La ministre burundaise de la justice au Rwanda pour des entretiens avec son homologue

La ministre burundaise de la justice conduit une délégation au Rwanda pour une visite de travail visant à la poursuite des efforts de normalisation des relations entre les deux pays. La ministre Domina Banyankibona et sa délégation ont rencontré vendredi son homologue rwandais, Emmanuel Ugirashebuja, lors d’une réunion qui s’est tenue au bureau de ce […]

Abatwara ibinyabiziga bashobora koroherezwa ku buryo bishyura amande

whatsapp_image_2022-02-25_at_5.58.17_pm.jpg

Kuri uyu wa 25 Gashyantare 2022, ubwo habaga inama yahuje inzego za leta n’abamotari bagaragaje zimwe mu mbogamizi bahura nazo mu kazi zirimo kuba iminsi bahabwa yo kwishura amande yo mu muhanda (Contervation) idahajije, basaba ko yakongerwa. Umwe mu bamotari yagize ati: “Ndagira ngo mvuge ku kijyanye no kwishyura contervation. Polisi y’u Rwanda turagira ngo […]

Gen Muhoozi yemeje ko RDF ishobora guhuza imbaraga na UPDF bagahashya FDLR na ADF

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Uganda (UPDF) zishobora guhuza imbaraga n’iza RDC, bagahashya imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na ADF. Gen Muhoozi yemeje aya makuru ku kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru witwa Arinaitwe Rugyendo. Iki kiganiro cyabaye muri iki cyumweru cyibanze ku […]

Advocacy & Communication Officer on NUDOR -Intersectionality Project at

TERMS OF REFERENCE FOR JOB RECRUITMENT Job Title: SRHR -Advocacy & Communication Officer on NUDOR -Intersectionality Project Reporting tor: Project Manager Rwanda Location: Kigali Background. The National Union of Disability Organizations in Rwanda (NUDOR) exists to strengthen the voice of the disability movement in Rwanda. NUDOR, together with its member Organizations, would like to ensure […]

Perezida Zelenskyy aravuga ko ari we gipimo No. 1 cy’u Burusiya

Perezida w Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko ari ‘igipimo cya mbere’ cya Moscou mu gihe Ingabo z’u Burusiya zafashe uruganda rwa Chernobyl zinjira mu murwa mukuru, Kyiv. Perezida Zelenskyy yasezeranyije kuguma i Kyiv mu gihe ingabo ze zirwana n’ingabo z’u Burusiya zerekeza ku murwa mukuru mu gitero kinini cyagabwe ku gihugu cy’u Burayi kuva Intambara […]

Umunya-Ukraine ni we wegukanye agace ka 6 ka Tour du Rwanda, Karadiyo yongera kuba uwa 3

Umunya-Ukraine Budyak Anatoli ukinira ikipe ya TSG Cycling Club, ni we wegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda kakinwe kuri uyu wa Gatanu. Saa yine z’igitondo abasiganwa bari bahagurukiye i Musanze, banyura mu karere ka Gicumbi mbere yo kugera kuri Kigali Conversation Center ahasorejwe agace k’uyu munsi. Ni urugendo rwareshyaga n’ibilometero 152. Anatoli yegukanye […]

Guverineri Habitegeko yashimagije umuturage wafatishije Gitifu w’i Rubavu waguwe gitumo yakira ruswa ya Frw 50,000

Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba, Habitegeko François, yashimye umuturage w’i Rubavu watungiye agatoki umwe muri ba Gitifu b’utugari two muri kariya karere wamwakaga ruswa bigatuma afatirwa mu cyuho. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruheruka guta muri yombi Turikumwenimana Apollinaire usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’kagari ka Rubavu ho mu murenge wa Gisenyi, nyuma yo kumufatira mu cyuho yakira Ruswa ya […]

Umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu wari umaze umwaka ahagaritswe yasubijwe mu kazi

Mu iteka ry’intara ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Gashyantare 2022, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Théo Ngwabidje Kasi yatangaje isubizwa ku mirimo ye ry’umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu wari wahagaritswe by’agateganyo, kubera ko igihe ntarengwa cyo gufatirwa ibihano cyarenze. Iteka ryatanzwe n’ubuyobozi bw’intara ryoherejwe kuri 7SUR7.CD rigira riti: “Urebye ko igihe cyo […]

Ingabo z’Uburusiya zinjiye mu murwa mukuru wa Ukraine

Abasirikare b’u Burusiya bageze mu murwa mukuru wa Ukraine ariwo Kyiv, nk’uko abayobozi babitangaje banyuze kuri Twitter. Minisiteri y’Ingabo ya Ukraine yavuze ko “umwanzi” yageze mu karere ka Obolon, kuri 9km uvuye ku nteko ishingamategeko ya Ukraine iri hagati muri Kyiv. Barasaba abaturage baho gukoresha ibicupa byacanyemo umuriro bizwi nka Molotov cocktails mu kubarwanya, ari […]

Minisitiri w’Ubutabera w’u Burundi ari mu Rwanda

banyankimbona.jpg

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika y’u Burundi, Banyankimbona Domine, kuri uyu wa 25 Gashyantare 2022 hamwe n’itsinda ry’abamuherekeje bagiriye uruzinduko mu Rwanda. Muri uru ruzinduko, Minisitiri Banyankimbona yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda, Dr Ugirashebuja Emmanuel, bagirana ikiganiro birebana n’ubufatanye bw’ibihugu byombi mu rwego rw’ubutabera. Mu kiganiro bagiranye, Minisitiri Banyankimbona yashimye intambwe Guverinoma y’u Rwanda iri […]

Sena yagaragaje ko uburenganzira bw’Abanyarwanda bakorera muri CAR, Sudani y’Epfo na Cameroon butubahirizwa

Sena irasaba Guverinoma y’u Rwanda gukurikirana no gukemura ikibazo cy’uburenganzira bw’Abanyarwanda bakorera muri Repubulika ya Centrafrica (CAR), Sudani y’Epfo na Cameroon butubahirizwa. Aba Banyarwanda boherezwa gukorera muri ibi bihugu bamaze igihe batakamba ngo bafashwe, bavuga ko iyo bagezeyo bahabwa akazi gatandukanye n’agakubiye mu masezerano, abandi bakimwa ibyangombwa bibemerera gukora. Iki kibazo cyagaragajwe na Komisiyo ya […]

FAR Rabat ya Mangwende na M. Thierry yatsinzwe na RS Berkane, yuzuza imikino 5 yikurikiranya idatsinda

Ikipe ya AS FAR yo muri Maroc ikinamo ba myugariro b’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Manzi Thierry na Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’, yatsinzwe na Renaissance Sportive de Berkane bituma yuzuza umukino wa gatanu wikurikiranya idatsinda. Iyi kipe y’Ingabo z’ubwami bwa Maroc yari yasuye Berkane mu mukino wa shampiyona, iyitsinda ibitego 2-1. RS Berkane y’umutoza Florent Ibengé yafunguye amazamu […]

Loni yahagaritse indishyi Irak yishyuraga Koweit kuva muri za 90

Igihugu cya Irak cyakomorewe indishyi cyahaga Koweit kuva mu 1991 bigizwemo uruhare n’Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano kw’Isi. Ku itariki ya 2 y’ukwa munani 1990, Irak ya Saddam Hussein yateye iguhugu bituranye cya Koweit, ikigarurira mu gihe gito cyane. Amahanga yarahagurutse, noneho Umuryango w’Abibumbye ufata icyemezo cyo kohereza ingabo mpuzamahanga, zari ziyobowe na Leta zunze […]

Ingabo 1500 zirimo iz’u Rwanda zirateganya kwitoreza muri Uganda

inama1.jpg

Ingabo zirenga 1500 z’ibihugu bigize akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC), zirateganya kujya mu myitozo ihuriweho yahawe izina rya ‘Ushirikiano Imara’ iteganyijwe mu burasirazuba bwa Uganda guhera tariki ya 27 Gicurasi kugeza ku ya 16 Kamena 2022. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama iri guhuriza abahagarariye ingabo z’ibi bihugu uko ari bitandatu (Uganda, u Rwanda, u Burundi, […]

First family bid farewell to Dr Farmer in a private ceremony

The body of late Dr Paul Farmer, founder of University of Global Health Equity (UGHE) and co-founder of Partners in Health (PIH), was on Thursday, February 24, repatriated to his native United States following a private final farewell ceremony that was held in Kigali, The News Times reports President Paul Kagame alongside First Lady Jeannette […]

Umunyamakuru Jado Castar arafungurwa cyangwa akomeze gufungwa kuri uyu wa Gatanu

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Gashyantare byitezwe ko ari bwo hasomwa umwanzuro w’urubanza rw’ubujurire bw’umunyamakuru Bagirishya Jean de Dieu wamenyekanye nka Jado Castar. Mu mpera z’ukwezi gushize Castar yari yongeye imbabazi ku bw’icyaha yahamijwe, atakambira Urukiko Rukuru arusaba ko igifungo yahawe cyasimbuzwa ihazabu. Ku wa 13 Ukwakira 2021 ni bwo Castar wahoze ari […]

Russian forces attack from three sides near Kyiv

Russian forces have launched a major assault on Ukraine, firing missiles on cities and military targets. The invasion by land, air and sea began after a pre-dawn TV address where Russian President Vladimir Putin demanded that Ukraine’s military lay down its arms. Initial reports of casualties included Ukrainian civilians and soldiers, and Russian troops. Ukraine’s […]

Nyabihu: Umuturage wananiwe kwishyura Frw ibihumbi bibiri by’ubukode aratabaza

Umuturage witwa Uwamahoro Delphine wo mu Mudugudu wa Gaseke, Akagari ka Rurembo mu Karere ka Nyabihu, aratabaza ubuyobozi, abusaba ko bwamufasha akubaka inzu ye yashaje ikagwa, kuko atabasha kubona Frw ibihumbi bibiri by’ubukode buri kwezi. Uyu muturage usanzwe ari umusangwabutaka yatangarije BWIZA ko “ Inzu yanjye nari narayubakiwe n’umushinga mu 2005. Yageze aho isaza, ibiti […]

U Rwanda ruri gushaka uko rwacyura Abanyarwanda bari muri Ukraine

Guverinoma y’u Rwanda yemeza ko iri gushaka uburyo yacyura Abanyarwanda bari muri Ukraine muri iki gihe u Burusiya bwatangiye kugabayo ibitero. Ambasaderi w’u Rwanda mu Budage unaruhagarariye muri Ukraine, Igor Cesar yatangaje ko bari gushaka uko bacyura aba Banyarwanda gusa ngo biragoye kuko imioaka ya Ukraine ifunze. Mu kiganiro yagiranye na The New Times, Ambasaderi […]

Finland ivuga ko impaka ku kwinjira muri NATO zizahinduka nyuma y’igitero cy’u Burusiya muri Ukraine

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Intebe wa Finland, Sanna Marin, yatangaje ko igitero cy’u Burusiya muri Ukraine kizahindura impaka zishingiye ku kuba umunyamuryango wa NATO mu gihugu cye. Marin yagize ati: “Muri iki gihe Finlande ntabwo ihura n’iterabwoba rya gisirikare, ariko nanone biragaragara ko impaka ku bunyamuryango bwa NATO muri Finland zizahinduka.” Finland imaze amezi […]

Urubanza rw’Umunyakoreya Urukiko Rukuru rwakatiye imyaka 5 rugiye gusubirwamo

img-20220225-wa0010_1.jpg

Urukiko Rukuru tariki ya 20 Mutarama 2022 rwahamije Umunya-Koreya y’Epfo witwa Jin Joseph icyaha cy’inyandiko itavugisha ukuri, rumuhanisha igihano cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 3,000,000Frw nk’uko Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari rwarabitegetse muri Werurwe 2021. Icyo gihe umucamanza yavuze ko adahamwa n’ikindi cyaha cy’ubuhemu yashinjwaga kuko nta bimenyetso bifatika ubushinjacyaha bweretse urukiko bumuhamya icyo cyaha. […]

CAR: Abasirikare 4 b’Abafaransa baherutse gutabwa muri yombi barekuwe

Abasirikare bane b’Abafaransa bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (CAR) buzwi nka MINUSCA, baherutse gutabwa muri yombi, barekuwe kuri uyu wa 24 Gashyantare 2022. Aba basirikare bafatiwe imbere y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bangui tariki ya 21 Gashyantare, ubwo bari baherekeje Komanda w’ingabo za MINUSCA, Gen. Stephane Marchenoir basanzwe barinda, ubwo yajyaga […]

Perezida Zelensky yashinje amahanga gutererana Ukraine nyuma y’urupfu rw’abaturage 137

Perezida Volodymyr Oleksandrovych Zelenskyy wa Ukraine yaraye atangaje ko abaturage be 137 ari bo bari bamaze kugwa mu ntambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya, agaragaza ko cyatereranwe muri iriya ntambara itoroshye. Perezida Zelensky yemeje aya makuru binyuze mu mashusho ye yasohowe n’ibiro bye. Yavuze ko uretse bariya baturage bapfuye hari n’abarenga 300 bakomerekeye mu bitero […]