1

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), kibinyujije muri Zone ya 3 ya Gisirikare iyoborwa na Gen. Pacifique Masunzu, i Kisangani, mu Ntara ya Tshopo, cyatangaje ko abarwanyi 30 ba M23, bishyize mu maboko y’igisirikare nyuma yo gutoroka. Nk’uko igisirikare kibitangaza, hafashwe izindi nyeshyamba 15 za M23 zarafashwe. Ku wa Gatatu, itariki ya 24 […]

Ethiopia yemerewe kwakira umukino wayo na Guinea Bissau kuri Stade Amahoro

qatar 2022 fifa world cup qualifier ethiopia removebg preview

Ethiopia yahawe uruhushya rwo kuzakirira umukino, wo gushaka itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2026 uzayihuza na Guinea-Bissau, kuri Stade Amahoro mu Kwakira. Ethiopia iri mu bihugubifite stade zitujuje ubuziranenge mpuzamahanga ku buryo zakwakira amajonjora y’Igikombe cy’Isi. Mu bihugu byahawe uruhushya n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) rwo gukinina hanze y’imipaka yabyo harimo Ethiopia, ishaka […]

U Rwanda na RDC byaba byemeranyije itariki yo gutangiriraho guhiga FDLR 

arton45922

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko byamaze kumvikana ku gihe bizatangirira gushyira mu bikorwa ingamba zirebana n’umutekano zikubiye mu masezerano y’amahoro ibihugu byombi byasinyanye muri Kamena. Amakuru avuga ko ibihugu byombi byumvikaniye mu nama yahurije ababihagarariye i Washington, hagati y’itariki ya 17 n’iya 18 Nzeri. Itangazo rihuriweho n’ibihugu byombi ariko ryanasohowe […]

Bobi Wine aravuga ko amatora ya 2026 ntaho azaba ataniye n’intambara

reuters 68d42133 1758732595

Umukandida ku mwanya wa perezida muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine yavuze ko amatora yo mu 2026 ntaho azaba ataniye no kujya mu “intambara.” Uyu muhanzi wahindutse umunyapolitiki ugiye kuba umukandida ku mwanya wa perezida ku nshuro ya kabiri kandidatire ye yemejwe na komisiyo y’amatora ku wa Gatatu kugira ngo […]

Denmark: Drones z’u Burusiya zagaragaye ku bibuga by’indege bine

newsarticle 270694 scaled 620x0 1

Indege zitagira abadereva zagaragaye hejuru y’ibibuga by’indege bya Aalborg, Esbjerg, Sonderborg na Skrydstrup muri Denmark mu ijoro ryo ku wa Gatatu no mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane nyuma y’iminsi ibiri gusa ibibuga by’indege bya Copenhagen na Oslo muri Norvege bifunze kubera drones nk’izi. Indege zitagira abapilote zagaragaye ku bibuga by’indege bine hirya no […]

Rwanda seeks diplomatic solution after soldier arrested in Burundi

rdf

The Rwanda Defence Force (RDF) has confirmed that one of its soldiers, Sergeant Sadiki Emmanuel, was arrested in Burundi after accidentally crossing the border at Gasenyi–Nemba. RDF says the soldier, who serves as a driver, got lost while near the frontier and unintentionally entered Burundian territory on September 24, 2025. In a statement issued the […]

RDF yemeje ko Polisi y’u Burundi ifunze Sergeant wayo

rwanda burundi

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu bwemeje ko hari umwe mu basirikare bazo ufungiye i Burundi, nyuma yo gufatirwa ku butaka bwa kiriya gihugu. RDF mu itangazo yasohoye, yavuze ko Sgt Sadiki Emmanuel afunzwe na Polisi y’u Burundi nyuma yo “kuyoba atabigambiriye” akisanga ku butaka bw’u Burundi. Nk’uko Igisirikare cy’u Burundi cyari cyabitangaje […]

Rwanda slams Tshisekedi’s Genocide claims at UN: ‘Look in the mirror first’

nduhungirehe

Rwanda’s Minister of Foreign Affairs, Amb. Olivier Nduhungirehe, has criticized Congolese President Félix Antoine Tshisekedi, saying he has no moral ground to ask the world to recognize “a genocide against Congolese people” while his government collaborates with groups responsible for the 1994 Genocide against the Tutsi in Rwanda. Nduhungirehe made the remarks on Wednesday, September […]

Uganda: Bobi Wine yemerewe kongera guhatana na Museveni mu 2026

WhatsApp Image 2024 01 31 at 07.55.33 5a594c10

Kuri uyu wa Gatatu, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, umuhanzi w’icyamamare wahindutse umunyapolitiki, Bobi Wine, yemerewe kwiyamamariza kuba perezida, akaba agiye guhangana na Yoweri Museveni ku nshuro ya kabiri. Bobi Wine, amazina ye nyakuri akaba ari Robert Kyagulanyi, yabanje guhangana na Museveni bwa mbere mu matora yo mu 2021 ariko aza ku mwanya wa […]

Nduhungirehe yasabye Tshisekedi kwiheraho mbere yo gushinja abandi Jenoside

nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi atakabaye asaba Isi kwemera ko mu gihugu cye habayeho Jenoside, mu gihe asanzwe akorana bya hafi n’umutwe wa FDLR wakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umukuru wa dipolomasi y’u Rwanda yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri, nyuma y’amasaha make Tshisekedi […]

Burundi’s army says it arrested Rwandan soldier near border

rwanda burundi

Burundi’s National Defense Forces (FDNB) have announced the arrest of a soldier from Rwanda’s Defense Forces (RDF). According to a statement released on Wednesday, September 24, the soldier, identified as Sergeant Sadiki Emmanuel, was taken into custody by police in Busoni Commune, Butanyerera Province (formerly Kirundo) around midnight. The FDNB said the soldier, reportedly a […]

FDNB iravuga ko hari umusirikare wa RDF ufungiye mu Burundi

rwanda burundi

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), kiravuga ko hari umusirikare wo mu ngabo z’u Rwanda (RDF) waraye ufunzwe na Polisi ya kiriya gihugu, nyuma yo gufatirwa ku butaka bwacyo. FDNB mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri, yavuze ko uwo musirikare witwa Sergeant Sadiki Emmanuel yafatiwe muri Komine Busoni ho mu ntara ya […]

Abanyarwanda 314 babaga muri RDC batashye ku bushake

20250924 141307

U Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri, rwakiriye imiryango 101 igizwe n’abantu 314 babaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gutahuka ku bushake. Aba bantu ubwo binjiraga mu Rwanda banyuze ku mupaka munini uhuza u Rwanda na RDC (La Corniche), bakiriwe n’umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper wabasezeranyije ko hari […]

Polisi y’u Rwanda yafunze abantu 24 bacukuraga Zahabu

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru yafashe abantu 24 bari mu bikorwa byo gucukura zahabu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bangiza imyaka n’imirima y’abaturage. Mu gitondo cyo ku wa 24 Nzeri 2025, abo bantu bafatiwe mu Kagali ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, hifashishijwe ikoranabuhanga rya drone ryakurikiranaga aho bari bihishe nyuma yo […]

Trump yannyeze ubushobozi bw’Ingabo z’u Burusiya avuga ko intambara bamazemo imyaka itabatwara icyumweru

1024x576 cmsv2 84523739 ad7a 5aaa 8db2 e03ebf183476 9480210

Ku wa Kabiri, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Ukraine ishobora kwigarurira intara zayo zose yambuwe ku nkunga y’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi, nyuma y’inama yagiranye na Zelenskyy. Yakemanze ingufu z’Igisirikare cy’u Burusiya anemeza ko ibihano byakomera niba imishyikirano itagize icyo igeraho. Mu butumwa yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwe, Truth Social, yagize ati: […]

Perezida Macron yahagaritswe ku muhanda kugira ngo Trump atambuke

23vid cover macron nyc new superJumbo

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yahagaritswe ku muhanda na Polisi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kugira ngo Perezida Donald Trump wagombaga kuwunyuramo abanze atambuke. Byabaye ku wa Kabiri tariki ya 23 Nzeri, ubwo Macron yari i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Amashusho yakwirakwijwe ku […]

Indege itwaye Minisitiri w’Ingabo wa Espagne yabuze icyerekezo igeze mu Burisiya

20250924 115450

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Espagne bwatangaje ko indege y’igisirikare cy’icyo gihugu yari itwaye Minisitiri w’Ingabo, Margarita Robles, yagize ikibazo gikomeye cy’ikoranabuhanga ubwo yanyuraga hafi y’intara ya Kaliningrad, y’Uburusiya, izwiho kuba ibirindiro bikomeye bya gisirikare. Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa Gatatu, Espagne ivuga ko iyo ndege yajyaga muri Lituaniya mu ruzinduko rw’akazi, yahungabanyijwe n’ibikorwa bikekwa ko […]

Musanze: Umusore wari ushatse vuba arakekwaho kwiyahura kubera 1500 Frw

MusanzeDist

Umusore w’imyaka 22 y’amavuko wo mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze bivugwa ko yari amaze igihe gito ashatse, witwa Irakiza, yiyahuye akoresheje umugozi nyuma y’uko umukoresha we yanze kumwishyura amafaranga 1500 Frw. Ibi bintu byatunguye umuryango n’abaturanyi ba Irakiza bivugwa ko byabaye kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 22 Nzeri 2025 mu Mudugudu […]

Nta bufasha bw’u Rwanda dukeneye: Nangaa wa AFC/M23

22 copy

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, Corneille Nangaa, yongeye gushimangira ko ririya huriro ridafashwa n’u Rwanda ndetse ko nta bufasha bwarwo rikeneye. Nangaa yabitangarije mu kiganiro aheruka kugirana n’umunyamakuru Larry Madowo wa Televiziyo ya CNN. Uyu munyapolitiki yongeye gushimangira ko intego ya AFC/M23 ari ukujya i Kinshasa ikirukana ku butegetsi Perezida Félix […]

Lorenzo yasabye ubwishingize muri RIB nyuma y’uko Super Manager amwise umutinganyi

InShot 20250924 113433126

Umunyamakuru Lorenzo Musangamfura yasabye ubufasha Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) nyuma y’uko mu kiganiro cyaciye kuri shene ya YouTube, Gakumba Patrick uzwi nka Super Manager, amuvuzeho amagambo afatwa nk’ateye ubwoba kandi yuzuyemo ivangura. Mu mashusho y’iki kiganiro yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, Super Manager yumvikana ashinja Lorenzo ibikorwa byo kuba umutinganyi, amushinja no kuba “umwaku”, ndetse […]

Canada n’u Buholandi byasabye abaturage babyo kwirinda kujya mu Burundi

Dutch 1366x768 removebg preview

Ibihugu bya Canada n’u Buholandi byaburiye abaturage babyo bibasaba kwirinda kujya mu gihugu cy’u Burundi by’umwihariko mu bice byegereye umupaka uhuza iki gihugu na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu gihe hakomeje gututumba intambara hagati ya AFC/M23 na FARDC, muri Kivu y’Amajyepfo, Mujyi wa Uvira, uteganye n’Umujyi wa Bujumbura. Kuwa Mbere no kuwa Kabiri nibwo […]

U Rwanda rwashimiye abarimo Umubiligi Remco Evenepoel

8XypN8E9HFNmsBLLWSLrqE

Guverinoma y’u Rwanda yashimiye abakinnyi bitabiriye Shampiyona y’Isi y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje kubera mu Rwanda, by’umwihariko abahize abandi. Guverinoma yabashimiye ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X. Yagize iti: “U Rwanda rurashimira abakinnyi bose bitabiriye amarushanwa mu minsi itatu ishize yo gusiganwa n’ibihe buri muntu ku giti cye, kandi rurashimira abahize abandi bagatsindira imyanya […]

Tshisekedi yahatiriye Loni ngo yemere ko muri RDC habaye Jenoside

20250924 093053

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Umuryango w’Abibumbye gushyigikira igihugu cye ukemeza ko cyabereyemo Jenoside. Perezida wa RDC yabisabiye i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Kinshasa imaze igihe ikora iyo bwabaga isaba amahanga ngo ayifashe kwemeza ko mu […]

Gitega: Bagiye gufata umurambo w’umuntu wabo basanga wahawe undi muryango

1722872570

I Karusi, mu Ntara ya Gitega, mu Burundi rwagati, mu buruhukiro bw’Ibitaro Twese Turashoboye, habaye ikosa ryo kwibeshya ku murambo ryateje ikibazo gikomeye. Umuryango wavuye i Muyinga, mu Ntara ya Buhumuza, wavumbuye bitinze ko umurambo wari uje gutwara wahawe undi umuryango wo muri Kiremba, mu Ntara ya Butanyerera kubwo kwibeshya. Ku wa Mbere, itariki ya […]

Malawi: Peter Mutharika wahoze ari perezida mu nzira zo gusubira ku butegetsi

1x 1

Uwahoze ari Perezida wa Malawi, Peter  Mutharika ubu niwe uri imbere cyane mu majwi mu matora ya perezida yabaye mu cyunweru gishize, ukurikije bibiri bya gatatu by’uturere tumaze gutangaza ibyavuye mu matora by’agateganyo. Mutharika, w’imyaka 85, amaze kugira amajwi hafi 66% mu majwi yemewe amaze kubarurwa kugeza ubu, mu gihe umukurikiye bya hafi, Perezida uri […]

Icyo FERWACY ivuga kuri Jean Bosco watwaye Tour du Rwanda usigaye ari umunyonzi

20250923 205946

Nsengimana Jean Bosco, wahoze ari umwe mu bakinnyi b’ibirangirire mu mukino w’amagare mu Rwanda, akaza kwisanga mu bwo gutwara abantu ku igare mu Byangabo, ariko FERWACY itangaza ko yiteguye kumufasha mu rugendo rushya yatangiye nk’umutoza. Jean Bosco Nsengimana ni izina rikomeye ryari rizwi cyane mu mukino w’amagare mu Rwanda no mu karere. Yamenyekanye cyane nyuma […]

Iby’ingenzi ku itegeko ryemerera gutwitira undi mu Rwanda

utwite

U Rwanda rwemeje ku mugaragaro itegeko rishya rigenga serivisi z’ubuvuzi, aho ku nshuro ya mbere ryemera ko umuntu ashobora gutwitira undi (surrogacy). Iri tegeko rishyiraho amabwiriza akomeye kugira ngo ibikorwa nk’ibi bikorwe mu buryo bwemewe n’amategeko. Iri tegeko No 026/2025 ryasohotse mu igazeti ya Leta idasanzwe ku wa 18 Nzeri 2025, rikubiyemo ingingo 111 zitandukanye. […]

Rusizi: Umugabo arashinjwa gutemagura se kugeza amwishe

rusizi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rusizi bukurikiranye umusore w’imyaka 37 wishe se amutemesheje umupanga amuhora ko hanze kumuha isambu.  Icyaha akurikiranweho yagikoze ku mugoroba wo ku itariki ya 08 Nzeri 2025 mu Mudugudu wa Nyagashikira, Akagari ka Mwezi, Umurenge wa Karengera, Akarere ka Nyamsheke, ubwo uregwa yadukiriye se umubyara akamutema mu mutwe, ku maguru no […]

Icyo Tshisekedi avuga ku guhererekanya imfungwa na M23

Screenshot 20250922 140232 1 copy 1000x800 1

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ategereje uburenganzira bwa Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge, mbere yo guhererekanya imfungwa n’umutwe wa M23. Yabitangarije i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru. Umutwe wa M23 ushinja Leta ya RDC kuba yaranze kurekura imfungwa zibarirwa muri 700 ufunze, […]

Perezida Kagame ari kwa Abdel Fattah Al-Sisi 

20250923 121901

Perezida Paul Kagame ari i Cairo mu gihugu cya Misiri, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nzeri yatangiye uruzinduko rw’akazi. Umukuru w’Igihugu kuri uyu wa Kabiri yakiriwe mu ngoro ya Al-Ittihadiya na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah Al-Sisi. Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byo mu muhezo, mbere y’uko bahurira mu nama n’abagize […]

Iperereza ry’u Burundi ryaciye amarenga y’uko Rabin ashobora kuba yarishwe!

Medard Muhiza

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko umusesenguzi Dieudonné Niyukuri uzwi nka Rabin, uherutse kuburirwa irengero nyuma yo kugera ku butaka bw’u Burundi avuye mu Rwanda, yaba yarishwe nk’uko byaciwemo amarenga mu kiganiro cy’Ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu, FOCODE. Biravugwa ko mu kiganiro cyateguwe na FOCODE ku Cyumwru, itariki 21 Nzeri, umukozi w’iperereza ry’u […]

Tshisekedi says Trump deserves Nobel prize if he ends Congo’s 30 years war

tshisekedi

Democratic Republic of Congo (DRC) President Félix Tshisekedi has linked former U.S. president Donald Trump to hopes of peace in eastern Congo. He said that if Trump helps bring an end to the insecurity that has devastated the region for more than three decades, he would personally support Trump’s candidacy for the Nobel Peace Prize. […]

Tshisekedi aravuga ko atazateza cyamunara amabuye y’agaciro ya Congo kuri Amerika 

Kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Nzeri 2025, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yatangaje ko amasezerano y’amahoro yagizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyizweho umukono n’u Rwanda muri Kamena atigeze aturisha imirwano ibera mu burasirazuba bwa Congo, nubwo yashimiye Perezida Donald Trump kuba yaragerageje guhagarika amakimbirane. Ku itariki ya […]

Tchisekedi yaba yarekuye burundu Kamerhe?

kamerhe demission 800 1306715

Nyuma yo kwegura kwa Vital Kamerhe ku mwanya wa perezida w’Inteko ishinga amategeko, umukuru w’igihugu cya Congo, Félix Tshisekedi yagize icyo atangaza ubwo yari i New York mu nama ya 80 y’u muryango w’abibumbye. Perezida wa Repubukika iharanira demokarasi ya Congo Félix yakuyeho impungenge ku bibaza niba we na Vital Kamarhe wari perezida w’inteko nshingamategeko […]

Mali, Burkina Faso na Niger byikuye muri ICC

20250923 100716

Ibihugu bitatu byo muri Afurika y’Uburengerazuba, Mali, Burkina Faso na Niger, byatangaje ko byikuye mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), bivuga ko uru rukiko rukoreshwa nk’“igikoresho cy’ubukoloni bushya.” Itangazo ryasohotse ku wa Mbere, ryasobanuye ko ibi bihugu biyobowe n’abasirikare bitakibonamo ubushobozi bwo gukurikirana ibyaha by’intambara, ibyaha byibasiye inyokomuntu, ibyaha by’ubugome n’ibyaha bya Jenoside. Mali, Burkina Faso […]

New York: ‘Abasa na Gen Makenga’ bangiwe kwinjira mu nama ya leta ya RDC

IMG 20250923 WA0000

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakumiye abo yise ko basa na Gen. Sultani Makenga mu nama yateguye i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni inama yari yatumiwemo abanye-Congo n’inshuti zabo ngo baganire kuri Jenoside Kinshasa imaze igihe ivuga ko yakorewe abaturage bayo. Umuyobozi w’Umuryango Mahoro Peace Association n’uwa ‘Isoko’ yombi […]