Nyamasheke: Kageno Rwanda yabaye igisubizo ku bana bo mu miryango itishoboye

Umuyobozi w'umuryango Kageno Rwanda Musabyimana Elie avuga ko bafashe icyemezo cyo kugaburira abana bose bamaze kubona ko bamwe basibaga ishuri abandi bakarita kubera kubwirirwa

Ubuyobozi bw’umuryango Kageno Rwanda,ukorera mu kagari ka Banda mu murenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke,buvuga ko nyuma yo kubona ko hari umubare munini cyane w’abana biga mu bigo 4 by’amashuri y’inshuke,abanza n’ayisumbuye bo mu kagari ka Mutongo mu murenge wa Cyato,n’utugari twa Banda na Gakenke mu wa Rangiro,biga muri aka kagari ka Banda hafi […]

RDC: Umusirikare wa FARDC wishe umuyobozi we bapfuye 10,000 FC yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko rwa gisirikare rwa Goma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu cyumba cy’iburanisha i Mudja, mu ifasi ya Nyiragongo, rwakatiye igifungo cya burundu umusirikare wa FARDC witwa Kabongo Banzi. Uyu musirikare wo mu cyiciro cya kabiri yakatiwe ku wa Gatanu ushize, itariki ya 13 Gicurasi igifungo cya burundu azira kwica umuyobozi we. Uyu musirikare […]

Tunisia: Gisagara VC yanditse amateka muri shampiyona Nyafurika

Ikipe ya Gisagara Volleyball Club yanditse amateka yo kwegukana umwanya wa gatatu muri Shampiyona Nyafurika, nyuma yo gutsinda Port Douala yo muri CamĂ©roun amaseti 3-1. Gisagara Volleyball Club y’umutoza Nyirimana FidĂšle ni yo kipe rukumbi ya hano mu Rwanda yanditse amateka yo kwegukana umudari w’umuringa muri iriya shampiyona ikomeje kubera muri Tunisia. Gisagara yatangiye umukino […]

Kinyarwanda Teacher at University of Global Health Equity (UGHE)

Description Job Title: Kinyarwanda Teacher Department: Community Health, School of Medicine Reports to: Head of Community Health department Employment type: Fixed Term-6 months Location: Butaro, Rwanda Organizational Profile The University of Global Health Equity (UGHE) is on a mission to radically change the way health care is delivered around the world. UGHE is a new […]

L’affaire Miss Rwanda Iradukunda Elsa atteint le parquet

Le ministĂšre public a reçu le dossier judiciaire de Miss Rwanda 2017, Elsa Iradukunda, qui a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©e Ă  la suite d’allĂ©gations de tempĂ©rament avec enquĂȘte, preuve dans le scandale des abus sexuels de Miss Rwanda. Son arrestation fait suite Ă  celle de l’organisatrice de Miss Rwanda, DieudonnĂ© Ishimwe alias Prince Kid le mois dernier, […]

Ngoma: Urukiko rwakatiye agatsiko k’abagabo bashinjwaga kwica umugore

Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma mu cyumweru gishize, ruri ahabereye icyaha, rwasomye urubanza rw’abantu 7 bari bakurikiranweho icyaha cyo kwica umugore w’imyaka 54 bakamutaba mu cyobo bari bacukuye babanje kumucuza ibyo yari yambaye. Batandatu muri bo bahawe igihano cy’ igifungo cya burundu naho uwari umushumba we agirwa umwere. Abahamwe n’icyaha kandi baciwe n’indishyi zingana na miliyoni […]

Museveni yahakanye gutegurira umuhungu we kuzamusimbura ku butegetsi, biciye mu isabukuru

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Museveni, yasobanuye ko ibirori by’isabukuru y’amavuko y’umuhungu we ntaho bihuriye n’imyiteguro ihwihwiswa ya gahunda yo kumusimbura ku butegetsi. Uyu muhungu usanzwe ari n’Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Muhoozi Kainerugaba, yatangiye kwizihiza ibi birori tariki ya 23 Mata 2022, bibera ku kibuga cya Lugogo Cricket Oval, aho cyitabiriwe n’ibyamamare […]

Min. Nsengiyaremye w’imyaka 77 mu rubanza rwa Bucyibaruta i Paris

Urukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere tariki 16 Gicurasi 2022, rwatangiye rwumva Dismas Nsengiyaremye wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda hagati ya 1992 na 1993, mu rubanza ruregwamo Laurent Bucyibaruta, ibyaha bya jenoside. Uyu Nsengiyaremye ari mu rukiko nk’impuguke nyuma y’aho Laurent Bucyibaruta asabye ko uyu mukambwe ahamagazwa n’urukiko. Uru rukiko […]

Tunisia: Gaz yateje iturika rihambaye mu rugo rwa minisitiri

Kuri uyu wa Mbere, gaz yateje guturika guhambaye mu rugo rwa minisitiri w’umutekano mu gihugu cya cya Tunisia, ntiyagira icyo aba ariko umugore we arashya byoroheje nk’uko tubikesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters. Minisitiri w’umutekano, Taoufik Charfeddine, yabaye umwe mu bantu bakomeye bo muri Tunisia kuva Perezida Kais Saied yajya yakwiharira ubutegetsi bwose mu mpeshyi ishize. […]

Sergeant Robert wari warahunze u Rwanda yatawe muri yombi

Major Sgt Kabera Robert wahoze mu ngabo z’u Rwanda ndetse akanamenyekana mu muziki nka Sergeant Robert mbere yo guhunga u Rwanda, yatawe muri yombi kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Gicurasi. Sgt Robert yafatiwe i Kampala mu gihugu cya Uganda. ChimpReports yatangaje ko uyu mugabo wari warahunze u Rwanda yatawe muri yombi n’inzego zirimo […]

Jado Castar arashimira Abanyarwanda kuba bataramuteye amabuye

Umunyamakuru ukunzwe muri siporo, Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar, yashimiye Abanyarwanda kuba bataramuteye amabuye ubwo yari akurikiranweho icyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano. Castar yatawe muri yombi muri Nzeri 2021 nyuma y’aho ikipe y’igihugu y’abagore bakina Volleyball yahagarikwaga mu irushanwa nyafurika ryaberaga i Kigali, izira gukinisha abakinnyi 4 badafite ibyangombwa byemewe […]

TPLF irashinjwa guhatira abaturage kwinjira mu gisirikare cyayo

Abarwanyi bafashwe ndetse n’abaturage bavuga ko abategetsi bo mu ntara yazahajwe n’intambara ya Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia bahatira urubyiruko kwifatanya n’ingabo zabo mu kurwanya guverinoma nkuru babinyujije mu gutera ubwoba no gufunga bene wabo. Intambara yabereye mu majyaruguru ya Ethiopia kuva mu mpera za 2020 yahitanye abasivili ibihumbi n’ibihumbi ikura mu byabo amamiliyoni, itera […]

Mangwende na Manzi batwaye igikombe, benshi mu bakinnyi b’Amavubi bitwara neza

Amwe mu makipe yo hanze akinamo abakinnyi bakomoka mu Rwanda banakinira ikipe y’igihugu Amavubi yarakinnye mu mpera z’iki cyumeru, Manishimwe Emmanuel ndetse na Manzi Thierry babasha gutwara igikombe. Ku wa gatandatu ubwo ikipe ya FAR Rabat ikinamo ba myugariro babiri b’abanyarwanda aribo Manishiimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende ndetse na Manzi Thierry yakinaga na Moghreb Tetouan […]

Mu mateka ni we mugore warwanye urugamba rukomeye, apfa atabonye icyo yarwaniye

Hari abagore benshi bagarukwaho mu mateka ya Afurika ku kuba barakoze ibikorwa by’ingirakamaro, aho usanga bamwe bafatirwaho ingero bakigwa mu mashuri cyangwa bakabera bamwe icyitegererezo ku buryo bakura bumva bashaka kuzamera nka bo. Hari umugore cyangwa se umukobwa utagarukwaho cyane mu mateka ariko arihariye mu babayeho b’abanyafurika barwanye urugamba mu ntambara. Yitwa Josina Machel. Josina […]

Uko Gen. Muhoozi yazamutse mu ntera mu gisirikare kuva mu 2000 kugeza mu 2019

Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni, muri iki gihe akomeje kutavugwaho rumwe, aho bamwe bakomeje kumufata nk’umuntu ufite inzozi zo gusimbura se ku butegetsi, ndetse ibi akaba atari bishya kuko muri za 2013 havuzwe ikiswe “Muhoozi Project”, aho Gen David Sejusa yavugaga ko ari umushinga wo kuzagira Muhoozi perezida wa Uganda asimbura se. […]

Bugesera: Hari abavuga ko bonesherezwa n’abashumba ‘b’abasirikare bakomeye’ bavuga bagakubitwa

screen-shot-2022-05-16-at-09.56.54.png

Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Riririma mu Karere ka Bugesera, bavuga ko barembejwe n’abashumba baboneshereza, bagira ngo baravuze, bakabakubita bababwira ko baragirira abasirikare bakomeye Aba bahinzi bibumbiye muri Koperative Dusangiramajyambere igizwe n’abanyamuryango barenga 500, babwiye TV10 dukesha iyi nkuru ko baherutse guhinga Soya bizeye kuzakuramo agatubutse ariko ngo ntibazirirwa bajya no gusarura. Ndikumana […]

Abiga muri Kibogora Polytechnic basanga hakenewe ingufu mu kwamagana abagoreka amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi

ndwanyi_martin_w_imyaka_56_wiga_muri_iri_shuri_warokokeye_mu_bisesero_avuga_ko_iyo_atavukira_ngo_anakurire_kuri_leta_mbi_zibuza_abana_kwiga_aba_yarize_kera.jpg

Abiga muri kaminuza ya Kibogora Polytechnic mu karere ka Nyamasheke, cyane cyane urubyiruko, bavuga ko baba bafite inyota yo kumenya byimbitse amateka y’uRwanda yagejeje kuri jenoside yakorewe abatutsi, bakababazwa n’abayagoreka, bayavuga uko atari, cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga zimwe na zimwe, bikaba byatuma hari rwinshi mu rubyiruko rwibwira ko ibyo rwumvana abo biyita inararibonye mu […]

U Burusiya bwaba bumaze gutakaza 1/3 cy’ingabo zabwo muri Ukraine

Iperereza ry’ingabo z’u Bwongereza ryatangaje kuri iki Cyumweru, itariki 15 Gicurasi, ko u Burusiya bumaze gutakaza hafi kimwe cya gatatu cy’ingabo zirwanira ku butaka zoherejwe muri Ukraine ndetse igitero cyagabwe mu karere ka Donbas “zatakaje imbaraga kandi kikamara igihe kitari giteganyijwe”. Minisiteri y’ingabo y’u Bwongereza ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Nubwo iterambere ryoroheje ryabaye […]

U Rwanda rwasabye Zimbabwe kwirukana abakekwaho Jenoside yakorewe Abatutsi bari ku butaka bwayo

Guverinoma ya Zimbabwe yatangaje ko imaze igihe ikoranira bya hafi n’iy’u Rwanda mu rwego rwo guhiga abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bihishe ku butaka bwa kiriya gihugu, kugira ngo birukanwe. Ni amakuru yemejwe na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Zimbabwe, nyuma y’icyumweru bimenyekanye ko Protais Mpiranya washakishwaga ngo aryozwe uruhare akekwaho kugira muri Jenoside […]

Raila Odinga ateganya guhindura Nairobi umurwa w’isuku nka Kigali

Umunyapolitiki Raila Odinga ushaka kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika ya Kenya, yatangaje ko afite umugambi wo guhindura Nairobi umurwa w’isuku nka Kigali. Nk’uko NTV Kenya yabitangaje kuri uyu wa 15 Gicurasi 2022, Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, yasobanuye ko Nairobi yigeze kuba umurwa w’icyatsi (Green City), ukeye, ariko ngo ubu isigaye yuzuyemo imyanda. […]

Zimbabwe denies harbouring late Maj Mpiranya

Zimbabwe has denied that it harboured Genocide suspect, Maj Protais Mpiranya after the United Nations said he died in the country in 2006. Wanted for his role in the 1994 Genocide against Tutsi, Mpiranya was a presidential guard commander during the Genocide. UN prosecutors recently announced that he died in Zimbabwe where he fled years […]

U Buholandi: Haravugwa ifatwa ry’Umunyarwanda w’imyaka 65 wahoze muri Ex-FAR

Guhiga abakekwaho icyaha cya jenoside mu Buholandi birakomeje. Ku wa Gatanu, itariki ya 13 Gicurasi, uwahoze ari umusirikare mukuru mu zahoze ari Ingabo z’u Rwanda (Ex-FAR) yafatiwe mu Mujyi wa Ermelo mu burasirazuba bw’igihugu azira uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ni umugabo w’Umunyarwanda, ufite imyaka 65, wari umaze imyaka 25 mu […]

Hassan Sheikh Mohamoud wins presidency in Somalia

Somalia’s former president Hassan Sheikh Mohamoud was on Sunday night re-elected into office following an intense contest with the incumbent Mohamed Abdullahi Farmaajo. The win was announced after three rounds of voting in which he beat his competitor 214 to 110 votes. It was a repeat of the February 8, 2017contest when Mohamoud conceded defeat […]

NATO yinjije Finland mu myitozo ikaze ikomeje i Burayi, Sweden ni vuba

Umuryango NATO watangaje ko winjije Finland mu myitozo y’igisirikare ikaze ingabo z’ibihugu biwugize bikomeje ku mugabane w’Uburayi, Sweden na yo ikaba izinjiramo vuba. Muri Finland hari kubera imyitozo yahawe izina rya ‘Arrow 22’ yitabirwa n’ingabo za USA, iz’u Bwongereza, Estonia na Latvia, irimo ibikoresho nk’ibifaru bya Chalenger n’imodoka za Stryker. Hari imyitozo ibiri ya ‘Defender […]

Ba Jenerali 34 ba UPDF barimo Sejusa na Tumwiine bagiye kujya mu kiruhuko cy’izabukuru

Igisirikare cya Uganda muri iki cyumweru kizohereza mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare batandukanye, barimo 34 bo ku rwego rwa ba Jenerali. Mu bo byamenyekanye ko bagomba kujya mu kiruhuko cy’izabukuru barimo Gen Elly Tumwine wahoze ari Minisitiri w’Umutekano na Gen David Sejusa Tinyefuza wahoze ari umuhuzabikorwa w’inzego z’ubutasi. Lt Gen Andrew Gutti wahoze ari Perezida w’Urukiko […]

Intumwa za RDF muri Uganda, urubanza rwa Prince Kid mu muhezo n’umukobwa wa Rwigema mu nshingano ikomeye: inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 9 Gicurasi 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirebana n’ubutabera, imyidagaduro, umutekano na politiki. Harimo: Umugambi washoboraga gushora u Rwanda na Uganda mu ntambara Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yahishuye ko hari abo mu nzego z’umutekano mu gihugu cye bari […]

Somalia ifite perezida mushya

Hassan Sheikh Mohamud wigeze kuba perezida wa Somalia yongeye gutorwa mu matora akorwa gusa n’abagize inteko ishingamategeko. Yatsinze perezida wari usanzwe ariho, Mohamed Abudallahi Farmajo, wari ku butegetsi kuva mu 2017. Itora ryakozwe n’abantu 328 bagize inteko ya Somalia kubera impungenge z’umutekano zituma hataba amatora rusange, ariko umwe muri bo ntiyatoye. Sheikh Mohamud yagize amajwi […]