Nyamagabe: Barindwi bafunzwe bakekwaho kwimana amakuru ku mibiri yabonetse mu mwobo

Abagabo barindwi bo mu murenge wa Mbazi mu karere ka Nyamagabe bafunzwe bakekwaho kwimana amakuru ku mibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu mwobo uri munsi y’inzu. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu murenge, Ndagijimana Valens yasobanuriye Kigali Today ko hashingiwe ku makuru yatanzwe n’abaturanyi ba nyir’iyi nzu witwa Mbonyumukiza FĂ©licien tariki ya 26 Kanama 2023, baragiye basanga […]

Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha

Ni kenshi amatangazo ava mu biro bya Minisitiri w’Intebe avuga ko umuyobozi yahagaritswe, yakuwe mu kazi, impamvu zibitera ntizigaragazwe cyangwa se bigasobanurwa ko yazize imyitwarire idahwitse, kutuzuza inshingano ndetse n’amakosa aremereye, bya bindi bidatanga igisubizo gitomoye ku babyibazaho. Ha mbere aha humvikanaga umuyobozi w’akarere runaka, umwungirije cyangwa se undi mukozi yandika ibaruwa y’ubwegure, agasobanura ko […]

Uwabaye Ambasaderi wa Tanzania mu Rwanda yagizwe umuyobozi w’urwego rw’ubutasi

aaa-3.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 28 Kanama 2023, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yagize Ali Idi Siwa umuyobozi mushya w’ubutasi mu buryo butunguranye, asimbuye Saidi Hussein Massoro wari umaze kuri uyu mwanya igihe kitarenze amezi umunani. Mu itangazo ry’ibika bibiri, Ishami ry’itumanaho rya Perezidansi nta mpamvu ryatanze ry’impinduka zitunguranye kuko Siwa, wahoze ari […]

Raia wa Uganda anakabiliwa na hukumu ya kifo baada ya kushtakiwa kwa ushoga

Mwanamume mwenye umri wa miaka 20 kutoka Uganda anaweza kukabiliwa na hukumu ya kifo baada ya kushtakiwa kwa ulawiti uliokithiri, ambao ni kosa la kifo chini ya sheria tata ambayo ilipitishwa mwezi Mei. Ni mara ya kwanza kwa shtaka kama hilo kuripotiwa, ingawa haijulikani wazi ikiwa kumekuwa na mashtaka yoyote hapo awali. Mahakama moja mashariki […]

Le gouverneur de la province de l’Ouest et le chef de l’autoritĂ© fonciĂšre licenciĂ©s

Le prĂ©sident Paul Kagame a limogĂ© Franà§ois Habitegeko du poste de gouverneur de la province de l’Ouest et EspĂ©rance Mukamana qui Ă©tait directrice gĂ©nĂ©rale de l’AutoritĂ© fonciĂšre nationale. Le licenciement du duo a Ă©tĂ© annoncĂ© dans un communiquĂ© publiĂ© le 28 aoà»t au soir par la prĂ©sidence du gouvernement, qui citait l’article 9 de la […]

Rulindo: Pasiteri arashakishwa nyuma yo ‘gukubitira’ umukecuru mu rusengero

Ubuyobozi bw’umurengwa wa Kisaro mu karere ka Rulindo buravuga ko Pasiteri Habamungu JĂ©rĂŽme uyobora urusengero rwa Muranzi mu itorero AEBR ari gushakishwa, nyuma yo gukubitira umukecuru mu rusengero, akamukomeretsa mu mutwe. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge, Uwamahoro Telesphore yagize ati: “Pasiteri aracyashakishwa ntabwo araboneka ariko umukiristo we yarakubiswe aranakomeretswa. Icyateye gukubitwa na n’iyi saha ntabwo turakimenya […]

Uganda: Uwa mbere ari kuburanishwa ku cyaha cy’ubutinganyi cyatuma akatirwa urwo gupfa

Umusore w’imyaka 20 y’amavuko wo muri Uganda afunzwe by’agateganyo akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umugabo w’imyaka 41, gihanwa n’itegeko rishya rirwanya ubutinganyi. Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, bibisobanura, uyu musore yatangiye kuburanishwa tariki ya 18 Kanama 2023, ashinjwa icyaha cy’ubutinganyi bukabije gihanishwa igihano cy’urupfu. Ubusanzwe icyaha cyitwa ubutinganyi bukabije iyo ukurikiranwe ashinjwa kugisubira, kugikorera umwana, kugikora […]

Iyo hataba u Bufaransa ntituba tuvuga uyu munsi Mali, Burkina Faso cyangwa Niger – Macron

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yatangaje ko iyo hataba ingabo z’igihugu cye zatabaye muri Afurika, ibihugu bya Mali, Burkina Faso ndetse na Niger biba byarasibanganye ku ikarita, ibintu bitakiriwe neza n’abumvise iri jambo cyane cyane Abanyafurika. Mu gihe umwuka mubi ugenda wiyongera mu mibanire y’u Bufaransa na Afurika, Emmanuel Macron we yashimye ubutwari bw’abadipolomate mu […]

Hari abavuga ko batishoboye bafatiwe bugwate mu bitaro bya Gisenyi

Abaturage bavuga ko batishoboye bivuriza mu bitaro bya Gisenyi biherereye mu karere ka Rubavu bafashwe bugwate kuko ngo batishyuye amafaranga serivisi bahawe. Aba baturage bavuga ko batishyuye ubwisungane mu kwivuza kuko batabifitiye ubushobozi, kandi ngo ntibagombaga kurwarira no kurwariza iwabo mu ngo. Ibyo bituma basabwa kwishyura serivisi zose bahabwa ku kigero cy’100%, ku buryo harimo […]

Ituri: Byibuze abantu 14 biciwe mu gitero cya CODECO ku rusengero

Kuri iki Cyumweru gishize, byibuze abantu 14 biciwe mu Ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Congo, nyuma y’uko umutwe witwara gisirikare ugabiye igitero ku bantu bari barimo gusenga mu rusengero, nk’uko umuyobozi waho ndetse n’umuyobozi wa sosiyete sivile babitangaje kuri uyu wa Mbere. Umuyobozi wa Teritwari ya Djugu, Ruphin Mapela n’umuyobozi wa sosiyete sivile, Dieudonne […]

Perezida Kagame yirukanye abarimo Habitegeko wari Guverineri w’Uburengerazuba

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Kanama, yavanye mu mirimo abayobozi barimo Habitegeko Franà§ois wari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba. Habitegeko yari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba kuva muri Werurwe 2021 ubwo yahabwaga izo nshingano asimbuye Munyantwali Alphonse. Iyirukanwa rye ryemejwe na Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa […]

Shaiboub yahesheje APR FC amanota 3 ya mbere itsinze Police FC

Ikipe ya APR FC yegukanye amanota atatu ya mbere muri shampiyona ya 2023/24, nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa derby y’umutekano wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Ni umukino by’umwihariko APR FC na Police FC yahuriyemo, nyuma y’imyaka irenga 10 yararetse gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga. Igitego cyo […]

Makubaliano ya kijeshi kati ya Burundi na DRC yatiwa saini mbele ya Tshisekedi na Ndayishimiye

Alain Tribert Mutabazi, Waziri wa Ulinzi wa Kitaifa na Masuala ya Maveterani wa Burundi, na Jean-Pierre Bemba wa DRC walihitimisha rasmi hati ya makubaliano ya utetezi Jumatatu huko Kinshasa. Hafla hiyo ilifanyika mbele ya Marais Evariste Ndayishimiye na FĂ©lix Tshisekedi. Wakati huo huo, mkutano kati ya Ndayishimiye na Tshisekedi ulifanyika katika Palais de la Nation […]

Minisitiri Braverman yijunditse urukiko rw’i Burayi rwahagaritse indege yari kuzana abimukira

Umunyamabanga wa Leta y’u Bwongereza ushinzwe umutekano w’imbere, Suella Braverman, yijunditse urukiko rw’i Burayi ruharanira uburenganzira rw’ikiremwamuntu (ECHR), rwahagaritse indege yiteguraga kuzana abimukira mu Rwanda mu mwaka ushize. Mu kiganiro uyu muyobozi yagiriye kuri BBC, yasobanuye ko uru rukiko ruherereye mu mujyi wa Strasbourg mu Bufaransa rukorera mu nyungu za politiki. Ati: “Uko mbyumva kurasobanutse. […]

Libya: Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yirukanwe ashinjwa guhura n’uwa Israel mu ibanga

Kuri iki Cyumweru gishize, Minisitiri w’Intebe wa Libya, Abdel Hamid Dbeibeh, yahagaritse ku mirimo ye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Najla al-Mangoush nyuma yo guhurira rwihishwa i Roma na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel, Eli Cohen. Iteka ryashyizwe ahagaragara na guverinoma y’ubumwe bw’igihugu ryagize riti: “Hafashwe umwanzuro wo guhagarika minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Libya, Najla al-Mangoush no […]

Kinshasa: Nkunda, Ntaganda na Mwangachuchu biswe Abanyarwanda

Mu rukiko rukuru rwa gisirikare rwa Ndolo ruherereye i Kinshasa, umusirikare General Laurent Nkundabatware, Bosco Ntaganda ufungiwe muri gereza mu Buholandi na Edouard Mwangachuchu usanzwe ari umudepite muri Repubulika ya demukarasi ya Congo biswe Abanyarwanda. Uwabise Abanyarwanda ni umwunganizi w’Abanyekongo bavuga ko bagizweho ingaruka n’ibyaha bishinjwa Mwangachuchu, baregera indishyi. Uyu ni Me Yodi Mpungu. Uyu […]

Sarkozy praises Kagame, Mohamed VI and criticizes Tebboune and Kais Saied

In his memoirs published last Tuesday, Nicolas Sarkozy praised several African leaders. He also criticized others that he didn’t like. Among the leaders of the continent that the former French president likes, there is the Ivorian Alassane Ouattara, the Rwandan Paul Kagame and the King of Morocco Mohamed VI. Sarkozy presents the latter as “a […]

Niger: Ambasade y’u Bufaransa yakupiwe amazi, umuriro n’ibyo kurya

Kuri iki Cyumweru, amakuru menshi yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko ubuyobozi bwa gisirikare bwa Niger bwakupiye amazi n’amashanyarazi Ambasade y’u Bufaransa mu murwa mukuru Niamey, ndetse buhagarika uburenganzira bwo kuygemurira ibyo kurya. Amakuru avuga ko ubuyobozi bw’iki gihugu bwanafashe ingamba nk’izo ku biro bihagarariye inyungu z’u Bufaransa mu karere ka Zinder, mu mujyi wa […]

Mukuralinda yashyize amakosa kuri ba rwiyemezamirimo ku idindira mu gutwara abantu

Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda yagaragaje ko amakosa yakozwe na ba rwiyemezamirimo ari yo yatumye gutwara abantu mu mujyi wa Kigali bidindira. Ibi yabitangarije mu kiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru kuri uyu wa 27 Kanama 2023, ubwo we hamwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo batanga ibisobanuro ku idindira ry’iyi serivisi. Mukuralinda yavuze ko mu rwego […]

Sarkozy yatatse abarimo Kagame anenga ba Kais Saied mu gitabo cye

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicholas Sarkozy yasingije abayobozi ba Afurika barimo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’Umwami wa Maroc, Mohamed VI ariko anenga bikomeye Perezida Tebboune wa Algeria ndetse n’uwa Tunisia, Kais Saied. Mu gitabo cye «  Le temps des combats  » cyasohotse kuri uyu wa Kabiri ushize, Nicolas Sarkozy yavuze ku mubano we […]

Amafoto: Perezida Kagame yakiriye ku meza abaguverineri bo muri Nigeria

53143014212_880c3b8fcb_k.jpg

Ku mugoroba wo kuwa Gatandatu Perezida Paul Kagame yakiriye ku meza abaguverineri bo muri Nigeria, barimo uwa Leta ya Zamfara, Dauda Lawal, basoje umwiherero w’iminsi itatu bagiriraga mu Rwanda kuri iki Cyumweru, itariki ya 27 kanama 2023. Ba Guverineri bari muri iki gihugu mu minsi itatu y’Umwiherero w’Abayobozi watewe inkunga n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere […]

Uwiba igihugu akwiye kunyagwa ku buryo ananirwa kwitegera igare: ApĂŽtre Mutabazi

ApĂŽtre Mutabazi Kabarira Maurice arabona ko abantu bose biba umutungo w’igihugu badakwiye gufungwa gusa, ahubwo ko bakwiye no kunyagwa ku buryo batazajya bashobora kwitegera igare. Uyu muvugabutumwa ukunze kumvikana mu busesenguzi muri politiki, mu kiganiro yagiriye ku muyoboro wa Megapex, yavuze ko yakoze ubushakashatsi, asanga abantu nk’aba biba igihugu baba bakwiye guhabwa ibihano biteye ubwoba […]

Le FC Bayern et Visit Rwanda annoncent un partenariat de 5 ans

Le club de football allemand Bayern Munich a annoncĂ© aujourd’hui un partenariat de cinq ans pour le dĂ©veloppement du football et la promotion du tourisme avec le Rwanda. Le partenariat, dĂ©voilĂ© lors du premier match à  domicile du FC Bayern de la saison, verra le club travailler spĂ©cifiquement avec le ministĂšre rwandais des Sports pour […]

RDC: Abashinwa 13 batawe muri yombi n’ubuyobozi bwa Malemba Nkulu

Abayobozi ba Teritwari ya Malemba Nkulu, kuri iki Cyumweru, itariki ya 27 Kanama, bataye muri yombi Abashinwa 13 bashinjwa gukora ubucukuzi bwa lithium mu buryo butemewe. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa teritwari, Joel Kayemba, ngo abaregwa baba mu kigo kinini kirimo ububiko butatu bwuzuye amabuye y’agaciro. Yabyise guhungabanya ubukungu bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo na […]

Abateganya gushyingirwa barasabwa kwirinda amadeni yo gukoresha ubukwe

Umukobwa n’umuhungu bateganya gushyingirwa, haba imbere y’amategeko no mu rusengero, barasabwa kwirinda gufata amadeni yo gukoresha ubukwe bwabo mu gihe babona bazagorwa no kuyishyura. Iyi mpanuro ikubiye mu mfashanyigisho ifasha abitegura gushyingirwa no guherekeza abantu bana nk’umugabo n’umugore yashyizwe hanze n’iyi Minisiteri tariki ya 25 Kanama 2023. Igira iti: “Mu gukora ubukwe, hagomba kwirindwa gusesagura […]

Bayern Munich yijeje kuzana impinduka ifatika mu mupira w’amaguru w’u Rwanda

Ikipe ya FC Bayern Munich ifite ibigwi mu Budage no ku mugabane w’Uburayi yatanze icyizere ko izabasha kuzana impinduka mu mupira w’amaguru wo mu Rwanda mu buryo bufatika. Iki cyizere yagitanze ubwo yari imaze gusinyana na RDB amasezerano y’ubufatanye buzageza mu mpeshyi y’umwaka w’2028, bukubiyemo ingingo zitandukanye zirimo kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda binyuze muri gahunda […]

Burundi: Perezida Ndayishimiye yakeje Imbonerakure azishimira kurinda igihugu

f4c0u1vxkaevsdp.jpg

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 kanama, yakeje Imbonerakure azishimira kurinda imipaka y’igihugu, anazihamagarira kongera amarondo ya ninjoro, avuga ko ahari Imana haba hari na Sekibi. Hari mu birori byo kwizihiza ku nshuro ya 7 Umunsi wahariwe Imbonerakure. Ni ibirori byizihirijwe mu murwa mukuru w’intara ya Makamba, mu majyepfo y’u […]

Hari abofisiye b’abacungagereza baba bafungiwe iyicarubozo

SP Uwayezu Augustin wabaye umuyobozi wungirije w'igororero rya Rubavu

Hari abofisiye b’urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa, RCS, baba bamaze iminsi batawe muri yombi, bakurikiranweho ibyaha birimo gukorera iyicarubozo uwitwa Ndagijimana Emmanuel wafungiwe mu igororero rya Rubavu mu mwaka w’2020. Tariki ya 13 Kanama 2023 hasohotse videwo ikubiyemo ubuhamya bwa Ndagijimana wafungiwe by’agateganyo muri iri gororero akekwaho kuba icyitso mu cyaha cy’ubujura bwitwaje intwaro, aho […]

Turi igisirikare gikomeye kandi dufite ubushobozi bwo kuzana amahoro mu gihugu cyacu – Gen. Chico

Ubwo yasozaga ubutumwa bw’akazi mu mujyi wa Kisangani, ibarizwamo akarere ka gatatu ka gisirikare ka FARDC, Umugaba wungirije w’ingabo ushinzwe ibikorwa Gen. Chico Tshitambwe yayoboye akarasisi rusange, k’ingabo n’imitwe ifite icyicaro mu kigo cy’imyitozo cyitiriwe Lt-General Bauma, giherereye mu birometero 7 uvuye mu mujyi wa Kisangani. Mu izina ry’umukuru w’igihugu, FĂ©lix Tshisekedi, Umugaba w’Ikirenga w’ingabo […]

Ingabo za EAC zoherejwe mu burasirazuba bwa Congo zizahaguma nyuma ya manda yazo

Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zizaguma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’itariki 8 Nzeri, igihe manda yabo izaba irangiye. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’inama idasanzwe y’abagaba bakuru b’ingabo zo mu karere yabereye i Nairobi muri Kenya ku wa Kane ushize. Ni ukugirango habanze hashimangirwe ibyagezweho n’izi ngabo mu gihe zihamaze. Mbere yo […]

Kenya igiye gukemura ikibazo cy’abize mu Rwanda batemererwa gukorerayo umwuga w’ubwavoka

Inteko ishinga amategeko ya Kenya yubuye umushinga wo kuvugurura itegeko rigenga umwuga w’ubwavoka mu rwego rwo korohereza abize amategeko mu Rwanda no mu Burundi batemererwaga kuwukorerayo. Ubusanzwe, itegeko ry’uyu mwuga ryemerera abize muri Kenya, Uganda na Tanzania kuwukorerayo. Bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko bagaragaza ko kuba abize mu Rwanda na Tanzania batemererwa, bihabanye n’intego […]

Nigeria: Igisirikare kiremeza ko kivuganye ibyihebe 23 bya Boko Haram

Nibura abaterabwoba 23 ba Boko Haram bishwe kuri uyu wa Gatandatu ushize mu bikorwa byo kurwanya uyu mutwe muri leta ya Borno mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria. Maj. Gen. Edward Buba, umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’itangazamakuru mu gisirikare, mu itangazo rye yavuze ko ingabo zikomeje ibikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba i Borno. Buba yavuze ko abaterabwoba […]

Rwanda: Imiryango irabuzwa gushakira indonke mu nkwano

Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, MIGEPROF, irasaba ababyeyi b’abateganya gushyingirwa kwirinda gushakira indonke mu gusaba inkwano. Ubu butumwa bukubiye mu mfashanyigisho ifasha abitegura gushyingirwa no guherekeza abantu bana nk’umugabo n’umugore yashyizwe hanze n’iyi Minisiteri tariki ya 25 Kanama 2023. Yabanje gusobanura inkwano, iti: “Inkwano ni ikimenyetso cy’ubucuti n’ubuvandimwe hagati y’imiryango yombi mu guhuza no kubanisha abana […]

Perezida Ndayishimiye arajya i Kinshasa kuvugurura amasezerano y’igisirikare

Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, arajya muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa 27 Kanama 2023, ajyanwe no kuvugurura amasezerano ibisirikare by’ibihugu byombi bifitanye. Muri uru ruzinduko rw’iminsi ibiri, nk’uko ikinyamakuru ActualitĂ© cyabitangaje, Perezida Ndayishimiye na FĂ©lix Tshisekedi uyobora RDC baraganira ku bufatanye bw’ibihugu byombi n’ingingo zirebana n’akarere, cyane cyane […]

Wowe ntabwo uri Umukono, uri igisambo: Perezida Kagame abwira Gatabazi

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu yatangaje bimwe mu byagiye bikurikira umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye mu Kinigi muri Nyakanga uyu mwaka. Umukuru w’Igihugu ubwo yaganiraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara z’Amajyaruguru n’Uburengerazuba, ni bwo bwa mbere yari yumvikanye avuga kuri uriya muhango. Yavuze ko amakuru yawo yabanje kuyabwirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, […]

Rais Kagame awaonya mahujaji ‘wanaoabudu umaskini’

Rais Paul Kagame ametishia kuwakusanya waumini wa Kikatoliki wanaotembelea maeneo ya mahujaji nchini, akiwashutumu kwa “kuabudu umaskini”. “Nilijifunza kwamba vijana wengi, kama maelfu … wanaamka asubuhi na mapema, wanatembea kwa siku tatu kwenda (mahali) ambapo maono yalionekana, ardhi ya mahujaji, mahali palipohusishwa na umaskini,” Kagame. aliambia kongamano la vijana siku ya Jumatano. “Nilidhani unapoomba unaomba […]

Airtel yaciwe amafaranga izira indirimbo z’umuhanzi

Ikigo cy’itumanaho Airtel, ishami rya Uganda, cyaciwe amashilingi arenga miliyoni 700 kizira gukoresha indirimbo 8 z’umuhanzi wo muri Jamaica wamamaye nka Konshens nta burenganzira kimusabye. Izi ndirimbo, nk’uko ikinyamakuru Daily Monitor cyabitangaje, ni: Simple Song, Gyal a Bubble, So Mitan, Stop Sign, Jamaican Dance, Konshens Jazz Version, No Retreat na Jah Love Me. Uyu muhanzi […]

U Rwanda rwatumiye ibihugu byitabiriye inama ya BRICS

Prof. Nshuti wari uhagarariye Perezida Kagame muri iyi nama

Guverinoma y’u Rwanda yatumiye ibihugu byitabiriye inama y’umuryango BRICS muri Afurika y’Epfo mu yo ruzakira muri Kamena k’umwaka utaha. Ubu butumire bwatanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Prof. Nshuti Manasseh, wari uhagarariye Perezida Paul Kagame muri iyi nama y’ibihugu by’ibihangange. Yagize ati: “Ba Nyakubahwa, ndagira ngo mwese mbatumire kugira ngo muzatwiyungeho muri […]

Niger yemereye Burkina Faso na Mali kohereza ingabo ku butaka bwayo mu gihe yaba itewe

Igihugu cya Niger cyahaye uburenganzira ingabo za Mali na Burkina Faso bwo gutabara ku butaka bwacyo mu gihe ingabo za ECOWAS zaba zihagabye igitero, nk’uko ibi bihugu byabitangaje mu itangazo ryabyo rihuriweho kuri uyu wa Kane, ikimenyetso kigaragaza ko abahiritse ubutegetsi badateganya gusubira inyuma imbere y’igitutu cy’umuryango w’akarere. Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’iburengerazuba, ECOWAS, […]

Abenshi mu bagaburiwe muri Youth Connekt iheruka bararwaye

Perezida Kagame yasabye himakazwa isuku mu gutunganya amafunguro

Perezida Paul Kagame yanenze uburyo urubyiruko rwitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 10 ihuriro rya Youth Connekt tariki ya 23 Kanama 2023 rwagaburiwe, kuko ngo abenshi muri rwo barwaye mu nda. Umukuru w’Igihugu yabivugiye mu muhango wo gusoza itorero Indangamirwa, icyiciro cya 13, uri kubera i Nkumba mu karere ka Burera kuri uyu wa 25 Kanama […]

Météo Rwanda nomme les districts à  risque de fortes pluies

MĂ©tĂ©o Rwanda, l’agence mĂ©tĂ©orologique nationale, a identifiĂ© les zones du pays qui devraient faire face à  de fortes pluies entre septembre et dĂ©cembre. L’annonce de l’agence a eu lieu lors du Forum national sur les perspectives climatiques qui s’est tenu jeudi 24 aoà»t. Selon les prĂ©visions, plusieurs districts, dont Nyamagabe, Nyaruguru (parties occidentales prĂšs du […]

Amafoto: Abaguverineri 36 bo muri Nigeria batangiye umwiherero w’iminsi itatu i Kigali

f4udbshxuaayphl.jpg

Abaguverineri ba za Leta 36 bo muri Nigeria kuri uyu wa Kane, itariki 24 Kanama 2023 batangiye umwiherero w’iminsi itatu ubera i Kigali wateguwe ku bufatanye bw’Inama ya ba Guverineri bo muri Nigeria (NGF) ndetse n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Iterambere (UNDP). Uyu mwiherero watangiye kuri uyu wa 24 Kanama biteganyijwe ko uzasozwa kuwa 27 […]

Prigozhin ashobora kuba yarapfuye ariko nta kimenyetso ntakuka – U Bwongereza

Minisiteri y’ingabo y’u Bwongereza yatangaje ko bishoboka ko uwari umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prigozhin yapfuye nyuma y’impanuka y’indege yo kuwa gatatu ushize hafi ya Moscow, ariko igaragaza ko hakiriho gushidikanya. Nk’uko inkuru dukesha BBC ivuga, minisiteri y’ingabo y’u Bwongereza ivuga ko nta kimenyetso ntakuka cyemeza ko Prigozhin yari muri iyo ndege yakoze impanuka, bikekwa ko […]

Gen. Mutara Gihanga wa FARDC yatawe muri yombi akekwaho kunyereza toni 120 za cuivre

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 23 Kanama, Gen. Major Smith Gihanga Mutara wa FARDC yatawe muri yombi n’urwego rw’ubutasi bwa gisirikare (ex DEMIAP) i Kinshasa. Uyu avugwa muri dosiye y’inyerezwa rya toni 120 za cuivre za sosiyete TFM. Afunzwe mu rwego rw’iperereza nk’uko byatangajwe n’ikigo cy’ubushakashatsi ku burenganzira bwa muntu (IRDH). Nk’uko umuhuzabikorwa […]

Amerika yafatiye ibihano abayobozi 3 ba FDLR na Colonel wa FARDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano abantu batandukanye, zikabashinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo ndetse no guhonyora uburenganzira bwa muntu. Mu bo Amerika yafatiye ibihano harimo abayobozi batatu b’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Aba barimo GĂ©nĂ©ral de Brigade Appolinaire Hakizimana, alias Amikwe Lepic/PoĂšte usanzwe ari Komiseri […]

FARDC general arrested for involvement in the theft of 120 tonnes of copper

In a statement made public this Thursday, August 24, 2023, the Human Rights Research Institute welcomes the availability of justice to Major General Gihanga Mutara Smith, commander of the 22nd military region of Lubumbashi, implicated in the robbery, on June 30, of 120 tons of copper cathodes belonging to the mining company Tenke Fungurume Mining […]

Cabo Delgado: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zishe ibyihebe bikuru

Ingabo za Mozambique ku bufatanye n’iz’u Rwanda zishe ibyihebe bikuru by’umutwe w’iterabwoba wa ASWJ (Ahlu-Sunnah wal Jama’a) bihungabanya umutekano mu ntara ya Cabo Delgado. Ibiro bikuru by’igisirikare cya Mozambique byasobanuye ko Abu Kital wari umuyobozi wungirije w’ibikorwa by’uyu mutwe na Ibin Omar uzwi nka Abu Suraka, bishwe mu bikorwa bihuriweho by’ingabo kuri uyu wa 23 […]

Burundi: Ubutabera bwasabye amabanki guhagarika ibikorwa byose kuri konti za Bunyoni

f4sgt_sw8aa1rlr.jpg

Nyuma y’amezi ane atawe muri yombi, ubutabera bw’u Burundi bwasabye ibigo by’imari guhagarika ibikorwa byose kuri konti z’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Alain Guillaume Bunyoni. Mu ibaruwa Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika, Leonard Manirakiza, yandikiye Guverineri wa Banki Nkuru y’u Burundi (BRB), Dieudonne Murengerantwari, ku itariki ya 14 Kanama 2023, amusaba gutegeka ibigo byose by’imari kutemera ko […]

Abarwanyi ba Wagner bateguje Putin guhorera umuyobozi wabo

Abarwanyi ba Wagner bari muri Belarus, bariye karungu, boherereje Vladimir Putin ubutumwa bwo kwitegura umujinya wabo nyuma y’amasaha make umuyobozi wabo Pregozhin yiciwe mu mpanuka y’indege iteye ubwoba. Abategetsi b’Abarusiya bemeje ko uwahoze ari umutetsi wa Putin, wigumuye ku buyobozi mu mezi abiri ashize, ari mu bahitanywe n’indege yaguye mu majyaruguru y’umurwa mukuru w’u Burusiya […]

Putin yagejeje ijambo ku nama ya BRICS araruca ararumira ku bijyanye n’urupfu rwa Prigozhin

Perezida Putin w’u Burusiya yagejeje ijambo rigufi abinyujije muri videwo ku bitabiriye inama ya BRICS yaberaga i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, yibanda ku byo yateguye kubagezaho byo kwagura uyu muryango kugirango urusheho kugira ijambo mu ruhando mpuzamahanga, ariko araruca ararumira ku bijyanye n’urupfu rw’umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prighozhin wahoze ari umutetsi we. Mu ijambo rye, […]

Twaje kwerekana ko Amerika ishyigikiye Guverinoma ya DRC – Abadepite ba Amerika

f4kmuwhw8ais0p9.jpg

Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kabiri ushize yunguranye ibitekerezo n’itsinda ry’abadepite b’Abanyamerika, bayobowe n’umurepubulikani, John James n’Umudemokarate, Sara Jacobs . Ku murongo w’ibyigwa, hariho ibibazo bijyanye n’uburenganzira bwa muntu, umutekano n’ubukungu. John James avuga ko ibi biganiro biri mu rwego rwo”gufasha abaturage ba Congo kungukirwa n’ubutunzi bw’igihugu”. Kubera […]

Les chefs de l’armĂ©e de l’EAC se sont rĂ©unis sur la crise sĂ©curitaire en RDC

Les chefs des forces de dĂ©fense de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EAC) se sont rĂ©unis mercredi 23 aoà»t à  Nairobi, la capitale du Kenya, pour discuter de la situation sĂ©curitaire dans l’est de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo. La rĂ©union extraordinaire a eu lieu alors que le mandat de la force rĂ©gionale de l’EAC […]

Abimukira bagombaga kuzanwa mbere babaye ‘mpagama’ ku Bwongereza

Raporo nshya ku myitwarire y’abimukira 11 ba mbere bagombaga kuvanwa mu Bwongereza baza mu Rwanda igaragaza ko bagoye bikomeye inzego zibashinzwe muri iki gihugu kiri ku mugabane w’u Burayi. Hashingiwe ku masezerano guverinoma y’u Bwongereza yagiranye n’iy’u Rwanda muri Mata 2022, aba bimukira bagombaga kuza i Kigali muri Kamena k’uwo mwaka, gusa indege yiteguraga kubazana […]

Perezida Biden arakeka ko Putin yishe umuyobozi wa Wagner

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagaragaje ko akeka ko mugenzi we uyobora u Burusiya, Vladimir Putin, yaba yihishe inyuma y’urupfu rw’umuyobozi w’umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner. Uyu murwanyi, Yevgeny Prigozhin yari mu ndege ya Embraer yaraye ihanutse, ubwo yavaga mu murwa mukuru w’u Burusiya, Moscow, yerekeza muri St Petersburg. Urwego rushinzwe […]

Muhanga: Umuforomo aravuga ko yirukanishijwe n’abamubwiraga ko atari ‘mwene wabo’

Umuforomo wakoreye mu ishuri ryisumbuye rya Gahogo Adventist Academy riherereye mu karere ka Muhanga, aravuga ko yirukanwe n’umuyobozi waryo, Niyitanga Jean Claude, ashingiye ku banyeshuri bamubwiraga ko atari “mwene wabo”. Uyu muforomo utifuje ko amazina ye amenyekana, ariko akemera ko amashusho ye ajya hanze, mu kiganiro yagiranye na 3D Plus, yasobanuye ko yatangiye akazi ko […]

Kibeho: Umugore yicishijwe majagu

Abaturage bo mu mudugudu wa Nyarwumba, akagari ka Mubuga, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, by’umwihariko ab’igitsinagore, bari mu gahinda gakomeye batewe n’urupfu rw’umugore witwa Mukantwari Beatha, w’imyaka 47, wiciwe mu murima we aho yari yagiye gukura ibijumba ku manywa y’ihangu. Abaturage bavuga ko yakubiswe isuka yitwa “majagu” mu mutwe. Iyo majagu niyo yari yagiye […]

Umukuru wa Wagner yapfiriye mu ‘mpanuka’

Umuyobozi mukuru w’umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner akaba ari na we wawushinze, Yegveny Prigozhin, yaguye mu ‘mpanuka’ y’indege bwite mu majyaruguru y’umurwa mukuru w’u Burusiya, Moscow. Urwego rw’u Burusiya rushinzwe ingendo z’indege, Rosaviatsia, rwatangaje ko iyi mpanuka yabaye ku mugoroba, kandi ko hatangiye iperereza. Ruti: “Iperereza ryatangiye ku ndege ya Embraer yahanutse ku mugoroba mu […]

Nyaruguru: Urubyiruko 38.7% ntirwiga, nta kazi rufite

Niyonzima uyobora ishuri ry'imyuga rya Kibeho

Mu rubyiruko ruri hagati y’imyaka 16 na 30 rwo mu karere ka Nyaruguru, imibare igaragaza ko 38.72% yarwo nta kazi rufite, ntiruri ku ntebe y’ishuri, nta n’amahugurwa rurimo yarufasha kuzakabona. Ni imibare yatangarijwe mu kiganiro cyahuje abahagarariye Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo n’ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru, abikorera ku giti cyabo (PSF), abahagarariye amashuri yigisha imyuga […]

Pascale Mugwaneza wa Rwanda amechaguliwa kuwa Mjumbe wa Bodi Kuu ya FIBA

Pascale Mugwaneza, afisa wa mpira wa vikapu wa Rwanda, amechaguliwa kuwa mjumbe wa Bodi kuu ya Shirikisho la Kimataifa la Mpira wa Kikapu (FIBA) inayowakilisha Afrika. Mugwaneza, ambaye kwa sasa anahudumu kama makamu wa kwanza wa rais wa Shirikisho la Mpira wa Kikapu la Rwanda (FERWABA), alikabidhiwa majukumu mapya wakati wa Kongamano la FIBA ñ€â€čñ€â€č2023 […]

RDC: Komiseri mukuru wa polisi muri Kasai yishwe arashwe

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Kanama 2023, Komiseri mukuru wa polisi muri Kasai muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Donatien Mikanda Godefroid, yapfuye arashwe n’amabandi amusanze iwe mu rugo ruherereye muri Tshikapa. Abaturanyi be bo mu gace ka Kamalenga, bumvise urusaku rw’amasasu rwabakanguye, batangaje ko ibi byabaye saa cyenda z’urukerera. Barinubira bati: “Turinubira […]