Kenya: Umunyemari Lloyd Ndung’u ushakishwa nâu Rwanda yarekuwe byâagateganyo
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 7 Gashyantare, urukiko rwo muri Kenya rwarekuye byâagateganyo umunyemari wo muri Kenya ufite ikigo gishinzwe guteza imbere imitungo itimukanwa, DN Interanational ushinjwa uburiganya mu mushinga wo kubaka amazu yo guturamo yakoze mu Rwanda mu myaka 10 ishize. Nathan Lloyd Ndung’u, Umunyakenya ufite nâubwenegihugu bwâUmunyamerika wari ufite DN International itakiriho, […]
Ba Banyarwanda 8 birukanwe burundu ku butaka bwa Niger, bagomba gusubizwa i Arusha
Leta ya Niger yanzuye burundu ko Abanyarwanda umunani yari yarirukanye ku butaka bwayo mu mpera z’umwaka ushize bahava bagasubizwa i Arusha muri Tanzania. Ku wa 27 Ukuboza mu mwaka ushize Leta ya Niger ni bwo yari yahaye bariya Banyarwanda umunani barimo abagizwe abere ku byaha bya Jenoside nâabarangije ibibano bari bahawe iminsi irindwi yo kuba […]
Mwinywere inzoga ntibizatuma mutajya mu ijuru-Padiri

Umwe mu bapadiri bo muri Arikidiyesozi ya Abuja muri Nigeria, Oluoma Chinenye John, yatumye abantu bacika ururondogoro nyuma yo kuvuga ko abantu bazajya binywera agasembuye nta kibazo, ngo iyi si imbogamizi yatuma batajya mu ijuru. Mu gihe bamwe mu bigisha iyobokamana bamagana agacupa, Padiri Oluoma Chinenye, yavuze ko agasembuye ari umuti kakaba keza ku buzima […]
Huye: Yacukuriwe imva bizwi ko yapfuye, bene we bagiye gufata umurambo basanga yinywera igikoma
Umugabo witwa Byangabiza Gervais wo mu murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, yabitswe ko yapfuye abo mu muryango we bacukura imva yo kumushyiriramo; gusa bagiye gutora umurambo we basanga ari muzima. Abatuye muri kariya gace bavuga ko ku wa 01 Gashyantare Byangabiza yakomerekejwe nâumukozi wo muri rumwe mu ngo zigatuyemo amukubise icyuma kimeze nkâumukasi […]
Worry as 700 Rwamagana children dropped out of school in two months
Rwamagana district officials have revealed hat 714 children have dropped out of school between December 2021 and 4th February 2022. The statistics were disclosed at the end of two-day retreat bringing together members of Rwamagana district advisory council in Bugesera district. During the retreat, leaders discussed ways to streamline efficiency to fast track performance contracts […]
GuinĂ©e-Bissau: Hongeye kumvikana urundi rusaku rw’amasasu nyuma y’icyumweru ingoro ya Perezida igabweho igitero
Nyuma y’icyumweru kimwe ingoro y’umukuru w’igihugu cya GuinĂ©e-Bissau igabweho igitero n’abitwaje intwaro, urusaku rw’amasasu rwongeye kumvikana mu murwa mukuru wa kiriya gihugu kuri uyu wa Mbere. RFI yavuze ko igitero cyo kuri uyu wa Mbere cyibasiye Radiyo yitwa Capital FM iherereye mu gace kitwa Bairro Militar. Iyi Radiyo ifatwa nk’ikoranira bya hafi n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi […]
Rwamagana: Prof. Nshuti yibukije abayobozi ko imishahara yabo iva mu misoro y’abaturage

Ubwo Umunyamanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane ushinzwe umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba akaba imboni y’akarere ka Rwamagana, Prof Nshuti Manasseh, yasozaga umwiherero wahuje abagize inama njyanama y’akarere n’abayobozi mu nzego zitandukanye, yabasabye kwibuka ko inshingano zabo bazihabwa mu nyungu z’abaturage ndetse ko bahembwa amafaranga ava misoro batanga. Umwiherero wabaye kuva ku wa 3 […]
Uko byagenze ngo umusifuzi asabe Mohamed Salah gusifura umukino Misiri yatsinzwemo na Sénégal
Rutahizamu Mohamed Salah yasabwe n’umusifuzi amahirwe yo kuyobora umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika ikipe y’Iyihugu cye cya Misiri yaraye itsinzwemo na SĂ©nĂ©gal, undi arabyanga. Mu ijoro ryakeye ni bwo SĂ©nĂ©gal yatsinze Misiri kuri Penaliti 4-2, yegukana ku nshuro ya mbere Igikombe cya Afurika cyaberaga muri CamĂ©roun. Rutahizamu Sadio ManĂ© wari wahushije Penaliti ku munota […]
Les casques bleus rwandais au Soudan du Sud dans ka lutte contre la malnutrition
Les Casques bleus rwandais servant dans le cadre des Nations Unies au Soudan du Sud ont lancĂ© une campagne contre la malnutrition. La campagne a commencĂ© dans les villages d’Odikolong et de Torit oĂč ils ont initiĂ© les mĂšres aux compĂ©tences de base en matiĂšre de prĂ©paration d’une alimentation Ă©quilibrĂ©e. “La nourriture fait parfois dĂ©faut, […]
Chorale Pastor Bonus yashyize hanze amashusho yâindi ndirimbo ikunzwe

Chorale Pastor Bonus yashyize hanze indirimbo ‘Shimwa Mwami Wacu’ yo gushima Imana no kuyisingiza, ikaba ikunzwe na benshi mu Bakristu Gatolika cyane ko ikoreshwa ahantu henshi nko mu misa no mu bindi bitaramo bya gikristu. Iyi chorale ikoze iyi ndirimbo nyuma yâigihe goto isize hanze indi yitwa âBirakomeye Gusobanukirwaâ na yo yakuzwe nâabatari bake kubera […]
Igihugu cya Cuba kimaze imyaka 60 mu bihano bya Amerika
Kuri uyu wa Mbere, Cuba yujuje imyaka 60 imaze mu bihano byâubukungu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika byagize ingaruka zikomeye ku mutungo wâigihugu cyâabakomunisiti kandi nta kimenyetso cyerekana ko byenda gukurwaho. Ibi bihano byemejwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John F. Kennedy ku ya 3 Gashyantare 1962, ibihano byafashwe ku bucuruzi […]
Ifoto y’umunsi: Col Burabyo wa RDF yatereye isaluti Perezida Museveni
Col James Burabyo ukuriye ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda i Kampala, yagaragaye aterera isaluti Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda. Col Burabyo ni umwe mu bashyitsi bari bitabiriye ibirori by’umunsi mukuru wa ‘Tarehe Sita’ byabaga ku ncuro ya 41, hizihizwa umunsi Perezida Museveni yatangirije urugamba rwo kubohora Uganda rwashyize iherezo ku butegetsi bw’umunyagitugu […]
Perezida wa Senegal yashyizeho ikiruhuko cyo kwishimira intsinzi ya CAN

Perezida wa Repubulika ya Senegal, Macky Sall, yashyizeho ikiruhuko cyâumunsi umwe cyo kwishimira intsinzi ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru âLes Lions de la Terangaâ yaraye ikuye mu irushanwa nyafurika, CAN 2020. Iyi kipe yaraye yegukanye igikombe cya CAN itsindiye Misiri kuri penaliti, nyuma yâaho iminota 90 nâinyongera yâindi 30 (Prolongation) yari yarangiye amakipe anganya ubusa ku […]
Kampala: Konvuwayeri yateye inda umugore wa pasiteri ahunga igihugu
Pasiteri mu idini ryitwa Tabernacle Church Kansanga witwa Saazi Godfrey, ari mu marira nyuma y’aho umugabo witwa Reagan Akankwasa, wari usanzwe ari konvuwayeri, ateye inda umugore we, Edith, agahita ahunga igihugu. Pasiteri Saazi yari asanzwe aha akazi Akankwasa ngo avane umugore we ku kazi ku mugoroba, mu gitondo akakamugezaho. Ibi ni nabyo byatumye haba urukundo […]
IT & Systems Officer at Education Development Trust
IT & Systems Officer Location:Kigali-Rwanda Salary Details:Competitive Closing Date:11 Feb 2022 About the role The IT & Systems Officer will provide IT and Systems support of the day-to-day BLF staff. The position also aims at coordinating IT-related activities for Education Development Trust in Rwanda. In addition, providing advice to management on the strategic use of […]
Jubilation as Senegal win AFCON final
Al Jazeera Celebrations erupted across Dakar on Sunday night after Senegal claimed their first Africa Cup of Nations title in a penalty shoot-out over seven-time winners Egypt. It was Sadio Mane who stepped up to make history for the West African nation in Cameroonâs Olembe Stadium, scoring the penalty that secured his teamâs 4-2 victory […]
Goma: Umusirikare wa FARDC yishe mugenzi we amurasiye ku kibuga cyâindege
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 06 Gashyantare 2022, umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yishe mugenzi we amurashe ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Goma, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Hakurikijwe amakuru yakiriwe na Actu7, byose byatangiranye n’amakimbirane hagati yâabasirikare ba FARDC, aho “umwe wari wasinze bikabije yarashe mugenzi we wapfiriye aho”. Amakuru agera […]
Perezida Museveni yahishuye ko ari kuvugana nâu Rwanda ku kibazo cyâisukari
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yahishuye ko arimo kuvugana nâibihugu byo mu karere ka Afurika yâiburasirazuba birimo u Rwanda kugira ngo bashakire hamwe igisubizo ku ibura ryâisukari. The Observer ivuga ko yabitangaje tariki ya 5 Gashyantare 2022 ubwo yafunguraga ku mugaragaro uruganda rutunganya isukari rwa Kinyara Sugar Limited ruherereye mu karere ka […]
Dr Habineza yemeje ko azongera kwiyamamariza kuba Perezida
Dr Frank Habineza uyoboye ishyaka riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party, yemeje ko azongera kwiyamamariza umwanya wâUmukuru wâIgihugu mu matora ateganyijwe mu mwaka wâ2024. Uyu munyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi yabyemereje mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media TV, cyasohotse ku wa 5 Gashyantare 2022. Dr Habineza nâubundi yiyamamarije uyu mwanya mu 2017, ahatanye na […]
AU yirinze impaka ku cyemezo kitavugwaho rumwe cyo kugira Israel indorerezi
Kuri iki Cyumweru, itariki 06 Gashyantare 2022, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe washoje inama ngarukamwaka wamagana “uruhererekane” ruherutse rwo guhirika ubutegetsi kwa gisirikare, bituma abantu batinya icyo umwe mu bayobozi mukuru yavuze ko ari “gusubira inyuma kwa demokarasi”, hafatwa nâicyemezo cyo gusubika impaka ku cyemezo cyo kugira Israel indorerezi muri uyu muryango. Abayobozi bemeye guhagarika […]
Impaka ku ifungurwa ryâumupaka, Perezida Kagame i Nairobi, Sankara nâihogoza rye; inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 31 Mutarama 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zerekeye politiki nâubutabera. Harimo: Ifungurwa ryâumupaka wa Gatuna ryateje impaka Leta yâu Rwanda tariki ya 31 Mutarama 2022 yafunguye umupaka wa Gatuna uhuza iki gihugu na Uganda, ariko ifungurwa ryawo riteza impaka bitewe nâamabwiriza agena abagomba kwambuka. Mbere yâuko umupaka ufungurwa, abantu benshi baturutse […]
Sénégal yegukanye Igikombe cya mbere cya Afurika itsinze Misiri ku mukino wa nyuma (Amafoto)

Ikipe y’Igihugu ya SĂ©nĂ©gal, Les Lions de la Teranga, yegukanye Igikombe cya Afurika ku nshuro yayo ya mbere itsinze ku mukino wa nyuma Les Pharaohs ya Misiri kuri penaliti 4-2. Ni nyuma y’uko iminota 120 y’umukino wa nyuma amakipe yombi yari yahuriyemo yari yarangiye anganya 0-0. Misiri ya Mohamed Salah yashakaga igikombe cya Afurika ku […]