Iteka ryerekeye urumogi ryasohotse; menya imiterere y’umutekano w’aho ruzajya ruhingwa

Kuri uyu wa 28 Kamena 2021, mu Igazeti ya Leta n° 24 hasohotse iteka No. 003/MoH/2021 ryo ku wa 25/06/2021 rya Minisitiri w’Ubuzima ryerekeye urumogi n’ibirukomokaho. Iri teka rigizwe n’imitwe itanu irimo: itangwa ry’uruhushya rwo guhinga, gutunganya, gukwirakwiza no gukoresha urumogi, ibisabwa muri rusange mu rwego rw’umutekano n’iy’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi. Umutwe w’ibisabwa mu […]

Sunrise FC yakurikiye AS Muhanga mu cyiciro cya Kabiri

Ikipe ya Sunrise FC yo mu karere ka Nyagatare, yakurikiye AS Muhanga mu cyiciro cya kabiri nyuma yo gutsindwa na Gorilla FC ibitego 2-1. Gorilla FC yari yakiriye Sunrise mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona wabereye kuri Stade Mumena i Nyamirambo. Ni umukino amakipe yombi yagombaga kwishakamo imanuka mu cyiciro cya kabiri, ariko nanone […]

Goma-Kinshasa: Ibiciro by’ingendo z’indege bigiye kumanurwaho 59%

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo kumanura ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi zitandukanye, aho umugenzi uva mu mujyi wa Goma ajya muri Kinshasa yagabanyirijweho 59%. Ubusanzwe umugenzi wavaga mu mujyi wa Goma ajya muri Kinshasa, cyangwa se ava muri Kinshasa ajya i Goma yishyuraga amadolari ya Amerika 340. Guverinoma ya RDC yatangaje […]

Nyaruguru: Umugabo aravugwaho kwica umugore we amugobanyije ijosi

Mu ijoro ryo kuwa 27 rishyira uwa 28 Kamena, umugore witwa Nyiraneza Venantie w’imyaka iri hagati ya 45 na 50, wari utuye mu Mudugudu wa Mushwati, Akagari ka Ngeri, Umurenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru, yapfuye bivugwa ko yishwe n’umugabo we, witwa Ruziranenge Callixte w’imyaka 49, amugobanyije ijosi. Abaturanyi babo bavuga ko ahagana saa […]

Abaturage bababajwe cyane n’uko Perezida Kim Jong-un yananutse

Abaturage bo muri Koreya ya Ruguru batangaje ko bababajwe bikomeye n’uko Perezida wabo, Kim Jong-un akomeje kunanuka. Babitangarije mu kiganiro CNN ivuga ko kidasanzwe bagiranye na televiziyo ya Koreya ya Ruguru (KCTV), cyagiye ahagaragara ku wa Gatanu, tariki ya 25 Kamena 2021. Umwe muri bo wise Perezida Kim Umunyamabanga Mukuru[w’ishyaka] yatangarije KCTV ati: “Abantu nanjye […]

Le Rwanda se rapproche du poste de santé dans chaque cellule

Le ministère de la Santé est sur le point d’atteindre son objectif d’avoir au moins un poste de santé dans chaque cellule du pays, car seules 50 cellules restent actuellement sans poste de santé. Une cellule est juste au-dessus de la plus petite unité administrative de la structure de gouvernement local du pays. Les postes […]

Haba hari ‘abagambanyi’ muri FLN i Bujumbura?

Uwitwa Jean Paul Kalinijabo n’uwitwa Tsunami muramu we baba muri Australia, bashinjwa ubugambanyi buri gukorerwa abarwanashyaka ba FLN bamwe bakaba bari kuburirwa irengero mu Mujyi wa Bujumbura. Aba bombi bivugwa ko bashinze Ishyaka ryitwa PDM- Imbanzabigwi, rigizwe n’abahoze muri CNRD- Ubwiyunge. Inyandiko iri mu bitangazamakuru bya opozisiyo ivuga ko itsinda rikuriwe na Kalinijabo rifite umugambi […]

Ykee Benda agiye gukoresha amarushanwa azavamo umugore we bazasinyana amasezerano

Umuhanzi Ykee Benda ubusanzwe witwa Wycliffe Tugume atangaza ako ateganya gukoresha amarushanwa, azavamo uwo azagira umugore ariko bakabanza basinya amasezerano igihe bazamarana nk’umugore n’umugabo. Nyuma yo gutandukana na Julie Batenda wari umukunzi we kuva mu 2017, Ykee Benda kuri Twitter, yasabye abakobwa gutangira kwiyandikisha. Kugeza ubu amagana y’abakobwa akomeje kwisukiranya yiyandikisha Umuhungu uvuka Kileka ati […]

Sudani yemeye guha ICC Omar Al-Bashir wayiyoboye imyaka 30

Igihugu cya Sudani cyemeye kuzashyikiriza Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha uwahoze ari perezida, Omar Al-Bashir nk’uko umwe mu bayobozi b’iki gihugu yabitangaje kuwa Gatandatu ushize, nyuma y’aho hatangijwe iperereza ry’abashinjacyaha bo muri Sudani ku makimbirane yo muri Darfur mu mwaka ushize. Minisitiri wa Sudani ushinzwe ibibazo by’igihugu, Buthaina Dinar mu kiganiro n’itangazamakuru yagize ati “Guverinoma yafashe icyemezo […]

Rubavu: Umubare w’abazahazwa na Covid-19 uri hafi kurenga ubushobozi bw’ibitaro bya Gisenyi

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko François yatangaje ko umubare w’abazahazwa n’icyorezo cya Covid-19 mu Karere ka Rubavu uri kwiyongera, ukaba uri hafi kurenga ubushobozi bw’ibitaro bya Gisenyi biri kubakira. Nk’uko RBA yabitangaje, Guverineri Habitegeko yavuze ko kuva muri Werurwe kugeza ubu, i Rubavu hamaze kuboneka abantu 1400 banduye Covid-19, abarenga 60% bose bakaba barabonetse muri uku […]

Urutonde rw’Imijyi 10 bihenze kubamo muri Afurika mu 2021

Urubuga Numbeo rusanzwe rushyira hanze uko imijyi ihagaze ku ngingo zitandukanye, rwashyize hanze uko imijyi ihenze kuyibamo ku Isi (Current Cost of Living Index by City 2021). Uru rubuga ruvuga ko mu gukora urutonde, hagendewe ku Mujyi wa New York wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ruvuga ko rwagenekereje harebwe ku biciro by’ibiribwa, resitora, […]

Ambasaderi wa Israel i Washington yeguye ku mirimo ye

Ambasaderi wa Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri iki Cyumweru yeguye ku mirimo ye nyuma y’amasaha macye amaze kwakira Perezida wa Israel, Reuven Rivlin, i Washington aho kuri uyu wa Mbere agirana ibiganiro na mugenzi we Joe Biden muri White House. Icyemezo cya Ambasaderi Gilad Erdan kije mu gihe ubuyobozi bwa Biden na […]

Akarere ka Nyaruguru kashyikirijwe ikindi cyiciro cy’inkingo za Covid-19

e49jqzgx0aehczt.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Kamena, Akarere ka Nyaruguru kashyikirijwe inkingo zisaga igihumbi zigiye guhabwa abageze mu zabukuru nka doze ya kabiri nyuma y’inkingo za mbere zagejejwe muri aka karere ku itariki 7 Kamena. Indege ya Kajugujugu y’igisirikare cy’u Rwanda kirwanira mu kirere, RAF-2812 niyo yagejeje iki cyiciro cya kabiri, kigizwe n’inkingo 1411 za […]

Ibaye inshuro ya gatatu abanzi bavuga ko napfuye_Gen. Kainerugaba

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko kuva yaba umusirikare, abanzi bamubitse ari muzima ubugira gatatu. Gen. Kainerugaba yabitangarije mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 28 Kamena 2021 nyuma y’amakuru yahwihwiswaga avuga ko yaba yapfuye cyangwa arembejwe n’icyorezo cya Covid-19. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri […]

Gen Muganga yavuze igihe APR FC ishobora kuzongera gukinishiriza abanyamahanga

Umuyobozi wa APR FC, Lt Gen Mubarak Muganga, yavuze ko nta gahunda ya vuba iyi kipe ifite yo gusinyisha abanyamahanga, kereka mu gihe bizaba byagaragaye ko gahunda yo gukinisha Abanyarwanda yihaye nta musaruro yatanze. Gen Muganga yabigarutseho, mu gihe hari amakuru avuga ko APR FC ishobora guhindura umuvuno, ikaba yasubira kuri Politiki yo gukinisha abanyamahanga […]

Musanze: Haravugwa umujura usambanya abagore cyane abatwite

Amakuru agera kuri BWIZA ni ay’umujura witwa Tadeyo wo mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Ruhengeri mu Murenge wa Muhoza w’Akarere ka Musanze, aho yazengereje abaturage abiba gusa ngo yagera ku gusambanya abagore, n’abatwite ntabarebere izuba, akabibandaho cyane. Umunyamakuru wa BWIZA yabashije kugera ahitwa ku Kiraro cya Rwebeya muri ako gace, avugana na bamwe mu […]

Uganda: Umupolisi yishe arashe umwana w’imyaka 13 kuko yatinze kuva mu nzira

Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Butaleja kiri gukora iperereza ku iyicwa ry’umwana w’umunyeshuri w’imyaka 13 bivugwa ko yarashwe n’umupolisi kubera ko yari yarengeje amasaha yo kugera mu rugo. Uwishwe yitwa Ester Naula, wigaga mu mwaka wa gatanu ku Ishuri ribanza rya Mazimasa warashwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize mu ma saa moya na […]

Gihanga: Uwitwa Gisumizi bivugwa ko yari igisambo ruharwa yicishijwe inkoni

Imirambo ibiri y’abantu bishwe yakuwe mu midugudu ibiri yo muri Komini Gihanga, mu Ntara ya Bubanza, mu burengerazuba bw’u Burundi aho bivugwa ko bishwe mu ijoro ryo kuwa Gatanu ushize. Muri iyo mirambo harimo uw’uwitwa Gisumizi watoraguwe ku nkengero z’umuhanda uri mu kidendezi cy’amaraso. Bivugwa ko byagaragaraga nk’aho uyu yicishijwe inkoni nk’uko abaturage bo mu […]

Abahanga mu by’imiti barasaba Uganda kwitabaza ‘umuti wa Covid-19’ wakoreweyo

Umuryango w’abahanga mu by’imiti muri Uganda wasabye guverinoma kwemera ko umuti wa Covid-19 witwa Covidex wakorewe muri iki gihugu wakwitabazwa muri iki gihe kigoye. Ni nyuma y’aho ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti, FDA, muri uku kwezi cyatangaje ko uyu muti utakoreshwa mu gihe uwawukoze, Prof. Patrick Ogwang atigeze akora amasuzuma yawo nk’uko bisabwa n’inzego […]

Rusizi: Kutagira ubumenyi ku buzima bw’imyororokere, n’ingaruka z’inda zitateganijwe mu bangavu

Aba banyeshuri bavuga ko no mu babyeyi babo hakiri ikibazo cyo kwatura bakavuga ku buzima bw'imyororokere.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buvuga ko bufite ikibazo gikomeye cy’inda zitateganijwe zikomeje guterwa abangavu, bamwe mu bazibateye bagafatwa bagafungwa hakaba ariko n’ abakingirwa ikibaba n’abangavu ubwabo babahishira ntibagaragare ngo babiryozwe, urubyiruko rwo mu yisumbuyemuri GS Bugarama Cité muri aka karere rukavuga ko kutagira ubumenyi buhagije ku buzima bw’imyororokere biri mu bikomeje gukurura izi ngorane zose. […]

Uwanga kujya mu kato, akanduza abandi Covid-19, azafungwa imyaka igera kuri itatu

Polisi y’u Rwanda iraburira abandura Covid-19 bakomeje kuva mu kato bakajya mu ruhame, ko uzongera gufatwa bikagaragara ko yanduje abandi, ashobora kuzahanishwa ibihano bikomeye. Byatangajwe n’Umuvugizi w’uru rwego, CP John Bosco Kabera nyuma y’aho abapolisi bari bamaze gufatira muri resitora iherereye mu Karere ka Kicukiro umukobwa wamenyeshejwe ko yanduye Covid-19, ari gusangira n’undi utaranduye. Polisi […]

Euro: Portugal n’u Buholandi zasezerewe, Denmark na Tchèque ziratungurana

Ikipe y’Igihugu ya Portugal yaraye isezerewe muri Euro 2020, nyuma yo gutsindwa n’u Bubiligi igitego 1-0 mu mukino wa 1/8 cy’irangiza. Igitego cyo ku munota wa 42 cya Thorgan Hazard ni cyo cyafashije u Bubiligi gusezerera Portugal, busanga muri 1/4 cy’irangiza u Butaliyani. Ubu Butaliyani bwa Mancini bumaze imikino 31 yikurikiranya budatsindwa, bwo bwageze muri […]

NTV mu mazi abira ku bw’umugabo wagaragaye akorakora igitsina

Akavidewo gato k’umugabo utaramenyekanye wanyuze kuri Televiziyo ya NTV, akorakora igitsina cye katumye iki gitangazamakuru kiri mu bibazo byo gusobanurira, Uganda Communications Commission (UCC) uko byagenze. Ubwo Uganda yari itangiye kujya muri Guma mu Rugo, ibitangazamakuru byinshi byagiye bishyiraho ibiganiro by’imyidagaduro, bigamije gufasha abaturage guhangana n’imihangayiko. Aba bahaye umwanya abaturage ngo bidagadure mu kiganiro ” […]

RDF muri Mozambique, impinduka zikomeye muri UPDF, gutakamba kwa Herman na Sankara, mu nkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 21 Kamena 2021 cyaranzwe n’amakuru atandukanye, ay’ingenzi yiganjemo arebana n’umutekano, ububera ndetse n’ububanyi n’amahanga. Inkuru zirebana nayo zirimo: Uruzinduko rwa Perezida Kagame na Tshisekedi Tariki ya 25 Kamena 2021 Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu mujyi wa Rubavu mu Rwanda, yakirwa na Perezida […]