Inama ya ba Minisitiri babiri muri UTAB isize Dr. Ndahiro yeguye

Kuri iyi tariki ya 21 Ugushyingo 2019, Minisitiri w’Uburezi, Dr. Eugene Mutimura na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase bagiriye inama muri Kaminuza ya UTAB mu rwego rwo kwiga ku kibazo cy’umwuka mubi hagati y’abayobozi bayo, basiga Dr. Ndahiro Alfred wari ukuriye Inama y’Ubutegetsi yeguye. Umwuka mubi wumvikanye ubwo Musenyeri wa Diyoseze ya Byumba, Mgr. […]

Kirehe: Abafundi bubatse amashuri barataka kutishyurwa amafaranga bakoreye

Abafundi n’abayede bubatse ibyumba 12 by’amashuri mu murenge wa Gatore mu Karere ka Kirehe, Intara y’Iburasirazuba, barinubira kumara igihe bishyuza amafaranga bakorewe ntibishyurwe. Abafundi n’abayede babwiye bwiza.com ko bahawe akazi n’umurenge wa Gatore bakubaka amashuri ndese bakaba bamaze umwaka bishyuza ariko ntibishyurwe . Umwe mu bafundi avuga ko yakoraga ibirometero 10 agiye kubaka ibyumba by’amashuri […]

Harasabwa ko abakorera abanyamulenge jenoside bafatwa bagashyikirizwa ubutabera

Mu itangazo ryashyizweho umukono i Bukavu ku wa 20 Ugushyingo 2019 na Me Bukuru Ntwari, umunyamategeko, umushakashatsi akaba n’umusesenguzi mu byerekeye kurengera ikiremwa muntu, yifuje ko abo yise ko bakora jenoside y’abanyamulenge bagezwa imbere y’ubutabera. Muri iryo tangazo yerekanamo imitwe itandukanye n’amazina y’abantu bamwe bakwiriye kwamwaganwa ku isi yose, bagasabwa guhagarika guhonyanga ubwoko bw’abanyamulenge. Muri […]

Kusini/Ruhango: Wakazi waishi katika hofu juu ya wizi wa usiku

Wakazi Kijijini Nyamagana, Tarafa ya Ruhango, Wilayani Ruhango wametangaza kusihi kwa woga kwa ajili ya wizi wa eneo maarufu kama Muyurupfu, kumaanisha ‘njia ya kifo’. Wamesema njia hio karibu na msitu kunapatikana wavuta bangi na wizi wa mali za wapita njia. Stanislas Byamana amesema hawezi kupita njia hio ikiwa na juu ya saa moja usiku. […]

Neretse: Nk’inshuti y’abatutsi, yashyize ubuzima bwe mu kaga abafasha

Ubwo yari imbere y’urukiko rwa rubanda rw’i Buruseli, mu cyumweru cya kabiri cy’urubanza rwe, Neretse Fabiani yahakanye atsemba uruhare urwo ari rwo rwose muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Byaba kuba yaricishije abaturanyi be b’i Nyamirambo muri Kigali, byaba se kuba hari abantu bishwe n’umutwe w’interahamwe yashinze aho avuka i Mataba ho mu Ruhengeri. Kuri […]

Rubavu: Urukiko rwanze ubusabe bwa bahoze ari abayobozi ba KOADU rusaba ko bakomeza gufungwa

whatsapp_image_2019-11-20_at_22.16.19.jpg

Abari abayobozi baregwa inyandiko mpimbano mu rubanza rw’Ibagiro rya Kijyambere rya Koperative KOADU (Dukunde Umurimo), bari basabye ko barekurwa bakaburana bari hanze. Urukiko rukaba rwanze kubarekura ku mpamvu z’uko baregwa ibyaha bikomeye. Urubanza ruregwamo abahoze ari abayobozi ba koperative KOADU n’abahoze ari abayobozi ba kompanyi ya CIKOSEKA ari nayo yubatse icyiciro cya kabiri cy’ibagiro rya […]

Two in custody over poisoning two kids

Rwanda Investigation Bureau have arrested a maid identified as Claudine Nyirarukundo, suspecting her of poisoning and dumping the bodies of two children from a family where she has been working. The bodies of Aswab Mudatenguha, from the family of Ahmed Nsengiyumva, and his cousin Afia Benimana, both three years old, were found in a pit […]

Hari ibinini bikorerwa muri Kenya bitemewe gucururizwa mu Rwanda

Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (FDA) cyakumiriye ku isoko ubwoko bwa Paracetamol bwitwa ‘TOTO-MOL’. Paracetamol yakumiriwe ku isoko ni isukika ifite ibirango bya 120/5ml (TOTO-MOL®). Ni icyiciro cy’imiti gifite nimero 73718, ikaba yarakozwe muri Gashyantare 2019 yagombaga kurangira muri Mutarama 2022. Yakozwe n’Ikigo, Laboratory and Allied Ltd cyo mu Mujyi wa Mombasa muri […]

Amafoto: Guverineri Gatabazi arahirira inshingano mu Nama y’Igihugu y’Urubyiruko mu 1999

gat5.jpg

Tariki ya 10 Ukwakira 1999, ni bwo Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yashizweho. Gatabazi Jean Marie Vianney, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru kuva mu 2017 agaragara arahirira inshingano z’Umuhuzabikorwa Wungirije (Vice Coordinator) ku rwego rw’igihugu. Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rwa Guverineri Gatabazi, iyi Nama yari iyobowe na Rusimbi John muri icyo gihe. Yashyizeho ubu butumwa mu rwego […]

Rusizi/ Giheke: Ubujura bw’amatungo buravuza ubuhuha

Mu nama y'abayobozi n'abaturage buri wese yasabwe gutanga amakuru yaba azi kuri ubu bujura bumaze gufata indi ntera

Abaturage bo mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi baravuga ko hatagize igikorwa byihutirwa ngo ubuyobozi buhashye ubujura bw’amatungo bumaze gufata indi ntera bashobora kongera kurarana na yo mu mazu bararamo kuko ngo uburyo bayibwamo bukabije, aho mu mezi ane inka 13 zimaze kwibwa zirimo 11 zibwe mu mudugudu umwe wa Munyove,muri izi zose […]

Kayumba ni serial killer wihakana n’abo yari azi, sinahunguka nubwo yafata igihugu- Kazigaba

Impuguke mu mategeko, André Kazigaba, ubu utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda, avuga ko Kayumba Nyamwasa wahoze ari umugaba Mukuru w’Ingabo z’U Rwanda mbere y’uko ahunga, ari umwicanyi ruharwa. Kazigaba wari umutumirwa kuri Radio hamwe na mugenzi we Noble Marara, wigeze kuba umwe mu bashinzwe umutekano w’umukuru w’igihugu, ubu akaba yarahungiye mu Bwongereza, yaboneyeho kugaragaza […]

Ruhango: Aborozi bahangayikishijwe n’uburwayi bwibasiye ubwatsi bw’urubingo

Urubingo rubanza kuba umuhondo mbere y’uko rwuma

Aborozi bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Ruhango ,bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’uburwayi bwibasiye ubwatsi bw’urubingo kandi ari bwo bari basanzwe bagaburira amatungo yabo bityo bakabona azicwa n’inzara bikaba byanabagiraho ingaruka zo kubura umukamo uhagije mu gihe inka zitabonye icyo zirya. Nsanzimana Alphonse umwe mu batuye mu murenge wa Ntongwe avuga ko hashize […]

RDC: Abarwanyi ba ADF bishe abaturage 19, batwika urusengero na farumasi

Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2019, abarwanyi b’umutwe w’inyeshyamba wa ADF bishe abaturage 19, batwika urusengero na farumasi muri teritwari ya Beni muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Inkuru y’ibiro Ntaramakuru by’Ubwongereza (Reuters) ivuga ko ADF yashimuse n’umubare munini w’abaturage mu bitero bibiri yagabye mu duce dutandukanye tugize teritwari ya Beni. […]

Inyeshyamba zitamenyerewe zigambye igitero cyagabwe mu Burundi

Umutwe w’inyeshyamba udasanzwe umenyerewe mu matwi ya benshi, FRB-Abarundi ni wo wigambye ko wagabye igitero kuwa 17 Ugushyingo, ku birindiro by’ingabo z’u Burundi bikagwamo abatari bake. Izi nyeshyamba zivuga ko ziharanira impinduramatwara mu Burundi nk’uko mu itangazo zashyize hanze nk’uko inkuru ya Igihe.com ivuga. Zavuze ko ari zo zagabye igitero ku birindiro by’igisirikare cy’Uburundi ku […]

Mu gihe nk’iki: M23 yafashe Goma, ingabo za FARDC zirahunga, ONU ishinjwa kurebera

Ku wa kabiri tariki ya 20 Ugushyingo 2012 ni bwo umutwe wa M23 (March 23 Movement) warwanyaga ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo wafashe umugi wa Goma, ingabo z’igihugu (FARDC) zirahunga, iziri mu butumwa bw’amahoro z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) na zo zirarebera. Kuva mu mpera z’icyumweru no ku wa mbere, ingabo za M23 zarwaniraga ku […]

Scholarship Available to Study in Canada,Lakehead University

Government policies influence virtually every aspect of our lives, from housing to education to crime. Our Political Science program studies the institutions, ideas, practices, and power that shape government and policy at all levels. Students will gain a thorough understanding of political systems – with a particular focus on Canadian politics – and overarching notions […]

Gitwe/Kayanza: Uwahoze mu gisirikare yashimuswe

Uwasezerewe mu gisirikare cy’u Burundi(ex-FAB) wari utuye ku musozi wa Gitwe, Komini Matongo, mu Ntara ya Kayanza yashimuswe ku wa Kabiri tariki ya 18 Ugushyingo 2019. Izina rye ni Sixte Nkezabahizi akaba yaratwawe hamwe n’undi muntu we ubarizwa mu ishyaka rya CNL ritavuga rumwe na Leta y’u Burundi. Abo mu miryango yabo bakaba bavuga ko […]

Nutrition, Agriculture and Social protection Officer ( NASPO)

World Relief Rwanda (WRR) is an International Non-Government Organization whose mission is to empower the local church to serve the most vulnerable. To facilitate the implementation of its activities in its Health Project funded by UNICEF, WRR wishes to recruit a qualified and well-experienced candidate to fill the position Nutrition, Agriculture and Social protection Officer. […]

FARDC yahashije bikomeye ADF-NALU mu mirwano y’ahiswe Mpandeshatu y’urupfu

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, ziri igamba insinzi mu guhashya umutwe w’inyeshyamba z’abagande ADF- NALU mu mirwano yabereye ahiswe Mpandeshatu y’urupfu ku wa Gatandatu tariki ya 16 Ugushyingo 2019. Iyi mirwano yabereye ahitwa Mapobu ya gatatu haherereye hagati y’icyaro cya Mapobu ndetse n’Ikirombe cya Mapobu ahiswe Mpandeshtau y’urupfu. Mu mirwano yamaze icyumweru, […]

Assistant Lecturer and Curriculum Designer at Kepler

The challenge: All across sub-Saharan Africa, millions of young people struggle every day with access to education and employment – and the kinds of livelihoods that lead to economic security and mobility for themselves and their families. Every young person deserves the chance to be educated; every young person deserves the opportunity to have a […]

Urubanza rwa Neretse : Abari abakozi ba ACEDI Mataba ntibavuga rumwe ku myitwarire ya Neretse

Ku munsi wa cyenda w’urubanza rwa Neretse ukurikiranweho ibyaha bya Jeside rubera i Buruseli mu Bubiligi, humviswe ubuhamya bw’abahoze ari abakozi ba ACEDI Mataba, maze ntibahuza ku myitwarire ya Neretse. Uwari umucungamutungo w’iri shuri ryashinzwe n’uregwa, avuga ko we ubwe yahembaga insoresore zitwaje intwaro, ahawe amabwiriza na nyir’ikigo Neretse. Uyu mugabo anavuga ko umuryango yashatsemo […]

Yesu yashyizeho inzira zo kunyura – Rev. Nibintije

ni-8.png

Si inzira zange ahubwo ni izawe Mwami. Ese ugerageza kwishakira inzira zawe? Ese wikorera inzira zawe nshya? Ngiye guca muri iri shyamba. Ntabwo nsanzwe kuko nta muntu wageze muri izi nzira. Uzaribwa n’amadubu ndetse n’intare. Uzacika integer kubera ko wagerageje kwishakira inzira. Yesu yaje kugucira inzira. Ibirenge byawe yabiciriye inzira. Ese ntabwo ntabwo utekereza k […]

TENDER: Provision of Hotels and Catering Services at Institute of Policy Analysis and Research (IPAR)

The Institute of Policy Analysis and Research-Rwanda is a registered independent, not-for-profit research and policy analysis Think Tank in Rwanda. It became fully functional in 2008 with the support of African Capacity Building Foundation (ACBF ) and International Development Research Center (IDRC) with initial start up support from the Government of Rwanda. Website: http://www.ipar-rwanda.org TENDER […]

Public Tender for Construction Materials at DUHAMIC – ADRI

DUHAMIC – ADRI DUHARANIRA AMAJYAMBERE Y’ICYARO-Action pour le développement rural intégré Website: http://www.duhamic.org.rw Kigali 20th November 2019 Public tender for construction materials DUHAMIC-ADRI hereby invites the interested companies to bid for the tender related to providing construction materials. The technical specifications for those requested materials are indicated within the table below: Items Unit Quantity Iron […]

Dr Sebarenzi yavuze ingaruka z’icyemezo cya Perezida Trump ku Burundi

Uwahoze ari Perezida w’inteko ishinga amategeko mu Rwanda (1997-2000), Joseph Sebarenzi Kabuye avuga ko icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump cyo kugumisha Uburundi mu bihugu biri mu bihe bidasanzwe kizagira ingaruka nyinshi. Mu nyandiko iri ku rubuga rw’Ibiro bya perezida wa Amerika, Trump amenyesha inteko ati “Ibintu mu Burundi byakomeje […]